Nyirakuru wa The Ben yapfuye

Nyirakuru wa The Ben ubyara nyina, Mukangarambe Yunia yatabarutse ubwo yajyanwaga kwa muganga mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane itariki 28 Werurwe 2024 nibwo uyu mubyeyi wari umaze amezi 2 arwaye yapfuye. Uyu mubyeyi ufite umwuzukuru ukunzwe cyane mu Rwanda, yatabarutse ubwo yajyanwaga kwa muganga kugira ngo […]

Eddy Kenzo yahuye na Perezida Museveni mbere yo kuza i Kigali – Aamafoto

9-146481711581501.jpg

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahuye na kimenyabose mu muziki, Eddy Kenzo wari waherekeje Phiona Nyamutooro uheruka guhabwa inshingano nshya muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, ubwo yarahiriraga izi nshingano. Kuwa 22 Werurwe 2024 ni bwo Phiona Nyamutooro wari usanzwe ari umwe mu bagize Inteko Ishingamategeko ya Uganda yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu […]

Luis Rubiales wasomye umukinnyi muri sitade, yasabiwe gufungwa imyaka 2.5

73cf6cd0-43fb-11ee-810a-9bab2d75a5e1.jpg

Umushinjacyaha wo muri Espagne yasabiye uwahoze ari umuyobozi w’ishyirshsmwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu, Luis Rubiales gufungwa imyaka ibiri n’igice nyuma yo gusoma umukinnyi ku karubanda kandi batari babyumvikanyeho. Luis Rubiales aregwa ibyaha birimo ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Espagne y’abagore, Jenni Hermoso ubwo batwaraga igikombe cy’Isi muri 2023. Hermoso n’abakinnyi […]

Umutoza wa As Kigali yamenweho amazi n’bakinnyi be mu rwambariro

Umutoza mukuru wa As Kigali, Guy Bukasa yatunguwe n’abakinnyi bamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko bamumenaho amazi mu rwambariro. Ku munsi w’ejo hashize nibwo uyu mutoza ukomoka muri Congo yagize isabukuru y’amavuko, aho yari yujuje imyaka 37. Ubwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2024 ikipe ya As Kigali yasozaga imyitozo, abakinnyi baje gutungura uyu […]

Zari Hassan aratwite

Umuherwekazi akaba n’umushabitsi, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady mu myidagaduro yo muri Afurika, yaciye amarenga ko we n’umugabo we Shakib bari kwitegura umwana wabo wa mbere. Uyu mugore w’abana batanu, yatangaje ko we n’umugabo we baba bari kwitegura kwakira umwana wabo mu minsi iri imbere. Ubwo yageraga muri Tanzania mu munsi yashize, uyu […]

Abafana ba TP Mazembe bigaragambije bamagana Minisitiri w’imari

Abafana ba TP Mazembe yo muri Congo bandikanye ibaruwa uburakari maze bayohereza Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi bamusaba guha ikipe yabo amafaranga igihugu cyemerera ikipe yasohokeye Igihugu. Ubusanzwe ikipe yasohokeye Congo igira amafaranga ihabwa na Leta aho iyifashisha mu mikino yasurukiyemo igihugu. Ku wa Mbere tariki ya 25 Werurwe 2024, abafana ba TP Mazembe bandikiye Minisitiri […]

Eddy Kenzo yavuze ku byo gukundana na Minisitiri

Umuhanzi ugezweho muri Uganda no hanze y’aho, Eddy Kenzo yagize icyo avuga ku makuru amaze iminsi amuvugwaho ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutooro. Hashize iminsi muri Uganda havugwa inkuru y’urukundo hagati ya Eddy Kenzo na Minisitiri Phiona Nyamutooro uherutse gushyirwa muri Guverinoma y’iki gihugu cyo mu Majyaruguru y’u Rwanda. Nyamutooro aherutse kugirwa […]

Rayon Sports iri kuganiriza Sefu uri mu bihano

Ikipe ya Rayon Sports igeze kure ibiganiro byo gusinyisha umukinnyi wo hagati Niyonzima Olivier Sefu wakiniraga Kiyovu Sports muri uyu mwaka w’imikino. Niyonzima Olivier Sefu uherutse guhagarikwa na Kiyovu Sports imikino itandatu, aravugwa muri Rayon Sports ishaka kwiyubaka mbere y’igihe isoko ritari ryazaho benshi. Rayon Sports irashaka undi mukinnyi wo hagati nyuma yo kubona ko […]

Kigali Pele Stadium igiye gushyirwa ku rwego rwo kwakira CAN

Minisiteri ya siporo mu Rwanda ‘Minisports’ itangaza ko Pele Stadium yitiriwe umunyabigwi ukomoka muri Brazil, igiye kubakwa bundi bushya aho izashyirwa ku rwego rwo kwakira n’igikombe cya Afurika. Mu bijyanye n’ibikorwa bya siporo by’umwihariko amastade y’umupira w’amaguru, Minisiteri ivuga ko igiye kubaka sitade esheshatu zizaza zunganira sitade amahoro igeze ku musozo. Stade Amahoro iri kigero […]

Perezida Ndayishimiye yasabye abongereza kumwubakira umuhanda wa Gari ya Moshi

434169481_932905792178228_2733073451533645895_n.jpg

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Perezida Ndayishimiye Evariste yakiriye abashoramari bakomoka mu Bwongereza bazanwe na Saido Berahino na Constantin Mutima bakomoka mu Burundi. Mu minsi yashize nibwo Saido Berahino na Constantin Mutima bagarutse mu gihugu bazanye n’abashoramari 4 bakomoka mu Bwongereza. Aba bashoramari bazanwe no gushora imari mu bikorwa by’iterambere mu Burundi bahuye na Perezida Ndayishimiye […]

Mukasanga Salima yaguze imodoka ya miliyoni 46

Mukasanga Salima uri mu bsifuzi mpuzamahanga b’abanyarwandakazi, yaguze imodoka nshya ya Dongfeng Aeolus HUGE 2024 Hybrid ifite agaciro k’ibihumbi 36$, ni ukuvuga asaga miliyoni 46 Frw. Mukansanga yaguze iyi modoka ku wa Kane, tariki ya 21 Werurwe 2024. Salima yatanze ibihumbi 36$ (asaga miliyoni 46 Frw) nk’icyiguzi cy’iyi modoka iteye amabengeza aho iri mu ibara […]

STT mu bujura bw’amafaranga bumeze nk’ubwa Ponzi wibye Abanyamerika Miliyari 19 Frw

ponzi1920.jpg

Bamwe mu banyarwanda bari kurira ayo kwarika nyuma yo gushora amafaranga yabo mu kigo Super free to trade Ltd (STT) bizezwa inyungu y’umurengera none cyarafunze batabonye ibyo bizezwaga. Iki kigo cyizezaga abantu bashoyemo amafaranga kubaha inyungu y’umurengera bitewe n’amafaranga wabaga warashoyemo. Imikorere y’iki kigo ihura neza n’iya Charles Ponzi wazanye ikizwi nka Ponzi Scheme cyibye […]

Bruce Melodie arashinjwa ubujura butaziguye

Umuhanzikazi akaba n’umushabitsi, Sunny arashinja Bruce Melodie bakoranye indirimbo ’Kungola’ kuyimwiba mu buryo butaziguye akayiyitirira kandi nta mafaranga yayishoyemo. Muri 2019 nibwo ’Kungola’ Sunny yakoranye na Bruce Melodie yagiye hanze aho yakiriwe neza n’abakunzi b’umuziki mu Rwanda. Nyiri ndirimbo Sunny, avuga ko Bruce Melodie yayimwibye bikaza kumuviramo guhura n’igihombo gikomeye. Umushinga w’iyi ndirimbo washowemo na […]

Umutoza w’u Burundi yishimiye gusoza inyuma y’u Rwanda

Umutoza mukuru w’Intamba mu rugamba, Etienne Ndayiragije yemeza ko anyuzwe n’umusaruro w’inota rimwe bakuye muri Madagascar mu mikino ya gicuti. Ku munsi w’ejo hashize nibwo muri Madagascar hasojwe imikino ya gicuti yahuzaga amakipe y’ibihugu agera kuri ane yari yateguwe na Federasiyo ya Madagascar. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Intamba mu rugamba zakinaga umukino wabo wa […]

FEBABU irashinja Dynamo BBC kuganira na BAL itabizi

Umuyobozi mukuru wa Federasiyo y’umukino wa Basketball mu Burundi ‘FEBABU’, Jean Paul Manirakiza yihakanye ikipe ya DynamoBBC iyishinja gusinyana amasezerano na BAL batabamenyesheje. Mu minsi yashize nibwo Dynamo BBC yatewe mpaga mu mikino ya BAL24 yaberaga muri Afurika y’Epfo izira kwanga kwambara imyenda yanditseho Vist Rwanda. Icyo gihe Leta ibinyujije muri Federasiyo ‘Fefabu’ yabujije Dynamo […]

Byiringiro Lague yahanwe

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Frank Spittler yahanishije Byiringiro Lague kumukura ku rutonde rw’abakinnyi yifashishije imbere ya Madagascar. Ku munsi w’ejo hashize nibwo ‘Amavubi’ yisasiraga ikipe y’igihugu ya Madagascar yari iri imbere y’abafana bayo, aho yayitsinze ibitego 2-0. Uyu mukino ntiwagaragayeho Byiringiro Lague wari wagaragaye ku mukino wa mbere wa gicuti Amavubi yanganyijemo na Botswana. […]

Undi mukinnyi w’Umunyarwanda yahagaritse gukina

Irambona Eric wakanyujijeho mu makipe nka Rayon Sports na Kiyovu Sports, yamanitse inkweto. Uyu musore wigaragaje muri Rayon Sports gusa wari umaze imyaka ibiri adafite ikipe, yeruye kumugaragaro ahamya ko yahagaritse ruhago nk’uwabigize umwuga. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yizihizaga imyaka 5 we n’umugore we Olivia bamaze barushinze, nibwo uyu rutahizamu yahamije ko yahagaritse […]

Dani Alves yarekuwe

screenshot_2024-03-26_084021.png

Umunyabigwi muri ruhago cyane cyane mu ikipe ya FC Barcelona, Dani Alves yarekuwe nyuma yo kwishyura miliyoni y’ingwate. Dani Alves w’imyaka 40 yarekuwe n’urukiko rwo muri Espagne nyuma yo kwishyura ingwate yatswe n’urukiko. Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 25 Werurwe 2024 nibwo uyu mugabo yasohotse muri gereza nyuma y’uko yari amazemo umwaka umwe urengaho […]

Umunya-Kenya uyobora Binance yatorotse kasho muri Nigeria

Umuyobozi w’isoko ry’imitungo mvunjwafaranga idafatika ‘Binance’, Nadeem Anjarwalla w’imyaka 38, yatorotse aho yari afungiye muri Nigeria nyuma yo gufungwa ashinjwa gutesha agaciro amafaranga y’igihugu, gutera inkunga imitwe y’iterabwoba n’ibindi byaha bifitanye isano n’ubukungu. Nadeem Anjarwalla ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza na Kenya, yatorotse ku wa 22 Werurwe 2024 mu mujyi wa Abuja aho we na mugenzi we, […]

Rayon Sports yabuze Umukongomani Aruna Madjaliwa

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Rayon Sports, Aruna Moussa Madjaliwa akomeje kubura mu myitozo y’iyi kipe. Uyu mukinnyi utameranye neza n’ikipe ya Rayon Sports, akomeje kubura mu myitozo nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune akivuza muri gakondo nk’uko umutoza we yabitangaje. Mu munsi yashize nibwo uyu mukinnyi yabwiye itangazamakuru ko yavunitse maze Rayon […]

Turahirwa Moses yashyize hanze amafoto y’ubwambure bwe

434376011_18425329870060880_8768855355790966443_n-ef5c6.jpg

Umunyamideli Turahirwa Moses washinze inzu ihanga imideli ya Moshions, yongeye gushyira hanze amafoto y’ubwambure bwe nyuma y’umwaka umwe abikoze. Mu ifoto uyu musore yasangije abamukurikira, bigaragara ko yafatiwe kuri ‘piscine’ nyuma y’uko uyu musore yari avuyemo yambaye uko yavutse. Iyi foto yafatiwe inyuma, aho yerekana ibice by’inyuma by’uyu musore ugezweho mu kumurika imideli mu Rwanda […]

Pastor Julienne Kabanda yibarutse

julienne1-6964621711350729.jpg

Pastor Julienne Kabanda washinze ndetse akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Grace Room Ministry imaze kwamamara cyane mu Rwanda ku bwa benshi imaze guhindurira ubuzima, yibarutse umwana wa gatanu. Umuryango wa Pastor Stanley Kabanda n’umugore we, Julienne Kabanda uri mu mashimwe yo kwibaruka umwana wa gatanu. Bibarutse umwana w’umuhungu mu mpera z’icyumweru dusoje. Uyu mwana yavutse nyuma […]

Rutahizamu w’umunyarwanda wahoze muri Arsenal, yatangiranye igitego muri Ukraine

gjd_zggxqaaaqqn.jpg

Umukinnyi ukina asatira w’Umunyarwanda wahoze muri Arsenal yo mu Bwongereza, George Lewis Igaba yatangiye neza mu kipe ye nshya yo mu kiciro cya Gatatu muri Ukraine. Ejo hashize George Lewis Igaba yakinnye umukino we wa mbere muri PFK ZVYAGEL yo mu kiciro cya Gatatu muri Ukraine ubwo batsindaga Kremin. Uyu musore w’imyaka 23, yafashije ikipe […]

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye igitaramo cy’Itorero Inyamibwa AERG

01-2i1a0334-ec7d2.jpg

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bageze muri BK Arena aho bifatanyije n’ibihumbi by’abitabiriye igitaramo InkuruYa30 cy’Itorero Inyamibwa AERG. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Werurwe 2024 nibwo Itorero Inyamibwa AERG ryakoze igitaramo mbaturamugabo bise InkuruYa30. Iki gitaramo cyabereye muri BK Arena, cyitabiriwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame. Akigera muri BK […]

Sitade Amahoro yahawe ubushobozi bwo kwakira VAR

Stade Amahoro iri kugana ku musozo wo kuvugururwa, izaba ibifite ubushobozi bwo kwakira ikoranabuhanga ryifashishwa mu mikino rizwi nka VAR (Video Assistant Referee). Imirimo yo kuvugurura Stade Amahoro igeze kuri 95%, aho yashyizwe ku rwego mpuzamahanga haba ku kibuga (aho bakinira) n’ahandi hose. Ni muri urwo rwego hanateganyijwe ahazajya hakoresherezwa ikoranabuhanga rya VAR mu busanzwe […]

Butera Knowless yihebeye abarimo Bushali

Butera Knowless yatangaje ko yihebeye abaraperi barimo Bushali ndetse ko anakunda cyane kizigenza wa Argentina, Lionel Messi uherutse gutwara Ballon d’Or ya Munani. Aganira n’ikinyamakuru The New Times, Butera Knowless yatangaje byinshi abantu bamwibazaho birimo abahanzi akunda, indirimbo ze z’ibihe byose ndetse n’ibindi bitangaje ku buzima bwe muri rusange. Uyu muhanzi ubarizwa muri KinaMusic, yatondtse […]

Myugariro wa APR FC yihakanye ikipe yo muri Tanzania

Umukinnyi w’ibumoso wa APR FC, Christian Ishimwe yahakanye amakuru amwerekeza mu ikipe ya Azam FC yo muri Tanzaniya. Christian w’imyaka 25 y’amavuko, yavuzwe muri Azam FC yo muri Tanzania gusa we arabinyomoza yivuye inyuma inyuma. Aganira na TimeSports, uyu myugariro w’ibumuso avuga ko amakuru amwerekeza muri Tanzania atayazi ndetse nta biganiro yagiranye n’ikipe y’aho. Yagize […]

Axel Tuanzebe yibuze mu Bwongereza yemera gukinira Congo

Myugariro ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakuriye mu ikipe y’abato ya Manchester United, Axel Tuanzebe yemeye gukinira Congo. Uyu mukinnyi wari waranze gukinira igihugu avukamo, yaje kuva ku izima yemera gukinira DR Congo nyuma y’uko byanze mu Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza. Axel Tuanzebe w’imyaka 26 yemeye gukinira DR Congo nyuma yo kubona ko […]

Byiringiro Lague ashobora guhanwa

Byiringiro Lague utagaragaje kwishimira kuvanwa mu kibuga ku munota wa 33 w’umukino, ashobora guhura n’ibihano bikarishye kuva ku mutoza w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’. Ku munsi w’ejo hashize nibwo habaga umukino wa gicuti wahuje Amavubi na Botswana, aho amakipe yombi yaje kunganya ubusa ku busa. Ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 33, Umudage utoza Amavubi, yasimbuje […]

Umugore wa Pasiteri Théogène yasubije abavuga ko agiye gushakana n’umuzungu

Umugore wa Pasiteri Théogène Niyonshuti wamenyekanye nka ‘Inzahuke’ mu ivugabutumwa mu Rwanda, Uwanyana Assia, yakuye abantu mu rujijo asobanura iby’umugabo mushya bamushinja ko bagiye gukora ubukwe mu minsi ya vuba. Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hazenguruka amakuru y’uko Uwanyana Assia ari mu rukundo n’undi mugabo ndetse ko bagiye no gukora ubukwe. Amakuru yavugaga […]

Abashoye muri STT bari kurira ayo kwarika

Abantu bashoye amafaranga mu kigo Super Free to Trade Ltd (STT) cyari kimaze gushinga imizi mu Rwanda, bari kurira ayo kwarika bavuga ko cyafunze imigabane yabo ikirimo. Nyuma y’uko Banki Nkuru y’Igihugu, BNR, iburiye abantu bari bakomeje gushora muri iki kigo, abari bakirimo bemeza ko cyahise gifungirana amafaranga yabo none kuri ubu nta muntu uri […]

Man ibi bintu ni byiza: Minisitiri Dr Utumatwishima Abdallah

Minisitiri w’urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah yanyunzwe n’ibikorwa bya Bruce Melodie uri gutera imbere ku ruhando mpuzamahanga. Bruce Melodie umaze iminsi muri Amerika, akomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda binyuze mu buhanga bwe n’ubwitange agaragaza mu miziki akunze gusohora. Binyuze mu bucuti afitanye na Shaggy basubiranyemo indirimbo ‘Funga Macho’ bakayita ‘When she is around’, Bruce […]

Jado Castar yahaye amafaranga Kiyovu Sports iri mu bukene

Umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu uzwi cyane nka Jado Castar mu itangazamajuru ry’imikino mu Rwanda, yahaye inkunga y’amafaranga ikipe ya Kiyovu Sports iri mu bukene budasanzwe. Muri iyi minsi ubukene buranuma mu ikipe ya Kiyovu Sports aho idaheruka guhemba abakozi ndetse kandi iri no mu bihano bya FIFA. Iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Kigali […]

Abakinnyi 11 Amavubi ashobora kubanza mu kibuga

untitled-3.png

Ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri kubarizwa muri Madagascar mu mikino ya gicuti itegura imikino yo mu matsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi giteganyijwe muri 2026. Amavubi arakina imikino ibiri ya gicuti muri iki gihugu, aratangira akina na Botswana kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Werurwe 2024. Ku munsi w’ejo hashize nibwo abasore […]

Kera kabaye Super Manager w’imyaka 40 agiye kurongora

Umujyanama w’abakinnyi, Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager mu myidagaduro yo mu Rwanda no hanze y’aho, yahamije ko mu minsi ya vuba agiye kurongora. Iyo bavuze bimwe mu byamamare bitari byakora ubukwe kandi imyaka yabo ibibemerera ndetse kandi nta kintu babuze, Super Manager na we yisangamo. Uyu musore wiyita amazina atagira ingano, ashinjwa kwanga gushaka […]

Eh ndi muzima: Nkusi Arthur agiye kwibaruka

Umunyarwenya ugezweho mu Rwanda, Nkusi Arthur yaciye amarenga ko we n’umufasha we, Miss Muthoni Fiona bitegura kwibaruka imfura yabo, nyuma y’imyaka hafi itatu bakoze ubukwe. Mu ijoro ryo ku wa 21 Werurwe 2024 ubwo habaga igitaramo cy’urwenya ‘Gen-Z Comedy’, Arthur Nkusi yari ari muri bamwe basusurukije abantu babatera urwenya. Ubwo Nkusi Arthur yageraga ku rubyiniro […]

Zari Hassan yasubije abavuga ko umugabo we amunyunyuza imitsi

Umuherwe akaba n’umushabitsi wabigize umwuga muri Afurika y’Uburasirazuba no hanze yayo, Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady, yasubije abavuga ko umugabo we Shakib, amunyunyuza imitsi binyuze mu kumurya amafaranga. Mu itangazamakuru hakomeje gusakara amakuru y’uko Shakib atagira akazi akora ko ahubwo we icyo azwiho ni ukunyunyuza imitsi y’umugore we Zari The Boss Lady. Bavuga […]

Bavuga ko banditse muri RDB, ariko bahabwa uruhushya na BNR: Guverineri wa BNR, John Rwangombwa kuri STT

Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa araburira abanyarwanda bayobotse uburyo bwa STT (SuperFree to Trade) kuko butanditse nk’ubucuruza imari. Hamaze iminsi mu Rwanda humvikana uburyo bugiye butandukanye abantu bakoreramo amafaranga kuri murandasi, ubwo buryo bugaragaza ibyangombwa bitangwa n’urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere, RDB, kugira ngo byizerwe n’ababigana. Muri ubwo buryo hari ubumaze kwamamara cyane […]

Umutoza wa Rayon Sports yasubiye mu Bufaransa

Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports, Julien Mette yafashe rutemikirere asubira iwabo mu Bufaransa nyuma y’uko shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ihagaze. Muri aka karuhuko k’imikino mpuzamahanga y’ibihugu gatangwa na FIFA, umutoza wa Rayon Sports yaboneyeho guhita asubira iwabo mu Bufaransa kubera impamvu z’umuryango we. Uyu mutoza wahagurutse i Kigali mu ijoro ryo ku […]

Beyoncé yerekanye ubwambure bwe

20240320_190202_1710959591.jpg

Umuhanzikazi Beyoncé yerekanye ubwambure bwe ku karubanda ubwo yateguzaga abafana be album ye ya Munani agiye gushyira hanze vuba aha. Uyu muhanzikazi ufite ibigwi bikomeye mu muziki, yashyize hanze ifoto igaragaza ubwambure bwe mu rwego rwo kurushaho guteguza abantu iyi album ye arashyira hanze mu minsi ya vuba. Mu ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa […]

Uwabajije BNR niba STT yemewe mu Rwanda, ntiyorohewe

screenshot_2024-03-21_100319.png

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Banki nkuru y’u Rwanda, BNR yagiriye inama abanyarwa kudakomeza gushora amafaranga yabo muri Company izwi nka STT (SuperFree to Trade), iyigaragaza nk’itemerewe gukora ubucuruzi bw’amafaranga. Ibi BNR yabigarutseho iri gusubiza ikibazo cy’umukobwa ukoresha amazina ya Ishema Aline ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, wari ubajije niba Company ya STT […]

Ariana Grande yategetswe kwishyura umugabo batandukanye

Umuhanzikazi ukunzwe mu ukunzwe mu njyana ya Pop, Ariana Grande agiye kwishyura uwahoze ari umugabo we akayabo k’amafaranga nyuma y’uko batandukanye, ari we ubyisabiye. Mu mwaka ushize wa 2023 muri Nzeri nibwo Ariana Grande na Dalton Gomez wahoze ari umugabo we, batandukanye nyuma y’uko batse gatanya. Ubwo urukiko rwabahaga gatanya, uyu mugore ni we wari […]

APR FC iri kurambagiza i Burundi

433610700_7354102448016612_3534775059472259802_n.jpg

Ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC irashaka gusinyisha abakinnyi babiri b’Abarundi bigaragaje muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Burundi. Abarundi babiri à‰lie Eldinho Mkono w’imyaka 24 ukinira Bumamuru FC na Henry Msanga w’imyaka 23 wa Flambeau du Centre bari kuganirizwa na APR FC ku buryo ibiganiro bigenze neza aba bakinnyi bakisanga muri iyi kipe yambara Umweru […]

Adepr yavuze ku byo gukomorera abagore bakajya basuka, bagasiga inzara, bakanambara amapantaro

gjcfrnfxiaa1vu2.jpg

Itorero rya Pantekote mu Rwanda (ADEPR) riranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye avuga ko iri torero ryaba ryakomoreye abagare bakajya bambara amapantaro, kudefiriza no gusuka imisatsi ndetse no gusiga inzara. Mu minsi yashize ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu matsinda abantu bahuriramo ya Whatsapp, hasakaye amakuru y’uko abagore n’abakobwa bo muri Adepr bemerewe […]

Dani Alves agiye kurekurwa

Urukiko rwo muri Espagne rwemeje ko Dani Alves wahoze akinira Fc Barcelona ashobora kurekurwa by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate ya miliyoni y’ama-euro. Mu kwezi gushize nibwo uyu mukinnyi yahamwe n’icyaha cyo gufata ku ngufu mu kabyiniro, icyo gihe yakatiwe igifungo cy’imyaka ine n’igice muri gereza. Dani umaze umwaka urenga muri gereza kuko yafunzwe muri Mutarama […]

Element yahaye umukunzi we indirimbo, batandukanye arayimwambura ayiha abandi

Umuhanzi Robinson Fred Mugisha wamenyekanye nka Element mu mwuga wo gutunganya indirimbo mu Rwanda, yavuze ukuntu indirimbo ‘Kashe’ yari yarakoreye umukunzi bakaza gutandukana bikaba ngombwa ko ayisangiza Isi yose byumwihariko abari mu rukundo. Kashe ni indirimbo yazamuye uyu musore ndetse akaba ari nayo yamwinjije mu muziki nyirizina nk’umuhanzi kuko yari asanzwe atunganya indirimbo z’abandi bahanzi […]

Umupfumu Salongo yanze kubatizwa

ubwo_yambikaga_impeta_umukunzi_we-45fe7.jpg

Umuganga gakondo Rurangirwa Wilson uzwi nka Salongo yavuze ukuntu yanze kubatizwa muri Kiliziya ubwo yari agiye gusezerana n’umugore we, Muzirankoni Joseline mu mwaka ushize. Mu Ugushyingo umwka ushize nibwo umupfupfumu Salongo yasezeranye n’umugore we imbere y’Imana mu nzu mberabyombi ya Paroisse Saint Pierre Cyahafi ku Kimisagara. Icyo gihe ni ibintu byatunguye abantu benshi kubona uzwiho […]

Apotre Mignonne Kabera yahaye umugore mugenzi we imodoka nshya

screenshot_20240317-094909_1-bfa88.jpg

Umuyobozi uhagarariye urusengero rwa Noble Family Church akaba ari na we warushinze, Apostle Alice Mignonne Kabera yatanze imodoka ya miriyoni 8 n’igice, ayiha umuvugabutumwa Nyirapasika wafashijwe n’umuryango wa Women Foundation washinzwe n’uyu mudamu. Nyirapasika n’umuryango we bahawe impano y’akataraboneka y’imodoka ku wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024. Apostle Mignonne yisegura kuri uyu muryango ko […]

Umuhanzi wa mbere muri Gospel mu Rwanda yujuje Miliyoni

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, Israel Mbonyicyambu wamenyekanye nka Israel Mbonyi ari kwishimira kuzuza abamukurikira ku rubuga rwa Youtube (Subscribe) basaga miliyoni imwe. Umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje kugenda waguka uko bwije n’uko bukeye, bitewe n’abantu bawukora. Iyo bigeze mu Rwanda, umuhanzi Israel Mbonyi ahinduka inyenyeri muri wo […]

Ntwali Fiacre arifuzwa na Mamelodi Sundowns

Umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo, Ntwari Fiacre arifuzwa n’amakipe abiri akomeye ashaka kugura amasezerano ye ndetse bakanamushyira ku mushahara wisumbuyeho ku wo yafataga mu ikipe arimo. Ikipe ya NEC Nijmegen ikina ikiciro cya mbere mu Buhorandi yifuje uyu muzamu uhagaze neza muri minsi aho ishaka kugura amasezerano ye afite […]

Jeannette Kagame yakiriye umuyobozi wa BAL

Madam Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro birambuye ku bijyanye no guteza imbere siporo mu rubyiruko na Claire Kamanzi usanzwe ayobora NBA Africa ndetse na Amadou Gallo Fall Perezida wa Basketball Africa League (BAL) Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024 nibwo Madam Jeannette Kagame yakiriye umuyobozi wa NBA Africa, Claire Kamanzi na Perezida wa […]

Myugariro wa APR FC agiye kwerekeza muri Azam FC

Ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania, iri mu buganiro na myugariro w’ibumoso muri APR FC n’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”, Ishimwe Christian. Christian uri ku mpera z’amasezerano ye muri APR FC, ari kugirana ibiganiro na Azam FC kugira ngo ajye kuyifasha mu bwugarizi. Bivugwa ko Azam FC iri mu biganiro na Ishimwe Christian nyuma yo kunenga […]

Vuba aha nzabereka umufiyanse: Seburikoko w’imyaka 46

Umukinnyi wa Filime akaba n’umunyarwenya ugezweho mu Rwanda, Niyitegeka Gratien wamenyekanya nka Seburikoko cyangwa Sekaganda yatangaje ko vuba aha arerekana umukunzi we. Ku mbuga nkoranyambaga abantu benshi bakunze gusaba Seburikoko kuba yashaka umugore kuko babona yaramaze kurengererana. Iyo bakoze urutonde rw’abanze gushaka, Seburikoko abanziriza abandi ariko we akavuga ko nta kintu cyimwirukansa. Aganira na Isango […]

Tanzania: Sitade izitirirwa perezida Samia Suluhu igiye kubakwa

f28rf0yi.jpg

Goverinoma ya Tanzania yemeje umushinga wo kubaka sitade izatwara angana na Miliyari 286 z’amashiling ya Tanzania, aho izakira imikino y’igikombe cya Afurika. Iyi sitade izitirirwa umukuru w’igihugu cya Tanzania, Samia Suluhu Hassan izubakwa na sosiyete y’Abashinwa yitwa CRCEG (China Railway Construction Engineering Group Limited) Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024 nibwo Minisitiri […]

Umwana wa myugariro wa Olympic Star yo mu Burundi, yiciwe muri Congo

whatsapp_image_2024-03-19_at_12.15_10_76e5c33d.jpg

Umwana wa myugariro wa Olympic Star yo mu Burundi, Emile Bob Balama yishwe n’abagizi ba nabi muri Congo. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo mu Burundi hamenyekanye inkuru y’inshamugongo ko umwana wa Myugariro wa Olympic Star, Emile Bob Balama yishwe n’abagizi ba nabi. Amakuru avuga ko uyu mwana yishwe ari kumwe na se ubwo bari bari […]

Se wa Jose Chameleone agiye kwicukurira imva atari yapfa

snapinsta_app_433527532_1401158407190581_3574330638125605306_n_1080.webp

Se wa Jose Chameleone, Weasel na Pallaso yatunguye abakurikira imyidagaduro ubwo yatangazaga ko yiteguye kwicukurira imva mbere y’uko yitaba Imana. Gerald Mayanja wabyaye abasore bazwi cyane muziki wo muri Uganda, yarahiriye kwicukurira imva azashyingurwamo ubwo azaba yapfuye. Aganira na Spark TV, Bwana Mayanja yagaragaje ko ashimira Imana mu minsi yose yabayeho hano ku isi ndetse […]

Abakinnyi bateguriwe udukingirizo ibihumbi 300 mu mikino Olympic

Mu mikino Olempike y’uyu mwaka izabera i Paris mu Bufaransa, abakinnyi bemerewe gukora imibonano mpuzabitsina uko bashaka aho banateguriwe udukingirizo dusaga ibihumbi 300. Ubuyobozi bw’Imikino Olempike bwemereye abashaka kuzakora imibonano mpuzabitsina mu mikino Olempike nyuma y’uko iyabereye i Tokyo muri 2021 bari bakumiriwe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Kuri ubu hari udukingirizo […]

Clapton Kibonke na Jacky bibarutse

whatsapp_image_2024-03-19_at_08.29_04_ff176790.jpg

Umunyarwenya Mugisha Emanuel wamenyekanye nka Clapton Kibonge muri filime zitandukanye zirimo ‘Seburikoko’ n’izindi, yibarutse umwana wa gatatu. Amakuru yo kwibaruka kw’aba bombi yamenyekanye binyuze ku mbuga nkoranyambaga za Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Jacky, aho bagaragaje kwishimira uyu mwana w’umuhungu. Uyu mwana w’umuhungu bibarutse, bahise bamwita ‘Muhisha Nolan’ nk’uko Mama we yabitangaje ku rukuta rwe […]