Muhanga: Arashinjwa gusambanya umwana we bakanabyarana kabiri

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga 1 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo w’imyaka 52 ukekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa bakaza no kubyarana abana babiri umuhungu n’umukobwa. Uregwa utuye mu kagari ka Gihara, umurenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi mu bihe bitandukanye yagiye asambanya umwana we w’umukobwa kuva afite imyaka 14 kugeza ubu afite 22. Ubwo yamusambanyaga yamubwiraga ko […]

Kwanga kuganira na M23 ubwabyo biragaragaza ko hari ikibazo – ECC

Eric senga

“Ni ibisanzwe rwose (kuri Perezida Tshisekedi kuvuga ko atazigera aganira na M23). Ibi biremeza ko turi mu bihe by’amakimbirane n’ibibazo ”, uyu ni Umuvugizi w’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC), avugana na Top Congo FM ku byerekeye itangazo riheruka ry’umukuru w’igihugu wongeye kubishimangira, imbere y’abagize umuryango we wa politiki, ko atavugana na M23, yakunze kwita […]

Cape Town: Inama ya G20 yananiwe kumvikana ku itangazo riyisoza

1x 1

Inama ya ba ministri b’imari n’abakuru ba banki mu bihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi bananiwe kumvikana ku itangazo risoza inama. Incamake y’iri tangazo yanditswe na Afurika y’Epfo yakiriye iyi nama, yashimangiye kurwanya ikumirwa ry’ibicuruzwa bituruka mu bindi bihugu. Iyi ncamake ivuga ko ibi bihugu bishyigikiye ubucuruzi burangwa no kubahiriza amategeko, butavangura, bwemerewe bose, […]

Gasabo: Bakurikiranweho kwica umwana babyaranye bakamuta mu bwiherero

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 3

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, bwakiriye dosiye y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wabyaye umwana akamuniga yarangiza akamuta mu musarane, icyo gikorwa cy’ubunyamaswa akaba yaragifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wamuteye inda.  Amakuru yamenyekanye ku itariki ya 16 Gashyantare 2025 mu Murenge wa Ndera, Akagali ka Kibenga, Umudugudu wa Rugazi.  Abaturage bemeza ko uwo mukobwa yabyaye tariki ya […]

Bukavu: Ibisasu bibiri byaturikiye ahaberaga inama ya AFC/M23

Screenshot 2025 02 27 142808

Ibisasu bibiri byaturikiye ahaberaga inama ya AFC/M23 kuri Place de l’IndĂ©pendance. Corneille Nangaa na Bertrand Bisimwa bari bavuye aho. Nibura abasivili 5 bakomeretse benshi bajyanywe mu bitaro bya Bukavu. Umutwe wa M23 wari watangaje ko bitarenze iminsi ibiri iri imbere uzaba washyizeho Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Byatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille […]

Ni inde wategetse iyicwa rya General Michel Rukunda alias Makanika?

1739019245 removebg preview

Mu gihe benshi bakomeje kwibaza ku rupfu rutunguranye rwa General Michel Rukunda, uzwi ku izina rya Makanika, wishwe mu buryo bubi na FARDC, amakuru atangazwa n’urubuga campaignforpeacedrc.com agararagaza ko ibimenyetso bihari bihurira ku itsinda ryitwa Akagara rya General Pacifique Masunzu, uyobora Zone ya 3 inashinjwe ibikorwa muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko aya makuru abitangaza, iri tsinda […]

Uvira: FDNB yiteguye kubuza M23 kwegera imipaka y’u Burundi

000 33AK98P

Mu burasirazuba bwa DRC, Ingabo z’u Burundi zikomeje koherezwa, nubwo hari ibihuha bivuga ko zavuyeyo. Zoherejwe gushyigikira FARDC kugirango bahagarike AFC / M23, nkuko bitangazwa n’abatangabuhamya benshi. Abatangabuhamya bavuga ko Ingabo z’u Burundi ziri ku Muhanda w’igihugu No 5, cyane cyane kuri axe ya Luvungi-Uvira, ku birometero 10 gusa uvuye ku birindiro bya AFC / […]

Tshisekedi yategetse Guverineri Pelusi kuyoborera Kivu y’Amajyepfo muri Uvira

Nyuma yo guhunga Umujyi wa Bukavu, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo, na Mbere y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 ziwugeramo, guverineri w’iyi ntara, Jean-Jacques Purusi, yakiriwe, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Gashyantare 2025, i Kinshasa, na Perezida wa Repubulika, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo. Nk’uko byatangajwe na Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo nkuko tubikesha Perezidansi ya Repubulika ya […]

Muhanga: Uwashinjwaga kwicisha umugore we ikibando yakatiwe imyaka 25 y’igifungo

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga 1 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomye urubanza ruregwamo umugabo wishe umugore we akoresheje ikibando rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka 25. Isomwa ry’uru rubanza ryabereye mu ruhame imbere y’abaturage aho icyaha cyakorewe mu murenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga. Icyaha uregwa akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 07/12/2024 ubwo yagiranaga amakimbirane n’umugore we nyuma yo gutaha ageze mu […]

Perezida Trump yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere

250226 elon musk cabinet ew 146p 610a30

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gashyantare 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere y’iyi manda ye. Mu byo yibanzeho harimo kugabanya cyane abakozi ba guverinoma yo ku rwego rw’igihugu. Gukoresha inama nyuma y’ukwezi bitewe n’uko Sena igenda yemerera buhoro buhoro Perezida Trump abo ayisaba gukorana nawe […]

Nyagatare: Urubyiruko rwaganirijwe ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa

f5fbf258 b20d 4dbc b545 9624eeb50c3d

Urubyiruko rwiganjemo abangavu n’ababyeyi bateraniye mu Karere ka Nyagatare mu kiganiro bagiranye n’inzego zitandukanye aho bagejejweho ibiganiro byibanda kugukumira no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abangavu. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu taliki 26 Gashyantare 2025 giteguwe n’umuryango Empower Rwanda , aho baganirije urubyiriko ku kwirinda inda zitateguwe mu nsanganyamatsiko igira iti” […]

Muhanga: Akurikiranyweho kwica umugore we

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga 1

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo w’imyaka 56 ukekwaho kwica umugore we w’imyaka 50 babanaga batarasezeranye amukubise isuka mu mutwe.  Nkuko bitangazwa n’Ubushinjacya Bukuru dukesha iyi nkuru, icyaha cyakozwe ku itariki 19 Gashyantare 2025 mu Mudugudu wa Rugazi, akagari ka Ruyenzi, umurenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi. Uregwa, ubwo yarari mu nzira […]

Amashyaka 11 ya politiki akorera mu Rwanda yamaganye ibihano byafatiwe u Rwanda

Amashyaka 11 ya politiki akorera mu Rwanda yamaganye byimazeyo ibihano byafatiwe u Rwanda n’abayobozi barwo kubera ibirego byo kugira uruhare mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, itariki ya 25 Gashyantare 2025, Ihuriro ry’igihugu ngishwanama ry’imitwe ya politiki (NFPO) ryavuze ko ayo mashyaka “yamaganye icyifuzo cy’akarengane […]

Sudani: Maj. Gen. Bahr Ahmed yapfiriye mu mpanuka y’indege ya gisirikare yahitanye abarenga 46

2 1740551110

Indege ya gisirikare ya Sudani yaguye mu gace gatuwe ko mu nkengero z’umurwa mukuru, Khartoum, ihitana abasirikare benshi bakuru ndetse n’abasivili. Nk’uko amakuru aturuka mu gisirikare agera ku Biro Ntaramakuru Reuters abitangaza, ngo iyi ndege yakoze impanuka kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gashyantare 2025, ubwo yahagurukaga ku kibuga cy’indege cya gisirikare cya Wadi Seidna […]

Imirwano hagati y’abaturage ba Kenya na Ethiopia yaguyemo bamwe abandi barabura

Kwegu fishing in the Omo River January 2012 1200x800 1

Kenya yohereje ingabo nyinshi n’abapolisi ku mipaka yayo na Ethiopia nyuma y’igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro, mu cyo abayobozi basobanura nk’ubushyamirane bwambukiranya imipaka. Kipchumba Murkomen, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa Kenya, yatangaje ko guverinoma irimo gufatanya n’abayobozi ba Ethiopia gushakisha abaturage babuze nk’uko inkuru yashyizwe ahagaragara na AFP ivuga. Amakuru ahari kugeza ubu avuga ko abaturage […]

IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria

WhatsApp Image 2025 02 25 at 8.45.49 PM

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare, yitabiriye inama n’umwiherero bihuza ba Ofisiye bakuru ba Polisi muri icyo gihugu. Umuhango wa gufungura ku mugaragaro iyi nama n’umwiherero bibaye ku nshuro ya gatanu  byayobowe na Visi-Perezida wa Repubulika […]

Polisi yafashe abagabo babiri bakurikiranweho kwangiza ibikorwaremezo

Electric

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage kuri iki cyumweru tariki ya 23 Gashyantare, hafashwe abagabo babiri bakurikiranyweho kwangiza ibikorwaremezo rusange mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali no mu Karere ka Ngororero mu Ntara y’Iburengerazuba. Aba bagabo bombi bafite imyaka 43 y’amavuko bafatanywe  ibikoresho by’amashanyarazi birimo; insinga, mubazi, […]

Kirundo: Hashyizweho amasaha yo gutaha kubera kwikanga intambara

IMG 20250225 WA0055 1900x1069 c 1

Kuva mu ntangiriro za Gashyantare, Intara ya Kirundo mu majyaruguru y’u Burundi, ihana imbibi n’u Rwanda, hashyizweho isaha yo gutahiraho ibuza abamotari n’abaturage kugenda nyuma y’amasaha yagenwe. Ni icyemezo cyafashwe kubera impamvu z’umutekano, ariko kikaba kitavuzweho rumwe. Kuva mu ntangiriro za Gashyantare, abayobozi b’inzego z’ibanze mu Ntara ya Kirundo bashyize mu bikorwa ingamba zigamije gushimangira […]

Umushinjacyaha Mukuru wa ICC yageze i Kinshasa mu rwego rw’iperereza

Screenshot 2025 02 25 120418

Umushinjacyaha Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), Karim Khan, yageze i Kinshasa, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 24 Gashyantare 2025, mu rwego rw’iperereza ry’ibanze ku byaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyoko muntu n’ibyaha bya jenoside byakorewe mu burasirazuba bwa DRC. Yasezeranije ibihano abakoze ibyaha byose bidasobanutse byakorewe mu burasirazuba bwa DRC, mu kiganiro yatanze i Kinshasa. […]

Butembo: Hatangiye kumvwa urubanza rw’abasirikare bahunze urugamba

fardc ayant fui le m23 proces a lubero 1 png 711 473 1

Abasirikare bagera kuri ijana b’Abanyekongo bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare rwa Butembo-Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iburanisha ryatangiriye i Musienene, muri Teritwari ya Lubero, rireba abasirikare baregwa ibyaha byinshi birimo ubwicanyi, kwambura abantu, gufata ku ngufu, ubujura, gusahura, gukwirakwiza amasasu y’intambara, guhunga umwanzi, gutakaza intwaro n’ubutasi. Umunsi wa mbere w’iburanisha wahariwe kumenya abaregwa. Muri […]

Amerika yagiye iruhande rw’u Burusiya kabiri mu matora ya Loni

maujghkk un general

Amerika yagiye ku ruhande rw’u Burusiya inshuro ebyiri mu matora mu Muryango w’Abibumbye mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka itatu ishize u Burusiya buteye  Ukraine, ngo bigaragaza ko ubuyobozi bwa Trump bwahinduye imyumvire ku ntambara. Ubwa mbere Amerika yarwanyije icyemezo cyateguwe n’u Burayi cyamagana ibikorwa bya Moscou no gushyigikira ubusugire bw’igihugu cya Ukraine, itora kimwe […]

EU yirinze kwihutira gufatira ibihano u Rwanda

1200x675 cmsv2 e3870995 8611 5476 9e96 ca5e1625c690 9076146

Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi ntibemeye guhita bafatira ibihano u Rwanda kubera uruhare rushinjwa mu makimbirane yiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ariko bugiye kongera gusuzuma iby’amasezerano bagiranye n’u Rwanda ku bijyanye n’amabuye y’agaciro. Uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, Kaja Kallas, yatangaje ko uyu muryango uzongera gusuzuma amasezerano […]

Gasabo: Umuganga n’umugore we bashinjwaga ubwicanyi bakatiwe gufungwa burundu

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 1 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye urubanza rw’umuganga n’umugore we w’umuforomokazi ndetse n’abandi bantu batanu bakurikiranyweho kwica umwana w’umukobwa wakoraga mu rugo rw’uwo muganga. Urukiko rwemeje ko ikirego cyatanzwe n’Ubushinjacyaha gifite ishingiro. Rwemeje ko abaregwa badahamwa n’icyaha cyo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo. Rwemeje Kandi ko abaregwa bahamwa n’icyaha cyo gucura umugambi w’ubwicanyi buturutse […]

RCS yungutse abakozi bashya basaga 500

GkitWGyWAAE0RAq

Kuri uyu wa Mbere,itariki 24 Gashyantare 2025, Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwakiriye abakozi bashya bato basoje amasomo 546; abagore 200 abagabo 346 bamaze amezi icyenda biga mu ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana. Umuhango witabiriwe na Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Dr Vincent Biruta, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evariste Murenzi, Guverineri w’Intara […]

New Zealand: Minisitiri yeguye ku kazi nyuma yo gukorakora umukozi

862c4520 f26d 11ef 8a85 6544edb95992.jpg

Minisitiri w’ubucuruzi muri New Zealand, Andrew Bayly yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushyira ikiganza ku kuboko k’umwe mu bakozi be mu cyumweru gishize, mu byavuzwe ko ari imyitwarire mibi ikabije. Kuri uyu wa Mbere, Bayly yavuze ko ababajwe cyane n’ibyabaye, avuga ko atari impaka ahubwo ko ari “ibiganiro bifatika”. Hagati aho azakomeza kuba umudepite […]

RSF n’abafatanyabikorwa biyemeje gushinga guverinoma ibangikanye n’iya Sudani

O65T557RWVP4ZEFOMCVL5FRBYQ

Ku wa Gatandatu, umutwe wa Rapid Support Forces wagiranye amasezerano n’indi mitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro bishyize hamwe kugira ngo hashyirweho “guverinoma y’amahoro n’ubumwe”, nk’uko abasinye, al-Hadi Idris na Ibrahim al-Mirghani babitangarije Reuters. Mu bashyize umukono kuri aya masezerano harimo Abdelaziz al-Hilu, umuyobozi ukomeye w’inyeshyamba ugenzura uturere twinshi n’ingabo muri Leta ya Kordofan y’Amajyepfo, kandi […]

RDC: Umusirikare yishwe na mugenzi we mu kigo cy’imyitozo ya gikomando

37979030

Ku Cyumweru, itariki ya 23 Gashyantare, abasirikare babiri bo mu Ngabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) basanzwe bapfuye mu kigo cy’imyitozo ya Commando muri Camp Lwama, giherereye mu Mujyi wa Kindu, mu Ntara ya Maniema. Minisitiri w’umutekano mu Ntara, Lawamo Selemani Taylor, yasuye aho hantu yemeza ko ibyabaye byabaye igihe umusirikare wari […]

Karongi: Babiri bashinjwaga kwica umuntu bakatiwe imyaka 25 y’igifungo

Icyicaro cy Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi Ubushinjacyaha Urukiko Rukuru Urugereko rwa Rusizi

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwasomeye mu ruhame urubanza ruregwamo abasore babiri bakurikiranwagaho icyaha cyo kwica umuntu rubakatira igifungo cy’imyaka 25 kuri buri wese. Icyaha bari bakurikiranyweho bagikoze ku itariki ya 28 Ukuboza 2024 mu mudugudu wa Gituntu, akagali ka Nyarunyinya, umurenge wa Murambi, mu karere ka Karongi. Kuri uwo munsi, abaregwa uko ari babiri bateze […]

Burundi: Icyoba ni cyose mu gihe intambara yo muri Congo ikomeje gusatira imipaka

000 par7693624 0

Mu gihe intambara yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ikomeje, ingaruka zayo ziri kugaragara mu Burundi, cyane cyane mu Ntara za Cankuzo, Muyinga na Ruyigi, ahagaragaye ibikorwa byo gusaka mu nkambi z’impunzi, urujya n’uruza rw’abasirikare rudasanzwe no kwiyongera kw’imvugo zibiba amacakubiri ashingiye ku moko, abahatuye bakaba bafite impungenge z’umutekano wabo. Muri utu turere, […]

Bukavu: Abapolisi n’abasirikare ba Congo hafi 3000 binjiye muri AFC/M23

Screenshot 2025 02 23 123921

Ku wa Gatandatu, itariki 22 Gashyantare 2025, imbaga y’abapolisi ba Congo bimukiye mu mutwe w’inyeshyamba wa M23 bakomye amashyi bacinya akadiho mu Mujyi wa Bukavu wigaruriwe, bitegura gusubira mu myitozo iyobowe n’inyeshyamba zikomeje kugaragaza ko zidafite gahunda yo gusubira inyuma. Inyeshyamba za M23 zakomeje kwegera imbere mu cyumweru gishize mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi […]

RDC: Umupadiri yifuje ko intambara yo muri Lubumbashi yaba nk’iyo mu 1997

gettyimages 137396716 612x612 1

Padiri Timothy Mutonji w’i Lubumbashi ari mu masengesho ahoraho kugirango amahoro agaruke muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho yizera ko ituze rizakomeza, nubwo M23-AFC yakwigarurira Umujyi wa Lubumbashi, nk’uko byagenze mu 1997 igihe AFDL yinjiranaga na Laurent Kabila. Uyu mupadiri mu kiganiro na Deutsche Welle yagize ati: “Igihe Kabila yigaruriraga Lubumbashi, nta bantu bapfuye. […]

Papa Francisco umaze icyumweru mu bitaro akomeje kuremba

000 36YF3XW

Vatikani yatangaje ko Papa Francisco yari amerewe nabi kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 22 Gashyantare nyuma y’ikibazo amaranye igihe kirekire mu buhumekero cya asima gisaba kongererwa umwuka wa ogisijeni. Vatikani yavuze ko ku myaka 88, Francisco umaze icyumweru kirenga mu bitaro bya Gemelli by’i Roma, aho ari kwivuriza indwara z’ibihaha,yanatewe amaraso nyuma y’uko ibizamini […]

Twirwaneho yavuye mu byo kwirinda yinjira mu rugamba rwo kubohoza RDC

maxresdefault 2 1

Umutwe wa “Twirwaneho” ugizwe n’Abanyamulenge ukorera muri Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wemeje ko ugiye kuva mu by’ubwirinzi ukinjira mu rugamba rwo kubohoza igihugu. Ni nyuma yo gutangaza ku mugaragaro ko Twirwaneho yifatanyije n’inyeshyamba za M23 n’ihuriro AFC mu kurwanya ubutegetsi bwa Congo. General de Brigade Charles Sematama, wagizwe ubuyobozi […]

Muhanga: Umugore n’umuhungu we w’imyaka 15 bakurikiranweho kwica umuntu

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugore w’imyaka 43 y’amavuko ukekwaho kwica umugabo we w’imyaka 47 afatanije n’umwana we w’umuhungu we w’imyaka 15 bakoresheje umwase. Icyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 08 Gashyantare 2025 mu Mudugudu wa Gasovu, Akagari ka Nyarunyinya, Umurenge wa Cyeza, mu Karere ka Muhanga ubwo uregwa yatahanaga n’umugabo we […]

Haratangira Tour du Rwanda iba ku nshuro ya 17

TOUR 79

Guhera kuri iki Cyumweru, itariki ya 23 Gashyantare 2025, mu Rwanda haratangira isiganwa Mpuzamahanga ry’amagare ‘Tour du Rwanda’ ku nshuro ya 17 rizabera mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda iributsa abaturarwanda kwirinda ikintu cyose cyabera imbogamizi iri siganwa rizazenguruka u Rwanda, mu turere 23, ahareshya n’ibilometero 804. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner […]

Gasabo: Umukecuru w’imyaka 60 akurikiranweho kwica umugabo we

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 ed8a20f516

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye y’umukecuru w’imyaka 60 wishe umugabo we abifashijwemo n’umuhungu we n’abandi bagabo babiri bagishakishwa bapfa amakimbirane yo mu murwango ashingiye ku mitungo. Icyaha cyabereye mu murenge wa Rusororo, akagari ka Ruhanga, umudugudu wa Rugende ku itariki ya 13 Gashyantare 2025, ubwo uyu mukecuru w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka […]

Sudani yahamagaje ambasaderi wayo i Nairobi nyuma y’umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi

rss efe8e2101a5b591f262f07de97acfcb88b9e8ad11a1w

Abategetsi ba Sudani bafite icyicaro muri Port-Sudan kuva intambara y’abenegihugu yatangira, bahamagaje ambasaderi wabo muri Kenya nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ejo, ku wa Kane, itariki 20 Gashyantare, ivugana n’Ibiro Ntaramakuru SUNA. Iki cyemezo gikurikira inama bivugwa ko yabereye i Nairobi muri iki cyumweru yari igamijwe gushyiraho guverinoma ibangikanye n’iya Sudani. Umushinga watangijwe na […]

Minembwe: Hagabwe ibitero bikaze nyuma y’iyicwa rya Gen. Makanika

the genocide of the banyamulenge 2 700x400 1

Nyuma y’iminsi ibiri umuyobozi wawo yishwe na drone y’igisirikare cya FARDC, umutwe wa Twirwanaho uravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Gashyantare 2025, abaturage ba Minembwe bagabweho ibitero by’ubugome mu midugudu ya Gihanama na Evomi. Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuhuzabikorwa wa Twirwaneho, Kamasa Ndakize Welcome, rivuga ko ibi bitero byakoreshejwemo intwaro ziremereye […]

FARDC irashinjwa gukangaranya no gusahura abaturage ba Lubero

Screenshot 2025 02 21 110346

Kuri uyu wa Kane, Igisirikare cya Congo cyahamagariye abatorotse igisirikare kongera gusubira mu mitwe yabo, mu gihe abasirikari b’abanyarugomo barasaguraga ndetse bagasahura uduce tumwe na tumwe two mu burasirazuba bw’Umujyi wa Lubero nyuma yo guhunga imirwano yari hafi aho hamwe n’inyeshyamba za M23. Ibi nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza birerekana imidugararo ikomeje kwiyongera mu Ngabo […]

Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda bateraniye i Kigali mu nama yo guhuriza hamwe ubwirinzi

3

Kuri uyu wa Kane, itariki 20 Gashyantare 2025, ibihugu bigize Umuryango w’ibikorwa byo guhuza Umuhora w’Amajyaruguru (NCIP) Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda byateraniye i Kigali mu nama y’abafite aho bahuriye n’ibikorwa by’ubwirinzi (Defence Cluster meeting). Iyi nama igamije gusuzuma ibyagezweho no gusuzuma ingamba zikomeje mu bijyanye n’ingamba zihuriweho z’ubwirinzi hagati y’ibihugu by’abafatanyabikorwa. Muri […]

Gen. Kizimu yasabye abatuye Kinshasa kwirinda kubona Abanyarwanda ahantu hose

hq720 5

Mu gihe urwikekwe ryiyongereye mu minsi yashize i Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bishisha abaturage bavuga ururimi rw’igiswahiri kubera amakimbirane yo mu burasirazuba, Umuyobozi w’akarere ka 14 ka gisirikare akaba n’umuyobozi w’itsinda rishinzwe umujyi / intara arahamagarira abaturage ba Kinshasa kwirinda gushyira abantu mu kebo kamwe. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo […]

Gasabo: Umusore w’imyaka 26 akurikiranweho gusambanya umukobwa w’imyaka 17 akamutera inda

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 e3ef8c9fe2

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye y’umusore w’imyaka 26 wasambanyije umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 y’amavuko amutera inda. Icyaha cyabaye ku itariki ya 19/09/2023 mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Masaka, akagari ka Gitaraga, Umudugudu wa Gitaraga. Uregwa yemera icyaha, akavuga ko yakundanaga n’uwo mwana w’umukobwa, ndetse aza kumusaba ko yamusura bararyamana amutera […]

Uvira: Imirwano hagati ya FARDC na Wazalendo imaze kugwamo abantu 17

000 Par7109794 0

Abatuye mu Mujyi wa Uvira babyukiye mu bwoba kuri uyu wa Kane kubera amasasu akomeje kumvikana nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano hagati y’abasirikare ba Congo, FARDC, n’inyeshyamba za Wazalendo, basanzwe bafatanya, imaze guhitana abantu barenga 17. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abivuga, muri uyu mujyi hagaragaye imirongo myinshi y’abasirikare. Bari baturutse mu kibaya cya Ruzizi […]

Igisubizo cy’u Rwanda ku bakomeje kwibasira ubufatanye nka “Visit Rwanda”

maxresdefault 1 1

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye kugerageza guherutse kwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) guhungabanya ubufatanye mpuzamahanga bw’u Rwanda binyuze mu makuru y’ibinyoma ndetse n’igitutu cya politiki. “Izi mbaraga ntizigaragaza ukuri gusa ahubwo zibangamiye urufatiro rw’amahoro, umutekano, n’ubufatanye mu bukungu twakoranye umwete kugira ngo twubake”, nkuko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa RDB. Iri […]

Kayonza: Ibigo by’amashuri byasabwe gukora ubukangurambaga bukundisha abana ishuri

IMG 20250220 WA0031 1

Ibi byasabiwe mu bukangurambaga bwahariwe gukangurira abanyeshuri kwirinda guta ishuri, mu kigo cya G.S Mukarange Catholique giherereye mu kagari ka Nyagatovu karere Kayonza,kuwa Gatatu tariki 19 Gashyantare 2025. Ubwo bukangurambaga bwari bufite insanganyamatsiko igira iti “Uruhare rw’umunyeshuri mu kwirinda guta ishuri n’umusingi w’uburezi kuri bose.” Bwari bumaze igihe kirenga ukwezi bukorwa mu biganiro no mu […]

U Rwanda rwasabye Ingabo z’amahanga zose ziri mu burasirazuba bwa Congo kuhava kuko ari ikibazo ku mutekano warwo

Screenshot 2025 02 20 094440

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo, yatangarije mu Kanama k’umutekano ko Ingabo z’amahanga zose ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zigomba kuhava kuko zibangamiye umutekano warwo, agaragaza ko u Rwanda nta yandi mahitami rufite usibye gukaza ubwirinzi bwarwo Kandi ruzakomeza kubikora. Ni kuri uyu wa Gatatu, i New York mu […]

Amaherezo Macron na Starmer batumiwe muri White House mu biganiro ku kibazo cya Ukraine

95269727 0 image a 37 1739725728315

Umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, Mike Waltz, yatangaje ko abayobozi bombi b’ibihugu by’i Burayi bazagira icyicaro ku meza y’imishyikirano nyuma y’uko abayobozi b’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi bazamuye impungenge z’uko Donald Trump Ari gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine. Ese urusimbi rwa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, rutangiye kwishyura? Nyuma yo gutegura inama ebyiri zihutirwa muri […]

Trump yise Zelensky umunyagitugu

569649 3752621 updates

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yamaze umunsi yibasira Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, amwita “umunyagitugu” ndetse akomeza kuzamura umwuka usanzwe utari mwiza hagati y’abayobozi bombi. Ibyo bitero bye bibaye nyuma y’uko Zelensky, anenze ibiganiro bya Amerika n’u Burusiya muri Arabia Saoudite aho Kyiv itatumiwemo, avuga ko Perezida wa Amerika ” atuye mu Isi y’amakuru y’ibinyoma” […]

Gicumbi: Umusore w’imyaka 27 y’amavuko, yafatanywe ipikipiki akekwaho kwiba

WhatsApp Image 2025 02 19 at 16.20.24 20643360

Polisi y’u Rwanda yashimiye abaturage bagaragaza ubufatanye mu kurwanya ibyaha by’ubujura batanga amakuru abwerekeyeho, iburira n’ababwishoramo ko amayeri yose bakoresha azatahurwa bagafatwa bakabiryozwa. Ni ubutumwa butanzwe nyuma y’uko ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi, umusore w’imyaka 27 y’amavuko, yafatanywe ipikipiki akekwaho kwiba yo mu bwoko bwa TVS Victor, ku mugoroba wo ku wa […]

Bujumbura: Inkongi y’umuriro yibasiye Isoko rya Gatoki yangije byinshi

Marche de Gatoki

Inkongi y’umuriro yibasiye, mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Gashyantare, igice cy’Isoko rya Gatoki, riherereye hafi y’ahahoze Isoko Rikuru rya Bujumbura, muri Komini ya Mukaza. Iyi mpanuka yateje igihombo kinini, cy’ibicuruzwa bibarirwa agaciro k’amamiliyoni menshi y’Amafaranga y’u Burundi nkuko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Iwacu-Burundi ivuga. Nk’uko byatangajwe […]

Huye: Umusore w’imyaka 25 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye y’umusore w’imyaka 25 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3 y’amavuko. Icyaha uregwa akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 08/02/2024 mu gihe cya sa yine z’amanywa mu mudugudu wa Rusuma, akagari ka Kabusanza,umurenge wa Simbi, mu karere ka Huye. Mu ibazwa rye, uregwa asobanura ko yabonye […]

Commonwealth irasaba Leta ya Uganda gufungura umunyapolitiki Kizza Besigye

kizza besigye arrives court kampala

Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa rye ryabangamiye demokarasi n’uburenganzira bwa muntu. Patricia Scotland, Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, yavuze ko ifungwa rya Besigye, umwunganizi we n’uwo bafatanyije muri politiki, byatesheje agaciro “amahame ya demokarasi, uburenganzira bwa muntu […]

Huye: Urukiko rwagumijeho igifungo cya burundu cyahawe Jean Mitzig kubera jenoside

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Munyaneza Jean de Dieu alias Jean Mitzig w’imyaka 54 mu rwego rw’ubujurire, rugumishaho igihano cy’igifungo cya burundu yari yarakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana ku wa 29/12/2022 nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Jenoside n’icyaha cyibasiye inyoko-muntu. Ibyaha Munyaneza Jean de Dieu alias Jean Mitzig akurikiranyweho yabikoze hagati […]

Igisubizo cy’u Bubiligi ku bihano bwafatiwe n’u Rwanda

08419be897405321542838d77f855226 1719764877

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Prevot Maxim, yagize icyo atangaza ku cyemezo cy’ u Rwanda cyo guharika gahunda y’ubutwererane rwari rufitanye n’u Bubiligi, mu kwikura mu isoni avuga ko nabo bari barimo kubisuzuma. Abinyujije kuri X, Prevot Maxim yavuze ko bamenye icyemezo cy’u Rwanda cyo guhagarika gahunda y’ubufatanye hagati yarwo n’u Bubiligi. Akomeza agira ati: […]

Mozambique: Ambasaderi w’u Bwongereza yasuye Ingabo za RDF muri Cabo Delgado

GkFQ liXkAAGD1z

Uyu munsi, kuwa Kabiri itariki ya 18 Gashyantare 2025, Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique, Maj Gen Emmy K Ruvusha, yakiriye Ambasaderi w’u Bwongereza muri Repubulika ya Mozambique, Madamu Helen Lewis n’intumwa yari ayoboye. Ibiganiro byabo nkuko byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda, byibanze ku kibazo cy’umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru […]

UDPS iravuga ko abayoboke bayo bari kwicwa mu bice byigaruriwe na M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20210329110057651055 060b5fb9 8e4d 4e39 ace8 21d4a55d55f4

Ishyaka riharanira Demokarasi n’Iterambere ry’Imibereho (UDPS), riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demokarasi Congo mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki 17 Gashyantare, ryamaganye ibyo ryita ubwicanyi buri gukorerwa abayoboke baryo mu turere twigaruriwe n’inyeshyamba za M23. UDPS ivuga ko ibi byatangiye kuva muri Mutarama 2025 nyuma y’intambara muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo. […]

Antonio Guterres asanga ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa ari ukwikinira

Screenshot 2025 02 18 094912

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko ibyo Umuyobozi w’Ihuriro AFC, Corneille Nangaa, avuga by’uko bazakomeza urugamba kugeza bageze i Kinshasa bagakuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi, ari ugukina bitashoboka. Ibi Guterres yabitangaje mu kiganiro yahaye France 24 kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gashyantare 2025, ubwo yabazwaga aho abona urugamba rwa AFC/M23 ruzagarukira nyuma yo […]

Impanuka ku Kibuga cy’indege cya Toronto yakomerekeje 18

hq720 4

Indege ya Sosiyete ya Delta yibiranduye mu gihugu cya Canada ubwo yageraga ku wa Mbere ku Kibuga cy’Indege cya Toronto Pearson nyuma y’imvura y’amahindu, hakomereka abantu 18 muri 80 bari bayirimo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi. Abantu batatu muri iyi ndege, yari ivuye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Saint-Paul i Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Uvira: Urujijo ku rusaku rw’amasasu rwakomeje kumvikana mu Kibaya cya Rusizi

rss 1517238979 1e30351ceacf7cb6f2567ca4396df687cd481ad6 0

Bamwe mu Banyekongo basaga 300 kuri uyu wa Mbere bambutse umupaka wa Bugarama – Kamanyola bavuga ko bahungiye i Bukavu kubera imirwano ibera mu Kibaya cya Rusizi yakomeje guteza urujijo. Aba Banyekongo barimo abagabo, abagore n’abana, kandi ubona ko bahangayitse cyane, bamwe bavuga ko bahunze imirwano irimo kubera mu Kibaya cya Rusizi ku ruhande rwa […]