N’ubwo atabona neza, umuhanzi Nziza yiyemeje kwigarurira abakunzi ba Gisupusupu

Amazina ye y’ubuhanzi ni Nzizi, akongeraho ko ari Nzinzi wa Nzigiye, uyu mugabo uvuga ko atabona neza, acuranga gitari n’umuduri akanaririmba, by’umwihariko akongeraho ko benshi bamenye ubwiza bw’Umuduri kubera Nsengiyumva Francois (Igisupusupu) ariko ko na we yiteguye gukora amateka. Nzinzi uvuga ko ashobora kwigarurira abafana benshi kurusha Nsengiyumva, afite itsinda ry’abacuranzi bafatanya muri uyu muziki, […]

Umugore yifuje kubyarana n’umuherwe amwiba amasohoro ayiseseka mu gitsina biramuhira

Umugore w’imyaka 40 y’amavuko, wo mu Mujyi wa Las Vegas, ari mu ntambara itoroshye n’umuherwe w’imyaka 28 y’amavuko yibye amasohoro yari yasohoreye mu gakingirizo ayisesekamo, aratwita none ubu akaba afite umwana w’imyaka Ine. Jane wari ufite imyaka 36 y’amavuko ubwo yibaga amasohoro y’umuherwe wari umaze kujugunya agakingirizo muri Pubeli yakoresheje ariko karimo amasohoro, ngo yayishyizemo […]

Umunyarwanda yafatanwe Telefoni 9 yari ashyiriye inyeshyamba muri Congo

Abagabo batatu barimo umunyarwanda bafatiwe muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwa gukorana n’umutwe w’inyeshyamba zikomoka i Burundi wa RED-Tabara. Ni abanye Congo babiri n’umunyarwanda umwe, bakaba bajyanwe n’umutwe wihariye w’igisirikare cya Congo (FARDC) i Kamanyola ku wa Kane tariki ya 8 Ugushyingo 2019, aho bahatiwe […]

Mpangayikishijwe na bariya binjira mu Kinigi bakica abantu – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, avuga ko atakoresha akayabo k’amafaranga yiruka inyuma y’umurwanyiriza mu bihugu bya kure, ahubwo ko ahangayikishijwe cyane n’abinjirira mu Majyaruguru y’igihugu bakica abantu. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuri i Kigali ku wa 8 Ugushyingo 2019, nibwo Perezida Kagame yakomoje ku bagaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’ikibazo bari bamubajije kijyanye […]

Ingabire Victoire ugambiriye kwiyamamariza kuba Perezida yitandukanije n’ishyaka FDU-Inkingi ashinga irindi

Ingabire Umuhoza Victoire uherutse gutangaza ko ko yiteguye kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2024, yeguye aranasezera mu ishyaka FDU INKINGI yari abereye umuyobozi mukuru anahita ashinga irindi shyaka ‘Umurinzi’, riharanira iterambere na Demokarasi. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radio ijwi rya Amerika, Ingabire yavuze ko yasanze FDU INKINGI itagifite intumbero y’igihe u Rwanda […]

Bwa Gatatu, Umwanzuro ku bujurire bwa Lt Joel Mutabazi warindaga Perezida Kagame wasubitswe

Urukiko rw’ubujurire i Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo,rwasubitse gutangaza umwanzuro ku bujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu, ku nshuro ya gatatu kuva mu kwezi k’Ukwakira. Mu 2014 Lt Mutabazi yakatiwe n’urukiko rwa gisirikare gufungwa burundu no kwamburwa impeta za gisirikare. Yari ahamijwe ibyaha byo gushaka kwica […]

Uyu munsi niba ushaka gushimisha umugore wawe mu buriri dore ibintu 10 ukurikiza

Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe. 1.Icya mbere ni Umwuka w’urukundo muri rusange hagati yanyu. 2.Ahantu heza umukunzi wawe yishimiye atanenga 3.Agomba kuba agukunda by’ukuri,nta kangononwa […]

Gisagara: Bafite ubwoba bw’inzoga banywa bakeka ko zishyirwamo ‘Ifumbire mvaruganda’

Abaturage bo mu karere ka Gisagara, Intara y’Amajyepfo bavuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo kubera inzoga bita iz’Ibikwangari banywa zashyizwemo isukari n’ibindi bakeka ko byabamo ivumbire mvaruganda. Aba baturage bo mu Murenge wa Mamba muri aka Karere, bavuga ko izi nzoga zifite amazina atandukanye, Igikwangari, Tsura ingutiya, Nindunyuzaha n’andi menshi. Ngo zibatera uburwayi ndetse zikanakurura urugomo. […]

Yari mubi, yaciye benshi amaguru, yica abana n’abagabo bacu- Abishimira imyaka 30 Bosco Ntaganda yakatiwe

Ibyishimo ni byose ku batuye mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’aho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC rukatiye Bosco Ntaganda igihano cy’igifungo cy’imyaka 30. Aba baturage bavuga ububi bwe, ko yishe abana, afata abagore ku ngufu, yica abagabo,… akaba yashinjwaga ibyaha 10 byamuviriyemo gukatirwa igifungo cy’imyaka 30. “Njyewe n’abandi benshi hano […]

Igice cya Kane: Uburyo bwo kunyaza abagore babyaye kenshi bakunda

Iki ni igice cya kane kirebana na pozisiyo wanyazamo umugore akanyurwa, kuri ubu tukaba tugeze ku iyo wanyazamo umugore umaze kugira imbyaro zirenze ebyiri cyangwa se esharu. Twongere tubisobanure, kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza […]

Gusiragizwa bashaka ibyangombwa by’ubutaka bibangamiye abatuye umujyi wa Kigali

Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali bavuga ko basiragizwa bashaka ibyangombwa by’ubutaka birimo kubuhererekanya bishingiye ku bugure, umurage, gutanga imisoro myinshi y’ibirarane yabwo,… Ibi ngo bikaba biterwa na serivisi mbi bahabwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze. Bamwe bavuga ko badepoza ibyangombwa bakaba bamara nk’amezi atatu batarasubizwa, ibi bakavuga ko bibagusha mu gihombo rimwe na rimwe bagacibwa amande […]

Abanyeshuri bimuriwe i Huye bavanwe muri Kaminuza ya Gitwe baratabaza

Bamwe mu banyeshuri biga ubuvuzi bimuriwe muri kaminuza y’u Rwanda ya Huye baturutse mu ya Gitwe, baratabaza Leta ngo kuko bari guhura n’amananiza y’imyigire ngo ibasubiza mu byo bize no kudafatwa kimwe n’abandi. Aba banyeshuri bigaga ubuvuzi i Gitwe, iri shami ry’ubuvuzi ryigeze guhagarikwa muri 2017 ngo kubera kutuzuza ibisabwa nk’uko icyo gihe byatangajwe. Mu […]

Impaka n’amarira mu rubanza rw’abari abayobozi mu nkambi y’impunzi ya Kiziba

Urukiko rukuru mu rugereko rwa Rusizi kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019, rwasubukuye urubanza rw’abari abayobozi b’impunzi z’abanyekongo mu Nkambi ya Kiziba, urubanza rwaranzwe n’impaka ndetse n’amarangamutima ku baturage bari mu cyumba cy’iburanisha. Abakomeje kwiregura barimo Madamu Clemence Mukeshimana wari visi Perezida w’iyo nkambi. We na bagenzi be baregwa ibyaha birimo kwigaragambya […]

Mabuja yaranyambuye anankubitira iwe, ese nihorere mutware umugabo?

Amahoro kuri mwese, nitwa Olive nkaba nari maze umwaka n’igice nkora muri Alimentation y’umukire ariko narambuwe ndanakubitwa. Muri icyo gihe cyose nagiye mpembwa nabi pe, uku kwezi nkahembwa ukundi bikanga, gusa ku ruhande rumwe mabuja akambwira ko nta mafaranga ahari kandi mbona business igenda neza. Databuja ntabwo akorera aho, yifitiye akandi kazi akunda kuhaca rimwe […]

Canada: Umunyarwanda arashinjwa kwica umuturage amuteye icyuma

Austin Simon yishwe afite imyaka 39 y'amavuko

Umunyarwanda witwa Ignace Kayiranga w’imyaka 33 y’amavuko yatawe muri yombi na Polisi yo mu Mujyi wa Ottawa ashinjwa kwicisha icyuma umuturage wo muri iki gihugu witwa Austin Simon. Ikinyamakuru ici.radio-canada.ca gitangaza ko ubu bwicanyi bwabaye Ku wa Kane w’icyumweru gishize, Austin ajombagurirwa icyuma ku muhanda wa Murray, uri mu gace ka King Edward. Iki Kinyamakuru […]

Gisozi: Ntibemerewe kubaka no kugurisha, bakavuga ko babuzwa uburenganzira ku butaka bwabo

Abaturage bo mu Mudugudu wa Nyakariba na Gashari, mu Kagari ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bafite ibibanza muri aka gace ariko nta gikorwa na kimwe bemerewe kubikoresha. Aba baturage bavuga ko batemerewe kuhubaka, ntibemerewe gusana cyangwa se kuhagurisha, ibintu bagaragaza ko ari ukubuzwa uburenganzira ku butaka […]

Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara

Nk’uko tumaze kubona uburyo bubori bwa Pozisiyo wanyarizamo umugore neza akanyurwa, ubwa gatatu ni ukuba muri pozisiyo yo kwicara. Nk’uko twari twabisobanuye, benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by’ukuri Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba […]

Impamvu 5 zitera bamwe mu bagabo kwifuza kuryamana n’abagore bafite amabere manini

Buri muntu agira ibyiyumviro bye n’aho yifuza kubiganisha bityo rero niyo mpamvu uzasanga bamwe mu bagabo bakunda kuryamana n’abagore cyangwa se abakobwa bafite amabere manini. Impamvu ya mbere: Bitewe n’uko hari abagabo bakunda konka amabere y’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, niyo mpamvu baba banifuza kuyikorana n’abafite manini cyane kurusha abafite uduto. Impamvu ya Kabiri: Hari […]

Kigali: Abize imyuga basabwe kudacikanwa n’inkunga Leta ibagenera y’ibihumbi 500

Ndahiro Pascal yasabye uru rubyiruko kuzaba ba rwiyemezamirimo beza

Mu muhango wabaye ku wa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2019, wo guha impamyabushobozi abanyeshuri 40 basoje amasomo yabo mu birebana na mekanike no gutera imodoka amarange, basabwe kudacikanwa n’inkunga itangwa n’Ikigega gifasha imishinga mito n’iciriritse BDF . Ni abanyeshuri bamaze amezi ane bigishwa gukanika ibinyabiziga ndetse no kubitera amarange, mu igaraje “Ameco Garage LTD” […]

Abari abayobozi b’Uturere twa Kicukiro na Burera bagizwe Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Intara

Ashingiye ku itegeko No14/2013 ryo kuwa 25/03/2013 rigena imitunganyirize n’imikorere by’Intara cyane cyane mu ngingo yaryo ya 12; Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Ugushyingo 2019, yashyizeho Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Intara mu buryo bukurikira: Dr. Nyirahabimana Jeanne (wari Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro), yagizwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburasirazuba. Uwambajemariya Florence (wari […]

Nzaba Mudahusha ku ruhembe muntumye kurasaniraho- Bamporiki abwira Perezida Kagame

Bamporiki Edouard wari Umukuru w’Itorero ry’igihugu yashimiye umukuru w’Igihugu, Paul Kagame wamuhinduriye imirimo akamugira Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco. Ashingiye ku biteganywa n’itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2019 nibwo Perezida wa Repubulika yashyize Bamporiki kuri […]

Abakomando batanu ba FDLR bafashwe mpiri

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gitangaza ko cyafashe abarwanyi b’inyeshyamba za FDLR b’abakomando hamwe n’intwaro zabo. Ni abarwanyi batanu, bakaba barafatiwe mu gace ka Nyangezi, Teritwari ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Operasiyo Sukola 2, muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, capitaine Dieudonné Kasereka ngo izi nyeshyamba […]

Uburyo bwa Kabiri: Kunyaza ukoresheje urutoki

Nyuma y’inyigisho z’ejo aho twavugaga ku Kunyaza umugore ahagaze, ubu noneho reka tuvuge ku kunyaza umugore ukoresheje urutoki. Nk’uko twari twabisobanuye, benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by’ukuri Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe […]

Papa na mama bari abakomando, njyewe mvuka ndi uw’akataraboneka- Barafinda Sekikubo

Barafinda Sekikubo Fred, umugabo w’imyaka 49 y’amavuko, wamenyekanye cyane mu mwaka wa 2017 ubwo yashakaga kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu ariko ntibyamukundira kubera kutuzuza ibyasabwaga, kuri ubu avuga ko agifite inzozi zo kuzayobora u Rwanda. Uyu mugabo bamwe bafata nk’umunyarwenya, avuga ko politiki imuri mu maraso by’umwihariko ko n’ababyeyi be bari abakomando. Ni mu kiganiro […]

Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?

Muraho neza! Nitwa Annet nkaba ndi umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko, mama ni umucuruzi, data akaba afunze. Kugeza ubu mfite icyo nshaka kubagishaho inama kuko namaze kumenya ko Mama yaryamanye n’umusore ubu dukundana. Uyu musore yakoze iwacu ari umushoferi wa Papa, aho afungiwe yakomeje akazi ariko aragahindurirwa biza no kurangira akavuyeho burundu ajya gukora ahandi. Mama […]

Dore ibyo ugomba kwitondera mu gutera akabariro ‘Ukanyaza umugore ahagaze’

Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo. Uyu munsi tugarutse ku ‘Gutera akabariro ariko unyaza umugore’, ese iyo tuvuze kunyaza niko twese tubyumva ? bikorwa bite? […]

Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?

Hari indirimbo nakunze kumva kenshi ya karahanyuze ivuga ngo ‘Urushako ruragwira ariko narabyiboneye. Rwose ubu umugore ntashobora kunyirebera mu buriri ngo ngomba gutegereza amezi atandatu agashira. Nitwa Rukundo, umugore wanjye tumaranye imyaka igera muri Ine ariko dufitanye umwana umwe, ubu hashize amezi abiri mpendahenda ariko ndabona nta mpinduka. Avuga ko adashaka gukora iyi mibonano, namubaza […]

Urujijo ku bivugwa ko jenerali uzwi nka Ndakugarika yagizwe umuyobozi w’ubutasi bw’u Burundi

new_picture_5_.jpg

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo amakuru yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu binyamakuru bitandukanye ko Gen. Etienne Ntakirutimana wari umaze igihe ayobora urwego rw’ubutasi bw’u Burundi yasimbujwe Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, kuri ubu benshi akaba akomeje kubateza urujijo Iyi nkuru benshi batangiye kuyitangaza nyuma yo kuyibona ku rubuga rwa Perezidansi y’u […]

Dore ibanga rizagufasha kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina kimwe n’uwo muyikorana

Gukora imibonano mpuzabitsina ukaryoherwa cyangwa se ukanashimisha uwo muyikorana mbere na mbese bisaba kubanza kuyitegura ariko hakaba hari bimwe by’ingenzi uzirinda. Irinde kunywa inzoga n’itabi: ugomba kwirinda inzoga n’itabi niba wifuza gukora neza imibonano mpuzabitsina. Ubushakashatsi bwerekana ko inzoga cyangwa itabi bibuza igitsinagabo gufata umurego kimwe no kugabanya intangangabo mu mubiri. Aho kunywa inzoga, wakwinywera […]

Abaturage bareke kuba abafatanyacyaha n’ababahemukira- Ingabire Immaculée

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda), uvuga ko bamwe mu nzego z’ibanze batungwa agatoki mu kwaka abaturage ruswa, bakagura serivisi bagaherewe ubuntu, bityo abo mu Karere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo bakaba basabwa gutanga amakuru arebana nayo aho kuba abafatanyacyaha. N’ubwo aba baturage bavuga ko bazi ko gutanga ruswa bibangamira ireme rusange ry’imibereho […]

AMAFOTO: Umuhango wo gusezera kuri Hon. Ndahiro Logan uherutse kwitaba Imana

l5.jpg

Umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Hon. Ndahiro Logan, wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite akaza kugwa mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 30 Ukwakira 2019, wahereye iwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, ukomereza mu Nteko Nshingamategeko. Kumusezeraho mu rugo i Kibagabaga Umuhango wakomereje mu Nteko […]

Umusore twari tugiye kubana namenye ko yabyaranye n’abagore batandatu-Nkore iki?

Muraho, Nitwa Nadine nkaba ndi umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko witeguraga gushyingirwa mu kwezi kwa Kabiri umwaka utaha, ariko namenye ko uwo nitaga umusore dukundana afite abana batandatu yabyaranye n’abagore batandukanye. Mu by’ukuri twamenyanye kubera akazi twari duhuriyeho, dukundana gutyo ku buryo yanyerekaga urukundo rudasanzwe kandi nanjye mufata nk’umusore wiyubaha kandi ufite urukundo. Gusa yakunze kumbwira […]

Nyagatare: Min. Shyaka yasabye abayobozi gukorera abaturage nta ‘mugeri n’inkoni’

Aba baturage bakubiswe na gitifu afatanije n'umuyobozi wa Dasso

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase yasabye abayobozi bo mu Karere ka Nyagatare, kuyobora neza abaturage, uwafatiwe mu makosa agashyikirizwa ubutabera aho kuba yakubitwa. Yabibatangarije kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Ugushyingo 2019, ubwo yifatanyaga nabo kuva ku rwego rw’akarere kugera ku rw’umudugudu barenga 1 300, mu nama mpuzabikorwa ifite insanganyamatsiko igira iti “Umuturage […]

Ibanga FARDC yakoresheje ikica Gen. Mudacumura ngo niryo rizayifasha guhashya n’abasigaye

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gén. Léon Richard Kasonga Tshibangu, avuga ko bafite ubushobozi bwo kugaba ibitero bagahashya imitwe y’inyeshyamba ziri muri iki gihugu bitabaye ngombwa kwiyambaza amahanga. Gén. Léon Richard Kasonga asobanura ubushobozi bw’ingabo za Congo (FARDC) yatanze urugero rw’igitero zagabye ku nyeshyamba za FDLR zikica Gen Mudacumura Sylvestre wari uziyoboye, […]

Umugabo yiyahuye yikase igitsina nyuma yo gusanga umugore we asambana n’umukire

Ni umugabo witwa Joseph Umoren wo muri Leta ya Akwa Ibom, iherereye mu Burasirazuba bw’Amajyepfo ya Nigeria, akaba yasanze umugabo w’umukiro arimo gusambana n’umugore we, bimurenze yikata igitsina mbere y’uko yimanika mu mugozi. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru africanews, ngo Joseph yari asanzwe azwi nk’umukanishi, umugore we akaba yakoraga muri kompani y’imodoka zitwara imizigo. Uyu mugabo Joseph […]

Bujumbura: Abitwaje intwaro bahagabye igitero

Ni abantu bari bambaye imyenda ya gisivile bagaba igitero mu kabari gaherereye mu gace ka Rohero, mu Mujyi wa Bujumbura. Bitangazwa ko abantu batatu bahaburiye ubuzima abandi barakomereka. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo 2019, ahagana saa tatu z’ijoro (21:00), abakigabye bakaba bari mu modoka yo mu bwoko […]

Rasta Adjobalove uba mu Rwanda avuga ko yambuwe imbunda ye- Video

Nduwimana Adjobalove Ismail ni umuhanzi w’umurasita wavukuye i Burundi ariko uba akaba aba mu Rwanda nk’impunzi, avuga ko afite umubabaro n’agahinda yatewe no kwamburwa ibikoresho bye bya muzika agereranya n’imbunda y’umusirikare ku rugamba. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv, uyu muhanzi ashima Leta y’u Rwanda uburyo ifata neza impunzi, ati “Bamwe ntibajya bemera ko […]

Kigali: Umugore na basaza be bagejejwe mu rukiko bashinjwa gufatanya kwica umugabo we

Mukamazimpaka Shanita (hagati) na basaza be babiri

Umugore witwa Mukamazimpaka Shanita na basaza be babiri, Kamayirese Janvier na Habimana Francois bagejejwe mu rukiko bashinjwa icyaha cy’ubufatanyacyaha mu kwica Callixte Ndahimana wari umugabo wa Shanita. Ni iburanisha ryabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Ugushyingo 2019, mu ruhame mu kibuga cy’umupira giherereye iruhande rw’Umurenge wa Kinyinga, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. Umucamanza […]

Abatuye Mont Kigali basizwe mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda bavuga ko baryama batizeye kuramuka- REBA VIDEO

Ni abaturage bo mu tugari twa Ruliba na Kigali, mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bahangayikishijwe n’iyi mvura nyinshi irimo kugwa ko inzu babamo zishobora kuzabagwa hejuru nyuma y’aho zangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Ruliba-Karama-Nyamirambo. Bavuga ko ubwo mu kwezi kwa Gatandatu haturitswaga intambi, hamenwa urutare rwa Semafigi rwari ku […]

Rulindo: Abarema isoko rya Rwahi babangamiwe n’uko ritagira ubwiherero

Abakorera n’abarema isoko rya Rwahi riri mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo, bavuga ko babangamiwe n’uko ritagira ubwiherero rusange, bityo bakaba bahangayikishinjwe n’isuku iharangwa. Aba baturage bavuga ko hari abihagarika aho babonye, abashaka kwituma bagatira ubwirerero abahaturiye, ibyo bakabona ko bibangamye. Umwe mu bahakorera yagize ati “Ni ikibazo gikomereye buri wese, ntabwo gikomereye […]

Seburakeye Jean washinjwe kuba intasi y’u Rwanda yafungiwe i Burundi

Ku cyumweru tariki ya 20 Ukwakira 2019, umunyarwanda witwa Seburakeye Jean w’imyaka 61 y’amavuko yatawe muri yombi mu Burundi ashinjwa kuba intasi y’u Rwanda. Seburakeye yafatiwe mu mujyi wa Gitega, akaba yarajyanwe gufungirwa muri kasho y’urwego rushinzwe ubutasi i Gitega. Umwe mu baturage babonye Seburakeye afatwa yatangarije sosmedias/Burundi ko Jean yafashwe afite indangamuntu y’u Burundi […]

Nkombo: Bavuga ko batangiye kwigishwa ‘kuboneza urubyaro’ amazi yararenze inkombe

Abatuye ku Kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba, bavuga ko bahangayikishijwe n’imibereho yabo, aho imiryango imwe n’imwe ngo ibasha kurya rimwe ku munsi, ibyo ngo bikaba biterwa n’umubare munini w’abagize umuryango. Aba baturage bavuga ko ibyo kuboneza urubyaro batangiye kubyigishwa n’ubundi baramaze kubyara abana benshi, aho usanga urugo rumwe rufite abana barindwi, […]

Mimi warize APR FC yatsinzwe yavuze kuri Sugira Ernest n’amabara agize ikariso yambara

Umufana w’ikipe ya APR FC, Ufitamahoro Annet uzwi ku izina rya Mimi cyangwa se Mama Shema, avuga ko igikombe cya shampiyona cy’uyu mwaka ari icyabo. Uyu mufana ukomeye w’iyi kipe benshi bamumenye cyane mu itangazamakuru ubwo ikipe ya APR FC yatsindwaga na Sunrise i Nyagatere muri Mutarama uyu mwaka. Hari ku mukino w’umunsi wa karindwi […]

Min.Busingye yakebuye abakobwa bahishira ababateye inda

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston, avuga ko gutanga amakuru ariyo nzira nziza yatuma uwahohotewe afashwa n’inzego zishinzwe kumurengera, bityo akaba akebura abakobwa baterwa inda bagasubira inyuma bagahishira abazibateye. Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 30 Ukwakira 2019, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kugaragaza ibyagezweho mu kwimakaza ihame […]

Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo naguye mu kantu, ikimwaro kiramfata nzi ko ibyange birangiye pe, muri make nta kizere nari mfite cyo gukomeza kubana n’umugabo wanjye gusa naje gutungurwa n’ibyo nabonye. Bwari bwo bwa mbere nari nsohokanye n’umugabo runaka muri hoteli, nababajwe n’uko nahise mfatwa, yewe n’imyaka maze mbana n’uwanjye nta munsi n’umwe yigeze agira […]

Loni yasabye Perezida Nkurunziza kutazisubiraho ku ijambo yivugiye ko ataziyamamaza

Umuryango w’abibumbye uvuga ko mu Burundi umwuka mubi wa politiki ukomeza kuba mubi, ugasaba Perezida Nkurunziza w’iki gihugu kutazisubiraho ku ijambo yavuzeko ataziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2020. Muri raporo y’amezi atatu ashize ku Burundi yashyizwe hanze n’uyu muryango, umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres, yavuze ko biri uko mu gihe ibiganiro bihuza […]

Bujumbura: Umunyeshuri yishwe n’inkoni yakubiswe na mwarimu

Umunyeshure witwa Chadia Nishimwe yapfuye kubera inkoni yakubiswe n’umwarimu we mu Mujyi wa Bujumbura. Inkoni zatumye abura ubuzima akaba yazikubiswe mu mugongo no mu bitugu. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye,ngo uyu munyeshuri yakubitiwe muri zone ya Kinama ku ishuri ryo muri karitiye ya Carama. Ubuyobozi bw’iryo shuri bukaba bwatangaje ko uwo mwana yari afite ubundi burwayi […]

Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona yasezeranye n’umukunzi we w’umuganga= REBA VIDEO

Epimake afashe ku idarapo arahirira kubana na Vestine byemewe n'amategeko

Umuhanzi Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona amaranye imyaka igera kuri 27, ku wa 25 Ukwakira 2019, yasezeranye n’umukunzi we, Mutuyimana Vestine urimo gusoza amasomo ye mu by’ubuganga. Mu kiganiro bombi bagiranye na Bwiza Tv, bavuga ko basezeranye imbere y’amategeko bamaze imyaka itatu bakundana kandi bakaba banitegura kuzasezerana imbere y’Imana mu kwezi kwa 12. Imbere […]

Barishwe cyangwa se bacyurwa mu Burundi ku ngufu- Impunzi zibaza ku zaburiwe irengero

Bamwe mu mpunzi z’u Burundi zibarizwa mu nkambi muri Tanzania bavuga ko bafite impungenge nyuma y’aho bagenzi babo baburiwe irengero. Izi mpunzi zivuga ko hashize icyumweru bane muri bo babuze mu nkambi ya Nduta, ubu bakaba bafite impungenge z’uko baba barishwe cyangwa bagacyurwa mu Burundi ku ngufu. Nk’uko bagiye babitangariza sosmedias/ Burundi, ngo aba bantu […]

Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?

Umugabo wanjye tumaranye umwaka n’amezi atanu tubana, ariko kugeza n’ubu ntabwo nari nasama, dutegereje umugambi w’Imana. Mbese nta kibazo twari dufitanye, gusa hari umunsi nibuka twari mu rugo ashaka kunyereka ko ntamuryohera ku buriri ndetse ko yaba ari njyewe ufite ikibazo cyo kutabyara kandi abaganga baratubwiye ko twese nta kibazo dufite, bityo nanjye ndarikocora. Yari […]

Ibintu 10 wamenya kuri Denise Nyakeru, umugore wa Felix Tshisekedi

denis_nyakeru_r1-768x512.jpg

Ni kenshi usanga amateka y’abafasha b’abakuru b’ibihugu atamenywa mbere y’uko abagabo babo bafata ubutegetsi, bamara kubugeraho agacukumburwa kugera no mu bwana rimwe na rimwe ba nyiri ubwite bari barayibagiwe. Nyuma y’igihe gito Felix Tshisekedi atowe n’abaturage na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’umukuru w’igihugu, nibwo n’amwe mu mateka y’umugore we yatangiye kumenyekana. Dore ibintu 10 […]

Biravugwa ko umugore wa Patrick Karegeya yitandukanyije na RNC irwanya Leta y’u Rwanda

Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana mu binyamakuru n’imbuga nkoranyambaga ko hari umwuka utari mwiza mu ihuriro nyarwanda rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, ubu ikirimo kuvugwa ni uko Lea karegeya, umupfakazi wa Karegeya Patrick yaba yarivuyemo. Izi nkundura zitangiye nyuma y’ibura rya Benjamin Tutabana benshi bazi ku izina ry’ubuhanzi rya Ben Rutabana, wavuye […]

Pasiteri yarongoreye rimwe abagore batatu

pas.jpg

Umupasiteri wo mu Mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Zigabe Cirhuza yakoze agashya ko gusezerana n’abagore batatu. Uyu mupasiteri yasezeraniye mu itorero abereye umushumba, akaba agaragara mu ikositimu imbere ishati y’umweru na karivati n’urukweto rw’ingozi. Aba bagore batatu yashyingiwe, bose bakaba bari bambaye amavara,abari hagati nk’umugabo wabo. Nk’uko bamwe bagiye bagaruka kuri […]

Aba FDLR nta roho bagira, barica bakanafata ku ngufu nta mpuhwe- Désiré Ngabo

Umuvugizi w’inyeshyamba NDC-R (Nduma defense of Congo Rénové), Désiré Ngabo Kisuba avuga ko ineza inyeshyamba za FDLR zagiriwe n’abaturage ba Congo atariyo zabituye. Ashimangira ko izi nyeshyamba ubwo zageraga muri Zaire, ubu akaba ari Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zakiriwe neza, nyuma zikaba zarituye abaturage kubica n’ibindi bikorwa bibangamira umutekano wabo. Aganira n’ikinyamakuru Actualitecd, Désiré […]

Ndi mwiza, ariko abana mbyara umugabo ntabishimira avuga ko basa na sekuru-Nkore iki?

Nitwa Jeannette nkaba ntuye muri Kigali, umugabo wanjye si inzobe si n’igikara, muri make afite umubiri uvangiye, gusa ntabwo yishimira uko abana mbyara basa. Njyewe ndi inzobe, nubwo maze kubyara kabiri nkiri inkumi abasore barandwaniraga pe, kandi n’ubungubu nta kibazo mfite. Reka mvuge ko ndi umugore w’igishongore. Nkunda abana banjye cyane, gusa umugabo wanjye yararikocoye […]

Abasirikare b’u Burundi barataka inzara nyuma yo kumara amezi 10 badahembwa

Abasirikare b’u Burundi bo muri Batayo na Kane y’abari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique (Munusca) bavuga ko bamaze amezi asaga umunani badahabwa imishahara yabo. Aba basirikare bo muri Batayo ya Kane ya Munusca, babarirwa muri 700 bamwe bakaba barasoje ubutumwa bwabo bwo kugarura amahoro muri Nyakanga 2019. Aba basirikare bari mu matsinda atatu, bakaba basaba […]