Kigali: Umucamanza yikuye mu rubanza kuko batari bamwizeyeho ubutabera

ibaruwa_y_umucamanza_ruth_yo_kwivana_mu_rubanza.jpg

Perezida w’inteko y’abacamanza yikuye mu rubanza nkuko yari yabisabwe mu iburanisha ry’ibanze ryabereye mu Rukiko Rukuru rukorera i Nyamirambo ryabaye tariki ya 26 Nzeri 2022, ubwo yari abisabwe n’abunganira Me MHAYIMANA Isaie bari bamusabye kwikura mu rubanza kuko batamwizeyeho ubutabera mu rubanza baburana n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda. Abo ku ruhande rwa Me MHAYIMANA baburanaga n’Urugaga […]

Batatu bari abayobozi muri RURA birukanwe ku mirimo

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yirukanye ku mirimo abayobozi batatu bakoraga mu rwego Ngenzuramikorere (RURA). Batatu birukanwe nk’uko itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe barimo Eng. Muvunyi DĂ©o wari Umuyobozi Mukuru w’agateganyo, Pearl Uwera wari Umuyobozi wungirije w’uru rwego ushinzwe imari na Fabian Rwabizi wari Umuyobozi ushinzwe abakozi n’ubutegetsi. Minisitiri w’Intebe yavuze ko aba bayobozi […]

Ibiciro byo mu cyaro byazamutse ku kigero cya 28.5%-NISR

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu byaro byiyongereyeho 28.5% ugereranyije na Nzeri 2021 mu gihe muri Kanama 2022 byari byiyongereyeho 23.6%. Iki kigo kivuga ko bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera mu cyaro muri Nzeri, ari ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 44,8% n’ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi […]

Burundi: Abegereye umuryango wa Bunyoni bakozwemo umukwabu utunguranye

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 9 Ukwakira, igipolisi cy’u Burundi cyazindutse gisaka imiryango imwe n’imwe yo mu gace ka Kajiji, muri Zone ya Kanyosha, mu Mujyi wa Bujumbura, aho abagize imiryango yasatswe bemeza ko iri saka ryari rigendereye abegereye umuryango wa Alain Guillaume Bunyoni, wahoze ari minisitiri w’intebe n’umuryango w’umugore we, Hyacinthe Bunyoni . Bivugwa […]

Rusizi: Ingwate ziracyari ingorabahizi ku kwizahura mu bukungu biciye mu bigo by’imari

Mu gihe ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko, ku bufatanye n’urugaga rw’abikorera (PSF), abafatanyabikorwa bako n’izindi nzego bireba, bukomeje gushakisha icyazahura imwe mu mishinga y’abaturage yagizweho ingaruka na COVID-19, yahamaze igihe kirekire ikazahaza bikomeye ubukungu bw’abacungiraga ku bushobozi buke, bamwe mu bakora imishinga iciriritse baravuga ko bakwiye koroherezwa ku ngwate ngo babashe kwizahura. Iyo uganiriye […]

Kagame mobilise 800 millions de dollars pour l’Ă©lectrification rurale du Zimbabwe

Le prĂ©sident zimbabwĂ©en, Emmerson Mnangagwa, a rĂ©vĂ©lĂ© que le prĂ©sident Paul Kagame avait aidĂ© le Zimbabwe Ă  obtenir un financement de 800 millions de dollars pour son programme d’Ă©lectrification rurale . Le programme vise Ă  transformer les moyens de subsistance de la population rurale de ce pays d’Afrique australe. Mnangagwa a dĂ©clarĂ© que Kagame assistera […]

PM Ngirente in Estonia

Rwandan Prime Minister, Dr Edouard Ngirente is in Estonia on behalf of President Kagame. Dr Ngirente has attended the Tallin Digital Summit in Estonia. This year’s Summit focus on delivering trusted connectivity through trusted partnership. TDS has evolved into an annual digital flagship event, bringing the newest in cutting-edge human-centered digital policy and offering a […]

Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda

Hadutse intugunda muri Kenya cyane ku mbuga mkoranyambaga nyuma y’aho hari amashusho yakwiriye henshi yerekana umugore wo muri icyo gihugu arimo konsa ibibwana by’imbwa avuga ko ari mu gihugu cya Arabia Saoudite. BWIZA ntiyabashije kugenzura umwimerere w’ayo mashusho bamwe bemeza ko ari aya nyayo. Ihuriro ry’abakozi n’ubucuruzi muri Kenya Central Organisation of Trade Unions (COTU) […]

Perezida William Ruto yacecekesheje umusemuzi wa Perezidansi ya Tanzania

Perezida William Ruto yacecekesheje umusemuzi wa Perezidansi ya Tanzania, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru yahuriyemo na mugenzi we, Samia Suluhu . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ukwakira, Ruto watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania kuri iki Cyumweru, nibwo yacecekesheje umusemuzi wari utangiye gusemura ijambo rye arivana mu Cyongereza arishyira mu Giswahili atabimenyeshejwe. Ruto […]

Min. w’ Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame muri Estonia

20221010_130300.jpg

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2022, yahagarariye Perezida Kagame Paul mu nama iri kubera muri Estonia. Iyi nama yiga ku ikoranabuhanga yiswe Tallin Digital Summit. Muri uyu mwaka, ibiganiro bizibanda ku gushyiraho ihuzanzira ryizewe mu buryo bw’imikoranire ishingiye ku kwizerana.

Putin yateguje Ukraine ibindi bitero nyuma y’ibisasu byarashwe mu bice bitandukanye

Aha ni mu karere ka Zaporizhia harashwe n'ingabo z'u Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ingabo za Leta zagabye ibitero byo mu ntera ndende ku bikorwa by’ingenzi bya Ukraine mu rwego rwo kwihorera ku cyagabwe ku kiraro cyo muri Crimea tariki ya 8 Ukwakira 2022. Uyu Mukuru w’Igihugu mu itangazo yashyize hanze mu kanya gashize nyuma y’ibitero bitandukanye byagabwe mu bice bitandukanye bya […]

U Bwongereza: Hategerejwe urundi rubanza ku kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda

Urubanza rwa kabiri rwamagana gahunda ya minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ruzaburanishwa mu rukiko rukuru muri iki cyumweru. Gusuzuma iki kibazo, byazanywe n’umuryango utabara imbabare Asylum Aid, bije nyuma y’ukwezi humvishwe ikindi kirego gitandukanye cyarwanyaga isesengura rya minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza ryaagaragaje u Rwanda nk’igihugu gitekanye. […]

Muhoozi Kainerugaba yambitswe ipeti riruta ayandi mu gisirikare cya Uganda (Amafoto)

20221010_113541.jpg

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa Mbere yambitswe ipeti rya General (Full) riruta ayandi mu gisirikare cya Uganda. Ni mu muhango wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo za Uganda kiri mu kigo cya gisirikare cya Bombo, ukaba wayobowe na se wabo, Gen Salim Saleh wamwambitse inyenyeri ya kane ari kumwe […]

Mushikiwabo ahangayikishijwe n’ibikomeje kubera mu gihugu cya Haiti

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe n’imiterere y’ibibazo by’ubutabazi n’umutekano muri Haiti kandi aramagana byimazeyo ibikorwa by’ubusahuzi n’imyigaragambyo by’urugomo, byagaragaye mu mezi menshi mu gihugu cyose, mu gihe imibereho y’abaturage ikomeza kuba mibi mu buryo buteye impungenge . Nk’uko yi nkuru dukesha Icihaiti.com ivuga, Mushikiwabo yagize ati “Ndashaka kwerekana ubufatanye bwanjye […]

Perezida Ndayishimiye abona igihe kigeze ngo ibihugu bya EAC byunge ubumwe

Perezida Ndayishimiye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 Uganda imaze ibonye ubwigenge

Perezida wa Repubulika y’u Burundi usanzwe ari n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye abona igihe kigeze ngo ibihugu biwugize byunge ubumwe. Ni ubutumwa bwaranze ijambo yavugiye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 Uganda imaze ibonye ubwigenge, byabereye ku kibuga cya Kololo kuri uyu wa 9 Ukwakira 2022. Yagize ati: “Icyifuzo cyanjye cyiza […]

Rwanda FDA probing medecines found unsafe by WHO

Rwanda Food and Drug Authority (RFDA) have investigated and found that the four paediatric medicines that were recently found unsafe by the World Health Organisation (WHO) in The Gambia have never entered the Rwandan market. Earlier this month, the WHO issued an alert that Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup […]

Ukraine yibasiwe n’ibitero byinshi bya missile, benshi bapfuye

Umujyi wa Kiev usanzwe ari umurwa mukuru wa Ukraine ndetse n’indi mijyi itandukanye y’iki gihugu, yibasiwe n’ibitero byinshi bya za missile mu Gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Ibitangazamakuru mpuzamahanga biravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere i Kiev humvikanye uguturika gukomeye, nyuma y’igihe uyu mujyi utibasirwa n’ibitero ibyo aribyo byose. Kugeza ubu […]

Ibitaro bya CARAES-Ndera bihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’abarwaye indwara yo kwiheba (depression)

Ibitaro bya CARAES-Ndera byita ku barwayi bo mu mutwe bivuga ko byanditse umubare munini w’abantu bafite ibibazo bijyanye no kwiheba (depression)byatumye indwara igaragara, ku nshuro ya mbere, muri eshanu za mbere zo mu mutwe . Ibitaro bivuga ko kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka, byakiriye abarwayi 7.817 barwaye kwiheba ugereranije na 1.743 banditswe umwaka ushize. Umubare […]

Rwanda FDA yakoze iperereza ku miti 4 y’abana itujuje ubuziranenge yagaragaye muri Gambia

Abayobozi mu kigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura biribwa n’imiti (Rwanda FDA) bakoze iperereza basanga imiti ine y’abana, OMS iherutse gusanga idatekanye muri Gambia, itarigeze yinjira ku isoko ry’u Rwanda . Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ishami ry’Umuryango w’Abibumye ryita ku buzima (OMS) ryatanze integuza ivuga ko umuti unyuzwa mu kanwa wa Promethazine, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff […]

LUCHA iri kubarira Leta ya RDC iminsi imaze yambuwe Bunagana

Umuryango LUCHA uharanira inyungu z’Abanyekongo uri kubarira ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) iminsi bumaze butarakora ibishoboka ko bwisubize umujyi wa Bunagana umaze amezi atatu arengaho iminsi uri mu maboko y’umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu bisa no gushyira igitutu kuri Leta ya RDC, uyu muryango buri munsi uri gukora ubukangurambaga bwo kuyibutsa […]

Cristiano Ronaldo yashyizeho umuhigo utarakorwa n’undi mukinnyi ku Isi

Rutahizamu Cristiano Ronaldo, yaraye ashyizeho umuhigo wo kuba umukinnyi wa mbere ku Isi ushoboye gutsinda ibitego 700 ariko ku ruhando rwa Club. Uyu munya-Portugal yabigezeho nyuma yo gufasha Manchester United asanzwe akinira gutsinda Everton; mu mukino w’umunsi wa cyenda wa Shampiyona y’Abongereza. Cristiano yatsinze igitego cya kabiri ku munota wa 44 w’umukino; ku mupira yari […]

U Burusiya bwiyemeje kwivugana abo bwita abaterabwoba baturikije ikiraro kibuhuza na Crimea

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yashinje Ukraine kuba inyuma y’iturika ry’ikiraro cya Kerch, itegura “igikorwa cy’iterabwoba” cyangije igice cy’ikiraro gihuza u Burusiya n’intara bwigaruriye ya Crimea . Ikiraro, gifite agaciro gakomeye n’ikitegererezo ku Burusiya, cyangijwe ku wa Gatandatu n’ibyo Moscou yavuze ko ari ikamyo yari itezemo igisasu. Urujya n’uruza kuri iki kiraro cya kilometero 19 […]

Maj. Willy Ngoma wa M23 yagaragaye aragiye inka mu gace bambuye FARDC

20221009_211041.jpg

Umuvugizi w’Ishami rya gisirikare rya M23, Maj. Willy Ngoma yagaragaye aragiye inka mu gace bambuye ingabo za DR Congo, FARDC, atatangaje, avuga ko aho baherereye ari amahoro masa. Mu butumwa buherekejwe n’ifoto, Maj Ngoma yashyize hanze kuri Twitter mu ijoro ryo kuwa 9 Ukwakira 2022, yavuze ko bo nta kibazo bafite. Mu myenda atamenyereweho n’inkweto […]

Prince Kid wasabiwe imyaka 16, ifungurwa ry’abanyamakuru 3 n’impinduka zikomeye muri FARDC: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 3 Ukwakira 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye ku butabera, umutekano na politiki. Harimo ko: Prince Kid yasabiwe gufungwa imyaka 16 Ubushinjacyaha tariki ya 5 Ukwakira bwasabiye Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda imyaka 16 y’igifungo. Ni ubusabe bwatangiwe mu iburanisha ryabereye mu muhezo mu rukiko […]