Ishyaka Green Party rirasaba leta y’u Rwanda kwihutira kubungabunga imigezi
Tariki ya 23 Mata 2021, Ishyaka Green Party ryatangaje ko imigezi yo mu gihugu yibasiwe bikomeye cyane amazi yose yisuka mu ruzi rwa Nil, hakaba kandi ikibazo cy’abaturage babasuka imyanda mu migezi , ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri ituruka mu mijyi itandukanye mu Gihugu , bagasaba Leta y’u Rwanda kubihagurukira ndetse n’abaturage bakagumya kwigishwa […]
Kibira: Ingabo za Leta zinjije intwaro ziremereye, bamwe barahunga
Abaturage batuye muri Komini Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke batewe ubwoba n’imirwano imaze igihe mu ishyamba rya Kibira, aho bavuga ko ari abitwaje intwaro bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda baba barwana n’ingabo za Leta. Urubuga SOS rw’Abarundi ruvuga ko amakuru rwahawe n’abaturage ari uko saa cyenda z’igicamunsi cyo kuri uyu wa 22 Mata 2021, imodoka zarimo abasirikare, […]
Munyagishari Bernard mu ifoto y’urugendo njya jenoside
None se na n’ubu ko akiyita umunyekongo, Munyagishari yaje ate gukora jenoside mu Rwanda? Inshuti yamuvanye iwabo Zaïre aza kwiga mu Rwanda. Nyuma indi nshuti iza kumujyana muri MRND, no muri jenoside ngo ba! Urugendo rwabaye rurerure! Ubwo yavukiraga i Musongati ya Masisi, muri Kivu y’amajyaruguru, ku wa 6 Mutarama 1958, mwene Ndinkabandi Simoni na […]
Yanga Africans yaciwe agera kuri Frw 20,000,000 izira kwambura rutahizamu w’Umurundi
Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania, yaciwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) angana na $20,000 (Frw 19,700,000) izira kwambura Umurundi Tambwe Amissi. Uyu rutahizamu kuri ubu ukinira ikipe ya Police yo muri Djibouti, yakiniye Yanga Africans hagati ya 2014 na 2019, mbere yo gutandukana na yo akerekeza muri Fanja Sports Club yo muri […]
2019-2020: Imitwe yitwaje intwaro yavuye ku 3000 igera ku 120_MONUSCO
Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, zivuga ko kuva mu mwaka w’2019 umubare w’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bw’igihugu wavuye ku 3000 ugera ku 120 mu mwaka w’2020. Ibi byatangajwe na Gen. Thierry Lion wari uhagarariye umuyobozi w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa […]
Perezida Macron w’u Bufaransa yaburiye uwagerageza guhungabanya Chad
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yaburiye uwagerageza guhungabanya umutekano wa Chad kuko ngo igihugu cye kitamwihanganira. Yabitangaje kuri uyu wa 23 Mata 2021 mu ijambo yavugiye mu muhango wo gusezera kuri nyakwigendera Marshal Idriss Deby Itno wapfuye tariki ya 19 Mata 2021 azize ibikomere by’amasasu yarasiwe ku rugamba rw’ingabo za Leta n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro […]
Kampala:Umunyarwandakazi yafashwe ashinjwa gushaka kwica Gen Sabiiti

Umunyarwandakazi witwa Jennifer Byukusenge yatawe muri yombi i Kampala, muri Uganda, aho akekwaho gushaka kwica umuyobozi wa Luweero Industries, Maj. Gen Steven Sabiiti Muzeeyi Magyenyi wahoze ari Umuyobozi wungirije wa Polisi ya Uganda. Chimpreports, kimwe mu binyamakuru bivugwaho kuba hafi ya Leta ya Kampala gitangaza ko umwe mu bayobozi ba Uganda utashatse ko amazina ye […]
Le Rwanda classé premier en Afrique de l’Est en matière d’adhésion à l’état de droit
Le Rwanda s’est classé premier en Afrique de l’Est en matière d’adhésion à l’état de droit et au 37e rang mondial, et dans la région, il est suivi par la Tanzanie à 93, le Kenya à 102, l’Ouganda à la 117e place dans le monde sur 128 pays, selon le dernier rapport mondial. Le rapport […]
RIB yafunze batatu bamburaga abaturage bababwira ko bagiye gushyira iminara mu masambu yabo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rufunze abitwa Bizimungu J.Baptiste, Hitiyaremye Alfred na Musabimana Simon, bakurikiranyweho kwambura abaturage batandukanye bakoresheje uburiganya. RIB ivuga ko aba bagabo uko ari batatu bashaka amakuru ku muntu ufite ikibanza, bakamubeshya ko ari abakozi ba sosiyete y’itumanaho bityo bashaka ibibanza byo gushyiramo iminara. Ivuga ko iyo bageze kuri uwo muntu bamubwira ko […]
Biravugwa ko Perezida mushya wa Tchad, Gen. Mahamat Itno yakomerekeye mu irasana
Bimwe mu bitangazamakuru by’abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Tchad byatangaje Perezida mushya, Gen. Mahamat Itno yakomerekeye mu irasana ryabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu i N’Djamena kuwa 22 Mata 2021. Ibi bitangazamakuru bivuga ko uko kurasana kwaba kwaraturutse ku makimbjrane ari hagati mu muryango wa Idriss Déby Itno utemeranya ku muntu ugomba gusimbura nyakwigendera ku butegetsi. Kimwe muri […]
Incamake y’ubuzima n’ibigwi bya Gen. Mahamat Idriss Déby, Perezida mushya wa Tchad
General Mahamat ibn Idriss Déby Itno yavutse ku itariki 01 Mutarama 1984. Azwi na none nka Mahamat Kaka, akaba ari we uyoboye Akanama k’Inzibacyuho ka Gisirikare kayoboye igihugu cya Tchad nyuma y’urupfu rwa se, Idriss Deby Etno wapfuye kuwa Kabiri ushize, itariki 20 Mata 2021 nyuma y’ibikomere yakuye ku rugamba muri weekend ishize. Yabanje kuba […]
Perezida Ndayishimiye yinjije Abofisiye bashya mu gisirikare cy’u Burundi (Amafoto)

Perezida w’u Burundi akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za kiriya gihugu, Gen Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu yinjije mu gisirikare Abofisiye bashya barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare, Institut Supérieur des Cadres Militaires (ISCAM). Ni umuhango wahuriranye no gutangiza umwaka wa ririya shuri wa 2020/2021 wayobowe na Perezida Ndayishimiye. Perezida Ndayishimiye kandi yahaye impamyabushobozi […]
Hari Abanyarwanda bavuga ko kuba ubwiyunge mu Rwanda bwaba kuri 94% bishobora kuba aribyo cyangwa gukabya
Igipimo cy’ubwiyunge mu Rwanda kigeze kuri 94% nk’uko bitangazwa n’ubushakashatsi bushya bwa 2020 komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge bukorwa buri myaka itanu, gusa hari bamwe bavuga ko bishoboka kuba aribyo mu gihe bamwe bavuga ko ari ugukabya. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 12,600 bo mu midugudu 810 yatoranyijwe mu turere twose tw’u Rwanda, muri gereza no […]
USA: Gen. Cooley wo mu gisirikare cyo mu kirere arashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina
Umusirikare mu ngabo zirwanira mu kirere za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite ipeti rya Maj. General akurikiranweho icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina cyakozwe mu 2018. Ikirego cy’ihohotera rishingiye ku gitsina kirashinjwa Maj. Gen. William Cooley, wahoze akuriye Laboratwari y’ubushakashatsi y’Igisirikare kirwanira mu kirere cyoherejwe mu rukiko rwa gisirikare kuwa gatatu ushize nk’uko byatangajwe mu […]
Byabagamba yangiwe kuburana nk’umusirikare
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 22 Mata 2021 rwatesheje agaciro ubusabe bwa Tom Byabagamba bwo kuburanishwa nk’umusirikare kuko afungiwe muri gereza ya gisirikare. Byabagamba ufungiwe muri gereza ya gisirikare ya Kanombe, yatanze ubu busabe tariki ya 16 Mata 2021, ubwo yajuririraga igihano cy’imyaka itatu y’igifungo yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, rwamuhamije icyaha cy’ubujura. […]
Muhima: Hibutswe ku nshuro ya 27 Abatutsi biciwe kuri Ste Famille, St. Paul, CELA n’ahandi

Kuri uyu wa Kane itariki ya 22 Mata 2021, mu Karere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali hibutswe ku nshuro ya 27 Abatutsi biciwe mu Murenge wa Muhima by’umwihariko nko kuri Paruwasi ya Ste Famille, Ikigo cya St Paul, no mu Kigo cy’Abapadiri cyigishaga indimi CELA (Centre d’Etudes de Langues Africaines). Amwe mu matariki […]
Adeline Rwigara avuga ko yahaswe ibibazo ku gikorwa cyo kwibuka umugabo we
Adeline Mukangemanyi Rwigara avuga ko umugenzacyaha kuri uyu wa 22 Mata 2021 yamuhase ibibazo bishingiye ku gikorwa cyo kwibuka umugabo we, Rwigara Assinapol, aherutse gukorera hamwe n’umuryango we. Adeline yavuze ko iki gikorwa cyabaye tariki ya 27 Werurwe 2021, kikaba cyaritabiriwe n’inshuti zikifatanyije n’umuryango we kwibuka uyu mugabo wapfuye mu 2015, bifashishije ikoranabuhanga rya ‘Zoom’. […]
Polisi yihanangirije abakoresha application zitahura Camera z’umuvuduko
Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakoresha kuri terefoni zabo application zibafasha gutahura aho yashyize Camera zayo zo ku muhanda zicunga umuvuduko, ishimangira ko bitemewe. Mu mwaka wa 2019 ni bwo Polisi y’u Rwanda yatangiye gushyira Camera ku mihanda itandukanye yo hirya no hino mu gihugu, mu rwego rwo kugabanya impanuka zo mu muhanda ahanini ziterwa n’umuvuduko […]
Ubwato bw’intambara bwa Indonesia bugendera munsi y’amazi bwaburiwe irengero
Amatsinda yashinzwe gushakisha aturuka mu bihugu bitandukanye ari gusiganwa n’igihe kuri uyu wa Gatanu ashakisha ubwato bw’intambara bw’Igisirikare cyo mu mazi cya Indonesia bugendera munsi y’amazi buzwi nka Submarine mu ndimi z’amahanga, bwaburiya mu Nyanja ya Bali burimo abantu 53, aho bikekwa ko bwaba bwarabuze oxygen cyangwa bwarashwanyagujwe n’amazi. Kajugujugu zishinzwe gushakisha n’andi mato menshi […]
Nyaruguru: Igihirahiro ku babyeyi b’abana birukanywe muri ‘Compassion’
Ababyeyi b’abana 46 babarizwa mu cyiciro cya 1 n’icya 2 cy’ubudehe bo mu mirenge ya Kibeho, Mata na Rusenge mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko abana babo birukanywe mu mushinga RW188 uterwa inkunga na Compassion International, Paruwasi Metodisiti (Methodiste) Libre ya Muhora, mu murenge wa Kibeho, mu buryo bavuga ko burimo uburiganya. Ikibazo cyabo bakigejeje […]
Tchad: Abayobozi barimo Macron bagiye gushyingura Deby mu gihe inyeshyamba zabahaye gasopo
Kuri uyu wa Kane, abayobozi b’ibihugu bitandukanye bageze muri Tchad aho bagomba kwitabira umuhango wo gushyingura Perezida Idriss Deby kuri uyu wa Gatanu, itariki 23 Mata, mu gihe u Bufaransa bushyigikiye abayobozi bashya b’abasirikare mu guhangana n’iterabwoba ry’inyeshyamba ziri kwitegura gusubukura igitero ku murwa mukuru N’Djamena. Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Perezida wa Guinea, Alpha […]
Ibuye ryagaragaye ntiriba ricyishe isuka- Amb. Willy Nyamitwe asubiza Prof. Nshuti Manasseh
Umuyobozi ushinzwe Itumanaho muri Perezidansi y’ u Burundi, Amb. Willy Nyamitwe yifashishije umugani ngo ” Ibuye rigaragaye ntiriba ricyishe isuka” mu gusubiza ibyari byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Prof. Nshuti Manasseh wavuze ko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kutoherereza u Burundi abo bushinja kugerageza guhirika Pierre […]
Afurika irasabwa kutangiza inkingo za Covid-19 bigaragara ko zashaje
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) n’urwego rwa Afurika rushinzwe gukumira indwara, Africa CDC, byasabye ibihugu byo ku mugabane wa Afurika kwirinda kwangiza inkingo z’icyorezo cya Covid-19 bigaragara ko zacyuye igihe (zashaje). Ni nyuma y’aho Malawi na Sudani y’Epfo bitangarije ko bifite umugambi wo kumena doze z’inkingo zibarirwa mu 75,000 bigaragara ko zashaje. Nka Malawi […]
Bobi Wine ari mu gahinda

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Hon. Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine, ubu ari mu gahinda aterwa n’abo muri Leta avuga ko bakomeje kumugendaho. Iby’agahinda ke, Bobi Wine yabigaragaje ubwo Ikigo cya Uganda gishinzwe imisoro, URA (Uganda Revenue Authority) cyamusabye kwishyurira imodoka yaguriwe n’abakunzi be ya Toyota Land Cruiser V8 idatoborwa n’amasasu ku […]
Messi yanditse amateka mashya, ashimirwa ibyo yakoreye Griezmann
Lionel Messi yaraye afashije FC Barcelona akinira kunyagira Getafe ibitego 5-2, yandika amateka yo kuba umukinnyi wa mbere mu mateka ya shampiyona ya Espagne utsinze kuva ku bitego 25 kuzamura mu myaka 12 yikurikuranya. Nyuma yo gutwara igikombe cya Copa del Rey mu cyumweru gishize banyagiye Athletic Bilbao ibitego 4-0, Messi na bagenzi be bari […]
VIDEO: Gisimba na BEMERIKI Valery muri Studio za RTLM || Umunsi WAMUBEREYE mubi kurusha iyindi #ISANZURE
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Perezida wa Tanzania avuga ko myinshi mu mishinga ya Magufuli ariyo izakomeza gushyirwa mu bikorwa
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan avuga ko nta cyahindutse, ko imishinga migari izashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’ubutegetsi bwe, ari iyo nyakwigendera, Magufuli yari yaragejeje ku nteko ubwo yatsindaga amatora. Ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko icyerekezo cy’igihugu, Perezida Samia kuri uyu wa Kane tariki 2 Mata 2021, yavuze ko nk’uko yigeze kubikomozaho, we […]