Mushikiwabo arishimira akazi Col. Doumbouya ari gukora muri Guinea
Nyuma yo kubonana na Visi-Perezida w’u Bushinwa Han Zheng, umuyobozi w’inzibacyuho wa Guinea yanabonanye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) i New York aho yitabiriye inama y’Inteko Rusange ya Loni. Nyuma yo kugirana ibiganiro, Louise Mushikiwabo yatanzee ibitekerezo ku myitwarire y’inzibacyuho ya Guinea. Ku bwe nk’uko iyi nkuru dukesha guinee360 ivuga, Guinea ni […]
RDC igiye kwimurira ambasade i Yeruzalemu naho Israel ifungure ambasade i Kinshasa
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo izimurira ambasade ya yo muri Israel i Yeruzalemu ivuye i Tel Aviv nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Netanyahu, wabonanye na Perezida wa Congo Felix Tshisekedi mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, yatangaje ko Israel nayo izafungura Ambasade i […]
Abasirikare ba Afurika y’Epfo bishwe n’umuraba wabahanuye ku bwato
Kuri uyu wa Gatatu ushize, abasirikare batatu barwanira mu mazi ba Afurika y’Epfo barapfuye nyuma y’umuraba uremereye wakubise ubwato bwabo bugendera munsi y’amazi (Submarine) ku nkombe za Kommetjie hafi ya Cape Town, nk’uko byatangajwe na Perezidansi kuri uyu wa Kane, itariki 21 Nzeri. Abasirikare barindwi bakora kuri ubu bwato bakubiswe n’amazi abakura hejuru y’ubwato bwa […]
Nta kibazo kiri hagati y’ingabo n’abaturage, habaye ibibazo hagati y’Abanyekongo – Gen. Cirimwami
Guverineri w’agateganyo wa Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Maj. Peter Cirimwami Nkuba, yakoze ubutumwa bwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano ku muhanda Goma-Kibati-Kanyamahoro-Kibumba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Icy’ibanze muri ubu butumwa kwari ukureba uko FARDC ihagaze ku murongo w’imbere no kureba niba ihagarikwa ry’imirwano ryarubahirijwe ku ruhande rwa Congo. Ati: “Ntabwo twasabwe kuza gutera, ahubwo ni ukugenzura ihagarikwa […]
Kicukiro: Un tueur en série présumé traduit devant le tribunal
Le tueur en sĂ©rie prĂ©sumĂ© Denis Kazungu a Ă©tĂ© traduit en justice jeudi 21 septembre devant le tribunal primaire de Kicukiro et inculpĂ© de 10 chefs d’accusation, dont meurtre, viol, contrefaà §on et profanation de cadavres humains. Kazungu a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© le 5 septembre. Il est accusĂ© d’avoir tuĂ© 12 personnes et de les avoir enterrĂ©es […]
DRC: Tshisekedi calls for speedy withdrawal of UN peacekeepers
The Democratic Republic of Congo’s president has called for a speedy withdrawal of the UN peacekeeping mission in his country. The UN Organization Stabilization Mission in Congo (MONUSCO) has been deployed in eastern DR Congo since 1999. Addressing the 78th UN General Assembly session in New York on Wednesday, Felix Tshisekedi expressed disappointment with the […]
Louise Mushikiwabo yamaganye igitero cya Azerbaijan muri Nagorno-Karabakh
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yamaganye byimazeyo igitero cya Azerbaijan muri Nagorno-Karabakh. Mu itangazo rye, Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango “yamaganye byimazeyo ibikorwa bya gisirikare byatangijwe na Azerbaijan mu karere ka Nagorno-Karabakh” anasaba ko iki gitero cyahita gihagarara. Yagaragaje ko yihanganishije kandi yifatanyije n’imiryango y’abapfuye n’abakomeretse. Louise Mushikiwabo yashimangiye akamaro ko kubahiriza ihagarikwa […]
U Burusiya bwaramutse bugaba ibitero by’indege i Kyiv no mu yindi mijyi ya Ukraine
Kuri uyu wa Kane, u Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere ku murwa mukuru Kyiv no mu yindi mijyi ya Ukraine, bikomeretsa byibuze abantu 18 ndetse byangiza n’ibikorwa remezo hirya no hino mu gihugu. Abatangabuhamya babwiye Reuters ko ibisasu byumvikanye i Kyiv no mu karere kayegereye nyuma y’integuza y’igitero cy’indege. Abayobozi batangaje ko bohereje itsinda […]
Mali: Inyeshyamba zirigamba kwica abasirikare basaga 30 no gufata abandi benshi
Ihuriro ry’imitwe itandukanye y’inyeshyamba mu majyaruguru ya Mali riravuga ko ryafashe bugwate abasirikare benshi b’igihugu rikica abandi basaga 30, mu gihe ryo ryatakaje umunani mu mirwano yabahuje. Iri huriro ribarizwamo umutwe nka CMA (Coordination of Azaward), ihuriro na none rigizwe n’inyeshyamba ziganjemo abo mu bwoko bw’Aba-Touareg, ryanigambye ko ryarashe indege ebyiri mu gitero ku bigo […]
Kumbukumbu nne za mauaji ya kimbari zimeongezwa kwenye Orodha ya Urithi wa Dunia wa UNESCO
Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Murambi katika Wilaya ya Nyamagabe, Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Nyamata katika Wilaya ya Bugesera, Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Kigali katika Jiji la Kigali, na Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Bisesero katika Wilaya ya Karongi sasa zimeandikwa kwenye Orodha ya Urithi wa Dunia wa UNESCO. […]
U Buhinde bwasabye Abahinde bagenda n’abatuye muri Canada kwigengesera
U Buhinde bwagiriye inama abaturage babwo bajya cyangwa batuye muri Canada yo “kwitonda cyane”. Iyi nama ije nyuma y’umunsi umwe amakimbirane akomeje kwiyongera hagati y’ibihugu byombi aho buri kimwe kirukanye umudipolomate wo ku rundi ruhande. Canada yavuze ko iri gukora iperereza ku “birego byizewe” bihuza leta y’u Buhinde n’iyicwa ry’umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bo mu […]
Rwanda is a ‘world-beating’ model on tackling migrant crisis – Suella Braverman
The UK’s Rwanda migrant plan is a “world-beating” model on tackling the crisis, Home Secretary Suella Braverman has said. Speaking on LBC’s Nick Ferrari at Breakfast, Ms Braverman said the focus was on stopping the use of hotels for migrants making the trip across the Channel. She said the Rwanda scheme – intended to “detain […]
Ndizera ko amasezerano yacu n’u Rwanda yaba icyitegererezo ku bindi bihugu – Braverman
Umunyamabanga ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu mu Bwongereza, Suella Braverman, yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda y’u Bwongereza ari icyitegererezo cy’Isi yose mu guhangana n’iki kibazo. Avuga n’umunyamakuru Nick Ferrari wa LBC kuri uyu wa Gatatu, Braverman yavuze ko ikigamijwe ari uguhagarika ikoreshwa ry’amahoteri ku bimukira bakora ingendo zambuka Umuyoboro uzwi nka English […]
Le général Muganga du Rwanda a rencontré le chef de l’armée qatarie
Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), le gĂ©nĂ©ral Mubarakh Muganga, a rencontrĂ© mardi 19 septembre le chef d’Ă©tat-major des forces armĂ©es qataries, le lieutenant-gĂ©nĂ©ral Salem bin Hamad bin Aqil Al Nabit, Ă Â Doha. selon l’agence de presse du Qatar. Les deux chefs de l’armĂ©e ont discutĂ© de sujets d’intĂ©rĂ ÂŞt commun et des […]
Tshisekedi yongeye kwemeza ko atazaganira na M23, ashimangira ko ubu FARDC ikomeye

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yongeye gushimangira ko nta biganiro guverinoma ye iteze kugirana n’umutwe wa M23 yita umutwe w’abanyabyaha wajyanwe muri Congo n’u Rwanda, ndetse yongeraho ko bongereye ingufu ku buryo biteguye icyo ari cyo cyose mu kurinda igihugu. Ibi Tshisekedi yabitangarije kuri uyu wa Kabiri, itariki 19 Nzeri, i […]
Doha: U Rwanda na Qatar bikomeje gukaza ubufatanye mu bya gisirikare
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 19 Nzeri, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), General Mubarakh Muganga, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Qatar, Lt. Gen. Salem bin Hamad bin Aqil Al Nabit, i Doha. Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi baganiriye ku ngingo z’inyungu rusange n’uburyo bwo kuzamura no guteza imbere izo nyungu, mu nama […]
Gabon yahagaritswe igice muri Commonwealth itaramaramo kabiri
Gabon yahagaritswe, igice, muri Commonwealth nyuma y’uko abayobozi ba gisirikare bakoze coup d’etat yakuyeho Perezida Ali Bongo. Iki cyemezo cyafashwe n’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga ba Commonwealth bitabiriye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Abayobozi bahamagariye Gabon kubahiriza indangagaciro n’amahame bya Commonwealth nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Basabye igihugu gutegura amatora yizewe vuba bishoboka. Igisirikare cya Gabon […]
Azerbaijan yongeye kugaba ibitero mu karere ka Nagorno-Karabakh ikunze gupfa na Armenia
Igisirikare cya Azerbaijan cyatangaje ko cyatangije “ingamba zo kurwanya iterabwoba” kigaba ibitero ku birindiro by’Ingabo za Armenia nyuma y’uko mine zihitanye abasirikare bane n’abasivili babiri mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri mu gace ka Nagorno-Karabakh. Iki gice kiganjemo abaturage bo mu bwoko bwa Armenia, giherereye muri Azerbaijan, cyabaye intandaro y’amakimbirane n’intambara hagati ya Azerbaijan […]
L’économie du Rwanda a enregistré une croissance de 6,3% au deuxième trimestre
Le Rwanda a enregistrĂ© une croissance de 6,3% du PIB au deuxième trimestre 2023 après une croissance de 9,2% au premier trimestre, selon les chiffres publiĂ©s par l’Institut national des statistiques du Rwanda (NISR) lundi 18 septembre. La croissance du PIB aux prix actuels du marchĂ© — Ă Â 3 970 milliards de Frw — se […]
Somalia: Ingabo z’u Burundi zatanze ibirindiro bya Biyo Cadale zari zimazemo imyaka 8

Ku Cyumweru, Ingabo z’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (ATMIS) zatangiye icyiciro cya kabiri cyo kuvana abasirikare muri iki gihugu zishyikiriza Leta ya Mogadishu Ikigo cya gisirikare cya Bio Cadale cyo muri Leta ya Hirshabelle cyacungwaga n’Ingabo z’u Burundi. Lt. Col. Philippe Butoyi, umuyobozi wa ATMIS muri Bio Cadale, yavuze ko ihererekanyabubasha ry’inshingano z’umutekano […]
M23 yijeje abaturage ba Kiwanja ko amateka ya 2013 atazigera yisubiramo
Abasirikare bakuru ndetse n’abakada ba M23/ARC kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Nzeri bakoranye inama n’abaturage bo mu Mujyi wa Kiwanja, bahagaritse ibikorwa byose bakajya kwakira abayobozi b’uyu mutwe barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa, Benjamin Mbonimpa. Mbere yo kugirana ibiganiro, abaturage ba Kiwanja babanje kwerekwa abashyitsi bagizwe n’abasirikare bakuru ba M23 barimo na Col kabengele uherutse kwitandukanya […]
Amoko arenga 130 y’amavuta n’amasabune bitukuza uruhu yahagaritswe ku isoko

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 18 Nzeri, ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyasohoye urutonde rw’ibicuruzwa bibujijwe birimo amoko arenga 130 y’amavuta yo kwisiga, amasabune na cream birimo ibintu bibujijwe. Urutonde rurimo amavuta arimo ibinyabutabire bitukuza uruhu hamwe n’imiti nka hydroquinone, aside kojic, steroid na mercure. Rwanda FDA yatangaje ko gutumiza no […]
Umusirikare wa UPDF yishe arashe inka 18 akomeretsa izindi zisaga 20
Igisirikare cya Uganda (UPDF) kiri gukora iperereza ku kuntu umusirikare wacyo yarashe akica inka 18 agakomeretsa izindi zisaga 20 mu Karere ka Nakapiripirit ku Cyumweru. Ni umusirikare kuri muri division ya 3 y’ingabo zirwanira ku butaka nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa yo w’agateganyo, Major Moses Amuya. Major Amuya yavuze kandi ko umusirikare ushinjwa kwica aya matungo […]
15 FARDC soldiers killed during clashes with Mobondo militiamen
Soldiers from the 11th military region of the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo were killed during violent clashes with Mobondo militiamen. The events took place during the day of Sunday September 17 in the village of Mulosi, located between Kabuba and Batshongo, in the territory of Kenge (Kwango). The information was delivered […]
Kagame a présidé le Conseil consultatif présidentiel à  New York
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© dimanche 17 septembre la rĂ©union du Conseil consultatif prĂ©sidentiel (PAC) qui a discutĂ© de solutions innovantes et pratiques pour soutenir le progrès socio-Ă©conomique du Rwanda. La rĂ©union qui a rĂ©uni des experts rwandais et internationaux qui offrent des conseils stratĂ©giques au prĂ©sident et au gouvernement a Ă©galement discutĂ© des […]
Abasirikare 15 ba FARDC biciwe mu mirwano yabahuje n’inyeshyamba za Mobondo
Abasirikare 15 bo mu karere ka 11 ka gisirikare k’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baguye mu mirwano ikaze yabahuje n’inyeshyamba za Mobondo. Ibi byabereye ku munsi wo ku Cyumweru, itariki ya 17 Nzeri mu mudugudu wa Mulosi, uherereye hagati ya Kabuba na Batshongo, muri Teritwari ya Kenge mu Ntara ya Kwango. Aya makuru […]
U Burundi buri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru iza EAC nizihava
Igisirikare cy’u Burundi kiri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru gufasha Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihe ingabo za EAC zizaba zivuye muri iki gihugu nk’uko byatangajwe n’umwe mu basirikare b’u Burundi. Mu gihe kirekire, amasezerano y’ibanga hagati y’ibihugu byombi yemereye u Burundi kohereza ingabo zo guhiga imitwe y’inyeshyamba z’Abarundi za RED-Tabara na […]
Hagiye kwifashishwa drones mu kurwanya ibikorwa byangiza ibidukikije
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) na Minisiteri y’ibidukikije byatangije ikoreshwa ry’indege zitagira abapilote mu kurwanya ibyaha byibasira ibidukikije. Ibyaha byibasira ibidukikije ni igikorwa kitemewe cyangiza ibidukikije kandi nicyo cyaha cya kane gikorwa n’abantu benshi ku Isi. Ni icyaha cyiyongera ku rugero rwa gatanu na karindwi ku ijana buri mwaka, nk’uko raporo zibitangaza. Indege zitagira abadereva (drones) […]
Ikirango cy’Umujyi wa Khartoum cyafashwe n’inkongi nyuma y’imirwano ikaze
Inyubako zafashwe n’inkongi y’umuriro mu murwa mukuru wa Sudani nyuma y’imirwano ikaze hagati y’ingabo za leta n’ingabo z’umutwe wa RSF bahanganye. Amashusho yashyizwe kuri internet ku Cyumweru yerekanye umuturirwa w’icyitegererezo i Khartoum wa Greater Nile Petrole Oil Company urimo uragurumana. Mu butumwa yanditse kuri X, yahoze yitwa Twitter, Tagreed Abdin, umwubatsi w’iyi nyubako, yagize ati: […]
Kim jong Un yasoje uruzinduko rwe mu Burusiya atahana drones z’impano
Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yavuye mu Burusiya kuri iki Cyumweru, itariki 17 Nzeri, muri gari ya moshi ye y’umutamenwa , ubwo yasozaga urugendo rw’iminsi itandatu rwibanze ahanini ku bibazo bya gisirikare. Uru ruzinduko rwa mbere rwa Kim mu mahanga kuva icyorezo cya coronavirus cyaduka rwateye […]
Ukraine ikomeje kugaba ibitero i Moscow no muri Crimea
Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwavuze ko bwahagaritse igitero cya Ukraine cyagabwe kuri Crimea, mu gihe indege zitagira abadereva nazo zagabye igitero i Moscou, bihagarika ingendo zo mu kirere mu murwa mukuru, kandi bitera inkongi y’umuriro mu bubiko bwa peteroli mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu. Ukraine muri iyi minsi yagabye ibitero byinshi ku bikorwaremezo by’ingabo z’u […]
Libya: Abantu 11,300 ni bo bamaze kubarurwa bishwe n’imyuzure
Nibura abantu 11.300 nibo bamaze kubarurwa bapfuye abandi 10.100 baburirwa mu mujyi wa Derna uri ku nkombe z’inyanja nyuma y’icyumweru kimwe inkubi y’umuyaga yiswe Daniel yibasiye amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Libya, nkuko ibiro by’umuryango w’abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi byatangaje ku wa Gatandatu. Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yavuze ko abantu bagera ku 170 bapfuye bazize umwuzure ahandi […]
Maroc yateye utwatsi iby’uruzinduko rwa Macron rwatangajwe na minisitiri Colonna
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Nzeri, Maroc yateye utwatsi amagambo yavuzwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Catherina Colonna, wavuze ko Perezida Emmanuel Macron azasura Maroc. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru bya Maroc (MAP) bibitangaza, umukozi wa guverinoma yavuze ko Macron adafite gahunda cyangwa uruzinduko rwateguwe muri Maroc. Uyu muyobozi wirinze ko amazina ye atangazwa kuko […]
Amayobera arakomeje ku bantu ba nyabo batanze amabwiriza yo kwica abaturage i Goma
Amayobera aracyakomeje ku bantu ba nyabo bagize uruhare mu iyicwa ry’abaturage ku itariki ya 30 Kanama mu Mujyi wa Goma. Nyuma y’iburanisha ry’abatangabuhamya n’abahohotewe bagera kuri 33 bari muri uru rubanza, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 15 Nzeri, mu Rukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru , nta n’umwe wemeje neza ba nyirabayazana ba […]
Mu Burundi hikanzwe coup d’etat mu gihe Perezida Ndayishimiye atari mu gihugu
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Radio na Televiziyo by’Igihugu (RTNB) mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, bigoswe n’abashinzwe umutekano kuva kuri uyu wa Kane ushize, ariko nta mpamvu iratangwa yabyo nubwo hari abakeka ko haba hikangwa coup d’etat. Ni ku nshuro ya mbere kuri uyu wa Gatanu ngo hagaragaye abasirikare bo mu mutwe […]
Rais Kagame yuko Cuba kwa mkutano wa G77
Rais Kagame yuko Havana, Cuba ambako anaungana na viongozi kutoka duniani kote kwa ajili ya Mkutano wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa G77 + China, utakaofanyika kuanzia tarehe 15-16 Septemba. Kama Mwenyekiti wa G77 + China, Cuba imeitisha Mkutano huo chini ya mada, “Changamoto za Sasa za Maendeleo: Nafasi ya Sayansi, Teknolojia na Ubunifu.” […]
Le Rwanda lance un centre de laboratoire pour améliorer les prévisions météorologiques extrà ªmes
Le Rwanda a lancĂ© un centre de laboratoires de rĂ©gulation pour collecter des donnĂ©es afin d’amĂ©liorer la comprĂ©hension des conditions mĂ©tĂ©orologiques, des dĂ©bits fluviaux et de la qualitĂ© de l’air, et « d’amĂ©liorer la capacitĂ© du pays Ă Â prĂ©voir les Ă©vĂ©nements extrĂ ÂŞmes et Ă Â rĂ©agir rapidement aux catastrophes naturelles  ». Certains Ă©vĂ©nements mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂŞmes comprennent […]
Zimwe mu nama zikomeye Kagame yagiriye abaguverineri ba Nigeria baherutse mu Rwanda
Mu kwezi gushize, ba guverineri 15 muri 36 bo muri Nigeria baje i Kigali mu mwiherero w’abayobozi w’iminsi itatu wateguwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Abguverineri bo Nigeria (NGF). Uyu mwiherero wari ugamije gufasha ba guverineri “kongera gutekereza ku buyobozi bwa Nigeria kugira ngo bagere ku mpinduka n’iterambere rirambye mu gihugu […]
RDC: Umunyamakuru Stanis Bujakera yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala
Umunyamakuru Stanis Bujakera, umwanditsi mukuru wungirije w’urubuga Actualite.cd ndetse akaba na correspondant wa Jeune Afrique na Reuters muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Nzeri yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Ashinjwa “gukwirakwiza ibihuha no gutangaza amakuru y’ibinyoma”, ibyaha bifitanye isano na raporo yanyujijwe muri Jeune Afrique yitiriwe Urwego rw’Igihugu […]
Minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa, Gen. Li Shangfu, yaba afunzwe
Kuri uyu wa Gatanu, Ambasaderi wa Amerika mu Buyapani yabajije ku rubuga nkoranyambaga niba minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa adafungiwe iwe mu rugo, yongeraho ko hari urujijo ku bijyanye n’uko uyu mugabo usanzwe ari umujyanama wa Leta amaze ibyumweru bibiri atagaragara mu ruhame. Mu butumwa yashyize kuri X, yahoze ari Twitter, Rahm Emanuel yanditse ati: “Icya […]
Ukraine yasenye ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya muri Crimea
Ukraine iravuga ko yasenye ubwirinzi buhambaye bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya mu ntara ya Crimea bwigaruriye mu 2014. Urwego rw’ubutasi rwa Ukraine (SBU) rufatanyije n’igisirikare cyo mu mazi byagabye igitero ku kigo cya Yevpatoriya bikoresheje missile na drones, nk’uko amakuru aturuka mu butasi bwa Ukraine yatangarijwe BBC avuga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye […]
Mfumo wa ulinzi wa anga wa Urusi uliharibiwa huko Crimea
Ukraine inasema kuwa imeharibu mfumo wa kisasa wa ulinzi wa anga wa Urusi katika eneo linalokaliwa la Crimea. Kikosi cha usalama cha Kyiv (SBU) na jeshi la wanamaji walifanya shambulio kwenye kituo cha Urusi karibu na Yevpatoriya kwa kutumia makombora na ndege zisizo na rubani, chanzo cha kijasusi cha Ukraine kiliiambia BBC. Picha za video […]
Prince Kid sera de retour au tribunal vendredi
La Haute Cour de Nyamirambo reprendra vendredi 15 septembre l’audience dans l’affaire DieudonnĂ© Ishimwe, plus connu sous le nom de Prince Kid. Ishimwe, directeur gĂ©nĂ©ral de Rwanda Inspiration Back Up et ancien organisateur du concours de beautĂ© Miss Rwanda, est empĂ ÂŞtrĂ© dans une bataille juridique depuis 2022 lorsqu’il a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© et accusĂ© de sollicitation […]
Paris: Perezida Macron yatunguye abitabiriye inama yiga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yitabiriye nk’umushyitsi utunguranye inama mpuzamahanga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibera i Paris yateguwe n’umushakashatsi Vincent Duclert. Ngo yari surprise y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Nzeri 2013 ubwo Perezida Macron yinjiraga mu cyumba cyabereye muri iyi ma ayahawe insanganyamatsiko igira iti “Savoirs, sources et ressources sur […]
Sudani: Intumwa idasanzwe ya Loni yeguye nyuma yo guhambirizwa
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, Volker Perthes, yatangaje ko yeguye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’uko guverinoma ya gisirikare iyoboye igihugu imutangarije ko atagikenewe ” persona non grata ” ku butaka bwabo muri Nyakanga. Perthes yabwiye akanama gashinzwe umutekano ati: ” Ndashimira umunyamabanga mukuru kuri ayo mahirwe no kunyizera, ariko namusabye kunsimbura kuri izi […]
Rutshuru: Isasu riravuza ubuhuha hagati ya M23 n’inyeshyamba za CMC-FDP muri Tongo
Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano yakomeje mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, hagati y’inyeshyamba za M23 ndetse n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu kiswe CMC-FDP muri Teritwari ya Tongo. Amakuru aturuka muri iki gice aravuga ko inyeshyamba za M23 zagerageje gushinga ibirindiro bishya mu bice bya […]
Mexique: Abadepite beretswe ibisigazwa bya Aliens ubwo humvwaga ubuhamya kuri ibi biremwa

Abadepite bo muri Mexique bumvise ubuhamya buvuga ko “tutari twenyine (ikiremwamuntu)” mu isanzure kandi babonye ibisigazwa bivugwa ko atari iby’ibiremwamuntu muri dosiye idasanzwe yaranze iperereza rya mbere ry’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cyo muri Amerika y’Epfo kuri UFOs (Ibintu byagaragaye mu kirere bitazwi). Mu kumva ubuhamya kuri uyu wa Kabiri ushize kuri ibi bintu bidasanzwe […]
Rulindo: Baravuga ko barembejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo
Mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro, ho mu Karere ka Rulindo, abaturage baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo mu gihe nta n’irondo riba muri ako gace, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge bwo buvuga ko iki kibazo kidakabije ariko ku bufatanye n’inzego z’umutekano bugiye gushyira imbaraga mu kugikemura. Abaturage bavuga ko ibyo bituma n’abafite […]
Niger: Amerika yatangiye kwimura ingabo zayo izivana mu birindiro by’i Niamey
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kwimura bamwe mu basirikare bazo bari mu birindiro biri mu murwa mukuru wa Repubulika ya Niger, Niamey, bimurirwa mu karere ka Agadez nk’uko byatangajwe na Pentagon. Kwimura abasirikare bije mu gihe Burkina Faso, umuturanyi wo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Niger akaba n’umwe mu bashyigikiye byimazeyo abahiritse ubutegetsi, yohereza imitwe […]
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le Dr Jimmy Gasore au poste de ministre de l’Infrastructure
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le Dr Jimmy Gasore au poste de nouveau ministre de l’Infrastructure en remplacement du Dr Ernest Nsabimana en poste depuis le 31 janvier 2022. Le Dr Gasore est chargĂ© de cours Ă Â l’UniversitĂ© du Rwanda et enseigne les sciences de l’atmosphère. Il est Ă©galement scientifique en chef de la […]
RDC: Uwahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko yakatiwe imyaka 7 y’igifungo
Urukiko rw’iremezo rwakatiye Jean Marc Kabund igifungo cy’imyaka 7 ku byaha byose byashinjwaga uwahoze ari visi-perezida wa mbere w’Inteko ishinga amategeko. Jean Marc Kabund ntabwo yari ari mu cyumba cy’urukiko ubwo rwatangaga umwanzuro warwo. Mu gihe yari amaze umwaka urenga afunzwe muri Gereza ya Makala, iki cyemezo cyongereye impungenge nshya kuri iyi dosiye yakunze kugarukwaho […]
Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo yoherejwe kwibagisha i Kigali nyuma yo kuvunika
Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo, La joie Mubulanyi wo muri BC Virunga y’i Goma yimuriwe i Kigali, mu Rwanda aho yaje kwibagisha nyuma yo kuvunikira akaguru k’ibumoso mu mukino wabahuzaga na SCTP yo muri Matadi kuri uyu wa Kabiri. Uyu mukino warangiye BC Virunga itsinze SCTP Matadi ku manota 108-61. Usibye Mubulanyi, undi mukinnyi mugenzi we […]
Burundi: Haravugwa itabwa muri yombi ry’abacamanza bagera kuri bane
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abantu batatu mu rwego rw’ubucamanza barimo Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Ntahangwa (mu majyaruguru ya Bujumbura), Ferdinand Ntizoyimana n’Umushinjacyaha Mukuru wungirije mu rukiko rw’ubujurire rwa Ntahangwa, à ‰ric Ndikumana. Aba bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba kuva ku mu ijoro ryo kuwa Mbere, itariki 11 Nzeri 2023 nk’uko iyi […]
Frank Habineza deemed the agreement with Dual Fluid Energy “dangerous”
The Rwandan government signed an agreement on Tuesday with a German-Canadian start-up to build an “experimental” civilian nuclear reactor, in order to reduce its dependence on fossil fuels which opposition politician, Hon. Dr. Frank Habineza said can be dangerous. The reactor will be ready for testing in 2026, according to the start-up that will build […]
Nta nyigo yanyemeza ko hari ahakubakwa uruganda rw’ingufu za nuclĂ©aire rudashyize mu kaga abaturage – Habineza
Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 nzeri 2023, Guverinoma y’u Rwanda isinyanye amasezerano na Sosiyete Dual Fluid Energy Inc y’Abadage n’Abanyakanada, kugira ngo mu Rwanda hakorerwe igerageza ry’ikigo cyatunganyirizwamo ingufu za nuclĂ©aire hagamijwe kuzibyaza amashanyarazi, umunyapolitiki, Dr Frank Habineza we arasanga ibi bishobora guteza akaga. Muri aya masezerano, biteganyijwe ko imashini ya nuclear […]
Ukraine yagabye igitero simusiga ku ruganda rw’amato rw’u Burusiya muri Crimea

U Burusiya buravuga ko Ukraine yarashe misile 10 n’igitero cya drone eshatu zo mu mazi mu ku mato yabwo mu Nyanja y’umukara muri Crimea. U Burusiya bwavuze ko iki gitero cyateje umuriro mwinshi mu ruganda rw’amato rwa Sevastopol abantu 24 bagakomereka. Guverineri wa Crimea washyizweho na Moscou, Mikhail Razvozhayev, yatangaje ko missile nyinshi zahagaritswe. U […]
Umugabo arashinjwa gusambanya nyina w’imyaka 100 yabanje kumuzirika
Igipolisi cya Uganda muri Kyoga y’Uburasirazuba cyataye muri yombi umugabo w’imyaka 53 ushinjwa gufata ku ngufu nyina w’umukecuru w’imyaka 100. Umuvugizi wa Polisi, Fred Enanga, yavuze ko ukekwa akomoka mu mudugudu wa Olitoi, mu Mujyi wa Asamuk, mu Karere ka Amuria. Igipolisi kiravuga ko amakuru yakusanyijwe kugeza ubu yerekana ko ukekwa yinjiye mu nzu ya […]
National Exam Results for PLE and O-Level Released
The Ministry of Education (MINEDUC) has released results for Primary Leaving Examinations (PLE) and Ordinary Level (O-Level) for candidates who did national examinations for the academic year 2022-2023. According to the results announced on Tuesday, September 12th, out of a total of 201,679 students who took the national exams, 91.09 per cent passed. Among the […]
Libya: Abasaga 3000 bamaze guhitanwa n’imyuzure yibasiye uburasirazuba
Abantu basaga 3000 bamaze gupfa mu gihe abandi benshi batarabarurwa nyuma y’imyuzure yatewe na serwakira yiswe Daniel mu burasirazuba bwa Libya nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri. Abamaze guhitanwa n’iyi myuzure mu Mujyi wa Derna mu burasirazuba barabarirwa mu 2000 kugeza ubu nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Avugana n’iki kinyamakuru, Othman Abdul […]
Faili ya Kazungu tayari imewasilishwa kwa upande wa mashtaka
Wiki moja baada ya Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) kumkamata mtuhumiwa wa mauaji ya mfululizo Denis Kazungu, faili lake sasa liko mikononi mwa waendesha mashtaka ili kesi yake ianze. Kazungu, mwenye umri wa miaka 34, mkazi wa Busanza Cell wilayani Kicukiro, anashukiwa kuua na kuzika watu kadhaa wengi wao wakiwa wasichana katika makazi yake […]