Kenya: Bishop yafatiwe mu cyuho asambana n’umukobwa we uherutse kwahukana

Uwihaye Imana yafatiwe mu Ntara ya Homa Bay mu gihugu cya Kenya azira kuryamana n’umukobwa we yibyariye nawe ufite abana batatu. Uyu wihaye Imana bivugwa ko ari bishop muri rimwe mu matorero yo mu gace ka Ndiru, Kagan Ward mu murenge wa Rangwe mu Ntara ya Rangwe yashinjwaga kutubahiriza imyitwarire yâumuco nâidini mu gukora icyaha […]
Bwa mbere abapolisi bo mu karere bagiye guhiganwa muri âEAPCCO SWAT Challengeâ

Mu gihe Inteko Rusange ya 26 yâUmuryango wa EAPCCO (Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation Organization) izaba ibera mu Rwanda, ku nshuro ya mbere hazaba irushanwa rigamije kumurika ibikorwa ku myiteguro yâimitwe ya Polisi zo mu bihugu bigize umuryango ku guhangana nâibihungabanya umutekano hifashishijwe intwaro na tekiniki âEAPCCO SWAT Challengeâ. Iri rushanwa rizaba kuva ku itariki […]
Rutsiro: Akurikiranweho gusambanya abana 2 batarengeje imyaka 11

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Rurimba, Akagari ka Mburamazi, Umurenge wa Murunda, Akarere ka Rutsiro, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana bâabakobwa babiri umwe ufite imyaka 10 nâundi wa 11. Uyu mugabo witwa Bagezigihe Jean Baptiste afungiwe kuri Sitasiyo yâUrwego rwâIgihuhu rwâUbugenzacyaha (RIB) ya Murunda mu gihe iperereza rikomeje ndetse atagereje kujya […]
Kenya: Umuminisitiri yashinje inzego z’ubutasi gushimuta umuhungu we

MinisitiriUmunyamabanga wa leta muri guverinoma ya Kenya yashinje inzego z’ubutasi kuba zarashimuse umuhungu we muri Kamena umwaka ushize i Nairobi. Ubuhamya bwe bwahawe ishami rishinzwe ibyaha mu ntangiriro z’icyumweru, bwashyizwe ahagaragara. Justin Muturi ni umwe mu bagize guverinoma wa mbere wamaganye ku mugaragaro ishimutwa mu bamwegereye. Ni mu gihe ibirego byo gushimuta byiyongereye muri aya […]
U Rwanda rwasimbuje Abapolisi mu butumwa bw’amahoro muri Sudani yâEpfo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mutarama 2025, Abapolisi bâu Rwanda bagize itsinda RWAFPU3-7 bahagurutse i Kigali berekeza mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo (UNMISS). Iri tsinda ryiganjemo umubare munini wâabapolisikazi bayobowe na Senior Superintendent of Police (SSP) Donatha Nyinawumuntu, basimbuye bagenzi babo bagize itsinda […]
Amerika yafatiye ibihano Gen. Abdel Fattah al-Burhan uyobora Sudani

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Umuyobozi wâumusirikare wâigihugu cya Sudani nyuma yo kumushinja guhitamo intambara aho guhitamo imishyikirano no gukuraho amakimbirane. Ibihano bije nyuma y’icyumweru kimwe Washington ifashe ingamba nk’izo ku muyobozi w’inyeshyamba za Rapid Support Forces muri Sudani. Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Mutarama 2025, nibwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo

Nyuma yâaho ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rivuze ko abantu byibuze umunani mu majyaruguru y’uburengerazuba bwâigihugu, bakekwaho kuba barazize Marburg, Guverinoma ya Tanzaniya yavuze ko nta muntu n’umwe muri iki gihugu wigeze asanganwa iyo virusi. Ibi byatangajwe na Minisitiri wâUbuzima wa Tanzaniya, Jenista Mhagama, mu itangazo yashyize ahagaragara kuwa Gatatu, aho yagize ati: […]
Lubero: Umwami Kasereka Kasimba yiciwe mu gico cya ADF

Byibuze abantu 10 biciwe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 15 Mutarama 2025, mu gico cy’abaterabwoba ba ADF muri Mukoko, Sheferi ya Baswana, muri Teritwari ya Rubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri sosiyete sivile yaho aravuga ko mu biciwe muri iki gico harimo Umwami Kasereka Kasimba, Umuyobozi wa Gurupoma ya Bulengya, ndetse n’umunyamabanga […]
Minisitiri Olivier Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’akazi i Juba

Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Mutarama 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yerekeje i Juba, muri Sudani y’Epfo, aho yitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru rwa Komisiyo Ngenzuzi ya Afurika Yunze Ubumwe (A.U) yashyiriweho Sudani y’Epfo. Minisitiri Nduhungireho yaboneyeho kuganira na mugenzi we Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sudani y’Epfo, Hon. Ramazani […]
Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha hatangajwe agahenge

Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha make hatangajwe ko amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura imbohe hagati ya Israel na Hamas yagezweho, nk’uko abaturage ndetse n’abayobozi muri Gaza babitangaza. Amasezerano akomeye yo guhagarika imirwano hagati ya Israel nâumutwe witwaje intwaro wa Hamas uyobora Gaza, yavuzwe kuri uyu wa Gatatu ushize nyuma yâubwunzi […]
Mu Kiyaga cya Kivu haramutse habonetse Peteroli byaba bivuze iki ku Rwanda?

Mu rugamba rutoroshye rugana ku bwigenge mu byâingufu no guteza imbere ubukungu, u Rwanda rwatangiye gushakisha peteroli mu Kiyaga cya Kivu bimaze kugaragara ko gishobora kuba gikungahaye ku mutungo w’ingufu na cyane ko gisanzwe kinabonekamo gaz methane. Iyi gahunda ntabwo isezeranya kuzamura ingufu zâu Rwanda gusa ahubwo izanateza imbere ubukungu bwarwo, ari nako cyita ku […]
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe

Umukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n’umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero. Igitero cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mutarama 2025, mu gace kegereye Umujyi wa Mumbai, aho Khan atuye n’umuryango we. Polisi yo mu mujyi yabwiye BBC […]
Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine

Abajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y’u Burusiya na Ukraine izatwara igihe kibarirwa mu mezi cyangwwa arenga, kugirango gikemuke. Ibi biravuguruza ibyo yari yasezeranye gukora amaze gutorwa. Donald Trump yari yavuze ko ku munsi wa mbere azatangira imirimo ye nka perezida, azahita arangiza ikibazo hagati ya Ukraine nâu Burusiya. Abegereye […]
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 yâimyenda nâibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi yâu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu yâimyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ nâibindi bicuruzwa bitandukanye. Hafashwe umushoferi wâimwe muri izo modoka zo mu bwoko bwa […]
Abanyaburayi bahangayikishijwe no kugaruka kwa Trump kurusha abandi – Raporo

Uyu munsi, ubushakashatsi bwakorewe Akanama kâUbumwe bwâu Burayi gashinzwe Ububanyi nâAmahanga (ECFR) na raporo ya Kaminuza ya Oxford i Burayi, bugaragaza ko uyu munsi, abafatanyabikorwa ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burayi ari bo bihebye cyane ku bijyanye nâejo hazaza habo ku buyobozi bwa Donald Trump. Mu bihugu byâu Burayi nâu Bwongereza, ngo “abantu […]
Umuhanzi wa gospel yafatanwe umutwe w’umukunzi we akekwaho kwica

Ku Cyumweru Tariki ya 12 Mutarama 2025 , Polisi yo Ntara ya Narasawa mu Gihugu cya Nigeria yataye muri yombi ,umuririmbyi uzwi mu kuririmba indirimbo zo guhimbaza Imana witwa Tumileyin Ajay akekwaho kwica uwari umukunzi yaciye umutwe. Biravugwa ko uwo muhanzi abaturage bamufashe afite umutwe w’uwo mugore bakundanaga awufite mu mufuka Polisi ikorera mu Ntara […]
Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, Daniel Chapo yarahiriye inshingano ze nka Perezida mushya wa Mozambique, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi bakomeje imyigaragambyo bamagana ibyavuye mu matora. Umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Venancio Mondlane, wasubiye mu gihugu avuye mu buhungiro yijyanyemo mu gihe kitarenze icyumweru gishize, yari yasezeranyije “guhagarika umutima” igihugu mbere yâirahira rya […]
Romania: Umunyapolitiki arashinja NATO gushaka gukoresha igihugu cye mu gutangiza Intambara y’Isi

Calin Georgescu, umukandida ukomeye ku mwanya wa perezida muri Romania, yaburiye ko NATO ishaka gukoresha Romania nk ‘âumuryango wâIntambaraâ ya Gatatu y’Isi cyane cyane ibinyujije mu birindiro by’igisirikare cyo mu kirere bya Mihail Kogalniceanu byaguwe. Yagaragaje impungenge zâuko amakimbirane ashobora kwiyongera nâu Burusiya, cyane cyane ko NATO ikomeje kuhongera ingufu za gisirikare. Georgescu uzwiho ibitekerezo […]
FARDC irigamba kwirukana M23 ku gasozi k’ingenzi ka Nditi

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri ushize umutwe wa M23 wemeje ko wigaruriye agace ka Ngungu, muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse ukica abasirikare benshi b’u Burundi, ku rundi ruhande FARDC irigamba kwirukana M23 mu bice bitandukanye. Urubuga TazamaRDC rukunze gutangaza inkuru zibogamiye kuri guverinoma, ruravuga ko nyuma y’isaha imwe y’imirwano ikaze yatangiye […]
Amerika: Biden agiye kuvana Cuba ku rutonde rwa leta zitera inkunga iterabwoba

Kuri uyu wa Gatatu, ubuyobozi bwa Biden bwatangaje ko buzavana Cuba ku rutonde rwa leta zitera inkunga iterabwoba (SST), ibyo bikaba bigiye guhindura icyemezo cyafashwe na Perezida Donald Trump mu 2021. Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel, yakurikiranye aya makuru anatangaza gahunda ya guverinoma ye yo kurekura imfungwa za politiki 553. Kiliziya Gatolika yari irimo gushyikirana […]
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office). Yavuze ko yemeye guhatwa ibibazo “nubwo ari iperereza rinyuranyije n’amategeko, mu rwego rwo kurinda ko haba imeneka ry’amaraso riteye […]
Rubavu: Yafatiwe mu cyuho asunika moto acyekwaho kwiba

Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu Karere ka Rubavu yafashe umusore wâimyaka 22, ucyekwaho kwiba moto yo mu bwoko bwa TVS Victor ayikuye mu rugo rwa nyirayo. Uyu musore yafatiwe mu mudugudu wâUmubano, akagari ka Mbugangari mu murenge wa Gisenyi, ku wa Mbere tariki ya 13 Mutarama, ahagana saa kumi zâurukerera. […]
Nigeria: Abaturage bagera kuri 40 biciwe mu gitero cya Boko Haram

Kuri iki Cyumweru gishize, abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe abahinzi 40 mu gitero cyagabwe ku baturage bo mu bwoko bwa Dumba mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Leta ya Borno, nk’uko umuyobozi mukuru muri iyi leta yabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize. Bivugwa ko aba barwanyi ari abo mu mutwe witwaje intwaro wa Boko Haram na […]
Komanda wa UNMISS yasuye Ingabo z’u Rwanda muri Torit

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, Umuyobozi wâIngabo zâUmuryango wâAbibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian, yasuye Ingabo z’u Rwanda zibarizwa muri Rwanbatt-1 mu birindiro bya Torit biherereye mu birometero 139 uvuye mu Mujyi wa Juba. Yakiriwe nâUmuyobozi wâIngabo mu gice cyâamajyepfo, Brig Gen Dinesh Singh, ari kumwe nâumuyobozi wâingabo zigize […]
Kampala: Batandatu biciwe mu gikorwa cyo kugerageza kwiba banki

Igipolisi cya Uganda cyaburijemo umugambi usa nk’ubwiyahuzi wo kwiba Banki ya Stanbic mu isoko rya Acacia Mall, kica abantu batandatu bakekwaho icyaha cyo kugerageza kwiba. Igipolisi cya Uganda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, cyari cyabanje gutangaza ko hishwe bane uwa gatanu wakomeretse bikomeye akaba yari afunzwe nâabapolisi mu bitaro […]
UAE: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yabonanye na mugenzi we wa Nigeria, Perezida Bola Tinubu i Abu Dhabi, muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho bombi bitabiriye inama ya Abu Dhabi Sustainability Week (ADSW). Kuri uyu wa Mbere, kimwe na mugenzi we, Perezida wa Nigeria yatangaje […]
Uganda: Besigye yashinjwe ikindi cyaha cyamucisha umutwe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama abashinjacyaha ba gisirikare muri Uganda bongeye icyaha cy’ “ubuhemu”, gishobora guhanishwa igihano cyâurupfu, ku rutonde rw’ibyaha biregwa umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe nâubutegetsi Kiiza Besigye. Kiiza Besigye, umaze igihe atavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka hafi 40 ku butegetsi, yafatiwe mu gihugu cyâabaturanyi cya Kenya mu Gushyingo […]
Urukiko rwasabye ko Karasira ugisaba umwanya atangira kwiregura

Urukiko Rukuru mu Rwanda rwategetse ko Aimable Karasira Uzaramba atangira kwiregura ku byaha akurikiranyweho nâubushinjacyaha bwâu Rwanda, mu gihe abamwunganira bavuga ko bagikeneye igihe cyo gutegura. Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama, Me Bruce Bikotwa na mugenzi we Felicien Gashema bunganira Karasira babwiye urukiko ko bamaze igihe gito cyane bemerewe kumwunganira. Bavuga ko bakunze […]
DIGP Sano yahaye impanuro abapolisi bitegura kujya mu butumwa muri Sudani y’Epfo

Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru yahaye impanuro abapolisi bitegura kujya mu butumwa bwâumuryango wâAbibumbye muri Sudani yâEpfo (UNMISS). Abahawe impanuro ni abapolisi 160 bagize itsinda RWAFPU3-7, rigizwe nâumubare munini w’abapolisikazi bayobowe na […]
Nigeria: Igisirikare cyatangiye iperereza nyuma yo kwicira abasivili 20 mu gitero cy’indege

Ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko kuri uyu wa Mbere zatangiye iperereza nyuma yâamakuru avuga ko igitero cyâindege cya gisirikare gishobora kuba cyarahitanye abasivili bagera kuri 20 mu mpera z’icyumweru gishize. Ibi byabereye muri Leta ya Zamfara mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, aho intagondwa n’imitwe y’inyeshyamba byafashe. Guverineri wa Zamfara, Sulaiman Bala Idris, yatangaje […]
Nyaruguru: Hari abamaze imyaka 3 bategereje ingurane barahebye

Mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Busanze, mu Ntara y’Amajyepfo hari abaturage basaamaze imyaka 3 bategereje ingurane y’imitungo yabo yangijwe ubwo hakorwaga umuyoboro w’amashanyarazi. Ni imiryango 355 itarishyurwa irimo kwishyuza arenga miliyoni 46 Frw. Aba baturage bo mu Kagali ka NkĂąanda mu Murenge wa Busanze bavuga ko imyaka ibaye 3 bishyuza ingurane z’ibyabo byangijwe […]
Masisi: Ibirindiro bya M23 byaramukiye mu mvura y’amabombe

Amakuru aturuka ku nzego z’umutekano agera kuri KivuMorningPost aravuga ko imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za FARDC yakomereje mu duce dutandukanye two muri Teritwari ya Lubero. Muri Teritwari ya Masisi, iyi nkuru iravuga ibirindiro bya M23 birimo gusukwaho ibibombe n’indege z’intambara mu nkengero za Ngungu nk’ahitwa Nyaboro hafi y’ishuri rya Kisimba. Ku wa […]
Perezida wa Koreya y’Epfo wahagaritswe ku mirimo yongerewe umushahara

Perezida wahagaritswe ku mirimo ye wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, umushahara we wa buri mwaka wazamuwe nubwo aregwa kuba yarashyize igihugu mu bihe bidasanzwe nta mpamvu igihe gito nk’uko byatangajwe na guverinoma. Umushahara wa Yoon uziyongeraho 3% ugere kuri miliyoni 262.6 won ($ 179.000; ÂŁ 147,000), bijyanye nâibipimo byâimishahara y’abayobozi ba leta nk’uko iyi […]
Myugariro w’Amavubi ari kurambagizwa na Dinamo Bucarest yo muri Romania

Ikipe ya Dinamo Bucharest yo muri Romania yazanye umukinnyi w’imbere, Alexandru Pop imukuye muri OÈelul GalaÈi none irimo gusoza n’ibijyanye na transfer ya myugariro w’Umunyarwanda wakinaga muri Latvia. Myugariro Dylan Georges-Francis w’imyaka 23 nta masezerano afite nyuma yo gukina mu cyiciro cya kabiri muri Latvia. Dylan Georges-Francis ari hafi kwimukira muri Dinamo Kuri ubu Dylan […]
Burundi: Umusaraba washyizwe aho Papa yasomeye Misa waburiwe irengero

Itangazo ryashyizweho umukono na Padiri Laurent Niciteretse , umuyobozi wa Seminari Nkuru yitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa Kabiri y’i Gitega rivuga ko umusaraba wari mu mbuga y’iyo Seminari wibwe n’abagizi ba nabi. Muri iryo tangazo , Padiri Laurent Niciteretse avuga ko abibye uwo musaraba kugeza ubu bataramenyekana ndetse anasaba Abakirisitu kugira uruhare mu gushakisha uwo […]
Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare 2 ba Koreya ya Ruguru yafashe

Urwego rushinzwe umutekano muri Ukraine rwatangaje ku wa Gatandatu ko bafashe abasirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafatiwe mu Karere ka Kursk mu Burusiya kandi barimo kubazwa i Kyiv. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yiteguye gusubiza aba basirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafashwe i Pyongyang nabo bagahabwa imfungwa z’intambara z’Abanya-Ukraine zifungiwe mu […]
U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO

U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 yâUmuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere kâAfurika yâIburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31 Mutarama 2025. Inteko rusange ya EAPCCO ni urubuga rwifashishwa mu gusuzuma no gukemura ibibazo rusange byugarije umutekano w’akarere, gusangira amakuru no kubaka ubushobozi mu bihugu bigize […]
M23 iracyarwanira Sake mu gihe iri kwerekeza i Goma

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Mutarama 2025 umujyi ukomeye cyane wa Sake, wabayemo imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa bayo barimo Wazalendo, Abarundi, Abacanshuro n’abandi bamwe bagaragaye bahungira i Goma. Iri huriro rya FARDC ryaje kwitabaza indege za gisirikare za kajugujugu ariko kubwo kuyoborwa nabi kajugujugu ya mbere yarashe ibirindiro by’ingabo za […]
Los Angeles igiye kurimbuka! Ese koko ni Igihano cy’Imana?

Nibura abantu 16 bamaze gupfa kubera ko inkongi ebyiri nini z’Umuriro zibasiye Umujyi wa Los Angeles zikomeje kunanirana guhagarika. Ese koko ni igihano cy’Imana nyuma y’uko mu bihembo biherutse bya Gorden Globe 2025 bayubahutse ku mugaragaro? Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, abantu barenga 153.000 basabwe kwimuka mu Karere ka Los Angeles. Abandi […]
Bugesera: Arashinjwa kwica umukobwa wâimyaka 17 nyuma yo kumusambanya

Ubushinjacyaha Ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo dosiye yâumugabo wâimyaka 47 wishe umwana wâumukobwa wâimyaka 17 yâamavuko nyuma yo kumusambanya. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 15 Ukuboza 2024 mu mudugudu wa Rebero, akagari ka Rugando, umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera nk’uko byatangajwe n’Ubushinjacyaha Bukuru. Biravugwa ko uwo munsi, […]
RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC yaramukiye mu bice bikikije Goma

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Mutarama 2025 imirwano yongeye gusubukurwa hagati yâinyeshyamba za M23 nâIngabo za Congo zishyigikiwe na Wazalendo. Imirwano ikaze iravugwa ahantu habiri harimo Kibaya / Kibumba muri Teritwari ya Nyiragongo mu majyaruguru ya Goma no mu nkengero za Sake mu burengerazuba bwa Goma nk’uko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga. […]
Ethiopia na Somalia byasubije umubano mu buryo nyuma y’igihe birebana ay’ingwe

Ku wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ethiopia na Somaliya byavuguruye umubano ushingiye kuri dipolomasi mu ruzinduko rwa Perezida wa Somaliya, Hassan Sheik Mohamud i Addis Abeba. Mohamud na Minisitiri wâintebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed “bemeye kugarura no kuzamura umubano wâibihugu byombi binyuze mu bahagarariye ibihugu byabo mu bihugu byombi.” Bombi bashimangiye ko umutekano wâakarere […]
Ingabo za Sudani zafashe umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ingabo za Sudani zinjiye muri Wad Madani, umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah uherereye mu majyepfo yâuburasirazuba bwa Khartoum, uyu mujyi ukaba wari umaze umwaka urenga ugenzurwa nâIngabo za Gen. Hemedti (RSF). Ku mbuga nkoranyambaga, videwo nyinshi zerekanye umunezero wâabatuye Wad Madani, umurwa mukuru wa Leta ya […]
Musanze: Ba ofisiye 45 basoje amahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga nâubuyobozi

Ku wa Gatanu tariki ya 10 Mutarama 2025, mu Ishuri rikuru rya Polisi yâu Rwanda (NPC) mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abapolisi mu bijyanye nâimikorere ya kinyamwuga nâubuyobozi (Police Tactical Command Course). Aya mahugurwa agenerwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato abaye ku nshuro yayo ya […]
Bujumbura: Abakozi 3 muri perezidansi batawe muri yombi n’ubutasi

Jean Baptiste Baribonekeza, wahoze ari perezida wa komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bwa muntu, CNIDH, Cyrille Sibomana, na Arcade Harerimana bakoraga mu biro bya perezida w’u Burundi, barashinjwa kuba “bararekuye imfungwa zafunzwe zizira gufata ku ngufu nâubwicanyi mu rwego rw’imbabazi za perezida mu gihe izi mbabazi zitarebaga abakoze ibyaha nk’ibyo, Nk’uko iteka rya perezida ryashyizwe ahagaragara […]
Afurika y’Epfo: Abarundi 3 barashinjwa gushimuta no gusambanya umwana w’imyaka 14

Abarundi bagera kuri batatu, babiri bafite imyaka 30 nâundi ufite imyaka 24, bakurikiranyweho ibyaha bikomeye byo gushimuta, ubujura bukabije, gufata ku ngufu no kwambuza ikiboko mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Umuvugizi wâikigo cyâigihugu gishinzwe ubushinjacyaha (NPA) muri Cape y’Iburengerazuba, Eric Ntabazalila, kuwa Gatatu yavuze ko gusaba kurekurwa by’agateganyo kw’aba bantui uko ari batatu byasubitswe. Ntabazalila […]
Ituri: Gen. Muhoozi yasuye Ingabo za UPDF ziri muri Operation Shujaa

Umugaba Mukuru wâIngabo (CDF) za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko Uganda yiyemeje kurangiza Umutwe wa ADF mu ruzinduko rwo ku rwego rwo hejuru rwo gusura ingabo ze ziri muri Operation Shujaa mu burasirazuba bwa DRC. Iki gikorwa, gihuriweho nâIngabo za Uganda (UPDF) nâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), kigamije kurandura umutwe […]
Al Jazeera yambuwe uruhushya rwo gukorera muri RDC izira u Rwanda

Umuyoboro w’amakuru wa Al Jazeera wambuwe uburenganzira bwo gukorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwanga kubogama mu nkuru itangaza ku bibera mu burasirazubwa bwa Congo igaha ijambo n’uruhande rwa AFC/M23 ruhanganye na Guverinoma ya Kinshasa. Iki cyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, mu gitondo cyo kuri uyu […]
Pour la premiÚre fois, Kagame fait la lumiÚre sur les pourparlers de Luanda reportés

Les dirigeants rĂ©gionaux ne doivent pas abandonner leurs efforts pour trouver une solution durable au problĂšme du conflit sans fin dans lâest de la RDC. « Mais cela ne peut pas ĂȘtre comme dâhabitude », a dĂ©clarĂ© le prĂ©sident Paul Kagame lors dâune confĂ©rence de presse Ă Kigali le jeudi 9 janvier. MalgrĂ© tous les […]
Perezida wa Pologne yasabye guverinoma kutazafata Netanyahu najya kwibuka Auschwitz

Perezida wa Pologne yasabye guverinoma kutazafata Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, hashingiwe ku cyemezo cya ICC, naramuka yinjiye muri iki gihugu. Perezida wa Pologne, ââAndrzej Duda, yasabye guverinoma kureba niba Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ashobora kwitabira isabukuru yâimyaka 80 y”ibohozwa ry’inkambi yâurupfu ya Auschwitz-Birkenau adatinya gutabwa muri yombi. Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) […]
Ukraine irigamba guhanura drones hafi 50 z’u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Mutarama 2025, Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone 46 muri 70, Ingabo zâu Burusiya zakoresheje mu bitero byibasiye uduce two hagati no mu burasirazuba bwa Ukraine. Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine, zavuze ko ibisate byâutwo tudege tutagira abaderevu twahanuwe, byangije amazu mu bice bya Cherkasy, Kharkiv na […]
Kamonyi: Batandatu bafatiwe mu bucukuzi bwâamabuye yâagaciro bunyuranyije nâamategeko

Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâinzego zâibanze nâabaturage mu Karere ka Kamonyi mu bikorwa bitandukanye yafatiye mu cyuho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mutarama, abantu batandatu bari mu bikorwa byâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro bunyuranyije nâamategeko. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyepfo; Superintendent of Police (SP) Emmanuel Habiyaremye yavuze ko bafatiwe ahantu habiri hatandukanye biturutse […]
Gasabo: Uwishe umugore we amutemesheje umuhoro yahamijwe icyaha

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije icyaha cy’ubwicanyi umugabo wishe umugore we amutemesheje umuhoro. Isomwa ryâuru rubanza ryabereye mu ruhame imbere yâabaturage aho icyaha cyakorewe mu murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera. Icyaha uregwa akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 16/10/204 ubwo yagiranaga amakimbirane nâumugore we nyuma yo kumwaka amafaranga 120,000Frw yari yaramubikije umugore akayamwima, yarangiza […]
Thomas Lubanga wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba yaba ari gukorana na AFC/M23 – Raporo

Raporo yâUmuryango wâAbibumbye yasohotse kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Mutarama 2025, iragaragaza ko Thomas Lubanga Dyilo wahoze ayobora imitwe yitwara gisirikare muri Ituri akaba yarahamijwe ibyaha by’intambara nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) mbere yo kurekurwa mu 2020, yamaze kwinjira mu mutwe wa Zaire / ADCVI no koroshya ubufatanye bwawo nâIhuriro AFC. Nkâuko impuguke zâUmuryango wâAbibumbye, […]
Mozambique: Impungenge ni zose nyuma yo gutaha kwa Mondlane wemeza ko ari we watsinze amatora

Kuri uyu wa Kane, umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi bwa Mozambique, Venancio Mondlane, yagarutse mu gihugu avuye mu buhungiro, aho abantu ibihumbi bateraniye ku Kibuga cyâindege cya Maputo bagiye kumwakira. Mondlane yavuze ko noneho agiye gushyira ingufu mu kwemeza ko ari we watsinze by’ukuri amatora yâumukuru wâigihugu yo ku wa 9 Ukwakira, avuga ko yibwe amajwi […]
Ibyamamare nka Paris Hilton mu batakaje inzu mu nkongi yibasiye Los Angeles

Billy Crystal na Paris Hilton bari mu byamamare byabuze amazu mu nkongi z’umuriro zibasiye Los Angeles mu Burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amazu arenga 1.000 yarahiye arakongoka kubera ko inkongi esheshatu zitandukanye mu mujyi no mu nkengero zawo, zibatsemo inzu z’ibitangaza z’ibyamamare muri Hollywood. Kamwe mu duce twibasiwe cyane n’iyi nkongi cyane ni […]
Muhanga: Umusore w’imyaka 22 akurikiranweho kwica umuntu amutemye

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore wâimyaka 22 yâamavuko wishe umugabo wâimyaka 24 amutemesheje umuhoro. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 22 Ukuboza mu Mudugudu wa Gisizi, akagari ka Kirwa, umurenge wa Kayenzi, mu Karere ka Kamonyi nk’uko Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga. Mu ibazwa, uregwa yemeye icyaha; avuga ko kuri uwo […]
U Bufaransa bwaburiye Donald Trump ushaka kwigarurira Greenland

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Mutarama 2025, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Bufaransa, Jean-Noel Barrot, yihanangirije Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, amusaba kwirinda gutera ubwoba âimipaka yigenga.â Iki gitekerezo cya Barrot kije nyuma yâuko Trump yanze gukuraho ko ashobora gukoresha igisirikare mu kwigarurira Greenland, agace kigenga kâigihugu kibarizwa mu Muryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi, […]
Ifaranga ry’u Rwanda mu yataye agaciro cyane mu 2024 muri Afurika

Ifaranga rya Nigeria (naira), irya Malawi (kwacha) hamwe nâifaranga yâu Rwanda (RWF) yashyizwe ku rutonde rwâamafaranga ya Afurika yitwaye nabi kurusha ayandi imbere y’amadorari ya Amerika mu 2024, nk’uko raporo iheruka kubigaragaza, kubera ko yahuye nâibibazo byinshi, uhereye ku busumbane bukabije mu bucuruzi, izamuka rikabije ry’ibiciro, kugabanuka kwâamafaranga y’amahanga. Izindi nzitizi ifaranga rya Afurika rihura […]
Amerika yashinje RSF gukora jenoside inafatira ibihano umuyobozi wayo

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Mutarama 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces n’abafatanyabikorwa babo muri Sudani bakoze jenoside kandi zifatira ibihano umuyobozi wâuyu mutwe amakimbirane amaze guhitana abantu ibihumbi mirongo kandi avana amamiliyoni mu byabo. Iki cyemezo ngo kibangamiye uburyo RSF yageragezaga kweza isura yayo no […]