Mu misozi miremire yegereye umugezi wa Rusizi humvikanye urusaku rw’amasasu

Abaturage b’u Burundi bavuga ko bafite impungenge z’umutekano w’ubuzima bwabo nyuma y’Urusaku rw’imbunda nini rwumvikanye mu misozi miremire yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hafi y’umupaka ugabanya ibi bihugu (RDC & Burundi). Abaturage bavuga ko bafite ubwoba ko bagabwaho igitero n’inyeshyamba zirwanya Leta y’u Burundi,bityo bakaba bagiye bava mu […]

Naryamanye n’abagabo 700 barimo ibyamamare 27- Inkumi y’imyaka 22

Benshi bakozwe ku mitima n’ubuhamya bw’umukobwa witwa Charlotte Abena Serwaa w’imyaka 22 y’amavuko, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana uvuga ko yaryamanye n’abagabo 700 mu myaka umunani. Abena avuga ko muri aba bagabo 700 harimo ibyamamare byo muri iki gihugu bigera kuri 27 atatangaje amazina. Mu kiganiro yagiranye na KwakuManu Tv, uyu mukobwa yavuze ko […]

Abasirikare b’u Burundi bavuga ko inzara yugarije imiryango yabo

Abasirikare b’u Burundi basaga 2600 bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, bavuga ko babayeho mu buzima bugoye nyuma yo kumara amezi atanu badahabwa imishahara yabo. Aba basirikare babarizwa muri Batayo ya 52, iya 53 na 54 bakaba basaba umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ndetse n’uwa Afurika Yunze Ubumwe hamwe na Leta y’u Burundi kubakemurira ikibazo […]

Mfite iminwa minini, umugabo ukeka ko n’igitsina ariko kingana arimo kumpa asaga Miliyoni ngo azakibone- Nkore iki?

Nishimiye kubana namwe ngaha kuri uru rubuga, ndi umukobwa ukuze si ngombwa gutangaza imyaka mfite, mu buzima bwanjye nkunda gusabana cyane n’abantu bose ahari ni nacyo gituma abantu benshi banambwira ibyo bantekerezaho. Ubwo nari ndi mu kimina dukorera i Nyamirambo na bagenzi banjye barimo n’abagabo, haje umugabo w’umuboss wari uziranye n’umwe muri twe turasangira, agakomeza […]

Umuyobozi ukomeye yavuze ko Imana yamweretse ko Perezida Nkurunziza azakomeza kuyobora Abarundi

Umusenateri mu gihugu cy’u Burundi, Priscille Mwidogo unabarizwa mu ishyaka CNDD-FDD, yavuze ko Perezida Nkurunziza yashyizweho n’Imana kugira ngo azakomeza kayobora Abarundi. Senateri Priscille Mwidogo yabitangaje ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize mu nama yahuje abayobozi b’ibihugu bigize umuryango w’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari (ICGLR), aho yemeje ko ari Imana yamushyizeho atagomba kuvaho. Yagize ati […]

Kigali/Rwampara: Bakoze igisa no kwigaragambya bamagana ukwimurwa

Abaturiye igishanga cya Rwampara, kiri mu Kagari ka Rwampara, Umurenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali, bakoze igisa nko kwigaragambya nyuma yo gusabwa kuhimuka, bo bakifuza ko babanza guhabwa ingurane. Ubuyobozi bubasaba kwimuka muri aka gace by’igihe gito mu rwego rwo kwirinda ko bagirwaho ingaruka n’ibiza, bo bavuga ko bahatuye imyaka myinshi […]

Niringiyimana Emmanuel wakoze umuhanda wa 7Km yahishuye impamvu yaretse gufana Rayon Sports

Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko, ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi, wamenyekanye nyuma yo gukora umuhanda w’ibilometero birindwi, avuga ko ubu afana ikipe ya APR FC. Uyu musore wagiranye ikiganiro na Bwiza Tv, avuga ko mbere yo gufana APR FC, yahoze ari umufana ukomeye […]

Umusore yatunguye benshi ubwo yateruraga umugeni igitsina cye kigahita gifata umurego- AMAFOTO

s1-4.jpg

Umugabo witwa Peter Olumofin wo mu gihugu cya Nigeria, yatunguye benshi ubwo yateruraga umugore we bari bamaze gusezerana kubana akaramata igitsina cye kigahita gifata umurego. Ni ifoto yakwirwakwijwe n’abatagira ingano ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bibatera ibitwenge bavuga ko uyu musore yabyinnye mbere y’umuziki ndetse ko yahise agaragaza ko babanye yamwifuzaga cyane mu buriri. Ikinyamakuru nairaland.com […]

Yakubise umugore we yari amaze gufata asambana, na we abaturanyi bamwihimuraho

Kofi Bandoli ni umugabo wo muri Ghana w’imyaka 35 y’amavuko. Yatawe muri yombi na polisi ashinjwa gukubita umugore we kugeza aho abura ubwenge akagwa muri koma. Ikinyamakuru Kasapafmonline gitangaza ko Kofi yageregeje guhamagara umugore we inshuro nyinshi ntafate telefone. Yavuye ku kazi ajya mu rugo kureba ikibazo umugore we yaba yagize, agezeyo asanga arimo gukorana […]

Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?

Nitwa Anitha nkaba ndi umukobwa w’imyaka 38 y’amavuko, sinagize amahirwe yo gukura ndi kumwe n’ababyeyi bange kuko bitabye Imana nkiri muto, ntangira kugira inshingano zo kurera barumuna bange babiri nkiri muto. Nagize amahirwe ndiga na kaminuza, mbona akazi keza ndetse nkomeza no gucunga imitungo ababyeyi basize. Mu by’ukuri ntabwo nakunze kwinjira mu by’inkundo mu myaka […]

14 bitandukanyije na RNC nyuma yo kwirukana Tabitha Gwiza na bagenzi be batatu

Abarwanashyaka 14 ba RNC bandikiye ubuyobozi bwaryo babutangariza ko bitandukanyije naryo nyuma y’ibikomeje kurivugwamo birimo no kuryirukanamo burundu abayobozi baryo bane bari barihagarariye muri Canada, ibura rya Ben Rutabana n’ibindi. Mu kiganiro umuvugizi w’iri shyaka rya ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta y’u Rwanda, Dr Mutabazi Etienne yagiranye na VOA, abazwa ku cyo rivuga ku iyirukanwa […]

Umuforomo yibye uruhinja aruha nyinawabo umaze imyaka 17 atabyara

Umuforomo wo mu gibhugu cya Pakistani yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa kwiba umwana w’uruhinja ngo amuhe nyinawabo wabuze urubyaro. Ni rw’umukobwa rwatwawe hashize akanya gato ruvutse, rukuwe ku bitaro byo mu ntara ya Balochistan, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’igihugu. Ariko ku ikubitiro umuryango w’uwo mubyeyi ntabwo wari wamenye ko umwana wabo yaburiwe irengero kuko […]

Umukobwa wari mu byishimo byo gusoza amasomo yambaye ubusa imbere ya camera- AMAFOTO

i3.jpg

Umukobwa wari mu birori byo gusoza amasomo ye muri Kaminuza “St Lawrence University (SLAU)” yagaragaye yicaye imbere ya gafotozi atitaye ku bice bye by’ibanga byagaragaraga. Mu kinyarwanda baca umugani ngo uwicaye nabi ababaza imbere ye, ikinyamakuru campusbee.ug gitangaza ko iyo foto yahanahanwe n’ab’igitsina gabo cyane ndetse banayivugaho byinshi birimo no kugaragaza ko bifuza kumenyana n’uyu […]

Burundi: Bahangayikishije n’imyitozo ya gisirikare n’imbunda bihabwa abinjira mu Mbonerakure

Abaturage bo mu Ntara ya Kirundo bashinja bamwe mu bayobozi babo gutegura no guha imyitozo ya gisirikare urubyiruko rw’Imbonerakure, ibi ngo bibereka ko hari intambara irimo gutegurwa. Bavuga ko ushinzwe iperereza muri iyi Ntara hamwe n’umushinjacyaha mukuru aribo bahaye Imbonerakure imbunda mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 8 Ukuboza, mu duce tubiri zatorezwagamo muri […]

Rutsiro: Bababajwe n’uko 2020 isanze bagicana udutadowa

Umurenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro nturagerwamo umuriro w’amashanyarazi bityo abaturage bakaba bababazwa cyane n’uko bagiye kwinjira mu mwaka wa 2020 bagicana ibyo babonye byose. Aba baturage bavuga ko uyu murenge wose nta muriro w’amashanyarazi ugira by’umwihariko ko n’Ibiro by’Umurenge bikoresha imirasire y’izuba, ibi bikaba bitabanejeje mu gihe iminsi isigaye ngo binjire mu cyerekezo […]

Mushiki wa Ben Rutabana na bagenzi be 3 birukanwe burundu mu ishyaka RNC

Ibaruwa yirukana Tabitha na bagenzi be

Mushiki wa Benjamin Rutabana, Madamu Tabitha Gwiza wari Komiseri ushinzwe abari n’abategarugori mu ntara ya Canada, umubitsi mukarere ka Windsor hamwe na bagenzi be batatu bari abayobozi, birukanwe burundu mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Kwirukanwa burundu kw’aba bayobozi bigaragara mu itangazo ryo ku wa 8 Ukuboza 2019, rikomeje kugaragara mu […]

Kigali: Umuhanzi ufite ubumuga bwo kutabona yambikanye impeta n’umukunzi we w’umuganga- AMAFOTO

Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye Saa Tatu (09:00)

Umuhanzi Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Ukuboza 2019, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Vestine, nyuma y’imyaka itatu yari ishize bakundana. Irebere Amashusho Ni ubukwe bwabereye mu Mujyi wa Kigali, bukaba bwatangijwe n’umuhango wo gusaba no gukwa, hakurikiraho gusezerana imbere y’Imana mu rusengero rw’abadivantisiti w’umunsi wa Karindwi rwa Remera, […]

Runda: Bahangayikishijwe n’imbwa zibabuza gusohoka nyuma ya saa kumi n’ebyiri

Abaturage bo mu Murenge wa Runda mu Kagari ka Muganza mu mudugudu wa Rubona mu Karere ka Kamonyi, bavuga ko babangamiwe n’imbwa z’ibihomora zibatangira kuva saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba bigatuma nta muturage usohoka iyo izi saha zigeze. Aba baturage bagaragaza ko nta wasiga n’itungo hanze ku manywa kuko izo mbwa ziza zikonona mu ngo zabo, […]

Umusore yampemukiye ndi mu mahanga, njyeze mu Rwanda undi andya asaga miliyoni eshatu- Nkore iki?

Mbifurije imigisha ituruka kuri nyagasani kandi nkaba mbasaba n’inama zubaka atari zazindi zo kunsenya kurusha uko nari meze. Mu by’ukuri navukiye mu Rwanda ariko maze kurangiza amashuri abanza njya kuba mu gihugu cy’amahanga ariko k’igituranyi n’u Rwanda, nagezeyo nenda kurangiza segonderi nkundana n’umusore, ndamwizera cyane ariko arampemukira. Nageze mu Rwanda mbona akazi keza, ndakora ndiyubaka […]

Ubwinshi bw’ababoneka ahanugwanugwa akazi, ikimenyetso cy’ubushomeri mu Rwanda

Abasaga 2000 biganjemo urubyiruko mu minsi ishije bahururiye igikorwa cy’Umujyi wa Kigali gihuza abashaka akazi n’abagatanga, ikintu gikomeje kugaragaza uko ikibazo cy’ubushomeri gikomeje gufata intera cyane cyane mu rubyiruko mu Rwanda Abenshi mu bitabiriye iki gikorwa nk’uko bisanzwe ni urubyiruko, nyamara nubwo ari benshi ibigo byitezweho gutanga akazi byari bike muri iki gikorwa. FlashFm ivuga […]

Dr Habumugisha yasohotse igihugu anyuze mu nzira zitemewe – Minisitiri Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yatangaje ko Dr. Francis Habumugisha ushakishwa n’ubutabera, yasohotse mu gihugu anyuze mu nzira zitemewe kuko ari ku rutonde rw’abatemerewe gusohoka mu gihugu. Dr Habumugisha aherutse kwigaragaza ku mbuga nkoranya mbaga ari i Paris mu Bufaransa. Uyu mushoramari akaba na nyiri Goodrich TV Dr Francis Habumugisha, ashakishwa […]

Abacamanza babiri n’Umwanditsi w’Urukiko batawe muri yombi bashinjwa ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwataye muri yombi abacamanza babiri n’Umwanditsi w’Urukiko umwe bakurikiranyweho ibyaha bya Ruswa bakaga abafite ibirego mu nkiko. Nk’uko RIB yabitangaje ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukuboza 2019, abo yataye muri yombi ni Mushimiyiryo Pacifique wari umucamanza ku rukiko rwisumbuye rwa Muhanga, […]

Dore ibice 10 ku mubiri w’umukobwa umusore wamukunze aba ahanze amaso cyane

Ni kenshi uzasanga abasore babiri cyangwa benshi bicaye ahantu bateraniye ku mukobwa umwe bazi, bagaruka ku mico ye n’imiterere y’umubiri we, uretse amashuri yize, akazi akora n’ibyo atunze uzasanga bigarukira ku kibuno afite kinini cyangwa gito, amaso atereka, ibirenge bye bibi cyangwa byiza, intoki zihanda cyangwa zinyerera n’ibindi. 10.Ibirenge: Burya abagabo bakunda kwitegereza cyane ibirenge, […]

Biravugwa ko Col.Niyonzima Artemond wari umuyobozi muri FLN yafashwe

Col Akuzwe Fidel Artemond wari umuyobozi muri FLN

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Colonel Akuzwe Fidel Artemond wari Umucungamutungo w’ishyaka FLN, rirwanya Leta y’u Rwanda yatawe muri yombi. Bitangazwa ko yatawe muri yombi n’ingabo za Congo (FARDC) ubwo yageragezaga guhunga imirwano yaberaga mu ishyamba rya Kahuzi Biega ku wa Kane tariki ya 5 Ukuboza 2019. Uyu muyobozi wari […]

Iyo ruswa yabaye umuco mu bucamanza iba yanabaye wo mu gihugu cyose- Perezida Kagame

Perezida w'urukiko rw'Ikirenga, Dr Nteziryayo na Visi Perezida, Mukabalisa Marie-Thérèse

Perezida wa Repubulika Paul Kagame wakiraga indahiro z’abayobozi bakuru mu rwego rw’ubutabera, ku isonga yabasabye kurwanya ruswa ngo kuko iyo yageze muri uru rwego iba yageze mu gihugu cyose. Ni indahiro yakiriye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukuboza 2019, mu Ngoro y’Inteko Nshingamategeko ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Ni indahiro za Perezida […]

Sena y’u Rwanda yemeje bidasubirwaho Dr Nteziryayo na Mukamulisa ku buyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga

Inteko Rusange ya Sena yemeje kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ukuboza 2019, ishyirwaho rya Dr.Nteziryayo Faustin, ku mwanya wa Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Madamu Mukamulisa Marie-ThĂ©rèse, ku mwanya wa Visi Perezida w’uru rukiko. Sena y’u Rwanda yemeje ishyirwaho ry’aba bayobozi Dr Ntezilyayo nka Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Mukamulisa nka Visi Perezida nyuma yo […]

Dore ingeso zishobora gutera agabo ipfunwe mu bandi kandi zikaba zanabasenyera

Iyo umugabo n’umugore basezerana bavuga indahiro ko bazabana haba mu byishimo n’umubabaro ariko iyo bamaze kubana usanga hari zimwe mu ngeso zibangamira undi zikaba zanatuma batandukana. Izi ngeso tugiye kubabwira kandi zishobora no gutuma umugabo atinya kujya mu bandi atinya ko bamuvugaho, no mu rugo kandi usanga bigira ingunge kugira ngo batavugwaho cyangwa se bakaba […]

Urutonde rw’abamaze kwitandukanya na Kayumba muri RNC nyuma y’urupfu rwa Karegeya Patrick

Karegeya Patrcick, umwe mu bashinze RNC

Kuva aho Karegeya Patrick, umwe mu bashize ishyaka RNC apfiriye, ni byinshi byagiye bivugwa muri iri shyaka birimo ukwitandukanya naryo kwa bamwe, ifatwa n’ifungwa kw’abayoboke baryo nyuma bigatangazwa ko byabaye ku kagambane k’abayobozi bakuru baryo, ukwihakana bamwe mu bayoboke baryo mu bihe by’amakuba n’ibindi bitandukanye. Col Patrick Karegeya wahoze ari umusirikare w’u Rwanda yishwe mu […]

Umupasiteri yasezeranye n’umugore wa Cyenda ngo atera ikirenge mu cya Yesu

Pasiteri Kasambakana wo mu itorero ‘Eglise Primitive’ riherereye mu gace ka Kabinda, Komini Lingwala, mu Mujyi wa Kinshasa, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasezeranye n’umugore wa Cyenda. Benshi mu bayoboke be bakunze kumwita Pasiteri Pierre Kas akaba yasezeranye ku nshuro ya Cyenda. Iri torero rye ryemera ubuharike, gusa na none rikemera ko umugabo agomba […]

Biravugwa ko Col.Muhawenimana Theogene wa FLN yicanwe n’abarwanyi basaga 80

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko Col.Muhawenimana Theogene uzwi ku izina rya Festus wayoboraga inyeshyamba za FLN yicanwe n’abarwanyi be basaga 80. Col.Muhawenimana ngo yarasiwe mu mirwano yabaye mu ishyamba rya Kahuzi biega na Kinono ho muri Teritwari ya Kalehe, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, ngo akaba yari umuyobozi wa Batayo yitwa […]

Ibyiza byose ntabwo biba mu mahanga- Min. Mutimura akebura abajyanayo abana kwiga

Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yasabye ababyeyi kwirinda kwirirwa bajya gushaka amashuri y’abana babo mu bihugu bituranye n’u Rwanda agereranije n’ireme ry’uburezi bifite n’iry’u Rwanda. Min Mitumura ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2019, nyuma y’inama yagiranye n’abayobozi b’ibigo bitandukanye byo mu Rwanda, inama Minisiteri y’uburezi yakomoreyemo ibigo byigenga gukomeza kwigisha […]

Umukobwa yashyingiranwe n’umurambo w’umukunzi we- AMAFOTO

l1.png

Nan Thippharat, umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko yashyingiranwe n’umukunzi we wari wamaze gushiramo umwuka, ubukwe bwatunguye benshi ndetse bukanavugwa mu mpande zose z’Isi. Ni ubukwe bwabereye mu Karere ka Phanom Sarakham, mu gihugu cyaThailand. Mu gihe bamwe batunguwe n’ibyo uyu mukobwa yakoze, ubwo ubu bukwe bwe bwari burangiye bukaza gukurikirwa n’umuhango wo gushyingura uwari umukunzi we […]

Abagore babana n’ubwandu bwa SIDA bafite ibyago byo kwandura kanseri y’inkondo y’umura- Jeannette Kagame

inam.jpg

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette Kagame yavuze ko abagore babana n’ubwandu bwa SIDA baba bafite ibyago kurusha abatabufite byo kwandura virus ya Cancer y’inkondo y’umura izwi nka HPV Virus. Ari kumwe n’abandi badamu b’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama mpuzamahanga kuri SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, irimo kubera i Kigali, kuri uyu wa […]

Abakora isuku ku biro by’akarere ka Kirehe barataka inzara

Abakora amasuku ku biro by’Akarere ka Kirehe, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko bugarijwe n’ubukene baterwa no kudahemberwa igihe, ubu bakaba bamaze amezi atatu batarahabwa umushahara. Aba bakozi ni aba E.K.G Ltd ishinzwe gukora amasuku ku biro by’aka karere, kuba badahemberwa igihe ngo byabateye ubukene ku buryo n’inzara ibamereye nabi n’imiryango yabo kandi byitwa ko bafite akazi. […]

Dore ibintu 10 ugomba kwitondera mu gutereta umukobwa muhuye bwa mbere

Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa. Kugira ngo umukobwa akwemerere urukundo ni uko hari imico aba yakubonyeho akayikunda ndetse akaba yizeye ko atazakorwa n’isoni mu gihe azaba akubwira bagenzi be. Dore ibintu 10 uzitondera rero niba […]

Wa musore Niringiyimana wakoze umuhanda wa 7km ubu noneho yiyemeje gukora ikiyaga

Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko, ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi, myuma yo gukora umuhanda w’ibilometero birindwi, ubu noneho avuga ko ashishikajwe n’ikiyaga kizajya kivamo amafi azajya atunga abaturage. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza Tv mu mujyi wa Kigali, yavuze ko ariho asigaye aba […]

Intambara hagati y’u Burundi n’u Rwanda yaba ari mbi cyane-Dr Sebarenzi

Uwahoze ari Umukuru w’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ubu akaba yigisha kuri kaminuza muri Amerika, Dr Sebarenzi Joseph yavuze ko nubwo umubano w’u Rwanda n’u Burundi utifashe neza, ibi bihuga biramutse bikozanyijeho intambara yabyo yaba ari mbi cyane. Uyu musesenguzi wa politiki yo mu Karere k’ibiyaga bigari agaragaje ko intambara hagati y’ibi bihugu yaba itoroshye […]

Ubuhanuzi butumye umusore twari tugiye kubana ambenga- Nkore iki?

Nitwa Olive nkaba ndi umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko, iwacu ni mu Ntara y’Iburasirazuba nkaba nakundanaga n’umusore ariko ubu wamaze kumbwira ko yahanuriwe none ngo tukaba tutagikomezanyije. Imyaka ibiri yari ishize nkundana n’umusore kugera n’aho ubu twari mu mishinga y’ubukwe twateganyaga gukora mu mezi make ari imbere ariko icyumba cy’amasengesho kinkozeho. Ni kenshi yakunze kumbwira ko […]

Bugesera: Abaturage barashinja umuyobozi ruswa

Abaturage bo mu Murenge wa Ngeruka mu Karere ka Bugesera Intara y’Iburasirazuba barashinja umuyobozi w’akagari kubaka amafaranga kugira ngo bahabwe ibyiciro by’ubudehe, ibintu we ahakana avuga ko ari iharabika. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Kagari ka Nyakayenzi ni we ushinjwa n’aba baturage kubaka ruswa ngo abashyire cyangwa abahindurire icyiciro cy’ubudehe, ibi bakabifata nka serivisi […]

Amahirwe make ku muryango wo kwa Rwigara mu kibuga cya Politiki

Assinapol Rwigara yari umunyemari w’Umunyarwanda, yitabye Imana ku wa 04 Gashyantare 2015, azize impanuka y’ikamyo yabereye mu Mujyi wa Kigali, nyuma y’urupfu rwe ni byinshi byavuzwe ku muryango we wasigaye birimo ifungwa n’ibindi bitandukanye bigaruka cyane kuri politiki. Rwigara yari umunyemari wari uzwi na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuko yazaga […]

Umusore w’imyaka 19 yashyingiranwe n’umukecuru w’imyaka 72- AMAFOTO

s1-3.jpg

Gary Hardwick w’imyaka 19 y’amavuko yashyingiranwe na Almeda Errell w’imyaka 72, bakaba banzuye kubana nk’umugabo n’umugore nyuma y’icyumweru kimwe bamenyaniye muri resitora ya Piza. Uyu mukecuru abazwa iby’uru rukundo rwabo, yagize ati “Turifuza gukomeza kugera ku nzozi zacu ndetse no kugira inshingano zo kumvikanisha ko imyaka nta gaciro ifite mu guhuza abakundana, niba mukundana imyaka […]

Inyeshyamba za FDLR zakuwe mu birindiro byari bikomeye zasabwe gutaha mu Rwanda

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko cyakuye inyeshyamba za FDLR mu birindiro byazo bikuru muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo, bityo bakazisaba gutaha mu Rwanda ngo kuko n’aho zahungiye ari ku butaka bwa Congo. Umuvigizi wa FARDC muri aka karere, capitaine DieudonnĂ© Kasereka avuga ko izi nyeshyamba zatsimbuwe mu birindiro n’ibitero […]

Minisitiri Mbabazi aragereranya ubuzima bw’umukobwa n’ururabo

Min Mbabazi aha impanuro aba bakobwa

Minisitiri w’Urubyiruko, Mbabazi Rosemary yagereranyije ubuzima bw’umukobwa n’ururabo ubwo yasabaga urubyiruko rw’abakobwa kwirinda uwo ariwe wese watuma ruteshuka ku ntego rwihaye. Ni impanuro Minisitiri Mbabazi yahaye abakobwa ba AERG baturutse muri za kaminuza n’amashuri makuru akorera mu Rwanda bari mu mwiherero w’iminsi itatu mu Ntara y’Iburasirazuba. Ufite insanganyamatsiko ‘Ubuzima bufite intego inkingi yo kwigira nyako”. […]

N’ubwo aba basirikare bitoza kurya iyi nzoka ari mbisi, ikurumye wapfa mu minota itarenze 15

c1-4.jpg

Ni abasirikare bo muri Indonesie, imyitozo ya gisirikare bakora bashyiramo niyo kwimenyereza kurya inzoka zo mu bwoko bwa Cobra zigira ubumara bukarishye ngo ku buryo ikuruma mu gihe gito ugahira upfa. Iyi myitozo kandi bayikora kugira ngo bimenyereze ubuzima bubi, ngo kugira ngo nibazajya bagera mu mashyamba y’inzitane bari ku rugamba bazajye babasha kwibeshaho mu […]

Perezida Kagame yifatanyije n’abaturage ba Kimihurura mu muganda rusange- AMAFOTO

p1.jpg

Perezida wa Repubulika Paul, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo 2019, yifatanyine n’abaturage bo mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo. Umujyi wa Kigali, mu muganda ngarukakwezi. Ni umuganda yitabiriye ari kumwe n’umufasha we, Madamu Jeannette Kagame aho bafatanije n’abaturage basaga ibihumbi umunani mu gikorwa cyo kubaka imiyoboro y’amazi, gutema ibihuru n’ibindi. […]

Icyo Amb.Nduhungirehe abwira u Burundi buvuga ko butazongera kwihanganira ‘ubushotoranyi’ bw’u Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier avuga ko mbere y’uko u Burundi bushinja u Rwanda icyo yita ibinyoma bwakagombye kubanza gutekereza ku bitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda ngo biturutseyo. Ibi Amb.Nduhungirehe yabitangaje nyuma y’ itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi riburira, rikanihanangiriza […]

Abarwanya Leta y’u Rwanda baritana bamwana ku ibura rya Ben Rutabana

Abarwanya Leta y’u Rwanda bakomeje kwitana bamwana ku ibura rya Ben Rutabana Kayumba Nyamwasa uyoboye ishyaka RNC rirwanya Leta y’u Rwanda, aho akomeje gutungwa agatoki na bagenzi be bamushinja ubwicanyi n’ibindi bikorwa bita ibyo kubagambanira nyuma y’ibura ry’umuhanzi Benjamin Rutabana. Ubwo uwitwa Musonera Jonathan yagiraga icyo avuga ku ibura rya Benjamin [Ben Rutabana] umaze amezi […]

Ikinyoni kinini kikubise hasi abaturage babona gihindutse umukecuru

Ni agashya kagaragaye mu gace ka Oworonshoki muri Leta ya Lagos muri Nigeria, aho ikinyoni cyaguye ku nkengero z’umuhanda babona kidasanzwe, mu kandi kanya kihinduramo umukecuru, ubwoba burabataha. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo ibi byabaye ku muhanda wa 39 (Miyaki Oworonshoki, Lagos). Abantu bakaba batashywe n’ubwoba bakimara kubibona, umukecuru wavuye muri icyo kinyoni batinya […]

Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo

f2-3.jpg

Umwana w’imyaka 15 y’amavuko witwa Potala Jean Pierre yateye inda nyina, Josiane Laure Potala w’imyaka 37 y’amavuko. Nyina azajya amwita umwana we anamwite umwuzukuru, undi amwite umwana we na murumuna we. Uyu mudamu Josiane ngo yari yarashakanye n’umusirikare ufite ipeti rya Liyetona koloneri witwa Patala Joseph ariko uyu mugabo aza guta uyu muryango wonyine, ku […]

Nukorana imibonano mpuzabitsina n’umugore akakubwira ko nta kigenda cyane ubutaha uzifashishe aya mabanga 10

Ntabwo igihe cyose wanezeza umugore uko abishaka, ahubwo nakugaya azabe aguhaye akanya ko kumenya uko ugomba kwitwara muri iki gikorwa kugira ngo noneho umwereke ko uri umugabo w’ukuri. 1. Banza ushake udukuru cyangwa udukino dukurura ibyishimo mukina mbere yo gutangira igikorwa. Burya ni byiza ko abantu bagiye gutera akabariro babanza kuganira bikagera n’aho bakina udukino […]