Umuntu wese ubarizwa muri Hamas ni umupfu – Netanyahu
Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko buri munyamuryango wa Hamas ari “umupfu” nyuma y’inama ya mbere ya guverinoma y’igitaraganya. Iruhande rwe, utavuga rumwe n’ubutegetsi, Benny Gantz, yavuze ko “ari igihe cy’intambara”. Ariko Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavuze ko yavuganye na Netanyahu kandi asobanura neza ko Israel igomba “gukurikiza amategeko y’intambara”. Abapfuye muri […]
Guverinoma y’inzibacyuho ya Mali yagumishijeho ibihano byafatiwe Air France
Kuri uyu wa Gatatu, Guverinoma y’Igisirikare cya Mali yavuze ko ingendo z’indege za kompanyi y’Abafaransa, Air France, zerekeza muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba zizakomeza guhagarikwa kugeza igihe isuzuma ry’uruhushya rwabanjirije uru rirangiye. Iki cyemezo kibaye nyuma y’umunsi umwe Air France itangaje ko ifite gahunda yo gusubukura ingendo zerekeza muri Mali guhera ku wa Gatanu, […]
Mozambique: TotalEnergies yajyanwe mu nkiko kubera igitero cy’iterabwoba muri Palma
Abantu barindwi cyangwa imiryango y’abahohotewe barokotse igitero cyamennye amaraso cy’abajihadiste muri Palma muri Werurwe 2021 batanze ikirego kirega “ubwicanyi budaturutse ku bushake no kudafasha umuntu uri mu kaga” ikigo cya TotalEnergies, icyo gihe cyari kiyoboye umushinga wa gaz muri ako karere. Iki kigo mpuzamahanga gihakana ibyo kiregwa. Abatanze ikirego bafite ubwenegihugu bwa Afurika y’Epfo n’u […]
King Charles III and Camilla on state visit to Kenya at the end of the month
King Charles III and his wife Camilla will make a state visit to Kenya from October 31 to November 3, the king’s first trip to a Commonwealth country since his coronation, Buckingham Palace announced on Wednesday. This visit, at the invitation of Kenyan President William Ruto, will be an opportunity to “celebrate the warm relations […]
Rutshuru: Milipuko kutoka kwa silaha nzito na nyepesi imesikika karibu na Kiwanja
Milipuko kutoka kwa silaha nzito na nyepesi imesikika tangu 1:50 p.m. kilomita chache kaskazini mashariki mwa Kiwanja katika eneo la Rutshuru (Kivu Kaskazini). Taarifa ya kwanza inayopatikana kwa wahariri wa lesvolcansnews.net inazungumzia uwezekano wa mapigano kati ya M23 na vikundi vya kujilinda katika eneo hili la mashambani lililoko chini ya kilomita 10 kutoka Kiwanja. Wakichukua […]
RDC: Nyuma y’imirwano yaramukiye muri Bwiza ubu intambara irasatira i Kiwanja
Nyuma y’imirwano yaramukiye mu giturage cya Bwiza, muri Teritwari ya Masisi kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ukwakira, ubu urugamba rukomereje mu nkengero za Kiwanja aho bivugwa ko guhera mu ma saa saba n’igice urusaku rw’imbunda nto n’iziremereye rwumvikanaga mu birometero bicye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru y’ibanze agera ku […]
M23 yabyukiye mu mirwano ikaze na FARDC/Wazalendo bashaka kuyirukana muri Bwiza

Amakuru aturuka muri Rutshuru aravuga ko kuri uyu wa gatatu habyukiye imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, aho izi nyeshyamba zishyigikiye leta zazindutse zishaka kwirukana M23 mu birindiro bikuru byayo muri Bwiza. Mu masaha ya saa tatu n’igice, kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ukwakira, amakuru yatangajwe n’abanyamakuru begereye leta kuri twitter avuga ko udusozi […]
Urugomero rw’amashanyarazi ava kuri gaz methane rwamaze guhuzwa n’umuyoboro w’igihugu

U Rwanda rwamaze guhuza urugomero runini rutanga amashanyarazi akomoka kuri gaz methane n’umuyoboro w’igihugu , bituma haterwa indi ntambwe igana ku masooko atandukanye kandi ahendutse y’amashanyarazi hifashishijwe gaz iri munsi mu Kiyaga cya Kivu. Uruganda rwa methane rwahujwe mu gihe igihugu cyafunze inganda zose zikoreshwa na mazutu, zari zihenze cyane mu masooko yose y’ingufu. Nubwo […]
Israel iritegura igitero cyo ku butaka muri Gaza nyuma yo kuyisukaho amabombe
Minisitiri w’ingabo muri Israel, Yoav Gallant, yiyemeje kugaba igitero cyo ku butaka muri Gaza nyuma y’igitero cya Hamas gitunguranye ku butaka bwa Israel nk’uko tubikesha Al Jazeera. Israel ivuga ko ingabo zigera ku 300.000 zateraniye hafi y’uruzitiro rwa Gaza kandi ko zitegura gutera ku butaka. Hagati aho, ibitero by’indege kuri Gaza byakomeje ku munsi wa […]
Israel irigamba kwivugana abayobozi 2 bakuru muri Hamas
Minisitiri w’ubukungu wa Hamas n’undi munyamuryango mukuru muri biro politiki bishwe kuwa Mbere n’Ingabo za Israel, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Israel (IDF). Urupfu rwabo rwatangajwe kuri uyu wa Kabiri nyuma gato y’uko IDF igabye ibitero birenga 100 by’indege kuri Gaza. Nyuma Hamas yemeje ko abo bagabo bombi bapfuye ku rubuga rwayo rwa interineti, ivuga ko […]
Umuyobozi wa Chechenia uvuga ko ashyigikiye Palestine yiteguye kohereza ingabo
Kuri uyu wa Mbere ushize, Umuyobozi wa Chechenia, Ramzan Kadyrov, yatangaje ko ashyigikiye Palesitine anasaba ko yakohereza abasirikare be gukemura amakimbirane hagati ya Israel n’umutwe w’abarwanyi ba Hamas. Kadyrov mu butumwa yanyuije ku muyoboro wa telegram yagize ati: “Ndabwira abayobozi b’ibihugu by’abayisilamu, gushyiraho ihuriro o kugera kuri abo mwita inshuti, u Burayi ndetse n’Uburengerazuba bwose, […]
Home Office lawyers tell Supreme Court there is ‘strong public interest’ for the Rwanda deportation scheme
Home Office lawyers insisted, monday, there is a ‘strong public interest’ in deterring migrants from making the ‘perilous’ journey across the Channel as judges consider the fate of the Rwanda scheme . The Government is challenging a Court of Appeal ruling from June that the multimillion-pound deal – which would see asylum seekers deported to […]
Le Parlement adopte une loi accordant une autonomie accrue au RDB
Le Conseil de dĂ©veloppement du Rwanda (RDB) est sur le point d’acquĂ©rir une autonomie significative dans sa gestion financière et de ses ressources humaines, englobant le recrutement du personnel et les marchĂ©s publics, suite Ă Â l’adoption d’une nouvelle loi par la chambre basse du Parlement, lundi 9 octobre. Cette nouvelle lĂ©gislation, en attente d’Ă ÂŞtre promulguĂ©e […]
Uwahoze ayobora Banki Nkuru y’u Burundi yatawe muri yombi
Uwahoze ari Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB) afungiwe muri kasho z’urwego rw’igihugu rw’ubutasi, SNR, mu Mujyi wa Bujumbura nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo RFI. DieudonnĂ© Murengerantwari yatawe muri yombi kuwa Gatandatu ushize ariko ubuyobozi ntiburatangaza impamvu z’itabwa muri yombi rye. DieudonnĂ© Murengerantwari yari yasimbuwe na à ‰douard Normand Bigendako mu mpinduka ziherutse gukorwa. Uyu […]
Intumwa z’abadepite b’Abanyamerika zasuye icyicaro cya RDF nyuma yo gufatirwa ibihano

Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika basuye icyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda (RDF) ku Kimihurura kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Ukwakira, aho bahuye na Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda n’umuyobozi muri RDF ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga mu bya gisirikare, Brig. Gen. Patrick Karuretwa. Inama yabereye ku cyicaro gikuru cya RDF yaganiriwemo […]
Tuzatsinda iyi ntambara iriho twashyizweho n’ubu butegetsi – Bertrand Bisimwa
“Tuzatsinda iyi ntambara iriho twashyizweho n’ubu butegetsi,” ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa wemeza ko ububabare n’amarira abaturage ba Kivu na Ituri bahura nabyo bigomba kurangira. Mu butumwa yanyujije kuri twitter mu masaha akuze kuri uyu wa Mbere ushize, Bertrand Bisimwa yanditse ati “Nshuti dusangiye igihugu muzira ubugome bw’ubutegetsi bwa Kinshasa, ububabare […]
Hamas yijeje kwica imbohe y’Umunya-Israel buri uko urugo rw’Umunyapalestine rurashweho
Umutwe w’abarwanyi ba kislamu witwa Hamas wateye ubwoba ko uzajya wica imbohe y’Umunya-Israel uko Israel izajya itera igisasu ku rugo rw’Umunyapalestine nta nteguza, mu gihe Israel yahamagaje inkeragutabara 300.000 ngo zongere gufata intwaro kandi igakupira amazi n’umuriro akarere ka Gaza, bigatera ubwoba ko iteganya kugaba igitero byo ku butaka. Imirwano kugeza ubu yahitanye abantu barenga […]
Ubutinganyi bunyuranyije n’inyigisho za Bibiliya – Guverineri Barasa
Guverineri wa Kakamega mu gihugu cya Kenya, Fernandes Barasa, yamaganye icyemezo cyo kwemerera abanyamuryango ba LGBTQ (abaryamana bahuje igitsina n’abihinduje) gushinga amashyirahamwe n’imiryango itegamiye kuri Leta. Barasa yasobanuye ko inyigisho z’amadini mu gihugu zemerera gusa gushyingiranwa kw’abantu badahuje ibitsina, anenga Urukiko rw’Ikirenga ku cyemezo ruherutse gufata. Ati: “Nka bayobozi muri guverinoma no mu rusengero, ntitwemera […]
Inyeshyamba za Wazalendo ziravuga ko zisubije Kitshanga, Nturo n’igice cya Kilolirwe
Inyeshyamba za Wazalendo ziravuga ko zongeye kwigarurira Kitshanga, imidugudu ya Nturo ndetse n’igice cya Kilolirwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Ukwakira. Ariko amakuru aturuka aho agera kuri Radio Okapi aravuga ko izi nyeshyamba za Wazalendo zidafite amasasu ahagije yatuma zikomeza kugenzura ibyo bice, mu gihe FARDC ikomeje kuvuga ko yubahiriza ihagarikwa ry’imirwano. Kuri iki […]
Umupolisi wa Misiri yishe arashe Abanya-Israel muri Alexandria
Umupolisi wo mu Misiri yarashe ba mukerarugendo mu mujyi wa Alexandria wo ku Nyanja ya Mediaterane, ahitana nibura abenegihugu ba Israel babiri n’Umunyamisiri umwe. Umuyoboro wa televiziyo witwa Extra News wegereye cyane inzego z’umutekano za Misiri, wasubiyemo umuyobozi ushinzwe umutekano utavuzwe amazina avuga ko undi muntu yakomerekeye muri icyo gitero cyagabwe ku itsinda rya ba […]
Gen. Gihanga Smith wa FARDC yarekuwe nyuma y’ukwezi kurenga afunzwe
Gen. Major Gihanga Mutara Smith, umuyobozi wa FARDC muri Haut Katanga wari umaze ukwezi kurenga afunzwe mu rwego rw’iperereza yongeye kwidegembya. Uyu musirikare wakekwagaho uruhare mu inyerezwa rya toni 120 za cuivre z’ikigo TFM, yarekuwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Ukwakira 2023 nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru Pascal Mulegwa, uhagarariye ibitangazamakuru nka RFI na France 24 […]
Rwanda FDA yabujije ikoreshwa ry’imiti itemewe yo kuringaniza urubyaro

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyabujije ikoreshwa ry’imiti kivuga ko itemewe yo kuringaniza urubyaro hashingiwe ku itegeko No 003/2018 ryo kuwa 09/02/2018 rishyiraho iki kigo.
RDF yagiranye ibiganiro na ba defence attachés baba mu Rwanda no hanze

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyakiriye ba defence attachĂ©s 31 hamwe n’abafatanyabikorwa bakorera mu Rwanda mu kiganiro cyo kuwa Gatanu cyari kigamije gusobanura ibijyanye n’umutekano. Ku cyicaro gikuru cya RDF i Kimihurura, impuguke mu bya gisirikare zasobanuriwe ibijyanye n’umutekano w’imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo, ibikorwa bya RDF byo kubungabunga no kugarura amahoro mu masezerano […]
Senegal: Perezida Macky Sall yasheshe guverinoma yose
Perezida wa Senegali, Macky Sall, yasheshe guverinoma yose akoresheje iteka nk’uko itangazo ryasohowe kuwa Gatanu rivuga. Sall “yahagaritse, mu iteka ryo ku itariki ya 06 Ukwakira 2023, imirimo y’abaminisitiri, abagize guverinoma”, nk’uko itangazo ry’Umunyamabanga Mukuru wa Perezida wa Repubulika, Oumar Samba Ba, rivuga. Itangazo rivuga ko Perezida yafashe icyemezo cyo gushyiraho guverinoma nshya iyobowe na […]
Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma yo gushinjwa kujya mu ntambara yo kurwanya M23
Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Burundi, ryashyizweho umukono n’umuvugizi, Col. Biyereke Floribert, havuzwemo ko “kuva abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu by’Umuryango wa EAC bemeza kohereza ingabo gushyigikira […]
Le Rwanda et le BrĂ©sil signent un accord d’exemption de visa
Les Rwandais titulaires de passeports diplomatiques et officiels pourraient bientĂ´t se rendre au BrĂ©sil sans visa, suite Ă Â un accord signĂ© entre les deux pays. C’est ce qu’indique un communiquĂ© publiĂ© le 6 octobre par le ministère des Affaires Ă©trangères et de la CoopĂ©ration internationale. Selon le communiquĂ© de presse, le ministre rwandais des Affaires […]
Inyeshyamba za Wazalendo zirigamba kuba zirimo kugenzura imidugudu igera kuri 21

Inyeshyamba za Wazalendo zibumbiye mu kiswe Abakorerabushake baharanira Kurengera Igihugu (VDP-RDC) zirigamba kuba kuri ubu ziri kugenzura imidugudu n’imijyi bigera kuri 21. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ku bijyanye n’imirwano ikomeje kubera muri Rutshuru, Masisi na Nyiragongo, izi nyeshyamba zavuze ko ziri mu ntambara zidatezemo izindi nyungu ahubwo ari ukwirengera kubw’ibyo ngo zikaba zidakeneye ko hari […]
Syria: Ingabo za Amerika zarashe drone ya Turkiya
Pentagon iravuga ko indege z’intambara za Amerika zarashe drone ya Turkiya, yafatwaga nk’ibangamiye ingabo zayo muri Syria, mu gikorwa gishobora guteza amakimbirane hagati y’abanyamuryango ba NATO. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane ushize ubwo Turkiya yibasiraga inyeshyamba z’Abakurde muri Syria nyuma y’igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe mu murwa mukuru, Ankara, kigambwe n’ishyaka PKK (Kurdistan Workers’ Party ) […]
Waomba hifadhi 109 warejea Burundi kutoka Malawi
Zaidi ya raia mia moja wa Burundi waliokuwa wakiishi katika kambi ya Dzaleka huko Dowa wamerejea Burundi. Wizara ya Usalama wa Ndani kwa kushirikiana na Shirika la Umoja wa Mataifa la Kuhudumia Wakimbizi (UNHCR) imewarejesha nyumbani raia 109 wa Burundi kutoka kambi ya Dzaleka kwa hiari. Afisa Mahusiano ya Umma wa Usalama wa Taifa Patrick […]
UK’s plan to deport migrants to Rwanda heads to top court
The British government will try next week to persuade judges at the country’s top court to overturn a ruling which declared unlawful its divisive plan to deport to Rwanda asylum seekers who arrive in small boats across the Channel. In a blow to Prime Minister Rishi Sunak’s government and his pledge to “stop the boats”, […]
Martin Fayulu ntiyizeye ko amatora azaba nubwo yatanze kandidatire
Aherekejwe n’imbaga y’abayoboke b’ishyaka rye rya politiki Engagement pour la CitoyennetĂ© et DĂ©veloppement (ECiDĂ©), umunyapolitiki Martin Fayulu amaze gutanga kandidatire ye muri Komisiyo y’amatora (CENI) ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, itariki ya 4 Ukwakira, ntibyamubujije kugaragaza ko nta cyizere afite cy’uko amatora azaba nk’uko iyi nkuru dukesha politico.cd ivuga. Amaze kuva mu biro bya […]
Syria: Igitero ku ishuri rya gisirikare hasozwa amasomo cyahitanye benshi
Igitero cya drone cyagabwe ku ishuri rya gisirikare rya Syria mu mujyi wa Homs cyahitanye abantu bagera ku 100 abandi benshi barakomereka. Izi drones zari zifite ibisasu zagabye igitero ku birori byo kurangiza amasomo byitabiriwe n’imiryango y’abanyeshuri, kandi abagore n’abana ni bamwe mu bapfuye. Igisirikare cyatangaje ko “imitwe y’iterabwoba ishyigikiwe n’ingabo z’amahanga zitamenyekanye.” Nta muntu […]
Somalia: Igisirikare kiravuga ko cyivuganye abarwanyi 1650 ba Al- Shabaab
Guverinoma ya Somalia yavuze ko yahitanye abaterabwoba ba al-Shabaab 1,650 ikomeretsa abandi barenga 550 mu mezi abiri ashize mu bikorwa byinshi bya gisirikare byakorewe mu turere two mu majyepfo yo hagati. Nk’uko inyandiko zashyizwe ahagaragara n’Ibiro Ntaramakuru bya Somalia (SONNA) zibitangaza ngo nibura abaterabwoba bo mu rwego rwo hejuru 19 bari mu baguye mu bikorwa […]
A Rwandan entrepreneur and his Kenyan counterpart in a serious legal dispute over the ownership of a company
A Rwandan entrepreneur and his Kenyan counterpart are embroiled in a serious legal dispute over the ownership and control of Sh400 million held in two Nairobi banks. The money came from an online business. To prevent the colossal sum from being squandered, Milimani Senior Principal Magistrate Bernard Ochoi has frozen Stay Online Limited (SOL) accounts […]
Kenya: Rurageretse hagati y’Umunyarwanda n’Umunyakenya yizeye ngo amwandikishirize ikigo
Rwiyemezamirimo w’Umunyarwanda na mugenzi we w’Umunyakenya bari mu mpaka zikomeye mu rukiko ku bijyanye no gutunga no kugenzura miliyoni 400 z’amashiringi yafatiriwe muri banki ebyiri z’i Nairobi. Amafaranga yavuye mu bucuruzi bwo kuri internet. Kugira ngo hirindwe ko amafaranga menshi asesagurwa, Umucamanza mukuru w’urukiko rwa Milimani, Bernard Ochoi, yahagaritse konti ya Stay Online Limited (SOL) […]
Zambia: Edgar Lungu wahoze ari perezida aratekereza ku kugaruka muri politiki
Uwahoze ari Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, yatangaje ku wa Gatatu ko atekereza kuzagaruka muri politiki mbere y’amatora rusange ataha mu 2026. Lungu yatsinzwe na Hakainde Hichilema uriho mu 2021 nyuma atangaza ko avuye muri politiki. Ariko uyu mugabo w’imyaka 66 yakomeje kugaba ibitero bya politiki kuri Hichilema maze kuri uyu wa Gatatu agaruka ku […]
Agrandissement d’un hĂ´pital construit par la Chine achevĂ© dans le nord du Rwanda
Un hĂ´pital rĂ©cemment rĂ©novĂ©, construit par la China Civil Engineering Construction Corporation (CCECC), a Ă©tĂ© officiellement mis en service mardi dans le district de Burera, au nord du Rwanda. L’hĂ´pital universitaire Butaro niveau II, qui est passĂ© de 150 lits Ă Â 256 lits, dispose dĂ©sormais d’installations amĂ©liorĂ©es d’urgence, de soins intensifs, d’imagerie et d’oncologie. L’hĂ´pital […]
Mali: Inyeshyamba z’Aba-Tuareg zigaruriye ikigo cya gatanu cya gisirikare
Kuri uyu wa Gatatu, inyeshyamba z’Aba-Tuareg zo mu majyaruguru ya Mali zavuze ko zafashe ikindi kigo cya gisirikare zicyambuye Ingabo za Mali, bikaba bigeze ku bigo bitanu bya gisirikare zigaruriye kandi zigasahura mu byumweru bicye bishize. Mohamed Elmaouloud Ramadane, umuvugizi w’umutwe wa Coordination of Azawad Movements (CMA), yatangarije Reuters ko abarwanyi bawo bigaruriye ikigo cy’Ingabo […]
Nyaruguru: Abakoze mu muhanda Munini-Busanze barashinja umukoresha kubambura
Bamwe mu bakoze imirimo yo kubaka inzira z’abanyamaguru n’iz’amazi mu muhanda wa Kaburimbo Munini-Busanze mu Karere ka Nyaruguru, baravuga ko kumara amezi agera muri 5 badahembwa byabagizeho ingaruka zirimo no gukererwa kohereza abana ku mashuri. Bamwe muri abo bakozi bavuga ko bakoze imirimo yo kubaka inzira z’abanyamaguru n’iz’amazi mu muhanda wa Kaburimbo Munini-Busanze. Ni imirimo […]
Kenya: Perezida Ruto yakoze impinduka zikomeye muri guverinoma
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Kenya, William Ruto, yahinduye abantu umunani bagize guverinoma ye, maze yinjiza minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu biro by’icyahoze ari minisiteri y’intebe. Ruto yavuze ko impinduka zari nkenerwa kugira ngo “tunoze imikorere kandi tunoze itangwa rya serivisi nk’uko bigaragara mu cyemezo cy’ubuyobozi”. Ruto yahuye n’imyigaragambyo mu gihugu hose kubera ubuzima bwarushijeho […]
Uganda irasabwa kwishyura asaga miliyari 112 Shs kugirango izakire imikino ya AFCON 2027
Uganda irateganya kwishyura Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika, miliyari 112.407 z’Amashilingi mbere ya Gashyantare 2025 kugirango izabashe kwakira imikino y’Igikombe cya Afurika muri 2027 nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi muri guverinoma. Ku itariki ya 27 Nzeri 2023, CAF yemereye ibihugu bya Uganda, Kenya na Tanzania uburenganzira bwo kuzakira mu 2027 Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu (AFCON)ku […]
Moise Katumbi yamaze gutanga kandidatire ye muri komisiyo y’amatora
Kandidatire y’utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, MoĂ ÂŻse Katumbi, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 4 Ukwakira 2023, yashyikirijwe komisiyo yigenga y’amatora (CENI) nk’uko tubikesha 7sur7.cd. Uyu wahoze ari Guverineri wa Katanga utagiye ubwe mu mujyi wa Kinshasa, yari ahagarariwe n’intumwa z’ishyaka rye rya politiki, Ensemble pour la RĂ©publique, kuri iyi nshuro […]
Sudani: RSF irashinjwa kwica abaturage mu gitero cya bombe ku musigiti
Igitero cya bombe gishinjwa RSF cyibasiye umusigiti n’izindi nyubako za gisivili mu murwa mukuru wa Sudani, Khartoum, kuri uyu wa kabiri ushize cyahitanye abantu 10 nk’uko bitangazwa n’impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu. Ni ku nshuro ya mbere habaye igitero gihitanye abasivili benshi mu murwa mukuru kuva mu mezi 6 ashize y’intambara hagati y’Igisirikare […]
Kenya: Indwara y’amayobera yatumye ishuri ryisumbuye ry’abakobwa rifunga
Minisiteri y’uburezi muri Kenya yafunze ishuri ryisumbuye ry’abakobwa rya St Theresa’s Eregi Girls’ High School nyuma y’aho abanyeshuri benshi bajyanwe mu bitaro kubera indwara y’amayobera kuwa Mbere ushize. Abashinzwe uburezi mu Ntara ya Kakamega bahisemo gufunga by’agateganyo ishuri kuri uyu wa Gatatu nyuma y’uko abanyeshuri batangiye kugaragaza imyitwarire idasanzwe. Basabye ko bemererwa gutaha nyuma y’uko […]
Gasabo: Polisi wanachunguza kifo cha wanandoa waliopatikana wamekufa nyumbani
Polisi wa Kitaifa wa Rwanda (RNP) na Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) wanachunguza chanzo cha kifo cha wanandoa wa Gasabo waliopatikana bila maisha nyumbani kwao katika Kijiji cha Agatare, Kiini cha Gasharu, Sekta ya Kinyinya. Msemaji wa RNP Boniface Rutikanga aliambia gazeti la The New Times kwamba polisi walipata habari hizo asubuhi ya Jumatatu, […]
Abantu 37 bapfuye nyuma y’iturika mu ruganda rutemewe rutunganya peteroli muri Nigeria
Kuri uyu wa Kabiri, uguturika mu ruganda rutemewe rutunganya peteroli mu karere ka Niger Delta muri Nigeria kwahitanye nibura abantu 37. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo guturika kwabereye mu gace ka Emohua muri Leta ya Rivers mu gihe uruganda rwatunganya peteroli. Umugore utwite ari mu bishwe, mu gihe abandi benshi bakomeretse. Abayobozi bavuga ko amakipe […]
Mushikiwabo yahawe na Perezida Iohannis umudari wa ‘National Order Star of Romania’

Umunyamabanga mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yahawe umudari wa “National Order Star of Romania” wo ku rwego rwa kabiri ruzwi nka Grand Cross, kubera uruhare yagize mu gushimangira umubano mwiza hagati ya Romania na Francophonie. Ni mu gihe uyu mudari utangwa ku nzego zigera muri 6. Uyu mudari wa National Order Star of Romania watangiye […]
Niger yemeje ko abasirikare bayo hafi 30 biciwe hafi y’umupaka na Mali
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukwakira, Niger yemeje urupfu rw’abasirikare ba yo 29 mu gitero cy’iterabwoba cyabereye i Tabatol, hafi y’umupaka na Mali, inatangaza iminsi itatu y’icyunamo mu gihugu. Minisiteri y’ingabo ya Niger mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, Minisiteri y’ingabo yavuze ko ingabo zishinzwe ubwirinzi n’umutekano (FDS) zakoze igikorwa cya gisirikare kandi zibasha […]
Ishuri Perezida Museveni yizemo ryahagaritse abanyeshuri bose biga mu wa 6
Ubuyobozi bw’ishuri Perezida Museveni yizemo rya Ntare School mu Mujyi wa Mbarara, mu burengerazuba bwa Uganda, kuri uyu wa Kabiri bwahagaritse abanyeshuri bose biga mu mwaka wa gatandatu bashinjwa kwangiza camera z’umutekano z’ishuri. Mu ibaruwa yandikiwe ababyeyi bose b’abanyeshuri yashyizweho umukono n’umuyobozi w’ishuri, Saul Rwampororo, yatangiye kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kabiri, itariki […]
Leta yafashe ingamba z’agateganyo zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange
Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba nshya zo guhangana n’ikibazo cy’ibura rya bisi zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu buryo bukurikira: 1. Kwifashisha bisi zikodeshwa zikunganira izisanzwe zitwara abagenzi. 2. Gukorana n’abasanzwe batwara abagenzi, kugira ngo babone ubushobozi bwo gukoresha bisi ziri mu magaraje. 3. Kwifashisha bisi ziri mu byerekezo bidafite abagenzi zigakoreshwa ahari […]
U Buhinde bwasabye Canada gucyura abadipolomate ba yo 41 bitarenze itariki ya 10 Ukwakira
U Buhinde bwabwiye Canada ko igomba gucyura abadipolomate ba yo 41 bitarenze ku ya 10 Ukwakira nk’uko bitangazwa n’Ikinyamakuru The Financial Times, mu gihe umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gufata intera. Umubano hagati y’u Buhinde na Canada warushijeho kuzamo igitotsi nyuma y’aho Canada iketse ko abakozi ba Guverinoma y’u Buhinde bagize uruhare mu iyicwa […]
Rishi Sunak set to ignore EU judges as he prepares to push through Rwanda plan
Rishi Sunak has been preparing to push ahead with ignoring European judges as he prepares to plough on with his Rwanda immigration plan. Sunak, 43, is reportedly hoping to use new legal powers to ignore injunctions from judges in Strasbourg if the Supreme Court rules with the Government in November. The Prime Minister’s allies believe […]
Sunak yiteguye kwirengagiza abacamanza b’u Burayi akohereza abimukira mu Rwanda
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, ngo yaba yiteguye gukomeza umugambi wo kohereza abimukira mu Rwanda yirengagije abacamanza b’i Burayi. Bivugwa ko Sunak, w’imyaka 43, yizeye gukoresha ububasha bushya ahabwa n’amategeko kugira ngo yirengagize imyanzuro yatanzwe n’abacamanza b’i Strasbourg Urukiko rw’Ikirenga niruramuka rufashe icyemezo gishyigikira Guverinoma mu Gushyingo. Abafatanyabikorwa ba Minisitiri w’intebe bemeza ko azirengagiza […]
Uganda irashinja uwahoze ari umuyobozi muri ICC gutera inkunga LRA
Uganda iri gukora iperereza ku bivugwa ko uwahoze ari umujyanama mukuru mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha yagize uruhare mu gutera inkunga umutwe wa Lord Resistance Army. Nk’uko byatangajwe n’umunyamategeko uhagarariye abahoze ari abasirikare b’abana ba Lord Resistance Army, cyangwa LRA, abahohotewe bavuze ko hagati ya 2006 na 2017 Brigid Inder wahoze ari umuyobozi muri ICC “yorohereje […]
Abagabo barwanye intambara irimo ibyuma n’udufuni bapfa umugore w’abana 10
Abagabo babiri bari kwivuriza mu Bitaro by’Icyitegererezo by’Akarere ka Soroti nyuma y’intambara ikomeye hagati yabo bapfa umugore w’abana 10. Abo bagabo, umwe w’imyaka 38 witwa Charles Okwale n’undi w’imyaka 48 witwa Joseph Esenu, barwanye intambara karahabutaka bigera aho bakoresha ibyuma n’udufuni. Iyi mirwano yabaye kuri iki Cyumweru gishize nyuma y’aho Esenu ngo afatiye mu cyuho […]
Congo Nobel laureate doctor Mukwege announces presidency bid
Democratic Republic of Congo’s Nobel Peace Prize-winning gynaecologist Denis Mukwege said on Monday he would run for president in December elections. Mukwege, who won the award in 2018 for his nearly two-decade fight against sexual violence, made the announcement to a jubilant crowd of supporters at a conference centre in the capital Kinshasa. Nicknamed the […]
Kituo cha kufua umeme cha Rusumo kitazinduliwa hivi karibuni
Mkutano wa 15 wa Mawaziri ambao wana umeme miongoni mwa nchi zao kutoka Tanzania, Rwanda na Burundi wametangaza Desemba kuwa tarehe ya mwisho ya kuzindua mtambo wa kuzalisha umeme wa megawati 80 wa Rusuko. Katika kutembelea kiwanda hicho, Septemba 30, mawaziri hao walielezwa kuwa kazi hiyo kwa sasa imefikia 99.7% ya kukamilika, ambayo kwa sasa […]
Iminsi 10 ya mbere y’Ukwakira izarangwa n’imvura yiganjemo inkuba n’imiyaga – Meteo

Ikigo cy’Igihugu cy’iteganyagihe kiremeza ko kuva taliki ya 1 kugeza kuya 10 Ukwakira 2023, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 0 na 75 ikazaba iri hasi y’ ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu gihugu mu gice cya mbere cy’Ukwakira. Imvura iteganyijwe izajya igwa ahantu hamwe na hamwe ntigere hose icyarimwe naho iminsi iteganyijwe […]
Intambara ishobora kurota hagati ya Sudani y’Epfo na Uganda
Umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ya Sudani y’Epfo yihanangirije Uganda avuga ko igihugu cye kitazemera ko haba na santimetero imwe y’ubutaka bwacyo yomekwa kuri Uganda mu gihe amakimbirane ku mupaka akomeje hagati y’abaturanyi bombi. John Agany yavuze amagambo avuga ko ari ubutumwa bugenewe Perezida Yoweri Museveni nyuma y’iminsi mike ingabo za Uganda zivuzweho kwinjira muri Sudani […]
Une dĂ©lĂ©gation de l’armĂ©e zambienne au Rwanda pour un voyage d’Ă©tude

Aujourd’hui, une dĂ©lĂ©gation composĂ©e de 20 professeurs et officiers Ă©tudiants du Collège de commandement et d’Ă©tat-major des services de dĂ©fense de Zambie a visitĂ© le quartier gĂ©nĂ©ral des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF). La dĂ©lĂ©gation conduite par le Col CM Munachilemba est au Rwanda pour un voyage d’Ă©tude du 1er au 7 octobre 2023. Le […]