Urukiko rwategetse ko umunyamakuru Fidèle Gakire afungwa imyaka itanu

Kuri uyu wa gatanu Taliki 29 Ukuboza 2023, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Uzabakiriho Gakire Fidele akatirwa imyaka itanu y’igifungo. Ni nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano.Gakire yari yaragiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse ahita yisunga Guverinoma ya Padiri Nahimana ikorera mu buhungiro. Yafunzwe taliki 24, Ugushyingo 2022, akaba yari […]

Uganda:Umuhanzi Ykee Benda yagizwe diregiteri w’ikigo cy’amashuli

Wycliff Tugume uzwi nka Ykee Benda yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’amashuli cya Golden High School kibarizwa mu gace ka Nsagu muri Uganda.Ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu, byanditse ko uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo Munakampala yahawe akazi ko kuyobora ishuli ryisumbuye bijyanye n’ubumenyi asanzwe azwiho. Ykee Benda kandi yanditse kumbuga nkoranyambaga ze, yemeza iby’aya makuru akomeje […]

Ndayishimiye yashinje u Rwanda kuba ari rwo rugaburira RED-Tabara

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yashinje u Rwanda kuba ari rwo rwaba ruha ubufasha burimo ubw’imyitozo umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwe. Ndayishimiye yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru by’i Burundi cyabereye mu ntara ya Cankuzo. Ni ikiganiro yakoze nyuma y’icyumweru kimwe umutwe wa RED-Tabara ugabye igitero ahitwa mu Gatumba hafi y’umupaka […]

Ndayishimiye yigaramye ‘abasirikare b’u Burundi’ M23 yafatiye mpiri ku rugamba

Perezida Evariste Ndayishimiye yihakanye abasirikare umutwe wa M23 werekanye nyuma yo kubafatira mpiri ku rugamba, avuga ko atari ab’u Burundi. Mu mezi abiri ashize ni bwo M23 yerekanye abasirikare yemeje ko ari ab’u Burundi bari baragiye guha umusada Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Ni abasirikare uyu mutwe wafatiye mu gace ka Kitshanga […]

Perezida Ndayishimiye arasaba ko abatinganyi bo mu Burundi bajyanwa muri Stade bagaterwa amabuye

Perezida w’Uburundi Ndayishimiye Evaliste asanga mu gihe ubutinganyi bwaba bugaragaye mu gihugu ayoboye bakwiye kujyanwa muri stade bagaterwa amabuye. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru n’abaturage kuri uyu wa Gatanu taliki 29 Ukuboza muri Komine Kigamba mu ntara ya Cankuzo2023. Prezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko ku ruhande rwe atemera abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ni imvugo […]

Ombolenga Fitina arashinjwa imyitwarire mibi yatumye yamburwa ubukapiteni

Myugariro wa APR FC Ombolenga Fitina yambuwe igitambaro cy’ubukapiteni, nyuma y’uko ashinjwa imyitwarire mibi.Omborenga yambuwe igitambaro cy’ubukapiteni biturutse ku cyemezo cyafashwe na Chairman wa APR FC Col Richard Karasira. Intandaro y’iyi myitwarire mibi ashinjwa harimo kutitabira imyitozo ibiri ibanziriza iyo ku wa Gatatu kandi nta mpamvu ifatika yatangaje ndetse ngo yanga kwandika ibaruwa itanga ubusobanuro […]

Abimukira bamaze kwakirwa n’u Rwanda bararenga 2000 harimo n’abashya rwongeye kwakira

Nyuma y’uko u Rwanda rukomeje gufasha amahanga kwakira abimukira, kuri ubu abamaze kubarurwa baragera kuri 2059. Ni nyuma y’uko kandi rwakiriye abandi bimukira 153 baturutse muri Libya, bahise buzuza ababarirwa mu 2 059 baturutse muri iki Gihugu bamaze kugera mu Rwanda, ndetse hatangazwa n’Ibihugu bimaze kwakira abari hejuru ya 60%, Mu ijoro ryacyeye ryo ku […]

FARDC yikanze M23 yerekeza umututu w’imbunda mu baturage bamwe bahasiga ubuzima

Ingabo za Congo (FARDC) n’abambari bayo aribo wazarendo na Maimai, bikanze abarwanyi ba M23, maze banyanyagiza urufaya rw’amasasu yica abaturage abamenyekanye akaba ari babiri. Ibi byabereye mu gice cya Virunga, mu Mujyi rwagati wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Ubuyobozi bw’ibanze, bwa […]

Ntiwirengagize kurya ibihumyo niba ushaka kuramba

Ubushakashatsi bugaragaza ko kurya ibihumyo bituma umuntu aramba akabaho igihe kirekire cyane ,ibi bigaterwa n’intungamubiri dusanga mu bihumyo nk’ibyitwa antioxidant bifasha mu gusohora uburozi mu mubiri no kurinda uturemangingo tw’umubiri kwangirika n’ibindi. 1.Kubaka ubudahangarwa bw’umubiri no kubukomeza Mu bihumyo dusangamo Vitamini D ku kigero cya 45% cy’ingano yayo ikenerwa ku munsi , iyi vitamini ni […]

Moise Katumbi arashinja Leta y’i Kinshasa guhutaza abaturage bigaragambije

Moise Katumbi usanzwe atavuga rumwe na Leta iri ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,arashinja Guverinoma kuba yarakoresheje imbaraga z’umurengera mu guhosha imyigaragambyo yabaye kuri uyu wa Kane. Ni imyigaragambyo yabereye i Kinshasa, yari igamije kwa magana ibirimo kuva mu matora, Amatora yiswe aya balimnga.Abantu batandukanye barimo Moise Katumbi nawe wari wiyamamaje, banenze uburyo […]

DR.Congo:Abakomando barenga 50 bigabije urugo rwa Corneille Nangaa bararusaka

Abasirikare b’abakomando barenga 50 bigabije urugo Corneille Nangaa bararusaka mu rwego rwo kureba niba ntakibitsemo cyahungabanya umutekano. Iri tsinda ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa,ryasatse uru rugo nyuma y’uko bari babanje kuzenguruka i Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa bakanayisaka. Ku isaha ya saine 10:30 pm ku masaha ya Kinshasa nibwo iyi Hoteli yazengurutswe n’itsinda […]

Museveni yakiriye iwe Gen Hamdan Daglo uri mu bahanganye ntambara yo muri Sudani

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza yakiriye iwe mu rugo Gen Mohamed Hamdan Daglo, bagirana ibiganiro. Gen Daglo wahoze ari umuyobozi wungirije w’akanama ka gisirikare kayoboye Sudani by’agateganyo, ni we ukuriye umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) umaze igihe mu ntambara n’ingabo za Sudani. Ni intambara […]

DJ Keystone yaburiwe irengero, birakekwa ko yaba yarohamye mu Kivu

Niyomugabo Jules [DJ Keystone] uri mu ba DJs barimo bazamuka neza mu kuvanga umuziki mu Rwanda, birakekwa ko yarohamye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rubavu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yaburiwe irengero. Amakuru BWIZA yamenye ni uko […]

Clare Akamanzi yahawe imirimo mishya

Umunyarwandakazi Clare Akamanzi wahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yagizwe Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa. NBA Africa ni ikigo cya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gifite inshingano zo kuzamura impano muri uyu mukino ku mugabane wa Afurika. Iki kigo cyemeje ko Akamanzi ari we muyobozi wacyo mushya kibinyujije ku rubuga […]

Muhinyuza yatsinze urubanza rwa za miliyari yaburanagamo n’umunya-Kenya

Rwiyemezamirimo w’Umunyarwanda, Muhinyuza Désiré, yatsinze urubanza yaburanagamo na mugenzi we Kirimi Koome w’umunya-Kenya rwerekeye sosiyete ifite agaciro ka Frw miliyari 3,2. Aba bombi bari bamaze igihe mu mahari nyuma yo kutajya imbizi ku ugomba kugira uburenganzira kuri miliyoni 400 z’amashilingi ya Kenya (Frw miliyari 3.2) yari muri Banki ebyiri muri iki gihugu. Ni amafaranga yavuye […]

Urukundo rugeze aharyoshye hagati y’umukobwa wa Perezida Ruto n’umuririmbyi ukomeye

Umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya, Charlene Ruto, aravugwa mu rukundo rumaze kugera kure n’umuramyi Daddy Owino. Nairobi News yanditse ko ku wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza Owino yajyanye Charlene iwabo mu ntara ya Kakamega, mu rwego rwo kumwereka nyina umubyara. Urukundo hagati ya Charlene Ruto n’uriya muramyi rwatangiye kuvugwa mu minsi yashize, […]

RDC:Imvura idasanzwe yahitanye abarenga 20 harimo 10 bo mu muryango umwe

Imvura nyinshi y’igikatu yibasiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihitana ubuzima bw’abarenga 20 abandi barakomereka. Ni imvura yibasiye by’umwihariko akarere ka Kananga mu ntara ya Kasai aho yahitanye ubuzima bw’abantu isenya n’inzu nyinshi, mu gihe ibikorwa byo gutabara bigikajije umurego mu gushakisha niba hari abarokotse. Guverineri Kabeya w’iyi ntara yavuze ko urukuta rwagwiriye abantu 10 […]

Cristiano Ronalido yongeye kwigaragaza nk’umunyabigwi

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka atarakorwa n’undi mukinnyi, akaba agiye kurangiza umwaka ayoboye abandi mu bitego byinshi. Ronaldo usanzwe akinira muri Arabia Saudite mu ikipe ya Al Nasrr, yujuje ibitego 53 muri uyu mwaka wa 2023.Ibintu benshi bakomeje kugenda bashima bavuga ko ugereranyije n’imyaka ye ari ku rwego rwo hejuru.Ni ibitego yujuje mu mukino […]

Dore urutonde rw’Ibibuga by’indege byiza 10 kurusha ibindi muri Afurika

Afurika nk’umugabane ukomeje kuza mu yimbere mu bukungu karemano, ikomeje kugenda ishaka no kongera ubwo bukungu binyuze mu kugendana n’ibigezweho haba mu bukerarugendo , mu nganda, mu Bucyerarugendo no mu bwikorezi by’umwihariko ubwo mu kirere. Ni muri urwo rwego ikinyamakuru African news cyashyize hanze urutonde rw’ibibuga by’indege 10 byo muri Afurika byiza kurusha ibindi mu […]

Mu gihe umugore utwite afashe amafunguro ntikabaye abura ipera ku meza kubera izi mpamvu

Amapera ni urubuto rwiza cyane rukunzwe na benshi kubera impumuro yarwo nziza, kandi ntirusharira na gato, ahubwo rugira isukari nziza iringaniye. Ikindi kandi ni uko amapera akungahaye kuri vitamine zitandukanye, zituma urwo rubuto rukoreshwa mu miti gakondo inyuranye. Nk’uko tubikesha linfo.re hari ibyiza bitandukanye byo kurya amapera. Ku bagore batwite amapera ni ingenzi cyane. Amapera […]

Mu Rwanda uwo bafashe abibira amafaranga bahita bamwica: Perezida w’inteko y’u Burundi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Gelase Daniel Ndabirabe, yagaragaje ko Abarundi ari bo ba nyirabayazana mu igihugu cyabo kidakurura abashoramari, yitsa ku kuba u Burundi bwakabaye bufatira urugero ku Rwanda mu rwego rwo guhana bwihanukiriye abanyereza umutungo w’igihugu. Ndabirabe yabikomojeho ku wa Kabiri tariki ya 26 Ukuboza, ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi […]

U Burundi bwarahiriye guhiga bukware abagabye igitero cyo mu Gatumba

Leta y’u Burundi yatangaje ko yamaze kwitabaza Polisi mpuzamahanga kugira ngo iyifashe guhiga abari inyuma y’igitero cyo mu Gatumba cyiciwemo ababarirwa muri 20. Ku wa Gatanu tariki ya 22 Ukuboza ni bwo kiriya gitero cyagabwe muri kariya gace gaherereye hafi y’umupaka w’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Inyeshyamba zo mu mutwe wa RED-Tabara […]

RDF yasubije Perezida Tshisekedi

Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda ziteguye guhangana n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu gihe zaba zishoje intambara ku Rwanda. Brig Gen Rwivanga yakomozaga ku biheruka gutangazwa na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wavuze ko ateganya gushoza intambara ku Rwanda. Tshisekedi yabitangaje ubwo yari ahitwa nka […]

Biravugwa ko Mani Martin yugarijwe n’ubukene butuma adasohora ibihangano bishya

Umuhanzi Maniraruta Martin wamenyekanye nka Mani Martin, biravugwa ko ubukene bumumereye nabi ku buryo ngo yaba yarabuze ubushobozi bwo gusohora ibihangano bishya. Mu kwezi k’Ukuboza 2022, nibwo uyu musore aherutse gushyira hanze indirimbo ye aheruka yise ‘Nomade’.Bisobanuye ko amaze umwaka nta kindi gihangano asohoye ari nayo ntandaro y’ibikomeje kuvugwa ko yaba yarabuze ubushobozi. Ikindi wavuga […]

Uburusiya bwemeje ko ubwato bwayo bw’intambara bwangirikiye mu gitero cya Ukraine

Ubwato bw’intambara bw’Uburusiya bwangirikiye mu gitero cy’intambara cya Ukraine ubwo bwari bugeze mu kiyaga cy’umukara. Ni igitero cy’indege cyabereye ahitwa Feodosiya mu gitondo uyu wa kabiri mu karere ka Crimée/Crimea gasanzwe karigaruriwe n’Uburusiya.Minisiteri y’Umutekano y’Uburusiya ivuga ko ubu bwato bw’intambara bunini Novocherkassk bwatewe n’indege ya Ukraine yari yikoreye ibisasu bya misire ziremereye cyane. Ni mu […]

Uganda:Inyeshyamba za ADF zongeye gutera agace ka Kamwenge zica batatu

Abarwanyi bo mu mutwe wa ADF bagabye igitero gishya mu karere ka Kamwenge, mu burengerazuba bwa Uganda, gihitana byibuze abantu batatu.Ni nyuma y’uko hashize igihe gito hagabwe ikindi gitero cyahitanye abantu 10. Ni igitero cyabaye mu ijoro rya Noheri mu mudugudu wa Nyabitutsi mu gace ka Businge, mu ntara ya Kamwenge muri Uganda.Uwitwa Isaiah Kanyamahane […]

RDC:Kiliziya Gatolika irashinja CENI guteza akavuyo mu matora nayo ikitakana abaturage

Mu misa ya Noheri, Arkiyepiskopi wa Kinshasa, Karidinali Fridolin Ambongo yababajwe n’imvururu zikomeye zabaye mu matora rusange yo ku ya 20 Ukuboza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ibi yabigarutseho agaragaza ko komisiyo y’amatora yagize uburangare ikanateza akajagari mu migendekere y’amatora.Yavuze ko kiliziya gatolika ubwayo yababajwe n’abantu bagiye bahohoterwa harimo n’umugore wagaragaye akubitwa kuko […]

The Ben yasobanuye icyatumye indirimbo ‘Ni Forever’ isibwa kuri YouTube

Umuhanzi Mugisha Bénjamin uzwi mu muziki Nyarwanda nka ‘The Ben’, yasobanuye ko indirimbo ‘Ni Forever’ yaherukaga gushyira hanze yasibwe kuri YouTube nyuma yo kugirana ibibazo n’abafashe amashusho yabo, gusa avuga ko ikipe ye iri gukurikirana iki kibazo kugira ngo gikemuke. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Ukuboza ni bwo urubuga rwa YouTube […]

RDC:ADF yarishije nabi Noheli abaturiye mu gace ka Beni

Abantu batanu (5) bapfuye nyuma y’igitero cy’inyeshyamba z’ingabo zishyize hamwe za ADF mu gace ka Mayimoya mu mutwe wa Bambuba Kisiki, mu ifasi ya Beni (Kivu y’Amajyaruguru). Abagabye igitero bishe abaturage muri icyo kigo, mu ijoro ryo ku cyumweru kugeza ku wa mbere, 25 Ukuboza 2023.Ibi byatangajwe na sosiyete sivile, aho yavuze ko ADF yitwikiriye […]

Ishyaka rya Katumbi ryemeje ko yatorewe kuyobora RDC

Ishyaka Ensemble Pour la République ry’umunyapolitiki Moà¯se Katumbi Chapwe, ryemeje ko ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu cyumweru gishize. Byatangajwe na Christian Mwamba uhagarariye Katumbi mu ntara ya Haut-Katanga, ubwo yari i Lubumbashi. Yavuze ko Katumbi ari we watsinze amatora, ariko “kubera kutita ku nshingano, Perezida wa CENI (Komisiyo y’amatora muri RDC) arashaka […]

‘Ni Forever’ The Ben yaririmbiye umugore we yasibwe kuri YouTube

Urubuga rwa YouTube rwamaze gusiba indirimbo ‘Ni Forever’ y’umuhanzi Mugisha Bénjamin ‘The Ben’, nyuma y’iminsi mike ayishyize kuri ruriya rubuga. Mu cyumweru gishize ni bwo The Ben yari yasohoye iyi ndirimbo yaririmbiye umugore we, Uwicyeza Pamella; mbere gato y’uko aba bombi bakora ubukwe bwabaye mu mpera z’icyumweru gishize. YouTube yasobanuye ko yasibye iriya ndirimbo nyuma […]

Iran yateguje Israel kuzishyura urupfu rwa Jenerali wayo yivuganye

Iran yateguje Israel ko igomba kwishyura urupfu rwa Seyyed Razi Mousavi, nyuma y’uko uyu Jenerali w’inararibonye yiciwe mu bitero bikekwa ko byagabwe n’Ingabo za Israel. Ku wa Mbere tariki ya 25 Ukuboza ni bwo uyu Jenerali wari usanzwe ari umujyanama mu gisirikare cya Iran yiciwe i Damascus muri Syria. Israel imaze igihe kirekire igaba ibitero […]

Abanywa inzoga nyinshi baragabanutse abazinywa muri rusange bariyongera

Imibare ya RBC igaragaza ko mu myaka icyenda ishize abanywa inzoga biyongereyeho 6.8%, ariko nubwo kunywa mu rugero ari byo bigirwaho inama, na nkeya ubwazo ngo zigira ingaruka ku buzima. Ubushakashatsi bugaragaza ko abanywi nyinshi bagabanutse ariko abazinywa muri rusange bakaba bariyongereye. Ibi byagarutsweho na Julien Mahoro Niyingabira ukuriye ishami ry’imenyekanishamakuru mu kigo cy’igihugu gishinzwe […]

Tshisekedi nta santimetero n’imwe azigera yigarurira mu duce tugenzura: Major Willy Ngoma

Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira ku murima Perezida Félix Antoine Tshisekedi amumenyesha ko nta gace na kamwe mu two uriya mutwe ugenzura Ingabo ze zizigera zigarurira. Major Ngoma yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 24 Ukuboza, ubwo yaganirizaga abaturage bo mu mujyi wa Rutshuru ahabereye ibirori byo kwitegura umunsi mukuru wa […]

Ibyo wamenya ku bindi abantu bibaza ku nkomoko ya Noheli

Taliki 25 Ukuboza buri mwaka hizihizwa umunsi wa Noheli ufatwa nk’isabukuru ya Yesu Christ , ariko abenshi burya ntibazi igisobanuro cyayo. Ubusanzwe ijambo Noheli rikomoka ku ijambo ry’Igifaransa “Noà«l”, naryo ryakomotse mu Kilatini “Natalis” bivuze “amavuka”. Mu Cyongereza Noheli ikaba yitwa “Christmas”. Mu Cyongereza, iri jambo ni inyunge rigizwe na “Christ” na “Mass”, aho rikomoka […]

Abanyemaroco bakajije imyigaragambyo kubera Israel na Hamas

Ku cyumweru, muri Maroco abarenga 10,000 bakoze urugendo rwo kwigaragambya berekeza i Rabat bifatanya n’Abanyapalestine mu karere ka Gaza, bamagana intambara ihuje Hamas na Isiraheli. Abigaragambyaga bari bahagarariwe n’itsinda ry’abamotari bashyigikiye ko intambara ya Palesitine yahagarara.Bakoze urugendo berekeza kuri Avenue Mohammed V. Benshi mu bigaragambyaga bari bafite ibyapa byamagana isenya ry’ibitaro bya Palesitine no kwica […]

FARDC yongeye gutera M23 n’ibibunda biremereye

Umutwe wa M23 washinje Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuzigabaho ibitero kuri uyu wa Mbere, zikoresheje ibibunda ziremereye. M23 yemeje ko yatewe biciye muri Perezida wayo, Bertrand Bisimwa. Ku rubuga rwe rwa X yavuze ko “magingo aya kuri iyi Noheli, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa riri kugaba ibitero zifashishije imizinga […]

Abakoresha abana mu gusabiriza baba barimo kubacuruza

Mu Rwanda by’umwihariko mu mujyi wa Kigali hakunze kugaragara abantu bakuze basabiriza ku mihanda ariko banarikumwe n’abana nabo basabiriza. Hari igihe Bamwe baba basabisha abana babo, abandi bagasabisha ab’abandi bikunze kuvugwa ko baba babakodesheje bakaza kwishyura ikiguzi baba bumvikanye n’abababahaye. Urwego rw’Igihigu rw’Ubugenzacyaha (RIB),ruvuga ko kuba abasabisha abana na bo baba bakoze icyaha cyo kubacuruza […]

Aho Yesu yavukiye nta birori bya Noheli biharangwa

Mu mujyi wa Beterehemu, aho Yesu yavukiye nta birori byabaye byo kwizihiza ivuka rye nkuko byari bisanzwe mu yindi myaka. Amakuru avuga ko nta munezero, nta bana, nta Père Noà«l/Santa. Uno mwaka nta birori na bicye byahabaye nyuma y’uko intambara ihuje Israel na Hamas ikomeje gufata indi ntera. Nkuko byagiye bigaragazwa nta ndirimbo za Noheli […]

Kirehe:Bamwe mu baturiye umupaka wa Tanzania hari igihe bashukwa bakajyanwa gucuruzwa

Mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba, hari abaturajye bashukwa ko bagiye gushakirwa imirimo muri Tanzania bakajyanwa kugurishwa. Abajyanwa ni abiganjemo urubyiruko bo mu murenge wa Kirehe, mu karere ka Kirehe bavuga ko hari bagenzi babo bashukwa bakambutswa umupaka babeshywa ko bagiye guhabwa akazi muri Tanzania. Gusa ngo nyuma amakuru akamenyekana ni uko baba bajyanwe […]

APR FC itegerejwe muri Tanzania yatangiye kugerageza abanya-Caméroun 2

Ikipe ya APR FC yatangiye kugerageza abakinnyi babiri b’abanya-Caméroun, mbere yo kwerekeza muri Tanzania aho izitabira irushanwa rya Mapinduzi Cup. Amakuru avuga ko mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 22 Ukuboza mu 2023 ari bwo aba bakinnyi bombi bakina hagati mu kibuga bageze i Kigali, mbere yo gutangira imyitozo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. […]

RDC:Perezida wa CENI yongeye gusabirwa gufungwa

Perezida wa Komisiyo y’amatora CENI, arasabirwa gufungwa cyangwa akirukanwa ku mirimo ye nyuma y’uko ngo bigaragaye ko mu gihe cy’amatora habaye ibibazo byiganjemo akajagari. Ibi byagarutsweho n’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, basabye Denis Kadima atigeze agaragaza ubushobozi na bucye bwo kuyobora neza ibikorwa by’amatora bityo ko agomba gufungwa kandi Amatora akaba imfabusa. Ni mu […]

Amatora muri RDC: Tshisekedi akomeje kwereka igihandure abo bahanganye

Imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irerekana ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi akomeje kuza imbere y’abo bahanganye, nyuma yo kubanikira. Mu ijoro ryakeye ni bwo Komisiyo y’amatora muri RDC (CENI) yatangiye gutangaza amajwi y’ibyavuye mu matora y’imbere mu gihugu. Ni amatora yatangiye ku wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza […]

RED-Tabara irigamba kwica abasirikare b’u Burundi

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wigambye kugaba igitero uvuga ko wiciyemo abasirikare icyenda ba kiriya gihugu n’umupolisi umwe. Uyu mutwe wigambye icyo gitero cyo mu ijoro ryacyeye ubinyujije ku rubuga rwayo rwa X. Wavuze ko usibye abo wishe hari n’imbunda wafashe, zirimo imwe yo mu bwoko bwa FM Kalachnikov, ebyiri zo mu bwoko […]

Igisasu ntabwo cyava i Goma ngo kigere i Kigali abantu barebera: Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yahumurije Abanyarwanda ko misile zishobora kuva i Goma ngo zipfe kurasa i Kigali zidapfubijwe. Mukuralinda yasubizaga ibiheruka gutangazwa na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uheruka kuvuga ko ateganya gusaba inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye ikamwemerera gushoza intambara ku Rwanda. Ni Tshisekedi wavuze […]

Centrafrique: Abatari bake biciwe mu gitero cy’inyeshyamba

Abantu 22 barimo n’umusirikare umwe wo mu ngabo za Repubulika ya Centrafrique, bapfuye nyuma y’igitero abitwaje intwaro bagabye mu gace ka Ngaoundaye gaherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’icyo gihugu. Amakuru y’iki gitero yemejwe na Ernest Bonang usanzwe ari umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Centrafrique. Uyu yabwiye Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) ko uretse 22 biciwe […]

Ukraine irigamba guhanura Sukhoi-34 z’u Burusiya

Igisirikare cya Ukraine ku wa Gatanu cyigambye guhanura indege eshatu zo mu bwoko bwa Sukhoi-34 z’Igisirikare cy’u Burusiya. Ukraine ivuga ko izi ndege yazihanuriye mu karere ka Kherson, nk’uko igisirikare cyayo kirwanira mu kirere cyabitangaje. Perezida Volodymr Zelensky na we yashimagije abasirikare bahanuye izo ndege. Zelensky mu ijambo ageza ku banya-Ukraine buri joro, yavuze ko […]

Museveni yavuze impamvu abona afite amahirwe menshi yo kujya mu ijuru

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko afite amahirwe menshi yo kujya mu ijuru, ku mpamvu z’uko yita ku baturage b’igihugu cye nk’abana be. Museveni yabitangaje mu ijoro ryacyeye, mu ijambo ryifuriza abanya-Uganda Noheli nziza yabagejejeho mu ijoro ryacyeye. Ni ijambo ryibanze ku ngingo zitandukanye zerekeye ubuzima bwa buri munsi bwa Uganda. Museveni yagize […]

Urukiko rwa Nyarugenge rwakatiye Kalisa Erneste wamamaye nka Samusure

Kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Ukuboza 2023 mbere ya saa sita z’amanywa, nibwo Kalisa Erneste wamamaye nka Samusure yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge igifungo cy’imyaka ibiri isubitse ariko ikubiye mu mwaka umwe ariko hiyongeraho ihazabu ya miliyoni 3. Samusure yaregwaga ubwambuzi ku bantu batandukanye harimo n’aho yakoresheje sheki itazigamiye yahaye uwitwa Umutoni Olive.Ibi biri […]

Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi

Dr Gamariel Mbonimana wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaza kwegura kubera ubusinzi, yahamije ko umugore we yagiye amugira inama ngo azireke ariko akanga kumwumva. Gamariel yavuze ko inzoga yazitangiye mu 2006 biturutse ku kigare yagendanaga nacyo hanyuma mu 2008 aza gushaka umugore ariko we akaba atazinywa anagerageza kuzimucaho ariko aramunanira akomeza kunywa. […]

Imaramatsiko ku mikorere y’uburyo umugore anyongera umugabo no kududubiza amavangingo

Abahanga mu mibonano mpuzabitsina bavuga ko umugore utazi kunyongera umugabo we mu gihe cyo gutera akabariro, usanga amusiga akigendera akajya gushaka abamuryohereza.Iyo nta mavangingo afiteho usanga mu rugo umugabo ahora adacyeye ku maso aho usanga nabwo bishobora kumujyana mu bushurashuzi. Ubundi kunyongera umugabo k’umugore mu mibonano mpuzabitsina ni iki ? bikorwa bite? Ibitabo byinshi bivuga […]

Rayon Sports yaguze rutahizamu ukomoka muri Senegale

Nyuma y’uko Rayon Sports iguze umukinnyi witwa Alseny Camara, kuri ubu yamaze kugura undi rutahizamu ukomoka muri Senegale. Uyu mukinnyi witwa Alon Paul Gomis yageze i Kigali mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Ukuboza, yakirwa n’Umuvugizi w’iyi kipe, Ngabo Robben ndetse na Claude Muhawenimana uyobora abafana. Biteganyijwe ko uyu mukinnyi azashyira umukono ku masezerano, […]

RCS yasobanuye iby’ifoto ya CG (Rtd) wagaragaye mu bukwe bw’umuhungu we

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko ruheruka guha uruhushya CG (Rtd) Emmanuel Gasana rumaze iminsi rufunze kugira ngo abashe kwitabira ubukwe bw’umuhungu we. RCS yatangaje ibi nyuma y’uko kuva ku wa Kane hacicikanye amakuru y’uko CG (Rtd) Gasana wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yaba yarekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi. Ni amakuru […]

Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na M23

Imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 yongeye kubura, nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi hagati y’impande zombi. Amakuru aturuka muri RDC aravuga ko imirwano hagati y’impande zombi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2023 iri kubera mu gace ka Matanda ho muri Teritwari […]

Zabyaye amahari hagati y’Igisirikare cya Sudani na UAE

Igisirikare cya Sudani cyatuye umujinya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu gishinja gufasha inyeshyamba za Rapid Support Force (RSF) bamaze igihe bahanganye mu ntambara. Muri Mata uyu mwaka ni bwo imirwano yadutse hagati y’Ingabo za Sudani n’umutwe witwara gisirikare wa RSF. Kuri ubu abarenga 12,000 bamaze kuyigwamo; mu gihe ababarirwa muri za miliyoni bavuye mu byabo. Mu […]

Uganda:Abarenga 500 bahungiye icyarimwe basiga mu mudugudu wose nta n’inyoni itamba

Nyuma y’uko mu Mudugudu wa Kitehurizi, Akarere ka Kamwenge, muri Uganda, abantu bagera ku icumi bishwe n’inyeshyamba za ADF, abaturage barennga 500 bahunze ngo zabo Aba baturage bavuga ko bahunga kubera ubwoba ko bashobora kugabwaho ibindi bitero bishobora guhitana ubuzima bwabo nyuma y’uko abagera ku icumi baherutse kwicwa na ADF. Abahunze berekeje mu turere duturanye […]

Rwanda: Kiliziya Gatolika yateye utwatsi icyemezo cya Papa cyo guha umugisha abatinganyi

20231221_205643.jpg

Inama y’Abepiskopi mu Rwanda yateye utwatsi icyemezo cy’umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisko uherutse kwemerera abapadiri guha umugisha ababana bahuje ibitsina. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo ibiro bya Papa byasohoye inyandiko izwi nka “Fiducia supplicans” iha abapadiri ububasha bwo guha umugisha ababana bahuje ibitsina. Iyo nyandiko yasohowe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Kiliziya Gatolika, Kardinali […]

RDC:Amatora asize ibikomere birimo urupfu n’inkomere ibinyacumi byiganjemo abapolisi

Umunsi w’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabaye tariki 20/12/2023, wasize muri Bunia, mu Ntara ya Ituri, umuntu umwe ahasize ubuzima abandi 11 barakomereka bikomeye. Ibi byaturutse ku myigaragabyo yabaye ubwo hari hamaze gufungurwa site y’Amatora, mu masaha ya mu gitondo , aho bamwe batigeze batora kubera akavuyo kagaragaye. Amakuru avuga ko abigaragambyaga urebye […]

RDF yungutse abasirikare kabuhariwe bashya (Amafoto)

20231221_203016.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyungutse abasirikare bashya bo mu mutwe udasanzwe, nyuma yo gusoza imyitozo bari bamazemo amezi 10. Ni imyitozo bakoreraga mu kigo cy’imyitozo cy’i Nasho mu karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza iyi myitozo witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida akanaba Umugaba w’Ikirenga, Paul Kagame. Gen Mubarakh […]