Magufuli yazamuye mu ntera umucamanza wakoze ibidasanzwe mu rukiko
Perezida wa Tanzania, Dr Pombe Magufuli yazamuye mu ntera umucamanza mu rukiko rukuru amugira umucamanza mu rukiko rw’ubujurire kuko yasomeye igihano uwahamwe n’icyaha, akabivuga mu Giswahili. TBC itangaza ko benshi mu bacamanza bo muri Tanzania bakunze gutangaza imyanzuro y’urubanza bakoresheje Icyongereza nka rumwe mu ndimi zakoreshejwe handikwa itegeko rigena ibihano muri Tanzania. Si Icyongereza gusa […]
Arusha: Abagore bigaragambya banze ko mugenzi wabo ashyingurwa
Abagore b’ahitwa Mateves mu gace ka Kisongo i Arusha bihereje imihanda bigaragambya, banga ko umugore mugenzi wabo witwa Anna Ng’ida wishe anizwe, akajugunywa muri ruhurura, ashyingurwa. Abagore barakaye bitambitse imodoka za polisi ngo zidahita ngo mugenzi wabo adashyingurwa. Aba bavuga ko bababajwe n’uburyo mugenzi wabo yishwe urw’agashinyaguro kandi abakekwa bakaba batarafatwa nk’uko AYO TV ibitangaza. […]
Iki cyorezo cyatweretse ko twese dushoboye ibikorwa by’ubutwari-Kagame
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko muri ibi bihe abaturage ayoboye bagaragaje ko ari intwari ku bw’ibibazo bahanganye nabyo batewe n’icyorezo cya Coronavirus kiri mu gihugu kuva mu ntangiro za Werurwe 2020. Mu butumwa yatambukije kuri Twitter, Perezida Kagame yavuze ko abaturage bagomba gukomeza kurinda bagenzi babo. Yagize ati ” Iki […]
Imyaka 19: Museveni yahishuye ikintu Gen. Rwigema yahoraga amubwira
Ubwo Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda, Rwanda Patriotic Front (RPF) ryizihizaga imyaka 15 rimaze rishinzwe, Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yabwiye abari aho ko byabaga bidashoboka kumva mu kiganiro cya Maj. Gen. Fred Rwigema atavuga ku Rwanda n’ibibazo birureba. Gen. Rwigema wari minisitiri wungirije w’Ingabo wa Uganda ariko ngo yakundaga kuvuga ku Rwanda […]
Rema na Fille bararebana ay’ingwe kubera The Ben
Hari umwuka mubi hagati y’umuhanzikazi ufite inkomoko mu Rwanda, Fille Mutoni ubu uba muri Uganda na Rema Namakula, bapfa ugukorana n’umuhanzi w’Umunyarwanda, Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben. Amakimbirane hagati ya Fille na Rema araturuka ku ndirimbo The Ben yafatanyije na Rema yitwa ” This is love” kuri ubu ikunzwe. Fille avuga ko uyu mushinga […]
Magufuli yasabye ko umuganga waretse akazi muri Leta ashakishwa
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yasabye ko umuganga wataye akazi ko kuvura mu bitaro bya Leta biri mu Ntara ya Tabora, akajya gukora mu bitaro byigenga afatwa. Magufuli yasabye Minsitiri w’Ubuzima, DR. Dorothy Gwajima gukurikirana iby’uwo muganga w’umuhanga wanze akazi muri Leta akajya gukora mu bigenga kandi yararihiwe amashuri ya kaminuza na Leta. […]
Imyaka 24: Museveni avuze ko Mobutu yazize gukorana na Habyarimana
Imyaka 24 irashize Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuze ko kuba ubutegetsi bwa Mobutu bwarageze ku musozo ari ukuba yarakoranye n’ubutegetsi bwa Juvenali Habyarimana wayoboraga u Rwanda mu bihe bye. Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga, yayoboye Zaire ubu yabaye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (DRC) kuva mu 1965 kugeza mu 1997 […]
Amasahani Koffi Olomide yaririyeho muri Tanzania yatumye bamwe bacika ururondogoro
Abanya-Tanzania n’abandi bantu banyuranye bihereje imbuga nkoranyambaga banenga umuhanzi Nandy ku bw’amasahani bavuga ko aciriritse yahereyeho mugenzi we, Koffi Olomide wari wamusuye. Olomide yageze muri Tanzania aho yaje gukorana indirimbo na Nandy. Byabaye ngombwa ko Koffi ajya iwe, bagasangira amafunguro ariko amasahani yakamejeje. Bamwe ku mbuga nkoranyambaga bati ” Ariya masahani arasekeje, si ayo ku […]
Guha Amavubi agahimbazamushyi ni ukubisabira uburenganzira
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje abashaka guha agahimbazamusyi Ikipe y’Igihugu (Amavubi) iri muri CHAN 2020, ko bazajya babanza kubisabira uburenganzira kuri Minisitiri wa Siporo. Guhera mu cyumweru gishize ubwo u Rwanda rwakinaga imikino y’amatsinda ya CHAN 2020 mbere y’uko rugera muri ÂĽ cy’iri rushanwa rihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, hari Abanyarwanda […]
Diamond yahishuye ko afite abandi bana yabyaye hanze biyongera ku bazwi
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yashyize hanze ko afite abandi bana babiri yabyaye hanze, biyongera ku bo yari asanzwe afite, bakaba batandatu. Aganira na WASAFI FM, Diamond yavuze ko hari abandi bana basanzwe batazwi na rubanda ariko ko bizashira akabatangaza mu ruhame. Yavuze ko imfura ye yari izwi nka Princess Tiffah yabyaranye na Zari […]
Ruswa iravuza ubuhuha muri Traffic Police, WASAC na PSF
Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International, ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda) burerekana ko Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi (WASAC) Polisi ikorera mu muhanda no mu rugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) baza ku isonga mu nzego zamunzwe na ruswa mu Rwanda. TI-Rwanda ivuga ko muri izi nzego uko ari eshatu, ruswa yazamutse ugereranyije n’umwaka wa 2019. […]
Amagana y’imfu z’Abanyamulenge arashyirwa ku mutwe w’abarwanya u Rwanda muri DRC
Bamwe mu Banyamulenge bavuga ko ukwibasirwa no kwicwa kwa benshi muri bo bizera ko gukorwa n’abari muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, basanzwe bafitanye ikibazo n’umuturanyi wayo mu burasirazuba, u Rwanda. Ibi babitangarije AFP ubwo bari bitabiriye ugushyingura umwe muri bo, Bonaventure Kinyegeria wari wishwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana kuwa 6 Ukwakira 2020 mu Minembwe. […]
Habonetse igisasu mu rugo rw’umuturage i Rubavu
Mu rugo rw’umuturage witwa Gasana Jean NĂ©pomuscène mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero hagaragaye igisasu cyabonywe n’abana bari bazindutse bagiye guca kuri mugenzi wabo ngo bajyane ku ishuri, maze bakabona igisasu aho muri urwo rugo, bakanamenyesha abo muri urwo rugo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero, Nkurunziza Faustin, yemeje aya makuru, avuga […]
Biri amahire ko nta mukobwa nabyaye, abababyaye bafite ubujiji-Umubyeyi
Umubyeyi w’abana batatu b’abahungu, Olukemi Omololu-Olunloyo avuga ko biri amahire kuri we ku kuba atarabyaye umukobwa kuko irera ryabo rigoye muri iki gihe ariko ngo asanga ubujiji bw’ababyeyi babo muri ibi bihe bya interineti bubigiramo uruhare. Olunyolo usanzwe ari umunyamakuru w’inkuru zicukumbuye, yanditse kuri Instagram ko ababyeyi b’abakobwa muri iki gihe ari “injiji” Yateruye ati […]
Umusore w’ i Nyamirambo yafashwe akora mu mufuka, ati ” ni COVID-19 ibinteye”
Umusore utuye ku Ryanyuma mu Murenge wa Nyamirambo, Akarere ka Nyarugenge yafatiwe mu cyuho amaze kwiba umuntu telefone ayimukuye mu mufuka yireguza ko yabitewe n’inzara imwugarije muri iki gihe cya COVID-19. Ahagana saa Saba z’ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 26 Mutarama 2021 rishyira ku wa Gatatu, ni bwo uwo musore w’imyaka 27 yafatiwe […]
U Rwanda ruvuga ko iby’u Bwongereza bwaruvuzeho ku burenganzira bwa muntu ari ukwibasirwa
Abahagarariye u Rwanda i Geneva mu Busuwisi batangaje ko ibyavuzwe n’Ubwongereza ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda ari ‘ukwibasira igihugu bibabaje ndetse ngo rubifata nko kwibasirwa. Kuwa mbere, nyuma y’uko minisitiri w’ubutabera yeretse inama ya ‘Universal Periodic Review’ (UPR) intambwe u Rwanda rwateye mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu, ibindi bihugu byatanze inama zabyo ku Rwanda. […]
Opozisiyo izi aderesi zanjye, ubuhuza ni ukuntuka-Museveni
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni avuga ko nta buhuza akeneye hagati ye n’abo batavuga rumwe cyane ko ngo we abona nta bigoye birimo kuba bahura bakaganira nta ruhande rwa gatatu rubirimo. Nyuma yo gutsinda amatora, hari abantu bamwe basabye Museveni kuba abahuza hagati ye na opozisiyo ku ngingo zimwe na zimwe zireba imitegekere y’ubutegetsi. Ibi […]
U Rwanda rwiyongereyeho inota rimwe mu kurwanya ruswa ku Isi
Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ya 2020 yashyize u Rwanda ku mwanya wa 49 mu bihugu 180 n’amanota 54% mu kurwanya ruswa aho rwiyongereyeho 1%. U Rwanda ruracyari ku mwanya wa 4 muri Afurika ruriho kuva mu 2018, amanota rwari rufite icyo gihe yavuye kuri 56 ku ijana agera kuri 53 mu 2019 kuri […]
Uko umugabo yabyaranye n’umukobwa we mu gihe na Se yashakanye na nyirabukwe
Umugabo witwa Gbenga Oyato wo muri Nigeria yavuze uko byagenze ngo abane n’umukobwa we, babyarane abana babiri ariko akaza gusanga na Se yarashakanye na nyina w’uwo mukobwa mu bintu atamenye. Yatangaje iby’iyi nkuru ubwo yahamagaraga kuri radiyo, akavuga ko ibyamubayeho byatumye amasano hagati y’abagize umuryango aba ikintu kigoye nk’uko amajwi ye ari ku mbuga nkoranyambaga […]
Imyaka 31: Icyo Museveni yabwiye Perezida Habyarimana ku buhanga bwa Gen. Rwigema

Imyaka 31 irashize, Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuze icyo yavuganye n’uwari mugenzi we, Gen. Juvenal Habyarimana ku ngingo y’intambara yari irimbanyije hagati ya Les Forces Armes Rwandais (FAR) na Rwanda Patriotic Front (RPA). Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Events Magazine mu Gushyingo 1990, Museveni yaciye amarenga, abwira Habyarimana ko abo muri RPA atazabashobora kuko barimo […]
Musanze: Umukobwa ari mu bitaro ku bw’igitego cya Sugira
Umukobwa ukora muri imwe muri hoteli mu Karere ka Musanze yishimiye intsinzi y’ikipe y’Igihugu Amavubi anyura mu kirahure cy’urugi akomereka bikomeye bituma arara mu bitaro. Igitego cya Sugira Ernest cyahise gihesha itike u Rwanda rwinjira muri ÂĽ cy’igikombe cya Afurika cy’amakipe y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu CHAN. Ubwo iki gitego cyajyagamo uwo mukozi ibyishimo byamurenze, […]
Kompanyi yirukanye umukobwa kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro
Umukobwa utavuzwe amazina yirukanwe na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro yari yambaye (pant line showing). Umwe mu bavuze iby’iyi nkuru kuri Twitter, Odira Orinze yavuze ko iyo kompanyi iri muzikomeye i Lagos ariko ko ifite amabwiriza rimwe na rimwe yafatwa nko gukabya. Umuyobozi wayo ngo ni uko […]
Umuhanzi uvukana na Liza Kamikazi yasabye Sugira kumutera inda
Umuhanzikazi NoĂ«lla Izere yasabye Umukinnyi w’Amavubi, Sugira Ernest kumutera inda nk’ishimwe ryo gutsinda igitego cya Gatatu cyatumye u Rwanda rugera muri 1/4 cya CHAN iri kubera muri Cameroon. Abanyarwanda bagaragaje ibyishimo byinshi aho nko mu Mujyi wa Kigali bibagiwe ko bari muri Guma mu Rugo, bakihereza imihanda bagataraka mu byishimo. Uyu muhanzi we yavuze ku […]
U Burundi butegereje ko u Rwanda rukora ibyo rwasabwe
Umuvugizi wa Perezida w’ u Burundi, Claude Karerwa Ndenzako avuga ko kugira ngo u Rwanda n’ u Burundi babane neza, igihugu cye cyakoze ibyo cyasabwaga n’ u Rwanda, bityo ko ubu nabo bategereje ko u Rwanda narwo rukora ibyo u Burundi bwarusabye. Karerwa avuga ko mu byo u Rwanda rwari rwasabye harimo kumenya niba u […]
Sugira ni umunyarwanda wa mbere ukuye abantu muri guma mu rugo inama y’abaminisitiri idateranye-Umuturage
Umwe mu bakoresha Twitter, Sugira Patie Erneste Sindayigaya mu kuvuga ko ab’ i Kigali bishimiye intsinzi y’Amavubi, bakibagirwa ko bari muri Guma mu Rugo yavuze ko Sugira watsinze ari we Munyarwanda wa mbere ukuye aba baturage muri guma mu rugo nta nama y’abaminisitiri ibaye. U Rwanda mu ijoro ryakeye rwari ruhanganye na Togo mu kugera […]
Rwanda: Abantu bagera kuri 291 baburiwe irengero mu mwaka umwe
Minisitiri Busingye yavuze ko u Rwanda rwavuguruye inzego z’ubutabera no gukurikirana ibyaha bigatuma urugero rw’ibyaha, n’abantu baburirwaga irengero bigabanuka gusa abagera kuri 291 ntibaraboneka kuva mu 2019-2020. Yabitangaje ubwo yari mu nama iri kuba kuva mu cyumweru gishize izwi nka ‘Universal Periodic Review’ (UPR), aho ibihugu bigize UN/ONU bivuga uko bihagaze, bikanakeburwa, mu kubahiriza uburenganzira […]
Museveni: Muraza kurwara umuvuduko w’amaraso ukabije
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Tibuhaburwa Museveni avuga ko hari abantu baza kurwara muvuduko ukabije w’amaraso nibakomeza gutekereza ku buryo bateza akaduruvayo nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora. Museveni uherutse gutsinda manda ya Gatandatu yo kuyobora Uganda mu kiganiro mu ngoro y’umukuru w’igihugu kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Mutarama 2021, yavuze ko abantu bagitekereza […]
Wakoze gupfa data, ni amakuru meza turishimye- Umusore abika Se

Umusore witwa Victor Bills kuri Instagram yatangarije inshuti ze ko Se umubyara yapfuye, inkuru avuga ko ari nziza kandi ko amushimiye kuba apfuye. Umusore ukora mu nzego z’urubyiruko muri Nigeria, yatangaje ko Se yari imburamumaro bityo ko urupfu rwe ari ikibi bakize. Mu byishimo byinshi ati ” Ruhukira mu mahoro data w’imburamumaro. Bwa nyuma na […]
Urubanza rwa Rusesabagina n’ingabo ze rwasubitswe, rwimurirwa ku Rukiko rw’Ikirenga
Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri mu Karere ka Nyanza, rwasubitse urubanza rwa Paul Rusesabagina na bagenzi be, ruvuga ko ruzabera i Kigali tariki 17 Gashyantare 2021. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Rusesabagina na bagenzi be 19 bahoze ari abarwanyi b’umutwe wa MRCD-FLN yashinze bari kugezwa imbere y’urukiko, bakaburanishwa ku […]
Cristiano yanze akayabo yahawe n’Ubwami bwa Arabia Saoudite
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Ikipe ya Juventus, Cristiano Ronaldo yanze $ miliyoni esheshatu buri mwaka yari yahawe n’Ubwami bwa Arabia Saoudite ngo abumenyekanishirize ubukerarugendo ku Isi. Amakuru BWIZA ikesha Telegraph avuga ko Arabia Saoudite yari yemeye guha Cristiano ayo mafaranga ndetse ikazajya ikoresha amafoto ye kuri buri kimwe cyose imenyekanisha hakiyongeraho ko yagirira uruzinduko muri […]
Hari icyo Prof. Lwakabamba anenga abisiga parufe “icupa ryose”

Uwahoze ari Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Prof. Silas Lwakabamba avuga ko hari abantu badogeza ibintu iyo bisize parufe (imibavu ihumura) nyinshi, we agereranya no kwisiga icupa ryose. Lwakabamba yagarutse kuri iyi ngingo ubwo yashyigikiraga igitekerezo cy’uwitwa Lucy Nshuti Mbabazi kuri Twitter wavuze ko yahagaritse gukoresha parufe kuko yamenye ko hari abo itera ikibazo. Mbabazi yari […]
Umukobwa wiga muri ‘primaire’ yaroze Se witambitse urukundo rwe n’umuhungu w’imyaka 17
Umukobwa wo muri Nigeria witwa Agnes Osike wiga mu mashuri abanza mu mwaka wa Kane yaroze Se umubyara, wari umaze kwanga ko akomeza gukundana n’umuhungu w’imyaka17 yihebeye. Ubwo Se wa Agnes w’imyaka 14 yamenyaga ko umukobwa we akundana n’uwo musore, yabiteye utwatsi avuga ko ” Bidashoboka.” Aba bombi nabo banogeje umugambi wo kuroga uwo mubyeyi […]
Abagabo ntitukabite imbwa kuko zirabaruta- Umugore yandika kuri Twitter

Umugore utamenyekanye amazina ye ya nyayo ariko ukoresha konti ya @mariiamariiee kuri Twitter yakuruye impaka ubwo yavugaga ko abagabo badakwiriye kwitwa imbwa kuko ari nziza kubarusha. Uyu wumvikanishaga ko gutuka abagabo ko ari imbwa ahubwo kwaba ari ukubaha icyubahiro, yagize ati ” Dukeneye kureka kuvuga ko abagabo ari imbwa. Icyo ni igitutsi ku mbwa. Imbwa […]
Urutonde rwa shampiyona 10 zikomeye muri Afurika

Ikigo cyitwa International Football Federation History and Statistics (IFFHS) yashyize hanze urutonde rwa shampiyona nziza muri Afurika mu mupira w’amaguru aho iza hafi mu karere u Rwanda rurimo ari iya Tanzania iri ku mwanya wa munani n’ uwa 71 ku Isi. Dore uko izi shampiyona zikurikirana ku mugabane wa Afurika: IFFHS ikurikirana ikanabika amateka n’ibikorwa […]
Abahitanwa na COVID-19 ‘bazagabanyuka mu cyumweru gitaha’

Minisitiri w’ubuzima Dr. Daniel Ngamije avuga ko hari icyizere ko guhera muri iki cyumweru gitangiye kuri uyu wa Mbere umubare w’indembe n’uw’abahitanwa na COVID19 ushobora gutangira kugabanyuka bitewe n’ikoreshwa rya Favipiravir mu kubitaho. Muganga Ngamije mu kiganiro na RBA ati ” (…) Muri iki cyumweru gitangiyeturaza kubona uko imibare ihagaze muri rusange cyane igabanyuka ry’abari […]
Gicumbi se ko wagira ngo urugomo n’ ubujura biremewe-Umuturage
Umuturage witwa Ingabire Eugenie yandikiye BWIZA avuga ko ibijyanye n’urugomo n’ubujura mu Karere ka Gicumbi bikabije ku buryo bisa nk’aho ibi bikorwa byemewe. BWIZA iherutse kubagezaho inkuru ko hari amazina abiri; Kanyundo na Nzamurambaho bo mu Murenge wa Manyagiro, yakuye imitima abahatuye kugeza no kubayobozi. Wasoma: https://bwiza.com/?Gicumbi-Manyagiro-Kuvuga-uwitwa-Kanyundo-na-Nzamurambaho-abaturage-bahita Mu gitekerezo kuri Facebook, Ingabire yagize ati ” […]
Nabibonye ku mbuga nkoranyambaga- Cleophas Barore avuga kuri Tidjara Kabendera

Umunyamakuru wa RBA, pasiteri Cleophas Barore avuga ko iby’uko mugenzi we Tidjara Kabendera yasezeye mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Itangazamakuru yabibonye ku mbuga nkoranyambaga. Mu kiganiro The Choice ku Isibo TV, Barore avuga ko gusezera kwa Tidjara na we byamutunguye. Ati ” Nabibonye ku mbuga nkoranyambaga gusa byarantunguye. Nta byinshi nabivugaho kuko ni icyemezo cye gusa […]
Gicumbi/Manyagiro: Kuvuga uwitwa Kanyundo na Nzamurambaho abaturage bahita bashya ubwoba
Abaturage bo mu Murenge wa Manyagiro mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bakuwe umutima n’abagabo babiri bacuruza kanyanga; Kanyundo na Nzamurambaho. Abavuganye na The Chronicles bavuga ko batuye Akagari ka Remera, ngo Kanyundo utuye mu Mudugudu wa Sangano na Nzamurambaho utuye mu wa Taba, kuvuga ko bazana Kanyanga mu Rwanda bayivanye muri Uganda, ni uguhara […]
Iran ivuga ko iteganya kwica Trump akina Golf
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei avuga ko perezida ucyuye igihe wa Amerika azagabwaho igitero aho akinira Golf mu guhorera Jenerali Qasem Soleimani wishwe mu mwaka wa 2020. Amashuhso yashyizwe hanze na Khamenei igaragaza Trump akina Golf ari munsi y’igicucu cya Drone cyangwa intambara, iherekezwa n’amagambo ngo ” Guhora ni ngombwa.” Twitter yahise isiba aya […]
Intasi Rwomushana ivuga ko RDF iri kurasana na UPDF muri CAR ni muntu ki?

Mu minsi mike ishize, Charles Rwomushana wahoze akora mu butasi bwa Uganda, yavuze ko Ingabo z’ u Rwanda (RDF) ziri guhangana n’iza Uganda (UPDF) muri Centrafrica n’ubwo nta gihamya n’imwe yatanze ishyigikira ibyo avuga. Uyu usanzwe ari umusesenguzi ku kibazo bya politiki, umutekano akaba n’umunyepolitiki wahoze ari intasi, hibajijwe byinshi ku mvugo ye yatambukije kuri […]
Rwanda: Abarundi barihirwaga na ‘Fondation’ ya Barankitse mu kangaratete
Bamwe mu banyeshuri b’impunzi z’Abarundi baba mu Rwanda, baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo guhagarikirwa inkunga y’amafaranga yavaga muri Fondatio Maison Shalom ya Marguerite Barankitse byatumye babuzwa gutangaza ubushakashatsi bwabo busoza amasomo ya kaminuza, bizwi mu mvugo y’ikinyeshuri nko kudefanda. Aba banyeshuri barenga 70 barihirwaga na Barankitse biga mu bigo bitandukanye mu Rwanda bavuga ko batazi […]
FBI yabonye amakuru ko Rusesabagina adafungiwe i Mageragere
Mu nyandiko ya Me Gatera Gashabana, wunganira Paul Rusesabagina avuga ko umukobwa w’umukiliya we witwa Carine Kanimba hari umuntu umwandikira wiyita ‘Hamiss Mjinya’ uvuga ko arinda Se, wemeza ko adafungiye muri gereza ya Nyarugenge, amakuru yamaze kugwa mu gutwi k’Urwego rushinzwe Iperereza muri Amerika, (FBI). Ibi biri mu ibaruwa Gashabana yandikiye urugereko ruburanisha ibyaha byambukiranya […]
Rubavu: Inkongi y’umuriro yatwitse icumbi ry’abanyeshuri ba GS Mutura rirakongoka

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, inkongi y’umuriro yatwitse icumbi ry’abakobwa mu Rwunge rw’amashuri rwa Mutura I mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu. Amakuru BWIZA ikesha RBA ni uko ibikoresho birimo ibitanda 178, matelas 40, amavalisi, imyambaro byahiye. Aya makuru avuga ko icyateye inkongi kitaramenyekana. Ni uburyamo bwararagamo abakobwa 227 gusa kugeza […]
Videwo: Yasutse umuriro ugurumana ku maguru y’umwana we, amuhisha munsi y’uburiri ku bwo gushiririza ibishyimbo
Umugore utuye mu gace ka Majengo muri Shinyanga, Zanifa Assoman, yasutse umuriro ku maguru y’umwana we w’umuhungu, amuhisha mu nzu kuko yamusize mu rugo ngo acanire ibishyimbo, bigashirira. Uyu mwana bigaragara ko yagize ibisebe byinshi ku maguru, yabwiye abanyamakuru ko nta kindi nyina yamuryoze kitari ukurangara, ibishyimbo bigashirira ubwo yari hanze. Uyu mwana muto ati […]
Ibihugu bifite pasiporo zifite ingufu muri Afurika mu 2021
Ishyirahamwe rya Henley Passport Index buri mezi atatu rishyira hanze urutonde rw’ibihugu byo muri Afurika bifite pasiporo (passport) zifite imbaraga. Kugira imbaraga kwa pasiporo bivuze ubushobozi bwayo bwo kukugeza mu bihugu byinshi, utiriwe usaba viza. BWIZA yifashishije BBC Pidgn yahisemo kubagezaho ibihugu biza imbere muri Afurika mu gutanga pasiporo zifite ubushobozi bwo hejuru ku ngingo […]
Abagenzi bavuye muri Tanzania na DR Congo ntibemerewe gukandagira mu Bwongereza
Ubwongereza bwatangaje icyemezo cyo gukumira ku butaka bwabwo abagenzi bose bavuye muri Tanzania na DR Congo mu rwego rwo kwirinda Covid-19. Kuri Twitter, Minisitiri w’Ubwikorezi mu Bwongereza, Grant Shapps yavuze ko iyi ngingo igamije kwirinda ikwirakwira ry’ubwoko bushya bw’iyi virus bwo muri South Africa. Yanditse ati: “Abagenzi bose bavuye muri ibyo bihugu, uretse Abongereza n’abandi […]
Amafoto: Umukobwa yateje akaduruvayo muri kaminuza kubera amabuno

Umukobwa utaramenyekana amazina yateje akavuyo kuri kaminuza yigenga iri muri mu burasirasuba bw’amajyepfo ya Nigeria bitewe n’amabuno ye. Ubunini bw’amabuno y’iyo nkumi niyo yateje ukutumvikana hagati y’abayobozi ba kaminuza hadasigaye n’abanyeshuri bamukeneye. Umuyobozi wa Kaminuza (VC) nk’uko Salonedaily ibitangaza, na we ari kurebana ay’ingwe n’abandi, badapfa amasomo, ahubwo amabuno y”uyu mukobwa. Bivugwa ko 70% by’igitsinagabo […]
Urutonde rw’abantu bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwashyize hanze uronde rw’abakekwaho ibyaha bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda. Icyo aba bose bahuriyeho ni ukuba bashakishwa ngo bahatwe ibibazo ku byaha by’ubwicanyi uretse umwe ukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umukobwa nk’uko amakuru BWIZA ikesha urubuga rwa RIB abivuga. 1. Charles Ndayisaba Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) […]
Min. Magoha wagereranyije u Rwanda n’akarere ka Kenya yategetse ko abanyeshuri bamburwa za sanitayiza
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe uburezi muri Kenya, Prof. George Magoha yategetse abarimu kuzajya bambura abanyeshuri birinda COVID-19 bakoresheje umuti wo gukaraba mu ntoki, sanitayiza (sanitizer). Mu ijambo yavuze ubwo yari ku ishuri ryisumbuye ryitwa Our Lady of Fatima muri Kariobangi, muri Nairobi, yavuze ko abanyeshuri bamburwa sanitayiza kuko hari abari kuzikoresha mu gutwika amashuri. Magoha […]
Byinshi ku buryo Archbishop Ntagali yaryamanye n’umugore wa pasiteri yagiraga inama ngo adasenya

Uwahoze ayobora Church of Uganda, Archbishop Stanley Ntagali yamaze guhagarikwa ku mirimo ya gipasitori nyuma y’aho bimenyekanye ko yaryamanye n’umugore w’undi mupasiteri, Christopher Tugumeahabwe witwa Judith Tukamuhebwa, yari arimo afasha ngo adasenya kuko yari abanye nabi n’umugabo we. Tugumeahabwe na we ni pasitoro mu ba poroso akaba n’umwarimu muri kaminuza ya Bishop Barham aho yigisha […]
Ukurebana ay’ingwe hagati ya Museveni n’Ubwami bwa Buganda bwavuze akaburi ku mutima

Minisitiri w’Intebe w’Ubwami bwa Buganda (Katikiro) Charles Peter Mayiga yanenze Leta ya Museveni Yoweli Kaguta uherutse gutorerwa manda ya Gatandatu ariko akavuga ko Abo mu bwoko bw’Abaganda, batoye bakurikije ubwoko, ingingo yaguye nabi NRM mu matora y’abadepite. Katikiro Mayiga avuga ko kuba muri Buganda baratoye cyane National Unity Platform ya Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka […]
Min. w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi yageze mu nteko ku kibazo cya Rusesabagina
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi, Sophie Wilmès, kuwa Kabiri, yageze mu nteko ishinga amategeko, umutwe w’Abadepite ngo avuge ku kibazo cya Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda ariko akagira ubwenegihugu bw’Ububiligi. Sophie yabwiye abadepite ko Leta ” iri gukurikiranira hafi iby’urubanza rwa Rusesabagina.” Uyu muminisitiri nta byinshi yashatse gutangaza gusa ngo bari kubikurikirana. Ati ” Dukomeza gukurikirana ko […]
Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
Umugore witwa Lucy Njeri yabwiye urukiko rwibanze rwa Makadara muri Kenya ko umugabo witwa Geoffrey Nyebere umurega kumumenaho aside akamwangiriza bari baratandukanye kuko atari kwihanganira ubunini bw’igitsina cy’uwo mugabo. Nyebere nk’uko Nairobi news ibitangaza, yagiye kureba Njeri ariko asanga hari undi mugabo bari kumwe, akomeza gukomanga baramwangira. Nyuma Njeri yarabyutse amumenaho aside mu maso ayinyujije […]
Ngoma: Haravugwa umugore watewe ibyuma mu maso, agakubitwa n’inyundo mu musaya
Umugore w’ imyaka 30 y’amavuko wari atuye mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma aherutse gusangwa mu nzu ku yatewe ibyuma mu maso, yanakubiswe inyundo mu musaya n’umuntu bikekwa ko ari umusore babanaga bimuviramo urupfu ndetse anamutwara ibihumbi 500 Frw. Byabaye kuwa Mbere saa munani z’amanywa bibera mu Kagari ka Gatonze mu Mudugudu wa […]
Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali

Archbishop w’Itorero rya Uganda (Church of Uganda) wacyuye igihe, Stanley Ntagali yahagaritswe ku mirimo ashinjwa kuryamana n’umugore wubatse nk’uko Rev. Stephen Samuel Kaziimba Mugalu wamusimbuye yabitangaje. Nk’uko The Observer ibivuga, Archbishop Rev. Kaziimba yavuze ngo “Archbishop yagambaniye Imana n’Umucunguzi, umugore we, isezerano n’icyizere Abagande benshi bari bamufitiye, n’Abakirisitu ku Isi bamugize icyitegererezo mu buzima bwo […]
Uko Gen. Byiringiro wa FDLR yari agiye gusambanywa ku ngufu

Umuyobozi w’Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, Forces DĂ©mocratiques de LibĂ©ration du Rwanda, FDLR), Lt. Gen. Iyamuremye Gaston uzwi nka Byiringiro Victor Rumuli yari agiye gusambanywa n’umwe mu basore bari kumwe na we mu modoka imutwaye ubwo yari agiye kwiga ibya gisirikare muri Ecole Royale Militaire mu Bubiligi. Umwe mu babaye muri FDLR mu myaka […]
Serivisi zizakomeza gutangwa muri ibi bihe hubahirizwa ingamba nshya zo kurwanya COVID-19

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje serivisi z’ingenzi zizakomeza gukora mu Mujyi wa Kigali no mu zindi ntara, muri iki gihe hubahirizwa ingamba nshya zo kurwanya COVID-19. Ni serivisi zo mu nzego zitandukanye nk’uko MINALOC yabitangaje mu itangazo yashyize ahagaragara.
Ugende mu muhanda uvuga ko uri imbwa nta n’icyo wimariye- Gitifu abwira undi muyobozi
Abayobozi b’inzego z’ibanze n’abaturage bo mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera, barashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo murenge witwa Khadafi Aimable kubakubita no kubasebereza imbere y’abaturage aho bivugwa ko yabwiye umwe ngo niba atazi igihe azapfira, ari imbwa kandi akabivuga ku karubanda. Aba bayobozi banze ko amazina yabo atangazwa, babwiye TV1 ko babangamiwe cyane n’uburyo […]
Tanzania: Abagabo barashinjwa gucura abana amashereka bonka abagore babo
Abagabo bo mu Ntara za; Iringa na Shinyanga mu Majyepfo y’Iburengerazuba mu gihugu cya Tanzania baravugwaho kwiharira amashereka agenewe abana babo, bonka abagore babo mu rwego rwo kwivura isindwe (hangover). Ibigo bya leta bifite aho bihuriye n’imirire myiza zatunze agatoki bamwe mu bagabo ko bonka amabere y’abagore babo, bigatuma abana babo bahura n’ikibazo cyo kugwingira […]
Perezida Buhari azicwa mbere ya Werurwe 2021- Ubuhanuzi

Umuhanuzi wo muri Ghana witwa Ibrahim Daouda uzwi nka Ibra One avuga ko Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari azicwa mbere y’ukwezi kwa Werurwe 2021. Abinyujije kuri Instagram, Ibra One, umusore w’umukire uvuga ko ari umuhanuzi, yavuze ko itariki Buhari azicirwaho ayizi neza ariko ko ntayo yiriwe avuga ko kugira ngo izina ry’Imana rizigaragaze muri Ghana. […]