Kisangani: Abantu 6 bishwe n’inkuba yakubitiye 13 mu isoko

I Kisangani, abantu batandatu bahasize ubuzima muri cumi na batatu bakubiswe n’inkuba muri komini ya Mangobo. Ibintu bibabaje byabereye ku isoko rya komini i Balese nimugoroba kuri uyu wa Gatandatu ushize, mu gihe cy’imvura idasanzwe nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Umuyobozi w’akarere ka Mangobo, Constant Bolamba Saile, yasobanuye uko aya makuba yabaye ndetse […]
ICC yatangije iperereza kuri Hongria yanze gufata Benjamin Netanyahu

Minisitiri w’Intebe wa Hongria, Viktor Orbán, yatangaje kuri radio yaho ko igihugu cye kizava mu rukiko mpuzamahanga, avuga ko ICC ‘itakiri urukiko rutabogamye, atari urukiko, ahubwo ko ari urukiko rwa politiki.’ Ni nyuma y’uko abacamanza bo mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha batangaje ko bifuza ko Hongria isobanura impamvu yananiwe gufata Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, […]
Baradutoteza kandi bakangiza nkana isura y’ibikorwa byacu – Umugore wa Kabila

Nk’uko byatangajwe n’umujyanama mu itumanaho wa Marie Olive Lembe Kabila, umugore w’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, ngo abashinzwe umutekano bamenyesheje ushinzwe gucunga Parike ya Kingakati yabo izwi na none Parc de la vallee de la Nsele Valley isaka ryateganijwe ku wa kane, itariki ya 17 Mata. Ku mugore wa perezida w’icyubahiro, iki gikorwa cy’inzego z’umutekano […]
U Burusiya bwaburiye u Budage bushaka guha Ukraine missiles za Taurus

Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yahaye umuburo u Budage ku bijyanye n’uko bushobora kohereza misile ziraswa mu ntera ndende ziswe Taurus muri Ukraine. Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yatangaje ko u Burusiya buzafata ibitero bya missiles za Taurus ku “bikorwa remezo by’ubwikorezi” nk’uruhare rw’Abadage mu ntambara yo […]
Ukraine yasinyanye na Amerika amasezerano y’ubwumvikane ku mabuye y’agaciro

Guverinoma ya Ukraine yatangaje ko yashyize umukono ku masezerano y’amabuye y’agaciro hagati y’iki gihugu cyugarijwe n’intambara na Amerika. Minisitiri w’ubukungu Yulia Svyrydenko yavuze ko amasezerano y’ubwumvikane aharura inzira y’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu. Yavuze ko amasezerano ya nyuma azaba akubiyemo n’ikigega cy’ishoramari cyo kongera kubaka Ukraine nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Abayobozi ba Amerika bagaragaje […]
Abashinzwe ibibazo bya Gisirikare muri za ambasade baganiriye na RDF

Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Mata, abashinzwe ibibazo bya Gisirikare (Defence Attachés) muri za ambasade bemerewe gukorera mu Rwanda bakiriwe ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo ku Kimihurura baganirizwa ku bibazo by’umutekano. Baganirijwe ku bijyanye n’umutekano w’imbere mu gihugu no hanze yacyo ndetse no ku bikorwa bya RDF mu mahanga. Mu ijambo rye ry’ikaze, […]
Fizi: Umunyamakuru w’Umurundikazi yatawe muri yombi azira Red-Tabara

Ku wa Kabiri, itariki ya 16 Mata, ahagana mu ma saa munani, umunyamakuru w’Umurundikazi, Gérardine Ingabire, w’impunzi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akaba n’umukozi wa Radiyo y’abaturage, Amani FM, yafatiwe muri Malindi n’abakozi ba komisiyo y’igihugu ishinzwe impunzi (CNR). Ubu afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Mulongwe muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu […]
Taliki 18 Mata 1994: Perefe Kayishema yiyiciye Umututsi wa Mbere muri Stade Gatwaro atanga urugero

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 18 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Leta y’abicanyi yakomeje gukangurira abaturage gukora Jenoside Tariki ya 18/4/1994, abagize Leta y’abicanyi barimo Édouard Karemera, […]
Minisiteri y’Abakozi yatangaje ikiruhuko cy’uwa Gatanu Mutagatifu

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Mata 2025 ni umunsi w’ikiruhuko, ubwo hazaba hizihizwa uwa Gatanu Mutagatifu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu itangazo ryayo. Itangazo rya Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo Kandi rikomeza rivuga ko no kuwa Mbere, itariki 21 Mata 2025 uzaba ari umunsi w’ikiruhuko wo kwizihiza uwa Mbere wa […]
Nyarugenge: Akurikiranweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore w’imyaka 38, utuye mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge wakomerekeje umugabo we w’imyaka 40 amusutseho isombe ishushye. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku wa 31 Werurwe 2025 ubwo yatetse isombe, imaze kubira ahengera umugabo babanaga asinziriye ayimumenaho, ashya mu mugongo no mu […]
Umwe mu bajenerali bakurikiranweho guhunga M23 yapfuye

General Major Nyitetessya Nzambe Dieu Gentil Alengbia, wari Komanda w’Akarere ka 34 ka Gisirikare ka FARDC, yapfuye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025 apfiriye muri Camp Tshatshi, i Kinshasa. Bivugwa ko yaba yishwe n’indwara nyuma yo kwimurirwa mu bitaro bitinze, nk’uko umwunganizi we, Maître Tshitsha Bokolombe, yabitangarije Actu30.cd. Yari afunzwe kimwe n’abandi […]
Aba FDLR bagomba gutaha mu Rwanda – Minisitiri Kayikwamba

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ko FDLR idafite umugambi wo kuguma mu burasirazuba bw’igihugu kandi ko bagomba gusubira mu Rwanda. “Ni muri urwo rwego twemeza ko FDLR idafite umugambi wo kuguma muri Repubulika ya Demokarasi ya […]
Uganda: Yemeye ko yashatse kugaba igitero kuri Museveni

Umugabo waciye mu rihumye abashinzwe kurinda Perezida Museveni ashaka kumugabaho igitero ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu matora yo muri Kawempe y’Amajyaruguru yemeye icyaha. Yoramu Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yashinjwe ibyaha bitatu byo gutera, kutumvira amategeko , no gushaka gutera ubwoba, kubabaza, cyangwa kugirira nabi Perezida. Ibyo byaha ashinjwa byakorewe ku itariki ya 11 […]
Ibitero bya Israel kuri Gaza bizahagarara Hamas nirekura imbohe zose – USA

Ibitero bya Israel kuri Gaza bizarangira niba Hamas irekuye imbohe zose zisigaye, nk’uko intumwa nkuru ya Perezida wa Amerika, Donald Trump yabitangaje mu kiganiro na Al Jazeera. Intumwa idasanzwe ya Amerika ishinzwe gukurikirana isubizwa ry’imbohe, Adam Boehler yagize ati: “Nshobora kukubwira ko imirwano yahita irangira, ako kanya baramutse barekuwe.” “Umunsi izo mbohe zarekuwe, imirwano izarangira.” […]
Munyenyezi ntiyigaga muri kaminuza, gusa yitwaraga nk’uwiga muri kaminuza – Umushinjacyaha

Kuri uyu wa Gatatu gushize i Nyanza mu rugereko rw’urukiko rukuru rukurikirana imanza z’ibyaha byambukirana imipaka, umushinjacyaha yemeje ko Beatrice Munyenyezi, uri kuburana mu bujurire ku ruhare yahamijwe muri jenoside, atigeze yiga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda. Munyenyezi yashinjwe ibyaha bya jenoside no gufata abagore ku ngufu akatirwa igihano cy’igifungo cya burundu ari cyo yajuririye. […]
Taliki 17 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 17 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 17 Mata mu 1994. 1. Leta y’abicanyi yashyizeho ba perefe bashya bagombaga kwihutisha Jenoside muri za Perefegitura Tariki ya 17/4/1994, Leta y’abicanyi yakoze […]
Abatwara ibinyabiziga basabwe kwitwararika muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iributsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya 2 cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50 […]
Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ikaze yahuje M23 na Wazalendo mu gace ka Kabamba

Kuri uyu wa Gatatu mu gitondo, imirwano yubuye hagati y’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo n’inyeshyamba za AFC / M23 mu gace ka Kabamba, mu majyaruguru ya Irhambi-Katana, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiriye ahitwa Irambo, yakwirakwiriye muri centre y’ubucuruzi cya Kabamba, iherereye ku mupaka uhuza teritwari za […]
Fizi: Byibuze abasirikare 17 b’u Burundi baguye mu mirwano yabahuje na Twirwaneho

Nibura abasirikare 17 b’Abarundi bafatanya na FARDC biciwe mu mirwano ikaze yabahuje n’abarwanyi ba Twirwaneho, muri Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Congo. Ingabo z’u Burundi, zikorera mu burasirazuba bwa DRC, zirimo kwishyura ikiguzi kiri hejuru muri aya makimbirane yo mu karere karimo ibibazo bikomeye. Imirwano ikaze yabaye ku wa […]
Afurika y’Epfo: Umupasiteri w’Umunyamerika washimutiwe mu rusengero yabohojwe mu gikorwa cyiciwemo batatu

Igipolisi cyatangaje ko umupasiteri w’Umunyamerika washimuswe n’abantu bitwaje imbunda bamusanze mu rusengero muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gishize yarokowe nyuma yo kurasana guhambaye kwaguyemo abantu batatu. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri, Josh Sullivan bamusanze nta nkomyi mu mujyi wa Gqeberha muri Cape y’Iburasirazuba, agace uyu mugabo w’imyaka 45 yashimutiwemo kuva ku wa Kane w’icyumweru […]
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Senegal

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye. Ubutumwa bwatanzwe na Yassine Fall, Minisitiri wa Senegal ushinzwe ubufatanye nyafurika n’ububanyi n’amahanga. Ibi byaje bikurikira ikiganiro kuri telefone hagati y’abakuru b’ibihugu byombi ku itariki ya 27 Werurwe 2025, aho […]
Kivu y’Amajyepfo: Inyeshyamba za M23 zafashe uduce 4 twari twigaruriwe na Wazalendo

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, inyeshyamba za M23 zongeye kwigarurira uduce tune two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba Wazalendo, bafatanyije n’Ingabo za Congo (FARDC). Biravugwa ko iyi mirwano yaranzwe no gukoresha intwaro ziremereye (ibisasu bya mortier) n’intwaro zoroheje, nk’uko amakuru ahaturuka abivuga, zakomeje […]
RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato bwafashwe n’inkongi y’umuriro

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 15 Mata 2025, abantu benshi barapfuye, nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ubwato bunini bwitwa “HB Kokolo” ku Ruzi rwa Congo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko aya makuba yabaye ku mugoroba hafi y’umujyi wa Nganda Kinshasa, mu gihe ubwato bwakoraga urugendo hagati y’Icyambu cya Bolenge (Intara ya Equateur) […]
Tariki 16 Mata 1994: Abatutsi bagera ku 5000 bari bahungiye muri Kiliziya ya Ntarama barishwe

Muri iki gihe Abanyarwanda bakomeje iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye inzirakarengane zisaga miliyoni reka turebera hamwe bimwe mu byaranze tariki ya 16 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Bimwe mu bitero byahitanye imbaga y’abatutsi ku itariki ya 16 Mata 1994 mu gihe cya jenocide yakorewe abatutsi […]
Dore impamvu RD Congo ikennye nubwo ikungahaye ku mutungo kamere

Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ni kimwe mu bihugu bikize cyane ku Isi mu bijyanye n’umutungo kamere, cyane cyane amabuye y’agaciro nka cobalt, umuringa, diyama, zahabu, coltan, na tin. Nyamara, ni kimwe mu bihugu bikennye cyane mu bijyanye n’iterambere ry’abantu, ibikorwa remezo, n’imibereho. Uyu “muvumo w’umutungo” ni ikibazo kitoroshye gifite imizi mu mateka, politiki, […]
Gitega: Umupolisi yishe imfungwa yageragezaga gucika

Ku Cyumweru, itariki ya 13 Mata, imfungwa yararashwe irapfa mu gace ka Nyabiharage, mu Mujyi wa Gitega (umurwa mukuru wa politiki w’u Burundi) irashwe n’umupolisi ubwo yashakaga gutoroka. Uwarashwe, Jean Marie Hakizimana, ufite imyaka 29, yari afungiwe muri kasho ya polisi yo mu Ntara ya Gitega. Nk’uko umutangabuhamya wavuganye na SOS Médias Burundi abitangaza, ngo […]
RDC: Undi mutwe wa Wazalendo witwa UFRC wifatanyije na AFC/M23

Joel Namunene Muganguzi, umuyobozi wa politiki w’Ubumwe bw’ingabo ziharanira kongera Kubaka Congo (UFRC), umutwe wo kwirwanaho wabarizwaga muri VDP Wazalendo mu misozi ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo), yatangaje ku mugaragaro ko biyunze kuri (AFC / M23) iyobowe na Corneille Nangaa. Joel Namunene aganira n’abanyamakuru i Goma muri iyi weekend ishize, yatangaje ko ubu UFRC iri mu […]
Ibyo u Rwanda rwohereza muri UAE byinjije miliyari 1,55$ mu 2024 avuye kuri miliyoni 951.2$

Raporo y’ikigo gishinzwe Iterambere ry’u Rwanda (RDB) mu 2024, yerekana ko ibyo u Rwanda rwohereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) byiyongereyeho 63.9%, biva kuri miliyoni zisaga 951.2 z’amadolari mu 2023 bigera kuri miliyari 1.55 z’amadorari (hafi tiliyari 2 n’ibihumbi magana abiri z’Amanyarwanda). Raporo yerekana ko iterambere rikomeye mu kugurisha muri UAE ryagize uruhare runini […]
Abapolisi barinda Minisitiri w’Intebe Suminwa barashinjwa kwica umupolisi

Ku wa Mbere, itariki ya 14 Mata 2025, Urukiko rwa Gisirikare rwa Kinshasa-Gombe, rwanze icyifuzo cyo kudatanga hakiri kare ibimenyetso by’ubushinjacyaha ku banyamategeko bunganira abapolisi barindwi barinda Minisitiri w’Intebe Judith Suminwa, bakurikiranweho kwica umupolisi wo mu muhanda, Fiston Kabeya. Umushinjacyaha avuga ko uyu yapfuye “biturutse ku nkoni yakubiswe”. Umushinjacyaha wa gisirikare yagize ati: “Iki ni […]
Tariki 15 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 15 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Abatutsi biciwe kuri Cour d’appel ya Ruhengeri, Musanze Inyubako y’Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Musanze, yahoze […]
FARDC yahakanye kugira uruhare mu bitero biherutse kugabwa i Goma

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku Cyumweru, itariki ya 13 Mata, Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Sylvain Ekenge, yahakanye ibirego by’igitero cyagabwe mu mujyi wa Goma ku nyeshyamba za AFC / M23. Inyeshyamba za AFC/M23 zimaze amezi atatu zigaruriye Umujyi wa Goma, zivuga ko ingabo za leta n’abafatanyabikorwa bazo zateye uyu […]
Bangladesh yasohoye impapuro zo guta muri yombi umudepitekazi wo mu Bwongereza

Urukiko rwo muri Bangladesh rurasaba ifatwa rya Tulip Siddiq, umwisengeneza wa Sheikh Hasina wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh wirukanwe ku butegetsi. Siddiq, mu kazi yakoraga mbere wari ushinzwe kurwanya ruswa ku masoko y’imari, arashinjwa icyaha cya ruswa n’ubundi. Uyu mudepitekazi w’u Bwongereza ufitanye isano n’uwari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh, Sheikh Hasina, yahakanye ibyo ashinjwa […]
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’inshuti Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Inzego z’umutekano z’u Rwanda muri Mozambique hamwe n’inzego z’umutekano za Mozambique n’inshuti z’u Rwanda bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Imihango yo kwibuka yabereye mu mujyi wa Mocimboa Da Praia. Umuyobozi w’Akarere ka Mocimboa da Praia, Sérgio Cipriano, wavuze mu izina rya Guverinoma ya Mozambique yavuze ko ibyabereye mu […]
Tanzania: Ishyaka rya CHADEMA ryahejwe mu matora rusange ataha

Ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Chadema, ryakuwe mu matora rusange ataha nyuma yo kwanga gushyira umukono ku mabwiriza agenga imyitwarire myiza mu gihe cy’amatora, ibona ko binyuranyije n’amategeko. Muri 2020 na 2024, benshi mu bakandida ba CHADEMA nabwo bavanwe mu bemerewe kwitabira amatora. Ariko kuri iyi nshuro, ishyaka ryose ryashyizwe ku ruhande, nyuma […]
Kavumu: Sosiyete sivile ivuga ko hapfuye abantu 7 mu mirwano hagati ya M23 na Wazalendo

Umubare w’agateganyo w’abapfiriye mu mirwano yo ku Kibuga cy’indege cya Kavumu ukurikije amakuru atangwa na sosiyete sivile yaho ni 7 bapfuye, barimo 5 b’abaturage ndetse n’abantu 13 bakomeretse bavurirwa mu bigo nderabuzima byaho. Ni mu gihe andi makuru avuga ko haba hishwe Abawazalendo basaga 300. Umujyi wa Kavumu n’ikibuga cy’indege kuri ubu biragenzurwa n’inyeshyamba za […]
Tariki 14 Mata 1994: Abatutsi 25,000 bahungiye kuri Paruwasi Gatulika ya Kibeho barishwe

Tariki ya 14 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Iyicwa ry’abatutsi ku Muhima/Nyarugenge Tariki ya 14/04/1994 mu gitondo abantu b’igice kimwe cya Muhima munsi y’ahahoze gereza ya Nyarugenge […]
MONUSCO irahakana amakuru avuga ko ibirindiro byayo biri gutegurirwamo ibitero kuri Goma

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 13 Mata, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwahakanye, ibirego bisa nk’ibikomeye bikubiye mu “cyiswe integuza” kuri ubu burimo gukwirakwizwa, buvuga ko MONUSCO iri mu myiteguro y’igitero gikomeye ku Mujyi wa Goma bivugwa ko gishobora guturuka muri bimwe mu birindiro byayo, nk’ibyo ku Kibuga cy’indege cya […]
AU yemeje Perezida Gnassingbe nk’umuhuza mushya w’ u Rwanda na RDC

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 12 Mata, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wemeje ku mugaragaro Faure Essozimna Gnassingbé, Perezida wa Repubulika ya Togo, nk’umuhuza mushya mu biganiro byo gukemure amakimbirane akomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Icyemezo cy’Inteko rusange ya AU, cyemejwe ku wa Gatandatu, ngo kigaragaza intambwe […]
Imirwano hagati ya Wazalendo na M23 ku Kibuga cy’indege cya Kavumu

Imijyi ya Kavumu, Katana, na Lwiro muri Teritwari ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yagabweho igitero muri iki gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 13 Mata 2024 n’itsinda ry’abarwanyi ba Wazalendo bakorana na FARDC. Byavugwaga ko ibintu bikomeje kuba urujijo muri kariya gace kandi Ingabo za AFC/M23 zari zitaratabara kandi inyeshyamba za Wazalendo zigaragara […]
Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’ibitaro bya nyuma bigikora muri Gaza

Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’Ibitaro by’Ababatista bya Al-Ahli, ari nabyo bisigaye bikora mu Karere ka Gaza. Ababibonye bavuga ko igitero cyashenye ishami rishinzwe ubuvuzi n’ibikorwa byo kubaga ry’ibitaro nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Video yashyizwe kuri internet yagaragaye yerekana umuriro mwinshi n’umwotsi uzamuka mu bitaro nyuma y’uko misile zikubise inyubako y’amagorofa abiri. […]
Ngoma: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya

Abo bantu 11 bari hagati y’imyaka 14 na 39, bose barakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanyiriza aho yari yagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo. Uwo mwana ababyeyi ,batuye mu Mudugudu w’Amahoro , Akagari ka Karenge , Umurenge wa Kibungo mu ka karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, basanze yishwe ndetse umurambo wageretsweho ibuye . Bikavugwa […]
Wazalendo yigambye igitero cya Goma, FARDC iryumaho

Mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ituze ryongeye kugaruka i Goma ku wa Gatandatu, itariki 12 Mata, nyuma y’ijoro ryabanje ryumvikanyemo urusaku rwinshi rw’amasasu. Ni nyuma y’imirwano yongeye kubura mu ijoro ryo ku itariki ya 11 Mata mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma. Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, washyizweho na AFC / M23, yemeje ko […]
Ituri: Inyeshyamba za ADF zisaba abahinzi amadorari 10 kugirango bajye mu mirima yabo

Mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu mu ntara ya Ituri, inyeshyamba zo mu mutwe w’ingabo ziharanira demokarasi (ADF) zashyizeho jetons zemerera abantu, abenshi muri bo bakaba ari abahinzi, kujya mu mirima yabo nyuma yo kwishyura. Christophe Munyanderu, umuhuzabikorwa wa Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), wabitangaje ku wa […]
Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe abatutsi benshi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 13 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Iyicwa ry’abatutsi muri College Saint Andre I Nyamirambo Mu murenge wa Nyamirambo mu kigo cy’ishuri rya […]
U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugeza ku 125%

U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugera ku 125% mu gihe intambara y’ubucuruzi yatangijwe na Donald Trump ifata intera. Pekin yazamuriwe imisoro kugera ku 145% ku bicuruzwa bimwe na bimwe itumiza muri Amerika mbere y’uko na yo yihorera nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Perezida Xi Jinping arahamagarira Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u […]
Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu

Kuri uyu wa Kane, itariki 10 Mata 2025, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubuhemu cyangwa ubugambanyi, gishobora guhanishwa igihano kiruta ibindi, kubera ibisobanuro yatanze mu cyumweru gishize abashinjacyaha bavuze ko yahamagariye abaturage gutangiza imyivumbagatanyo no guhagarika amatora ateganijwe muri uyu mwaka. Ibirego Lissu, umuyobozi w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi […]
CAR: Guverineri wa Lobaye yitabiriye Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31

Kuri uyu wa Kane itariki ya 10 Mata 2025, Ingabo z’u Rwanda zoherejwe i Mbaiki na Bagandou, hamwe n’abayobozi b’inzego z’ibanze n’inzego z’umutekano bitabiriye Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Ibirori byitabiriwe na Guverineri w’Intara ya Lobaye, Lydie Georgette Gahoro, Umuyobozi wa Mbaiki, Abayobozi ba FACA, aba Polisi na […]
New York: Impanuka ya kajugujugu mu Ruzi rwa Hudson yahitanye 6

Abantu batatu bakuru n’abana batatu bapfuye ubwo kajugujugu yagwaga mu ruzi ruri hagati ya Manhattan na New Jersey. Umuyobozi w’akarere Eric Adams yavuze ko umuryango wa ba mukerarugendo bo muri Espagne wishwe. Abayobozi b’Umujyi wa New York bavuze ko abantu batandatu bapfuye nyuma ya kajugujugu yaguye mu Ruzi rwa Hudson kuri uyu wa Kane, itariki […]
Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu

Ku itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1994, mu Rwanda hari hakomeje Jenoside yakorewe hirya no hino mu gihugu nk’aho kuri Paruwasi ya Hanika hiciwe Abatutsi basaga 15,000, nk’aho Ingabo z’Ababiligi zari muri ETO Kicukiro zisiga abari bazihungiyeho. 1. Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo […]
Gen. Muhoozi yisubiyeho ku gufata Kisangani ariko mu gihe cy’isaha imwe gusa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ukunze gutangaza ibintu bikunze kuvugisha abatari bacye, kuri ubu aremeza ko yisubiye ku cyemezo cyo gufata Umujyi wa Kisangani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Werurwe, nk’uko asanzwe abigenza, Gen. Muhoozi yagize atya ajya ku rubuga nkoranyambaga rwa X (Urwahoze ari […]
Sudani y’Epfo: Amacakubiri mu ishyaka SPLM-IO yakuyeho Dr Riek Machar uyiyobora

Ishyaka rikomeye mu gihugu ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo, SPLM-IO, riri mu bibazo nyuma y’uko abagize itsinda ryitandukanyije n’abandi bakuyeho Visi-Perezida wa mbere, Dr. Riek Machar, wari umuyobozi wabo ubu ufungiwe mu rugo, bamusimbuza undi nk’umuyobozi w’ishyaka, nk’uko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 9 Mata 2025. Stephen Par Kuol yagizwe umuyobozi w’agateganyo mu […]
Ibihugu biteye imbere mu ikoranabuhanga muri Afurika

Muri Afurika, Maroc, Afurika y’Epfo, Nigeria n’u Rwanda ni ibihugu bimaze kuragaragara ko ari ibihugu byateye imbere mu ikoranabuhanga, aho Maroc na Afurika y’Epfo biza ku isonga mu guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga ariko hari n’ibindi biri gutera ikirenge mu cyabyo. Ibihugu biteye imbere mu ikoranabuhanga muri Afurika: Maroc: Ubwami bwa Maroc kugeza ubu […]
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni

Umukangurambaga mukuru w’ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Nyanzi Ssentamu, yasabye umuhungu we akaba n’Umuyobozi w’abanyeshuri muri Kaminuza ya Makerere, James Church Hill Ssentamu, gusaba imbabazi Abagande kubera kwifotozanya na Perezida Yoweri Museveni. Iyi foto yafashwe ku wa Kabiri muri Kaminuza ya Makerere, aho Museveni yari umushyitsi mukuru mu gutangiza icyumweru cy’ubushakashatsi no guhanga […]
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrica zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31

Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Mata, Ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), ku masezerano hagati y’ibihugu byombi hamwe n’Ingabo z’u Rwanda zikorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MINUSCA), Abanyarwanda bahaba n’inshuti z’u Rwanda, bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31. Imihango yo kwibuka yabereye mu birindiro bya Bimbo […]
Sosiyete Alphamin y’Abanyamerika yasubukuye ubucukuzi bw’Itini i Walikale

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 9 Mata, isosiyete y’Abanyamerika yitwa Alphamin, izobereye mu gucukura ubutare bwa etain, yatangaje ko igiye gusubukura ibikorwa ku birombe byayo bya Bisie, biherereye muri Teritwari ya Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iki cyemezo kije nyuma yo kuhava kw’abarwanyi ba M23 / AFC, nkuko byatangajwe […]
Tariki 10 Mata 1994: Abatutsi bari bahungiye muri Kiliziya ya Gahanga bose barishwe harokoka mbarwa

Ku itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko yasohowe n’icyari CNLG iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu […]
Doha: Ibiganiro byari bitegerejwe hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa byasubitswe

Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi agera kuri Reuters avuga. Amakuru yaturutse ku ruhande rwa leta n’urwa AFC/M23 muri iki cyumweru agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, avuga ko ibiganiro byari biteganyijwe kuri […]
Dominikani: Igisenge cy’akabyiniro cyaguye gihitana nibura abantu 98 abandi 160 barakomereka

Ubuyobozi bwavuze ko igisenge cy’akabyiniro kazwi cyane mu murwa mukuru wa Repubulika ya Dominikani cyasenyutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri ushize mu gitaramo cya Merengue cyitabiriwe n’abanyapolitiki, abakinnyi ndetse n’abandi, hapfa nibura abantu 98 abandi 160 barakomereka. Umuyobozi w’ikigo gishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Juan Manuel Méndez, yatangaje ko abakozi barimo gushakisha abashobora kuba barokotse […]
Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani

Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari “guverinoma y’ubucuruzi,” ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu karere akorana n’imitwe nka M23, RSF ndetse no kwivanga mu bibazo bya Sudani y’Epfo. Mu kiganiro cyeruye yagiranye na KTN News mu ijoro ryo ku wa Mbere, […]
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa

Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibyo AFC/M23 isaba ni: -Itangazo rya Felix Tshisekedi ryerekana ubushake bwa politiki bw’ubutegetsi bwe bwo kugirana imishyikirano itaziguye na AFC / M23. -Ivanwaho […]