Niger: Mushikiwabo yasabye abahiritse ubutegetsi kurekura Perezida Bazoum nta mananiza
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie, Louise Mushikiwabo, yamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu gihugu cya Niger ndetse asaba ko Perezida Mohamed Bazoum arekurwa nta mananiza . “Ibikorwa nk’ibi byo gushyira mu bibazo ubudasiba ibyagezweho na demokarasi binyuranye n’indangagaciro za La Francophonie, ndetse n’ibyemezo Leta zacu na guverinoma byiyemeje binyuze mu itangazo rya Bamako ryo ku […]
Uganda: Umunyarwanda w’imyaka 18 yiciwe mu Karere ka Kisoro arashwe
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kisoro kiri gukora iperereza ku rupfu rw’Umunyarwanda bivugwa ko yari afite magendu y’amabuye y’agaciro ya tin warashwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye . Umuyobozi mu Karere ka Kisoro, Shafiq Ssekandi, avuga ko uyu witwa Pascal Dushimimana w’imyaka 18 yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize nk’uko iyi nkuru […]
Harigwa uko abatishoboye bunganirwa mu mategeko ku buntu bakwiyongera
Mu rwego rwo kugirango ubutabera bugere kuri bose, amahuriro y’abunganira abantu mu by’amategeko aravuga ko hakenewe gukusanya imbaraga n’ubushobozi buhagije, kugirango hongerwe umubare w’abatishoboye, bashobora kunganirwa mu mategeko ku buntu . Ubusanzwe amategeko ateganya ko buri muntu wese ugiye kuburana mu nkiko agomba kuba afite umuburanira, ariko byagaragaye ko hari bamwe mu baturage batishoboye batabasha […]
Les exportations de minerais du Rwanda ont rapporté 362,3 M$ entre avril et juin 2023
L’Office rwandais des mines, du pĂ©trole et du gaz (RMB) a annoncĂ© un revenu de 362 368 845 dollars provenant de 6 638 538 kilogrammes de minerais qui ont Ă©tĂ© exportĂ©s au cours du deuxième trimestre de l’annĂ©e, avril-juin 2023 . Selon RMB, les principales exportations comprenaient la cassitĂ©rite, le coltan, le wolfram, l’or, pour […]
USA: Uwahoze mu butasi yahamirije Sena ko leta izi neza ko Aliens zibaho

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga, David Grusch wahoze ari umuyobozi mu butasi bwa gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatanze ubuhamya nyuma yo kurahirira kuvugisha ukuri imbere komite ishinzwe iperereza muri Sena, aho yemeje ko guverinoma itazi gusa ko hari ibindi binyabuzima bitari abantu bifite ubwenge mu isanzure (Aliens), ko ahubwo yanakuye […]
Putin yasabye abayobozi ba Afurika gutangira gutekereza kwigisha Ikirusiya mu mashuri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye ibihugu by’Afurika gutekereza gutangira kwigisha ururimi rw’Ikirusiya mu mashuri . Mu ijambo rye mu muhango wo gutangiza inama ya kabiri y’u Burusiya na Afurika yabereye i St. Petersburg, Putin yavuze ko igihugu cye cyiteguye gufatanya cyane na Afurika mu rwego rw’uburezi. Ati: “Turabasaba gutekereza ku kwinjiza ururimi rw’Ikirusiya mu […]
Kim Jong un yamurikiye minisitiri w’ingabo w’u Burusiya intwaro zihambaye bamaze gukora

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga, Kim Jong Un yeretse Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, Serge Shoigu, intwaro Koreya ya Ruguru iheruka gukora. Pyongyang yatumiye intumwa z’u Burusiya ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen. Shoigu, ndetse n’abayobozi b’Abashinwa. Baritabira ibirori bya Pyongyang byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’amasezerano y’amahoro yarangije Intambara ya Koreya, birangwa n’akarasisi k’igisirikare […]
It is a diplomatic mistake for the DRC not to send a formal invitation to Ms. Mushikiwabo – Sen. Muyumba
“It is a diplomatic error for the DRC not to send an invitation in good and due form to Ms. Mushikiwabo, SG of the International Organization of La Francophonie,” said DRC Senetor, Francine Muyumba . “While opposing the Rwandan aggression, I disapprove of this approach which demeans the DRC because Ms. Mushikiwabo is SG of […]
Kudatumira Mushikiwabo ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri RDC – Sen. Muyumba
“Ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kutoherereza ubutumire madamu Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie,” uyu ni Senateri Francine Muyumba anenga ukuntu Guverinoma y’igihugu cye yirengagije gutumira Mushikiwabo, igikorwa abona nko kuba abana muri dipolomasi . Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri ushize, Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick […]
Le Rwanda remet en question la décision de la Belgique sur Ambassadeur Karéga
La dĂ©cision du gouvernement belge de rejeter la nomination de Vincent Karega comme ambassadeur dĂ©signĂ© auprès du Royaume est regrettable et n’augure rien de bon pour les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et la Belgique, a dĂ©clarĂ© Yolande Makolo, porte-parole du gouvernement . “Il est regrettable que le gouvernement belge semble avoir capitulĂ© face aux […]
Mbelgiji kuzaliwa Rwanda alipatikana na hatia katika kesi ya ugaidi nchini Ubelgiji
HervĂ© Bayingana Muhirwa, ambaye alikuwa ameweka magaidi wawili walioteuliwa kama washambuliaji wa kujitoa mhanga katika nyumba yake kabla na baada ya mashambulizi, hakushiriki katika mashambulizi ya Machi 22, 2016 yaliyotekelezwa huko Zaventem na Maelbeek, mahakama ya Brussels ilihitimisha Jumanne . Kwa upande mwingine, majaji hao 12 walimkuta raia huyo Mbelgiji kuzaliwa Rwanda mwenye umri wa […]
Buruseli: Umubiligi ukomoka mu Rwanda akurikiranweho uruhare mu bitero by’iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Nyakanga, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze HervĂ© Bayingana Muhirwa, umuturage w’Umubiligi w’imyaka 38 ukomoka mu Rwanda, ahamwa n’icyaha cyo kugira uruhare mu bikorwa by’umutwe w’iterabwoba. Nk’uko byatangajwe na Radiyo na Televiziyo by’u Bubiligi, RTBF, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze batandatu mu 10 bakekwaho icyaha cy’ubwicanyi bw’iterabwoba mu bitero by’i Buruseli […]
North Kivu: The president of civil society escapes assassination
Armed and unidentified bandits have just killed a civilian this evening of July 25, 2023 in the city of Goma. According to tazamardc.net, the event happened on national road number two, in the western part of the tourist town. The president of civil society in North Kivu escaped this despicable act. “It seems that the […]
Perezida wa Sosiyete Sivile ya Kivu y’Amajyaruguru yarusimbutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023, ibisambo byitwaje intwaro kandi bitamenyekanye byishe umusivili mu Mujyi wa Goma. Nkuko amakuru agera ku rubuga Tazama RDC abitangaza, ibi byabereye ku muhanda nimero ya kabiri, mu burengerazuba bw’umujyi. Perezida wa Sosiyete Sivile muri Kivu y’Amajyaruguru we yarusimbutse . Umuturage wo mu gace kabereyemo ibi yagize […]
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abantu 34 barimo abasirikare 7 ba Nigeria
Umuyobozi w’umutwe wo kwirwanaho ndetse n’abaturage baravuga ko byibuze abantu 34, barimo n’abasirikare barindwi, baguye mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje intwaro mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria . Igitero cyabereye mu karere kitaruye ka Dan Gulbi gaherereye mu butegetsi bwa Maru muri Leta ya Zamfara ku gicamunsi cyo kuwa Mbere ushize, nk’uko Ismail Magaji, ukuriye […]
Mu mezi 3 amabuye y’agaciro u Rwanda rwohereje hanze yinjije miliyari zisaga 400 Frw
Ikigo cy’amabuye y’agaciro, peteroli na gaz mu Rwanda (RMB) kiratangaza ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga hagati ya Mata na Kamena 2023 yinjije miliyoni zisaga 362 z’amadolari ya Amerika (hafi miliyari 426 z’amafaranga y’u Rwanda) . Zahabu yoherejwe mu mahanga yonyine yinjije miliyoni zisaga 302 z’amadolari (hafi miliyari 356 z’amafaranga y’u Rwanda), bigaragara ko ari […]
Uyu mwaka urarangira Umujyi wa Kigali ubonye bus 100 zo gutwara abagenzi – Min. Nsabimana
Umujyi wa Kigali urateganya kwakira bisi 100 mu mpera z’Ukuboza 2023, muri bisi 305 zasezeranijwe na guverinoma zo gukemura ikibazo cy’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi, nk’uko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Ernest Nsabimana, yabitangaje . Yabitangarije Abasenateri kuri uyu wa 25 Nyakanga, aho yatanze amakuru mashya ku ngamba zo guhangana n’impanuka zo mu muhanda kandi yizeza abasenateri ko […]
RDC: U Bubiligi bwemeye gutanga ubufasha mu iperereza ku iyicwa rya Depite Okende
Iyicwa rya Depite ChĂ©rubin Okende ku wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga i Kinshasa, ryarushijeho gukaza umwuka mubi mu rwego rwa politiki rusanzwe rutorohewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ku busabe bw’ubufasha bwa guverinoma n’ishyaka rya nyakwigendera, u Bubiligi bwamaze kwemera gufasha mu iperereza . ChĂ©rubin Okende, wari umuvugizi w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo
U Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300km². Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya […]
WASAC yasabwe ibisobanuro na Sena ku bibazo byagaragajwe n’Umugenzuzi w’imari

Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari batumiye Umuyobozi w’agateganyo wa WASAC, Gisele Umuhumuza ngo atange ibisobauro ku bibazo binyuranye byagaragaye muri WASAC biri muri raporo y’Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye italiki 30 Kamena 2022 yerekana ko kuva mu kwezi kwa Mutarama 2021,WASAC yari […]
Mali yakuye Igifaransa mu ndimi zikoreshwa mu buyobozi nyuma y’imyaka isaga 60
Mu Itegeko nshinga ryayo rishya, Mali yitandukanyije n’Igifaransa, cyari rwo rurimi rukoreshwa mu buyobozi muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba kuva mu 1960 . Mu itegeko nshinga rishya ryemejwe cyane ku majwi 96,91% mu matora yo ku wa 18 Kamena, Igifaransa ntikiri ururimi rukoreshwa n’ubuyobozi. Igifaransa kizaba ururimi rukoreshwa mu kazi guhera ubu, kandi indimi […]
Mwendesha mashtaka Brammertz yuko katika ziara ya kikazi nchini Rwanda
Mwendesha Mashtaka Mkuu Serge Brammertz yuko kazini rasmi nchini Rwanda kuanzia tarehe 24 hadi 28 Julai 2023 . Kufuatia kukamatwa kwa Fulgence Kayishema tarehe 24 Mei huko Paarl, Afrika Kusini, Mwendesha Mashtaka Brammertz atatembelea Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Parokia ya Nyange kukutana na walionusurika na waathiriwa na watu mashuhuri wa eneo hilo. Mwendesha […]
Les problèmes qui pourraient empĂ ÂŞcher les forces de la SADC d’arriver Ă Â temps en RDC
L’armĂ©e sud-africaine en difficultĂ© aura du mal Ă Â apporter une contribution significative Ă Â une nouvelle force rĂ©gionale prĂ©vue censĂ©e apporter la paix en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) . Avec seulement une fraction des hĂ©licoptères de l’armĂ©e de l’air encore en mesure de voler et quelque 2600 soldats sud-africains dĂ©jĂ Â dĂ©ployĂ©s en RDC et au […]
Ibibazo by’uruhuri bishobora kubuza Ingabo za SADC kugera muri RDC mu gihe cyagenwe
Igisirikare cya Afurika y’Epfo bivugwa ko kiri mu bibazo by’ingutu muri iki gihe, gishobora kugorwa no gutanga umusanzu ugaragara mu mutwe mushya w’ingabo za SADC zigomba kujya kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Umushakashatsi mukuru mu Kigo cya Afurika y’Epfo cyita ku Bibazo Mpuzamahanga, Stephanie Wolters, avuga ko mu gihe […]
Burundi: Ubuzima bw’umunyamakuru Floriane wafunzwe avuye mu Rwanda buri hagati y’urupfu n’umupfumu
Amakuru aturuka mu begereye Gereza ya Muyinga agera kuri Bwiza.com kandi yemejwe n’umuryango, aravuga ko ubuzima bw’umunyamakuru Floriane Irangabiye bwari bwifashe nabi mu ijoro ryose ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri. Mu minsi itari mike ishize, uyu munyamakuru yari yamenyesheje ubuyobozi bwa gereza ko ubuzima bwe bukomeje kumererwa nabi . Uyu […]
Umusirikare wa Uganda wabarizwaga muri Operation Shujaa muri RDC yiciwe mu kabari
Polisi ya Uganda mu Karere ka Budaka irimo gukora iperereza nyuma y’urupfu rw’umusirikare wa UPDF bivugwa ko yiciwe mu kabari atewe icyuma. Umusirikare wapfuye, wari ufite uruhushya ruzwi nk’ikibari, akomoka mu Mudugudu wa Bulomi, ahitwa Kameruka mu Karere ka Budaka. Umuvugizi wa Polisi muri Bukedi y’Amajyaruguru, SP Immaculate Alaso Emily, avuga ko ku itariki ya […]
Minisitiri w’Intebe wa Israel akomeje kujyanwa mu bitaro bya hato na hato
Kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yari mu bitaro nyuma yo gushyirwaho akuma gafasha umutima gukora neza (pacemaker) mu gihe abantu ibihumbi n’ibihumbi bahuriye i Yeruzalemu mu myigaragambyo yamagana igikorwa cyo gusuzuma ivugurura ry’urukiko rw’ikirenga riganirwaho mu nteko . Mu gihe Israel ikomeje kuvugwamo ibibazo bya politiki bikomeye itigeze igira mu myaka […]
Crimea: Ukraine yagabye igitero ku bubiko bw’amasasu bw’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Guverineri washyizweho na Moscou yavuze ko igitero cy’indege zitagira abapilote ku bubiko bw’amasasu muri Crimea cyatumye abayobozi bahungisha abantu mu bilometero 5 kandi bafunga by’agateganyo ikiraro gihuza uyu mujyi n’u Burusiya. Ukraine yavuze ko igisirikare cyayo cyasenye ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli hamwe n’ububiko bw’igisirikare cy’u Burusiya mu cyo ivuga ko […]
Amafoto: Urugendo rwo gukanga umwanzi rwa FARDC rwitabiriwe n’abakomando bateye ubwoba

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 22 Nyakanga 2023, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yakiriye neza urugendo rwo gukanga umwanzi rwateguwe n’umutwe w’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, mu ntara zimwe na zimwe za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Binyuze mu ishami ry’itumanaho rya perezidansi, FĂ©lix Tshisekedi yishimiye iki gikorwa cyiza n’inzego z’ingabo n’umutekano. Mu magambo […]
Le président Denis Sassou Nguesso en visite au Rwanda
Le prĂ©sident de la RĂ©publique du Congo (Congo-Brazzaville), Denis Sassou Nguesso, est arrivĂ© au Rwanda ce vendredi 21 juillet, oĂ Âą il devrait s’adresser Ă Â une session conjointe du Parlement dans l’après-midi, entre autres activitĂ©s, a appris The New Times . La prĂ©sidence de la RĂ©publique du Congo a publiĂ© sur sa page Twitter qu’Ă Â l’invitation […]
Ngira isoni iyo ndi imbere y’abakobwa benshi – Visi Perezida wa Kenya
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko ubusanzwe agira isoni iyo ari imbere y’abakobwa benshi . Kuri uyu wa Gatanu, ibi Gachagua yabivugiye ku ishuri Our Lady of Consolata Mugoiri Girls High School, riherereye ahitwa Kiharu mu Ntara ya Murang’a. Yavuze ko ataza kuvuga byinshi kubera abakobwa bose bamurebaga. Gachagua ati: “Ndi muri situation […]
The FARDC organize a dissuasive march on Saturday in Kinshasa and Lubumbashi
The FARDC announce the organization of a dissuasion march for this Saturday, July 22 in the city-province of Kinshasa . Major General and commander of Republican Guard/FARDC, Gabi Kiriza Ephraim indicates, in his telegram, that the march in which six thousand five hundred (6500) soldiers will participate, will have as a meeting point the place […]
Yasabye umushinjacyaha gusoma Charles Onana mbere yo kumubaza iby’imvugo zibasira Abatutsi ashinjwa
Depite Justin Bitakwira wari watumijwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku mvugo zibiba inzango n’amacakubiri zibasira ubwoko bw’Abatutsi amaze iminsi yumvikana avuga mu mbwirwaruhame n’ibiganiro mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane yanze kugira byinshi atangariza umushinjacyaha amubwira ko ntacyo bavugana atarasoma igitabo Holocauste au Congo cya Charles Onana, avuga ko ibyo yavuze ari ho yabikuye . Nyuma […]
Masisi: Bwa mbere hatangajwe abaguye mu mirwano ya M23 na Wazalendo ku mpande zombi
Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na leta . Nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC, ngo imirwano yabereye kuri uyu wa Kane ushize, itariki 20 Nyakanga, ku dusozi twa Kavumu […]
Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushakira ibirungo umuyobozi wa Wagner
Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin . Prigozhin ni umuyobozi w’ikigo cy’abacanshuro cya Wagner wayoboye imyivumbagatanyo y’abarwanyi be mu Burusiya mu kwezi gushize. Umuyobozi wa CIA, William Burns, yatangaje ko iyo myivumbagatanyo yerekanye intege nke zikomeye muri sisitemu […]
Kivu y’Amajyepfo: Inkongi y’umuriro yishe abantu 3 ikongora inzu zisaga 100
Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 . Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane ushize n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP, byavuganye na Mubirimbo Birimu, Perezida wa sosiyete sivile yaho, ngo icyateje iyi nkongi ntikirasobanuka neza. […]
Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma yo gutwika ambasade i Bagdad
Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma y’amasaha make abigaragambya b’Abanya-Irak barakajwe no gutwika amakopi ya Koran muri Suede, bateye ambasade y’iki gihugu i Bagdad bakurira inkuta z’urupangu maze bakayitwika . Iraki yakoze ibi mu rwego rwo kugaragaza uburakari yari ifitiye igikorwa cyari giteganyijwe i Stockholm cyo kongera gutwika Koran kuri uyu wa Kane. Kuri uyu […]
The African Union reaction to Russia’s exit from the grain agreement
The African Union on Tuesday “regretted” Russia’s decision to suspend the agreement that allowed Ukrainian grain exports through the Black Sea despite the war in Ukraine . “I regret the suspension of the Black Sea Grain Initiative, which the African Union had supported very early on,” AU Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat said on his […]
Abadepite baremeza imishinga y’amategeko yiganjemo areba imisoro
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 20 Nyakanga, nyuma ya saa sita guhera saa cyenda, iremeza imishinga ine y’amategeko yerekeranye ahanini n’imisoro. Imishinga y’amategeko yemezwa irimo: -Umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No027/2022 ryo kuwa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No025/2019 ryo kuwa 13/09/2019 […]
Abarwanyi 100 ba Al Shabab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somalia na Amerika
Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu rwagati, barimo abayobozi barindwi bo mu rwego rwo hejuru . Igisirikare cya Somalia (SNA) ku nkunga y’ingabo za Amerika zagabye ibitero by’indege no ku butaka hafi y’imidugudu ya […]
Le célèbre comédien americain Kevin Hart en visite au Rwanda
L’humoriste et acteur de cinĂ©ma amĂ©ricain Kevin Hart est Ă Â Kigali, a appris Bwiza.com. Le comedien de renom a Ă©tĂ© ce mardi repĂ©rĂ© Ă Â Haute Baso avec sa famille . La boutique Made in Rwanda s’est adressĂ©e Ă Â Twitter pour remercier la famille Hart d’avoir fait du shopping avec eux. “Quel honneur d’accueillir la famille […]
Uganda: Museveni yashyikirijwe ubutumwa bwa Tshisekedi bwajyanwe na Mbusa Nyamwisi

Umunyamabanga wa Leta ya Congo ushinzwe ibikorwa byo kwishyira hamwe mu karere, Antipas Mbusa Nyamwisi hamwe n’intumwa nkuru y’umukuru w’igihugu Tony Kanku, kuva ku wa Gatatu, itariki 19 Nyakanga bari i Kampala, muri Uganda, aho bagiye bajyanye ubutumwa bwa Perezida Tshisekedi bugenewe mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni. Kuri uyu wa gatatu saa cyenda z’amanywa, […]
Depite Bitakwira yatumijwe n’umushinjacyaha nyuma y’imvugo zibasira Abatutsi zamaganwe na E.U
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 20 Nyakanga saa yine za mu gitondo, Depite Justin Bitakwira agomba kwitaba umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi usabiye minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukumira uyu munyapolitiki ukomeje gukoresha imvugo zibiba urwango zibasira Abatutsi . Ibaruwa imuhamagaza ariko ntabwo igaragaramo […]
Games of La Francophonie: The Guinean football team withdraws
The Guinean Football Federation announced on Tuesday, July 18, the withdrawal of the U20 men’s national team from the football tournament as part of the IX Francophonie Games to be held from July 28 to August 6, 2023 in Kinshasa . The federation meant that “this decision is taken after a request from the Ministry […]
Burundi: Gen. Bunyoni ubu arabarizwa muri Gereza Nkuru ya Gitega avuye mu ya Ngozi
Nyuma y’amezi atatu abarizwa mu buroko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni yongeye kwimurirwa mu yindi gereza mu yindi ntara . Biravugwa ko Bunyoni yaraye ijoro rye rya mbere muri Gereza Nkuru ya Gitega, nyuma y’aho yari amaze amezi hafi abiri muri Gereza Nkuru ya Ngozi, aho yoherejwe avuye muri kasho […]
Kenya: Abigaragambya bongeye guhangana n’igipolisi bakoresheje amabuye
Kuri uyu wa Gatatu, abigaragambya bagera ku 100 bateye amabuye abapolisi mu gace gakennye ka Nairobi mu gihe iminsi itatu y’imyigaragambyo karundura yamaganaga ubuzima buhenze ndetse n’izamuka ry’imisoro yatangiriye muri Kenya . Abigaragambya batwitse amapine mu gace ka Kibera, gakunze kuberamo guhangana kw’abaturage n’abagize inzego z’umutekano, polisi nayo ikoresha ibyuka biryana mu maso mu kubaca […]
Rwanda inahitaji Rwf518bn ili kupata nafuu kutokana na hasara iliyosababishwa na mafuriko
Serikali inatafuta Rwf 518.58 bilioni (takriban Dola za Kimarekani milioni 415) kuwezesha uokoaji kutoka kwa hasara kubwa za kiuchumi na kiuchumi zilizosababishwa na mafuriko na maporomoko ya ardhi hivi karibuni, kulingana na tathmini ya kina ya uharibifu wa ardhi na mafuriko iliyofanywa na Wizara ya Fedha na Mipango ya Uchumi . Hapo awali, makadirio ya […]
Umushinga w’itegeko rireba abimukira mu Bwongereza ugiye kuba itegeko
Umugambi wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, wakomeje guhura n’inzitizi cyane wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, biteganijwe ko ushobora kuba itegeko nyuma y’uko guverinoma iteye utwatsi icyifuzo cy’inteko ishinga amategeko cyo guhindura itegeko rigenga abinjira n’abasohoka . Umushinga w’itegeko rishinzwe gukumira abinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko wari ukomeje kutavugwaho rumwe hagati […]
Congo: Minisitiri Nguesso yasabwe ibisobanuro ku masezerano yasinyanye n’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nyakanga 2023, Denis Christel Sassou Nguesso, umuhungu wa Perezida wa Congo-Brazzaville akaba na minisitiri ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga w’iki gihugu, yitabye inteko ishinga amategeko imitwe yombi kugirango atange ibisobanuro ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda . Denis yumviswe na komite zishinzwe ububanyi n’amahanga z’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko mbere y’uko […]
Francophonie Games in Kinshasa: The accommodation conditions are not good according to the participants
Ten days before the start of the IX Games of La Francophonie, delegations from several countries have already arrived in Kinshasa. These include Togo, Niger, Burkina-Faso, the Republic of Congo, Benin and Chad. The athletes were on Monday, July 17 at the Stade des martyrs for a first training session. But the accommodation conditions are […]
Imikino ya Francophonie: Abayitabiriye binubiye uko ibikorwa remezo bihagaze i Kinshasa
Ibihugu byitabiriye imikino ya La Francophonie muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye kwinubira ahantu byakiriwe ndetse n’imyiteguro yakozwe n’iki gihugu kugirango izagende neza, nyuma y’aho ibihugu bimwe byanze kuyitabira ibindi bikagabanya umubare w’abagombaga kubihagararira . Umwe mu bayoboye abakinnyi baturutse muri Burkina Faso, Coach Seydou Yacknaba, yabwiye itangazamakuru ko bakiriwe neza ariko bageze aho […]
Dix enfants se sont noyés à  Nyabarongo, un homme en garde à  vue
La Police nationale du Rwanda (RNP) est actuellement engagĂ©e dans une recherche continue de dix enfants qui se sont tragiquement noyĂ©s dans la rivière Nyabarongo le lundi 17 juillet . Dans une interview ce matin, John Bosco Kabera, le porte-parole du RNP, a fourni des dĂ©tails sur le malheureux incident survenu Ă Â 17 heures dans […]
Ibura rya Minisitiri w’intebe wa Jersey uri mu Rwanda n’umwungirije ryateje urunturuntu
Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo . Kristina Moore arabarizwa mu Rwanda aho yitabiriye inama ku buringanire n’uburenganzira bw’abagore izwi nka “Women Deliver”, mu gihe umwungirije, Kirsten Morel yagiye mu biruhuko by’umuryango mu Bugereki. Mu ibaruwa […]
Polisi y’u Rwanda n’iya Singapore birakataje mu gushimangira ubufatanye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye inama yahuje Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye n’abayobozi bakuru bo muri Polisi y’u Rwanda . Ni inama igamije gushimangira ubufatanye, yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye na mugenzi […]
Nyarugusu (Tanzaniya): Impunzi y’Umunyamulenge yishwe izira M23
Impunzi y’Umunyekongo ikomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge yari iherutse kugera mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, yo mu gihugu cya Tanzania, mu gitondo cyo kuwa Kane ushize yiciwe muri iyi nkambi n’abantu bitwaje imbunda bambaye imyambaro y’igipolisi n’iya gisivili bamushinja gushyigikira M23 . Amakuru agera ku rubuga SOSMediaBurundi dukesha iyi nkuru, avuga ko yakekwagaho kuba umusirikare wa […]
Israel yemeye ko Sahara y’Iburengerazuba ari ubutaka bwa Maroc
Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara y’Iburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse n’itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel bivuga . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Nyakanga, Rabat yavuze ko Israel itekereza gufungura ambasade i Dakhla. Itangazo ry’ingoro ya cyami ya Maroc rivuga ko aho Israel ihagaze yabigaragaje […]
Ukraine: Ibitero bya drones na misile ballistique byibasiye amajyepfo n’uburasirazuba
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko byatangajwe n’ingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Umuyobozi w’umujyi yavuze ko inkongi y’umuriro yibasiye imwe mu “nyubako” […]
Rwanda kufungua ujumbe wa kidiplomasia nchini Hungary
Rwanda inatazamiwa kufungua ujumbe wake wa kwanza wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, “hivi karibuni” ikiwa ni sehemu ya mipango ya nchi hiyo kuimarisha ushirikiano na nchi hiyo ya Ulaya, Rais Paul Kagame amesema . “Rwanda inakusudia kufungua uwepo wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, hivi karibuni kwani kuunda nafasi za kazi kwa nchi zetu na kukuza […]
Kanyabayonga: Civil society denounces harassment by Wazalendo militiamen
The inhabitants of the rural commune of Kanyabayonga, in the chiefdom of Bwito, territory of Rutshuru (North Kivu) complained, Sunday, July 16, of the harassment of the “Wazalendo” militiamen . For their survival, these local fighters have protected illegal barriers and are charging exorbitant taxes to travelers, under the gaze of the authorities, reported local […]
Rutshuru: Abatuye Kanyabayonga baramagana ihohoterwa bakorerwa na Wazalendo
Abaturage bo muri komini yo mu cyaro ya Kanyabayonga, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, binubiye ihohoterwa bakorerwa n’inyeshyamba za “Wazalendo” . Sosiyete sivile yo muri ako gace yatangaje ko kugira ngo zibeho, inyeshyamba zaho zashinze bariyeri zitemewe kandi zikishyuza imisoro irenze urugero […]