USA: Indege yari itwaye abantu 10 yaburiwe irengero

208b grand caravan aircraft owned 98037558 1738911522

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari mu bikorwa byihutirwa byo gushakisha indege yari itwaye abantu 10 yaburiwe irengero mu nzira yayo ijya mu mujyi wa Nome muri Alaska. Iyo ndege ya Bering Air yari ivuye i Unalakleet yerekeza i Nome, aho yari kugera saa kumi z’umugoroba ku wa Kane tariki 6 Gashyantare, ariko […]

FIFA yahagaritse imikino muri Congo Brazzaville

FECOFOOT COMEX

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) yahagaritse Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Congo Brazzaville (FECOFOOT) kubera kwivanga kw’abantu batabifitiye ububasha mu mikorere yaryo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane tariki ya 6 Gashyantare 2025, FIFA yatangaje ko yafashe uyu mwanzuro nyuma y’uko ibyo bibazo byagaragajwe kenshi, ariko ntibikemurwe. Iki cyemezo cyafashwe ku bwumvikane n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira […]

Umusirikare wa Amerika n’abakozi batatu bapfiriye mu mpanuka y’indege muri Filipine

250206 philippines helicopter crash ac 1054p 803285

Ku wa Kane, indege ya gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impanuka mu murima w’umuceri mu ntara ya Maguindanao del Sur, mu majyepfo ya Filipine, ihitana umusirikare umwe wa Amerika n’abakozi batatu b’abasivili bakoreraga igisirikare cy’icyo gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa Amerika bushinzwe ibikorwa mu karere k’Inyanja y’Abahinde n’iya Pasifika (U.S. Indo-Pacific Command), […]

Kapiteni Bizimana Djihad yabonye ikipe muri Libya

20250207 085119

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Bizimana Djihad, yerekeje muri Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya avuye muri Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 yasinye muri iyi kipe y’ubukombe nyuma y’umwaka n’igice muri Kryvbas, aho yagiriye ibihe byiza, anahatana mu marushanwa ya UEFA Europa League. Bizimana agiye gusanga muri Al Ahli […]

Nyamasheke: Polisi yarashe umugabo wari umaze kwica umugore we utwite

GjF7Vb2XMAABCk3

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare 2025, mu Mudugudu wa Kasenjara, Akagari ka Karusimbi, Umurenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, habereye ubwicanyi bukomeye bwakozwe n’umugabo witwa Niyonagize Xavier w’imyaka 50, bikekwa ko yari afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu mugabo yafashe umuhoro atema inka, atemagura umugore we, Uwiragiye Costasie […]

Umuhanzi Audia Intore yambitswe impeta n’umunyamakuru wa Inyarwanda

audia1 36b10 5336021738830215 1

Umunyamakuru Niyonsenga Cyiza Kelly, uzwi nka The Cyiza yambitse impeta umukunzi we Alice Diane Uwimana uzwi nka Audia Intore mu birori byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 5 Gashyantare 2025. Ibi byabaye ubwo hizihizwaga isabukuru y’amavuko ya Audia, aho umunyamakuru The Cyiza yaboneyeho kumutungura amusaba ko yazamubera umugore. Audia Intore, umuhanzikazi uzwi […]

Kanye West yatakagije ubwambure bw’umugore we (Amafoto)

kanye west bianca censori

Umuraperi w’icyamamare Kanye West, uzwi ku izina rya Ye, yagaragaje amarangamutima akomeye ku mugore we Bianca Censori, nyuma y’uko agaragaye ku itapi itukura (red carpet) bwa mbere yambaye ubusa buri buri. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Ye yavuze ko uwo mugoroba wamubereye udasanzwe, atangarira uburyo umugore we agaragara nk’ufite ubwenge, impano, ubutwari, ndetse n’ubwiza […]

Intambara ya M23 na RDC ntizabuza Tour du Rwanda 2025 kuba

GfkAUgBXIAAdZT8

Ku wa 5 Gashyantare 2025, Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko isiganwa mpuzamahanga Tour du Rwanda 2025 rizaba uko biteganyijwe, nta mpinduka ku ngengabihe, kandi rikazaba mu mutekano usesuye.  Mu itangazo rigenewe itangazamakuru, FERWACY yasobanuye ko nubwo muri iyi minsi hari umwuka utari mwiza mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Leta y’u Rwanda yiyemeje kwishyura ibyangijwe n’ibisasu byaturutse muri DRC

a landscape view of rubavu city one of the second cities of rwanda file 0

Leta y’u Rwanda yatangaje ko izishyura ibyangijwe n’ibisasu byarashwe mu Rwanda bivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yavuze ko ibi bisasu byatewe n’igisirikare cya Kongo (FARDC) ku bushake, mu mugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Yavuze ko abantu 16 bapfuye, abarenga 160 bagakomereka, mu gihe […]

Visi Perezida wa Philippines yegujwe

241203 Sara Duterte al 0717 76a657

Inteko Ishinga Amategeko ya Philippines yakuye mu nshingano Visi Perezida Sara Duterte ku wa Gatatu, nyuma y’ibirego birimo gushaka kwica Perezida Ferdinand Marcos Jr., ruswa ikabije no kudakomeza kurwanya ibikorwa by’Ubushinwa mu nyanja ya South China Sea. Abadepite 215 barimo umuhungu wa Perezida, Sandro Marcos, bashyigikiye iki cyemezo cyahise cyoherezwa muri Sena izaburanisha Duterte. Ibi […]

Rayon Sports yakiriye umukinnyi mushya

1 34 2 1a41e

Umukinnyi wo hagati ukomoka muri Mali, Souleymane DaffĂ© wumvikanye na Rayon Sports yasesekaye i Kigali mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, tariki ya 6 Gashyantare 2025. Akigera i Kigali, uyu mukinnyi yatangaje ko yiteguye gufasha iyi kipe kugera ku ntsinzi no gutwara ibikombe. DaffĂ© wakiniye AS Real de Bamako na Salitas FC, yakiriwe n’abayobozi […]

Ibintu 10 by’ukuri ku bagore n’intege nke zabo

2c73afa1 8d32 4fb9 926a 1a73679f5328

Hari ibintu by’ingenzi abagabo bakagombye kumenya ku bagore. Ntutabimenya, ntuzatangare igihe azaba agutaye akajya kwishakira abandi bagabo bamuha ibyo yifuza. 1. Abagore si abanyantege nke, ahubwo bakunda kugaragara nk’aho ari bo. Bishimira kugira ubuzima bworoshye kandi butabavunanye kuko bumva neza uko ubuzima bugenda. Bashaka kugendera ku murongo wawe, ariko wowe ukagerageza kubagenzura. 2. Ni wowe […]

Polisi yerekanye abantu 7 bashinjwa kwiba no kwangiza ibikorwaremezo

GjBhInmXUAA37M8

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 5 Gashyantare 2025, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) hamwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) berekanye abantu barindwi bakekwaho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi no kwiba ibyuma bikenerwa mu miyoboro y’amashanyarazi mu Mujyi wa Kigali. Ibi byashyizwe ahagaragara na Polisi […]

Umuzamu yategetswe gukora pompage azira gutereta nyirabuja

gambia 1738749369

Umuzamu wo muri Kanifing Estate yahatiwe gukora pompage nyuma yo gushinjwa kugirana umubano wihariye n’umugore w’umukoresha we. Umugabo utuye muri Kanifing Estate, muri Gambia, yategetse umuzamu we gukora pompage (push-ups) nyuma yo kumushinja gukundana n’umugore we. Uyu mukoresha, uzwi ku izina rya Gully Side ku mbuga nkoranyambaga, yemeje aya makuru mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu […]

Mitima Isaac yirukanwe na Al Zulfi FC nyuma y’amezi atanu

mitima isaac ari mu biganiro bya nyuma na rayon sports ngo yongere amasezerano

Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Isaac Mitima yatandukanye n’ikipe ya Al Zulfi FC yo mu cyiciro cya kabiri muri Arabia Saoudite nyuma y’amezi atanu gusa. Mitima w’imyaka 27 yari yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Kanama 2024, ariko iyi kipe yahisemo gusesa amasezerano nyuma yo kudatanga umusaruro wari witezwe. Uyu myugariro yakiniye Al Zulfi imikino itanu gusa, […]

SA: Abadepite basabiye Minisitiri w’ingabo kwegura Akanafungwa

WhatsApp Image 2025 02 04 at 21.58.02 46909f10

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wungirije w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Angie Motshekga hamwe n’umwungirije Bantu Holomisa bitabye Inteko Ishinga Amategeko basobanura ku butumwa bw’ingabo zabo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iki kiganiro cyaranzwe n’impaka zikomeye ndetse n’uburakari bw’abadepite, batishimiye ukuntu ingabo zabo zirimo gupfa ku rugamba. Abadepite bibajije impamvu […]

Intwari y’Abisiraheli Samusoni wagushijwe n’umugore

Ubuzima bwa Samusoni ni urugero rufatika rugaragaza uko Imana ishobora gukoresha umuntu ufite intege nke, haba mu buryo bw’umwuka cyangwa ubw’umubiri, kugira ngo asohoze umugambi wayo. Yari yaratoranyijwe kuva akivuka kugira ngo abohore Abisiraheli ku butegetsi bw’Abafilisitiya. Ivuka ryihariye rya Samusoni Samusoni yavukiye mu muryango wa Manowa, ababyeyi be bari batarabyara. Umumarayika w’Imana yabonekeye nyina, […]

Mugabo, dore ibintu 8 bizatuma uba udasimburwa mu mutima w’umugore

Mu rukundo, umugabo ufite agaciro n’icyubahiro ntasimburwa. Iyo umugore ahora ashakisha uwamuruta, bivuze ko atakwubaha uko bikwiye. Niba wifuza kuba umuntu w’imbaraga utazigera asimburwa, dore ibintu umunani ugomba kugenderaho. 1. Ntuzagire icyo ukora mu gihe aguciye inyuma Umugore akimara kuguca inyuma, ntukagire icyo ukora ngo umwinginge agaruke. Iyo ugaragaje ko umukunda birenze urugero nyuma yo […]

Wema Sepetu yiyakiriye nk’ingumba

Wema Sepetu

Umunyamakurukazi n’umukinnyi wa filime wo muri Tanzania, Wema Sepetu yatangaje ko yamaze kwemera ko atazagira umwana we bwite nyuma y’imyaka myinshi ahanganye n’imbogamizi z’uburumbuke. Mu kiganiro yagiranye na Sam Misago TV, Wema w’imyaka 35 yavuze ko yaciye mu bihe bigoye mu rugendo rwo gushaka kwibaruka, ariko ko yaje kwakira uko ibintu bimeze, abifata nk’igice cy’umugambi w’Imana […]

Minisitiri Utumatwishima yiyemeje gufatanya na Tom Close mu guca agasuzuguro

utumatwishima 4 7f320 860x569 1

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yavuze ko ashishikajwe n’igitekerezo cya Tom Close cyo gutegura igitaramo gisimbura icyo Tems yari yiteguye gukorera i Kigali. Yemeye ko Minisiteri izafatanya na Tom Close mu gutegura iki gitaramo. Hashize iminsi umuhanzi Tems atangaje ko asubitse igitaramo yari yiteguye gukorera muri BK Arena tariki ya 22 […]

Cristiano Ronaldo ahamya ko ari umukinnyi w’ibihe byose nubwo bamwirerengagiza

2M58362

Rutahizamu w’ikirangirire Cristiano Ronaldo yatangaje ko ari we mukinnyi w’umupira w’amaguru wuzuye kurusha abandi bose babayeho. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Edu Aguirre wo kuri El Chiringuito, Ronaldo yagaragaje ko nubwo abantu bashobora gukunda Lionel Messi, Diego Maradona cyangwa Pele, we yiyumva nk’umukinnyi wuzuye kurusha abandi bose mu mateka y’umupira w’amaguru. “Ntekereza ko ndi umukinnyi w’umupira w’amaguru […]

Perezida Kagame agiye guhura na Tshisekedi

WhatsApp Image 2025 02 03 at 18.06.07 044e35a7

Ku wa Gatanu no ku wa Gatandatu w’iki cyumweru hazaba inama ihuza Umuryango w’Iterambere ry’Ibihugu byo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu rwego rwo kuganira ku bibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025 […]

Mugabo dore uburyo 7 wakigarurira amarangamutima y’umugore

WhatsApp Image 2025 02 03 at 17.58.12 89eabb83

Abagabo bakunda gutekereza ko abagore bagendera ku marangamutima, mu gihe bo bagendera ku bitekerezo bisobanutse. Ibi bivuze ko niba ushaka gutsindira umutima w’umugore, ugomba kumenya uko washimangira amarangamutima ye mu buryo bumukora ku mutima. Dore uburyo burindwi bwagufasha kumukundisha urukundo rukomeye: 1. Kugaragara nk’ugifite agaciro mu bandi bagore Abagore basanzwe bakunda abagabo babona ko bafite […]

RIB yafunze umucamanza Uwingabiye Delphine n’umugabo we

arton78817 017eb

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Uwingabiye Delphine, umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gatunda, akekwaho icyaha cyo kwaka no kwakira ruswa. Uwingabiye Delphine ngo yakiriye ruswa yizeza umuturage ko azatsinda urubanza rwe yari afite muri urwo rukiko. Muri iki kibazo kandi RIB yatangaje ko yafunze Rwarinda Theogene, umugabo wa Uwingabiye Delphine, ukurikiranyweho kuba […]

Cristiano Ronaldo yagiriye inama itari agacecuru Kylian Mbappé

mbappe 2425

Nyuma yo kwerekeza muri Real Madrid, Kylian MbappĂ© akomeje kwakirwa nk’umwe mu bakinnyi bazatanga umusaruro ukomeye muri iyi kipe ifite amateka akomeye ku Isi. Ku bw’ibi, Cristiano Ronaldo, wahoze ari igihangange muri Real Madrid, yamugiriye inama z’ingenzi zizafasha uyu mukinnyi w’Ubufaransa kwitwara neza no kwinjira mu bihe bye byiza. Mu kiganiro gica kuri El Chiringuito […]

Grammy Awards 2025: Beyoncé na Kendrick Lamar begukanye ibihembo bikomeye

92012880 e1be 11ef acf3 db16b55eabe4.jpg

Ibihembo bya Grammy Awards 2025 byabereye i Los Angeles ku itariki ya 2 Gashyantare 2025, aho abahanzi batandukanye bashimiwe ku bw’ubuhanga bwabo mu muziki. Ibi ni ibihembo ngarukamwaka bihabwa abahanzi bitwaye neza mu byiciro bitandukanye, birimo Pop, Hip-Hop, R&B, Rock, Country, Afrobeats, na Classical. Muri uyu mwaka, BeyoncĂ© yaciye agahigo atsindira Album y’Umwaka (Cowboy Carter), […]

David Bayingana yateye imitoma Miss Nadia Umutesi

InShot 20250203 073158667

Umunyamakuru David Bayingana yifurije isabukuru nziza y’amavuko Nadia Umutesi, inkumi bivugwa ko bari mu rukundo, aho yabinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Abinyujije kuri Instagram, Bayingana yagize ati: “Isabukuru nziza Mwamikazi wanjye, twishimiye umwaka wuzuye urukundo, ibitwenge n’ibyo umutima wawe wifuza.” Ubwo yari muri Gen Z Comedy Show, David Bayingana ubwe yemeje ko ari mu rukundo na […]

Perezida Kagame yishimiye Arsenal yanyagiye Man City

img 4206 5c58e

Arsenal yatsinze Manchester City ibitego 5-1 mu mukino wa Premier League wabereye kuri Emirates Stadium ku Cyumweru, tariki ya 2 Gashyantare 2025. Ikipe y’umutoza Mikel Arteta yakomeje kwitwara neza, yuzuza imikino 14 idatsinzwe. Kai Havertz yafunguye amazamu hakiri kare, mbere y’uko Erling Haaland yishyurira Manchester City mu gice cya kabiri. Icyakora, Arsenal yagarutse ikomeye, itsinda […]

APR FC yegukanye Igikombe cy’Intwari 2025

IMG 1615

Ikipe ya APR FC yegukanye Igikombe cy’Intwari nyuma yo gutsinda Police FC kuri penaliti 4-2, nyuma y’uko iminota 120 y’umukino warangiye amakipe yombi anganyije 0-0. Uyu mukino wa nyuma wabereye kuri Kigali PelĂ© Stadium kuri uyu wa Gatandatu, aho wahuje APR FC n’ikipe yari ifite iki gikombe, Police FC. Nubwo APR FC yakinnye iminota 13 […]

CTC Gabiro yegukanye Igikombe cy’Intwari mu mikino ihuza Ingabo z’Igihugu (Amafoto)

WhatsApp Image 2025 02 01 at 11.29.38 92b2c4ca

Irushanwa rihuza Ingabo z’u Rwanda mu mikino itandukanye ryasojwe kuri uyu wa Gatanu, aho CTC Gabiro yegukanye Igikombe cy’Intwari nyuma yo gutsinda Special Operations Force (SOF) kuri penaliti. Iyi mikino iba ngarukamwaka, yatangiye mu mpera z’umwaka ushize igamije kwimakaza umuco wo gukora siporo, gukorera hamwe no gusabana hagati y’abasirikare. Ni n’umwanya wo kugaragaza ubumenyi butandukanye […]

UCI ku byo kuba M23 na RDC bishobora kubuza Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 kubera mu Rwanda

53550675432 8e5e50a34a o 1024x683 1

Shampiyona y’Isi y’amagare iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Nzeli 2025, ikazaba ari inshuro ya mbere iri rushanwa ribereye ku mugabane wa Afurika. Mu minsi ishize, hari amakuru yakwirakwijwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko iri rushanwa rishobora kwimurirwa mu Busuwisi cyangwa ahandi, kubera impamvu z’umutekano zijyanye n’intambara iri kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hagati […]

Tombola ya Champions League: Real Madrid yatomboye Manchester City

IMG 6424 1738358409

Ikipe yatwaye igikombe cya Champions League umwaka ushize, Real Madrid, izahura na Manchester City, yatwaye iki gikombe mu 2023, mu mukino ukomeye wa tombola y’ijonjora ry’amatsinda yabaye ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama. Ni inshuro ya kane muri iyi myaka iheruka aya makipe yombi ahurira mu mikino yo gukuranamo, aho Real Madrid yatsinze City […]

Nyuma y’iminsi ibiri muri Amerika hongeye kuba indi mpanuka y’indege

20250201 011128 1738369002

Indege yahanutse mu gace ka Philadelphia mu majyaruguru y’uburasirazuba ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama, igwa ku nyubako zitandukanye aho yateje inkongi y’umuriro. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umwotsi n’inkongi byari byatangiye kwibasira ahabereye impanuka, mu gihe abantu bari mu bwoba bwinshi. Abashinzwe kuzimya inkongi bahageze vuba, ariko umuriro wari […]

Trump yikomye Selena Gomez ushyigikiye abimukira

Donald Trump Selena Gomez getty H 2025

Perezida Donald Trump n’ubutegetsi bwe banenze bikomeye umuhanzi n’umukinnyi wa filime Selena Gomez nyuma y’amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram arira, agaragaza agahinda ke ku bimukira birukanwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri ayo mashusho, Gomez yagize ati: “Abantu banjye barimo gutotezwa
 abana barimo guhura n’ibibazo. Sinabyumva. Ndababariwe. Ndagira ngo ngire icyo nkora, […]

Rihanna yagaragaye mu rukiko rwa Los Angeles

20250201 082702

Umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna yagaragaye mu rukiko rwa Los Angeles yambaye imyambaro yoroheje ariko igezweho, irimo umupira w’imbeho w’umukara, ipantalo ya ‘cuir’ yijimye aho yari aherekeje umukunzi we, A$AP Rocky uregwa ibyaha bibiri byo gukoresha intwaro mu buryo butemewe. A$AP Rocky, izina rye nyaryo ni Rakim Mayers, arashinjwa kurasa uwahoze ari inshuti ye, A$AP Relli mu […]

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi 4 nyuma yo gukomorerwa na FIFA

IMG 20250131 210802

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusoza isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi nyuma yo gukomorerwa na FIFA, nyuma y’igihe kinini yari imaze itemererwa gusinyisha abakinnyi bashya kubera kutishyura umutoza Haringingo Christian. Kuri uyu munsi, tariki ya 31 Mutarama 2025, ni bwo Rayon Sports yahawe uburenganzira bwo kongera kugura no gusinyisha abakinnyi. Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha mu […]

Ibimenyetso 9 bizakwereka ko umugore agukunda ariko akagerageza kubihisha

GioN8yQXoAACzFo

Akenshi, umuntu ashobora gukunda undi ariko akagerageza kubihisha kubera impamvu zitandukanye—ishyaka, gutinya kwerekana amarangamutima cyangwa kutamenya uko undi abyakira. Ku bagore, hari ibimenyetso bito bishobora kugaragaza ko bamukunze ariko bakabihisha. Niba wibaza niba hari umugore ugufitiye amarangamutima ariko akabihisha, reba ibi bimenyetso bishobora kukwereka ukuri. Nubwo atavuga neza ko agukunda, imyitwarire ye ishobora kukwereka byinshi. […]

Umukinnyi wa prono yaguye mu kazi ubwo yari aryamanye n’abagabo babiri icyarimwe

anna polly poses undated photo 967795511

Anna Beatriz Pereira Alves wamenyekanye ku rubuga rwa OnlyFans uzwi ku izina rya Anna Polly, yaguye uuri hoteli mu Mujyi wa Nova Iguaçu, Rio de Janeiro, ku wa 23 Mutarama 2025 ubwo yari ari mu kazi ko gukina filime z’urukozasoni. Uyu mugore w’imyaka 27 bivugwa ko yaguye kuri hoteri ubwo yari kumwe n’abagabo babiri bari […]

Perezida Kagame yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar

ginlqtgw8aacbsf a0a13

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Mohammed bin Abdulaziz Al-Khulaifi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar. Ibiganiro byabo byibanze ku mubano w’ibihugu byombi no ku bibazo by’Akarere. Ibi biganiro byitabiriwe kandi na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, ndetse na Brig Gen Jean Paul […]

Se wa The Major wo muri Symphony band yapfuye

no i won t be changing my mind ibanga majorthing 29a36

Mugengakamere Joachim uzwi nka The Major, umucuranzi wa guitar solo muri Symphony Band ndetse n’inzobere mu gutunganya umuziki, ari mu kababaro nyuma yo kubura umubyeyi we witabye Imana afite imyaka 76. Uyu muhanzi yemeje ko se yaguye mu bitaro bya CHUK mu ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2025, aho yari amaze iminsi arwariye. Nyakwigendera […]

M23 yatumye Tems ahagarika igitaramo cye i Kigali

GettyImages 1473369065 scaled 1

Umuhanzikazi w’umunya-Nigeria, Tems yatangaje ko ahagaritse igitaramo cye cyari kubera i Kigali ku wa 22 Werurwe 2025, avuga ko byatewe n’amakimbirane ari hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’uko M23 ifashe umujyi wa Goma. Mu butumwa yanyujije ku rubuga X ku wa 30 Mutarama 2025, Tems yavuze ko atari azi […]

Umugabo watwitse Korowani (Quran) yishwe arashwe

9557cc00 dee9 11ef a819 277e390a7a08.jpg

Salwan Momika, umugabo w’imyaka 38 wavuzwe cyane nyuma yo gutwika Korowani, yarashwe arapfa muri Suwede, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu. Uyu Munya-Irak wari utuye muri Suwede yarashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu mu nzu ye i SödertĂ€lje, hafi ya Stockholm. Polisi yatangaje ko abantu batanu batawe muri yombi nyuma y’aho uyu mugabo […]

Umunyarwenya Ken Flores yapfuye

24c9f4648cd4411c976bb7f189500388

Umunyarwenya Ken Flores yapfuye ku myaka 28 azize umutima kuwa Kabiri, tariki 28 Mutarama nk’uko byemejwe n’Urwego rushinzwe gupima impamvu z’ipfu rya Los Angeles. Amakuru atangwa n’inzego z’umutekano avuga ko Flores yagiriye ikibazo cy’umutima mu rugo rwe aho umuntu wari kumwe na we yahise ahamagara ubutabazi bwihuse akanagerageza kumuha ubufasha bwa CPR mbere y’uko abaganga […]

Urukundo ruragurumana hagati ya Hamisa Mobetto na Azizi Ki

WhatsApp Image 2025 01 30 at 11.14.59 0e949f1e

Nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bari mu rukundo ariko bagakomeza kubihakana, Hamisa Mobetto n’umukinnyi wa Yanga SC, Azizi Ki basa n’abafashe icyemezo cyo gushyira ahagaragara umubano wabo. Ibi bikomeje gukekwa nyuma y’uko Hamisa Mobetto yagaragaye aha Azizi Ki impano y’inkweto z’imikino, ndetse akanasangiza abamukurikira amafoto n’amashusho ari kumwe na we mu bihe byiza. Aya mafoto […]

Umuraperi Fireman ari kwivuza ibiyobyabwenge

fireman2 3938431616068346

Umuraperi w’Umunyarwanda Francis Uwimana, uzwi ku izina rya Fireman, yinjiye mu ivuriro rya Huye Isange Rehabilitation Centre ku itariki ya 19 Mutarama, nyuma yo guhitamo kujya kwivuza ibibazo byo gukoresha ibiyobyabwenge. Amakuru aturuka ku muntu wa hafi y’uyu muraperi utifuje ko amazina ye atangazwa, avuga ko Fireman ubwe yafashe umwanzuro wo kujya kwivuza nyuma y’imyaka […]

Kajugujugu y’Igisirikare cy’Amerika yagonganye n’Indege ya American Airlines

A US

Indege ya kajugujugu y’igisirikare cy’Amerika yo mu bwoko bwa UH-60 Black Hawk yagonganye n’indege ntoya ya American Airlines hafi y’Ikibuga cy’Indege cya Reagan Washington National muri Leta ya Virginia, igwa mu Ruzi rwa Potomac. Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya nijoro ku wa Gatatu, ikaba imaze kugwamo abantu benshi nk’uko inzego z’ubutabazi zabitangaje. Itangazo ryatanzwe […]

Uburyo 8 watangiza ikiganiro n’umukobwa mwiza mugihura

GiY2hTCW8AAynid

Gutangira ikiganiro n’umukobwa ntibikwiye kuba ibintu bigutera ubwoba cyangwa bikakugora. Akenshi, abagabo bagira impungenge zo kutamenya icyo bavuga cyangwa gutekereza ko bagomba kugira amagambo adasanzwe kugira ngo bakurure abagore. Nyamara, igisobanuro cy’ukuvugana n’umuntu si amagambo akakaye ahubwo ni uburyo wiyereka n’icyizere wifitiye. Iyo utangiye ikiganiro neza uha umukobwa impamvu yo kugumana nawe, kumva yisanzuye no […]

Chidiebere ari kwishyuza APR FC umushahara w’amezi 10

69227

Rutahizamu w’umunya-Nigeria, Johnson Nwobodo Chidiebere arasaba ikipe ya APR FC kumwishyura umushahara w’amezi 10 angana n’umwaka w’imikino nyuma yo gusezererwa na iyi kipe. Uyu mukinnyi w’imyaka 21 y’amavuko yasezerewe ku wa Mbere, tariki ya 27 Mutarama 2025 nyuma yo kumara amezi atandatu gusa muri APR FC, mu gihe yari yarasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu mwaka […]

Lady Gaga yatangije intambara kuri Perezida Trump udashyigikiye abatinganyi

f970193be0864f0387a421ed53994baf md

Umuhanzikazi Lady Gaga yatangaje ko atazatezuka ku rugamba rwo kurengera uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina (LGBTQ+) cyane cyane muri iki gihe bamwe muri bo babona ahazaza habo ari habi nyuma y’irahira rya Perezida Donald Trump. Uyu muhanzikazi uzwi ku izina rya “Mother Monster” n’abafana be, yavuze ko azakomeza kuba hafi y’iri tsinda aho agaragaza ko amatora […]

Umugabo witwa Samson yashyingiranywe n’abagore babiri icyarimwe (Amafoto)

delta3 1738078094

Umugabo witwa Samson Ijebu yashyingiranywe n’abagore babiri icyarimwe mu muhango wabaye ku Cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, mu mujyi wa Odovie, uherereye mu karere ka Ughelli, muri Leta ya Delta, mu gihugu cya Nijeriya. Aba bagore bombi basangiye izina rimwe rya mbere, Ejiro. Amakuru avuga ko uyu mugabo ari uwahoze ari umuyobozi w’umudugudu ndetse […]

Emelyne ‘Ishanga’ na bagenzi be 4 bajyanywe mu kigo ngororamuco

InShot 20250129 103949421

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko abantu batanu, barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’, bajyanywe kugororerwa mu kigo ngororamuco cya Huye, mu gihe abandi batatu bakurikiranywe n’ubutabera bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni. Abajyanywe mu kigo ngororamuco ni Kwizera Emelyne, Gihozo Pascaline, Uwase Salha, Uwase Shakira na Uwase Belyse. Naho Uwineza Nelly Sany, Ishimwe Patrick na Babingwa Josue bo […]

APR FC yatsinze AS Kigali igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari

IMG 20250128 173437

Ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino w’igikombe cy’Intwari wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Kabiri.  Igice cya mbere cy’umukino cyaranzwe no kwataka kw’impande zombi ariko nta gitego cyabonetse, amakipe yombi anganya 0-0. Igice cya kabiri cyatangiye APR FC isatira cyane, maze ku munota wa 55 ihabwa […]

Trump yirukanye abashinjacyaha bamushinjaga mu nkiko

9db8ff90 d976 11ef bc01 8f2c83dad217

Bitangazwa ko abasaga icumi bakoze ku manza za Donald Trump birukanywe nyuma y’uko Minisiteri w’Ubutabera w’agateganyo, James McHenry avuze ko batabizera mu gushyira mu bikorwa gahunda za Perezida Trump. Mu ibaruwa yandikiwe aba bakozi, McHenry yagize ati: “Kubera uruhare rwanyu mu gukurikirana Perezida Trump, ntabwo ubuyobozi bwabizeye mu gushyira mu bikorwa gahunda zayo.” Ibi byabaye […]

Radja Nainggolan arafunze

96b357783ef2f6d78e679f4d4a6944f9 1737974154

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru w’Umubiligi, Radja Nainggolan yatawe muri yombi mu iperereza ku bucuruzi bwa cocaine. Nainggolan w’imyaka 36 yafashwe ku wa Mbere mu gitondo hamwe n’abandi bakekwaho uruhare muri ubu bucuruzi, mu mukwabu wakozwe mu bice bitandukanye by’u Bubiligi. Ibiro by’umushinjacyaha i Buruseli byatangaje ko iperereza rirebana no kwinjiza cocaine ivuye muri Amerika y’Amajyepfo ikanyuzwa […]

Dore uko amakipe azesurana mu gikombe cy’Afurika

AFCON 2025 qualifiers full schedule of matches of the first day 1024x576 1 1200x675 1

Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki ya 27 Mutarama 2025 habaye tombola yo gushyira ibihugu bizakina Igikombe cya Afurika 2025 mu matsinda. Uyu muhango wabereye i Rabat muri Maroc wasize amakipe 24 agabanyijwe mu matsinda atandatu, buri tsinda ririmo amakipe ane. Maroc, izakira iri rushanwa iri mu itsinda rya mbere hamwe na Mali, Zambie […]

50 Cent arashinjwa gukomeretsa umufotozi

50 cent 2019 b billboard 1548

Curtis James Jackson III, uzwi cyane ku izina rya 50 Cent yajyanywe mu nkiko n’umufotozi Guadalupe De Los Santos, umushinja kumukomeretsa afatanyije n’itsinda ry’abantu be. Uyu mufotozi yavuze ko ku wa 11 Nzeri 2024 ubwo 50 Cent yari mu bikorwa byo kumenyekanisha igitabo cye The Accomplice: A Novel 50 Cent i Los Angeles, aho yaje […]

Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya

whatsapp image 2025 01 27 at 16.23 43 e40a6 c8f81

Rutahizamu w’Umunya-GuinĂ©e-Bissau, Adulai JalĂł w’imyaka 20 yageze i Kigali mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mutarama 2025, aho aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports. JalĂł wakiniraga Sports Benfica de Bissau yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali ahagana Saa Saba z’ijoro yakirwa n’umujyanama we Karenzi Alex. Uyu mukinnyi yavuze ko intego […]

Umugabo yabyutse asanga igitsina cye cyazimiye

photo output 68 1068x601 1

Muri Afurika hakomeje kugaragara kibazo aho abantu bavuga ko gituruka mu bwonko bitewe no gutakaza igitsina cyabo. Iki kibazo cyamenyekanye cyane bwa mbere muri Nigeria ariko kimaze kugera no mu bindi bihugu birimo na Ghana. Nk’uko byatangajwe, hari umugabo ukiri muto wavuze ko igitsina cye cyaburiwe irengero nyuma yo guhura n’undi muntu. Uwo mugabo yagaragaye […]

Uburyo waganiriza umukobwa mwiza mugihura

GiSXo7AW4AAO0jr

Gutangira ikiganiro n’umukobwa uteye neza bishobora kuba bitoroshye ariko hari uburyo ushobora gukurikiza kugira ngo bikugendere neza. Dore ibintu by’ingenzi wagenderaho: 1. Iyizere wowe ubwawe Kuba wifitiye icyizere n’ibyiyumvo byiza bifasha kwiyumva neza imbere y’abandi. Mbere yo kwegera umukobwa, iyibutse amagambo meza akugirira akamaro, nko kuvuga uti, “Ndabishoboye,” cyangwa “Ndi umuntu ufite ubwenge kandi ushimishije.” […]

Igisirikare cy’Amerika cyakuyeho amasomo yigishaga ubutwari bw’Abirabura mu ntambara ya 2 y’Isi

Tuskegee Airmen ca 1943 US Airforce scaled

Itegeko rya Donald Trump ribuza gahunda zigamije guteza imbere amoko, ubwuzuzanye n’uburinganire (DEI) ryatumye Igisirikare cy’Amerika gisuzuma inyigisho zivuga ku ruhare rw’abapilote b’abirabura n’abagore mu Ntambara ya Kabiri y’Isi kugira ngo zisibwe mu nyigisho zitangwa muri gahunda y’imyitozo ya gisirikare. Ku wa Gatandatu, umwe mu bashinzwe igisirikare yatangaje ko hakoreshejwe “inzira zihuse” zo guhagarika iyo […]