U Rwanda rurateganya gukuba 2 ibyo rwohereza hanze mu myaka 5 iri imbere

Gahunda ya 2 y’ Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2, 2024-2029) izita ku nkingi eshanu z’ingenzi harimo guhanga imirimo myiza kandi itanga umusaruro, kugabanya igwingira n’imirire mibi, kongera ibyoherezwa mu mahanga, kuzamura ireme ry’uburezi no kuzamura imitangire ya serivisi nziza. Ni ibyatangajwe mu Nama y’Abaminisitiri ya mbere yateranye muri manda nshya y’imyaka itanu yabaye ku wa […]

Uganda: Hagaragaye abandi bantu 2 barwaye ubushita bw’inkende

Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yemeje ko hagaragaye abandi bantu babiri banduye virusi y’Ubushita bw’Inkende (Mpox), bigatuma umubare w’abanduye muri iki gihugu cya Afurika y’iburasirazuba ugera kuri bane. Umuyobozi mukuru ushinzwe serivisi z’ubuzima muri minisiteri y’ubuzima, Henry Mwebesa, yatangarije Reuters, ko aba barwayi bashya banduye virus yo mu bwoko bwa clade 1b avuga ko iteje impungenge […]

Usibye RDF, Igipolisi cy’u Rwanda nacyo gishimirwa ubunyamwuga bukiranga mu butumwa bwa UN

whatsapp_image_2024-08-23_at_12.11_17_7358b09d.jpg

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari […]

Pakistan: Abapolisi 11 biciwe mu gico cy’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana

Abantu bitwaje intwaro zirasa grenade bateze igico imodoka ya polisi muri Pakistan bica nibura abapolisi 11 nkuko bitangazwa n’abayobozi. Umuvugizi wa Polisi ya Punjab yavuze ko abandi bapolisi icyenda bakomerekeye muri iki gico nk’uko iyi nkuru dukesha Associated Press ivuga. Iki gitero, hatagize itsinda ryahise rikigamba, cyabereye mu karere ka Rahim Yar Khan gaherereye mu […]

NEC yagiranye ibiganiro n’abakandida biyamamariza kuba abasenateri

gvp0ljnxyaajmtb.jpg

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yagiranye ibiganiro n’abakandida biyamamariza kuba Abasenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Ni ibiganiro byagarutse ku mabwiriza agenga amatora y’Abasenateri n’ingengabihe y’uko amatora azagenda. Biteganyijwe ko kwiyamamaza kw’abakandida bizatangira kuva ku itariki ya 26 Kanama 2024 kugeza ku itariki ya 14 Nzeri […]

Senegal: Amashyaka 40 harimo irya Macky Sall yashinze ihuriro ritavuga rumwe n’ubutegetsi

Muri Senegal hamaze gushingwa ihuriro rishya, ryiswe ” Bloc des LibĂ©raux et des DĂ©mocrates ” (BLD)-Takku , rigizwe n’amashyaka 40, harimo n’iry’uwahoze ari Perezida Macky Sall n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe Idrissa Seck, rikaba ryatangijwe mu gihe ibihuha bivuga ku iseswa ry’Inteko Ishinga Amategeko bigenda byiyongera. ” Bloc des LibĂ©raux et des DĂ©mocrates ” (BLD) nk’uko […]

Komanda wa UNMISS arashima ubuhanga n’ubwitange bya RDF

gvh0iunxgae3f9f.jpg

Umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Lt. Gen. Mohan SUBRAMANIAN, n’intumwa zaturutse ku cyicaro cya UNMISS kuwa Gatatu basuye Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-2) ku birindiro byabo, bakirwa na Lt. Col. Charles RUTAGISHA, Komanda wa Rwanbatt-2 . Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda yahaye amakuru umuyobozi w’ingabo y’uko ibintu byifashe […]

Ibirindiro bya NATO mu Budage byakajije umutekano nyuma yo kwikanga igitero

Ku wa Kane, ibirindiro by’igisirikare cyo mu kirere cya NATO mu burengerazuba bw’u Budage byatangaje ko byazamuye umutekano wabyo ku rwego rwa kabiri rwo hejuru bitewe n’amakuru y’ubutasi avuga ko hashobora kugabwa igitero cy’iterabwoba. Ikigo cyavuze ku rubuga nkoranyambaga X kiti: “Abakozi bose b’ingenzi badakenewe cyane boherejwe mu rugo mu rwego rwo kwirinda”. “Umutekano w’abakozi […]

Lewis Hamilton yahishuye ko ari gukorana n’u Rwanda ngo Formula 1 ikinirwe i Kigali

whatsapp-image-2022-08-12-at-8.54.40-am.jpg

Igihangange Lewis Hamilton yavuze kuri uyu wa Kane, itariki 22 Kanama, ko iki ari cyo gihe cya nyacyo ngo isiganwa ry’imodoka rya Formula 1 ribere muri Afurika kandi ko amaze iminsi abikoranaho n’u Rwanda na Afurika y’Epfo inyuma y’amarido ngo bigerweho. Hamilton watwaye iri rushanwa inshuro zirindwi yaganiriye n’abanyamakuru muri Grand Prix yo mu Buholandi […]

RDC: Abapfuye mu mpanuka y’ubwato iheruka bamaze kuba 29

Umubare w’abantu bapfiriye mu mpanuka y’ubwato iherutse kuba mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo imaze kugera kuri 29 nkuko byatangajwe n’ubuyobozi. Ni mu gihe abarokotse muri ubwo bwato bwarimo abantu hagati ya 250 na 300 bamaze kuba 128 mu gihe abandi bagishakishwa. Abashinzwe ubutabazi, bamaze iminsi bashakisha ababa bakirimo akuka mu ruzi ruri […]

Abacuruzi b’intwaro muri Yemen bari gushaka isoko bifashishije urubuga rwa X

Abacuruza intwaro muri Yemeni bari gukoresha ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga rwa X, rwahoze ari Twitter, kugira ngo bagurishe intwaro zirimo za Kalashnikov, pistolet, grenade n’imbunda zirasa grenade . Abacuruzi bakorera mu murwa mukuru Sana’a no mu tundi turere tugenzurwa n’inyeshyamba z’Aba-Houthis, umutwe w’inyeshyamba ushyigikiwe na Iran kandi ufatwa nk’umutwe w’iterabwoba na Guverinoma za Amerika na […]

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde agiye gusura Ukraine nyuma yo kunengwa gusura u Burusiya

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 23 Kanama 2024, Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, arasura Ukraine, nyuma y’ibyumweru bike abonanye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, i Moscow. Uru ruzinduko ni ingirakamaro kuko Ukraine hamwe n’ibindi bihugu byo mu burengerazuba bari banenze cyane uruzinduko rwa Modi mu murwa mukuru w’u Burusiya muri Nyakanga. Perezida wa […]

RDC: Inyeshyamba za M23 zafashe utundi duce 3 muri Masisi

Inyeshyamba M23 zafashe imijyi ya Lukopfu, Kisuma, Bufaransa muri Teritwari ya Masisi, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze zihanganye n’imitwe yitwaje intwaro ishyigikiye leta izwi ku izina rya Wazalendo. Nk’uko amakuru aturuka aho abitangaza, iyi mirwano yahitanye abantu 3 abandi barenga 20 barakomereka. Iyi ni imibare y’agateganyo ishobora kuzamuka nkuko bitangazwa na sosiyete sivile. […]

Burera: Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo gusoza Itorero Indangamirwa 14

gvkfnl5xkaai_df.jpg

Kuri uyu wa Kane mu Kigo cy’Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera, hasojwe Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 14, rimaze iminsi 47. Urubyiruko rwaryitabiriye rwahawe amasomo atandukanye abafasha kurushaho gusobanukirwa amateka n’umuco by’u Rwanda, Icyerekezo 2050 n’uruhare rwabo mu kugishyira mu bikorwa. Iri torero rigizwe n’urubyiruko 494 rw’Abanyarwanda biga cyangwa batuye mu mahanga, abanyeshuri barangije […]

Umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro uzaguma kuba hafi ya 5% kugeza mu 2025 – BNR

Umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro bibarwa hatabariwemo iby’ibiribwa byangirika vuba n’iby’ibikomoka ku ngufu byitezwe ko uziyongera muri 2024 biturutse ku kiguzi cy’ibitumizwa mu mahanga, ariko ukazagabanuka mu gice cya kabiri cya 2025. Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, iratangaza ko mu gihembwe cya kabiri 2024, umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro wazamutseho gato ugera kuri 5.1 ku ijana uvuye kuri 4.7 […]

Burkina Faso, Mali na Niger bareze Ukraine muri Loni

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Mali yavuze ko leta za gisirikare za Burkina Faso, Mali na Niger zandikiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano bamagana ibyo bavuze ko ari inkunga ya Ukraine ku mitwe y’inyeshyamba mu karere ka Sahel muri Afurika y’iburengerazuba. Mu ntangiriro za Kanama, Mali yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Ukraine kubera amagambo yavuzwe n’umuvugizi […]

Uganda yatangiye gushakisha peteroli mu tundi turere 2 ikekwamo

Mu gihugu cya Uganda barimo gushakisha peteroli mu tundi turere tubiri bikekwa ko iramutse ihabonetse yakongera ku yamaze kuboneka muri iki gihugu ibarirwa mu tungunguru miliyari 6.5 nk’uko byemejwe na minisitiri w’ingufu. Iyi yabonetse mu kibaya cyo mu burengerazuba bw’igihugu hafi n’umupaka wa Repubulika ya demukarasi ya Kongo hafi mu myaka 20 ishize, ariko izatangira […]

RUBAVU: Batatu bafatiwe mu bucuruzi bwa magendu y’imyenda n’inkweto bya caguwa

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Rubavu, abantu batatu bacyekwaho kwinjiza mu buryo bwa magendu, amabalo 7 y’imyenda n’imiguru 20 y’inkweto bya caguwa. Abafashwe ni abagore babiri n’umusore umwe, bafatiwe mu murenge wa Rugerero, akagari ka Muhira mu mudugudu wa Gitebe I, ahagana saa tanu n’igice z’amanywa […]

U Burusiya buravuga ko butazagirana ibiganiro na Ukraine kugeza buyitsinze

Abayobozi mu Burusiya baravuga ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya byahanuye indege zitagira abaderevu 11 za Ukraine zari zoherejwe gutera Moscou, muri “kimwe mu bitero bikomeye” nk’ibi byibasiye umurwa mukuru. Umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe umutekano mu Burusiya, Dmitry Medvedev, avuga ko kwinjira kwa Ukraine mu karere ka Kursk k’u Burusiya bivuze ko nta […]

Abanyapakistani hafi 30 bari bagiye mu rugendo rutagatifu baguye mu mpanuka ya bus muri Iran

Ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko bus yari itwaye Abanyapakisitani bagiye mu rugendo rutagatifu yakoze impanuka muri Iran rwagati ihitana byibuze abantu 28 mu bari bayirimo. Abandi bantu 23 bakomeretse, barindwi muri bo bakaba bameze nabi nk’uko byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubutabazi wavuganye n’Ibiro Ntaramakuru bya Leta ya Iran, IRNA. Mohammad Ali Malekzadeh yagize ati: “Muri 23 […]

USA: Uwahoze ari Perezida wa Haiti yafatiwe ibihano kubera ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama 2024, Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yafatiye ibihano Michel Joseph Martelly wahoze ari Perezida wa Haiti, ukurikiranweho gucuruza ibiyobyabwenge. Ibihano byatangajwe kuri uyu wa Kabiri birimo gufatira umutungo wa Martelly uri muri Amerika no kubuza Abanyamerika gukorana na we ubucuruzi. Canada nayo yafatiye ibihano […]

U Rwanda rurifuza kwinjira mu masezerano yo gusonerwa imisoro Kenya ifitanye na EU

U Rwanda rwagaragaje ko rwifuza kwinjira mu masezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu bwa Kenya n’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EPA), nk’uko byemejwe n’umuyobozi mukuru, rukaba rwaba rubaye igihugu cya mbere cy’abafatanyabikorwa muri EAC kibikoze. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama, Ambasaderi Henriette Geiger, Umuyobozi w’intumwa z’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi muri Kenya, yavuze ko u Rwanda […]

RDC: Uwahoze ari minisitiri w’ubutabera yatawe muri yombi n’inzego z’ubutasi

Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bernard Takaishe, yatawe muri yombi n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare (DEMIAP). Amakuru yemejwe n’isoko yizewe muri serivisi z’ubutasi. Nk’uko abamwegereye babitangaza, Bernard Takaishe ntazi, kugeza ubu, icyo aregwa kandi afungiye muri DEMIAP atazi impamvu yo kumufunga. Nk’uko bene wabo babitangaza, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya […]

Johhanesburg: Abanyarwanda begukanye umudari wa zahabu mu irushanwa nyafurika ry’imibare

57053.jpg

Itsinda ry’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye yo mu Rwanda ryegukanye umudari wa zahabu wa mbere ku gihugu cyabo mu marushanwa ya Pan-African Mathematics Olympiad (PAMO), yasojwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama, i Johannesburg, muri Afurika y’Epfo. Iyi yari inshuro ya kane u Rwanda rwitabiriye kandi niyo ntsinzi nini rugize mu marushanwa ngarukamwaka, ategurwa […]

Malawi: Nibura abantu 2 bapfiriye mu mpanuka y’indege mu kiyaga

Abantu babiri birakekwa ko bapfuye bazize impanuka y’indege yabereye muri Malawi y’indege nto yo mu bwoko bwa C210, nomero 7QPFU, yaguye mu Kiyaga cya Malawi mu karere ka Nkhotakota, nko mu birometero 200 mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’umurwa mukuru . Indege yari irimo umupilote umwe n’abagenzi babiri nk’uko byemejwe n’abayobozi. Umuvugizi mukuru wa Guverinoma ya Malawi, […]

Muri Afurika bagiye gutangira gukingira ubushita bw’inkende

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama, Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, Africa CDC, cyatangaje ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’ibindi bihugu muri Afurika, bishobora mu minsi mike, gutangira gukingira indwara y’ubushita bw’inkende. Iki kigo kivuga ko ikomeje gukorana n’ibihugu birimo icyorezo cy’iyi ndwara ku bijyanye n’ibikoresho n’uburyo bw’itumanaho, kugirango hazabashe gutangwa […]

RDC: Abanyamategeko bo muri Haut-Lomami barasaba ko Gen. Kifwa ashyikirizwa ubutabera

Abavoka bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, batanze ikirego, ku wa Mbere, itariki ya 19 Kanama ku Bugenzuzi Bukuru bwa FARDC, barega Gen. Jean-Claude Kifwa, umuyobozi w’ikigo cya gisirikare cya Kamina mu Ntara ya Haut-Lomami, gukorera iyicarubozo umwe muri bagenzi babo. Usibye iki kirego, itsinda ry’abo banyamategeko ryagiye gusaba kuri uyu wa Mbere, inkunga […]

RDC: M23 yongeye gukozanyaho n’abafatanyabikorwa ba FARDC muri Lubero

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama, imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC/Wazalendo n’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Lubero, muri Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Iyi mirwano ikomeye yabereye ahitwa Katwa, muri Lubero no mu nkengero zaho ku muhanda Kirumba-Kikuvo-Kamandi bivugwa ko yabaye hagati y’inyeshyamba za M23 n’Abawazalendo […]

Kenya: Ukekwaho kwica abagore 42 barimo umugore we yatorotse abapolisi

kenya_dismembered_bodies_23130.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, umugabo wafashwe akekwaho kwica abagore benshi no kujugunya imirambo yabo muri kariyeri ishaje yatorotse kasho ya polisi mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi. Collins Jumaisi yatawe muri yombi mu kwezi gushize nyuma yo kuvumbura byibuze imirambo itandatu ipfunyitse mu mifuka ya pulasitike muri kariyeri ya Kware, kuri ubu ikoreshwa nk’ikimoteri cy’imyanda. […]

Burundi: Ishyaka FRODEBU rihangayikishijwe n’ubuzima bukomeje guhenda

Mu gihe u Burundi bwitegura amatora mu 2025, ishyaka rya Sahwanya FRODEBU riramagana ubuzima buhenze mu bice byose by’igihugu. Ibi byatangajwe ku wa Gatandatu, itariki ya 17 Kanama i Gitega, umurwa mukuru wa politiki, na perezida w’uyu mutwe wa politiki utavuga rumwe n’ubutegetsi. Yavuze kandi ko ashidikanya ku cyizere cy’amatora ataha, cyane ko ishyaka rye […]

Kenya: Urukiko rw’Ikirenga rwahagaritse by’agateganyo icyemezo cy’Urukiko rw’Ubujurire ku itegeko ry’imari 2023

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwahagaritse by’agateganyo icyemezo cy’Urukiko rw’Ubujurire cyatangaje ko itegeko ry’imari 2023 ritubahirije itegeko nshinga. Iki cyemezo kije nyuma y’uko umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’imari n’igenamigambi, hamwe n’abandi bajuriye, batanze ibyifuzo bivuguruza icyemezo cy’urukiko rw’ubujurire. Itegeko ry’imari 2023, ryatangije urukurikirane rw’imisoro mishya n’ivugururwa ry’amategeko agenga imisoro, ryabaye intandaro yo guhangana mu mategeko […]

Uwahoze ari First Lady wa Namibia yagizwe umuyobozi wa Kepler College i Kigali

rwanda_namibia_2_.webp

Monica Geingos, wahoze ari umugore wa mbere muri Namibia, akaba umufasha w’uwahoze ari Perezida wa Namibia, Nyakwigendera Hage Gottfried Geingob, azakomeza imirimo ye mishya nk’Umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Kepler (Keler College) rifite icyicaro i Kigal, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’iryo shuri ku wa Mbere, itariki 19 Kanama. Geingos watangiye manda ye ku itariki ya 29 Nyakanga, […]

FBI yemeje ko Iran yinjiriye gahunda zo kwiyamamaza za Trump na Kamala

Abayobozi b’ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeje ko Iran ari yo yari inyuma y’igikorwa giherutse kubaho cyo kwinjira muri mudasobwa z’ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump . Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI) ndetse n’izindi nzego za leta mu itangazo bahuriyeho bavuze ko Iran yahisemo kwivanga mu matora ya Amerika mu rwego rwo […]

Abana 22% mu Rwanda ntibagerwaho na serivisi mbonezamikurire – MIGEPROF

ec1a5147-768x512.jpg

Umuyobozi wungirije w’Ikigo gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana (NCDA), Gilbert Munyemana, yavuze ko hakomeje gushyirwamo imbagara kugira ngo abana bose bagezwe mu bigo mbonezamikurire nyuma yo kugaragara ko abana 22% mu Rwanda batagerwaho n’izi serivisi. Ni nyuma y’aho Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) itangaje ko 22% by’abana mu Rwanda, batagerwaho na serivisi zitangirwa mu bigo […]

Alain Delon wamamaye muri sinema yo mu Bufaransa yapfuye ku myaka 88 y’amavuko

415f0ligrvl__ac_uf894_1000_ql80_.jpg

Kuri iki Cyumweru, ibitangazamakuru byo mu Bufaransa byatangaje ko umukinnyi wa filimi, Alain Delon, umwe mu ba star bakomeye ba sinema y’i Burayi kuva mu myaka ya za 1960, yapfuye afite imyaka 88 nyuma y’igihe kirekire cy’uburwayi. Delon yatsinze ubuzima bubi yaciyemo mu ntangiriro kugira ngo agire uruhare runini muri filime nyinshi zikomeye, aho yamamaye […]

Cibitoke: Haravugwa imyitozo ya gisirikare ihabwa Imbonerakure mbere yo koherezwa muri RDC

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hashize ibyumweru bitatu, urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD bahabwa imyitozo ya gisirikare mu Ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi), aho amakuru avuga ko nyuma yo gutozwa boherezwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abaturage ba Cibitoke bvuga ko bafite ubwoba. “Imyitozo ibera ku […]

Kamembe: Hafashwe abantu 8 bibaga ugerageje kwirwanaho bakamukatisha inzembe

Abantu icyenda barimo abasore 8 bibaga n’umuzamu w’aho bajyanaga ibyo bibye batawe muri yombi nyuma y’iminsi myinshi abaturage b’Akagari ka Cyangugu mu Mujyi wa Rusizi bataka kwamburwa amatelefoni nijoro no gutoborerwa inzu, bagasanga ibirimo byose byibwe. Aya makuru yemejwe na Iyakaremye Jean Pierre, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe, washimangiye ko ari umusaruro w’ubufatanye bw’ubuyobozi bw’Umurenge […]

Abantu 8 baguye mu iturika ry’ibisasu mu murwa mukuru wa Somaliya

Kuri uyu wa Gatandatu, nibura abantu umunani bapfuye abandi benshi barakomereka mu iturika ry’ibisasu mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu . Mohamud Ahmed, umupolisi muri Mogadishu waganiriye na Anadolu Agency kuri telefoni, yavuze ko iki gitero cyibasiye aho bafatira icyayi mu Karere ka Daynile. “Iduka ry’icyayi ryari rihuze mu gihe cy’iturika. Turizera ko igisasu cyatezwe […]

Tanganyika: Ferdinand Masamba wahoze ari visi guverineri yatawe muri yombi

Uwahoze ari Visi Guverineri wa Tanganyika, Ferdinand Masamba, yatawe muri yombi mu ijoro ryo ku wa Gatanu, Itariki ya 16 Kanama rishyira ku wa Gatandatu, itariki ya 17 Kanama, aho afungiwe muri kasho y’ubushinjacyaha bwa gisirikare bwa Kalemie. Nk’uko umwe mu bajyanama be abitangaza, ngo yaba ashinjwa kuba yarifotoranyije ifoto n’inyeshyamba muri Teritwari ya Nyunzu, […]

Abapolisi b’u Rwanda basoje imyitozo yo kubungabunga umutekano wo mu mazi mu Butaliyani

Amahugurwa ni amahirwe afasha abakozi gushimangira ubumenyi no kwiga ubundi bushya, bikabafasha kunoza imikorere no gukora kinyamwuga buzuza neza inshingano zabo, umusaruro ukiyongera. No muri Polisi y’u Rwanda, amahugurwa ni amwe muri gahunda z’ibanze zifashishwa mu kubaka ubushobozi hazamurwa by’umwihariko urwego rw’ubumenyi na tekiniki bigendanye n’igihe kandi byujuje ibipimo byo ku rwego mpuzamahanga mu rwego […]

Abayobozi ba SADC bongeye kwizeza RDC inkunga ya politiki na gisirikare mu kurwanya M23

Ishami rishinzwe itumanaho rya Perezida wa Repubulika rivuga ko abayobozi b’Umuryango w’iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo (SADC) bongeye kwizeza inkunga yabo ya politiki, dipolomasi ndetse n’igisirikare Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 17 Kanama i Harare, nyuma y’inama ya 44 y’uyu muryango. Inama ya 44 y’abakuru b’ibihugu na guverinoma ya […]

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’ikigo cy’Abanyamerika yo gutunganya ingufu za nikeleyeri

Kuwa Gatatu, u Rwanda rwashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane mu iyubakwa ry’imashini nto zitanga amashanyarazi akomoka ku ngufu za nikeleyeri rwagiranye n’ikigo Nano Nuclear Energy, isosiyete y’Abanyamerika. U Rwanda rwasabye abafatanyabikorwa benshi b’amahanga mu myaka yashize kugira ngo bategure gahunda yo gutunganya ingufu za nikeleyeri hagamijwe kuzibyaza amashanyarazi. Biraterwa n’iterambere rya vuba ry’ikoranabuhanga rya SMR, […]

Kigali: Amatora y’abajyanama yari ateganyijwe yasubitswe

gvf14lvwwaajooc.jpg

Amatora y’abajyanama baharagarariye buri Karere kagize uyu Mujyi hamwe n’ay’Abajyanama bayobora Umujyi yari ateganyijwe kuri uyu wa Gatanu yasubitswe. Byari biteganyijwe ko hatorwa abajyanama 6 bari kuva mu turere tw’Umujyi wa Kigali binyuze mu buryo bw’amatora y’abagize Njyanama z’imirenge, hamwe n’amatora ya Biro Nyobozi ya Njyanama na Komite Nyobozi y’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa […]

Maroc igiye kugura ibyogajuru by’ubutasi bigezweho bikorwa na Israel

70a49460-a991-4c47-9ca9-e6eaffb4d9e6.jpg

Maroc yagiranye amasezerano akomeye na Israel Aerospace Industries (IAI) kugirango igure satelite ebyiri z’ubutasi ziteye imbere. Aya masezerano afite agaciro ka miliyari imwe y’amadolari, agaragaza ingamba zifatika z’ubushobozi bw’ubutasi bwa Maroc kandi agaragaza ubufatanye bugenda bwiyongera hagati y’ibihugu byombi. Aya masezerano ateganijwe kumara imyaka itanu, ashimangira intego ya Maroc yo kongera ubushobozi bwayo mu bijyanye […]

Thailand: Umugore w’imyaka 37 yabaye Minisitiri w’Intebe muto wa mbere utowe

Inteko ishinga amategeko ya Thailand yatoye Minisitiri w’intebe mushya, Paetongtarn Shinawatra, umukobwa w’umutunzi Thaskin wigeze kuyobora igihugu . Ku myaka 37, yabaye Minisitiri w’intebe muto mu gihugu n’umugore wa kabiri kuri uyu mwanya, nyuma ya nyirasenge Yingluck. Itorwa rye rije nyuma y’iminsi ibiri gusa uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Srettha Thavisin, yirukanwe n’urukiko rushinzwe kurinda itegeko […]

Ingabo za Ukraine zafashe Umujyi wa Sudzha mu Burusiya

Ukraine yafashe umujyi wa Sudzha w’u Burusiya mu gihe ingabo zayo zigenda zerekeza imbere mu karere ka Kursk, nk’uko abayobozi ba Kyiv babitangaza. Waba ariwo mujyi munini w’u Burusiya waguye mu maboko ya Ukraine kuva yatangira ibitero mu Burusiya mu cyumweru gishize kirenga. Nubwo utuwe gusa n’abantu bagera ku 5.000, Sudzha ni izingiro ry’ubutegetsi bw’akarere […]

RDF iri kwandika abifuza kujya mu gisirikare ku rwego rw’Inkeragutabara

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko gusaba kwinjira mu ngabo z’inkeragutabara, rimwe mu mashami yacyo ane, byatangiye ku itariki ya 14 Kanama bikazarangira ku ya 19 Kanama. Hakurikijwe itegeko rigenga RDF, Ingabo z’inkeragurabara zigizwe n’abasirikare bari ku kazi bakora igihe cyose n’abandi bakora igihe gito, ariko bashobora guhamagarwa ku mirimo yabo igihe cyose bibaye ngombwa. […]

Icyorezo cy’ubushita cyageze ku mugabane w’u Burayi

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 15 Kanama hanze ya Afurika, mu gihugu cya Suede havumbuwe umuntu wa mbere wanduye indwara y’ubushita ikomeje guteza akaga. Iri tangazo rije bukeye bwaho OMS itangije urwego rwayo rwo hejuru rw’ubuzima ku rwego mpuzamahanga mu rwego rwo guhangana n’iki kibazo cyabanje ku mugabane wa Afurika. Minisitiri w’Imibereho Myiza n’Ubuzima […]

Rutshuru: Abaturage 16 biciwe mu gitero cya Wazalendo ku birindiro bya M23

Kuri uyu wa Kane, abaturage 16 bahitanywe n’imirwano hagati ya M23 n’umutwe wa Wazalendo muri Teritwari ya Rutshuru, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Umuyobozi w’iyi teritwari, Isaac Kibira, yabwiye itangazamakuru ko abarwanyi ba Wazalendo, ubusanzwe bafatanya na FARDC, bateye ibirindiro bya M23, abasivivili barindwi bahasiga ubuzima. […]

France: Abapilote 2 b’indege z’indwanyi bapfuye nyuma yo kugongana n’indi mu kirere

france-accident-defence-transport-104114_4443480_20240815203431.jpg

Abapilote babiri b’indege z’indwanyi z’Abafaransa bapfuye nyuma y’uko indege yabo yo mu bwoko bwa Rafale igonganye n’indi mu kirere zikagwa mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bufaransa nk’uko Igisirikare cy’u Bufaransa kibitangaza. Impanuka z’izi ndege z’indwanyi z’Abafaransa zigenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro runaka ntabwo zisanzwe. Impanuka ebyiri gusa ziheruka, imwe yabaye muri 2007 indi mu 2009, […]

Umubyeyi w’abana batanu yishwe n’imwe mu mbwa yiyororeye

Kuri uyu wa Kane, byagaragaye ko umubyeyi w’abana batanu bapfuye nyuma yo kuribwa n’imbwa mu rugo rwe yari aherutse no gupfusha umukobwa we. Ku itariki ya 29 Nyakanga, Michelle Hempstead, ufite imyaka 34, yapfuye nyuma yo kuribwa n’imbwa ye yo mu bwoko bwa Bull Mastiff mu rugo rwe mu majyepfo ya Eshend, muri Essex, akagira […]

Tanzaniya: Perezida Suluhu yirukanye Minisitiri w’Ubuzima wari umazeho igihe

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2024, yakuyeho Minisitiri w’ubuzima umaze igihe kinini (kuva mu 2015), Ummy Mwalimu, mu ivugurura rito rya guverinoma, aho bivugwa ko iki ari kimwe mu bikorwa bigamije gukomeza ubutegetsi bwe mbere y’amatora rusange y’umwaka utaha. Nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga mukuru, Moses Kusiluka, Perezida […]

Abasirikare 100 basoje amasomo yo kurinda abanyacyubahiro bahawe ku bufatanye bwa RDF na Qatar

7-6.jpg

Abasirikare 100 ba RDF bo mu ishami rishinzwe disipuline mu gisirikare (MP) barangije neza gahunda y’amahugurwa y’ibyumweru bitandatu yakozwe ku bufatanye bwa RDF na Qatar. Amahugurwa yabereye mu ishuri rya gisirikare ry’u Rwanda i Gako, yibanze ku bice by’ingenzi birimo kurwanya iterabwoba, kurinda abanyacyubahiro, no kurwanya imvururu. Iyi gahunda ihuriweho ishimangira umubano w’ibihugu byombi hagati […]

Burundi: Abashinzwe kurinda Ndayishimiye bafunzwe bazira impano bahawe na Perezida wa Tchad

Colonel Christian Nyabenda wo mu gipolisi cy’u Burundi ushinzwe ibikorwa mu ishami rishinzwe gufasha kurinda inzego (GAPI), abandi bapolisi babiri bo muri iri shami barimo umugore kimwe n’abandi ba ofisiye babiri ndetse na sous-officier bo muri Brigade idasanzwe ishinzwe kurinda inzego za leta n’umukuru w’igihugu, BSPI , bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Bujumbura izwi ku […]

Twakemuye ibibazo na RDF muri ako karere none ubu SAMIM yagiye turakomeza – Nyusi

455240767_18298692175167529_7077172863939118421_n.jpg

Nyuma yo kwitabira umuhango w’irahira rya mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, i Kigali, Perezida wa Mozambike, Filipe Nyusi, yashimye uburyo Ingabo z’u Rwanda zishyigikira Mozambike mu kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado. Nyuma y’umunsi umwe avuye i Kigali, Perezida Filipe Nyusi yatangarije itangazamakuru ati “Byari ngombwa kuba hano kuko, mu bihe byiza no mu bihe […]

Ikibuga cy’Indege cya Cologne cyahagaritse imirimo by’agateganyo nyuma yo kwinjirirwa

Ikibuga cy’indege cya Cologne / Bonn mu Budage, cyatangaje muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane ko gihagarika by’agateganyo ibikorwa nyuma y’uko “kwinjirirwa n’abantu batabyemerewe.” Iki kibuga cy’indege ni kimwe mu bibuga by’indege biba bihuze kubera abagenzi benshi cyane bagikoresha nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Muri iki cyumweru, Letzte Generation cyangwa “Igisekuru […]

Aimable Karasira akomeje kwimwa uburenganzira kuri miliyoni hafi 45Frw zafatiriwe n’ubutabera

Aimable Karasira ushinjwa ibyaha birimo guhakana Jenoside, arasaba ubushinjacyaha kurekura amafaranga ye yafatiriwe kugira ngo abashe kwishyura abanyamategeko be. Avuga ko amafranga ye yafatiriwe akabakaba muri miliyoni 45 z’amanyarwanda, arimo amanyarwanda n’amadevize kuko hari amadevise agera 11.000 by’amadolari ndetse n’andi abarirwa mu 17.000 by’amayero. Avuga ko amwe yayakoreye ayandi ari impano z’abantu batandukanye. Hashize amezi […]

Abawazelendo bakomeje kwisuganya biteguye kwambura M23 ibice igenzura

Imitwe icumi yitwaje intwaro yiyita “Wazalendo” ikorera muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru yiyemeje gufatanya n’ingabo za DRC mu rwego rwo kugarura ibice bigenzurwa na M23 . Ibyo babitangaje nyuma y’inama yo ku wa Kabiri, itariki 13 Kanama 2024, mu mujyi wa Butembo. Mu itangazo ryabonwe na Actu30.cd, aya matsinda ya Wazalendo yatangaje ko […]

Thailand: Urukiko rwirukanye Minisitiri w’Intebe Srettha ushinjwa guha akazi minisitiri ufite ubusembwa

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2024, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwa Thailand rwemeje ko Minisitiri w’intebe, Srettha Thavisin, ashobora kwirukanwa, nyuma y’umwaka utuzuye amaze ku butegetsi. Itsinda ry’abasenateri 40, bashyizweho n’iyahoze ari guverinoma ya gisirikare, batanze ikirego barega Srettha. Umucamanza Punya Udchachon, asoma iki cyemezo, yavuze ko urukiko rwatoye ku majwi […]

Akandi karere ko mu Burusiya katangaje ibihe bidasanzwe mu gihe Ukraine ikomeje ibitero

Guverineri w’akarere ka Belgorod mu Burusiya yatangaje ibihe bidasanzwe, mu gihe Ingabo za Ukraine zinjiye mu cyumweru cya kabiri zitangije ibitero imbere mu Burusiya . Guverineri Vyacheslav Gladkov avuga ko ibisasu bya Ukraine buri munsi bisenya amazu kandi byica abaturage nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Bije nyuma y’uko Ukraine yinjiye mu karere ka Kursk, […]