Murenzi Abdalah ni we wagizwe Perezida w’inzibacyuho wa Rayon Sports

img_20200923_221321.jpg

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwemeje ko Murenzi Abdalah wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports ari we wagizwe Perezida w’inzibacyuho w’umuryango wa Rayon Sports. Ni nyuma y’uko ku wa kabiri w’iki cyumweru RGB yasezereye Munyakazi Sadate wa Rayon Sports na komite yari ayoboye, bashinjwa kunanirwa kubahiriza inshingano bahawe ubwo ruriya rwego rwahagarikaga komite nyobozi y’umuryango wa […]

Nyagatare yabonetsemo abantu 26 banduye Covid-19

img-20200923-wa0058.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 23 Nzeri 2020 yatangaje ko mu karere ka Nyagatare habonetse abantu 26 banduye icyorezo cya Covid-19, mu gihugu hose haboneka 41 mu bipimo 2273. Ababonetse muri Nyagatare ni abatwazi b’amakamyo yambukiranya imipaka. Abandi barimo 12 banonetse i Kigali, bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi na 3 babonetse mu Karere […]

Gasogi United yerekanye rutahizamu ukomeye uzayifasha guhanganira ibikombe na APR FC

Ikipe ya Gasogi United ifite intego zo guhanganira igikombe cya shampiyona na APR FC mu mwaka utaha w’imikino, yerekanye rutahizamu wayo mushya Iddy Museremu uri mu bo izaba igenderaho mu mwaka utaha w’imikino. Ku gicamunsi cy’uyu wa Gatatu ni bwo Gasogi United yakiriye uriya rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’u Burundi, mu gikorwa cyabereye ku biro […]

Hailemariam Desalegn yasuye ibikorwa by’iterambere ry’ubuhinzi muri Huye_Amafoto

img-20200923-wa0039.jpg

Hailemariam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, uyoboye Inama y’Ubutegetsi y’Umuryango Nyafurika uharanira iterambere ry’ubuhinzi (AGRA) kuri uyu wa 23 Nzeri 2020 yasuye ibikorwa bitandukanye by’ubuhinzi mu Karere ka Huye. Ibyo birimo laboratwari y’ubutaka n’ishinzwe gusuzuma uburwayi bw’ibihingwa, ububiko bw’uturemangingo ndangasano tw’ibihingwa n’amatungo(Gene Bank) n’ikigega cy’imbuto z’urutoki (Banana Field Germplasm Conservation). Yakiriwe n’abarimo Umuyobozi Mukuru […]

Uganda: Lt. Yvan Manzi watorotse Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ari mu mazi abira

Lt Yvan Manzi watorotse igisirikare cy’u Rwanda akajya muri Uganda kuri ubu ari mu mazi abira aho yatawe muri yombi ashinjwa gutunga imbunda binyuranyije n’amategeko no kuba intasi y’u Rwanda nyamara yaratorotse igisirikare. Nubwo bimwe mu binyamakuru byo muri Uganda nka The New Vision bimwita intasi y’u Rwanda, bivugwa ko Lt Manzi yatorotse Igisirikare cy’u […]

U Rwanda mu bihugu 4 buri mubyeyi wese yakwifuza kubyariramo

Raporo ikorwa n’umushinga Bill and Melinda Gates Foundation iheruka kujya ahagaragara yagaragaje ibihugu by’u Rwanda, Senegal, Ethiopia na Liberia nka bimwe mu bihugu 9 biha umutekano ubuzima bw’umubyeyi n’umwana muri Afurika Ubwo yasabwaga kugira icyo atangaza kuri Raporo yashizwe ahagaragara n’umuryango yitiriwe, Bill Gates usanzwe afite ikigo gikomeye mu ikoranabuhanga, Microsoft, yavuze ko hari ibihugu […]

Amafoto y’indi myigaragambyo isabira Ambasaderi Karega kwirukanwa

eilvl54wsaa9l2o.jpg

Kuri uyu wa 23 Nzeri 2020, Abakongomani bakoreye imyigaragambyo ya kabiri basaba ko Ambasaderi w’u Rwanda, Vincent Karega, yirukanwa ku butaka bwabo gusa Polisi y’Igihugu yahanganye nabo bamwe ibata muri yombi bazira kwigomeka. Aba baturage bahamagawe n’imiryango irimo LUCHA, ECCHA na Filimbi baraziza Ambasaderi w’u Rwanda ko yanyomoje ubutumwa bushinja ingabo z’u Rwanda kwica abaturage […]

Muhire yabuze indege imujyana kwivuza mu Misiri kubera ko ari muri bomboni

img-20200923-wa0022.jpg

Muhire Jean Claude ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko urwariye mu bitaro bya CHUK i Kigali kuva muri Gashyantare 2019, ubu akaba amazemo amezi 17. Muri uko kwezi, Muganga yaramupimye asanga arwaye impyiko zombi ku rwego rwa gatanu, ari narwo rwa nyuma ku buryo zidashobora gukira. Muganga kandi yamubwiye ko arwaye n’umuvuduko ukabije w’amaraso ndetse na […]

Perezida Ndayishimiye agiye kugira ikiganiro giha urubuga itangazamakuru n’abaturage

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ndetse n’abaturage, aho yiteguye gusubiza buri wese. Iki kiganiro kizabera mu murwa mukuru w’ubutegetsi, Gitega, tariki ya 25 Nzeri 2020, kuva saa mbiri z’igitondo kugeza saa tanu z’amanywa. Nk’uko biteganyijwe kandi, iki kiganiro kizaba gica ku gitangazamakuru cy’igihugu, RTNB ndetse n’izindi radiyo zumvikana mu […]

Les droits de Rusesabagina sont pleinement respectĂ©s – NCHR

La Commission nationale des droits de l’homme (NCHR) a dĂ©clarĂ© que Paul Rusesabagina, soupçonnĂ© de terrorisme, Ă©tait traitĂ© selon les lois rwandaises et que ses droits Ă©taient respectĂ©s en consĂ©quence. Les observations font suite Ă  la visite de la commission Ă  Rusesabagina, le 16 septembre, au cours de laquelle ils l’ont interrogĂ© en privĂ© sur […]

Kirehe: Umugabo yishwe atemaguwe n’umugore n’abakobwa be

Umugabo witwa Habineza François wo mu murenge wa Gatore ho mu karere ka Kirehe, mu gitondo cyo kuri uyu Gatatu yishwe atemaguwe n’umugore we wifatanyije n’abakobwa be batatu. Habineza w’imyaka 43 y’amavuko, mu gitondo cyo ku wa mbere umugore we ndetse n’abana be batatu bamusanze mu murima aho yahingaga mu kagari ka Rwanteru, baramutemagura kugeza […]

RDC: Imyigaragambyo isaba kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda yongeye kuburizwamo

Igipolisi cya Congo cyakoresheje ibyuka biryani mu maso kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nzeri mu gutatanya abari mu myigaragambyo isaba kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda I Kinshasa, Vincent Karega. Ku muhanda wa Huilerie niho igipolisi cyatangiriye gitatanya abari mu myigaragambyo yagombaga gusorezwa kuri minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Biravugwa ko hari n’abatawe muri yombi nk’uko bitangazwa n’urubuga […]

U Rwanda rwabuze uruhagararira muri Miss Earth iri kuba hifashishijwe ikoranabuhanga

Miss Igisabo wahagarariye u Rwanda 2017

U Rwanda ntirufite uruhagararira muri ishurashanwa ry’ubwiza, Miss Earth 2020 ririmo kuba ku nshuro yaryo ya 20 hihashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo Covid-19. Miss Earth ni rimwe mu marushanwa y’ubwiza akomeye ku Isi rikaba rifite intego yo gukora ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije. Muri uyu mwaka wa 2020 ririmo kuba ku nshuro ya 20. Mu bihe byashize […]

Ntibisanzwe! Yivuganye umugore we amuziza kumwima ubugari

Polisi ikorera mu gace ka Navakholo muri Kenya, yatangaje ko yataye muri yombi Joseph Boyi, umugabo ukurikiranweho kwica umugore we amuziza kumwima ubugari. Inkuru ya The Standard ivuga ko Joseph Boyi, w’imyaka 44 y’amavuko ukurikiranweho kwica umugore we Florence Nakonjio nyuma yo kumusaba ibiryo ntabimuhe. Sharon Margarita, umukobwa mukuru wo muri uyu muryango yabwiye itangazamakuru […]

Desalegn wabaye Minisiriri w’Intebe wa Ethiopia yagaragaje ibihe byiza yagiriye muri Nyungwe

Desalegn n'itsinda ryamuherekeje kuri Canopy Walk muri Nyungwe

Hailemariam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagaragaje imbamutima nyuma yo gutembera u Rwanda no gusura Pariki y’igihugu ya Nyungwe. Mu butumwa bw’imbamutima yasangije abamukurikira ku rubuga rwe rwa Twitter, Desalegn yagaragaje ko yishimiye gusura u Rwanda by’umwihariko , ngo yanyuzwe no kugenda ku kiraro cyakataraboneka (Canopy Walk) giherereye muri Pariki ya Nyungwe . Yagize […]

Ihere ijisho Adebayo Akinfenwa, umukinnyi wa ruhago ufite ibigango kurusha abandi ku Isi (Amafoto)

30748966-8521331-image-a-39_1594730920485.jpg

Adebayo Akinfenwa ni we uyoboye urutonde rw’abakinnyi bafite ibiro byinshi ku Isi. Uyu rutahizamu w’Umwongereza, akinira ikipe ya Wycombe Wanderers iheruka kuzamuka mu kiciro cya kabiri mu Bwongereza. Akinfenwa w’imyaka 38 y’amavuko, apima ibiro 103 by’uburemere, akarusha bitatu Christophe Samba upima 100. Ni umukinnyi usanzwe ari na muremure kuko apima metero na santimetero 85. Uyu […]

Rusizi: Ikibazo cy’ubutaka bwashiriraga mu migezi cyavugutiwe umuti urambye

img-20200923-wa0015.jpg

Abaturage b’umurenge wa Gitambi mu Karere ka Rusizi baravuga ko iki gihembwe cy’ihinga n’ibizagikurikira bizahindura byinshi ku musaruro w’ubuhinzi muri uyu murenge, kuko ikibazo bamaze imyaka myinshi bagaragaza cy’isuri ikunkumurira ubutaka bwabo mu migezi n’imyaka yabo ikagenderamo bagaheruka uko bagahinze kiri kuvugutirwa umuti w’igihe kirekire. Baganira na Bwiza.com ubwo yabasangaga mu mirima bakora amaterasi mu […]

Ibihugu bigize Commonwealth byemeje itariki nshya CHOGM izaberaho

Nyuma y’amezi atanu inama ya Commonwealth yagombaga kubera mu Rwanda isubitswe bitewe n’icyorezo cya Covid-19, Abakuru b’Ibihugu bigize uyu muryango banzuye ko yimurirwa kuri tariki ya 21 Kamena 2021. Byatangajwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, Hon. Patricia Scotland kuri uyu wa 23 Nzeri 2020, nyuma yo kwemezwa n’ibihugu […]

Kabuga Felesiyani, uburwayi bushobora kumwambura ubutabera

Kuri benshi, ubusaza n’uburwayi bya Kabuga Felesiyani ni umwanzi ushobora kumutwara inkiko zitaratanga ubutabera. Uretse na rubanda,n’umuryango we ufite izo mpungenge. Ifatwa rye ryaba ari cyo ryari rigamije? Hari ifoto itazasibangana mu mitwe ya benshi : Kabuga Felesiyani mu kagare k’abafite ubumuga yinjizwa mu Rukiko rw’Ubujurire cyangwa/no mu Rukiko rusesa imanza by’i Paris mu Bufaransa. […]

Meryl Streep to Deliver Keynote Address at Kageno Fundraiser

To publicize the Sept. 23 event, the Oscar-winning actor and more than two dozen others posed in vibrant aprons made by the villages supported by Kageno. Meryl Streep may not have an Instagram account, but she is mugging on the platform for a cause with Kageno. Streep is among the more than two dozen stars […]

Louise Mushikiwabo yohereje intumwa idasanzwe muri Mali

Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, mu ntangiriro z’iki cyumweru, yahisemo Umunyasenegal, Cheikh Tidiane Gadio, nk’intumwa ye idasanzwe igomba gukurikirana ibibazo byo muri Mali nk’uko biteganywa n’umwanzuro wo ku itariki 25 Kanama w’inama idasanzwe y’111 y’Inama ihoraho ya Francophonie (CPF). Uyu mwanzuro ukaba ugamije gushyigikira inzira yo gusubizaho inzego za demokarasi muri Mali nyuma y’ihirika […]

Gerald Gahima na Dr Rudasingwa Theogene bapfushije umubyeyi bari basigaranye

capture-26.png

Mu mpera z’icyumweru gishize, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika habereye umuhango wo gushyingura umukecuru Coletta Bamususire, nyina wa Dr Theogene Rudasingwa ndetse na Gerald Gahima, bombi batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda babarizwa mu buhungiro. Uyu mubyeyi witabye Imana ku myaka 91 y’amavuko, yavukiye i Mwulire kw’itariki ya 1 Mutarama 1929, atabaruka kw’itariki ya 13 […]

Bavuga ko Ndayishimiye wise Magufuli umubyeyi, asa n’uwagurishije igihugu

Ku nshuro ya mbere, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiriye uruzinduko muri Tanzania tariki ya 19 Nzeri 2020 yita Perezida Magufuli umubyeyi wa Batisimu muri politiki. Yashingiye ku kuba amaze igihe gito ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, bityo Magufuli uri kurangiza ya mbere agomba kumurera neza mu buzima bwa politiki. Ariko hari abatarabyishimiye ku […]

RIB yafunze Gitifu watwaye sekirite muri butu y’imodoka ye bikamuviramo impanuka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje rwafunze Nsengimana Aimable, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Busogo uri muri 15 igize akarere ka Musanze. RIB yavuze ko Gitifu Nsengimana akurikiranweho icyaha cyo gukomeretsa bitari ku bushake ndetse n’icyaha cyo gufunga no gutwara umuntu ahantu hatemewe. Ibinyujije kuri Twitter yagize iti: ” RIB yafunze Nsengimana Aimable, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa […]

RDC: Inyeshyamba zimaze imyaka 56 mu ishyamba amaherezo zigiye gushyira intwaro hasi

Uwihaye ipeti rya General witwa Mando n’inyeshyamba ze bakorera mu Ntara ya Maniema kuva mu 1964, bategereje ukuboko kwa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ngo amaherezo bitange bashyire intwaro hasi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri, tariki ya 22 Nzeri 2020, minisitiri w’intara ushinzwe umutekano rusange, Roger Kimbwasa yavuze ko ibintu […]

Nta gihugu na kimwe kiragera ku buringanire nyabwo_Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga hari intambwe ikomeye ibihugu bimaze gutera mu kubahuriza ihame ry’uburinganire ry’abagabo n’abagore, gusa agashimangira ko nta gihugu na kimwe ku Isi kiragera ku buringanire nyabwo. Umukuru w’igihugu yabigarutseho ku munsi w’ejo, ubwo yagezaga ubutumwa ku nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yateraniye i New York muri Amerika ku ncuro ya 75. […]

Gutunga abagore barenze umwe byasaba guhindura Itegekonshinga:Depite Mukabagwiza

Umuyobozi wungirije w’inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite ushinzwe amategeko , Hon.Mukabagwiza Edda yasubije abagabo bifuza kugira abagore benshi ko bitemewe n’amategeko y’u Rwanda. Mu minsi ishize hagiye humvikana abagabo bo mu bice binyuranye by’igihugu bavuga ko haramutse hatowe itegeko ryemera gutunga abagore benshi ku mugabo umwe, bose bayoboka iyo gushaka abandi bagore. Mu mpamvu batangaga, […]

Mu nama ya UN: Byageze ku Bushinwa, Perezida Trump asya atanzitse

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatanze ikiganiro mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye (UN) yateranye ku wa 22 Nzeri 2020, ageze ku Bushinwa asya atanzitse. Mu kiganiro cyumvikanyemo kudaca ku ruhande no kutigengesera kwa Donald Trump, yanenze bikomeye Repubulika y’u Bushinwa ashinja kuzana icyorezo cya Covid-19 ku Isi. Perezida Trump muri televiziyo yari […]

Imyaka 7 irashize asaba ubutabera gukurikirana uwamurasiye muri kasho

Umuturage witwa Habiyaremye Lazare utuye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aracyasaba kurenganurwa nyuma y’imyaka 7 arasiwe muri kasho ku mpamvu atasobanukiwe. Mu masaa moya ya tariki y’umugoroba wa tariki ya 10 Gicurasi 2013 ni bwo Habiyaremye uvuga ko yari afungiwe muri kasho ya polisi ya Kicukiro, yarashwe mu rutugu, irasu rihinguranya mu […]