Ngororero : Abagabo nibo baheka abana babajyana mu marerero, ntibitaye kubavuga ko bariye inzaratsi

Kubera ikibazo cy’ubugwingire mu bana cyavuzwe mu karere ka Ngororero, cyatumye bamwe mu bagabo bahaguruka ngo barwanye ikibazo cy’imirire mibi hagamijwe no kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango. Bamwe mu bagabo baganiriye na bwiza.com bavuga ko batitaye kubavuga ko bihengekera udukono cyangwa baba barahawe inzaratsi. Mukeshimana Thomas, utuye mu mudugudu wa Kabyiniro, akagari ka Mwiha, […]
Burundi: Abayisilamu bikomye minisitiri Gervais Ndirakobuca
Abayisilamu bo mu gihugu cy’u Burundi bikomye minisitiri w’umutekano Gen. Gervais Ndirakobuca bamushinja gushaka gusenya imigenzo y’idini ryabo nyuma y’aho uyu anengeye umuhamagaro w’amasengesho ya saa cyenda z’ijoro avuga ko indangururamajwi zikoreshwa ninjoro yumva atari zo zatuma umuntu usanzwe afite inshingano yo kuzinduka asenga abyuka. Mu magambo ye nk’uko tubikesha urubuga rwa UbmNews, Gen Ndirakobuca […]
Ku nshuti y’uwakubise urushyi Perezida Macron hasanzwe imbunda n’igitabo cya Hitler
Kuri uyu wa Kabiri nimugoroba, amazu y’umuntu wakubise urushyi perezida Macron n’inshuti ye yari yamuherekeje yasatswe n’abashinzwe iperereza, bivugwa ko bahasanze imbunda n’igitabo cyanditswe na Hitler. Kugeza kuri uyu wa gatatu nyuma ya saa sita, aba basore babiri b’imyaka 28, batuye Drôme, bari bagifunzwe nyuma yuko umwe muri bo akubise urushyi mu maso Perezida w’u […]
Rusizi: Yafatanwe umufuka wuzuye ubwoko burenga 90 bw’imiti ya magendu
Ngirimana Alfred wo mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Gakoni mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, ari mu maboko ya RIB Sitasiyo ya Bugarama nyuma yo gusanganwa mu nzu ye umufuka wuzuye ubwoko burenga 90 bw’imiti ya magendu yiganjemo ibinini bivugwa ko yakuraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Amakuru Bwiza.com yahawe […]
Ku nshuro ya mbere indege itagira umupilote yongereye lisansi indege y’intambara ziri mu kirere
Ku nshuro ya mbere, abayobozi bavuze ko indege idafite abapilote yongereye amavuta mu ndege y’intambara y’Abanyamerika hagati mu kirere nk’uko abayobozi babitangaje kuwa Mbere ushize. Iyi ndege y’intambara yo mu bwoko bwa F / A-18 Super Hornet na drone yakozwe na Boeing byahujwe mu n’itiyo ya pulasitike yanyujijwemo amavuta y’indege iri mu kirere kuwa Gatanu […]
Video: Tiwa Savage yarwaniye n’umukobwa muri ‘ salon de coiffure’
Umuhunzikazi Tiwa Savage yarwanye na mugenzi we witwa Seyi Shay bari bahuriye mu nzu itunganya imisatsi (salon de coiffure) mu bivugwa ko bapfaga Wizkid. Aba n’ubusanzwe, batabanye neza kuva mu 2016, bahuriye muri saloon iri mu Mujyi wa Lagos, Seyi Shay yamusuhuje, undi aramwadukira si ukumutuka, amubwira akari imurori. Hari amakuru ko Tiwa Savage yamenyesheje […]
Min. w’Ububanyi n’Amahanga mushya wa Uganda yigeze kwikoma Abanyarwanda
Minisitiri mushya w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Gen Haji Abubaker Jeje Odongo yigeze kwikoma Abanyarwanda baba mu Karere ka Hoima avuga ko bari gutumira benewabo ngo baze kuhatura ku bwinshi. Gen Odongo nk’uko ibinyamakuru byo muri Uganda byabigarutseho, mu gutunga agatoki Abanyarwanda, ubwo yari Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, yavuze ko hari abagura ubutaka buto, barangiza […]
Amashusho yerekana neza ko Me Bukuru Ntwali yiyahuye_RIB
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry kuri uyu wa 9 Kamena 2021 yatangaje ko ibimenyetso byafashwe birimo amashusho ya ‘camera’ bigaragaza ko umunyamategeko w’Umunyamulenge, Me Bukuru Ntwali yiyahuye. Dr Murangira mu kiganiro yagiriye ku televiziyo y’igihugu, yagize ati: “Twebwe ibyo twagenje nk’urwego rw’ubugenzacyaha, ruragaragaza neza ko yiyahuye. Footage (amashusho) za camera […]
Ingabo za Kenya zagobotse ab’i Goma bagizweho ingaruka n’iruka rya Nyiragongo

Ingabo za Kenya kuri uyu wa 8 Kamena 2021 zagejeje ku batuye i Goma bagizweho ingaruka n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo imfashanyo irimo ibiribwa n’imiti. Mu biribwa zabahaye harimo: inyama n’ibizikomokaho, amashu, ibitunguru, ibijumba na karoti; byose byatunganyirijwe mu nganda zazo ebyiri zirimo urwa KMC (Kenya Meat Commission) na KDF Gilgil Food Processing Factory. Ibi biribwa […]
Muhanga: Ubushinjacyaha bukurikiranye uwishe inshuti ye y’umumotari akamwiba moto
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuwa Mbere ushize bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye, busabira ifungwa ry’agateganyo mu gihe hagikorwa iperereza umusore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto. Umusore w’imyaka 26 y’amavuko, akekwaho kuba yariciye umumotari mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagali ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo, ku itariki […]
Centrafrica: U Bufaransa bwahagaritse inkunga bwateraga ingengo y’imari n’ubufatanye mu bya gisirikare
U Bufaransa bwemeje ko bwahagaritse inkunga bwateraga ingengo y’imari y’igihugu cya Centrafrica ndetse bwanahagaritse ubufatanye mu bya gisirikare bwari bufitanye n’iki gihugu. I Paris, Minisiteri y’ingabo iravuga ko hari ubukangurambaga bwihwishwe inyuma n’u Burusiya bugamije kurwanya u Bufaransa kandi abayobozi ba Centrafrica bakaba babifitemo uruhare. Abafaransa bibasiwe ni abakorerabushake batanu bakoranaga na Minisiteri y’ingabo, urubyiruko, […]
FDLR ivuga ko ari ikinyafu kuba Col Nshimiyimana yarafashwe
Curé Ngoma ukunze kumvikana avuga ko ari Muvugizi wa FDLR, inyeshyamba zirwanya u Rwanda, avuga ko gufatwa kwa Col. Nshimiyimana Augustin, ari ikintu gikomeye kuri bo bafata nk’igihombo. Nshimiyimana yafatiwe mu gace kitwa Rubaya ka Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu ya ruguru, nk’uko umuvugizi wa FDLR abivuga. Ngoma yavuganye na BBC, aravuga ati […]
RIB iraburira ba nyiri shene zirimo Afrimax TV
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry araburira ba nyiri zimwe muri shene za YouTube zitangaza amakuru, zikanatambutsa ibiganiro bishobora kuyobya rubanda nka Afrimax TV ikunzwe mu Rwanda. Mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 9 Kamena 2021, Dr Murangira yavuze ko n’ubwo ingingo ya 38 y’Itegekonshinga iha buri wese uburenganzira bwo […]
Huye: Rurageretse hagati y’abaturage n’umupasiteri bashinja kubasibira inzira
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Tumba baravuga ko bahangayikishijwe n’umupasiteri uri guhinga umuhanda wo muri karitsiye bakoreshaga bataha mu ngo zabo, mu gihe uyu mupasiteri we avuga ko ntawe ukwiye kumutegeka uko akoresha ubutaka bwe. Aba baturage ni abatuye mu Kagari ka Gitwa mu Mudugudu wa Rebero bavuga ko hashize imyaka myinshi bafite […]
Bobi Wine yasubijwe ya modoka ye idatoborwa n’amasasu ku itegeko rya Museveni
Ikigo cya Uganda gishinzwe Imisoro n’Amahooro (URA), cyasubije Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine imodoka ye idatoborwa n’amasasu, nyuma yo kubisabwa na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. URA yari yarafatiye iriya modoka muri Mata uyu mwaka, nyuma y’uko Urukiko Rukuru ruyisabye kuyigenzura rugasuzuma imisoro yayo. Bivugwa ko URA yasanze iriya modoka igomba kwishyura imisoro y’angana na […]
U Rwanda rwohereje abarimu 4 bo muri Uganda, bari bamaze iminsi bafunzwe
Leta y’u Rwanda ejo ku wa 8 Kamena 2021 yaraye yohereje abarimu 4 bo muri Uganda yari imaze amezi abiri ifunze, bazira gushaka gusubira iwabo banyuze mu nzira zitemewe. Chimp Reports dukesha aya makuru ivuga ko aba barimo ari: Alex Bakitenda w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Kaliro, Abdul Ssenono Mutwarib w’imyaka 31 na […]
Abaherwe ba mbere ku Isi nka Jeff Bezos na Elon Musk baravugwaho gukwepa imisoro
Raporo y’iperereza yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri ivuga ko benshi mu Banyamerika bakize nta musoro ku nyungu batanze mu myaka mike ishize, ubwo Washington yasuzumaga ibyifuzo bishya byo gukemura ikibazo cyo kunyereza imisoro cy’abantu bakize ndetse n’amasosiyete. Raporo yateje urunturuntu, yakozwe n’ikinyamakuru ProPublica gikorera i New York, yerekanye ko Umuyobozi wa Amazon, Jeff Bezos, […]
Perezida Museveni yoherereje Ndayishimiye ubutumwa bwihariye

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni ejo ku wa 8 Kamena 2021 yohereje Adonia Ayebare mu Burundi, ageza kuri Perezida Ndayishimiye ubutumwa bwihariye. Adonia Ayebare usanzwe ari intumwa yihariye ya Perezida Museveni yemereje aya makuru ku rubuga rwa Twitter ubwo yari amaze guhura na Ndayishimiye. Yagize ati: “Wakoze Gen. Neva (Ndayishimiye) kunyakirana urugwiro mu rugo […]
Kaminuza y’u Rwanda irateganya guhagarika amasomo adakenewe ku isoko ry’umurimo
Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda wungirije ushinzwe amasomo n’ubushakashatsi, Dr Emile Bievennue avuga ko hagiye gukorwa ubusesenguzi ku masomo 158 yigishwamo kugira ngo adakenewe ku isoko ry’umurimo ahagarikwe. Ni nyuma y’aho bigaragaye ko hari amasomo yigishwa muri iyi kaminuza, bikagorana kubona n’umwe wayarangije akabona akazi cyangwa se akihangira umurimo uyerekeye. Hari kandi n’aba akenewe ku […]
CGP Dan Munyuza muri Sudani y’Epfo
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CGP Dan Munyuza, ari mu ruzinduko rw’akazi i Juba muri Sudani y’Epfo aho yasuye itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro. U Rwanda rufite amatsinda abiri y’abapolisi i Juba na Malakal bari mu butumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro (UNMISS), buri rimwe rigizwe n’abapolisi 160. Mu […]
Uganda: Janet Museveni yagumye muri Guverinoma, Kutesa yasimbujwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa 8 Kamena 2021 yashyizeho Visi Perezida, Minisitiri w’Intebe n’abagize guverinoma, aho bigaragara ko abarimo umufasha we Janet Museveni usanzwe ari Minisitiri w’Uburezi yagumyemo, abarimo Sam Kutesa wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga basimbujwe. Uwo yagize Visi Perezida ni Rtd Maj. Jessica Alupo, Minisitiri w’Intebe ni Nobinah Nabbanja, ba Minisitiri […]
Rubavu: Hari Abakongomani bavuga ko bari gucyurwa ku gahato
Zimwe mu mpunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Rwanda iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ziravuga ko ziri gucyurwa ku gahato. Amazuku ya Nyiragongo mu kwezi gushize yatwitse inzu zibarirwa mu bihumbi z’abaturage, igice kinini cy’abatuye Goma bahungira i Sake abandi bambuka bajya mu Rwanda. Izi mpunzi zikomeje gutaha nyuma y’aho abategetsi muri DR Congo batangaje ko ubu ikirunga […]
Kwitwa Umuhutu, Umututsi cyangwa Umutwa, ntacyo bidutwaye- Perezida Ndayishimiye
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye avuga ko iby’uko bamwe mu bo ayoboye harimo Abatutsi, Abahutu n’Abatwa ntacyo byari bikwiriye kuba bihungabanya ku bumwe bwabo kuko na Israel yashyize hamwe kandi igizwe n’imiryango 12. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho kuwa 8 Kamena 2021 ku munsi wo gukunda igihugu wahuriranye n’uwo Nkurunziza yatabarukiyeho. Yagize ati ” Kwitwa umuhutu, canke […]