Mali: Inyeshyamba za CMA zigaruriye ikindi kigo cya gisirikare
Kuri iki Cyumweru, inyeshyamba z’Aba-Tuareg zo mu majyaruguru ya Mali zavuze ko zafashe ikindi kigo cya gisirikare zicyambuye Ingabo za Mali nyuma y’imirwano yabereye mu majyaruguru y’igihugu. Iki kigo cya gisirikare ni icya kane cyafashwe mu bitero byinshi by’urugamba rw’inyeshyamba zo mu mutwe wa Coordination of Azawad Movements (CMA), rwatangiye kuva muri Kanama nyuma yo […]
Hagati ya M23 na FARDC ni nde watangije imirwano ko bitana ba mwana?

Umutwe wa M23 urashinja Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kuyigabaho ibitero kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Ukwakira, mu gihe ku rundi ruhande leta na yo ishinja M23 kuba ari yo yarenze ku mabwiriza yo guhagarika intambara ikabagabaho ibitero. Kuri iki Cyumweru mu ma saa cyenda nibwo Umuyobozi wa M23 ndetse n’umuvugizi […]
U Rwanda ruritegura gushyira ahagaragara gahunda y’isoko rya karubone
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga (MINAFFET) n’Ikigo cy’ubutwererane cya Singapore (SCE) mu mpera z’ukwezi gushize byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane (MoU) yo kuvugurura no kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi ndetse n’iterambere ry’imibereho myiza n’ubukungu. Amasezerano y’imyaka itanu yashyizweho umukono mu izina rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda na Jean de Dieu Uwihanganye, Uhagarariye u Rwanda […]
Abaswa bo mu burengerazuba baradusunikira mu Ntambara ya III y’Isi – Medvedev
Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, yatangaje ko amakimbirane yo muri Ukraine ashobora gutera Intambara ya Gatatu y’Isi yose kubera abo yise “ibigoryi” bari mu buyobozi bwo hejuru mu Burengerazuba. Kuri iki Cyumweru, yanditse kuri Telegram ati: “Umubare w’abaswa bo ku rwego rwo hejuru uragenda wiyongera mu bihugu bigize Umuryango wa NATO.” Medvedev usanzwe […]
Turkiya: Igitero cy’ubwiyahuzi ahakorera minisiteri y’umutekano
Minisitiri w’umutekano yavuze ko igisasu cyaturikiye hanze ya minisiteri y’umutekano w’igihugu cya Turkiya mu murwa mukuru Ankara, cyari “igitero cy’iterabwoba”. Ali Yerlikaya yavuze ko abantu babiri bagabye igitero baje mu modoka y’ubucuruzi ahagana saa 09:30 (06:30 GMT) maze bagaba igitero gikomeretsa abapolisi babiri. Yerlikaya yavuze ko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu imbere y’inyubako ikoreramo minisiteri naho undi […]
Bombori bombori hagati y’abayobozi mu ishyaka rya Moise Katumbi

Impaka ziravuza ubuhuha hagati ya Jacky Ndala, Umuhuzabikorwa w’urubyiruko rw’ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique, rya Moise Katumbi, n’umunyamabanga mukuru waryo, DieudonnĂ© Bolengetenge n’uwitwa Christian Mwando. Biravugwa ko Jacky Ndala yategetswe kudakandagiza ibirenge ku cyicaro cy’ishyaka i Kinshasa. Yabujijwe nyuma y’iminsi ibiri agaragaye mu itangazamakuru aho yibasiye bikomeye Umunyamabanga Mukuru Bolengetenge na Christian Mwando. DieudonnĂ© Bolengetenge […]
Ndayishimiye yahishuye ko yagiriwe inama yo kudataha mu ndege ahubwo agaca muri Tanzania
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yahishuye ukuntu ubwo yari mu mahanga mu kwezi gushize mu gihugu hanugwanugwa coup d’etat umujyanama we yamugiriye inama yo kudataha n’indege ahubwo agaca muri Tanzania akinjira mu gihugu n’imodoka ariko akabyanga. Ibi yabihishuye kuwa Kane ushize mu masengesho arangiza ukwezi kwa Kanama, aho yagarutse ku byo yise ibihuha bya coup […]
Mali: Inyeshyamba z’Aba-Touareg zirigamba kwivugana abasirikare hafi 100 ba leta
Kuri uyu wa Gatandatu, inyeshyamba ziganjemo Aba-Tuareg zavuze ko zahitanye abantu benshi ku ruhande rw’ingabo za Mali mu gitero cyagabwe ku wa Kane ku nkambi ya Dioura, mu karere ka Mopti (hagati). Inyeshyamba zavuze ko zabaze imirambo 98 y’abasirikare, mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu izina rya Permanent Strategic Framework, urwego ruyobowe n’ihuriro ry’imitwe ya Azawad […]
Abasirikare 6 bashinjwa uruhare mu bwicanyi bw’i Goma basabiwe ibihano
Ubushinjacyaha bwasabiye ibihano kuva ku myaka 10 kugeza ku gifungo cya burundu abasirikare batandatu bakurikiranyweho icyaha cyo kwica abantu bari mu myigaragambyo i Goma ku itariki ya 30 Kanama. Ushinjwa nyamukuru muri ubu bwicanyi, Colonel Mike Mikombe, kuri uyu wa Gatanu ushize yasabiwe gufungwa burundu ndetse no kuba yakwirukanwa muri FARDC kubera ubwicanyi, gusenya ibikoresho […]
Braverman refuses to let MPs see ‘commercially sensitive’ details of Rwanda deal
Suella Braverman has refused to allow MPs to be briefed in confidence on the costs of sending asylum seekers to Rwanda for asylum claim processing and resettlement. Members of the Public Accounts Committee found their efforts to understand the costs underpinning the UK’s agreement with the Rwandan government frustrated this summer, when they were told […]
Tamasha la The Ben Bujumbura lilihamia kwenye kituo cha kijeshi
Tamasha la The Ben lililokuwa likitarajiwa mjini Bujumbura, Burundi ambalo lilipangwa kufanyika kwenye “Jardin Public” Jumapili, Oktoba 1, limehamishiwa kwenye “Messe des Officiers”, kituo cha kijeshi. Mabadiliko ya ukumbi huo yanakuja baada ya waandaji wa tamasha kutangaza kuwa Jardin Public hana uwezo wa kukaribisha idadi ya washereheshaji ambao tayari wamenunua tikiti. “Tamasha hilo limehamishiwa kwenye […]
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya – Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aravuga ko hari abantu basigara bamwidogera bamuvuma iyo afashe urugendo agiye mu mahanga guhagarikira u Burundi. Kuri we, ngo abo basigara bamuvuma bamwidogera cyangwa bamutera ubwoba babireka kuko ashyigikiwe n’Imana. Ibi yabitangarije mu masengesho yabereye mu Ntara ya Gitega akunze gutegurwa n’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD buri wa Kane wa […]
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya Pakistan nk’uko igipolisi cyabitangarije BBC. Kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye hafi y’umusigiti wo mu majyepfo y’iburengerazuba bw’intara ya Balochistan ubwo abantu bateraniraga kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi. Polisi ikeka ko ari igitero cy’ubwiyahuzi cyibasiye igiterane cy’idini mu mujyi wa Mastung. Abayobozi […]
Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa Kane, itariki ya 28 Nzeri i New York, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Christophe Lutundula yashinje u Rwanda kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ati: “Kugeza ubu, u Rwanda rukomeje kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa DRC. Ku munsi w’ejo, […]
Le Rwanda reste préoccupé par la collaboration entre Kinshasa et FDLR
Le Rwanda reste « profondĂ©ment prĂ©occupĂ© par la collaboration et l’armement continus des FDLR et des groupes armĂ©s autochtones par le gouvernement de Kinshasa  », a dĂ©clarĂ© le ReprĂ©sentant permanent du Rwanda auprès des Nations Unies, l’Ambassadeur Claver Gatete. Les FDLR sont une force gĂ©nocidaire sanctionnĂ©e par l’ONU et formĂ©e par les cerveaux du gĂ©nocide […]
Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin
Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu bahoze ari abayobozi bakuru b’ikigo cya Wagner ndetse bavugana uburyo imitwe y’abakorerabushake (abacanshuro) ishobora kurwanira muri Ukraine ariko Perezidansi (Kremlin) yavuze ko uyu mucanshuro kuri ubu akorera minisiteri y’ingabo. Iyi nkuru dukesha Reuters iravuga ko iyi nama yashimangiye uburyo Kremlin […]
Burkina-Faso: Abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi baragenda bamenyekana
Amakuru macye y’inyongera aragenda amenyekana ku myirondoro y’abasirikare bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri Burkina-Faso batawe muri yombi, barimo Lt.Col. Cheick Hamza Ouattara (uri ku ifoto), uyobora LĂ©gion spĂ©ciale ya gendarmerie, na Captain Christophe MaĂ ÂŻga, Komanda w’Umutwe udasanzwe ushinzwe gutabara w’iyo gendarmerie, wagereranya na GIGN y’u Bufaransa. Uyu ni umutwe kabuhariwe ushinzwe kurwanya iterabwoba. Muri ba […]
Amerika yashyize miliyoni 5$ ku mutwe wa numero ya 2 muri Al Shabab
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yashyizeho igihembo cy’amadorari agera kuri miliyoni 5 ku muntu uzatanga amakuru kuri Abukar Ali Adan, umuyobozi wungirije w’umutwe w’iterabwoba wo muri Somalia, al-Shabaab. “Kugera kuri Miliyoni 5 z’amadolari ku makuru kuri Abukar Ali Adan. Mudufashe kubona uyu muyobozi w’ingenzi w’iterabwoba. Mudufashe guhagarika uyu muyobozi w’iterabwoba,” Gahunda […]
Me Gamakolo aratabariza Depite Mwangachuchu wagaragaye agendera ku mbago
Maà ®tre Thomas Gamakolo, umunyamategeko wunganira Depite à ‰douard Mwangachuchu, ufungiye muri gereza ya gisirikare ya Ndolo, yatabaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ayisaba gutabara umukiriya we urwaye. Umwunganizi wa Mwangachuchu avuga ko uyu, urwaye indwara z’umutima, atigeze abonana na muganga kuva yafungirwa muri Werurwe umwaka ushize muri gereza […]
Rwanda yakubali Mkataba wa Umoja wa Mataifa wa Mikataba ya Uuzaji wa Kimataifa wa Bidhaa
Kwa kujiunga na Mkataba wa Umoja wa Mataifa wa Mikataba ya Uuzaji wa Kimataifa wa Bidhaa (CISG), Rwanda inakuwa Nchi Mshiriki wa 97 kwenye Mkataba huo. Mkataba huo utaanza kutumika kwa Rwanda tarehe 1 Oktoba 2024. CISG huweka kanuni za kina za sheria zinazosimamia uundaji wa mikataba ya uuzaji wa kimataifa wa bidhaa, majukumu ya […]
Date set for Supreme Court hearing on Rwanda as Sunak braced for cabinet civil war
A date has been set for the Supreme Court hearing on the UK’s plan to send migrants to Rwanda. But Rishi Sunak is braced for a cabinet civil war if the courts block the plan, as the Prime Minister would then have to weigh up whether or not to withdraw from the European Court of […]
Uganda: Umuyapani wahohotewe n’urubyiruko rwa NRM akajya muri coma byarangiye apfuye
Umu ‘consultant’ mu bijyanye n’ibikorwaremezo w’Umuyapani uherutse kugabwaho igitero mu muvundo w’imodoka mu gihugu cya Uganda akajya muri coma byarangiye apfuye nk’uko byahishuwe n’igipolisi kuri uyu wa Kane . Okira Ito, yapfuye ku Cyumweru nyuma y’ibyumweru bitatu ari muri coma mu Bitaro China-Uganda Friendship Hospital biherereye Naguru, i Kampala nk’uko tubikesha Daily Monitor. Ito wakoreraga […]
U Rwanda rwinjiye mu Masezerano ya Loni y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa
Mu kwinjira muri aya Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye ku masezerano (contracts) y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa (CISG), u Rwanda rubaye igihugu cya 97 kiyinjiyemo. Amasezerano azatangira gukurikizwa mu Rwanda ku itariki ya 1 Ukwakira 2024. CISG ishyiraho amategeko yuzuye agenga amategeko agenga ishyirwaho ry’amasezerano y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa, inshingano z’umuguzi n’ugurisha, ibihano byo kutubahiriza amasezerano, n’ibindi bijyanye n’amasezerano. Itanga […]
Rwandan doctor’s inspiring story
Rwanda’s first paediatric cardiac centre being established by the King Faisal Hospital, SACH and the Rwandan government; will become a treatment hub for sub-Saharan Africa. Born into a “good family” in Rwanda, Dr Lise Mumporeze was six years old when her entire family was killed in the genocide perpetrated against the Tutsi people in 1994. […]
NATO irashinjwa uruhare mu gitero cyibasiye icyicaro cy’amato y’u Burusiya

U Burusiya bwashinje ibihugu by’Uburengerazuba by’inshuti za Ukraine gufasha mu gutegura no gushyira mu bikorwa igitero cya misile ku cyicaro gikuru cy’amato y’u Burusiya muri Crimea ku Nyanja y’Umukara mu cyumweru gishize. Amakuru ataremezwa avuga ko misile zo mu bwoko bwa Storm Shadow, Ukraine yahawe n’u Bwongereza n’u Bufaransa, zakoreshejwe mu gitero cya misile cyagabwe […]
Kabarebe nommĂ© SecrĂ©taire d’à ‰tat aux Affaires Ă©trangères
Le gĂ©nĂ©ral (Ă Â la retraite) James Kabarebe est le nouveau ministre d’à ‰tat aux Affaires Ă©trangères du Rwanda, chargĂ© de la coopĂ©ration rĂ©gionale. Il remplace Manasseh Nshuti qui a Ă©tĂ© nommĂ© conseiller principal Ă Â la prĂ©sidence en charge des missions spĂ©ciales. Le prĂ©sident Paul Kagame a procĂ©dĂ© mercredi 27 septembre Ă Â plusieurs nominations. Kabarebe, un gĂ©nĂ©ral […]
Azerbaijan yafashe uwayoboraga Nagorno-Karabakh washaka guhungira muri Armenia
Azerbaijan yataye muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Nagorno-Karabakh ubwo yageragezaga kuva muri ako gace ahungira muri Armenia. Ruben Vardanyan, umucuruzi wayoboye kuva mu Gushyingo 2022 kugeza muri Gashyantare guverinoma y’akarere ka Nagorno-Karabakh gatuwe cyane n’abaturage bafite inkomoko muri Armenia gashaka kwitandukanya na Azerbaijan kuva mu Gushyingo 2022, yari mu bihumbi by’abaturage bagerageje kuhava. Muri […]
Koreya ya Ruguru yirukanye umusirikare wa Amerika ivuga ko yahahungiye
Abayobozi baravuga ko umusirikare wa Amerika, Travis King, wahungiye muri Koreya ya Ruguru muri Nyakanga, ari mu maboko ya Amerika nyuma yo kwirukanwa na Pyongyang. Kuri uyu wa Gatatu, igitangazamakuru cya Leta, KCNA, cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yafashe icyemezo cyo kwirukana umusirikare w’Umunyamerika, Travis King, wavuze ko yemeye kwinjira muri iki gihugu mu buryo […]
Rutshuru: Uganda iravugwaho kwiyomekaho igice cya Gurupoma ya Busanza
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Nzeri, abaturage bo muri Gurupoma ya Busanza, Teritwari ya Rutshuru, batangaje ko Uganda yiyometseho igice cy’ubutaka bwabo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko igice cyometswe kuri Uganda giherereye mu Mudugudu wa Mungo, hafi ya Bunagana. Bamwe bavuga ko hari igikorwa cyo kwimura imbago zigaragaza umupaka gikomeje kuva […]
Rwanda yaandaa mkutano wa awali wa maandalizi ya mazoezi ya majeshi ya EAC

Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki, askari polisi, Magereza, Uhamiaji na wajumbe wa raia wameanza Kongamano la Siku tatu la Mipango ya awali (IPC) kwa ajili ya Zoezi la Mafunzo ya Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. Mkutano huo unafanyika Nyamata, Wilaya ya Bugesera, na kuhudhuriwa na […]
Trump ashobora gutakaza ibyemezo byo gukorera ubucuruzi muri Amerika
Umucamanza wa New York yasanze Donald Trump n’ubucuruzi bw’umuryango we barongereye mu buryo bw’uburiganya agaciro k’umutungo we n’indi migabane, ibintu bishobora gutuma uwahoze ari Perezida wa Amerika atakaza uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu gihugu. Icyemezo gikaze cyatanzwe n’umucamanza Arthur Engoron wo mu rukiko rwa leta ya New York i Manhattan kizorohereza umushinjacyaha mukuru wa Leta […]
Le Rwanda accueille la confĂ©rence de planification initiale de l’exercice des forces armĂ©es de l’EAC

Les dĂ©lĂ©guĂ©s des forces armĂ©es, des policiers, des prisons, de l’immigration et des civils des à ‰tats membres de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) ont entamĂ© mardi une confĂ©rence de planification initiale (IPC) de trois jours pour l’exercice d’entraà ®nement sur le terrain des forces armĂ©es de l’EAC (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. La confĂ©rence se tient […]
Perezida Kagame ku rutonde rw’abantu 50 batanga icyizere muri Afurika

Abantu 3 ba mbere “batanga icyizere cyane muri Afurika” barahindutse gato mu mezi arindwi ashize nyuma yo gushyira ahagaragara verisiyo ya mbere. Umwanditsi wo muri Senegal yazamutse ku mwanya wa 3 ku rutonde rwashyizwe ahagaragara n’Ikinyamakuru Agence Ecofin. Uyu mwanditsi wo muri Senegal, Fatou Diome, yazamutse ava ku mwanya wa 10 agera ku mwanya wa […]
Irak: Inkongi y’umuriro yibasiye ahaberaga ubukwe yahitanye byibuze 100
Byibuze abantu 100 bapfuye abandi 150 barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yadutse mu birori by’ubukwe mu majyaruguru ya Irak. Abantu amagana n’amagana bari mu munsi mukuru ahitwa Al-Hamdaniya, mu Ntara ya Nineve mu majyaruguru ya Irak, ubwo inkongi y’umuriro yadukaga aho waberaga mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ushize. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko […]
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro – Suella Braverman
Umunyamabanga ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu w’u Bwongereza yagarutse ku ishingiro ry’amategeko agenga ubuhunzi agezweho mu ijambo yavugiye i Washington. Suella Braverman kuri uyu wa Kabiri ushize yari yiteguye kugaruka ku mategeko mpuzamahanga yo kurengera impunzi i Washington avuga ko “kuba umutinganyi, cyangwa umugore” bidahagije kugirango umuntu yemererwe ubuhunzi cyangwa (international protection). Guverinoma y’u Bwongereza […]
A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital was taken in Iran

A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital is circulating virally on Facebook. Internet users who share this photo, where we see traditional houses built on the side of a mountain evoking a certain deprivation, accuse the “Western media” of hiding this aspect of Rwanda. Please note, this image has no link […]
L’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives sera au tribunal mercredi
Le tribunal de première instance de Nyarugenge doit ouvrir mercredi 27 septembre l’audience prĂ©alable Ă Â la dĂ©tention dans l’affaire Jean-Bosco Harelimana, l’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives (RCA). Harelimana est soupà §onnĂ© de crimes, notamment de non-respect des procĂ©dures d’appel d’offres et d’abus de ressources publiques. Selon Thierry Murangira, porte-parole du Bureau d’enquĂ ÂŞte du Rwanda […]
Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu bayobozi b’igisirikare cyo mu mazi cy’u Burusiya, Admiral Viktor Sokolov, yagaragaye kuri uyu wa Kabiri yitabiriye inama yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, nyuma y’umunsi umwe ingabo zidasanzwe za Ukraine zivuze ko zamwishe. Mu mashusho n’amafoto yashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ingabo y’u Burusiya, bigaragara […]
Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira kuburanisha Jean-Bosco Harelimana wahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe amakoperative mu Rwanda (RCA) ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Harelimana akekwaho ibyaha birimo kutubahiriza amabwiriza agenga itangwa ry’amasoko ya leta no gukoresha nabi umutungo wa Leta. Nk’uko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi w’ikigo gishinzwe ubugenzacyaha […]
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Ingabo zidasanzwe za Ukraine zavuze ko umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha amato y’intambara afite ibirindiro ku cyambu cya Sevastopol ku Nyanja y’Umukara, Admiral Viktor Sokolov, n’abandi basirikare 33 baguye mu gitero cya misile cya Ukraine mu cyumweru gishize. Ukraine kuvuga ko yishe umwe mu basirikare bakuru bo mu Burusiya bakomeye mu ngabo zirwanira mu mazi […]
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Umutwe mushya witwa UFPC (Union de force de la dĂ©fense patriotique congolaise) uherutse gushingirwa muri Nyiragongo ugamije gukubita inshuro M23, wakoze imirwano yawo ya mbere mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, ariko urwana n’undi mutwe w’inyeshyamba utari M23. Iyo mirwano n’ubundi yabereye muri Nyiragongo, mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma mu ijoro […]
Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyahakanye amakuru avuga ko hari amashuri 54 yahagaritswe cyemeza ko ayo makuru yumviswe nabi kandi kizeza abaturage ko amashuri avugwa agikora. Vianney Augustine Kavutse, umuyobozi w’ishami ry’uburezi bw’ibanze n’ubuziranenge bwa TVET muri NESA, yashimangiye ko gukora igenzura ari kimwe mu bigize inshingano zabo. Yagaragaje ko mu […]
Ethiopia: Byibuze abantu 50 baguye mu mirwano yahuje igisirikare cya leta na FANO
Byibuze abarwanyi 50 bishwe mu gihe inzego z’umutekano za guverinoma n’inyeshyamba zo muri Amhara zarwaniraga mu karere ka Amhara mu majyaruguru ya Ethiopia nk’uko byatangajwe n’Igisirikare kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nzeri. Iyi mirwano yibanze cyane mu mujyi w’amateka wa Gondar, yateje impungenge z’umutekano w’akarere, gaherereye mu majyaruguru ya Ethiopia, nko mu birometero 700 […]
Dore ibyo Tshisekedi yemereye Kabila kugirango amuhe ubutegetsi

Amakuru atandukanye ku masezerano Perezida Tshisekedi yagiranye n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila kugirango agere ku butegetsi akomeje kujya ku karubanda, aho nyuma yo kumwita umubeshyi nyuma y’ibyo aherutse gutangariza i New York anyomoza ayo masezerano, kuri ubu Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’amatora yashyize ahagaragara ikimenyetso cy’ibyo avuga. Nyuma y’aho kuri iki Cyumweru, Corneille […]
Somalia: Nibura abarwanyi 70 ba al Shabab bishwe n’igisirikare
Nibura abaterabwoba 70 ba al-Shabaab bishwe ku Cyumweru mu gikorwa cya gisirikare cyakozwe n’ingabo z’igihugu cya Somaliya gishyigikiwe n’imitwe yitwara gisirikare yo mu majyaruguru yo hagati mu Ntara ya Mudug. Izo ngabo zagabye igitero ku bwihisho bw’inyeshyamba za al-Shabaab n’ahantu ziteranira mu mujyi wa Aad nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Nk’uko byatangajwe na […]
Masisi: Haravugwa imirwano yahuje M23 na Nyatura
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, muri Teritwari ya Masisi biravugwa ko habyukiye imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’undi mutwe witwaje intwaro ukorana na leta. Ni imirwano bivugwa ko yahuje inyeshyamba za M23 n’umutwe w’inyeshyamba za Mai-Mai Nyatura yatangiye saa 5h30 mu birometero bicye uvuye ahitwa Kwa Munyaruguru (Chez Munyaruguru) muri Teritwari ya Masisi. […]
Ikamyo yari izanye lisansi i Kigali yakoze impanuka ikomeye
Imirimo ku mupaka Kabale-Katuna kuri uyu wa gatandatu ushize yari yahagaze nyuma y’aho ikamyo yikoreye lisansi iyizanye mu Rwanda yakoraga impanuka ikigega kigaturika igeze mu Mudugudu wa Nyakasharara, Paruwasi ya Kicumbi, mu Murenge wa Kamuganguzi, ho mu Karere ka Kabale. Nk’uko ababibonye babitangaje, iyi mpanuka yabaye saa kumi n’ebyiri za mu gitondo. Iyi kamyo yikoreye […]
Kayanza: Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD yasabye kwikiza abo yise ibirura
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo, yasabye abayoboke b’iri shyaka gukuraho abo yise Ibirura kugirango bireke intama. Abaturage bo muri Komini Kabarore, Intara ya Kayanza, mu majyaruguru y’u Burundi, aho yavugiye ibi, baravuga ko batangajwe n’ayo magambo. Imbonerakure (urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi ) rwo muri Komini Kabarore, muri iyi ntara ngo rwateraniye kuwa […]
Sudani y’Epfo: Umushoferi w’Umunyakenya n’uw’Umurundi bishwe
Kuri uyu wa Gatandatu, mu gace ka Yei, muri Sudani y’Epfo, umushoferi w’ikamyo wo muri Kenya yarashwe aricwa maze ikamyo yari atwaye iratwikwa ubwo abantu bitwaje intwaro batamenyekanye bagabaga igitero ku makamyo ya UNICEF. Undi mushoferi ukomoka mu Burundi yatakaje ubuzima muri icyo gitero, mu gihe umushoferi wa gatatu yakomeretse bikomeye. Abahohotewe batwaraga ibikoresho byatanzwe […]
Hari uburyo butandukanye buri gukoreshwa ngo imanza zijye zihutishwa – Mutabazi
Umuvugizi w’inkiko mu Rwanda avuga ko hari uburyo butandukanye buri gukoreshwa ngo imanza zijye zihutishwa mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gutinda kuburanishwa n’inkiko bishobora guteza ingaruka k’uwakatiwe cyane cyane k’umuryango we bityo bagasaba inkiko ko byaba byiza imanza zihutishijwe uwakatiwe akaburanishwa hakiri kare. Gutinda kuburanishwa kuri bamwe mu bakatirwa n’inkiko, hari abaturage bavuga […]
Brig. Gen Chongo Vidigal arashima inkunga ya RDF

Kuri uyu wa Gatandatu itariki ya 23 Nzeri 2023, Maj Gen A Kagame Umuyobozi wa Joint Task Force y’inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) zoherejwe muri Mozambique, yakiriye ku cyicaro cyabo intumwa ziyobowe n’umuyobozi ushinzwe ibikorwa mu Gisirikare cya Mozambique (FADM), Brig Gen Chongo Vidigal, aherekejwe na J2 Brig Gen Recaldo Macuvelle hamwe n’abandi basirikare bakuru […]
Impinduka ku ingengabihe y’amatora nko kubwa Kabila ntabwo byari ikintu kiza – Alexander De Croo
Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yabonanye na Perezida FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo bavugana ku matora n’ibibazo by’umutekano bihungabanya igihugu, aho Tshisekedi yabwiwe ko byaba byiza amatora abaye nk’uko biteganyijwe . Ku gicamunsi cyo kuwa Kabiri, Minisitiri w’intebe Alexander De Croo yabisobanuye agira ati: “Byabaye umuco ngarukamwaka kubonana na Perezida Tshisekedi hano iruhande rw’Inteko rusange […]
Norvege: Minisiteri y’ubutabera irasuzuma niba Gasana yakohererezwa u Rwanda
Umugabo wafatiwe mu gihugu cya Norvege ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda kubera uruhare akekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ashobora koherezwa i Kigali nk’uko byatangajwe n’Igipolisi cya Norvege. Uyu mugabo Francois Gasana uri mu kigero cy’imyaka 40, yafatiwe mu murwa mukuru wa Norvege, Oslo, ubu hagiye gushira umwaka nyuma y’impapuro zo kumuta muri yombi […]
Inkongi y’umuriro yibasiye iduka yahitanye abantu 35 muri Benin
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, byibuze abantu 35 biciwe mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Benin nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye mu iduka aho abatangabuhamya bavuze ko intandaro ari peteroli yari iri gupakururwa, nk’uko uhagarariye minisiteri y’ubutabera yabitangaje. Inkongi y’umuriro yadutse ku isaha ya saa 0930 ku isaha yo muri Benin mu gace ka Seme-Podji, hafi y’umupaka na […]
USA: Umusenateri ukomeye n’umugore we bakurikiranweho ibyaha bya ruswa
Senateri ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bob Menendez n’umugore we bakurikiranyweho ibyaha bya ruswa, aho abashinjacyaha bo muri Amerika bashinje aba bombi kwakira ruswa kubera ibikorwa bitandukanye bya ruswa, harimo no gukoresha imbaraga z’ishyaka ry’abademokarate muri politiki y’ububanyi n’amahanga mu nyungu za Misiri. Kuri uyu wa Gatanu, Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za […]
Rwanda, Italia kuimarisha ushirikiano katika ulinzi
Rais Paul Kagame mnamo Septemba 21 alikutana na Waziri Mkuu Giorgia Meloni wa Italia kujadili njia za kuimarisha ushirikiano katika maeneo tofauti ya maslahi ya pande zote. Viongozi hao wawili walikutana kando ya kikao cha 78 cha Baraza Kuu la Umoja wa Mataifa kinachoendelea kuanzia Septemba 20 hadi 26, mjini New York, Marekani. “Walijadili njia […]
Colonel Mamadi Doumbouya gives me the impression of a sincere man – Mushikiwabo
After the Vice-President of the People’s Republic of China Han Zheng, the head of the Guinean transition also met with the Secretary General of the International Organization of La Francophonie (OIF) in New York on the sidelines of the general assembly of ONU. At the end of this meeting, Rwandan Louise Mushikiwaboi gave her impression […]
Gen Ndima yahamagajwe mu rukiko, Col Mikembe yamushinje uruhare mu bwicanyi bw’i Goma
Colonel Mike Mikombe, komanda w’ingabo zishinzwe kurinda perezida n’inzego za leta zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, ushinjwa uruhare mu bwicanyi bwo ku itariki ya 30 Kanama i Goma, yasabye urukiko ko ruhamagazwa uwari guverineri wa gisirikare wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima avuga ko ari we “wateguye igikorwa cyose kandi yari umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare […]
U Bwongereza: Batanu bashinjwa kuba intasi z’u Burusiya bagiye kugezwa mu rukiko

Abantu batanu bakekwaho kuba intasi z’u Burusiya bagomba kugezwa imbere y’urukiko mu Bwongereza bashinjwa icyaha cyo gucura umugambi wo gutata. Ku wa Kabiri, Orlin Roussev, Bizer Dzhambazov, Katrin Ivanova, Ivan Stoyanov, na Vanya Gaberova bazitaba urukiko rw’ibanze rwa Westminster. Vanya Gaberova bivugwa yakoraga mu bijyanye n’iby’ubwiza (beautician) kandi yatsindiye ibihembo muri urwo rwego ndetse akaba […]
Le président du Kenya qualifie le Conseil de sécurité de l’ONU de « dysfonctionnel  »
Le prĂ©sident kenyan William Ruto a vivement critiquĂ© jeudi le Conseil de sĂ©curitĂ© de l’ONU pour ce qu’il considère comme son “inefficacitĂ©” et son absence de principes dĂ©mocratiques. S’exprimant lors de la 78e session de l’AssemblĂ©e gĂ©nĂ©rale des Nations Unies Ă Â New York, il a appelĂ© Ă Â une rĂ©forme fondamentale du Conseil de sĂ©curitĂ©, soulignant […]