Nyamirambo: Umuturage mu gahinda nyuma yo gusenyerwa kandi yarubatse ubuyobozi bubizi
Mugabire Jean de Dieu utuye mu Mudugudu wa Rwintare, Akagari Gasharu, Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, avuga ko afite agahinda kenshi nyuma y’aho ubuyobozi bumusenyeye ikiraro cy’amatungo kandi yarubatse bubizi. Mugabire ni umworozi w’amatungo atandukanye magufi, yari amaze hafi amezi abiri yubaka ibiraro by’ingurube biza bisanga ibindi bihamaze imyaka isaga […]
Uganda: Leta irateganya gushyiraho igihano cy'urupfu ku batinganyi
Minisitiri w’imyitwarire iboneye n’ubunyangamugayo wa Uganda yatangaje ko hari gahunda zo gusubizaho itegeko ritavugwaho rumwe rirwanya abatinganyi. Iryo tegeko rwari rwakuweho n’urukiko rw’itegekonshinga mu mwaka wa 2014. Minisitiri Simon Lokodo yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko umushinga w’itegeko mushya numara guhinduka itegeko, abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazajya bahanishwa igihano cy’urupfu. Yagize ati: “Itegeko rijyane n’igihano cy’urupfu […]
Yagakwiye gushyirwa ku Karubanda bakamurasa- Rudasingwa wanenze cyane Kayumba Nyamwasa
Dr Rudasingwa avuga ko kuba Kayumba Nyamwasa yarihakanye abarwanyi be 25 bafashwe na Leta y’u Rwanda ubu bari kuburanishirizwa mu rukiko rwa gisirikari i Kigali, ari ikimenyetso cy’uko atazabasha kurwanira miliyoni zigera kuri 12 z’Abanyarwanda. Umuvugizi wa RNC Jean Paul Turayishimye aherutse gutangariza radio ijwi rya Amerika ko abo barwanyi 25 barimo na Maj Habib […]
Indege yari itwaye ibikoresho byari kwifashishwa na Perezida Tshisekedi yaburiwe irengero
Indege y’ubwikorezi y’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yari irimo abantu umunani yaburiwe irengero mu burasirazuba bwa Congo nyuma yo guhaguruka mu mujyi wa Goma ijya i Kinshasa ejo kuwa kane. Itangazo ry’ikigo gishinzwe iby’indege muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rivuga ko iyi ndege yafafashaga mu bwikorezi bw’ibikoresho by’umukuru w’igihugu. Perezida Félix Tshisekedi […]
Nyanza: Umukobwa w'imyaka 18 aracyekwaho kwica se amukubise umuhini mu mutwe
Umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko aracyekwaho kwica se umubyara amukubise umuhini mu mutwe mu mudugu wa Gakenkeri B, mu kagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza. Nkurikiyimfura Jean Baptiste w’imyaka 56 y’amavuko wari utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 09 ukwakira 2019 nibwo […]
Ntabwo kurwanya ubukene bizanwa na kalachnikov- Ingabire Victoire
Ingabire Victoire uyobora Ishyaka FDU Inkingi ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda ndetse ritaranemerwa mu gihugu nk’ishyaka rya Politiki, avuga ko ishyaka rye nta ngabo rigira ndetse ko nta n’izo rizigera. Ingabire Victoire arabivuga mu gihe urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rukomeje kumuhamagaza ngo abazwe ku bitero biherutse kugabwa mu Ntara y’Amajyaruguru bigahitana abaturage 14 […]
Umugabo wanjye yamfashe nsambana na mukuru we ntugurwa no kubona bimunejeje- Nkore iki?
N’ubwo nzi neza ko gusambana ari icyaha ariko byabaye ngombwa ko mbikora bitewe n’agahinda mfite ko kumara imyaka irindwi nta mwana ngira. Dutuye mu karere ka Nyanza, yaba njye n’umugabo wanjye dufite akazi kandi keza, gusa twarivuje hose ariko dusanga umugabo wanjye ari we ufite ikibazo gishobora gutuma atabyara. Twakomeje gutegereza ariko ni nako imyaka […]
Burundi: 14 bashinjwa kwica Imbonerakure bari mu mazi abira
Kuva ku wa 6 Ukwakira 2019, abagera kuri 14 bo ku musozi wa Munyange, Komini ya Busiga, Intara ya Ngozi iherereye mu Majyaruguru y’u Burundi batawe muri yombi bashinjwa kwica umwe mu Imbonerakure. Uko ari 14 bashinjwa kwica Imbonerakure yishwe ku wa 5 Ukwakira 2019, bose uko ari abagabo bafungiye muri kasho ya Polisi i […]
U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi 123 zavuye muri Libya
Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Kane tariki ya 10 Ukwakira 2019, izindi mpunzi 123 zagejejwe i Kigali zivuye muri Libya aho zari zifungiye nyuma yo kubuzwa gukomeza zigana Iburayi zambutse inyanja. Aba bariyongera ku bandi 66 bahageze ku itariki 27 z’ukwezi gushize kwa cyenda. Nabo bahise bajya gucumbikirwa mu kigo cy’agateganyo cy’i Gashora mu […]
Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 10 Ukwakira 2019
None ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 29 Nyakanga 2019. 2. Ashingiye ku bubasha ahabwa n’Amategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yahaye imbabazi abagororwa […]
Burundi: Imbonerakure eshanu zafunzwe zishinjwa gushaka kwica umuyobozi
Kuva ku wa mbere tariki ya 7 Ukwakira 2019, Imbonerakure Eshanu zibarizwa mu rubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD, batawe muri yombi bashinjwa gutegura umugambi wo kwica umuyobozi w’iri shyaka. Izi Mbonerakure zatawe muri yombi mu Ntara ya Ruyigi, bakaba bashinjwa gutegura  umugambi wo kwica umuyobozi uhagarariye iri shyaka CNDD-FDD muri iyi ntara. Batatu batawe muri yombi ku […]
Nyarugenge: Abasizwe mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda Karama- Nyamirambo baryama batizeye kuramuka
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ruhango ya Mbere, Akagari ka Ruliba, Umurenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bavuga ko inzu zabo zasinzwe mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda Ruliba-Karama- Nyamirambo, none ubu bakaba baryama bafite impungege ko bucya zabaguye hejuru. Mu kwezi kwa Gatandatu nibwo haturikijwe intambi, hamenwa urutare rwa Semafigi […]
Messi yahishuye ko yigeze gushaka kuva muri FC Barcelone abura ikipe imurambagiza
Lionel Messi yavuze ko mu mwaka wa 2013 yashatse kuva muri Barcelone, ariko ubu akaba ashaka gusoreza umupira we muri iyi kipe. Rutahizamu Messi w’imyaka 32 y’amavuko yabwiye radio RAC 1 ikorera i Barcelone ko “yumvaga afashwe nabi cyane” na Espanye muri icyo gihe ubwo we na se bakorwagaho iperereza ku buriganya mu gutanga imisoro. […]
Umugore wanjye akunda imibonano cyane, iyo nsanze yashyize agatambaro gatukura ku buriri mba nzi ko kambayeho
Ndagisha inama, ndi umugabo ufite umugore ariko nishinze uburyo aba ashakamo imibonano mpuzabitsina nasaza imburagihe cyangwa nkisanga narwaye indwara y’umunaniro ukabije. Mfite akazi, nkora mu kigo gitanga umuriro w’amashanyarazi, tuba dufite akazi katoroshye nubwo aba atari buri munsi. Umugore wanjye amaze igihe adafite akazi, aba yibereye mu rugo. Ubundi kuva twanabana akunda imibonano mpuzabitsina gusa […]
Bobi Wine yeruye avuga ko ntabyo kuguyaguya Perezida Museveni
Umuhanzi kandi w’umudepite muri Uganda, Bobi Wine, Ku wa Gatatu tariki ya 9 Ukwakira 2019, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru hashize amasaha polisi imubujije gukora igitaramo cyo ku munsi w’ubwigenge, abatangariza ko ntabyo kuguyaguya Perezida Museveni. Wine, izina rye ry’ukuri rikaba ari Robert Kyagulanyi, yamaze kuvuga ko aziyamamaza mu matora ya perezida yo mu mwaka wa 2021 […]
Zidane ateye isoni- Anengwa kudaha agaciro Gareth Bale
Umusesenguzi w’umupira w’amaguru, Guillem Balague avuga ko rutahizamu Gareth Bale wa Real Madrid arakaye kandi arambiwe gukina muri iyi kipe. Ku mpeshyi y’uyu mwaka byari biteganyijwe ko Bale yerekeza mu ikipe ya Jiangsu Suning yo muri shampiyona y’Ubushinwa ya Chinese Super League kuri kontaro y’imyaka itatu. Bivugwa ko yari kujya ahembwa miliyoni imwe y’amapawudi buri […]
Albert Nabonibo wigambye kuba umutinganyi yirukanwe ku kazi
Albert Nabonibo, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo kwiyemerera ko ari umutinganyi avuga ko kubera ibyo yategetswe gusezera aho yakoraga nk’umucungamari. Mu mpera y’ukwezi kwa munani yabwiye BBC ko azi neza ko abenshi babyakira nabi ariko ko atagishoboye gukomeza guceceka no guhisha uwo ari we. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga Olivier […]
Kigali: Ikigo 'BTC' kigisha ibirebana no gutunganya amashusho cyatangiye kwandika abanyeshuri bashyaÂ
Ubuyobozi bw’ikigo Belgine Training Center (BTC) ku bufatanye na YADEN (Youth, Arts, Development and  Entrepreneurship Network) buramenyesha urubyiruko rwose rwifuza kwiga gukoresha Camera, gutunganya amajwi n’amashusho na graphic design ko amarembo akinguye. Umuyobozi mukuru w’iki kigo, Bizimana Belgine, aganira na Bwiza.com, avuga ko ari amahirwe ku rubyiruko rugiye kuza mu biruhuko, rurimo n’uruzaba rusoje […]
Turifuza kongera kumubona- Umugore wa Ben Rutabana avugana ikiniga
Diane Rutabana ni umugore wa Ben Rutabana, avuga ko akeka ko yafatiwe muri Uganda ubwo yari yagiriye uruzinduko mu Burasirazuba bwa Afurika, by’umwihariko nk’umuryango we ngo bakaba bifuza kongera kumubona. Uyu mugore avuga ko ava mu rugo, yari yamutangarije ko afitanye ikibazo na muramu we, Kayumba Nyamwasa, ariko kikaba cyarageze no mu bandi banyamuryango bahuriye […]
Iyo maze kabiri ntakora imibonano nambara ikariso igahita itoha, sinzi aho amazi ava- Nkore iki?Â
Muraho neza, nitwa Clarisse, nkaba ndi umugore ufite umugabo ariko ibimbaho sinzi niba nabyita uburwayi cyangwa se bikaba bifite ikindi kibihatse. Ngira ubushake cyane bw’imibonano mpuzabitsina, ku buryo mba numva nayikora buri munsi ariko nyine hari igihe bidashoboka bitewe n’akazi tuba twagize n’umunaniro. Iyo nayikoze nta kibazo mba mfite ariko iyo iminsi ibiri yihiritse, nambara […]
Kigali: Mu mezi atatu, umudugudu watujwemo imiryango 50 watangiye gusenyuka
Abatujwe mu mudugudu wa Makaga,  mu kagari ka Rwesero, Umurenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge, bavuga ko bafite impungenge z’inzu bamaze amezi atatu batujwemo ko zishobora kubagwira. Bavuga ko batujwe mu nzu zubatswe nabi akaba ariyo mpamvu zitangiye kugaragaza ibimenyetso ko zitazaramba. Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge buvuga ko bagiye koherezayo abashinzwe iby’imyubakire, basanga ari […]
Burundi: Abahamijwe icyaha cyo kwica umuyoboke wa Agathon Rwasa bakaniwe urubakwiye
Urukiko Rukuru mu Ntara ya Muyinga rwakatiye igihano cya burundu abantu bane bahamwe n’icyaha cyo kwica umwe mu bayoboke b’ishyaka CNL rya Agathon Rwasa. Ku wa 18 Kanama 2019, nibwo abayoboke b’iri shyaka CNL batezwe n’abantu bari bitwaje imihoro, amacumu n’impiri, barabakubita bityo banicamo umwe. Uwitwa Nsavyumwami Gregoire yarishwe abandi barakomeretswa. Hasomwa uru rubanza kuri […]
Ese Perezida Tshisekedi yaba agiye no guhuza u Rwanda n'u Burundi?
Biteganyijwe ko kuri uyu wa 8 Ukwakira 2019, Perezida Pierre Nkurunziza na Paul Kagame bahurira i Bukavu muri DR Congo mu gufungura ‘laboratoire’ y’ubuhinzi ikomeye muri Afurika, aba bayobozi bombi baheruka guhura mu myaka ine ishize. Bamwe mu bayobozi muri Congo batangaje ko ku rutonde rw’abashyitsi bakuru bari bujye gufungura iyi ‘laboratoire’ harimo Perezida w’u […]
Umugore wa Ben Rutabana yahishuye ko hari intumwa Kayumba Nyamwasa amutumaho
Nyuma y’itangazo ryasohowe n’umuryango wa Ben Rutabana mu cyumweru gishize, n’iryasohowe na RNC mu mpera y’icyo cyumweru, ubu noneho umugore we yeruye avuga ko hari abamuhumurije batumwe na Kayumba. Diane Rutabana umugore wa Ben Rutabana yavuze ko yahamagawe n’umuntu akamubwira ko yatumwe na Gen Kayumba Nyamwasa – umuyobozi wungirije wa RNC, ngo amuhumurize. Umuhanzi Benjamin […]
Umugabo wanjye yampururije ngo ni uko nagiye gusenga ntambaye ikariso- Nkore iki?
Mugire amahoro ya nyagasani, nje kuri uru rubuga duhuriraho turi benshi nsaba inama kuko ndabona umugabo wanjye ameze nk’uri mu buyobe. Mu by’ukuri umugabo wanjye tumaranye imyaka itanu, dutuye muri Kigali, tukaba dufitanye umwana umwe, turi abakirisitu, gusa umugabo wanjye abyinjiramo cyane kuko we aba afite akanya gahagije cyane ko kujya mu byumba by’amasengesho, guterana […]
Perezida Tshisekedi yatangaje ko yiteguye gupfa ashakira Congo amahoro
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ugiye kumara umwaka yicaye ku ntebe y’umukuru w’igihugu, avuga ko yiteguye gupfa aharanira ko igihugu cye kibona umutekano. Yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 7 Ukwakira 2019, mu nama yagiranye n’abaturage i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Yabahamirije ko ikimuraje inshinga ari uko umutekano usesuye […]
Burundi: Impaka ni zose muri CNDD-FDD, ntibavuga rumwe ku mukandida uzasimbura Nkurunziza
Nyuma y’aho Perezida Nkurunziza w’u Burundi atangarije ko ataziyamamaza mu matora yo mu mwaka wa 2020 y’umukuru w’igihugu, amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko bose batarimo guhuriza ku mukandida uziyamamaza ahagarariye iri shyaka. Mu matora yabaye kuva mu mwaka wa 2005, Nkurunziza niwe wahagarariraga iri shyaka kandi akanatsinda amatora, none ubu aho avugiye ko […]
Amajyaruguru: Hari abamaze imyaka Itatu batarahabwa ingurane ku byabo byangijwe
Bamwe mu baturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru bavuga ko bamaze igihe batarahabwa ingurane ku byabo byangijwe hakorwa ibikorwa by’inyungu rusange gusa Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiturire (RHA) kigasobanura ko ikibazo cy’ibyangombwa by’ubutaka kiri mu bitinza kubishyura. Iyo ugeze ahantu hanyuranye hashyizwe ibikorwa by’inyungu rusange, yaba amashanyarazi, imihanda, amashuri n’ibindi; ntushobora kubura gusanganirwa n’ibibazo by’abavuga ko batahawe […]
USA: Umuyobozi wa Kabiri yahishuye ko Perezida Trump ari mu nzira yo kweguzwa
Habonetse umuntu wa kabiri wamennye amabanga muri gahunda igamije kweguza ku butegetsi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nkuko bitangazwa n’abamanyamategeko bahagarariye uwa mbere. Umunyamategeko Mark Zaid yabwiye televiziyo ABC ko uwo muntu wa kabiri na we yari umukozi wo mu rwego rw’ubutasi kandi ko yavuganye n’umutegetsi mukuru w’urwego rw’ubutasi. Mu ijoro ry’ejo […]
Perezida Kagame na Nkurunziza w'u Burundi bagiye guhurira i Bukavu
Perezida Kagame Paul w’u Rwanda, Pierre Nkurunziza w’u Burundi ndetse na Joseph Kabila wahoze ayobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bategerejwe i Bukavu mu muhango wo gufungura ku mugaragaro Laboratwari y’ikitegererezo izajya ikorerwamo ibirebana n’ubihinzi. Ni Laboratwari y’ubuhinzi y’ikigo IITA (L’Institut International pour l’Agriculture Tropical), ikaba izafungurwa ku mugaragaro na Perezida Felix Tshisekedi wa Congo […]
Perezida Tshisekedi yasabye Papa Francis gusura Congo
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatumiye umushumba wa Kiliziya Gaturika, Francis kugira ngo azasure iki gihugu agiye kumara umwaka ayoboye. Umuyobozi mukuru ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi ya Congo Kinshasa, yatangarije ko Perezida yatumiye Papa, ubwo yari mu birori by’umunye Congo, Fridolin Ambongo, wagizwe umukalidinali. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cyo mu Budage, […]
Ben Rutabana yavuye mu rugo ahishuriye umugore we ko afitanye ikibazo na Kayumba Nyamwasa
Ishyaka RNC ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda rikorera mu mahanga ryemeje ko komiseri waryo ushinzwe amahugurwa hashize hafi ukwezi aburiwe irengero. Umuryango wa Benjamin Rutabana – uzwi cyane nka Ben Rutabana – uvuga ko yavuye aho yabaga mu Bubiligi ku itariki ya 4 y’ukwezi gushize kwa cyenda yerekeza i Kampala muri Uganda. Uvuga ko ku […]
Amateka y'umunyafurikakazi, Ilhan Omar wivugiye ko atinywa na Perezida Trump
Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya Amerika. Yabaye Umunyamerika wa mbere wavukiye muri Somalia, Umunyafurika wa mbere wahawe ubwenegihugu ubaye umudepite wa Amerika, n’umugore wa mbere utari umuzungu uhagarariye Leta ya Minnesota mu nteko. Yavukiye i […]
Abayobora igisirikare cya Uganda kirwanira ku butaka mu myitozo- REBA AMAFOTO
Abayobozi mu mutwe wa gisirikare cya Uganda urwanira ku butaka, ku wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2019, basoje igerageza ry’imyitozo ngororamubiri y’ibanze yaberaga ku cyicaro gikuru cy’izi ngabo zirwanira ku butaka i Bombo, muri Luwero. Ni imyitozo ngororamubiri yakoreshejwe n’inzobere muri yo, zibarizwa mu gisirikare cya Uganda (UPDF) mu ishami rishinzwe ubuvuzi na siporo. […]
Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b'i Gicumbi
Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n’ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe. Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w’igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu […]
Abanyamulenge bijunditse u Rwanda ko arirwo rwatoje inyeshyamba z'Abarundi zirimo kubajujubya
Ishyirahamwe rivugira Abanyamulenge, Shikama, rivuga ko mu bamaze igihe babatera mu misozi ya Minembwe harimo Abarundi bo mu mutwe wa Red Tabara ngo batorejwe mu Rwanda. Umukuru w’iryo shyirahamwe, Enock Rurangabo, yasohoye itangazo yamagana imitwe avuga ko ituruka hanze ya Congo iyobowe n’Abanyarwanda n’Abarundi bateza imirwano mu gace ka Minembwe. Avuga ko Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa […]
Abanyeshuri 426 mu bangiwe gusubira kwiga i Goma bagiye gutangira mu Rwanda
Abanyeshuri babarirwa mu bihumbi bo mu Rwanda bigaga mu mujyi wa Goma muri DR Congo babujijwe kujyayo kuko Ebola yahageze mu mezi abiri ashize, ubu 426 bagiye gutangira kwigishwa mu Rwanda. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye, Isaac Munyakazi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ukwakira 2019, yasuye ikigo bagiye gutangira kwigishirizwamo […]
Rusizi: Inzego zose zirasabwa guhagurukira rimwe mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi n’izindi nzego zigakoreramo zirebana n’uburenganzira bw’umwana no mukurinda ihohoterwa, bavuga ko muri aka karere hakigaragara ihohoterwa rinyuranye rikorerwa abana, rigaterwa ahanini n’amakimbirane yo mu miryango, ubukene n’ibindi bityo inzego zose zigasabwa ubufatanye mu kurikumira. Mu nama nyunguranabitekerezo yateguwe n’akarere ka Rusizi ku bufatanye n’umuryango Hope and Homes for Children Rwanda igahuza […]
Biravugwa ko Ben Rutabana wari mu barwanya Leta y'u Rwanda yishwe
Nyuma y’amakuru yavugaga ko umuhanzi Rutabana Benjamin (Ben Rutabana) yaburiwe irengero, inkuru ikomeje gucicikana ni uko ngo yaba yiciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hafi n’umupaka wa Uganda. Ben Rutabana abarizwa mu ihuriro rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda ndetse akaba yari n’umuyobozi muri iri huriro riyobowe na Kayumba Nyamwasa. Ikinyamakuru cyo […]
Umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi yakomoje ku butwari bwa Fred Rwigema
Umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt.Gen. Muhoozi Kainerugaba, yifurije iruhuka ridashira Fred Gisa Rwigema witabye Imana mu myaka 29 ishize. Fred Rwigema yari afite ipeti rya jenerali Majoro mu gisirikare cya Uganda, by’umwihariko benshi mu bayobozi bakomeye ba Uganda bakaba bashima ubutwari bwe ku rugamba n’imico ye. Ku itariki ya 2 Ukwakira 1990, […]
Umugabo wanjye arabyibushye cyane, aramfuhira kandi afite igitsina kingana n'agatoki k'agahera- Nkore iki?
Ndi umugore ufite abana babiri, umwe w’imyaka itandatu n’undi w’itatu, rwose mfite umugabo umfuhira cyane bikomeye kandi mu by’ukuri usanga ntacyo abashije mu buriri pe. Ntuye mu Karere ka Gasabo, nkora akazi k’ubucuruzi biciriritse ariko rwose umugabo wanjye usanga atajya atuza atambona irihande rwe, n’ubwo naba nagiye gusenga ntabwo aba atuje. Arabyibushye cyane noneho aho […]
Kuri Rweru habonwe umurambo w'umuntu ubuyobozi buwushyinguza hutihuti
Ku wa Kabiri tariki ya 1 Ukwakira 2019, ku kiyaga cya Rweru, mu gace ka Nyagisozi, Komini Busoni, hatoraguwe umurambo w’umugabo wahise ushyinguzwa hutihuti n’Imbonerakure. Umuyobozi wa Zone ya Nyagisozi, yategetse ko uwo murambo uhita ushyingurwa nta perereza ryari ryakorwa, gusa ku ruhande rw’abaturage batabashije kumenya uwo muntu wishwe, bakaba barabigizeho amakenga. Ahagana saa yine […]
Umunyamakuru uzwiho kuvuga ko yaguye abantu gitumo yatawe muri yombi na Polisi
Umuvugizi wa Minisiteri y’umutekano mu Burundi, Pierre Nkurikiye yemeje amakuru avuga ko umuraperi Baraka Olègue n’umunyamakuru wataraga inkuru za Youtube, Paceli Iradukunda benshi muri iki gihugu bazi nk’uwakundaga gutungura abantu akavuga ko yabaguye gitumo, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano. Nkurikiye avuga ko aba uko ari babiri bafungiye muri kasho ya polisi i Bujumbura bashinjwa ibyaha […]
Umunyamakuru wakubiswe n'abakomando barinda Kampala ubu asigaye agendera mu kagare- AMAFOTO
Muri Kanama 2018, nibwo hagaragaye amashusho y’abasirikare kabuhariwe ba Uganda (UPDF) bashinzwe kurinda umujyi wa Kampala, bakubita umunyamakuru wa Reuters, Â James Akena wataraga inkuru ku bamaganaga ifungwa rya Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, kuri ubu agaragaza ko izo nkoni zamuteye ubumuga. Abicishije kuri Paji ye ya Facebook, James Akena, yashyizeho amafoto yicaye […]
Paris: Abapolisi bane bishwe n'umugabo witwaje icyuma
Umugabo witwaje icyuma yishe abapolisi bane kuri station ya polisi mu mujyi wa Paris nk’uko ibinyamakuru muri iki gihugu bibivuga. Uyu mugabo, utaratangazwa amazina, bivugwa ko ari umwe mu bakozi b’aho, nawe yarashwe na polisi arapfa. Polisi ntacyo iratangaza ku byabaye. Aho byabereye mu gace kitwa à ®le de la Cité hagati mu murwa mukuru Paris […]
Leta ya Tanzania irashinjwa kwimana amakuru ajyanye n'umuntu byavuzwe ko yishwe na Ebola
Leta ya Tanzania yiyemereye ko itigeze igeza ku ishami rya ONU ryita ku buzima – OMS – amakuru yerekeranye n’abantu babiri baketsweho indwara ya Ebola mu kwezi kwa cyenda. Minisitiri ushinzwe ubuzima, Ummy Mwalimu, yavuze ko leta yabonaga atari ngombwa ngo kubera ko ibizamini byakorewe kuri abo bantu byerekanye ko nta Ebola banduye. Ku itariki […]
Tanasha yabyaye ku munsi Diamond yizihizaho isabukuru ye y'amavuko
Umuhanzi Diamond Platnumz n’umukunzi we, Tanasha Donna bungutse umwana w’umuhungu kuri uyu wa 2 Ukwakira 2019, itariki n’uyu muhanzi wo mu gihugu cya Tanzania yizihirizaho umunsi mukuru we w’amavuko. Diamond atangariza abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga iyi nkuru nziza, yashyizeho ifoto ateruye uruhinja, ndetse anagaragaza ko bahuje itariki y’amavuko. Diamond yagize ati “Isabukuru nziza kuri […]
Perezida Kagame mu kiganiro n'abagize umuryango washinzwe n'umuherwe Bill Gates- AMAFOTO
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame n’umufasha we kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 2 Ukwakira 2019, yagiranye ikiganiro n’abagize umuryango Gates Foundation washinzwe n’umuherwe ku Isi, Bill Gates. Muri iki kiganiro cyabereye mu Mujyi wa Seattle muri Leta ya Washington, Perezida Kagame wari kumwe na Madamu Jeannette Kagame, yaganiriye na Bill Gates n’umufasha we Melinda […]
Iyo dukora imibonano mpuzabitsina umugore wanjye aba arimo gusenga, yanze kumbwira ikibimutera- Nkore iki?
Amahoro kuri mwese, ndi umugabo ufite umugore tumaranye amezi make, kuva twabana akora ikintu cyo gusenga turi mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina bikanyobera. Turi abakirisitu dusengera mu idini Gaturika, bwa mbere nabonye akoze ku kimenyetso cy’umusaraba ndatungurwa, ndamubaza nti ubitewe n’iki, ansubiza ko asengeye rimwe atari bwirirwe yongera gusenga tugiye gusinzira, mbifata nk’ibisanzwe. Na nyuma yaho […]
Murangwa Hadidja atorewe gusimbura Salama wangiwe kuba Senateri
Kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2019, Ihuriro Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yemewe gukorera mu Rwanda, ryatoye Madamu Murangwa Ndangiza Hadidja gusimbura Uwamurera Salama muri Sena, nyuma y’aho urukiko rw’ikirenga rumwanze. Tariki ya 01 Ukwakira 2019, nibwo Urukiko rw’ikirenga rwanze Uwamurera Salama wa PDI wari watanzwe n’ihuriro ry’imitwe ya Politike kuba senateri. Byatangajwe […]
Perezida Museveni yategetse ko abari bafungiwe ubunebwe no guteza akavuyo bafungurwa
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yategetse ko harekurwa abantu bose batawe muri yombi kubera imyitwarire y’”ubunebwe no guteza akavuyo” hagendewe ku itegeko ryo mu gihe cy’ubukoloni. Umukuru wa polisi Martin Okoth Ochola yandikiye abakuru ba polisi mu turere, abategeka gukurikiza iryo tegeko rya Perezida. Mu cyegeranyo cyo mu mwaka wa 2016, umuryango utegamiye kuri leta […]
Abakinnyi batanu ba Eritrea bageze muri Uganda baburirwa irengero
Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu ya Eritrea y’abatarengeje imyaka 20 bavuye muri hoteli bari bacumbitsemo muri Uganda ntibongera kuboneka. Bamwe mu bakurikirana iyi kipe babwiye BBC ko aba bakinnyi bacitse ndetse ubu bakaba bari gusaba ubuhungiro muri Uganda. Ikipe ya Eritrea yagiye muri Uganda mu mikino ya CECAFA y’abatarengeje imyaka 20 ubu igeze mu mikino ya […]
Abivuriza ku bitaro bya Kibungo bemeza ko ari iby'icyitegererezo ku izina gusa
Abatuye mu turere twa Ngoma na Kirehe bavuga ko n’ubwo begerejwe ibitaro bya Kibungo byitwa iby’ icyitegererezo, bababazwa n’uko badahabwa serivisi bifuza bigatuma boherezwa kwivuriza i Kigali n’ahandi. Bavuga ko Leta ikwiye kubafasha ibi bitaro ntibibe iby’icyitegererezo ku izina gusa ngo kuko boherezwayo bagasanga nta baganga bashobora kubavura bahari. Niringiyimana Emmanuel ni umwe mu baturage […]
Mugabo/Mugore, dore ibintu 6 uzirinda kwirukankira gukora ukimara gukora imibonano mpuzabitsina
Mu gihe muri mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina, buri wese niho aba yerekeje ubwonko, hari ibigenda neza hakaba n’ibindi bishobora kutaba uko mwabyifuzaga bityo rero ntabwo ari ngombwa guhita wirukira kugaragaza ko wari warambiwe cyangwa ngo ugaragaze ko uwo mwari kumwe utamunezerewe. Dore ibyo ugomba kwirinda ugisoza iki gikorwa: 1.Guhita wambara imyenda Kwambara imyenda […]
Kigali: 25 barimo Rtd. Maj. Mudasiru warasiwe ukuguru muri Congo bagejejwe mu rukiko
Abantu 25 biganjemo urubyiruko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira 2019, bagejejwe mu rukiko rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, bashinjwa gukorana n’umutwe wa RNC urwanya Leta y’u Rwanda. Ni ku nshuro ya mbere bagejejwe imbere y’urukiko baburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uko ari 25 harimo abasirikare babiri, Rtd Maj Habib […]
Nyabihu: Barasaba indishyi ku myaka yabo yangirikiye aho umupolisi yiciye umuturage
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, bari bafite imyaka ahaherutse kurasirwa umuntu agahita apfa, barasaba ko Leta yabaha indishyi ku myaka yabo yangijwe n’abaturage baje bahuruye. Ku wa Gatanu tariki ya 27 Nzeri 2019 ni bwo aha mu mudugudu wa Zihari akagari ka Kijote, mu murenge wa Bigogwe, akarere […]
Iyo amazi akubwiye ngo winyoga uyasubiza ko nta mbyiro ufite- Museveni abwira Abanyamerika
Minisitiri w’Ubucamanza muri Uganda, Bart Katurebe yasuzuguwe bikomeye ubwo yageraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibi bikaba byatumye Perezida Museveni acira umugani iki gihugu cy’igihangange ku Isi. Aka gasuzuguro kaje nyuma yaho General Kale Kayihura akomanyirijwe kudakandagira muri Amerika. Min.Bart Katurebe ngo na we akaba aherutse guhabwa ‘Visa’ ijya muri Amerika ku bwaburembe, yanagerayo […]
RDC: Umuhanda wiswe uw'Urupfu kubera ubwicanyi bw'inyeshyamba zikomoka Uganda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyafunguye umuhanda wari umaze imyaka ibiri ufunze kubera ubwicanyi inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zawukoreragamo. Ni umuhanda Mbau-Kamango wari umaze imyaka ibiri ufunze bitewe n’ibitero bya ADF, uyu muhanda ukaba warahawe izina ry’Umuhanda w’Urupfu, bitewe n’ibyawukorerwagaho, abaturage bakumirwa kuwucamo. Umuvugizi w’ingabo za FARDC ziri muri Operasiyo […]
Koreya ya Ruguru yarasiye igisasu cya Misile munsi y'inyanja
Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cya misile ikirasiye mu bwato bugendera munsi y’amazi magari, ikaba yabikoze mu rwego rwo kugerageza ibisasu bya kirimbuzi. Ni mu gihe hari hashize amasaha macye iki gihugu gitangaje ko kigiye gusubukura ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bijyanye n’intwaro kirimbuzi za nikleyeri. Abategetsi ba Koreya y’epfo bavuze ko igisasu cya […]
Biravugwa ko Col. Sinayobye Bernabé wakoranaga na Sankara yashimuswe
Colonel Sinayobye Bernabé wavuzweho mu rubanza rwa Nsabimana Callixte, Sankara ko bakoranaga mu mutwe wa FLN, kugeza ubu amakuru avuga ko yaba yashimutiwe mu gihugu cya Tanzania n’abantu bataramenyakana. Ikinyamakuru rwandatribune.com gitangaza ko ku wa mbere tariki ya 30 Nzeli 2019, saa mbiri za mu gitondo Col Sinayobye ngo usanzwe azwi ku izina rya Morani […]