Rtd Maj.Mudathiru Habib yashimye Military Police imwitaho mu burwayi bwe

Abantu 25 bafatiwe muri Congo Kinshasa bivugwa ko ari abarwanyi b’inyeshyamba zo mu mutwe wa P5 ushamikiye kuri RNC irwanya Leta y’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ukwakira 2019, urukiko rwa gisirikare mu Mujyi wa Kigali rwabakatiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ku ruhande rwabaregwa 25, basabaga ko barekurwa bakazajya baburana bidegembya. Gusa […]
Troy ushinjwa kwica Mowzey Radio urukiko rwamuhamije icyaha
Urukiko muri Uganda rwahamije Godfrey Wamala uzwi nka Troy icyaha cyo kwica umuhanzi Moses Sekibogo wari uzwi nka Mowzey Radio. Mowzey Radio yapfuye umwaka ushize nyuma yo gukubitirwa mu kabiri mu mujyi wa Kampala. Urupfu rwe rwababaje cyane abakunzi ba muzika ya Radio& Weasle. Bwana Wamala yashinjwaga gukubita Mowzey agamije kwica. Umucamanza w’urukiko rukuru Jane […]
Kigali: Habonetse umukecuru ushobora kugarura amafaranga, Imodoka, Moto, Televiziyo n’ibindi byibwe
Ni umukecuru witwa Nyirasafari Patricie, atuye mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali, akaba ari umuvuzi gakondo. Ahamya ko iyo umuntu akimara kwibwa akamugana amufasha kugaruza ibye byari byibwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza Tv, avuga ko ari byinshi yagiye agaruza, aho ngo yagaruje Miliyoni 16 z’amafaranga y’amanyarwanda abajura bari bibye umucuruzi […]
Rurageretse hagati ya Leta y’u Burundi n’Abadivantisiti iherutse gukubitira mu rusengero
Pastor Lamec Barishinga umuyobozi w’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi mu Burundi yafunzwe mu cyumweru gishize nk’uko abayobora iri torero ku isi no mu Burundi babivuga. Ubuyobozi bw’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi mu Burundi burimo ibice bibiri, igice gifite ibyangombwa bitagwa n’ubutegetsi bw’igihugu n’igice cyemewe n’ubuyobozi bw’iri torero ku isi. Lamec Barishinga wafunzwe, yemewe n’itorero ku […]
Uganda: Umugore yarongoye abagabo batatu bose bakaba babana mu nzu imwe
Ann Grace Aguti w’imyaka 36 y’amavuko yashyingiranwe n’abagabo batatu mu gace ka Amugagara, Kumel (Mukura sub-county), bose bakaba babana mu nzu imwe y’uyu mugore. Aba bagabo batatu: Richard Alich, John Peter Oluka na Michael Enyaku batangarije ikinyamakuru Sundayvison ko nta kibazo bafite kuba bararongowe n’umugore bakaba banabana mu nzu imwe. Batangarije iki kinyamakuru ko amabwiriza […]
Inyeshyamba za NDR zifite impungenge zo kuba zashyira intwaro hasi FDLR ikiri ku butaka bwa Congo
Inyeshyamba za NDC-R (Nduma defense of Congo Rénové), zitangaza ko bigoye kuri zo gushyira intwaro hasi mu gihe iza FDLR zikomoka mu Rwanda zikigaragara ku butakabwa Congo. Izi nyeshyamba zitangaza ko zifite ubushake bwo gushyira intwaro hasi zikava no mu mashyamba nyuma y’ubusabe bwa Perezida Felix Tshisekedi usaba imitwe y’inyeshyamba yose gushyira intwaro hasi, gusa […]
Icyo Gen. Kasonga avuga ku makuru yavugaga ko ingabo z’u Rwanda, Burundi na Uganda zigiye kurwana muri Congo
Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gén. Léon Kasonga yanyomoje amakuru yavugaga ko ingabo z’u Rwanda, Burundi na Uganda zigiye kujya muri Congo gutera ingabo mu bitugu iz’iki gihugu mu rugamba rwo guhangana n’inyeshyamba. Aya makuru dukesha Radio Okapi, atangajwe nyuma y’inama yabereye i Goma yahuje abayobozi bakuru mu ngabo z’ibihugu bitanu byo […]
Umugabo wibye yahanishijwe gucibwa intoki
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Amnesty International wamaganye abategetsi ba Irani kubera guca intoki umugabo wahamwe n’icyaha cyo kwiba. Amnesty International yavuze ko uko guca intoki uwo mugabo, byakorewe muri gereza yo mu ntara ya Mazandaran yo mu majyaruguru y’igihugu, ari “iyicarubozo rirenze ukwemera”. Abategetsi ba Irani bavuze ko uwo mugabo yahamwe n’ibyaha 28 by’ubujura. […]
Rusizi: Bane bashinjwa gukorana na FLN na MRCD beretswe abaturage hamwe n’intwaro zabo

Mu gitondo cyo kuri Iki Cyumweru tariki ya 27 Ukwakira 2019, inzego z’umutekano zeretse abaturage abagabo bane bafashwe hamwe n’intwaro bakoreshaga mu bikorwa byo guhungabanya umutekano mu Karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba. Ni abagabo bane, bafatiwe mu bikorwa byo guhungabanya umutekano mu Karere ka Rusizi birimo gerenade ngo iherutse guterwa ku rya 3 mu Mujyi […]
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Muraho neza, ndi umusore w’imyaka 26 nkaba maze imyaka itatu ntwara umukirekazi, tuva mu rugo mu gitondo akirirwa muri business hirya no hino nkamucyura nijoro. Iyo urebye usanga imyaka ya databuja ari myinshi cyane kurusha iya mabuja, kuko ni umugore yashatse wa kabiri, uwa mbere sinzi niba yaritabye Imana cyangwa baratandukanye, ibyo ntabyo nzi. Gusa […]
Ibura rya Ben Rutabana riviriyemo umuvugizi wa RNC kwegura
Jean Paul Turayishimiye wari Umuvugizi wa RNC akaba yarashinzwe n’urwego rw’iperereza muri RNC yeguye ku mirimo ye nyuma y’amakuru y’ibura rya Benjamin Rutabana. Ni amakuru yatangiye gucicikana ku wa Gatanu tariki ya 25 Ukwakira 2019, ko uwari Umuvugizi w’iri huriro akaba yari anashinzwe iperereza muri RNC yamaze gusezera mu iri ihuriro ndetse no ku nshingano […]
Bukinanyana & Murwi: Igisirikare cyakozanyijeho n’inyeshyamba 13 bahasiga ubuzima
Kuva ku wa Gatanu tariki ya 25 Ukwakira 2019, urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu bice bitandukanye bya komini Murwi na Bukinanyana, zo mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi. Abatuye muri utu duce batangaza ko babonye abantu bitwaje intwaro baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakozanyaho n’abasirikare ba Leta bo muri batayo ya 112 y’abakomando bashinzwe […]
Ku munsi ndyamana n’abagabo 10- Chantal utuye mu mujyi wa Kigali
Umukobwa witwa Chantal utuye mu Mudugudu wa Nyagakoki, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara mu Mujyi wa Kigali, avuga ko akora uburaya, by’umwihariko ko ku munsi umwe ashobora kwakira abagabo batanu. Avuga ko hari igihe abagabo baboneka, ati “Baraboneka” abajijwe nk’abo yakwakira ku munsi, ati “Nk’abagabo 10, eh icumi ndabahaza, iyo uryoshye urabahaza”. Uyu mugore […]
Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n’uwamukangishije icyuma
Umusore w’imyaka 25 y’amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n’icyuma yarafite mu ntoki. Umukobwa w’imyaka 21 y’amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu […]
Abahagarariye ingabo zo mu bihugu Bitanu birimo n’u Rwanda bateraniye i Goma

Kuva ku wa 24 Ukwakira 2019, inama y’umutekano y’abayobozi bakuru mu ngabo zo mu bihugu bitanu byo mu Karere, bateraniye i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagamijwe guhuriza hamwe imbaraga ngo haboneke umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu ndetse no mu karere muri rusange. Umuvugizi w’Ingabo za Congo, Général Léon Richard Kasanga abazwa n’abanyamakuru […]
Umugore wa Gen. Mudacumura uherutse kwicwa yari yaramutaye abyarana n’umuzungu
Nyuma y’ukwezi kumwe Lt Gen Mudacumura Sylvestre wari umuyobozi w’inyeshyamba za FDLR yishwe, kuri ubu byamenyekanye ko umugore we yari yaramutaye atwarwa n’umuzungu. Ibyo gutandukana kwa Mudacumura n’umugore we byamenyekanye nyuma y’aho uyu mugore asohoreye itangazo asabira uyu mugabo we misa. Lt.Col Mudacumura Sylvestre wari uyoboye izi nyeshyamba za FDLR zirwanya Leta y’u Rwanda ndetse […]
Ahiciwe inyeshyamba 14 hanatoraguwe umurambo w’umupolisi w’u Burundi
Umurambo w’umupolisi wabonwe ku nkengero z’ishyamba kimeza rya Kibira, ku musozi wa Mpishi nyuma yo gukozanyaho n’inyeshyamba. Ni umurambo wabonwe ku wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira 2019, kuri uyu musozi wa Mpishi, mur Komini Musigati, Intara ya Bubanza, ku nkengero z’ishyamba Kimeza rya Kibira. Amakuru aturuka mu gipolisi cy’u Burundi avuga ko habayeho ukurasana […]
Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku ‘gusindira mu ruhame’ ko ari icyaha
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyirumu mu […]
Mabukwe yifuza ko mbyara abana 9 bagasimbura abo yarafite bakitaba Imana- Nkore iki?
Ndagisha inama, ndi umugore ubyaye kabiri ariko ubu ntabwo mbanye neza na mabukwe kubera ko ansaba ibitanyoroheye. Mu bisanzwe mfite umugabo, nkaba umubyeyi w’abana babiri, njyewe n’umugabo wanjye tujya kubana twari twarateganije ko tuzabyara abana batatu, ariko ubu mabukwe yifuza ko twabyara abana icyenda. Kwa databukwe bari barabyaye abana 11, ubu abariho ni babiri gusa, […]
APR FC bwahanishije Sugira Erneste amezi abiri adakandagiza ikirenge mu kibuga

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika rutahizamu Sugira Ernest amezi abiri adakinira ikipe y’ingabo z’igihugu, nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje haba ku mukino wa mbere wa Shampiyona y’u Rwanda 2019-20 wahuje AS Kigali yakirigamo APR FC, ndetse no mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’umukino wo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma ya […]
Umugore wa Perezida Nkurunziza wari usanzwe ari pasiteri yinjiye no muri muzika
Denise Nkurunziza, umufasha wa Perezida Nkurunziza Pierre w’u Burundi, yasohoye indirimbo igaruka ku mibanire y’abashakanye. Amazina ye nyakuri ni Bucumi Denise, ni umubyeyi benshi baziho kwita cyane ku bana akanakunda gusenga, akaba ari n’umushumba mu itorero…. [Reverand Pasteru Denise Nkurunziza]. Indirimbo ye igaragagaza amashusho yatangiye guhanwahanwa ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatatu tariki ya […]
Kigali: Leo Mugesera yanze kuburanishwa n'umucamanza avuga ko amwanga
Mu rukiko rw’ubujurire i Kigali, Leon Mugesera yavuze ko umwe mu bacamanza b’urukiko rw’ubujurire amwanga bityo atagomba kuba mu bamuburanisha, ibi byatumye urubanza rusubikwa. Ubwo bari bamuhaye ijambo ngo asubanure ubujurire bwe, Leon Mugesera yasabye ibintu bibi; kumenya amazina y’abamuburanisha no kwemererwa kuburana yicaye kubera uburwayi. Yemerewe kuburana yicaye, ariko umucamanza amubwira ko atari ngombwa […]
Hamenyekanye abagambaniye Gen Mudacumura uherutse kwicwa
Raporo yigenga y’akanama k’indwanyi zo mu mutwe wa FDLR, igaragaza ko Gen Mudacumura Sylvestre uherutse kwica n’abasirikare kabuhariwe b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Hibou Special Force), yagambaniwe na bagenzi be. Abashyirwa mu majwi ni Gen Bgde Busogo, Col Nyembo na Col.Ruhinda bakaba ari abayobozi muri FDLR, bityo ngo hakaba bimwe batahuzagaho na Gen Mudacumura. […]
Burundi: Abademobe n’Imbonerakure bahawe imbunda mu gihe havugwa umwuka mubi mu gisirikare
Abademobe hamwe n’Urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, bo muri Komini Buganda, Rugombo na Murwi, mu Ntara ya Cibitoke bahawe imbunda mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 19 na 20 Ukwakira 2019. Ibi bibaye mu gihe hamaze iminsi havugwa umwuka mubi mu gisirikare. Amakuru avuga ko ari ukuriye abademobe mu Ntara […]
Umugore wa Ben Rutabana yagize icyo avuga ku bucuti avugwaho kugirana na Gen Kandiho Abel
Mu gihe umufasha wa Benjamin Rutabana akomeje gushakisha irengero ry’umugabo we ndetse bikanavugwa ko haba hari abakomeye mu gisirikare cya Uganda barimo kubimufashamo, yahakanye iby’ubwo bucuti. Ku bwe, Madamu Rutababa avuga ko hashize igihe gito amumenyeye mu binyamakuru, ati “Uretse no kuvuga ubucuti iri zina ry’uyu mugabo Abel Kandiho nta n’icyumweru gishize ndiboneye ku mbuga […]
Bobi Wine yatutse Perezida Museveni aramwandagaza
Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine yatutse Perezida Museveni, amushinja kuba umwanzi w’igihugu. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Depite Robert Kyagulanyi yatutse Museveni ubwo yamusubizaga mu gihe na we yari yamwibasiye amwita umwanzi w’iterambere rya Uganda. Museveni yari yagize ati “Yagiye muri Amerika (Wine) ashishikariza abashoramari kutaza muri Uganda kuzihashora, […]
Dr Leon Mugesera agiye kongera kugaragara mu rukiko
Tariki ya 21 z’uku kwezi kwa Cumi ni bwo byitezwe ko Bwana Leon Mugesera agezwa imbere y’umucamanza aburana urubanza rwe mu bujurire. Araregwa ibyaha bitanu bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu. Bishingira ku ijambo yavugiye muri mitingi yo ku Kabaya mu 1992. Ni ijambo ahakana ariko ubutabera bukarifata nk’ijambo ‘Rutwitsi’ ryagize ingaruka mbi kuko ngo yakanguriye abahutu […]
Museveni avuga ko Bobi Wine yashoje intambara kuri Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine utavuga rumwe na Leta, yashoje intambara ku gihugu Depite Robert Kyagulanyi benshi bari bamuzi nk’umuhanzi akoresha izina rya Bobi Wine, nyuma yaje kwinjira muri politiki ndetse anatorerwa kuba umudepite. Kugeza ubu uyu munyapolitiki w’umunyamuziki akaba ashimangira ko […]
Umufasha wa Ben Rutabana yahakanye iby'ibaruwa yitiriwe
Umufasha wa Benjamin Rutabana yahakanye ibaruwa imaze iminsi icicikana mu binyamakuru n’imbuga nkoranyambaga, bivugwa ko ari we wayanditse nyuma y’aho umugabo we aburiwe irengero. Diane Rutabana ni umufasha w’umuhanzi Benjamin Rutabana (Ben Rutabana), ibaruwa avuga ko yamwitiriwe yatangiye gukwirakwizwa mu ntangiriro z’uku kwezi, bivugwa ko ari we wayandikiye ihuriro RNC n’izindi nzego zirimo iza Uganda […]
Libya: Impunzi zirimo kwigaragambya nyuma yaho zimwe zemerewe kwakirwa n'u Rwanda
Bamwe mu mpunzi bari muri Libya bakoze imyigaragambyo yo kugaragaza akababaro kabo ko bifuza kwakirwa ahandi ntibakomeze kuba mu bigo bacumbikiwemo i Tripoli. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi rivuga ko ridashoboye gushakira abenshi muri bo ibindi bihugu bibakira. Mu bihe binyuranye muri iki cyumweru izi mpunzi zagaragaje akababaro zifite kuva bacye muri bo bakwemererwa […]
Bamwe mu mpunzi bari muri Libya bakoze imyigaragambyo yo kugaragaza akababaro kabo, ko bifuza kwakirwa ahandi ntibakomeze kuba mu bigo bacumbikiwemo i Tripoli. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi rivuga ko ridashoboye gushakira abenshi muri bo ibindi bihugu bibakira. Mu bihe binyuranye muri iki cyumweru izi mpunzi zagaragaje akababaro zifite kuva bacye muri bo bakwemererwa […]
Imirambo ine y'abantu bishwe baboshye yabonwe muri Rusizi
Imirambo ine y’abantu bishwe baboshye yabonwe n’abarobyi ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 17 Ukwakira 2019, ireremba mu ruzi rwa Rusizi, ku nkengero y’uyu mugezi yegereye umusozi wa Nyamitanga. Aba barobyi bavuga ko iyi mirambo yarerembaga mu mugezi, yose ikaba ari iy’abagabo, by’umwihariko bakaba baragiye bicwa baboshye. Bakaba bayibonye ku ruhande rugana ku […]
Ese Denise Nkurunziza yaba agiye gusimbura umugabo we wihamirije ko umuryango we waryaga abantu?
Perezida Nkurunziza akunze gutungurana kenshi mu buhamya atangira mu materaniro, benshi bakaba barumiwe ku munsi yavugaga ko akomoka mu muryango w’abarozi banaryaga abantu. Ikiriho nyuma y’aho nabwo atunguranye avuga ko ataziyamamaza mu 2020, ni uko n’umugore we ahabwa amahirwe mu bamusimbura. Perezida Nkurunziza amaze imyaka 14 ku ntebe y’umukuru w’igihugu, muri iki gihe cyose ni […]
Abarasita bo mu Rwanda basuye mugenzi wabo, irebere uko byari udukoryo gusa
Abarasita bo mu Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize nibwo basuye mugenzi wabo, Mwizerwa utuye mu Karere ka Bugesera, mu gasanteri ka Ruhuha, bityo bamugaragariza urukundo bamufitiye imbere y’umufasha we n’abana. Iki gikorwa cyo gusura mugenzi wabo, bakitabiriye basaga 60 baturutse impande zitandukanye z’igihugu ndetse n’abandi baturutse mu gihugu cy’u Burundi basanzwe bari mu Rwanda na […]
Umugabo yafashwe asambanya injangwe ye
Michael Navage w’imyaka 40 yatawe muri yombi na Polisi nyuma yo gushinjwa gusambanya injangwe ye. Michael atuye mu gace ka Mese, gaherereye muri Leta ya Arizona, polisi ikaba yaramutaye muri yombi nyuma yo guhuruzwa n’abaturanyi be bari bakomeje kumva urusaku rw’injangwe,ndetse n’uyu mugabo asakuriza mu nzu ye asaba ubufasha. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Metro ngo Michael […]
Gen Andrew Rwigamba wari umuyobozi muri MINADEF yitabye Imana
Gen Andrew Rwigamba wari Umuyobozi muri Minisiteri w’Ingabo ndetse wanabaye Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda kugera mu 2009, yitabye Imana azize uburwayi aho yivurizaga mu gihugu cya Misiri. Andrew Rwigamba yasezerewe mu gisirikare cy’u Rwanda mu 2013, afite ipeti rya Brig. General, ubu akaba yari umukozi muri Minisiteri y’ingabo. Gen Rwigamba yivurizaga mu bitaro […]
Ndatwite, mba numva nshaka cyane gukorana imibonano n'umugabo utari uwanjye- Nkore iki?
Ndabizi ko hari abahita banyita indaya cyangwa ko mfite abadayimoni ariko ni ukuri kwanjye, kuko ubu nahuzwe umugabo wanjye, nsigaye numva ntanashaka kuryamana na we. Mfite inda y’amezi agiye kuzura atanu, hari ibiribwa nahuzwe n’ibinyobwa. Ikimbabaza ni uko n’umugabo wanjye namuhuzwe, kwakundi yankoragaho nkumva ngize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina siko bikimeze. Ahubwo iyo ankorakoye […]
Bukavu: Imfungwa zirimo gupfa umusubirizo
Mu gereza nkuru ya Bukavu, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, imfungwa zisaga 45 zimaze kubura ubuzima kubera ibura ry’imiti. Kuva mu kwezi kwa 12 umwaka ushize, nibwo imiti yatangwaga na Croix Rouge muri gereza nkuru ya Bukavu yatangiye kuba ikibazo,bityo n’ubundi bufasha izi mfungwa zahabwaga butangira guhagarara, bityo bamwe bitangira kubagiraho ingaruka. Dr Sifa […]
Ingabire ubazwa iby'igitero cyagabwe mu Rwanda avuga ko arimo gukorerwa iyicarubozo
Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Rwanda ryatangaje ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire ukomeje gukorwaho iperereza ku bitero biheruka ku Rwanda ari gukorerwa “iyicarubozo mu bitekerezo”. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 04 y’uku kwezi kwa 10, abantu bitwaje intwaro baturutse mu birunga batera mu Rwanda bica abaturage bagera kuri 14 mu karere ka Musanze […]
Perezida wa Centrafrique avuga ko bashishikajwe no gutera ikirenge mu cy'u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukwakira 2019, ubwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarega i Bangui, muri Centrafrique mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri iki gihugu kuva Faustin-Archange Touadéra yatorwa mu 2016, yakiriwe n’imbaga y’abaturage. Perezida Faustin-Archange Touadéra yahishuye ko iki gihugu cye cyatangiye urugendo ruganisha ku kwigira ku Rwanda. Abakuru b’ibihugu […]
Uwacyekwagaho gushakira ibiryo inyeshyamba yishwe ajugunywa muri Rusizi
Umugabo wari wafashwe ku cyumweru tariki ya 13 Ukwakira 2019, ashinjwa gukorana n’inyeshyamba zirwanya Leta y’u Burundi yiciwe muri kasho y’urwego rushinzwe iperereza umurambo we ujugunywa mu ruzi rwa Rusizi. Yapfuye mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 14 Ukwakira 2019, nyuma y’iyicarubozo yamaze amasaha akorerwa n’abashinzwe iperereza. Amakuru sosmedias/ Burundi yahawe n’umwe mu […]
Komanda ufatanye na Veterineri imbwa izazerera hanze ntizatahe- Meya wa Nyanza
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Elasme ubwo yasuraga abaturage bo mu murenge wa Nyagisozi muri ako Karere, bamugaragarije ko bahangayitswe n’imbwa ziri muri ako gace. Nyuma yo kugaragarizwa agahinda n’aba baturage, umuyobozi w’Akarere yahise asaba veterineri n’abashinzwe umutekano kwita kuri iki kibazo cy’imbwa. Umukecuru Mukamabano Azera atuye mu kagari ka Rurangazi mu murenge wa Nyagisozi […]
Mu ishuri rya kisilamu habonwe abantu  67 bamaze igihe bakorerwa iyicarubozo
Polisi mu majyaruguru ya Nigeria yabohoye abantu 67 yasanze bazirikiye mu ishuri rya kisilamu ricumbikira abanyeshuri nk’uko abategetsi babivuga. Abo ni abanyeshuri bari hagati y’imyaka irindwi na 40, babwiye polisi ko bakorewe iyicarubozo. mu buryo bunyuranye. Mu kwezi gushize, abandi banyeshuri bagera kuri 300 b’igitsina gabo babohowe mu ishuri ricumbikira abanyeshuri muri leta ya Kaduna […]
Iyo abandi bagore baganiriye iby'amavangingo bazana mu gihe cy'imibonano ngira ipfunwe, ese ni irihe banga nanjye nakoresha?
Abagore bagenzi banjye mbifurije umunsi mwiza wahariwe umugore wo mu cyaro, mboneraho no kubasaba inama, kimwe n’abagabo bafite ubumenyi kuri aya mabanga y’urugo. Mugabo, maze imyaka icyenda Ine nubatse urugo, sinavuga ko ndi mukuru kubirebana n’urugo ariko na none sindi n’umwana. Twabanye umugabo wanjye mbona ari ibisanzwe, gusa agakunda kumbwira ko hari akantu azambwira. Yakundaga […]
Gen. Afurika Jean Michel wayoboraga inyeshyamba ziherutse kugaba igitero mu Rwanda yarashwe
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Jenerali Afurika Jean Michel wayoboraga inyeshyamba za RUDI URUNANA, ziherutse kugaba igitero mu Rwanda zikica abaturage 14, yakomerekejwe bikomeye n’ingabo za FARDC, abari bamurinze 14 bahasiga ubuzima. Ni amakuru aturuka muri Gurupoma ya Binza,Teritwari ya Rutchuru ahitwa Gasharu, akavuga ko ku wa Mbere tariki ya […]
Agashya muri Uganda: Ibizamini bya Leta byarindishijwe abakomando barinda Museveni
Ubwo mu gihugu cya Uganda hatangizwaga ibizamini by’abanyeshuri barangiza umwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, mu Karere ka Mbarara byagejejwe ku bigo bizakorerwaho birinzwe n’abasirikare kabuhariwe bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ukwakira 2019 nibwo abanyeshuri batangiye gukora ibi bizamini, bikaba byarindishijwe abakomando hirindwa ko byakwibwa, abanyeshuri bamwe bagakopezwa. Ibinyamakuru bitandukanye […]
Perezida Kagame ategerejwe i Bangui
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukwakira 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ategerejwe i Bangui, muri Centrafrika nk’uruzinduko rwe rwa mbere agiye kugirira muri iki gihugu kuva Perezida Faustin-Archange Touadéra yatorwa mu 2016. Nk’uko byatangajwe mu itangazo Guverinoma ya Bangui yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira 2019, ngo uru ruzinduko rwa Perezida […]
Icyo abayobozi bavuga ku nkuru y’uko ingabo z'u Rwanda, u Burundi na Uganda zigiye kurwana muri Congo
Nyuma y’amakuru yakomeje gutangazwa hirya no hino ko u Rwanda, u Burundi, Uganda na Tanzania bigiye guhurira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gutera ingabo mu bitugu iki gihugu mu rugamba rwo guhashya imitwe y’inyeshyamba, ubuyobozi bw’u Rwanda rwayateye utwatsi. Aya makuru yavugaga ko ibi bihugu Bine bizohereza muri iki gihugu abasirikare b’umwuga kandi kabuhariwe […]
Burundi: Abaturage babwiwe ko abatazajya mu ishyaka CNDD-FDD bazicwa
Abaturage bo mu gace ka Kadidiri, Komini Busoni, Intara ya Kirundo mu Burundi, bavuga ko bafite impungenge z’umutekano w’ubuzima bwabo mu gihe babwirwa ko utazajya mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi azicwa. Ni amagamabo abaturage bavuga ko babwiwe n’ababarizwa muri CNDD-FDD barimo n’umuyobozi waryo mukuru muri iyi Komini ya Busoni, Selemani Ndikumana. RPA dukesha iyi […]
Bugesera: Abaturage bo mu tugari 23 barinubira urugendo rurerure bakora bajya kwivuza
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Bugesera, bavuga ko bagera kwa muganga bakoze urugendo rurerure. Ni ikibazo n’ubuyobozi buvuga ko buzi, bukaba bukirimo kugishakira umuti. Aka karere kagizwe n’utugari 72, postes de sante zikaba ziri muri 49. Aba baturage ibi babibona nk’imbogamizi zikomeye, bakifuza ko poste de sante zakongerwa kuko babona zidahagije akaba ariyo […]
Ahantu 6 hasekeje ariko na none hagoye gukorera imibonano mpuzabitsina
Benshi hari ahantu batajya bakeka ko bahakorera imibonano mpuzabitsina bitewe n’uburyo hameze  ariko ugasanga hari abahabyaza umusaruro. Dore ahantu 6 ushobora gusanga couple irimo kuhakorera imibonano ugatungurwa cyangwa se ugafatwa n’ibitwenge. Ni inkuru dukesha ikinyamakuru femmeactuelle.fr 1.Mu ndege : Mu ndege [rusange] haba hari abantu benshi, umuntu ashobora kwibaza uburyo wahifashisha. Thomas w’imyaka 41, avuga […]
Ssemakula wari ufite abagore 19 n'abana basaga 100 yarongoye abandi bane
Nulu Ssemakula, ni umusaza w’imyaka 94 y’amavuko waciye agahigo ko kugira abagore benshi, kuri ubu byamenyekanye ko yarongoye abandi bane biyongera kuri 19 bari basanganwe. Aba bagore 19 yari asanganwe yababyayeho abana basaga 100, ubu akaba akomeje kwagura umuryango yongera abagore. Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Uganda, Dailymonitor kibitangaza, Nulu akomoka mu gace ka Ruyonza, kamwe […]
Ufite umwana w'umukubwa umugabo akamutera inda, wabyakira ute?- Uwabajije Ingabire Immaculee
Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, avuga ko abahamwa n’icyaha cyo gusambanya abana ku ngufu, n’ubwo baba bakoze icyaga kiremereye atabasabira igihano cy’urupfu. Madamu Ingabire yatangaje ibi nyuma y’ikibazo umwe mu bamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter yari amaze kumubaza, icyo yakorera umugabo yasanga yasambanije umwana we. […]
Abasore benshi bambona nk'uwaryoshya mu buriri gusa, aho kuba umugore mwiza ubereye urugo- Nkore iki?
Uko nteye ni uko ariko mbona bimbera ikigeragezo bikaba n’ikigusha ku bandi kuko niyo ngiye gusenga nambaye nikwije bituma benshi banyibazaho cyane. Ugasanga abo tumenyanye aho kunyiyumvamo nk’uwavamo umugore mwiza ubereye urugo, ahubwo bagahita bimajina uburyo nabanezeza mu buriri. Nitwa Emelyne mfite imyaka 26, ndi umukobwa uku nteye rero bikaba bikomeza kuntera kwibazaho kuko mbona […]
Abarundi barimo guhungira muri Congo ku bwinshi, mu gisirikare ho ngo byakomeye
Mu gihe Leta ya Tanzania ikomeje kuvugwaho gufata nabi impunzi z’Abarundi, ubu barimo guhungira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi birimo kuba kandi mu gihe bivugwa ko hari n’abasirikare bagera muri 30 batorotse igisirikare cy’u Burundi berekeza muri iki gihugu (RDC). Kuva mu cyumweru gishize, hari amajana y’Abarundi yahungiye muri Congo. Ikinyamakuru sosmedias/Burundi kigatangaza […]
Rubavu: Abifotoza bashaka indangamuntu baranenga serivisi mbi bahabwa
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko abashinzwe irangamimere mu mirenge bahawe inshingano zo gufasha abakeneye indangamuntu batabashije kuzuza neza inshingano. Icyo bashingiraho ngo nu uko babwira abaturage ko bafite akazi kenshi ibi bikadindiza imitangire ya serivisi basaba. Umurenge wa Gisenyi wo mu Karere Rubavu, ukaba umwe mu mirenge 30 mu gihugu […]
Gisagara: Umugabo aracyekwaho kwica umugore we
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo witwa Mpakaniye Emmanuel, ukomoka mu murenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara, Intara y’Amajyepfo ucyekwaho kwica umugore we, Nabanjye Angelique. Abaturanyi b’uyu muryango batangaza ko uyu mugore wishwe bumvise atabaza ahagana saa yine n’igice z’ijoro ryo ku wa 12 Ukwakira 2019, batabara atarashiramo umwuka ariko bigakekwa ko […]
RDC: Abasirikare basaga ibihumbi 10 bambariye guhangana n'inyeshyamba z'Abagande
Inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda, zagabye igitero mu duce twa Kididiwe-Mayangose duherereye muri Teritwari ya Beni, zihica abaturage babiri. Iki gitero kikaba cyagabwe mu gihe Umukuru w’igihugu Felix Tshisekedi yasabye ko ingabo zisaga ibihumbi 10 zigomba kwambarira urugamba zihangana n’izi nyeshyamba. Abaturage bishwe n’izi nyeshyamba ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira 2019, ngo […]
Amacakubiri mu gisirikare cy'u Burundi, Gen. Bunyoni yafunzwe abandi basirikare 30 baratoroka
Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi avuga ko Alain Guillaume Bunyoni wari Minisitiri w’Umutekano afungiye iwe mu rugo ku itegeko ryashyizweho na Perezida Nkurunziza Pierre. Amakuru atangazwa na Iyakure TV avuga ko Bunyoni yafunzwe mu gihe acyekwaho kuba akorana na Gen Niyombare wahoze akuriye urwego rw’ubutasi mu Burundi wari unahagarariye umugambi wo guhirika Nkurunziza ku […]
Rusizi: Ababyeyi 40 batujwe mu rugo rw'Impinganzima
Ni urugo rwubatse mu mudugudu wa Ntwali, akagari ka Cyangugu mu murenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi, rugizwe n’inyubako 4 zirimo aho izi ntwaza ziryama, icyumba cy’uruganiriro n’inama, ivuriro,ahafatirwa amafunguro,ahakorera ubuyobozi n’ibindi bihakenerwa. Rwafunguwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ukwakira 2019. n’umuyobozi wungirije w’umuryango Unit Club Intwararumuri, madamu Kayisire Marie […]