Les forces du Rwanda et du Mozambique sĂ©curisent l’ouest du district de Palma

Les opĂ©rations offensives conjointes menĂ©es par les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises et mozambicaines dans les rĂ©gions de Pundanhar et de Nhica do Ruvuma visant Ă Ă©liminer les restes d’insurgĂ©s terroristes ont Ă©tĂ© signalĂ©es comme rĂ©ussies. Les Forces armĂ©es mozambicaines (FADM) et les Forces de sĂ©curitĂ© rwandaises (RSF) ont lancĂ© les opĂ©rations au cours des deux […]
Rubavu: Ubuyobozi burashinjwa kwirengagiza icyobo cyabatandukanyije n’abakiriya no kubateza igihombo

Abaturage bo mu Karere ka Rubavu baturanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo baratabaza kubera icyobo cyacitse ahari umuhanda wari ingenzi ku bucuruzi bavuga ko kibabangamiye kuko ari ho hanyuraga imodoka zitwaye ibicuruzwa, hakaba n’abavuga ko bahombye kubera ko amazu yabo yakodeshwaga n’abahakoreraga ubucuruzi kuri ubu bakaba barimutse kubera icyo cyobo. Abaturage bashinja ubuyobozi bw’akarere […]
Burundi : Abayobozi bakuru batatu bari muri kasho z’urwego rushinzwe iperereza
Abayobozi bakuru batatu mu gihugu cy’u Burundi aribo; Maniratunga Albert ukuriye urwego rushinzwe gutwara abantu n’ibintu (OTRACO), Ngendakumana Venant ushinzwe ubucuruzi na IngĂ©nieur Emmanuel Manirakiza ushinzwe itunganywa ry’ibikomoka kuri peteroli bafungiwe muri kasho y’urwego rw’igihugu rw’iperereza (SNR) i Bujumbura guhera kuri uyu wa Mbere ushize itariki 07 Gashyatare 2022. Itabwa muri yombi ryabo ryaje nyuma […]
Harakekwa ukuboko k’u Burusiya muri coup d’etats zimaze iminsi ziba muri Afurika
Gen. Stephen Townsend, umuyobozi w’ingabo z’Amerika muri Afurika (AFRICOM)afata ijambo mu nama y’Abakuru b’ingabo za Afurika ya 2022, hifashishijwe ikoranabuhanga ari i Roma, ko “ukuboko k’u Burusiya” gushobora kuba muri zimwe muri coup d’etats zagaragaye ku mugabane wa Afurika mu mwaka ushize. Nyuma y’ikibazo cyabajijwe mu nama yo ku ya 3 Gashyantare ku bijyanye n’umubare […]
Urukiko Rukuru rwa Loni rurafata umwanzuro ku kirego RDC yishyuzamo Uganda miliyari 11 $
Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rukuru rwa Loni rurafata icyemezo mu rubanza rumaze igihe kirekire hagati ya Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iri kwishyuza amamiliyaridi y’amadolari y’impozamarira kubera intambara ikaze yo mu 1998-2003. Urukiko mpuzamahanga rwiteguye gutanga umwanzuro saa 1400 GMT ku ntambara y’amategeko Kinshasa yatangirije kuri Kampala mu myaka irenga makumyabiri ishize. […]
Miliyoni 13 z’abaturage bo mu Ihembe rya Afurika bugarijwe n’inzara

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa ku Isi (WFP), ryavuze ko abantu bagera kuri miliyoni 13 bo mu Ihembe rya Afurika bugarijwe n’inzara ikabije. Ibihe by’amapfa byagize ingaruka ku baturage b’aborozi n’abahinzi hirya no hino mu majyepfo n’amajyepfo y’uburasirazuba bwa Ethiopia, mu majyepfo y’iburasirazuba n’amajyaruguru ya Kenya ndetse no mu majyepfo ashyira hagati muri Somalia, hakaba […]
Le budget national a augmenté de 16% à plus de 4,400 milliards de Frw
Le gouvernement a proposĂ© d’augmenter les dĂ©penses publiques totales de 633,6 milliards de Frw, passant de 3,807 milliards de Frw dans le budget initial prĂ©sentĂ© au milieu de l’annĂ©e dernière Ă 4,440.6 milliards de Frw. Selon le projet de budget rĂ©visĂ© prĂ©sentĂ© au parlement le lundi 7 fĂ©vrier, l’augmentation reprĂ©sente 16,6 % du budget initial […]
Centrafrica: Minisitiri w’Intebe utamaze umwaka ku kazi yirukanwe
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Centrafrica yirukanwe ku mirimo ye nk’uko byemejwe na Perezidansi kuri uyu wa Mbere mu gihe muri iki gihugu havugwa umwuka mubi hagati y’uruhande rushyigikiye u Burusiya n’uruhande rushyigikiye u Bufaransa muri guverinoma ikennye n’igihugu kidatekanye. Henri-Marie Dondra yari yagizwe minisitiri w’intebe muri Kamena umwaka ushize wa 2021, nyuma gato y’aho […]
Minisitiri w’Intebe wa Mali yashinje u Bufaransa gushaka gucamo igihugu ibice
Minisitiri w’Intebe wa Mali, Choguel Kokalla MaĂŻga, yashinje u Bufaransa bwarashatse gucamo igihugu mo kabiri bubinyujije mu bikorwa byabwo bya gisirikare, ubwo yari imbere y’abadipolomate bakorera i Bamako. MaĂŻga, uyoboye guverinoma y’inzibacyuho yashinzwe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi inshuro ebyiri, muri Kanama 2020 na Kamena 2021, yibasiye u Bufaransa mu minota isaga 45 imbere y’abadipolomate bari bateraniye […]
Abo ku Kirwa cya Gihaya barashinja umushoramari kubaha ingurane itabatuza ahandi mu Rwanda
Bamwe mu baturage batuye ku kirwa cya Gihaya kiri mu Kiyaga cya Kivu ho mu Karere ka Rusizi mu Burengerazuba bw’u Rwanda barashinja umushoramari ushaka kubimura gutesha agaciro imitungo yabo no kubaha ingurane idashobora kubatuza ahandi hantu mu gihugu. Aba baturage bibumbiye mu miryango isaga 200 barashinja uyu mushoramari kubateshereza agaciro imitungo abaha ingurane idashobora […]
Kenya: Umunyemari Lloyd Ndung’u ushakishwa n’u Rwanda yarekuwe by’agateganyo
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Gashyantare, urukiko rwo muri Kenya rwarekuye by’agateganyo umunyemari wo muri Kenya ufite ikigo gishinzwe guteza imbere imitungo itimukanwa, DN Interanational ushinjwa uburiganya mu mushinga wo kubaka amazu yo guturamo yakoze mu Rwanda mu myaka 10 ishize. Nathan Lloyd Ndung’u, Umunyakenya ufite n’ubwenegihugu bw’Umunyamerika wari ufite DN International itakiriho, […]
Les casques bleus rwandais au Soudan du Sud dans ka lutte contre la malnutrition
Les Casques bleus rwandais servant dans le cadre des Nations Unies au Soudan du Sud ont lancĂ© une campagne contre la malnutrition. La campagne a commencĂ© dans les villages d’Odikolong et de Torit oĂą ils ont initiĂ© les mères aux compĂ©tences de base en matière de prĂ©paration d’une alimentation Ă©quilibrĂ©e. “La nourriture fait parfois dĂ©faut, […]
Igihugu cya Cuba kimaze imyaka 60 mu bihano bya Amerika
Kuri uyu wa Mbere, Cuba yujuje imyaka 60 imaze mu bihano by’ubukungu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byagize ingaruka zikomeye ku mutungo w’igihugu cy’abakomunisiti kandi nta kimenyetso cyerekana ko byenda gukurwaho. Ibi bihano byemejwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John F. Kennedy ku ya 3 Gashyantare 1962, ibihano byafashwe ku bucuruzi […]
Goma: Umusirikare wa FARDC yishe mugenzi we amurasiye ku kibuga cy’indege
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 06 Gashyantare 2022, umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yishe mugenzi we amurashe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Hakurikijwe amakuru yakiriwe na Actu7, byose byatangiranye n’amakimbirane hagati y’abasirikare ba FARDC, aho “umwe wari wasinze bikabije yarashe mugenzi we wapfiriye aho”. Amakuru agera […]
AU yirinze impaka ku cyemezo kitavugwaho rumwe cyo kugira Israel indorerezi
Kuri iki Cyumweru, itariki 06 Gashyantare 2022, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe washoje inama ngarukamwaka wamagana “uruhererekane” ruherutse rwo guhirika ubutegetsi kwa gisirikare, bituma abantu batinya icyo umwe mu bayobozi mukuru yavuze ko ari “gusubira inyuma kwa demokarasi”, hafatwa n’icyemezo cyo gusubika impaka ku cyemezo cyo kugira Israel indorerezi muri uyu muryango. Abayobozi bemeye guhagarika […]
Ibihugu byo muri Afurika bibereyemo imyenda myinshi u Bushinwa kurusha ibindi
U Bushinwa bumaze kuba kimwe mu bihugu bifitiwe imyenda myinshi n’ibihugu hafi ya byose byo muri Afurika ndetse bimwe muri byo bikaba bishobora no kutazabasha kwishyura iyo myenda. Dore ibihugu 9 bya mbere bibereyemo imyenda myinshi u Bushinwa kurusha ibindi Angola – Miliyari 25 $ Igihugu cya Angola nicyo cya mbere muri Afurika kibereyemo u […]
Koreya ya Ruguru: Umwalimu yafashwe azira kwigisha abanyeshuri imbyino mvamahanga
Abayobozi ba Koreya ya Ruguru bataye muri yombi umwalimu wigisha kubyina na bamwe mu banyeshuri yigishaga azira gukoresha amashusho yo mu bihugu byo hanze mu kubigisha imbyino bita iza gikapitalisiti. Bivugwa ko mu 2020 Koreya ya Ruguru yashyizeho itegeko rigenga umuco n’imyifatire rihana ibifatwa nk’ibyaha birimo gutunga, kureba cyangwa gukwirakwiza amakuru aturutse mu bihugu by’Abakapitalisiti […]
Uganda: Umupolisi mukuru arimo guhigwa azira guhohotera umunyamakurukazi

Umupolisi mukuru wa Uganda arimo gushakishwa uruhindu nyuma yo guhohotera umunyamakurukazi w’ikinyamakuru Bukedde. Uwo mupolisi ni uwitwa Paul Nabende, ukuriye CID kuri station ya polis ya Makindye. Amakuru agera kuri Spyreports dukesha iyi nkuru, avuga ko umunyamakuru Shamim Nabunya, yari yagiye kuri station ya polisi ya Makindye gukora inkuru yari yashinzwe gukurikirana. Ubwo yari aho, […]
France: Igishusho cy’intwari y’Umunyalijeriya cyangijwe mbere yo gutahwa ku mugaragaro
Kuri uyu wa Gatandatu, igishusho cy’intwari y’umusirikare w’Umunyalijeriya cyangijwe mu masaha make mbere yo gutahwa ku mugaragaro mu Bufaransa. Iki gihangano cyashinzwe mu rwego rwo kwizihiza imyaka 60 Alijeriya imaze ihawe ubwigenge n’u Bufaransa, cyerekana Emir Abdelkader, wahoze witwa “Umwanzi mubi w’u Bufaransa”. Abdelkader yayoboye urugamba rwo kurwanya iyinjira ry’Abakoloni b’Abafaransa muri Alijeriya mu 1830. […]
Tanzania: Perezida Suluhu yasabye iperereza ku gipolisi nyuma yo kuvugwamo abanyabyaha
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yategetse ko hakorwa iperereza mu gipolisi nyuma y’ubwicanyi buherutse kubera i Mtwara bwagaragamo abapolisi baregwa nk’abagizi ba nabi. Perezida yabitegetse mu gihe cyo kuzengurukaga muri aka karere muri iki cyumweru. Yagize ati: “Numvise ko abapolisi bishe, hanyuma nsaba iperereza kuri bo kuri icyo cyaha. Ubu ntegetse Minisitiri w’intebe gukora […]
Beni: Igisasu cyaturikiye mu isoko riremwa cyane nyuma y’umuburo wa Amerika
Igipolisi cyavuze ko abantu bane bakomeretse ubwo igisasu cyaturikaga ku isoko riremwa cyane ku wa Gatandatu mu mujyi wa Beni mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’iminsi mike Ambasade y’Amerika mu murwa mukuru i Kinshasa itanze umuburo ko igitero gishobora kuba. Igipolisi cyaho cyavuze ko kirimo gushakisha abakekwaho kuba bateze icyo gisasu […]
Kagame réélu Ă la tĂŞte de l’Agence de dĂ©veloppement de l’Union africaine
Le prĂ©sident Paul Kagame a Ă©tĂ©, mercredi 2 fĂ©vrier, réélu Ă la tĂŞte de l’Agence de dĂ©veloppement de l’Union africaine (AUDA-NEPAD), qui a pour mandat de renforcer les capacitĂ©s des États membres et des organismes rĂ©gionaux. Le NEPAD est l’agence qui coordonne et exĂ©cute les projets prioritaires de dĂ©veloppement rĂ©gional et continental pour promouvoir l’intĂ©gration […]
Kabuga Felicien yongeye kuburana mu muhezo kubera ikibazo cy’ubuzima
Iburanisha ry’ibanzirizarubanza ku Munyarwanda Kabuga Felicien ukekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ryakomereje mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha i La Haye mu muhezo ku busabe bw’ubwunganizi. Umucamanza uyoboye, Iain Bonomy, yamereye umwunganizi wa Kabuga witwa Emmanuel Altit icyifuzo cyo kumva urubanza mu muhezo, avuga ko ari ku mpamvu z’ubuzima butifashe neza bw’uregwa. […]
U Burusiya burashinjwa guhimba igitero cya Ukraine ku butaka bwabwo ngo butangize intambara
Amerika yashinje u Burusiya guhimba igitero cy’ingabo za Ukraine nk’urwitwazo rwo gutangiza intambara. Umuvugizi wa Pentagon, John Kirby, yatangaje ko Washington ifite amakuru yizewe ku byerekeye umugambi mubisha w’u Burusiya, mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba. Moscou yashinjwe na Amerika kuba yarakoze amashusho ya poropaganda yerekana amashusho y’iturika ry’ibisasu hamwe n’imirambo, ndetse n’abakina ikinamico bagaragaza […]
Bugesera: Barashinja ubuyobozi kubakerereza no kubateza igihombo

Bamwe mu baturage bafite ibibanza bitandukanye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, Akagari ka Nyamata, Umudugudu wa Nyabivumu, barimo n’ababa muri diaspora, bavuga ko bamaze imyaka ibiri bategereje ibyangombwa byo kubaka ibyo bibanza ariko na n’ubu amaso yaheze mu kirere, aho bavuga ko bikomeje kubatera igihombo nk’abatse inguzanyo za banki zo kubaka bakaba barimo […]
ECOWAS igiye kohereza ingabo muri Guinea-Bissau nyuma y’igeragezwa ryo guhirika ubutegetsi
Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wavuze kuri uyu wa Kane ko uzohereza ingabo muri Guinea-Bissau kugira ngo zifashe kugarura umutekano nyuma y’igerageza ryo guhirika ubutegetsi ryaburijwemo mu ntangiriro z’iki cyumweru. Umuryango w’ibihugu 15 bigize akarere, wafashe iki cyemezo nyuma y’inama yabereye mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, kuri uyu wa Kane, ntabwo watanze ibisobanuro […]
Kuba u Rwanda rushimwa mu mutekano ntibiduha umwanya wo kwirara – IGP Munyuza
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane, itariki ya 3 Gashyantare yasuye abapolisi bakorera mu Ntara y’Iburengerazuba abibuts ko kuba u Rwanda rushimwa n’amahanga mu by’umutekano bitatuma birara. Muri uru ruzinduko rwabereye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi, IGP Munyuza yakiriwe n’umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Assistant […]
Ku mugabane wa Afurika hakorewe urukingo rwa mbere rwa Covid-19
Ikigo gikora imiti cya Biotech, ishami ryo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kane cyatangaje ko cyakoze urukingo rwa mbere rwa Covid-19 rukorewe ku mugabane wa Afurika rwo mu bwoko bwa mRNA ruzatangira kugeragezwa mu Gushyingo. Umuyobozi w’iki kigo, Petro Terblanche yavuze ko kugerageza uru rukingo ku nyamanswa bizatangira mu kwezi gutaha ariko ku bantu […]
RIB iri mu iperereza ku rupfu rw’umugore wasanzwe mu gihuru mu Gatenga yapfuye
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ruri gukora iperereza kuri dosiye ikekwamo ubwicanyi bwaba bwarakorewe umugore w’imyaka 37, umurambo we wasanzwe mu gihuru mu Murenge wa Gatenga. Abaturage bavuga ko Chantal Nyiraneza, umubyeyi w’abana babiri, wari utuye mu Mudugudu wa Gashyekero, Akagari ka Nyanza mu Murenge wa Gatenga, mu Karere ka Kicukiro, yasanzwe yapfuye abonwe n’abahungu babiri […]
Nairobi: Kenyatta et Kagame ont discutĂ© d’un large Ă©ventail de domaines de coopĂ©ration
Le prĂ©sident Uhuru Kenyatta s’est entretenu aujourd’hui Ă Nairobi, avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame, qui Ă©tait dans le pays pour une visite de travail. Au cours de la rĂ©union, le prĂ©sident Kenyatta et le prĂ©sident Kagame ont discutĂ© d’un large Ă©ventail de domaines de coopĂ©ration entre les deux pays, notamment le commerce et les […]
Perezida Kenyatta yagaragaje akamaro u Rwanda rufitiye Kenya mu bucuruzi
Kuri uyu wa Kane Perezida Uhuru Kenyatta yagaragarije mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, akamaro u Rwanda rufitiye Kenya mu bucuruzi kubera aho ruherereye mu karere, amwizeza gukomeza ubufatanye mu kugera ku ntego z’umuryango wa EAC. Ni mu biganiro abakuru b’ibihugu byombi bagiranye mu Ngoro y’umukuru w’igihugu ubwo Perezida Paul Kagame yagiriraga uruzinduko rw’akazi muri […]
Umusirikare wa UPDF yiciwe mu kabari azira umugore
Igipolisi cya Uganda muri Jinja kiri gukora iperereza ku rupfu rw’Umusirikare wa UPDF wiciwe mu mu mirwano yo mu kabari azira umugore. Umuvugizi wa Polisi yo muri Kiira, James Mubi, avuga ko Private Michael Kwewana w’imyaka 39 wo mu kigo cya gisirikare cyitiriwe Kadhafi cyo mu Mujyi wa Jinja, kuri uyu wa Kabiri ushize yagiye […]
Brazil: Hafashwe batatu bashinjwa kwicisha inkoni Umunyekongo w’imyaka 24
Igipolisi cya Brazil cyataye muri yombi abantu batatu nyuma yo kwicisha inkoni impunzi y’Umunyekongo, video igafatwa na camera y’umutekano kuri kiosk yegereye inkengero z’inyanja, bigatuma abantu bahaguruka n’umujinya basaba ubutabera ndetse bakanategura imyigaragambyo mu mijyi ikomeye. Uyu Munyekongo, Moise Kabagambe w’imyaka 24, yakubiswe inkoni n’abagabo batatu bamuziritse mu cyumweru gishize nk’uko amashusho yashyizwe ahagaragara na […]
Kenya: Ushinjwa uburiganya mu mushinga w’amazu yo guturamo mu Rwanda yafashwe
Nathan Lloyd Ndung’u, nyiri isosiyete mpuzamahanga ishinzwe imitungo itimukanwa DN International, ubu yafatiwe i Nairobi azira urubanza rw’uburiganya agomba guhura narwo mu Rwanda. Amakuru y’ikinyamakuru Business Daily cyo muri Kenya kimwe mu bibarizwa muri Nation Media Group, avuga ko Ndung’u yatawe muri yombi muri iki cyumweru ageze i Nairobi avuye mu mahanga. Yashakishwaga na Interpol […]
RDC: Byibuze abantu 60 biciwe mu nkambi y’abavanwe mu byabo
Abakekwaho kuba mu mutwe witwara gisirikare bagabye igitero ku nkambi y’abantu bakuwe mu byabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), bahitana abantu benshi. Igitero cyabaye mu ijoro ryo kuwa Kabiri cyabereye mu Ntara ya Ituri, yashyizwe mu bihe bidasanzwe kuva muri Gicurasi 2021, nk’ingamba zidasanzwe leta yafashe zo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro […]
La Haye: FĂ©licien Kabuga de nouveau devant le tribunal jeudi dans l’affaire du GĂ©nocide
Le MĂ©canisme international rĂ©siduel pour les tribunaux pĂ©naux sur le gĂ©nocide (IRMCT) reprendra, jeudi le 3 fĂ©vrier, l’audience prĂ©liminaire du principal suspect de gĂ©nocide FĂ©licien Kabuga. Kabuga a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© en France en mai 2020 et a comparu pour la dernière fois devant le tribunal le 6 octobre 2021. Il est actuellement dĂ©tenu Ă La […]
La Haye: Kabuga Felicien azongera kwitaba urukiko kuri uyu wa Kane
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 3 Gashyantare, urugereko rwashyiriweho kurangiza imanza zitarangijwe n’urukiko mpanabyaha (IRMCT) ruzakomeza iburanisha ry’ibanzirizarubanza ku Munyarwanda FĂ©licien Kabuga ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kabuga yafatiwe mu Bufaransa muri Gicurasi 2020, aheruka kwitaba urukiko ku ya 6 Ukwakira 2021. Ubu afungiye i La Haye mu Buholandi, ari naho hazabera […]
Tanzania: Hatowe Perezida w’Inteko usimbura uherutse kwirukanwa na Perezida Suluhu
Kuri uyu wa Kabiri, Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzaniya yatoye Perezida mushya nyuma y’iyegura ry’uwamubanjirije wagiranye amakimbirane na Perezida Suluhu yahungabanyije ishyaka riri ku butegetsi. Madamu Tulia Ackson, wari Perezida wungirije kuva mu 2015, yatsinze abandi bakandida umunani batavuga rumwe n’ubutegetsi. Depite William Lukuvi wari uhagarikiye amatora yagize ati: “Nizera ko twatoye umuntu ukwiye uzayobora […]
Burundi: Guverineri yaciye gucuruza ibigori byokeje
Mu ibaruwa yandikiwe abayobozi ba za komini, guverineri w’Intara ya Rumonge (mu majyepfo y’iburengerazuba bw’u Burundi) yabujije kugurisha ibigori byokeje, asaba abayobozi ba komine gushyira mu bikorwa icyo cyemezo ariko icyo cyemezo cyamaganwa n’abacuruzi bato, benshi muribo b’abagore. Icyemezo cya guverineri kirasobanutse neza, nta kugurisha ibigori byokeje, imyumbati n’isombe byemewe ahantu hahurira abantu benshi, ku […]
Danemark yakuyeho ingamba zose zo kwirinda Covid-19, OMS iburira amahanga
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS, rirasaba ibihugu kwitondera gutangaza ko byatsinze urugamba rw’icyorezo cya Covid 19 bikuraho ingamba zo kwirinda nyuma y’aho Danemark yabaye igihugu cya mbere gikuyeho ingamba zose zo kwirinda iki cyorezo. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaburiye ibihugu kutihutira gukuraho ingamba zo kwirinda icyo cyorezo […]
SACCO yagiriwe inama yo kugaruza amamiliyoni y’umukiriya yatanze atabizi kuko ari yo yabihomberamo

Me Ndikumana Elysee, umunyamategeko ubarizwa mu rugaga rw’Abavoka mu Rwanda, akaba ku rutonde rw’abahuza mu by’imanza rutangazwa n’urukiko rw’ikirenga ndetse na Noteri wigenga wo mu Karere ka Rusizi, aravuga ko SACCO ya Nyamyumba ishinjwa gutanga amafaranga yari konti y’umuturage witwa Bibutsuhoze Christine ikayaha umusimbura we ariko atabimenyeshejwe, aramutse areze iki kigo cy’imari cyakwirengera igihombo ndetse […]
Kagame nomme un nouveau ministre des Infrastructures, et ministre d’Etat
Le prĂ©sident Kagame a nommĂ© Ernest Nsabimana comme nouveau ministre des Infrastructures, selon un communiquĂ© publiĂ© par le bureau du Premier ministre le lundi 31 janvier. Claver Gatete, qui a Ă©tĂ© Ă la tĂŞte du ministère pendant près de quatre ans, a Ă©tĂ© nommĂ© ambassadeur et reprĂ©sentant permanent du Rwanda au siège des Nations unies […]
Abacanshuro b’Abarusiya batangiye gukurwa muri Afurika boherezwa hafi ya Ukraine
Ikigo cy’abacanshuro b’Abarusiya, kimaze kwamamara kizwi nka Wagner Group, kiyobowe n’umwe mu nshuti za hafi za Perezida Putin, kiravugwaho kuba cyatangiye gukura indwanyi zacyo zizobereye urugamba muri Afurika kugira ngo boherezwe mu Burayi bw’i Burasirazuba aho ingabo z’u Burusiya zarunzwe hafi ya Ukraine. Nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri bo muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) umubare […]
Batandatu mu bagize uruhare mu gitero cyo mu Kinigi bakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 31 Mutarama, urukiko rukuru rwa gisirikare rwakatiye igifungo cya burundu abantu batandatu bari mu mutwe w’ingabo witwa RUD-Urunana, nyuma yo kubahamya icyaha cyo gutegura ibitero by’iterabwoba byibasiye abaturage. Ibyo bitero byabaye mu ijoro ryo ku ya 5 Ukwakira 2019 mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze. Nibura abantu […]
Burkina Faso: Lt Col. Damiba yemejwe nka Perezida w’Agateganyo
Guverinoma ya gisirikare ya Burkina Faso yavuze ko yasubijeho itegeko nshinga nyuma y’icyumweru bahiritse ubutegetsi, kandi ishyiraho uwayoboye ihirika ry’ubutegetsi, Lieutenant-Colonel Paul-Henri Sandaogo Damiba, nka Perezida w’agateganyo. Iki cyemezo kibaye nyuma gato y’uko Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) uhagaritse Burkina Faso kubera kwigarurira ubutegetsi kandi abadipolomate bo muri Afurika y’iburengerazuba ndetse n’Umuryango w’Abibumbye basaba ko abasirikare […]
Rusizi: Barashinjwa gushuka abacuruzi ngo babashyire ku rutonde rw’abazafashwa
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw’abahuye n’ibibazo by’ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19. Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin w’imyaka 36, Sinayobye Emmanuel w’imyaka 45 na Niyonsaba Marie Rose w’imyaka 49. Bafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 30 Mutarama bafatirwa mu Murenge wa Butare, […]
Le sommet du Commonwealth prévue pour la semaine du 20 juin 2022 à Kigali
Le prĂ©sident Paul Kagame et la secrĂ©taire gĂ©nĂ©rale du Commonwealth, Patricia Scotland, ont annoncĂ© que la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth (CHOGM) est prĂ©vue pour la semaine du 20 juin 2022. Le CHOGM devait se tenir Ă Kigali en juin 2020 mais a Ă©tĂ© reportĂ© Ă deux reprises en raison de l’impact de […]
Musanze: Urukiko rwashyikirijwe dosiye y’abagabo batemye inka z’umuturanyi
Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirije Urukiko dosiye bukurikiranyemo abagabo bane icyaha cyo gutema inka eshatu z’umuturanyi wabo, busaba aba baba bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe iperereza rigikomeje.. Mu ijoro ryo ku italiki 18 Mutarama 2022 nibwo abakekwa baba barakoze iki cyaha ubwo ngo binjiraga aho bororeraga izi nka mu Kagari […]
La frontière rwando-ougandaise rouverte après trois ans d’inactivitĂ©
Quelques heures avant minuit dimanche soir, quelques journalistes rwandais campaient au poste frontière de Gatuna en attendant d’assister Ă sa rĂ©ouverture après trois ans d’inactivitĂ©. Cela survient après que le gouvernement rwandais a annoncĂ© jeudi 27 janvier qu’il rouvrirait sa principale frontière avec l’Ouganda dans le cadre des efforts visant Ă rĂ©tablir les relations bilatĂ©rales. […]
Abatalibani bishe abahoze ari abayobozi muri Afghanistan basaga 100: Raporo ya Loni
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko abarenga 100 bahoze muri guverinoma ya Afghanistan, barimo abashinzwe umutekano ndetse n’abakoranye n’ingabo mpuzamahanga bishwe kuva Abatalibani bigarurira igihugu muri Kanama umwaka ushize. Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko muri raporo yo kuri iki Cyumweru yagejejwe ku nama k’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano “abarenga bibiri bya gatatu” by’abiciwe bivugwa […]
Amafoto: Umuvugabutumwa Rev. Natasha yakoze ubukwe gakondo n’umukunzi we w’Umuhinde

Umuvugabutumwa wo mu murwa mukuru wa Kenya, Lucy Natasha n’umukunzi we w’Umuhinde, Stanley Carmel, bakoze ubukwe bwabo gakondo ku ya 29 Mutarama 2022. Abatumiwe gusa nibo bitabiriye ubu bukwe bwabereye muri Evergreen Woodvale Drive House i Runda, muri Nairobi. Hamwe n’abashyitsi babo bambaye imyenda ya kinyafurika, abo mu miryango ya Reverend Natasha na Prophet Carmel […]
Sudani: Abashinzwe umutekano bamaze kwica abigaragambya 79
Kuri iki Cyumweru, umwe mu bigaragambyaga yishwe mu gihe Abanyasudani ibihumbi n’ibihumbi bongeye guhurira ku ngoro ya perezida i Khartoum mu myigaragambyo yo kwamagana ihirika ry’ubutegetsi rya Jenerali Abdel Fattah al-Burhane maze basaba ubutabera na demokarasi. N’ubwo abasirikari bitwaje imbunda bafunze imihanda n’ibiraro ndetse blocs ciment zigashyirwa ku cyicaro gikuru cya gisirikare no ku ngoro […]
Nyamagabe: Abantu 175 bafatiwe mu rugo rw’umuturage bari mu masengesho harimo abanduye COVID-19
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Mutarama ahagana saa munani z’amanywa Polisi ikorera mu Karere ka Nyamagabe yasanze abantu 175 mu rugo rwa Nyirahuku Marie Rose barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Bafatiwe mu Murenge wa Gasaka, Akagari ka Kigeme, Umudugudu wa Gakoma. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Superintendent […]
EAC yashimye icyemezo cyo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba bwashimye ubuyobozi na guverinoma z’u Rwanda na Uganda byiyemeje kongera gufungura umupaka wa Gatuna. Ibi bibaye nyuma y’uko guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kongera gufungura umupaka warwo na Uganda, ku ya 31 Mutarama 2022, nyuma y’imyaka hafi itatu ufunze. Umupaka wafunzwe ku ya 27 Gashyantare 2019. Umupaka ufungwa u Rwanda rwashinjaga Uganda […]
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu cya rutura mu bwoko yaherukaga kugerageza mu 2017
Kuri iki cyumweru, Koreya ya Ruguru yakoze igeragezwa rya misile nini kuva mu 2017, yohereza mu kirere misile yo mu bwoko bwa “intermediate-range ballistic missile”, iraswa mu ntera y’ibirometero hagati ya 3,500 na 5500, bigaragara ko yenda kubura kugerageza misile ziraswa kure. Abayobozi bakuru b’ingabo za Koreya y’Epfo batangaje ko iki gisasu cya misile kimwe […]
Tigray: Abaforomo n’abaganga mu batangiye gusabiriza ibyo kurya
Bamwe mu baforomo n’abaganga (Doctors) bo mu bitaro binini byo mu ntara ya Ethiopia yazahajwe n’intambara ari yo Tigray na bo batangiye gusabiriza ibiryo kugira ngo batunge imiryango yabo nk’uko umwe mu baganga yabitangarije BBC. Yavuze ko bamaze amezi umunani badahembwa, bikaba bibahatira gushaka ubundi buryo bwo gutunga imiryango yabo. Ibivugwa n’abaganga bije mu gihe […]
Hari ibihugu biteganya gutangira gufata Covid-19 nk’izindi ndwara zandura by’igihe runaka
Nyuma y’imyaka hafi ibiri y’icyorezo, ibihugu bimwe na bimwe byatangaje ko igitekerezo cyo gutangira gufata COVID-19 nk’izindi ndwara zandura, nk’ibicurane by’igihe runaka. Nubwo hagaragaye ubwandu bwinshi bwatewe n’ubwoko bwa Omicron, bigaragara ko idatera kuremba ariko ikaba yandura cyane nk’uko ubushakashatsi bwakozwe bubigaragaza, ibihugu birimo u Bwongereza na Irlande bigenda bigabanya cyane ingamba zari zarafashwe ku […]
Kacyiru: Abapolisi batanze amaraso yo gufasha abarwayi
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 29 Mutarama, abakozi b’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) bari ku cyiciro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru aho bakusanyije amaraso yo kujya gufasha abarwayi, Abapolisi 55 nibo batanze amaraso. Bamurange Jeanne, niwe wari uyoboye itsinda ry’abaganga baturutse muri RBC bari baje gukusanya ayo maraso. Bamurange yishimiye uko yakiriwe we […]
RDC: Urukiko rwakatiye 51 igihano cy’urupfu kubera iyicwa ry’impuguke za Loni
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye abantu 51 igihano cyo kwicwa, benshi badahari, mu rubanza rw’abantu benshi kubera iyicwa ry’impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye. Igihano cy’urupfu gikunze kugaragara mu manza z’ubwicanyi muri Congo, ariko gikunze kuvunjwamo igifungo cya burundu kuva iki gihugu cyatangaza icyo bita mu Cyongereza “a moratorium on executions”, ugenekereje […]
Gicumbi: Urukiko rwaregewe abashinjwa kwica umuntu babanje kumusindisha
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, mu ntangiriro z’iki cyumweru bwaregeye urukiko abagabo babiri baturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabeza,Umudugudu wa Karambo, bubakurikiranyeho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa byateje urupfu. Bivugwa ko iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 03 Nzeri 2021 ubwo abaregwa bashukaga uwapfuye bakamutegera kunywa amacupa 12 ya […]