Gitifu yabajije RFL niba hari icyo yakora ku marozi yâibihuherano ahitana abaturage

Umunyambanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Musebeya mu karere ka Nyamagabe, Nkurikiyimana Pierre, yabajije Umuyobozi Mukuru wa Laboratwari yâigihugu yâibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera (RFL), niba hari icyo yakora ku kibazo cyâamarozi yâamategano nâamahuherano ahitana abaturage. Gitifu Nkurikiyimana yabarije iki kibazo mu bukangurambaga bwo kumenyekanisha serivisi za RFL bwakomereje mu karere ka Huye, intara yâAmajyepfo kuri […]
Uganda: Menya amateka y’umwami wishe abagabo banze kuryamana na we
Umugabane wa Afurika ni wo uvugwaho kutihanganira abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ibihugu 30 muri 54 biwugize bihana byihanukiriye ugaragayeho uyu muco, muri 11 nta tegeko rigira icyo ribivugaho, mu bindi bisigaye bisa n’aho byemewe n’ubwo nta tegeko rirengera ubikora. Abanyafurika benshi ndetse na leta z’ibihugu kuri uyu mugabane, bavuga ko ubutinganyi ari imico y’abanyaburayi […]
Perezida Kagame yakiriye abagize Inteko ya USA batangiye uruzinduko mu Rwanda

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye abagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) batangiye uruzinduko rwâiminsi itatu mu Rwanda. Ibiro byâUmukuru wâIgihugu byatangaje ibyâuruzinduko rwâaba badepite nâabasenateri kuri uyu wa 19 Kanama 2022, bigira biti: âUyu munsi muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yahuye nâitsinda ryâabagize Inteko ya US bayobowe […]
Le Danemark va ouvrir un bureau au Rwanda dans le cadre d’un nouveau plan de centres d’asile
Le Danemark ouvrira un bureau au Rwanda alors que le pays de l’Union europĂ©enne intensifie ses plans pour y installer un centre d’asile offshore, conformĂ©ment Ă la position de plus en plus dure du gouvernement Ă l’Ă©gard des rĂ©fugiĂ©s. Le bureau, tenu par deux diplomates, sera basĂ© dans la capitale Kigali, a indiquĂ© jeudi le […]
Twirwaneho na Gumino barashinjwa kwica abaturage barindwi
Umuvugizi wa Mai Mai-Bilozebishambuke, Nabulizi Aimable, avuga ko kuwa 17 Kanama uyu mwaka abaturage barindwi bishwe na Twirwaneho na Gumino, bicirwa muri kariyeri bacukuramo amabuye yâagaciro iri ahitwa Bikarakara iherereye mu birometero 13 uvuye mu isanteri ya Minembwe. Ni mu mirwano yasakiranyije iyi mitwe yombi yabereye muri gace ka Bikarakara muri Teritwari ya Fizi, mu […]
Manchester United yegukanye umukinnyi ukomeye wakiniraga Real Madrid
Ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza yageze ku bwumvikane na Real Madrid yo muri Espagne bwo kugura umunya-BrĂ©sil Casimiro Carlos Henrique uzwi nka Casemiro. Umunyamakuru Fabrizio Romano yatangaje ko amakipe yombi kuri ubu ari gutegura kontaro, nyuma y’uko Madrid yemeye bid ya miliyoni 60 z’ama-Euro zigomba kwiyongeraho izindi 10 Manchester United yemeye kuyiha. Uyu […]
Espagne: Umukobwa wa Do Santos yajuririye icyemezo cyo kohereza umurambo wa se muri Angola
Umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, yajuririye icyemezo cy’urukiko rwo muri Espagne gitegeka guha umurambo we umupfakazi we ugasubizwa mu rugo kugira ngo ashyingurwe. Iki kirego cyâubujurire cyatanzwe kuri uyu wa Kane ushize na Tchize dos Santos, umukobwa wa Eduardo dos Santos w’imyaka 44 nkâuko iyi nkuru dukesha Al Jazeera ivuga. […]
Rwandan girl dragged to court over ‘indecent’ dressing
Rwandan authorities have arrested and taken to court a young woman over âindecentâ dressing, after a photo of her in a fish net attire at a music concert appeared on social media. If convicted, the 24-year-old faces six months to two years in prison.? On Thursday, a judge at Kigali-based Kicukiro Primary court declined to […]
Butembo: MONUSCO ntivuga rumwe na RDC ku igenda ry’abasirikare bayo
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntivuga rumwe na MONUSCO ku ngabo zo muri ubu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye zigomba kuva mu mujyi wa Butembo. Guverinoma w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa Gisirikare, Lt Gen Constant Ndima Kongba, yabwiye itangazamakuru ryo muri Congo Kinshasa ko ubutumwa bwa ziriya ziriya ngabo muri Butembo bwamaze kurangira. […]
Diamond Platnumz aravuga ko Zuchu nashaka kuva muri Wasafi azishyura miliyari 10 zâAmashilingi
Umuyobozi wa Wasafi Record label, Diamond Platnumz, yatangaje ko umuhanzikazi Zuchu yasinyishije muri iyi label ye azishyura miliyari 10 zâamashilingi naramuka ashatse kuyivamo amasezerano bagiranye atarangiye. Diamond yavuze ko imibare ya Zuchu yiyongereye bidasanzwe ari yo mpamvu bizamsaba amafaranga menshi naramuka ashatse kuva muri label. Ibi bibaye nyuma y’ibyumweru bike ashinjwe gukama abaririmbyi babarizwa muri […]
California: Indege ziteguraga kururuka zagonganiye mu kirere
Abayobozi muri Amerika bavuze ko “hapfuye abantu ” nyuma yâimpanuka yâindege ebyiri nto zagonganiye mu kirere ubwo zashakaga kugwa ku kibuga cyâindege cyo muri California. Iyi mpanuka yabaye mbere gato ya saa cyenda zâumugoroba ku isaha yaho ku Kibuga cyâIndege cya Watsonville muri Watsonville, agace kâubuhinzi gaherereye nko mu bilometero 80 mu majyepfo ya San […]
Minisitiri w’ingabo wa RDC yasuye uruganda rwâintwaro zigezweho mu Burusiya

Minisitiri wâingabo nâabahoze ari abasirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Gilbert Kabanda, yasuye intwaro nto nâiziremereye zigezweho mu Burusiya. Minisitiri Kabanda ari mu Burusiya kuva tariki ya 15 Kanama 2022, aho yahagarariye igihugu cye mu nama mpuzamahanga yâumutekano izwi nka MCIS (Moscow Conference on International Security). Nyuma yo kugeza ijambo ku bitabiriye […]
Kenya: Uwatorewe kuba Visi Perezida ababajwe n’uko Uhuru Kenyatta atakivugana na Ruto uzamusimbura
Rigathi Gachagua watorewe kuba Visi Perezida wa Kenya, yagaragaje ko ababajwe n’uko Perezida Uhuru Kenyatta atakivugisha Dr William Ruto ugiye kumusimbura. Gachagua wiyamamarije hamwe na Dr Ruto, kuri uyu wa 18 Kanama yatangaje ati: âKugeza ubu, Perezida Kenyatta ntaravugana nâuwatsinze amatora ya Perezida, haba kuri telefone cyangwa mu bundi buryo.â Uyu munyapolitiki yakomeje ati: âNi […]
Imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomereje mu gace ka Tanda
Umuvugizi wa M23 igice cya gisirikare, Maj. Willy Ngoma, atangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Kanama, mu birindiro byabo biri ahitwa Tanda, hagabwe ibitero n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ifatanyije na FDLR ndetse na Nyatura. Mu butumwa Maj. Ngoma yanyujije kuri paji ye ya Twitter, yavuze ko batewe ariko bakirwanaho. […]
Nyuma ya Blinken izindi ntumwa zâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika zitegerejwe mu Rwanda

Nyuma yâuruzinduko rwa minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, mu Rwanda, itsinda ryâabagize inteko ishinga amategeko ya Amerika kuri ubu riri mu gihugu cya Kenya naryo ritegerejwe mu Rwanda. Iri tsinda ryâabagize inteko ishinga amategeko ya Amerika ryageze muri Kenya mu minsi ishize rigiye kubonana na Perezida watowe, Willam Ruto […]
U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi zisaga 100 zivuye muri Libya
U Rwanda kuwa 18 Kanama rwakiriye impunzi 103 zo mu cyiciro cya 10 cy’abavuye muri Libya. Muri izi mpunzi harimo: Abanya-Eritrea 68, Abanya-Sudan 33, umwe wo muri Sudan y’Epfo n’umwe wo muri Ethiopia, nk’uko bitangazwa na minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi. Aba ni ababa baheze muri Libya mu rugendo rwabo rwo kwerekeza i Burayi gushakisha imibereho […]
Kiyovu Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurusiya
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi izifashisha mu mwaka utaha w’imikino, barimo rutahizamu Vladislav Kormishin ukomoka mu gihugu cy’u Burusiya. Uyu rutahizamu w’imyaka 27 y’amavuko usanzwe akina nka numĂ©ro 9, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira iyi kipe yo ku Mumena. Kormishin yari asanzwe akinira FC Peresvet Podolsk yo mu cyiciro cya […]
Byari kuba byiza ku isura ye iyo afunga umunwa â Mushiki wa Kim Jong un avuga kuri Perezida wa Koreya yâEpfo
Kim Yo Jong , mushiki ukomeye wâumuyobozi wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un, yanze yivuye inyuma icyifuzo cya Koreya yâEpfo cyo gufasha kuzamura ubukungu bwâiki gihugu ariko nacyo kikemera kureka intwaro za kirimbuzi. Ibyatangajwe nâuyu mushiki wa Kim jong un, bibaye inshuro ya mbere umuyobozi mukuru muri Koreya ya Ruguru agize icyo avuga ku […]
Huye: Urukiko rwashyikirijwe dosiye yâumugabo ukekwaho kwica umwana amuziza se wabo
Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 17 Kanama 2022, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umusore w’imyaka 34 ukekwaho kwica umwana wâimyaka 9 amunize. Ubushijacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko iki cyaha cyakozwe ku wa 02 Kanama 2022, mu gihe cya saa moya zâijoro, mu Mudugudu wa […]
U Bufaransa: Ubutabera bwatangiye gufatira imitungo bivugwa ko ari iyâumuhungu wa Perezida Sassou Nguesso
Umuhungu wa perezida wa Congo-Brazzaville arakekwaho nâubutabera bw’u Bufaransa kuba yaranyereje miliyoni 19 z’amayero mu Bufaransa nkâuko byatangajwe nâurubuga Mediapart ruvuga ko rwabonye icyemezo cyo gufatira imitungo ye itimukanwa, cyo ku ya 20 Kamena, gisobanura imyaka myinshi yâiperereza ku mibereho ya Denis Christel Sassou Nguesso mu Bufaransa. Nkâuko Mediapart ibitangaza, ubutabera bwâu Bufaransa bwatangiye gukurikirana […]
Minisitiri Patel yateye utwatsi inyandiko za Leta zivuga ko mu Rwanda abantu bicwa bakanatotezwa
Umunyamabanga muri guverinoma yâu Bwongereza (Minisitiri) ushinzwe umutekano wâimbere, Priti Patel, yateye utwatsi inyandiko zo muri Leta zivuga ko mu Rwanda abantu bicwa bakanatotezwa, zifashishijwe mu mugambi wo kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira. Mu rukiko rwo mu Bwongereza tariki ya 17 Kanama 2022, hagaragajwe inyandiko zaturutse mu biro bishinzwe ububanyi nâamahanga, umuryango Commonwealth nâiterambere, FCDO, […]
Etincelles FC yasimbutse mpaga yashoboraga guterwa na AS Kigali
Ikipe ya Etincelles FC ivugwamo ibibazo bikomeye by’amikoro, yabonye amafaranga y’itike yo kuyijyana i Kigali aho igomba guhurira na AS Kigali yashoboraga kuyitera mpaga. Iyi kipe y’umutoza Bizumuremyi Radjab irasura AS Kigali ya Cassa Mbungo AndrĂ©, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona ubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ku munsi w’ejo ni bwo […]
AntĂłnio Guterres avuga ko kwangiriza uruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Zaporizhzhia ari ukwiyahura
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) AntĂłnio Guterres yavuze ko “ahangayikishijwe bikomeye” n’imirwano hafi y’uruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Zaporizhzhia mu majyepfo ya Ukraine. Yabivugiye mu nama hamwe na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky na Perezida wa Turukiya Recep Tayyip Erdogan mu mujyi wa Lviv mu burengerazuba bwa Ukraine. Guterres yaburiye ati: “Kwangiza uko ari ko kose […]
Polisi yahaye ababyeyi umukoro wo kurinda abana babo ‘kwambara ubusa’ no ‘gukora ibiterasoni’ mu ruhame
Polisi y’Igihugu yasabye ababyeyi kwigisha abana babo no kubarinda kwambara ubusa, gukora ibiterasoni mu ruhame no kubaha inzoga batarageza ku myaka y’ubukure, kuko biri mu bigize icyaha. Ni mu butumwa Polisi yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter. Iti: “Rwanda Police iributsa abaturarwanda ko umuntu wese wambara ubusa, ukora ibiterasoni mu ruhame ndetse n’uha inzoga umwana […]