Perezida Ruto yiyemeje guhuza abajenerali bahanganye muri Sudani
Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Kamena 2023, Perezida William Ruto yatangaje ko Kenya yafashe icyemezo cyo guhuriza hamwe abajenerali bahanganye muri Sudani kugira ngo bahoshe ikibazo cyugarije igihugu. Ruto yagize ati: “Kenya yiyemeje guhura n’abajenerali bombi ba Sudani imbonankubone kugira ngo haboneke igisubizo kirambye kuri iki kibazo”. Ruto yatangaje ko mu byumweru bibiri, hazashyirwaho […]
Kigali signe un accord pour accueillir l’Agence africaine des mĂ©dicaments
Le gouvernement rwandais et la Commission de l’Union africaine (CUA) ont conclu samedi des accords pour l’Ă©tablissement du siège de la toute première Agence africaine des mĂ©dicaments Ă Â Kigali. Le 10 juin, le Rwanda a signĂ© un accord avec l’Union africaine pour accueillir le siège de l’Agence africaine des mĂ©dicaments Ă Â Kigali. La signature intervient […]
USA: Umusenateri yemeje ko hari amajwi ya Perezida Biden n’umuhungu we baka ruswa

Umusenateri wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Chuck Grassley, ubwo yavugaga ijambo muri Sena, yatangaje ko hari umunyamahanga bivugwa ko yahaye ruswa Perezida Joe Biden n’umuhungu we Hunter Biden kandi hari amajwi y’ibiganiro bagiye bagirana. Kuri uyu wa Mbere ushize, Grassley yagize ati: “Umunyamahanga bivugwa ko yahaye ruswa Joe na Hunter Biden bivugwa ko afite amajwi yafashwe […]
Umunywanyi wa Katumbi ushinjwa gukorana na M23 n’u Rwanda arasubira mu rukiko
Iburanisha rya kabiri ry’utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Salomon Kalonda Idi Della, wo mu ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique rya Moise Katumbi, ritegerejwe kuri uyu wa Kabiri ku bushinjacyaha bwa gisirikare nyuma y’iryo kuwa Gatandatu. Ni nyuma y’uko ku wa Mbere, umucamanza ushinzwe iperereza yari yabuze ku biro bye. Icyakora, itsinda […]
Yongeye guhumeka yenda gushyingurwa abaganga bari bemeje ko yapfuye

Abari mu cyunamo cyo gushyingura umukecuru ukuze wo muri Equateur batangajwe no kubona akiri muzima. Mu cyumweru gishize, Bella Montoya, ufite imyaka 76, yatangajwe ko yapfuye nyuma yo kugira ikibazo mu bwonko. Ku wa Gatanu, amasaha atanu mbere y’uko akanguka, abavandimwe bitegura guhindura imyenda ye mbere yo gushyingurwa basanze ahumeka . Montoya ubu yasubijwe mu […]
Zaidi ya 40 wameuawa katika kambi ya watu waliokimbia makazi yao mashariki mwa DR Congo
Wanamgambo wa kundi linalojulikana kwa jina la Codeco (Cooperative for Development of the Congo) leo wamelaumiwa kwa shambulio kwenye kambi ya watu waliokimbia makazi yao mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo na kusababisha zaidi ya watu 40 kuuawa. Maafisa wa eneo hilo walisema kundi hilo lilivamia kambi ya Lala mapema Jumatatu; waliwafyatulia risasi wakazi […]
Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 14,1%- NISR

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kiratanga ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 14,1% mu kwezi gushize kwa Gicurasi ugereranyije no mu kwezi nk’uku mu mwaka ushize, bivuye kuri 17,8% byari byiyongereyeho muri Mata. Ibi ikigo cy’Igihugu cy’ibarurishamibare cyabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize ubwo cyashyiraga ahagaragara igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Gicurasi 2023. […]
RDC: Igitero cy’inyeshyamba ku nkambi y’impunzi cyahitanye abasaga 40
Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Kamena, abasivili barenga 40 baguye mu gitero cy’inyeshyamba ku nkambi y’abavanwe mu byabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu ntara ya Ituri, nk’uko umuyobozi waho akaba n’umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta yabitangaje. Bavuze ko umutwe wa CODECO, umwe mu mitwe yitwara gisirikare ikorera mu burasirazuba bwa […]
Urukiko rwatangiye kumva ubujurire bwa Maj. (Rtd) Mudhatiru na bagenzi be
Nyuma y’imyaka ibiri bakatiwe imyaka 25 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo kwinjira mu mitwe yitwaje intwaro no kugambirira gukuraho ubutegetsi buriho, Maj (Rtd) Mudathiru Habib na bagenzi, basubiye mu Rukiko rw’Ubujurire aho basaba kugabanyirizwa ibihano bahawe. Mu mpera za 2019, ni bwo abantu 31 barimo Maj. (Rtd) Habib Mudathiru bagejejwe bwa mbere mu rukiko […]
RDC: Musenyeri mukuru wa Lubumbashi yatunze urutoki ubutegetsi ashimangira ko abaturage bari maso
Muri Kongere ya gatatu y’abihaye Imana n’Abalayiki bo muri kiliziya Gaturika yateguwe n’Inama y’Abepiskopi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENCO) mu mujyi wa Lubumbashi, umurwa mukuru w’intara ya Haut-Katanga, yarangiye kuri iki cyumweru, tariki ya 11 Kamena, hamwe na misa yizihirijwe kuri Stade ya TP Mazembe iyobowe n’intumwa idasanzwe ya Papa Fransisko, Karidinali […]
Burundi: Bunyoni yaba yarahaswe ikiboko kugeza yemeye ko yashakaga guhirika ubutegetsi
Mu gihe cy’ibyumweru bibiri yamaze afungiwe muri kasho y’urwego rw’igihugu rw’ubutasi mu Burundi (SNR), ngo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Guillaume Bunyoni, yaba yarakorewe iycarubozo kugirango yemere kuvuga abo bari bafatanyije umugambi wo gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Ndayishimiye . Ni amakuru aturuka muri bamwe mu bakada ba CNDD-FDD agera ku rubuga UBMNews rwo mu Burundi […]
Ingabo za Armenia n’iza Azerbaijan zongeye kurasanaho hafi y’umupaka
Kuri uyu wa Kane, Ingabo za Armenia na Azerbaijan zarasanyeho ku birindiro byazo mu gace ko ku mupaka, aho impande zombi zivuga ko abasirikare bazo bakomeretse . Armenia yavuze ko igisirikare cya Azerbaijan cyagabye igitero cy’intwaro ziremereye ku basirikare bayo hafi y’umudugudu wa Sotk ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha […]
Umunyakenya ntazigera agambanira Umunyarwanda — Mukoko ku mpamvu RDC ikwiye kuva muri EAC
Umunyekongo Fils Mukoko wiyita “Umurinzi w’urusengero rwa demokarasi”, avuga ku bibazo bya politiki na diplomasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye guverinoma kwitandkanya n’umunryano wa EAC ikagumana na SADC gusa kuko abona ari yo yabafasha . Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, Fils Mukoko usanzwe ri umuyoboke ukomeye […]
PM Ngirente akutana na bosi wa shirika la World Vision USA

Waziri Mkuu Edouard Ngirente alifanya mkutano ‘wenye matunda’ na Edgar Sandoval, Rais na Mkurugenzi Mtendaji wa World Vision USA, ofisini kwake Jumatano. Majadiliano hayo yalilenga katika maeneo mbalimbali ya ushirikiano . Wakati wa mkutano huo, viongozi hao wawili walichunguza miradi inayohusiana na maji na usafi wa mazingira, elimu, na huduma za afya. Msisitizo mkubwa uliwekwa […]
RDC: Nyuma y’ibiza byibasiye Kalehe abasaga 5000 baburiwe irengero baracyashakishwa
Mu midugudu ya Nyamukubi na Bushsh muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa DRC, hakomeje gushakishwa imirambo y’abantu baburiwe irengero. Ku wa gatatu mu masaha ya mbere, abakorerabushake bakomeje gushakisha nk’uko umunyamakuru wa Ouragan.cd woherejwe aho avuga. Umubare w’abahitanwe n’ibiza byibasiye iki gice uragenda urushaho kwiyongera mu gihe imirambo 423 ari yo […]
U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025
Nyuma y’imyaka itatu ya mbere y’imikoranire, Paris Saint-Germain, imwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ku Isi ndetse ifite izina muri siporo yamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, yongereye masezerano ifitanye na RDB azageza mu 2025 . Nkuko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, muri aya masezerano Visit Rwanda izakomeza kugaragara ku myambaaro […]
Umuntu utazwi yatwitse indege ya gisirikare y’u Burusiya abayobozi babimenyera ku mbuga nkoranyambaga
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cy’indege za gisirikare z’u Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro runaka), kandi abayobozi babimenya babibonye ku mbuga nkoranyambaga . Amashusho y’indege igurumana yagaragaye ku wa Mbere ku muyoboro wa Telegram wa […]
Umusenateri w’Umunyamerika arashinjwa uburiganya no kunyereza umutungo
Umusenateri w’Umurepubulikani muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, George Santos, wanze kwegura kubera kubeshya ku mwirondoro we, yashinjwe uburiganya, iyezandonke no kwiba amafaranga ya Leta, nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangaje kuri uyu wa Gatatu . Byari byitezwe ko yitaba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gataatu mu Rukiko rwa New York. Ku wa Kabiri, uwunganira Santos […]
RDC: Barasaba leta kubanza gusobanura neza ikizaba kizanye ingabo za SADC mbere y’uko zihagera
Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya ya Congo (NSCC), Jonas Tshiombela, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gusobanura neza inshingano z’ingabo za SADC byemejwe kuwa Mbere ko zigiye koherezwa mu burasirazuba bw’igihugu . “Ubu kuva Umukuru w’igihugu ahindukiriye SADC, turizera […]
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe
Kuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa. 2001: U Buholandi 2003: U Bubiligi 2005: Canada, Espagne 2006: Afurika y’Epfo 2009: Norvege, Sweden […]
France: Hatangiye urubanza rwa Hategekimana ukurikiranweho uruhare muri jenoside
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Gicurasi 2023, uwahoze ari umujandarume mu Rwanda yatangiye kuburanishwa mu Bufaransa, akurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu byaha byibasiye inyokomuntu mu 1994 . Philippe Hategekimana w’imyaka 66 yahungiye mu Bufaransa nyuma ya jenoside, ahabwa ubuhungiro nyuma yo gukoresha amazina y’impimbano. Ni ku nshuro ya gatanu mu Bufaransa […]
EACRF bila shaka inaweza kuondoka DRC mwishoni mwa Juni 2023
Saa 24 baada ya kutangazwa kutumwa kwa kikosi cha kijeshi cha SADC Mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, Rais wa Jamhuri Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo amejieleza hadharani kwa mara ya kwanza kabisa juu ya motisha ya uamuzi huu wa pamoja wa jumuiya ya maendeleo ya Afrika Kusini na juu ya yote hatma iliyohifadhiwa kwa […]
La force régionale de la communauté Est-africaine pourrait définitivement quitter la RDC fin juin 2023
24 heures après l’annonce du dĂ©ploiement de la force militaire de la SADC dans l’Est de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo, le PrĂ©sident de la RĂ©publique Antoine Tshisekedi Tshilombo s’est pour la première fois publiquement expliquĂ© sur la motivation de cette dĂ©cision unanime de la communautĂ© sud-africaine du dĂ©veloppement et surtout sur le sort rĂ©servĂ© […]
Sudani: Umurwa mukuru wibasiwe n’ibitero by’indege n’ibikorwa by’ubusahuzi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urugamba rwo mu murwa mukuru wa Sudan, Khartoum, rwaranzwe n’ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi ku rundi ruhande Arabia Saoudite ikaba ivuga ko imishyikirano irimo gukorwa kugira ngo imirwano ihagarare mu gihe gito . Ababibonye bavuga ko ingabo zagabye igitero gikomeye cy’indege muri Khartoum rwagati […]
Green Party yateguye kongere izatorerwamo uzayihagararira mu matora ya perezida yo mu 2024
Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) kuri uyu wa Gatandatu utaha, itariki 13 Gicurasi 2023, bazateranira muri kongere y’ishyaka aho ku murongo w’ibizigirwamo harimo no gutora uzahagararira ishyaka mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha . Iyi kongere biteganyijwe ko izabera muri Hotel Olympic ku Kimironko, Akarere ka Gasabo, mu […]
Rais Xi Jinping atuma salamu za rambirambi kwa rais wa Rwanda Paul Kagame
Mnamo Mei 8, 2023, Rais Xi Jinping alituma ujumbe wa rambirambi kwa Rais wa Rwanda Paul Kagame kutokana na maafa ya mvua nchini. Xi Jinping amesema baada ya kupata taarifa kuhusu mvua kubwa iliyonyesha katika maeneo mengi na kusababisha hasara kubwa na hasara ya mali nchini Rwanda, anapenda kutoa pole kwa wafiwa, familia, majeruhi na […]
Pakistan: Imran Khan wahoze ari minisitiri w’intebe yatawe muri yombi
Kuri uyu wa Kabiri, ikigo cya Pakistan gishinzwe kurwanya ruswa cyataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Imran Khan, ku Rukiko Rwisumbuye rwa Islamabad, mu gikorwa gishobora gushoza imvururu nshya mu gihugu mu gihe ishyaka rye ryasabye ko haba imyigaragambyo mu gihugu cyose . Amashusho y’ifatwa rye yerekana abashinzwe umutekano benshi bambaye ibikoresho byo kugenzura […]
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi . Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022: USA: $877 billion […]
Refugee in France, a former gendarme to be tried for genocide and crimes against Tutsis
Arrived in France in 1999, Philippe Hategekimana is suspected of having played an important role in the massacre of local populations in Rwanda . He was naturalized French in 2005, under a new name: Philippe Manier. Arrived in France in 1999 to flee Rwanda in the grip of a genocide against the Tutsis, Philippe Hategekimana […]
La 1ère Dame du Burundi Ă©lue 10ème PrĂ©sidente de la Mission de paix des Premières dames d’Afrique
La Première Dame du Burundi, Mme Angelina Ndayishimiye, a Ă©tĂ© Ă©lue lundi 10e prĂ©sidente de la Mission de paix des Premières dames d’Afrique (AFLPM) Ă Â Abuja . Dans un communiquĂ© lu par le Dr Victoria Ogala, l’assistante spĂ©ciale du prĂ©sident sortant de l’AFLPM, Mme Aisha Buhari, a dĂ©clarĂ© que l’Ă©lection s’Ă©tait dĂ©roulĂ©e lors d’une session […]
U Bushinwa nabwo bwihimuye kuri Canada bwirukana umudipolomate wa yo
Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai mu rwego rwo kwihimura nyuma y’uko Canada na yo ihambirije umudipolomate w’Umushinwa ukorera mu mujyi wa Toronto, ibikomeje kuzana umwukamubi mu mubano w’ibihugu byombi umaze iminsi utifashe neza . Ku wa Mbere, itariki 08 Gicurasi, Canada nibwo yirukanye umudipolomate w’Umushinwa, Zhao Wei, nyuma […]
Abakuru b’ibihugu 7 barajya kwifatanya na Putin kwizihiza Umunsi w’Intsinzi
Abaperezida na minisitiri b’intebe b’ibihugu birindwi byahoze bigize Repubullika Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti batumiwe kwifatanya na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin mu birori byo kwizihiza Umunsi w’Intsinzi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri . Nk’uko ibitangazamakuru byo mu Burusiya bibitangaza, ngo Minisitiri w’Intebe wa Armenia, Nikol Pashinyan yamaze kugera i Moscou, we na Perezida wa […]
Ibitero by’indege bya Israel muri Gaza byahitanye 12 barimo abaobozi ba PIJ
Nibura abantu 12 biciwe mu cyo ingabo za Israel zavuze ko ari ibitero by’indege byibasiye abayoboke b’umutwe wa Palestinian Islamic Jihad (PIJ) . PIJ yatangaje ko abayobozi bayo batatu, Jihad al-Ghannam, Khalil al-Bahtini, na Tariq Izz al-Deen, baguye mu bitero bya Israel hamwe n’abagore babo ndetse n’abana benshi nk’uko iyi nkuru dukesha Al Jazeera ivuga. […]
SADC yafashe icyemezo cyo kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Congo
Umuryango w’ubukungu uhuje ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika, SADC, kuri uyu wa Mbere wemeje kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko ntiwemeza itariki cyangwa umubare w’ingabo zizoherezwa, mu nama yabereye i Windhoek, umurwa mukuru wa Namibia . SADC yemeje kohereza ingabo” mu rwego rwo “gushyigikira Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]
Cabo Delgado: Mkuu wa Majeshi ya Msumbiji atembelea Vikosi vya Usalama vya Rwanda

Mkuu wa Majeshi ya Msumbiji, Admiral Joaquim Mangrasse alitembelea Vikosi vya Usalama vya Rwanda (RSF) vinavyofanya kazi katika wilaya ya Ancuabe, jimbo la Cabo Delgado na kushukuru kazi ambayo imefanywa katika miezi mitano iliyopita tangu kutumwa kwa Ulinzi wa Pamoja wa Rwanda na Msumbiji kuwafuata magaidi waliokimbilia maeneo ya kusini mwa jimbo la Cabo Delgado […]
Perezida wa Zanzibar yagaragaje impungenge z’uko ishyaka CCM rishobora gucikamo ibice
Umuyobozi wungirije w’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) akaba na Perezida wa Zanzibar, Dr. Hussein Mwinyi yaburiye ko muri iri shyaka hashobora kuvuka amacakubiri no gucikamo ibice, ahamagarira abayoboke kwishyira hamwe kugira ngo ishyaka rikomeze gukomera . Ibi yabitangaje ku wa Gatandatu, itariki ya 6 Gicurasi 2023, ubwo yagezaga ijambo ku bakada b’ishyaka baturutse mu nzego […]
Fayulu aremeza ko Perezida Kagame ari we washyize Tshisekedi aho ari ubu
Mu gitondo cya politiki cyabaye mu mpera z’icyumweru gishize mu Karere ka La Funa muri Kinshasa, umunyapolitiki Martin Fayulu yaboneyeho umwanya wo guhamagarira abaturage ba Kinshasa kuzitabira ku bwinshi urugendo rwateguwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ku itariki ya 13 Gicurasi 2023 rwo kwamagana u Rwanda, anasaba Abanyekongo kutizera ko Perezida Tshisekedi na Kagame babanye nabi . […]
I&M Bank Rwanda yahishuye ko yibwe n’abatekamutwe asaga miliyari 10 Frw mu mezi 3
Ishami rya I&M Bank Rwanda ryatakaje miliyoni 10.3 z’amadolari ya Amerika (miliyari zisaga 10 Frw) yibwe mu buriganya bw’umukiriya mu gihe cy’amezi atatu, bituma hatangira iperereza ryo kugerageza kugaruza ayo mafaranga . Aya mafaranga, arenga miliyari 10 y’inyungu I&M Group yinjije ku isoko ry’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye mu Kuboza 2022, yabuze hagati […]
Lourenco wa Angola: ‘Siamini tutakuwa na vita kati ya Rwanda na DR Congo’
Katika mahojiano na France 24, Rais wa Angola Joao Lourenco alisema hafikirii kuwa vita vya pande zote kati ya Rwanda na DR Congo viko kwenye upeo wa macho. Alisema ana matumaini kuwa juhudi zake za upatanishi za kurejesha amani katika eneo la mashariki mwa DR Congo zitazaa matunda . Lourenco alieleza kuwa kundi la waasi […]
Une société minière britannique souhaite exploiter le lithium au Rwanda
Aterian PLC, une firme britannique spĂ©cialisĂ©e dans l’exploration et le dĂ©veloppement de mĂ©taux stratĂ©giques, a exprimĂ© son enthousiasme Ă Â l’idĂ©e de trouver du lithium au Rwanda, après que divers signes aient indiquĂ© sa prĂ©sence . La popularitĂ© croissante de l’Ă©nergie intelligente, qui nĂ©cessite un plus grand recours aux batteries Ă©lectriques pour lesquelles le lithium est […]
Syria yongeye kwakirwa mu muryango w’ibihugu by’Abarabu nyuma y’imyaka isaga 10
Kuri iki Cyumweru, abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’ibihugu by’Abarabu (Arab League) bafashe icyemezo cyo kongera kwakira Syria nyuma y’imyaka irenga icumi ihagaritswe muri uyu muryango, umuvugizi w’umuryango yavuze ko ari icyifuzo cy’akarere cyo kongera kubyutsa umubano na Perezida Bashar al-Assad . Iki cyemezo kivuga ko Syria ishobora kongera kwitabira inama z’Umuryango w’Abarabu ako […]
Umuyobozi wa Wagner yijejwe amasasu ahagije nyuma yo gukangisha kuvana ingabo ze muri Bakhmut
Umuyobozi w’umutwe w’Abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner Group, Yevgeny Prigozhin, aravuga ko yahawe “isezerano” ry’amasasu menshi azava mu gisirikare cy’u Burusiya, nyuma yo gukangisha gukura abarwanyi be muri Bakhmut . Hagati aho,amakuru aravuga ko ibisasu byinshi byaturikiye muri Crimea mu gihe guverineri washyizweho na Moscou wa CrimĂ©e, Mikhail Razvozhayev, ashinja Kyiv kuba yagabye […]
Ibigo 20 by’abikorera bikoresha abakozi benshi kurusha ibindi ku Isi

Ikigo cya Walmart cy’Abanyamerika nicyo kigo cy’abikorera kiyoboye ibindi ku Isi mu kugira abakozi benshi nk’uko bigaragara ku rutonde dukesha World of Statistics . 1. Walmart: 2,300,000 2. Amazon: 1,541,000 3. Foxconn: 826,608 4. Accenture: 738,000 5. Volkswagen: 645,868 6. Tata Consultancy: 616,171 7. Deutsche Post: 583,816 8. United Parcel Service: 500,000 9. Kroger: 500,000 […]
Bujumbura: Ibintu ntibyari byoroshye hagati ya Tshisekedi na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda
Mu Burundi, inama ya 11 yo gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano ya Addis Abeba kubw’amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarangiye nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatandatu, itariki 6 Gicurasi 2023, aho bivugwa ko bitari byoroshye hagati ya Perezida Tshisekedi na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente . Nyuma y’imihango n’imbwirwaruhame […]
U Rwanda na Sri Lanka byaganiriye ku bufatanye mu bya gisirikare
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda na mugenzi we wa Sri Lanka baganiriye ku gushimangira umubano w’ibihugu byombi ubwo bahriraga mu Bwongereza aho bombi bitabiriye umuhango w’iyimikwa ry’Umwami Charles wa III wasimbuye ku mugaragaro Umwamikazi Elisabeth wa II wari umaze imyaka 70 ku ngoma . Kuwa Gatanu, Perezida Kagame na mugenzi we wa Sri Lanka, Ranil Wickremesinghe, […]
Impinduka muri UPDF: Gen. Don Nabasa wayoboraga Military Police yoherejwe kuyobora division
Perezida Museveni yimuriye mu yini myanya kandi ashyira abasirikari bakuru batandatu mu buyobozi bw’ingabo no mu myanya y’ubutegetsi mu ivugurura rito yakoze mu Gisirikare cya Uganda (UPDF) . Mu itangazo ryo kuri uyu Gatandatu, itariki 6 Gicurasi, umuvugizi w’ingabo, Brig Felix Kulayigye yemeje impinduka zakozwe na Perezida Museveni akaba n’umugaba w’Ikirenga w’ingabo. Mu mpinduka zakozwe, […]
Texas: Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abantu 8 mu gitero mu isoko
Polisi yavuze ko kuri uyu wa Gatandatu ushize umuntu witwaje imbunda yarashe akica abantu umunani agakomeretsa byibuze abandi barindwi mu isoko riba ryuzuye abantu mu majyaruguru y’Umujyi wa Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Umuyobozi w’igipolisi muri uyu mujyi, Brian Harvey, mu kiganiro n’itangazamakuru yatangaje ati: “Umuntu witwaje imbunda, abayobozi bavuze ko batekereza […]
Papa Francis awaombea wahanga wa mafuriko nchini Rwanda
Papa Francis ameelezea masikitiko yake na kuahidi maombi kwa wahanga wa mafuriko makubwa yaliyoharibu majimbo ya Magharibi, Kaskazini na Kusini nchini Rwanda na kusababisha hasara ya watu 130 . Kwa mujibu wa Vatican News, Baba Mtakatifu Francisko ametuma salamu za rambirambi kwa wale walioathirika katika telegram iliyotumwa kwa Balozi wa Kitume nchini Rwanda, Askofu Mkuu […]
RDC: Jean-Pierre Bemba yaba yatangiye kurebana ay’ingwe n’abegereye Tshisekedi
Nyuma yo guhabwa umwanya wa minisitiri w’ingabo muri guverinoma ya Sama 2, Jean Pierre Bemba ngo yatangiye kwerekana imitsi ye nk’umubyeyi mwiza wita ku muryango we ushishikajwe no guha uburere abana be kugira ngo Repubulika ya Demokarasi ya Congo igende neza . Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba ngo akomeje kwamagana imyitwarire idasanzwe y’abegereye Perezida Felix Tshisekedi. […]
Kampala: Polisi yafashe abapolisi bashinjwa kwiba abajura bari bibye Umurundi asaga miliyoni 400
Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyafashe abapolisi 10 bafunzwe bazira ibirego byo kwambura miliyoni 146 z’amashilingi abantu bakekwaho kwiba umuturage w’Umurundi miliyoni 407 z’amashilingi ku itariki ya 27 Mata 2023 . Abagabo batatu bari kuri moto, nk’uko bivugwa n’ubugenzacyaha, bashikuje igikapu kirimo amadorari 110.000 (Miliyoni 407 z’amashilingi ya Uganda) na Ama-Euros700 (miliyoni 2.9 z’amashilingi) uwahohotewe […]
Kagame, première dame au Royaume-Uni pour le couronnement du roi Charles
Le prĂ©sident Kagame et la première dame Jeannette Kagame sont Ă Â Londres pour le couronnement du roi Charles III prĂ©vu le samedi 6 mai . Le prĂ©sident Kagame a dĂ©butĂ© sa visite jeudi 4 mai par une rencontre bilatĂ©rale avec le Premier ministre britannique Rishi Sunak pour discuter de la coopĂ©ration entre le Rwanda et […]
DRC: OIF not able to audit the electoral register
The International Organization of La Francophonie (OIF) has stated that it is unable to carry out an external audit of the electoral register compiled by the electoral commission responsible for organizing the general elections scheduled for December 20 in the Democratic Republic of Congo ( ground floor) . “The time allotted by your institution for […]
Igisirikare cya Ukraine kirasiye drone yacyo mu gace kegereye ibiro bya perezida i Kyiv

Igisirikare kirwanira mu kirere cya Ukraine cyarashe imwe mu ndege zitagira abaderevu zacyo kivuga ko cyri cyananiwe kugenzura mu kirere cy’umurwa mukuru,Kyiv, rwagati . Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane ushize, habaye guturika kw’ibisasu mu minota 15 kugeza kuri 20 ubwo intwaro zishinzwe ubwirinzi bwo mu kirere zageragezaga kurasa iyo drone mu gace kari […]
Basabwe kumenyekanisha umuceri bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata bagasubizwa TVA
Mu rwego rwo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro byashyizweho ku bicuruzwa by’umuceri, ifu y’ibigori n’ibirayi, Minisiteri y’ubucuruzi (MINICOM) ifatanyije n’izindi nzego ikomeje ubugenzuzi mu Gihugu hose, ho abacuruza umuceri baasabwe kumenyekanisha uwo bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata kugirango basubizwe Umusoro ku nyongeragaciro . Aho ubugenzuzi bwageze ku masoko manini yo mu Mujyi […]
Canada yahamagaje Ambasaderi w’u Bushinwa nyuma y’ibirego byo gukanga umudepite wayo
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, Melanie Joly, yatangaje ko igihugu cye cyahamagaje Ambasaderi w’u Bushinwa, Cong Peiwu, nyuma y’ibirego bishinja Beijing gutera ubwoba umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi n’umuryango we . Joly uhanganye n’ikibazo cyo gukemura ibibazo bivugwa ko Abashinwa bivanga muri politiki ya Canada, yavuze ko yategetse umwungirije guhamagara Cong ngo “amubwire mu buryo butaziguye […]
Ethiopia: USAID, WFP yasitisha msaada wa chakula kwa eneo la Tigray kutokana na mauzo haramu ya soko
Shirika la Marekani la Maendeleo ya Kimataifa (USAID) na Shirika la Mpango wa Chakula Duniani (WFP) wamesitisha msaada wa chakula kwa eneo la kaskazini mwa Ethiopia la Tigray, wakitolea mfano utoroshwaji wa usafirishaji kwenda kwa mauzo haramu katika masoko ya ndani badala ya kuwafikia watu wanaohitaji . Taarifa tofauti zilizotolewa Jumatano jioni kutoka USAID na […]
Burundi: Ishyaka UPRONA ryari ryaracitsemo ibice bibiri ryongeye kwishyira hamwe

Ibice bibiri by’ishyaka UPRONA, icyari kiyobowe na Evariste Ngayimpenda , n’ikindi cyemewe n’amategeko cyari kiyobowe na Olivier Nkurunziza byatangaje ko byongeye kwishyira hamwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 3 Gicurasi 2023 . Olivier Nkurunziza yatangaje ko hari hashize umwaka urengaho ukwezi bari mu biganiro hagati y’impande zombi kugira ngo bagere kuri iki […]
Abanyafurika y’Epfo barasaba u Bwongereza kubasubiza diyama yabo iri mu ikamba ry’umwami
Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku izina ry’Inyenyeri ya Afurika (Star of Africa), yashyizwe mu ikamba ry’ubwami Umwami Charles III agiye kwambikwa ku mugaragaro kuri uyu wa Gatandatu utaha . Diyama ipima karat 530, yavumbuwe muri Afurika y’Epfo mu 1905 maze ishyikirizwa Ubwami bw’u Bwongereza nyuma y’imyaka […]
Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% muri 2023 – MINECOFIN
Ubukungu bw’ uRwanda buteganyijwe kuzamuka ku gipimo cya 6.2% muri 2023 ugereranyije na 8.2% muri 2022 bitewe n’ibibazo by’ubukungu ku Isi . Ibi byatangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya 2023/24 ikubiyemo gahunda z’iterambere Leta yateganyije gushyira mu bikorwa n’imibare […]
U Rwanda rurateganya ko uyu mwaka umusaruro w’ubuhinzi uzazamukaho 4% uvuye kuri 2%
Abayobozi b’u Rwanda baravuga ko umusaruro w’urwego rw’ubuhinzi uziyongeraho 4% muri uyu mwaka uvuye ku izamuka rya 2 ku ijana ryagaragaye mu 2022 . Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Gicurasi, na Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana, ubwo yagezaga ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya […]