Raia wa Uganda anakabiliwa na hukumu ya kifo baada ya kushtakiwa kwa ushoga

Mwanamume mwenye umri wa miaka 20 kutoka Uganda anaweza kukabiliwa na hukumu ya kifo baada ya kushtakiwa kwa ulawiti uliokithiri, ambao ni kosa la kifo chini ya sheria tata ambayo ilipitishwa mwezi Mei. Ni mara ya kwanza kwa shtaka kama hilo kuripotiwa, ingawa haijulikani wazi ikiwa kumekuwa na mashtaka yoyote hapo awali. Mahakama moja mashariki […]

Le gouverneur de la province de l’Ouest et le chef de l’autoritĂ© foncière licenciĂ©s

Le prĂ©sident Paul Kagame a limogĂ© Franà§ois Habitegeko du poste de gouverneur de la province de l’Ouest et EspĂ©rance Mukamana qui Ă©tait directrice gĂ©nĂ©rale de l’AutoritĂ© foncière nationale. Le licenciement du duo a Ă©tĂ© annoncĂ© dans un communiquĂ© publiĂ© le 28 aoà»t au soir par la prĂ©sidence du gouvernement, qui citait l’article 9 de la […]

Iyo hataba u Bufaransa ntituba tuvuga uyu munsi Mali, Burkina Faso cyangwa Niger – Macron

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yatangaje ko iyo hataba ingabo z’igihugu cye zatabaye muri Afurika, ibihugu bya Mali, Burkina Faso ndetse na Niger biba byarasibanganye ku ikarita, ibintu bitakiriwe neza n’abumvise iri jambo cyane cyane Abanyafurika. Mu gihe umwuka mubi ugenda wiyongera mu mibanire y’u Bufaransa na Afurika, Emmanuel Macron we yashimye ubutwari bw’abadipolomate mu […]

Ituri: Byibuze abantu 14 biciwe mu gitero cya CODECO ku rusengero

Kuri iki Cyumweru gishize, byibuze abantu 14 biciwe mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo, nyuma y’uko umutwe witwara gisirikare ugabiye igitero ku bantu bari barimo gusenga mu rusengero, nk’uko umuyobozi waho ndetse n’umuyobozi wa sosiyete sivile babitangaje kuri uyu wa Mbere. Umuyobozi wa Teritwari ya Djugu, Ruphin Mapela n’umuyobozi wa sosiyete sivile, Dieudonne […]

Makubaliano ya kijeshi kati ya Burundi na DRC yatiwa saini mbele ya Tshisekedi na Ndayishimiye

Alain Tribert Mutabazi, Waziri wa Ulinzi wa Kitaifa na Masuala ya Maveterani wa Burundi, na Jean-Pierre Bemba wa DRC walihitimisha rasmi hati ya makubaliano ya utetezi Jumatatu huko Kinshasa. Hafla hiyo ilifanyika mbele ya Marais Evariste Ndayishimiye na FĂ©lix Tshisekedi. Wakati huo huo, mkutano kati ya Ndayishimiye na Tshisekedi ulifanyika katika Palais de la Nation […]

Libya: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yirukanwe ashinjwa guhura n’uwa Israel mu ibanga

Kuri iki Cyumweru gishize, Minisitiri w’Intebe wa Libya, Abdel Hamid Dbeibeh, yahagaritse ku mirimo ye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Najla al-Mangoush nyuma yo guhurira rwihishwa i Roma na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel, Eli Cohen. Iteka ryashyizwe ahagaragara na guverinoma y’ubumwe bw’igihugu ryagize riti: “Hafashwe umwanzuro wo guhagarika minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Libya, Najla al-Mangoush no […]

Sarkozy praises Kagame, Mohamed VI and criticizes Tebboune and Kais Saied

In his memoirs published last Tuesday, Nicolas Sarkozy praised several African leaders. He also criticized others that he didn’t like. Among the leaders of the continent that the former French president likes, there is the Ivorian Alassane Ouattara, the Rwandan Paul Kagame and the King of Morocco Mohamed VI. Sarkozy presents the latter as “a […]

Niger: Ambasade y’u Bufaransa yakupiwe amazi, umuriro n’ibyo kurya

Kuri iki Cyumweru, amakuru menshi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko ubuyobozi bwa gisirikare bwa Niger bwakupiye amazi n’amashanyarazi Ambasade y’u Bufaransa mu murwa mukuru Niamey, ndetse buhagarika uburenganzira bwo kuygemurira ibyo kurya. Amakuru avuga ko ubuyobozi bw’iki gihugu bwanafashe ingamba nk’izo ku biro bihagarariye inyungu z’u Bufaransa mu karere ka Zinder, mu mujyi wa […]

Sarkozy yatatse abarimo Kagame anenga ba Kais Saied mu gitabo cye

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicholas Sarkozy yasingije abayobozi ba Afurika barimo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’Umwami wa Maroc, Mohamed VI ariko anenga bikomeye Perezida Tebboune wa Algeria ndetse n’uwa Tunisia, Kais Saied. Mu gitabo cye «  Le temps des combats  » cyasohotse kuri uyu wa Kabiri ushize, Nicolas Sarkozy yavuze ku mubano we […]

Amafoto: Perezida Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria

53143014212_880c3b8fcb_k.jpg

Ku mugoroba wo kuwa Gatandatu Perezida Paul Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria, barimo uwa Leta ya Zamfara, Dauda Lawal, basoje umwiherero w’iminsi itatu bagiriraga mu Rwanda kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 kanama 2023. Ba Guverineri bari muri iki gihugu mu minsi itatu y’Umwiherero w’Abayobozi watewe inkunga n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere […]

Le FC Bayern et Visit Rwanda annoncent un partenariat de 5 ans

Le club de football allemand Bayern Munich a annoncĂ© aujourd’hui un partenariat de cinq ans pour le dĂ©veloppement du football et la promotion du tourisme avec le Rwanda. Le partenariat, dĂ©voilĂ© lors du premier match à  domicile du FC Bayern de la saison, verra le club travailler spĂ©cifiquement avec le ministère rwandais des Sports pour […]

RDC: Abashinwa 13 batawe muri yombi n’ubuyobozi bwa Malemba Nkulu

Abayobozi ba Teritwari ya Malemba Nkulu, kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 Kanama, bataye muri yombi Abashinwa 13 bashinjwa gukora ubucukuzi bwa lithium mu buryo butemewe. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa teritwari, Joel Kayemba, ngo abaregwa baba mu kigo kinini kirimo ububiko butatu bwuzuye amabuye y’agaciro. Yabyise guhungabanya ubukungu bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo na […]

Burundi: Perezida Ndayishimiye yakeje Imbonerakure azishimira kurinda igihugu

f4c0u1vxkaevsdp.jpg

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 kanama, yakeje Imbonerakure azishimira kurinda imipaka y’igihugu, anazihamagarira kongera amarondo ya ninjoro, avuga ko ahari Imana haba hari na Sekibi. Hari mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 7 Umunsi wahariwe Imbonerakure. Ni ibirori byizihirijwe mu murwa mukuru w’intara ya Makamba, mu majyepfo y’u […]

Turi igisirikare gikomeye kandi dufite ubushobozi bwo kuzana amahoro mu gihugu cyacu – Gen. Chico

Ubwo yasozaga ubutumwa bw’akazi mu mujyi wa Kisangani, ibarizwamo akarere ka gatatu ka gisirikare ka FARDC, Umugaba wungirije w’ingabo ushinzwe ibikorwa Gen. Chico Tshitambwe yayoboye akarasisi rusange, k’ingabo n’imitwe ifite icyicaro mu kigo cy’imyitozo cyitiriwe Lt-General Bauma, giherereye mu birometero 7 uvuye mu mujyi wa Kisangani. Mu izina ry’umukuru w’igihugu, FĂ©lix Tshisekedi, Umugaba w’Ikirenga w’ingabo […]

Ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo zizahaguma nyuma ya manda yazo

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zizaguma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’itariki 8 Nzeri, igihe manda yabo izaba irangiye. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’inama idasanzwe y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere yabereye i Nairobi muri Kenya ku wa Kane ushize. Ni ukugirango habanze hashimangirwe ibyagezweho n’izi ngabo mu gihe zihamaze. Mbere yo […]

Umunyanijeriya Olukuade asanga u Rwanda rukwiye kubera urugero ibindi bihugu bya Afurika

Umunyanijeriya, Tomide Olukuade, Impirimbanyi ya muvoma “He For She” iharanira uburinganire hagati y’abagabo n’abagore ndetse akaba n’impuguke mu by’itangazamakuru, yavuze ko ibibazo byinshi Afurika ihura nabyo bishobora gukemurwa ari uko sosiyete nyafurika yifashishije byimazeyo imbaraga z’abaturage bose nta vangura rishingiye ku gitsina, aho asanga u Rwanda rukwiye kubera urugero ibindi bihugu. Olukuade, wafashe ijambo mu […]

Nigeria: Igisirikare kiremeza ko kivuganye ibyihebe 23 bya Boko Haram

Nibura abaterabwoba 23 ba Boko Haram bishwe kuri uyu wa Gatandatu ushize mu bikorwa byo kurwanya uyu mutwe muri leta ya Borno mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria. Maj. Gen. Edward Buba, umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’itangazamakuru mu gisirikare, mu itangazo rye yavuze ko ingabo zikomeje ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba i Borno. Buba yavuze ko abaterabwoba […]

Zimbabwe: Mnangagwa yatsindiye indi manda itavugwaho rumwe

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Kanama, komisiyo y’amatora ya Zimbabwe yatangaje ko Emmerson Mnangagwa ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yabaye muri iki cyumweru dusoza n’amajwi agera kuri 53%, ariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi n’abasesenguzi bahise bibaza ku byayavuyemo. Mnangagwa wasimbuye ku butegetsi Robert Mugabe nyuma yo guhirikwa n’ingabo mu 2017, byari byitezwe ko azongera […]

Rais Kagame awaonya mahujaji ‘wanaoabudu umaskini’

Rais Paul Kagame ametishia kuwakusanya waumini wa Kikatoliki wanaotembelea maeneo ya mahujaji nchini, akiwashutumu kwa “kuabudu umaskini”. “Nilijifunza kwamba vijana wengi, kama maelfu … wanaamka asubuhi na mapema, wanatembea kwa siku tatu kwenda (mahali) ambapo maono yalionekana, ardhi ya mahujaji, mahali palipohusishwa na umaskini,” Kagame. aliambia kongamano la vijana siku ya Jumatano. “Nilidhani unapoomba unaomba […]

Niger yemereye Burkina Faso na Mali kohereza ingabo ku butaka bwayo mu gihe yaba itewe

Igihugu cya Niger cyahaye uburenganzira ingabo za Mali na Burkina Faso bwo gutabara ku butaka bwacyo mu gihe ingabo za ECOWAS zaba zihagabye igitero, nk’uko ibi bihugu byabitangaje mu itangazo ryabyo rihuriweho kuri uyu wa Kane, ikimenyetso kigaragaza ko abahiritse ubutegetsi badateganya gusubira inyuma imbere y’igitutu cy’umuryango w’akarere. Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba, ECOWAS, […]

Météo Rwanda nomme les districts à  risque de fortes pluies

MĂ©tĂ©o Rwanda, l’agence mĂ©tĂ©orologique nationale, a identifiĂ© les zones du pays qui devraient faire face à  de fortes pluies entre septembre et dĂ©cembre. L’annonce de l’agence a eu lieu lors du Forum national sur les perspectives climatiques qui s’est tenu jeudi 24 aoà»t. Selon les prĂ©visions, plusieurs districts, dont Nyamagabe, Nyaruguru (parties occidentales près du […]

Amafoto: Abaguverineri 36 bo muri Nigeria batangiye umwiherero w’iminsi itatu i Kigali

f4udbshxuaayphl.jpg

Abaguverineri ba za Leta 36 bo muri Nigeria kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kanama 2023 batangiye umwiherero w’iminsi itatu ubera i Kigali wateguwe ku bufatanye bw’Inama ya ba Guverineri bo muri Nigeria (NGF) ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP). Uyu mwiherero watangiye kuri uyu wa 24 Kanama biteganyijwe ko uzasozwa kuwa 27 […]

Prigozhin ashobora kuba yarapfuye ariko nta kimenyetso ntakuka – U Bwongereza

Minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza yatangaje ko bishoboka ko uwari umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin yapfuye nyuma y’impanuka y’indege yo kuwa gatatu ushize hafi ya Moscow, ariko igaragaza ko hakiriho gushidikanya. Nk’uko inkuru dukesha BBC ivuga, minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza ivuga ko nta kimenyetso ntakuka cyemeza ko Prigozhin yari muri iyo ndege yakoze impanuka, bikekwa ko […]

Gen. Mutara Gihanga wa FARDC yatawe muri yombi akekwaho kunyereza toni 120 za cuivre

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 23 Kanama, Gen. Major Smith Gihanga Mutara wa FARDC yatawe muri yombi n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare (ex DEMIAP) i Kinshasa. Uyu avugwa muri dosiye y’inyerezwa rya toni 120 za cuivre za sosiyete TFM. Afunzwe mu rwego rw’iperereza nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’ubushakashatsi ku burenganzira bwa muntu (IRDH). Nk’uko umuhuzabikorwa […]

Donald Trump yakoze amateka nk’uwahoze ari perezida wa mbere winjijwe muri gereza

2bviwd52k2mc4ufah4g6a7myle.jpg

Donald Trump yakoze amateka yo kuba uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi na polisi ndetse agafungirwa muri Gereza yo muri Atlanta ku mugoroba wo kuri wa Kane iminota micye mbere yo kurekurwa. Trump ukurikiranweho icyaha cyo gushaka guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020, yanditswe mu gitabo cya gereza […]

FARDC general arrested for involvement in the theft of 120 tonnes of copper

In a statement made public this Thursday, August 24, 2023, the Human Rights Research Institute welcomes the availability of justice to Major General Gihanga Mutara Smith, commander of the 22nd military region of Lubumbashi, implicated in the robbery, on June 30, of 120 tons of copper cathodes belonging to the mining company Tenke Fungurume Mining […]

Burundi: Ubutabera bwasabye amabanki guhagarika ibikorwa byose kuri konti za Bunyoni

f4sgt_sw8aa1rlr.jpg

Nyuma y’amezi ane atawe muri yombi, ubutabera bw’u Burundi bwasabye ibigo by’imari guhagarika ibikorwa byose kuri konti z’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni. Mu ibaruwa Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Leonard Manirakiza, yandikiye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB), Dieudonne Murengerantwari, ku itariki ya 14 Kanama 2023, amusaba gutegeka ibigo byose by’imari kutemera ko […]

Abarwanyi ba Wagner bateguje Putin guhorera umuyobozi wabo

Abarwanyi ba Wagner bari muri Belarus, bariye karungu, boherereje Vladimir Putin ubutumwa bwo kwitegura umujinya wabo nyuma y’amasaha make umuyobozi wabo Pregozhin yiciwe mu mpanuka y’indege iteye ubwoba. Abategetsi b’Abarusiya bemeje ko uwahoze ari umutetsi wa Putin, wigumuye ku buyobozi mu mezi abiri ashize, ari mu bahitanywe n’indege yaguye mu majyaruguru y’umurwa mukuru w’u Burusiya […]

Putin yagejeje ijambo ku nama ya BRICS araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rwa Prigozhin

Perezida Putin w’u Burusiya yagejeje ijambo rigufi abinyujije muri videwo ku bitabiriye inama ya BRICS yaberaga i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yibanda ku byo yateguye kubagezaho byo kwagura uyu muryango kugirango urusheho kugira ijambo mu ruhando mpuzamahanga, ariko araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rw’umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prighozhin wahoze ari umutetsi we. Mu ijambo rye, […]

Twaje kwerekana ko Amerika ishyigikiye Guverinoma ya DRC – Abadepite ba Amerika

f4kmuwhw8ais0p9.jpg

Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize yunguranye ibitekerezo n’itsinda ry’abadepite b’Abanyamerika, bayobowe n’umurepubulikani, John James n’Umudemokarate, Sara Jacobs . Ku murongo w’ibyigwa, hariho ibibazo bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, umutekano n’ubukungu. John James avuga ko ibi biganiro biri mu rwego rwo”gufasha abaturage ba Congo kungukirwa n’ubutunzi bw’igihugu”. Kubera […]

Les chefs de l’armĂ©e de l’EAC se sont rĂ©unis sur la crise sĂ©curitaire en RDC

Les chefs des forces de dĂ©fense de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) se sont rĂ©unis mercredi 23 aoà»t à  Nairobi, la capitale du Kenya, pour discuter de la situation sĂ©curitaire dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. La rĂ©union extraordinaire a eu lieu alors que le mandat de la force rĂ©gionale de l’EAC […]

Pascale Mugwaneza wa Rwanda amechaguliwa kuwa Mjumbe wa Bodi Kuu ya FIBA

Pascale Mugwaneza, afisa wa mpira wa vikapu wa Rwanda, amechaguliwa kuwa mjumbe wa Bodi kuu ya Shirikisho la Kimataifa la Mpira wa Kikapu (FIBA) inayowakilisha Afrika. Mugwaneza, ambaye kwa sasa anahudumu kama makamu wa kwanza wa rais wa Shirikisho la Mpira wa Kikapu la Rwanda (FERWABA), alikabidhiwa majukumu mapya wakati wa Kongamano la FIBA ​​2023 […]

RDC: Komiseri mukuru wa polisi muri Kasai yishwe arashwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Kanama 2023, Komiseri mukuru wa polisi muri Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Donatien Mikanda Godefroid, yapfuye arashwe n’amabandi amusanze iwe mu rugo ruherereye muri Tshikapa. Abaturanyi be bo mu gace ka Kamalenga, bumvise urusaku rw’amasasu rwabakanguye, batangaje ko ibi byabaye saa cyenda z’urukerera. Barinubira bati: “Turinubira […]

Jakaya Kikwete wigeze kugirana ibibazo n’u Rwanda ashobora kuza i Kigali

aaa-2.jpg

Inama y’Abaguverineri bo muri Nigeria (The Nigeria Governors’ Forum) ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) yateguye umwiherero w’abayobozi w’iminsi itatu uzabera mu Rwanda, aho mu batumiwe harimo uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Jakaya Mrisho Kikwete wigeze kugirana ibibazo n’u Rwanda. Uyu mwiherero uzabera i Kigali guhera kuri uyu wa Kane, itariki 24 […]

Japan: Ambasaderi w’u Rwanda n’uwa Tanzania baganiriye ku mubano w’ibihugu byabo

Ambasaderi w’u Rwanda mu Buyapani, Ernest Rwamucyo, kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Kanama, yagiranye ibiganiro na mugenzi we uhagarariye igihugu cya Tanzania mu Buyapani, Amb. Baraka Luvanda. Ba ambasaderi bombi bagiranye ibiganiro bitanga umusaruro ku bijyanye n’ibibazo bireba inyungu z’ibihugu byabo byombi, ndetse bongera kureba ku mubano w’amateka umaze igihe hagati ya Tanzania, u […]

Kabale: Bafite impungenge zo kuba bohereza mu Rwanda ibyo kurya biruta cyane ibyo bahakura

Abacuruzi bo muri Uganda bakorera ku mupaka wa Gatuna baravuga ko bakomeje kohereza ibicuruzwa byinshi (cyane cyane ibyo kurya) mu Rwanda kurusha ibyo bahakura bakaba bibaza niba u Rwanda rutaba rwarashyizeho amabwiriza abuza abacuruzi bo mu Rwanda kohereza ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi muri Uganda. Abacuruzi n’abaguzi bavuganye na NTV batangaje uko byifashe ku isoko ry’ibiribwa […]

Minisiteri y’ishoramari yari imaze umwaka ishinzwe yasheshwe imirimo yayo yimurirwa ahandi

Minisiteri ishinzwe ishoramari rya Leta no kwegurira abikorera ibigo bya leta yari iherutse gushingwa kuri uyu wa 22 Kanama, yaseshwe, nyuma y’ivugurura rya guverinoma ryakozwe na Perezida Paul Kagame nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe. Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, imirimo y’iyi minisiteri yari imaze amezi 13 yashyizweho muri Nyakanga 2022, yimuriwe muri Minisiteri […]

DRC: An ADF leader neutralized in Mwalika

The Armed Forces of the Democratic Republic of Congo (FARDC) killed a leader of the ADF-MTM terrorists in Mwalika, in the territory of Beni in North Kivu. This announcement was made this Tuesday, August 22 in Goma. “This leader was neutralized during a mixed patrol between the FARDC and the UPDF, in this part of […]

Mjumbe wa Rwanda azungumza kuhusu mfanyabiashara aliyefariki nchini Uganda

Kamishna Mkuu wa Rwanda nchini Uganda Kanali Joseph Rutabana amesema ofisi yake inafuatilia mazingira ya kifo cha mfanyabiashara raia wa Rwanda aliyetambulika kwa jina la Fred Kayitare aliyekutwa amefariki Ijumaa wiki iliyopita. Kulingana na ripoti za vyombo vya habari nchini Uganda, Kayitare alifariki akiwa chini ya ulinzi wa Mkuu wa Ujasusi wa Kijeshi (CMI), chombo […]

L’ambassadeur Rutabana s’exprime sur le dĂ©cès d’un homme d’affaires rwandais en Ouganda

L’Ambassadeur du Rwanda en Ouganda, le colonel Joseph Rutabana, a dĂ©clarĂ© que son bureau suivait les circonstances entourant la mort d’un homme d’affaires rwandais, identifiĂ© comme Fred Kayitare, qui a Ă©tĂ© retrouvĂ© mort vendredi la semaine dernière. Selon les mĂ©dias ougandais, Kayitare est mort alors qu’il Ă©tait sous la garde de la ‘Chieftaincy of Military […]

Tshisekedi yaba akomeje guha FDLR intwaro ziremereye zo kurwanya M23 no gutera u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, ngo yaba ahugiye mu guha umutwe witwaje intwaro washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, FDLR, intwaro ziremereye kugirango ushoze intambara ku nyeshyamba za M23 mu rwego rwo guhungabanya igikorwa cya cantonnement (Kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro no kuyikusanyiriza mu kigo kimwe) . FDLR […]

Mauritius ikomeje kuza imbere mu kugira ishoramari ryinshi ry’abikorera mu Rwanda

Ibarura ngarukamwaka ry’ishoramari ry’abikorera b’abanyamahanga mu Rwanda ryakozwe mu mwaka wa 2022 riragaragaza ko igihugu cya Mauritius gikomeje kuza imbere mu ishoramari ry’abikorera mu Rwanda, imbere y’Abashinwa n’abandi banyamahanga nk’uko bigaragara mu ibarura ngarukamwaka ry’ishoramari ry’abikorera b’abanyamahanga ryakozwe mu mwaka wa 2022. Ni inshuro ya cumi na gatatu Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ikoze ibarura […]

Umuyobozi wa Wagner yagaragaje ko agiye kwimurira ibirindiro bye muri Afurika

Umuyobozi mukuru w’abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner, Yevgeny Prigozhin, yagaragaje bwa mbere, kuva yivumbura ku butegetsi bw’u Burusiya muri Kamena, ahantu aherereye bikekwa ko ari muri Afurika mu mashusho yashyize ahagaragara ku muyoboro wa Telegram. Prigozhin agaragara ahagaze mu butayu yambaye gisirikare afite imbunda mu ntoki. Hakurya ye hagaragara abandi bantu benshi bafite […]

RURA yasobanuye igihe umuntu witwa ko yahaye undi lift ashobora kubihanirwa

Mu rwego rwo gusubiza impungenge zagaragajwe n’abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi ndetse n’ingaruka mu mategeko zishobora gutuma umuntu uha undi lift ku muhanda ahanwa, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibikorwa rusange (RURA) cyatanze ibisobanuro kuri iki kibazo. Mu butumwa yanyujije kuri twitter, RURA yavuze ko guha umuntu lift atari ikibazo, […]

Umoja wa Afrika wakataa kuingilia kijeshi nchini Niger

Umoja wa Afrika unaripotiwa kukataa pendekezo la kuingilia kijeshi lililopendekezwa nchini Niger ili kumrejesha madarakani Mohammed Bazoum, ambaye aliondolewa madarakani katika mapinduzi ya Julai 26, kulingana na chapisho la Ufaransa, Le Monde. Ingawa Tume ya AU hapo awali iliunga mkono kurejea kwa utaratibu wa kikatiba, Baraza la Amani na Usalama la chombo hicho cha bara […]

U Budage bwataye muri yombi abasirikare 2 b’Abanyamerika bakekwaho ubwicanyi

Igipolisi cy’u Budage cyatangaje cyataye muri yombi abasirikare babiri b’Abanyamerika bazira urupfu rw’umusore mu birori byaberaga mu burengerazuba bw’igihugu. Mu itangazo cyashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru gishize, Igipolisi mu Mujyi wa Treves mu burengerazuba cyagize kiti: “Nyuma y’iyicwa ry’umusore w’imyaka 28, abantu babiri bakekwaho icyaha batawe muri yombi… Ni abasirikare b’abanyamerika.” Uru rupfu rwaje igihe […]

Perezida Tshisekedi yashimiye ingabo zishinzwe kumurinda

Perezida wa FĂ©lix Tshisekedi, yashimye abasirikare bagize umutwe w’Ingabo zimurinda ku bw’umutekano we ndetse n’uko zawurinze mu gihe cy’imikino ya La Francophonie yabereye i Kinshasa ku nshuro ya IX. Komanda w’ishami ry’uyu mutwe rikorana na polisi, Major EphraĂ ÂŻme Muzinga, ni we wabitangarije ingabo ze ingabo ayobora ku Cyumweru, itariki ya 20 Kanama mu Kigo cya […]

ECOWAS: Ese kohereza Ingabo muri Niger birashoboka cyangwa ni ugukanga?

Ku itariki ya 26 Nyakanga, abashinzwe kurinda umukuru w’igihugu muri Niger bahiritse ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum mu ihirika ry’ubutegetsi rya gatanu yaryegezweho mu inshuro icyenda zageragejwe muri iki gihugu cya Afurika y’Iburengerazuba kuva mu 2020. Ibi byatumye Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) ufatira ibihano iki gihugu ndetse utanga igihe ntarengwa cy’icyumweru kuri […]

Arabia Saoudite irashinjwa kwicira mu kivunge amagana y’abimukira biganjemo Abanya-Ethiopia

Abashinzwe umutekano ku mipaka ya Arabia Saoudite barashinjwa kwica imbaga y’abimukira ku mupaka w’ubu bwami na Yemeni nk’uko raporo nshya yakozwe na Human Rights Watch ibyemeza. Raporo ivuga ko abantu babarirwa mu magana, abenshi muri bo bakaba ari Abanya- Ethiopia bambuka bava mu gihugu cya Yemeni, cyajahajwe n’intambara, kugira ngo bagere muri Arabia Saoudite, barasiwe […]

RDC: Hagati yo kubaha ubutabera n’abaturage bamutoye Matata Ponyo arahitamo iki?

r-2.jpg

Amasaha make mbere y’iburanisha riteganijwe kuri uyu wa Mbere, itariki 21 Kanama 2023 mu rukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga mu rubanza rw’inyerezwa ry’amafaranga y’umushinga w’ubuhinzi wa Bukanga Lonzo, hakomeje kwibazwa niba Senateri Matata Ponyo (wahoze ari Minisitiri w’Intebe) aza kugera mu rukiko cyangwa atahagera Matata Ponyo akekwaho kunyereza miliyoni 205 muri 285 z’amadolari yari agenewe […]

Mogadishu: Umujenerali yafashwe nyuma yo kurasana n’abapolisi ijoro ryose

Umusirikare mukuru wa Somalia yatawe muri yombi n’Igipolisi nyuma yo gushoza intambara mu kabyiniro ko mu murwa mukuru bikarangira abantu batatu bapfuye abandi benshi bagakomereka nk’uko byatangajwe n’Igipolisi. Gen. Sheegow Ahmed Ali n’itsinda bari kumwe ryahanganye n’igipolisi mu ntambara y’imbunda guhera mu ijoro ryo kuwa gatanu kugeza kuwa gatandatu nyuma ya saa sita nk’uko Igipolisi […]

Mozambique: Abayobozi batandukanye basuye icyicaro cya RDF bayishimira akazi ikora

csm_1_b4e7088131.jpg

Ku itariki ya 18 Kanama 23, Umuyobozi wa Mocimboa da Praia, Sergio Domingo Cypriano aherekejwe na Zito Navaca, umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubutsi n’umutekano (Servià§o de Informaà§àµes e Seguranà§a do Estado (SISE), Superintendent Alberto Elia Nampovo, Umuyobozi wa Polisi mu Karere, Umuyobozi mukuru wa polisi ushinzwe ibikorwa, Januario JoĂ ÂŁo Jagaia, Maj Albertino Umuyobozi w’ingabo zo […]

Tanzania: Abarundi 59 bakatiwe bazira kwinjira no gutura mu buryo butemewe

Urukiko rwa Kisutu mu gihugu cya Tanzania rwakatiye Abarundi 59 igihano cyo kwishyura ihazabu y’Amashilingi 500,000 cyangwa bakamara umwaka muri gereza nyuma yo kubahamya icyaha cyo kwinjira no gutura mu gihugu binyuranyije n’amategeko. Umucamanza mukuru, Ushindi Swalo, yanategetse ko abahamijwe icyaha bazasubizwa iwabo nibamara gukora igihano bahawe. Uyu mwanzuro watanzwe kuwa Kane ushize n’umucamanza Swalo […]

Niger: Gen. Tchiani yatangaje inzibacyuho y’imyaka 3 aburira ECOWAS yitegura kumutera

Umuyobozi w’abahiritse ubutegetsi muri Niger yatangaje inzibacyuho y’imyaka itatu mu gihe ECOWAS yitegura kubagabaho ibitero, aho yatangaje ngo “intego yacu ntabwo ari iyo gufatira ubutegetsi,” aboneraho no kuburira uyu muryango witegura kohereza ingabo mu gihugu cye. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kanama, mu gihe intumwa za ECOWAS zari mu biganiro bitegura iyoherezwa […]

RDC: Inkongi y’umuriro yibasiye inkambi y’abavanwe mu byabo n’ibiza yica abana

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, nibura abana barindwi biciwe mu burasirazuba bwa Congo nyuma y’inkongi y’umuriro wibasiye inkambi y’abavanwe mu byabo n’umwuzure, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’ibanze, Thomas Bakenga. Kuva mu kwezi kwa Gicurasi, imiryango amagana yahunze ibiza iba mu tuzu tw’ibyatsi mu mujyi wa Kalehe, nyuma y’imyuzure ikabije yasenye amazu yabo mu midugudu ya Bushushu […]

RDC: Batangiye gusaba ko manda y’umukuru w’igihugu yagirwa imyaka 10

f3z1toxa8aacycm.jpg

Mu gihe cy’iminsi ibiri, ishyaka rya politiki “Vent d’avenir” ryari muri kongere i Kinshasa, mu kigo cya ThĂ©resanium muri Komini ya Kintambo. Ku wa Gatatu, itariki ya 16 Kanama no ku wa Kane, itariki 17 Kanama, abayoboke b’ishyaka bakoze ku ruhare rwabo mu nzira y’ubuzima bw’igihugu, ndetse no ku ngingo y’amatora ateganijwe mu Kuboza. Mu […]

Ukraine ikomeje kugaba ibitero bya drone bya hato na hato i Moscow

Abayobozi b’u Burusiya bashinje Ukraine kugaba igitero cya drone ku muturirwa uherereye mu murwa mukuru, Moscow, cyateje iturika ryumvikanye mu karere k’ubucuruzi muri uyu mujyi. Meya Sergei Sobyanin yavuze ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bwarashe iyo drone bukayimanura ibisigazwa byayo bikagwa mu kigo kiberamo imurikagurisha. Ni kimwe mu bitero biheruka nk’ibi bya drone za […]

Rwanda is among the top three African countries in blood system management

Rwanda is among the top three African countries (Rwanda, Namibia and Tanzania) in blood system management and it plans to be in the top five countries in the world that fulfill blood quality management, according to Dr. Thomas Muyumba , Director of the Blood Transfusion Center at the Rwanda Biomedical Center (RBC). “Rwanda is self-sufficient […]

Abanyakameruni 400 bangiwe gukora ikizamini kibinjiza mu banyamategeko bakorera mu Rwanda

Abanyakameruni bagera kuri 400 cyane cyane abiga amategeko baheze mu Rwanda kandi ntibashobora gukora ibizamini byabo bya nyuma bibemerera kuba ba avoka kuko ngo u Rwanda rwaba rusaba ko Cameroun na yo yabanza kubyemera. Ni ukuvuga ko abanyeshuri b’Abanyarwanda nabo babanza kwemererwa gukora ibyo bizamini muri Cameroun. Amakuru dukesha urubuga Camerounactu.com avuga ko mu by’ukuri […]