Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 29

enssco2wmaap0nf.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2020 yatangaje ko abandi bantu 29 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 2583 byafashwe. Abanduye barimo 9 babonetse muri Kigali, 13 babonetse mu bapimwe muri gereza i Bugesera, 4 babonetse muri Musanze, 2 babonetse muri Gatsibo n’undi wabonetse i Rubavu.

Tito Rutaremara yizihiwe asoma Karasira mu ndirimbo imuvuga imyato yamuririmbiye

Umuhanzi Karasira Marie Clarisse ukunzwe mu njyana gakondo hano mu Rwanda, yashyize hanze indirimbo yise ‘Rutaremara’ ivuga imyato Hon. Senateri Tito Rutaremara usanzwe ari Umuyobozi w’Urwego rw’igihugu ngishwanama rw’inararibonye. Iyi ndirimbo yasohotse kuri uyu wa Gatatu, imaze kurebwa n’abasaga 13,000 ku rubuga rwa YouTube. Mu mashusho yayo hari aho Tito Rutaremara agaragara asoma Karasira ku […]

Diego Maradona wanditse amateka muri Argentine, yapfuye

image_1606327357.jpg

Diego Armando Maradona wabaye rutahizamu ukomeye mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Argentine kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2020, yapfuye azize indwara y’umutima. Aya makuru yemejwe n’ibitangazamakuru byo muri Argentine, avuga ko Maradona yaguye iwe mu rugo, nyuma y’ibyumweru bibiri byari bishize ibitaro byamwitagaho bimwohereje mu rugo. Maradona utazibagirana mu mateka y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi, azwiho guhesha […]

Rayon Sports na APR FC zamenye ingengabihe yazo muri shampiyona

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda FERWFA, ryashyize ahagaragara ingengabihe y’uko amakipe azahura muri shampiyona ya 2020/21, aho ku ikubitiro ikipe ya APR FC izakira Musanze FC, mu gihe Rayon Sports izabanza gusura Rutsiro FC. Imikino y’umunsi wa mbere wa shampiyona itegwnyijwe kuba ku wa 04 Ukuboza, gusa ikipe ya APR FC yo ntabwo izakina […]

«Médiation extrajudiciaire» pour réduire les affaires judiciaires et la congestion des prisons

Cinq tribunaux de la ville de Kigali piloteront cette semaine un nouveau modèle que le Rwanda a adopté pour remplacer une peine de prison par d’autres formes de punition pour les criminels condamnés, selon le pouvoir judiciaire. Le nouveau modèle de «médiation» extrajudiciaire sera expérimenté dans les tribunaux de première instance de Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge […]

Amwe mu makimbirane akomeye yaranze umuryango w’Ubwami bw’u Bwongereza

01-10-of-the-most-shocking-royal-family-feuds-in-history-shutterstock_7665093oc-editorial-historiarexshutterstock-760x506.jpg

Kwicwa, gucana inyuma, kubeshya, no kwangana na byo ni bimwe mu bintu bibera mu miryango y’ibwami bamwe baba batazi nk’uko tugiye kurebera hamwe ibyabaye mu muryango w’ibwami mu Bwongereza nk’uko tubikesha Reader’s Digest. 1. Matilda n’abaturage Amateka y’amakimbirane yo mu miryango ya cyami yatangiye mu mwaka wa 1126, igihe Umwami Henry wa mbere yagiraga umukobwa […]

KNC yaregeye RIB abakwirakwije ifoto mpimbano y’ubwambure bwe

img-20201125-wa0002.jpg

Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, uyobora Ikipe ya Gasogi United, yatanze ikirego muri RIB ngo ikurikirane umuntu wangije isura ye akwirakwiza amafoto mahimbano agaragaza ubwambure bwe avuga ko agamije kumusebya, kumuharabika no kumutesha agaciro muri rubanda. Kuva kuwa 24 Ugushyingo 2020, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa ifoto igaragaza KNC atera Penaliti, yambaye ikoti n’ipantalo yacitse ku […]

Sergeant Robert avuga ko azira Gen. Rwigema

arton155540.jpg

Umusirikare mu Gisirikare cy’ u Rwanda, Sergeant Major Robert Kabera uzwi nka Sergeant Robert mu buhanzi, kuri ubu ushakishwa kubera ibyaha akekwaho byo gufata umwana we ku ngufu, ari muri Uganda aho yatorokeye, akaba avuga ko atotezwa azira kuvugana n’abo mu muryango w’Intwari y’u Rwanda, Gen. Maj. Fred Gisa Rwigema. Ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri […]

Lt. Gen. Tumukunde mu nzira zo gutangira kwiregura ku byo yavuze ku Rwanda

Urukiko mu gihugu cya Uganda rwongeye guhamagaza umukandida mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha, Lt. Gen.(Rtd) Henry Tumukunde, ngo azitabe ku itariki 21 Ukuboza 2020 yisobanure ku birego bibiri aregwa byo gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’ubugambanyi bufitanye isano n’amagambo yigeze kuvuga ku Rwanda. Iki cyaha cy’ubugambanyi aregwa cyavuye mu kiganiro yagiriye […]

FIFA yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazatoranywamo abahize abandi

Impuzamashyirahawe y’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA, yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazatoranywamo abahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2019/20; mu bagabo no mu bagore. Ni urutonde ruriho amazina asanzwe amenyerewe mu mupira w’amaguru azahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza mu bagabo, umwiza mu bagore, abatoza bahize abandi mu byiciro byombi ndetse n’uwatsinze igitego cy’umwaka. Nko mu bagabo, […]

Abiy yabujije amahanga kwivanga mu bibazo bya Ethiopia na Tigray

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed, yabujije amahanga kwivanga mu bibazo igihugu cye gifitanye n’intara ya Tigray, kugeza igihe uzabisabirwa na Leta ya kiriya gihugu. Ni ibikubiye mu Itangazo Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yasohoye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, arisangiza abamukurikira ku rubuga rwa Twitter. Hashize iminsi Ingabo za Ethiopia zimaze iminsi […]

Imodoka yagonze aho Angela Merkel yari agiye gukorera inama

Imodoka nto yagonze urukuta rw’aho Minisitiri w’Intebe w’Ubudage, Angela Merkel yari agiye gukorera inama yiga ku cyorezo cya COVID-19 mu Mujyi wa Berlin. Ibi nk’uko uwabibonye yabwiye REUTRS, byabaye mbere y’uko Merkel agera ahari kubera inama yagombaga gusuzuma niba hakongerwa igihe cya Guma mu rugo ndetse n’izindi ngamba zafatwa ngo hakumirwe Coronavirus. Dailymail itangaza ko […]

Umuyobozi yambuye indaya uburenganzira bwo kuba ahantu na hamwe muri komini

image_1606297535.jpg

Umuyobozi wa Komini Mutumba mu Ntara ya Karusi mu Burundi, Faraziya Ruzobavako, ku wa Mbere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, yambuye umukobwa witwa Riziki uburenganzira bwo kuba ahantu na hamwe, bitewe n’uburaya amushinja. Impamvu uyu muyobozi yasobanuye yatumye yambura Riziki ubu burenganzira, ngo ijyanye n’umutekano muke uterwa n’uburaya. Mu magambo twashyize mu rurimi rw’Ikinyarwanda, Ruzobavako […]

Perezida Kenyatta mu guhuza Tshisekedi na Kabila

enkmsh4xcaekprz.jpg

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yohereje muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo intumwa igiye kugerageza kwegeranya Perezida Felix Tshisekedi n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila, muri iki gihe batari guhuza ku miyoborere y’igihugu amahuriro yabo yombi ya politiki ahuriyeho. Iyo ntumwa ya Perezida Kenyatta ni Stephen Kalonzo Musyoka uri I Kinshasa kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki […]

Byinshi ku mukecuru waraze umutungo we Perezida Kagame mu ibanga

enp41srxiaaomsk_1_.jpg

Umukecuru Nyirangoragoza Marianne witabye Imana, yasize ageneye Perezida Paul Kagame irage rigizwe n’ubutaka n’inzu biherereye mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba. Ni irage Iri rage rigizwe n’ubutaka bufite No 1640 ,1530,no 1636 yahaye umuntu benshi batigeze bamenya uretse noteri wenyine yarikoreye imbere. Nyirangoragoza yakoze ibi kubera uburyo Perezida Kagame yitaye […]

Sadate yashimiye KNC uburyo yigaragaje imbere y’umuzamu

eno5rkrxeae9pl6.jpg

Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports, kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2020, yashimiye umuyobozi wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) uburyo yigaragaje imbere y’umuzamu we. Ubwo Gasogi United yari mu myitozo tariki ya 23 Ugushyingo 2020, KNC wari wambaye ikote n’inkweto zo kurimbana za ‘conga’ yafashe umupira (ballon), ajya gutera umuzamu we penaliti. Nk’uko bigaragara […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi zategetswe kurandura imyaka zahinze mu nkambi

Kuva ku wa gatandatu ushize, impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Nyarugusu mu gihugu cya Tanzania zategetswe gusenya imirima yose y’ibihingwa zateye, usibye iy’imboga. Ni itegeko bivugwa ko ryatanzwe n’abayobozi ba zone zo mu nkambi, nabo bavuga ko ari amabwiriza yaturutse mu bategetsi b’iki gihugu. Iki cyemezo kandi giherutse gufatwa mu yindi nkambi icumbikiye impunzi […]

Imbunda zafatiwe muri Kenya: Iz’u Rwanda cyangwa iza Uganda?

webuye_weighbridge_where_police_officers_seized_two_trailers_suspected_to_have_been_ferrying_firearms_to_uganda.jpg

Ibinyamakuru bitandukanye haba muri Kenya na Uganda biherutse gutangaza inkuru ko hari amakamyo yafashwe atwaye intwaro ziri mu nzira ijya muri Uganda. Kuwa 19 Ugushyingo 2020, nibwo havuzwe ko hari imbunda zafatiwe mu modoka zari ziri kuva muri Kenya zerekeza i Kampala. Ku mbuga nkoranyambaga ndetse na bimwe mu bitangazamakuru muri Uganda, hari ukwemeza ko […]

Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi

Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi y’abazima kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Ugushyingo 2020 ku myaka 82 y’amavuko. Uyu yategetse iki gihugu kuva mu 1999 kugeza mu 2010 ubwo yahirikwaga ku butegetsi nyuma yo kugerageza kubugundira. Mu bihe bya nyuma by’ubuzima bwe, abaturage ba Niger bafataga Mamadou “Baba “Tandja nk’umubyeyi […]

Rusizi: Bimwe mu bigo by’imari birataka igihombo byatewe n’ifungwa ry’imipaka

img-20201123-wa0058.jpg

Abayobozi n’abanyamuryango ba bimwe mu bigo by’imari bikorera mu mujyi wa Rusizi n’inkengero zawo, baravuga ko ifungwa ry’imipaka ihuza Akarere ka Rusizi na RDC ry’igihe kirekire kubera COVID-19 ryagize ingaruka zikomeye cyane ku mikorere yabyo n’iterambere ry’abarigana, bagasaba Leta mu bushishozi bwayo ifungurwa ry’iyi mipaka mu buryo bworohereza abatuye ibihugu byombi kongera guhahirana no gukora […]

Itsinda rya mbere ry’abimuwe muri Kangondo rigiye kwimukira mu Busanza

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko bitarenze iki cyumweru itsinda rya mbere rya bamwe mu batuye ahashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga muri Kangondo ya mbere n’iya kabiri rizatangira kwimukira mu nzu nshya zubatswe mu buryo bugezweho mu Busanza. Aba baratangaza ko biteguye kwimukira mu nzu bubakiwe mu Busanza mu karere ka Kicukiro ahari nzu […]

Kenya: Umuzungu yakubiswe iz’akabwana azira kwita ushinzwe umutekano inkende

Umugabo ufite uruhu rwera utamenyekanye amazina, yakubiswe iz’akabwana n’abashinzwe gucunga umutekano kuri imwe mu masitasiyo ya lisansi nyuma y’uko yari amaze gutuka umwe muri bo amugereranya n’inkende. Videwo iri gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga igaragaza abashinzwe umutekano bahondagura uwo muzungu ibibando byo ku kibuno, na we agerageza kwirwanaho ariko bikaba iby’ubusa. Hari ubwo umuzungu yagerageje guhungira […]

Uburyo igisirikare cya RDC cyazamuye urwego mu gihe gito n’impamvu ibiri inyuma

image_1606284420.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kizwi nka FARDC cyashyirwaga ku rutonde rwa bimwe mu bisuzuguritse ku Isi, ahanini bitewe n’uko cyananiwe kurwanya imitwe yitwaje intwaro yashinze ibirindiro mu gice cy’uburasirazuba. Gusa mu gihe gito gishize [nko ku butegetsi bwa Félix Tshisekedi], iki gisirikare cyagiye cyongererwa imbaraga, ku buryo hari raporo zihamya ko […]

Nairobi: Bamusabye guha inzira uwari umwicaye inyuma mu modoka basanga yapfuye

Abagenzi bari mu modoka itwara abagenzi mu murwa mukuru Nairobi wa Kenya, batunguwe ubwo umushoferi na ‘convoyeur’ batahuye ko uwo mugabo yapfuye ubwo atakomaga bamusabye guha inzira undi mugenzi wari ugeze aho agomba kuviramo. Abategetsi bo muri minisiteri y’ubuzima bahamagawe ngo barebe uko byagenze, nyuma yuko polisi yari imaze kwanga gutwara umurambo we ivuga ko […]

U Rwanda rwaba rwaremeye ko rucumbikiye abo u Burundi bukekaho gushaka guhirika ubutegetsi?

50043d19-ad71-4c47-b736-832537e9f078.jpg

Haribazwa niba u Rwanda rwaremeye ko rucumbikiye bamwe mu bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Burundi, nyuma y’ikiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Huang Xia kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2020. Ingingo ebyiri nkuru zagize ikiganiro hagati ya Perezida Ndayishimiye na Huang Xia mu biro […]

Amakipe ane y’inkwakuzi yageze muri 1/8 cya UEFA Champions league

Amakipe ya FC Barcelona, Juventus, Chelsea na Sevilla FC; yakatishije itike ya 1/8 cy’irangiza cya UEFA Champions league nyuma yo kwitwara neza mu mikino y’amatsinda y’iri rushanwa. Mu ijoro ryakeye hakinwaga imikino ya kane yo kuva mu tsinda rya gatanu kugeza mu rya munani. FC Barcelona idafite abarimo Lionel Messi na Frenkie de Jong bari […]

Rusizi : Ubutabera nyakuri buracyari kure nk’ukwezi

Imbere y’ubutabera mpuzamahanga, abari ku isonga rya jenoside yakorewe abatutsi bagizwe abere, abandi bahanishwa ibihano byoroshye. Abahohotewe b’i Rusizi banenga ingufu n’amayeri menshi mu kurengera ababahemukiye, nta n’igitekerezo cy’indishyi zahabwa abo bahohoteye. Ibi iyo babihuje no kutagira uruhare mu manza zabo, basanga ubu butabera budakwiye icyizere. I Rusizi na Nyamasheke, ahahoze ari Perefegitura ya Cyangugu, […]