Igitsina cyiza, kimwe mu byo Zari avuga ko byamugize uwo ari we

Umuherwe, akaba umubyeyi w’abana Batanu, Zari Hassan yahishuye k’uko ameze ubu abikesha igitsina cye yise cyiza, amafaranga n’ibindi. Zari avuga ko abayeho neza, yishimira umubiri afite, by’umwihariko ko atakwirirwa ajya muri Gym gukora imyitozo imufasha kunanuka. Yagize ati “Abana bafite ubuzima bwiza, kurya neza, igitsina cyiza, amafaranga kuri banki ndetse n’amahoro muri njye, buri kimwe […]

Abarundi batuye hafi y’umupaka w’u Rwanda n’uwa Congo basabwe kurikanura

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu Burundi, Pascal Barandagiye yasabye abaturage b’iki gihugu baturiye umupaka wabwo n’u Rwanda ndetse na Congo, kuba maso bacunga ko umwanzi yabinjirana. Min. Barandagiye yasabye aba baturage cyane cyane abaturiye ishyamba rya Kibira gutanga amakuru byihuse mu gihe babonye umuntu batazi acaracara mu gace batuyemo by’umwihariko inzego z’umutekano nazo ngo zigakaza umutekano […]

Kinyinya/Burundi: Bahangayikishijwe n’imyitozo ya gisirikare Imbonerakure zirara zikora

Imyitozo isa n’iya gisirikare urubyiruko rw’Imbonerakure rukora ku musozi wa Ndago, Komini Kinyinya, Intara ya Ruyigi, mu Burundi, yateye impungenge abaturage aho bavuga ko igamije gutera ubwoba abatavuga rumwe na Leta. Uretse muri iyi Komini ya Kinyinya, ngo iyi myitozo kandi inakorerwa mu ya Nyabitsinda na Gisuru. Ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2019, […]

Pasiteri yaguwe gitumo ari kumwe n’abagore barindwi bambaye ubusa

Polisi yo mu Karere ka Rukiga mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi umupasiteri wari kumwe n’abagore barindwi, bose bambaye ubusa aho bari bikingiranye mu nzu. Polisi yabataye muri yombi ibashinja gukora inama mu buryo butemewe, nubwo bafashwe bambaye ubusa bose bakavuga ko aho bari bari ari mu rusengero rwabo ndetse ko basengaga. Iri tsinda […]

Biravugwa ko mushiki wa Fred Rwigema wabaga i Kigali yishwe

Joy Agaba bivugwa ko yapfuye urw'amayobera

Kuva ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2019, amakuru akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga na bimwe mu binyamakuru, avuga ko Joy Agaba, mushiki wa Gen Fred Gisa Rwigema yasanzwe mu nzu yapfuye. Nk’uko bamwe bagiye babitangaza ku mbuga nkoranyambaga, ngo Joy yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 22 rishyira ku wa Gatandatu […]

Abagandekazi Bane bafatiwe mu Buhinde bateza umutekano muke

Abagandekazi bane bafatiwe mu Mujyi wa Delhi mu Buhinde nyuma yo guteza umutekano muke mu muhanda ndetse banatswe ibyangombwa barabibura. Aba bagandekazi ni Gloria Nabvare, Maarima, Namakula Kurolin na Daralu Chirtin, bakomoka mu duce twa Mukono na Kampala muri Uganda. Batawe muri yombi ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ugushyingo 2019. ikinyamakuru indiatimes gitangaza ko […]

Umusirikare wa Congo yafatiwe mu murima w’umuturage yiba inyanya

Umwe mu basirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafatiwe mu murima w’umuturage arimo kwiba inyanya. Uyu musirikare yafashwe yiba umuturage wo muri Kamanyola, bityo ngo akaba yari asanzwe azwiho iyo ngeso ariko nta gihamya bafite ngo bamurege bamushinja Gusahura no kwiba mu mirima y’abaturage. Ikinyamakuru Imurenge, gitangaza ko uyu musirikare yafashwe ahagana saa […]

Yagejejwe mu rukiko ashinjwa gukatisha imakasi igitsina cy’umugabo we

Umugore wo muri Argentine yakatiwe n’urukiko igifungo cy’imyaka 13 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kugerageza kwica umugabo we abanje kumubabaza bikomeye amukata igitsina. Brenda B washinjwe gukata igitsina cy’umugabo akoresheje imakasi ikata ibyatsi (sĂ©cateur) yiregura mu rukiko rwo mu mujyi wa Cordoba; yavuze ko nta mugambi yari yarigeze wo kwica. Yagize ati “Naribeshye cyane ku […]

Umupadiri wasomye misa yo gusabira Gen. Mudacumura Slyvestre yishimiye ko yiswe ‘umusazi’

Padiri Mutarambirwa Athanase wasomye misa yo gusabira Lt Gen Mudacumura Sylvestre wishwe yari umuyobozi w’inyeshyamba za FDLR zirwanya Leta y’u Rwanda, avuga ko kuba hari abamwise umusazi abyishimiye. Ni misa yasomwe mu mpera z’icyumweru gishize, mu Bubiligi. Ubwo iyo misa yasomwaga ngo hari ikinyamakuru cyo mu Rwanda cyari cyabitangaje ndetse kinamwita umurwayi wo mu mutwe, […]

Abarwanyi ba FDLR barimo gushyira intwaro hasi nyuma y’iyicwa ry’abayobozi babo

Nyuma y’iyicwa rya Gen Mudacumura Sylvestre na bagenzi be bari abayobozi muri FDLR, bamwe mu barwanyi bayo barimo gushyira intwaro hasi bakishyikiriza inzego za Leta. Aba barwanyi ba FDLR hamwe n’abandi bo mu mitwe ya Kalehe, Kirikicho, Ngubito na Karume ngo bashyize intwaro hasi mu mpera z’icyumweru gishize bishyira mu maboko y’igisirikare cya FARDC hamwe […]

Musanze: Abemerewe amabati yo gusakara ubwiherero barategereje amaso yaheze mu kirere

Imiryango yizejwe guhabwa amabati yo gusakara ubwiherero kuri ubu yiherera mu budasakaye mu Kagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko. Akarere ka Musanze mu gihe ngo bari bayemerewe nk’inkunga. Ni agace mu myaka yashize hagaragaraga umubare w’abaturage benshi batagira ubwiherero ku buryo bajyaga kwiherera ku gasozi, gusa ngo ubuyobozi bw’umurenge ku bufatanye n’Akarere ka Musanze […]

Ni uko FPR igira neza, ariya maguru ya Mudathiru bakayaretse agacika – Kazigaba

032854e0-1f82-41a2-a06f-933e1c700860.jpg

Impuguke mu mategeko, AndrĂ© Kazigaba, avuga ko ababazwa cyane n’uburyo ubuyobozi bw’ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda bwihakanye abari abarwanyi baryo bafatiwe muri Congo- Kinshasa, bakagezwa mu Rwanda ubu bakaba bakurikiranwe n’urukiko rwa gisirikare. Abo barwanyi ni 25 bakaba biganjemo Abanyarwanda n’Abarundi. umukuru muri bo ni Major (Rtd) Habib Mudathiru we wafashwe yanarashwe […]

Kayumba ni serial killer wihakana n’abo yari azi, sinahunguka nubwo yafata igihugu- Kazigaba

Impuguke mu mategeko, AndrĂ© Kazigaba, ubu utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, avuga ko Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba Mukuru w’Ingabo z’U Rwanda mbere y’uko ahunga, ari umwicanyi ruharwa. Kazigaba wari umutumirwa kuri Radio hamwe na mugenzi we Noble Marara, wigeze kuba umwe mu bashinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu, ubu akaba yarahungiye mu Bwongereza, yaboneyeho kugaragaza […]

Gitwe/Kayanza: Uwahoze mu gisirikare yashimuswe

Uwasezerewe mu gisirikare cy’u Burundi(ex-FAB) wari utuye ku musozi wa Gitwe, Komini Matongo, mu Ntara ya Kayanza yashimuswe ku wa Kabiri tariki ya 18 Ugushyingo 2019. Izina rye ni Sixte Nkezabahizi akaba yaratwawe hamwe n’undi muntu we ubarizwa mu ishyaka rya CNL ritavuga rumwe na Leta y’u Burundi. Abo mu miryango yabo bakaba bavuga ko […]

Umukobwa nakubwira aya magambo uzakureyo amaso umenye ko yakwimye urukundo

Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda pe. 1.Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye ko abasore bashakana n’abakobwa baruta, mu gihe umukobwa wifuzaho umukunzi akubwiye ko akiri muto burya aba yumva umuruta cyane kuburyo nta rukundo rukwiye kuba hagati yanyu […]

Ishyari ryateye umukobwa gukata igitsina cy’umusore bakundana

Zhanna Nurzhanova w’imyaka 36 y’amavuko yakase igitsina cy’umukunzi we w’umusore kubera iryari yatewe n’uko yari amaze kumufata amuca inyuma. Zhanna ashinjwa kuba yarabanje guha uyu musore bakundana imiti imutera gusinzira ubwo yari yamutaye mu mutego wo kurara iwe mu rugo, ruri mu mujyi wa Astana, muri Kazakhstan. Ikinyamakuru Nyuma yo kumukata igitsina, ngo uyu mugore […]

Nahawe ibihumbi 100 by’amadolari ngo nzice Museveni- Umusirikare wa Uganda

Umukozi nu rwego rw’Ubutasi rwa Uganda (CMI), Issa Arinaitwe Furaha avuga ko yahawe ikiraka cyo kwica Perezida Museveni umaze imyaka 33 ayobora iki gihugu. Ibaruwa uyu musirikare w’umu ofisiye yandikiye Perezida Museveni yamutangarije ko yari yahawe ibihumbi 100 by’Amadorali ya Amerika, kugira ngo amwice ndetse ko na Gen Kale Kayihura wari umuyobozi wa Polisi ya […]

Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?

Muraho neza, mfite umugore mwiza nanjye nahozagaho ijisho ngo hatazagira umuntwara cyangwa akaba yanca inyuma ariko naje kubona ko nibeshyaga. Ubwo amateraniro yari agezemo hagati, yarasohotse ambwira ko abanje gusuhuza umudamu w’inshuti ye hafi aho ngo kugira ngo ninza gutaha dutahane naho ubundi yagira ngo aze kumenya igihe ntahiye. Ubwo twari dutashye naramuretse ndakomeza nditahira […]

Irebere amafoto: Uko umugabo yahaswe ikiboko amaze gufatirwa hejuru y’umugore w’abandi

bok.jpg

Ni umugabo wo muri Nigeria, nyuma yo gufatwa asambana n’umugore w’undi mugabo yafashwe ajyanwa ku Karubanda ahatwa ikiboko n’abagabo bagenzi be. Uyu mugabo utatangajwe amazina, agaragara yarambitswe ku ntebe y’urubaho, agaramye umugabo umwe amufashe amaguru, undi ku mutwe uwa gatatu arimo gukubita ku kibuno. Imbaga y’abantu yari ishungereye, uyu mugabo agaragara kandi ahanutse kuri ka […]

Icyo Leta ya Congo ivuga ku bakomando b’u Rwanda bivugwa ko barimo kurwanira kuri ubu butaka

Leta ya Congo yanyomoje amakuru yavugaga ko haba hari ingabo zidasanzwe z’u Rwanda zinjiye ku butaka bwayo mu rugamba rugambije guhashya imitwe y’inyeshyamba irimo na FDLR. Ni nyuma yaho impuzamashyaka MRCD isohoreye itangazo itabariza impunzi z’Abanyarwanda ziri muri Congo ivuga ko zigiye kugabwaho ibitero n’ingabo za Leta y’u Rwanda zinjiye muri Congo ngo zambaye imyenda […]

Bayigamba Robert wahoze ari Minisitiri mu Rwanda yafunguwe by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko Robert Bayigamba wahoze ari minisitiri arekurwa agakurikiranwa adafunze kuko nta mpamcvu zikomeye ngo rwabonye akwiye gukomeza gufungwa. Bwana Bayigamba yafunzwe kuva tariki 22 z’ukwezi gushize aregwa n’ubushinjacyaha uburiganya bwo kwiha umutungo utari uwe no kuwugurisha kandi ari ingwate. BBC yakurikiranye iri buranisha, ivuga ko umucamanza […]

Diane Rutabana na muramukazi we, Adeline Rwigara baratunga agatoki Kayumba Nyamwasa

Hashize amezi abiri umuhanzi Benjamin Rutabana aburiwe irengero, abo mu muryango we bakomeje urugendo rwo kumushaka bakaba batunga agatoki Kayumba Nyamwasa nk’uwagize uruhare mu ishimutwa rye. Umuryango wa Ben Rutabana uvuga ko kuva ku itariki 8 Nzeri 2019, utazi amakuru ye, ubwo yavaga mu Bubiligi yerekeza muri Uganda. Mushiki we, Adeline Rwigara aganira na VOA […]

Umukobwa yakubiswe nk’iz’akabwana n’uwo yitaga umukunzi we- AMAFOTO

d4.jpg

Ni umukobwa witwa Odirile Didi Moeletsi wo muri Afurika y’Epfo, avuga ko yakubiswe akanakomeretswa n’umusore yitaga umukunzi we. Uyu mukobwa wagaragaje agahinda afite, ntiyatinye gushyira ku rukuta rwe rwa Facebook uruhererekane rw’amafoto ari kumwe n’umukunzi we mu munezero na nyuma ari wenyine yabyimbiwe mu maso. Yagize ati “Sinjye wa mbere ugize icyo nshyira kuri facebook […]

Umugabo yafashwe asambana n’umugore w’abandi azengurutswa karitsiye yambaye ubusa- IREBERE AMAFOTO

Umugore we yamuteje insoreore zimuhata ikiboko

Umugabo wari wataye umugore we mu rugo yafatiwe mu kizu kitari cyuzura arimo gusambana n’umugore w’abandi ni uko ahatwa ikiboko ndetse anategekwa kuzenguruka karitsiye yose yambaye ubusa. Umugore we w’isezerano ni we wifatiye umugabo we arimo kumuca inyuma, ngo ni uko ahuruza imbaga ariko insoresore zihururana inkoni zimuha isomo. Ikinyamakuru dailyadvent gitangaza ko uwitwa Emmanuel […]

Umugore wa Gen Mudacumura yahishuye uko yamusomye bwa mbere akamara iminsi itatu atarya

Umugore wa Mudacumura watangaga ubuhamya

Umugore wa Gen Mudacumura Sylvestre umaze amezi abiri yishwe n’abasirikare kabuhariwe ba Congo, yamuvuze ibigwi anahishura amwe mu mateka yabaranze bakiri abasore n’inkumi. Lt.Gen. Mudacumura Sylvestre wari uyoboye inyeshyamba za FDLR-Foca zirwanya Leta y’u Rwanda ndetse zinagizwe na bamwe bashinjwa kuba barasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yishwe ku wa 18 Nzeri […]

Umunyarwanda Didier Munyaneza yegukanye Tour du Senegal- AMAFOTO

k2.jpg

Umunyarwanda Munyaneza w’imyaka 21 y’amavuko, yagumanye umwambaro w’umuhondo ku gace ka nyuma k’iri rushanwa ririmo kubera muri Senagal(Tour du Senegal2019). aho basiganwe 106Km bazenguruka mu mujyi wa Dakar. Munyaneza bakunda kwita MbappĂ© akinira ikipe ya Benediction Club y’i Rubavu mu Rwanda, yafashe umwambaro w’umuhondo muri iri siganwa kuva mu ntangiriro zaryo muri iki cyumweru. Uyu […]

Abaturiye ishyamba rya Kibiria ntibakirara mu ngo nyuma yo kuhabona abitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda

Abaturage bo muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke, mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Burundi, bakomeje kugaragaza ko bafite impungenge baterwa n’abavuga Ikinyarwanda bakomeje kuboneka mu ishyamba rya Kibira. Aba baturage bashimangira ko aba bantu bavuga ikinyarwanda bakambitse mu ishyamba rya Kibira, bakavuga ko bakorana n’undi mutwe w’abambaye imyenda y’igisirikare cy’u Burundi. Aba baturage bavuga ko batakirara […]

Umugabo yafatanwe ibitsina 21 by’abagore yagiye abakata akabibika iwe muri Firigo

Ni umugabo witwa Peter Frederiksen w’imyaka 63 y’amavuko wabaga muri Afurika y’Epfo, akaba akurikiranwe n’ubutabera nyuma yo gufatanwa ibice bigize imyanya ndangagitsina y’umugore yagiye abika iwe muri firigo. Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’u Bidage yafashwe muri Nzeri uyu mwaka nyuma yo gufatanwa ibi bitsina 21 by’abagore iwe mu rugo, anafatanwa ibikoresho byo kwa muganga […]

Muri salo aho umugabo wanjye nasize yicaye nahasanze udukingirizo 2 twakoreshejwe- Nkore iki?

Ubwo numvaga mfite ibitotsi nataye umugabo wanjye muri salo njya kuba niryamiye, nararyamye bigera nka saa sita ataraza kuryama, nkeka ko akirimo kureba umupira cyangwa ibindi kuri televiziyo. Yagezaho numva araje araryamye sinabyitaho ariko icyaje kuntungura ni uko nazindutse ngiye mu kazi nagera muri salo muri izo ntebe neza aho yari yicaye nkahasanga udukingirizo tubiri […]

Mu Kiyaga kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi habonwemo imirambo y’abantu

Abaturage babonye imirambo itatu ireremba mu Kiyaga cya Rweru kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi ariko ku ruhande rwabwo mu Ntara ya Kirundo. Iyi mirambi ngo ibiri ni iy’abagabo bari mu kigero cy’imyaka 30 undi ukaba uw’uruhinja, yose ikaba yari yatangiye kwangirika nubwo ba nyirayo batamenyekanye. Amakuru agera kuri RPA dukesha iyi nkuru, abaturage bo […]

Adeline Rwigara yavuze ko afite gihamya y’abashimuse musaza we, Ben Rutabana

Mukangemanyi Adeline avuga ko afite gihamya ko ibura rya musaza we, Benjamin Rutabana ryagizwemo uruhare n’abo mu ishyaka rya RNC, ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Amezi abiri ashize Ben aburiwe irengero. Kuva ku itariki 8 Nzeri 2019, nibwo umuryango we [Ben Rutabana] utongeye kumenya iby’amakuru ye ubwo yari yageze ku butaka bwa Uganda amaze […]

Tuzabicana n’abagore banyu n’abana- Ofisiye mu Burundi abwira abarwanya Leta ya Nkurunziza

Ofisiye mu gipolisi cy’u Burundi yakuye imitima abatavuga rumwe na Leta nyuma yo kubabwira ko bacizanwa n’umuryango wabo nta we usigaye. Ibi uyu muyobozi muri Polisi yabitangarije abaturage mu nama rusange yaberaga mu Ntara ya Muyinga. Komiseri wa polisi mu Burasirazuba bw’Intara ya Muyinga, Nibibogora Jerome yabwiye abaturage aya magambo yabakuye umutima mu nama yaberaga […]

Rema wabyaranye na Eddy Kenzo akaza kubona undi mukunzi yasabwe aranakobwa- AMAFOTO

a1-2.jpg

Rema Namakula uzwi ku izina rya Rema, yagaragarije umuryango we umukunzi we bagiye kubana akaramata nyuma yo kubyarana n’umuhanzi mugenzi we, Eddy Kenzo ariko urukundo rwabo ntirushinge imizi. Rema yagaragarije ababyeyi be umukunzi we, Dr. Hamza Sebunya mu muhango wabereye iwabo mu rugo. Uyu muhango wo gusaba witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Uganda birimo n’abashoramari. […]

Abapasiteri babiri bakaswe imitwe bahorwa ukwemera kwabo

Ubwo abakiristu bakorerwaga urugomo mu mujyi wa Addis-Abeba muri Ethiopie abapasiteri babiri baciwe imitwe bahorwa uku kwemera kwabo. Ikigega “Barnabas Fund” gitangaza ko abakirisito batari borohewe ubwo aba bapasiteri bacibwaga imitwe, by’umwihariko n’insengero nyinshi ngo zikaba zaratwitswe uyu mwaka. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru ichretien avuga ko abakirisito benshi bagenda bahunga umujyi wa Ginir ubarizwamo abasilamu benshi, […]

Bobi Wine ukomera Perezida Museveni agatoki ku kandi yasohotse ku rutonde rw’abantu 100 baharanira impinduka

50423403.png

Ku nshuro ya mbere ikinyamakuru The Time cyatangaje urutonde rw’abantu ijana bari guhindura ahazaza h’ubukungu, imyidagaduro, imikino, politiki, siyansi, ubuzima n’ibindi. Bobi Wine, umunyamuziki wabaye umunyapolitiki wo muri Uganda ni umwe mu bari kuri uru rutonde mu banyafurika. Iki kinyamakuru kivuga imyaka 15 ishize buri mwaka gitangaza urutonde rw’abantu 100 bavuga rikumvikana cyane ku isi […]

Umusirikare wa Uganda yafatiwe muri Dorutwari y’abakobwa yambaye ubusa akubitwa nk’iz’akabwana

Umusirikare wa Uganda yarokotse nyuma yo gufatirwa mu icumbi abakobwa b’abanyeshuri bararamo (dormitory) mu kigo cya Daystar Christian Based Secondary School giherereye mu mujyi wa Hoima muri Uganda. Geoffrey Kilama ni umusirikare wa Uganda, akaba yitabwaho n’abaganga kubera ibikomere yatewe n’abanyeshuri bamufatiye muri iri cumbi yambaye ubusa. Ikinyamakuru observer gitangaza ko ubwo yinjiragamo, abakobwa bahanahanye […]

U Burundi bwarunze abasirikare benshi n’ibitwaro biremereye ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Amakuru aturuka mu baturage b’u Burundi baturiye umupaka wabwo n’u Rwanda avuga ko hashyizwe abasirikare benshi banafite intwaro nini. Ni amakuru atangwa n’abaturage bo muri Komini Mabayi, Bukinanyana, Mugina na Rugombo, zikora ku mupaka w’u Rwanda. Bavuga ko kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru amakamyo yatunze abasirikare n’intwaro bita iziremereye zibashyira muri ibi bice bitandukanye […]

Mureke dukureho inzitizi zibuza kugera ku buringanire n’ubwuzuzanye- Mme Jeannette Kagame

Iyi nama Jeannette Kagame arimo yitabiriwe n'abasaga ibihumbi Bitandatu

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette yagaragaje ko hakwiye gukurwaho inzitizi zose zibuza uburinganire n’ubwuzuzanye kugerwaho. Ibi madamu Jeannette yabigejeje ku bitabiriye inama mpuzamahanga isuzuma ibyagezweho mu myaka 25 bijyanye n’iterambere ry’abaturage (ICPD25) ikaba yibanda ku myororokere, uburinganire n’ibyateza imbere umugore by’umwihariko iri kubera i Nairobi muri Kenya. Imyanzuro y’iyi nama yari iyobowe ahanini […]

Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda

hi.jpg

Nyuma y’inkuru imaze iminsi icicikana mu bitangazamakuru byo muri Uganda y’amafoto agaragaza ubwambure bw’umukobwa witwa Judith Laureya w’imyaka 21 y’amavuko wiga ibijyanye n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere, kuri ubu byamenyekanye ko yakozweho n’umugore mugenzi we. Ikinyamakuru xclusive gitangaza ko amafoto ya Judith yashyizwe ku Karubanda kubera ishyari ry’umugore wayabonye muri telefoni y’umugabo we. Judith Laureya […]

Pasiteri yapfiriye aho bashyinguraga umuyoboke we wari waramuhaye isezerano araryica

Pasiteri Femi Olorunsoromidayo, washinze itorero ‘Divin Mount Zion Gospel Ministry’, wari ufite imyaka 42, yafashwe n’uburwayi budasanzwe ubwo bashyinguraga umwe mu bayoboke be binamuviramo gupfa. Pasiteri Femi wari uyoboye umuhango wo gushyingura Samuel Rotim w’imyaka 78, Erusu, muri Nigeria ngo yazize kutubahiriza isezerano Samuel yamuhaye ngo kuko atarapfa yari yaramusabye ko bazamushyingura mu rugo iwe […]

Rwamugeze amajanja, biba nibura Gatatu- Umuryango wa Ben Rutabana umuvugaho

Umuryango wa Benjamin Rutabana urimo kumutabariza nyuma y’amezi abiri aburiwe irengero, wahishuye ko urupfu rumaze kumugera amajanja inshuro eshatu. Kuva ku itariki 8 Nzeri 2019, nibwo umuryango wa Benjamin [Ben Rutabana] utongeye kumenya iby’amakuru ye ubwo yari yageze ku butaka bwa Uganda amaze iminsi Ine avuye aho aba mu Bubiligi. Nyuma yo gushakisha amakuru ye […]

Uganda yahawe imirambo y’abaturage bayo babiri baherutse kurasirwa mu Rwanda- AMAFOTO

c1-3.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, itsinda ku ruhande rw’u Rwanda ryari riyobowe n’umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare mu Burasirazuba bw’u Rwanda, Mushabe Claudian David ryashyikirije Leta ya Uganda imirambo y’abaturage bayo babiri baherutse kurasirwa ku butaka bw’u Rwanda. Aba baturage ba Uganda biciwe ku butaka bw’u Rwanda ni Job Ebyarishanga w’imyaka 32 […]

Burundi: Bafite impungenge y’abavuga Ikinyarwanda bisirisimba mu ishyamba rya Kibira

Abaturage begereye ishyamba rya Kibira riherereye muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke, bavuga ko bafite impungenge y’umutekano wabo mu gihe babona abisirisimba muri iri shyamba bavuga Ikinyarwanda. Bavuga ko kuva ku itariki ya 8 Ugushyingo 2019, abantu bitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda bisirisimba muri iri shyamba rya Kibira. Nk’uko Radio RPA ibitangaza, ngo nyuma y’aho aba […]

Charlotte w’imyaka 33, arasobanura uburyo amaze imyaka 2 akora imibonano mpuzabitsina buri munsi

Umufaransakazi Charlotte w’imyaka 33 y’amavuko avuga ko amaze imyaka ibiri akorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo we, Florian. Ashimangira ko nta munsi n’umwe bigeze birenza byanashoboka bakayikora inshuro irenze imwe ku munsi. Uyu mugore avuga ko kubera iyi mibonano bakora buri munsi imyaka ibiri ikaba ishize, mu mutwe we byarangije kuba akamenyero, by’umwihariko ngo iki gikorwa kikaba […]

Ikiganiro na Ndahiro Pascal wahoze ari umuseriveri muri Minisiteri y’ingabo ya Uganda

Nyuma y’imyaka 33 akora akazi gatandukanye muri Hoteli z’abandi, umunyrwanda Ndahiro Pascal wabanje gukora muri Minisiteri y’ingabo ya Uganda ari umuseriveri, ubu yishimira intambwe agezeho mu Rwanda aho ubu amaze kugira iye ku giti cye. Pascal asobanura urugendo yanyuzemo ngo agera ku rwego agezeho ubu, avuga ko abikesha kuba inyangamugayo, gukunda akazi ndetse no gukora […]

Bafatiwe hafi y’umupaka w’u Rwanda na Congo basanganwe telefoni zirimo amabanga y’ibitero bitegurwa ku Banyamulenge

Abagabo batatu bafatiwe hafi y’umupaka w’u Rwanda, Burundi na Congo basanganwe telefoni ngendanwa zirimo amakuru ngo y’ibitero byategurwaga mu gace ka Minembwe n’ibindi bikegereye bituwe n’Abanyamulenge. Aba bagabo batatu bagaragara ku ifoto bashyizwe ku ngoyi, bafashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bakaba baraganaga mu gace kabarizwamo inyeshyamba za RED-Tabara zikomoka mu Burundi. […]

Yafatiwe ku musore bakundana yibye umwana w’amezi atatu

Shamirah Namubiru wibye umwana

Polisi ikorera mu gace ka Kabowa muri Uganda yafashe umukobwa witwa Shamirah Namubiru uzwi ku izina rya Charity w’imyaka 18, akaba ashinjwa kwiba umwana w’amezi atatu. Polisi yatangiye gushakisha uyu mwana nyuma yo guhabwa amakuru na se witwa Setumba Douglas, ku wa 09 Ugushyingo 2019. Tanizi Ssegawa ni umwana w’umuhungu, akaba afite amezi atatu, yibwe […]

Amafoto yo mu buriri, reba uko byari byifashe ku isabukuru y’amavuko ya Sheebah Karungi

a1.jpg

Sheebah Karungi, ni umuhanzikazi wo muri Uganda wizihije isabukuru ye y’imyaka 30 y’amavuko. Sheebah yavutse taliki ya 11 Ugushyingo 1989. Nk’uko yabigaragaje ku rukuta rwe rwa Instagram, uyu mukobwa wari mu munezero yagiye yitotoza amafoto atandukanye ari mu buriri, anagira ati “Urakoze Mana, isabukuru nziza kuri njye” Uyu muhanzikazi azwi ku ndirimbo zishyushya ibirori nka […]

Papa tumuheruka mu mwaka wa 2013- Umukobwa Gen Frank Rusagara

Rusagara akiri kumwe n'umuryango we

Umukobwa wa Rtd Brig-Gen Frank Rusagara, Rtd Brig-Gen Frank Rusagara avuga ko nta buryo nk’abana be babonye bwo kuba bakongera kubonana na se kuva mu mwaka wa 2013. Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara afungiye mu Rwanda, akaba ashinjwa ibyaha byo gukwirakwiza nkana ibihuha agomesha rubanda abangisha ubutegetsi, icyo gusebya Leta, akanashinjwa gutunga imbunda mu buryo […]

Umukobwa wiga muri Kaminuza ya Makerere yashyize ku Karubanda amafoto ye 50 yambaye ubusa

m1.jpg

Ni umukobwa witwa Judith Laureya w’imyaka 21 y’amavuko wiga ibijyanye n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda, yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye 50 yambaye ubusa. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda, bitangaza ko abakobwa bamaze kubigira umuco gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto yabo bambaye ubusa, ko bibafasha kumenyekana ndetse no kwifuzwa n’abagabo benshi bashobora kubasaba […]

Ntawe uyoberwa umwibye ayoberwa aho amuhishe- Mushiki wa Ben Rutabana ukeka aho ari

Mushiki wa Benjamin Rutabana, Tabitha Gwiza yasobanuye uburyo hatangijwe igikorwa cyo kumutabariza nyuma y’amezi abiri aburiwe irengero, gusa aragaragaza ko aho ari bahakeka nk’umuryango. Ben ubarizwa mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, hashize amezi abiri umurynago utaramenya irengero rye. Mu mvugo ya mushiki we, Tabitha Gwiza wagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi […]

Igice cya Gatanu: Uburyo bwo kunyaza bworoshye bunaryohera umugore waciye imyeyo

Nyuma y’ibice bine byatambutse, icya gatanu ni icyo kunyaza umugore waciye imyeyo mu yindi mvuga hari abo uzasanga bamwita uwaciye mu rubohera, uwakunnye,… byose nibuza inyito. Tugarutse inyuma, ubundi ‘kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza […]