Perezida Kagame yahinduriye inshingano Busingye na Dr Bizimana

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahinduriye inshingano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Busingye Johnston na Dr Bizimana Jean Damascene uyobora komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside, CNLG. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 31 Kanama 2021, Busingye yahawe inshingano yo guhagararira u Rwanda mu Bwongereza, […]
Kayumba Soter na we yatandukanye na Rayon Sports yerekeza ahandi
Myugaruro Kayumba Soter wakiniraga Ikipe ya Rayon Sports, na we yamaze gutandukana na yo yerekeza mu kipe ya Mukura Victory Sports. Kayumba wari umaze umezi umunani muri Rayon Sports yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe y’i Huye. Iyi kipe kandi yamaze gusinyisha abarimo Biraboneye Aphrodis na Ngirimana Alex, ndetse binavugwa ko yamaze kumvikana n’abandi […]
Ubwo FDLR yatangiye kubura umutwe, umuti wayo turawufite_Gen Alex Kagame
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, Maj Gen Alex Kagame, yagaragaje ko Umunyarwanda afite agaciro n’umutekano uhagije, ku buryo anapfusha inkoko igihugu cyose kikabimenya. Gen Kagame yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 30 Kanama, mu gikorwa cyo gushyikiriza umuturage witwa Twagirayezu Jean de Dieu wo mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu inka […]
Homeless 11 people family in Musanze seeks help

Felicien Uzabakiriho, 53, resident of Kigombe Cell, Muhoza Sector in Musanze claims he has no place to live in with his family made up of 11 people following heavy rain that distroyed his house in October last year. Sitting in a two room-house given by a good Samaritan for a temporary shelter, Uzabakiriho narrated his […]
Burundi: Uwungirije Perezida wa Sena yaciwe amande azira kuzamura igiciro cy’isukari
Senateri Njebarikanuye Spes Caritas wungurije Perezida wa Sena y’u Burundi usanzwe ari umushoramari, yaciwe amande y’amafaranga akoreshwa muri iki gihugu miliyoni ebyiri (2,000,000 FBu), azira kuzamura igiciro cy’isukari. Ibiro by’intara ya Gitega byatangaje ko Senateri Njebarikanuye ari we usanzwe ugemurirwa isukari n’uruganda SOSUMO mu ntara, na we akayicuruza. Ngo yafashwe aranguza umufuka wayo FBu 125,000 […]
Musanze: Umuryango ugizwe n’abantu 11 wabanje kuba mu ihema ubu ntugira aho kuba

Umugabo witwa Felicien Uzabakiriho w’imyaka 53 n’umugore we, Vestine Uwamahoro w’imyaka 46 batuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, bavuga ko bo n’abana babo umunani (umwe mu bana be afite umwana ubu ni abantu 12) n’imfubyi imwe barera, ntaho kuba bafite kuva mu Kwakira 2020 ubwo […]
Nyamasheke: Mukabugingo Naome yasubije Eric amafaranga yari yaramuhaye ayita inkwano nyuma yo kuvugwaho kumubenga

Nyuma y’icyumweru cyose bitifashe neza mu rukundo hagati ya Kwihangana Eric,umwarimu muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke na Mukabugingo Naome,umwarimukazi muri GS Mukoma mu murenge wa Nyabitekeri muri aka karere,aho uyu kwihangana yashinjaga umukunzi we kumuha amafaranga 300.000 ayita inkwano umukobwa yamara kuyafata agahindura imico umusore […]
Mario Balotelli yakubise uwo bakinana ubwo yari asimbujwe (Videwo)
Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Mario Balotelli yakubise mugenzi we ubwo yari asimbujwe ubwo ikiye pe yitwa dana Demirspor yo muri Turukiya yari ihanganye na dana Demirspor. Balotelli kuwa Gatanu ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 56, umutoza we, Samet Aybaba, yaramusimbuje ubwo amakipe yombi yanganyaga 0-0. Agisohoka mu kibuga, Balotelli yagaragaje ko atanyuzwe n’icyemezo cy’umutoza, […]
Deux Rwandais assassinés en Ouganda dans des circonstances mystérieuses
Un ressortissant rwandais identifié comme Ntwari Bahati a été retrouvé mort par strangulation apparente, dans la capitale ougandaise Kampala la veille du dimanche 29 août selon des sources familiales. Selon eux, il y a également eu une tentative de brûler le corps du défunt, qui travaillait comme mécanicien automobile à Kampala. Il avait vécu en […]
Rusizi/Gihundwe: Abakoresha RAMA barinubira kwivuriza kure kandi baregerejwe ikigo nderabuzima

Hashize amezi 2 umurenge wa Gihundwe ushyikirijwe ikigo nderabuzima cya Shagasha, ukaba ari wo murenge rukumbi wari usigaye muri aka karere ka Rusizi utarangwamo ikigo nderabuzima n’ubwo abawutuye bari bafite amahirwe yo kugira ibigo nderabuzima bya Gihundwe, Giheke, Nkanka n’ibitaro bya Gihundwe mu mirenge ya Kamembe, Giheke na Nkanka ku bahegereye, hakaba n’abari batuye kure […]
Uwari minisitiri muri Afghanistan atunzwe no kugemura ibyo kurya ku igare mu Budage

Uwahoze ari minisitiri w’itumanaho muri Afghanistan, Sayed Sadaat kuri ubu akora akazi ko kugenda ajyana ibyo kurya ku bantu babaiguze kuri internet akoresheje igare mu gihugu cy’u Budage, aho ubuzima abayeho bushobora kuba ari bwo butegereje benshi mu banyafuganistani bari guhunga kuri ubu. Uyu yari minisitiri mu gihugu cye mbere yo kwimukira mu Budage, ariko […]
Hari kuba inama ikomeye hagati y’u Burundi na RDC
I Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kuva kuri uyu wa 31 Kanama 2021 kugeza ku wa 2 Nzeri 2021 hari kubera inama ikomeye ihuza abayobozi b’iki gihugu n’intumwa zo mu Burundi. Muri iyi nama, uruhande rwa RDC ruyobowe na Minisitiri ushinze akarere, Didier Mazenga Mukanzu, intumwa z’u Burundi zo zikaba ziyobowe na […]
Igerageza rishya ry’urukingo rwa virus itera sida ryakubise igihwereye
Kuri uyu wa Kabiri, Johnson & Johnson yatangaje ko urukingo rwari mu igeragezwa rwananiwe kurinda bihagije virusi itera SIDA muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara ku bakobwa bakiri bato bafite ibyago byinshi byo kwandura. Kunanirwa k’urukingo mu cyiciro cyo hagati byerekana imbogamizi z’iterambere ry’inkingo, cyane cyane kuri virusi itera sida cyangwa izindi zitera indwara […]
Nta basore babiri bagomba kuba bari kuri moto saa kumi n’ebyiri z’umugoroba zageze-Komanda wa polisi
Komanda wa Polisi mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Ghana, DCOP Peter Ndekugri, avuga ko adashaka kubona hari abasore babiri bakiri bato bahekanye kuri moto mu gace ayoboye mu gihe saa kumi n’ebyiri z’umugoroba zageze mu rwego rwo gukumira ibyaha. Afande Ndekugri ugihabwa ubuyobozi muri ako gace, yavuze ko agiye gukora ibishoboka byose ngo umutekano uboneke muri […]
Uzaba Miss East Africa azahembwa imodoka ya miliyoni 44Frw

Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016 yatangaje ko uzegukana ikamba ry’irushanwa ry’ubwiza ryo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, Miss East Africa, azahembwa imodoka ya Nissan Xtrail 2021 ifite agaciro k’amadolari ya Amerika 44,000 angana n’amafaranga y’u Rwanda (Frw) miliyoni 44.3. Miss Mutesi muri ubu butumwa buri kuri Twitter buherekeje amafoto atatu y’iyi […]
Intambara ya FDLR mu Rwanda nta minota itanu yamaze_Gen Kagame wavuze aho ingufu zayo zisigaye
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, Maj-Gen Alex Kagame, yavuze ko umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda wa FDLR wacitse intege mu buryo bugaragara, gusa mu ntege nke zawo ukaba ushobora kugaba uduteroshuma dushobora kwica abaturage no gusenya ibyo igihugu kimaze kugeraho. Gen Kagame yabitangaje ejo ku wa Mbere ubwo yari mu murenge wa Bugeshi […]
Gasabo: Ikamyo yasenye inzu z’ubucuruzi, yica nyirazo n’umuzamu
Saa munani z’urukerera rw’uyu wa 31 Kanama 2021, ikamyo ya Fuso yari itwaye ibi yasenye inzu z’ubucuruzi mu Murenge wa Gisozi w’Akarere ka Gasabo, yasenye inzu z’ubucuruzi, yica nyirazo witwa Mukeshimana Yvonne n’umuzamu we Nkurikiyimfura Jean de Dieu. KT Radio dukesha aya makuru ivuga ko kandi iyi mpanuka yakomerekeyempo abana ba Mukeshimana babiri; uwitwa Munyaneza […]
Igisirikare cya Amerika cyasize gifunze indege za gisirikare n’imodoka cyasize i Kabul
Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege n’imodoka z’intambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bw’iki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021. Indege ya nyuma y’Igisirikare cya Amerika yahagurutse ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga kitiriwe Hamid Karzai cya […]
Hadutse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 muri Afurika y’Epfo
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi. Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo ndetse bwabonetse no mu bihugu birindwi byo mu yindi migabane ya Asia, Ubulaya na Ocenania nk’uko […]
Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite batabawe
Ishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu muri Uganda rifite ibiro muri minisiteri yumutekano, ryatabaye Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite banyujijwe muri iki gihugu. Nk’uko byatangajwe na Agnes Igoye, umuhuzabikorwa wungirije w’ishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu, aba Barundi 8 basanzwe muri hotel yo mu gace ka Kabalagala, ahasanzwe nUmunyayemeni witwa Ramsey Muhammad wari ugiye […]
Afghanistan: Amerika yasoje ubutumwa bwayo ku mugaragaro ihungishije abantu 79,000
Abasirikare ba nyuma ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari basigaye muri Afghanistan baraye bahagurutse ku Kibuga cy’indege cya Kabul, Pentagon itangaza ku mugaragaro ko ubutumwa bwari bumaze imyaka 20 yintambara bushyizweho akadomo. Gen. Kenneth McKenzie, Komanda w’ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Amerika, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahungishije abantu 79,000 bavanwa Kabul barimo […]
APR FC igiye kwipimira kuri AS Maniema, yitegura Champions League
APR FC igiye gukina umukino wa gicuti na AS Maniema Union yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yitegura irushanwa nyafurika ry’amakipe yabaye aya mbere muri shampiyona, CAF Champions League, rizaba muri Nzeri 2021. Uyu mukino urabera ku kibuga cyayo cy’imyitozo giherereye i Shyorongi mu Karere ka Rulindo, guhera saa cyenda z’igicamunsi kuri uyu […]
Mozambique: Ibyihebe bihanganye na RDF byishe abantu 10 bibaciye imitwe
Abantu 10 baheruka kwicwa baciwe imitwe, nyuma yo kugwa mu gico cy’abarwanyi b’umutwe wa Islamic State uhanganye n’Ingabo z’u Rwanda mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. VOA Português yatangaje ko aba bantu bishwe ku wa Kane tariki ya 26 Kanama, mu gace kegereye inyanja y’Abahinde ka Mucojo ho muri Macomia. Iki gitangazamakuru cyavuze ko […]
Minisitiri w’Ingabo za Kenya ni we ushobora kuzasimbura P. Scotland muri Commonwealth
Nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko Umunyamabanga Mukuru w’umuryango Commonwealth, Patricia Scotland atazemererwa kuyobora manda ya kabiri, Minisitiri w’Ingabo za Kenya ni we uhabwa amahirwe menshi yo kumusimbira. Amahirwe yo kongera kuyobora Commonwealth kuri Scotland yabaye nk’ayoyoka ubwo muri Gashyantare 2020, ibitangazamakuru byo muri Australia; The Age na The Sydney Morning Herald byashyiraga hanze ibyavuye mu […]
Paris: Urukiko rwanze ubusabe bw’ababuranira Agathe Habyarimana
Nyuma y’imyaka 14 y’urujya n’uruza mu nkiko ariko urubanza rutaba, Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris kuri uyu wa Mbere rwateye utwatsi ubusabe bw’abunganira Agathe Habyarimana bwo kudakurikiranwa n’ubutabera. Kutaburanisha urubanza bishobora gutangazwa n’ubutabera mu gihe bubonye ko dosiye idafite ibintu biremereye, kandi iyi yari impamvu yatanzwe n’abunganizi ba Agathe Habyarimana. Ariko urukiko ntirwigeze rufata icyemezo ku […]
Afro-Basket: Ikipe ya Uganda iratabaza leta yabo ngo ibarinde gusebera i Kigali
Abagize ikipe y’Igihugu ya Uganda y’umukino wa Basketball ‘Silverbacks’ iri mu mikino ya FIBA Afro-Basket iri kubera i Kigali hano mu Rwanda, baratabaza Leta y’igihugu cyabo ngo ibagoboke nyuma yo kunanirwa kwishyura ideni rya Hoteli bacumbitsemo. Iyi kipe ivuga ko ifite ikibazo cy’amikoro kuburyo yabuze amafaranga yo kwishyura Hotel icumbitsemo. Abayigize bavuga ko Leta ya […]
Rutsiro: Umushinwa yagaragaye ahondagurira Umunyarwanda ku musaraba

Mu Murenge wa Mukura w’Akarere ka Rutsiro k’Intara y’Uburengarazuba, hagaragaye Umushinwa ahondagurira Umunyarwanda ku gati gakozwe nk’umusaraba, amushinja kwiba umucanga. Nk’uko bigaragara muri videwo y’umunota umwe n’amasegonda 3 yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga n’uwitwa Ibarushimpuwe Kevin Christian kuri uyu wa 30 Kanama 2021, uyu mugabo uzirikiye amaboko inyuma ku musaraba, asobanurira abamuhagaze hejuru bafite inkoni barimo […]
Afrobasket: Umutoza w’ u Rwanda yavuze impamvu yatumye basezererwa na Guinea
Nyuma y’uko u Rwanda rusezerewe mu gushaka itiki ya 1/4, Cheikh Sarr utoza icyo gihugu yabwiye abanyamakuru bageze aho batakaza icyizere kandi byashobokaga ko batsinda uwo mukino bari bahanganyemo na Guinea. Guinea niyo iri inyuma ku rutonde rwa FIBA (21 muri Africa) mu yandi makipe y’ibihugu ari gukina iki gikombe cya Africa cya Basketball mu […]