FIFA yahannye Rayon Sports

GiSPjiVXUAAuE B

Impuza mashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA” yahannye ikipe ya Rayon Sports FC aho yayibwiye ko ihagaritswe kwandikisha abakinnyi bashya mu igi itari yishyura umwenda ibereyemo uwari umutoza wayo ukomoka mu Burundi, Haringingo Francis. Iki gihano cyaturutse ku kuba iyi kipe itarishyura amafaranga agera kuri miliyoni 9.5 y’u Rwanda, ibereyemo umutoza Haringingo Francis. Ibi bihano […]

Ibyo ukwiriye kumenya kuri VAR yashyizwe muri Stade Amahoro

1m6a9404 eefe0

Ikoranabuhanga ryunganira abasifuzi (Video Assistant Referee – VAR) ryashyizwe muri Stade Amahoro iherutse gusanwa aho hahise hanatangira igeragezwa ryayo. Mu gihe iryo geragezwa ryagenda neza, u Rwanda rushobora kwinjira mu bihugu bikoresha iyi tekinoloji mu mikino y’umupira w’amaguru. VAR ni ikoranabuhanga rifasha abasifuzi mu gufata ibyemezo nyabyo mu bihe by’ingenzi by’umukino, muri iyi nkuru tugiye […]

DJ Alisha yabatijwe azinukwa ubusinzi n’ubusambanyi

photo output 36 edited scaled 1

Umunyarwandakazi ukorera muri Uganda, DJ Alisha yatangaje ibyishimo by’uko yabatijwe ndetse ashimangira ukuntu yari yaratwawe n’iby’isi binyuze mu busambanyi n’ubusinzi. DJ Alisha uzwi cyane mu mwuga w’itangazamakuru kuri NFG Radio Uganda no mu bitaramo bitandukanye, aho akunze kugaragara yambaye imyambaro migufi, yavuze ko ibi byari bimwe mu byamubujije amahoro kugeza afashe icyemezo cyo kwiyegurira Kristo […]

Umusifuzi Michael Oliver yatatswe n’abafana bikekwa ko ari aba Arsenal

download 12

Umusifuzi Michael Oliver yatatswe n’abafana bikekwa ko ari aba Arsenal binyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusifurira iyi kipe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.  Umuryango w’abasifuzi b’umupira w’amaguru mu Bwongereza (PGMOL) watangaje ko Polisi yatangiye iperereza ku bikorwa byo guhohotera no gutera ubwoba byakorewe umusifuzi Michael Oliver n’umuryango we nyuma y’umukino wahuje Wolverhampton na Arsenal. […]

Omah Lay ahamya ko atanywa itabi ritari urumogi

WhatsApp Image 2025 01 25 at 16.44.55 1737819919

Umuhanzi w’Umunya-Nijeriya, Stanley Didia uzwi ku izina rya Omah Lay yatangaje ko anywa urumogi gusa. Omah Lay uri i Paris mu Bufaransa aho yitabiriye ibirori bya Paris Fashion Show, yagaragaye afite itabi. Umunyamakuru umwe wari uhari yahise amwegera amubaza niba akeneye ikibiriti ngo aricane. Mu gusubiza, Omah Lay yagize ati: “Ntabwo nkeneye ikibiriti. Sinywa itabi, […]

Umunyarwenya Chipukeezy wo muri Kenya yishimiye gukorana umuganda n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali

20250125 144311

Ku wa Gatandatu, tariki ya 25 Mutarama 2025 umunyarwenya w’Umunya-Kenya, Chipukeezy, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Kicukiro mu muganda rusange usoza ukwezi. Uyu muganda wari ugamije gutunganya umuhanda Rebero-Gihuke ukomeza Ayabaraya aho hashyizwe ‘laterite’ no gutunganya inzira z’amazi. Uyu muganda witabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Patrice Mugenzi, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva […]

Umuraperi DJ Unk yapfuye

36edf80fc76f62d25ee2cb9d462264c9

Umuraperi w’Umunyamerika, DJ Unk wamamaye mu ndirimbo nka Walk it Out na 2 Step yapfuye  azize uburwayi muri izi mpera z’icyumweru. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe na Big Oomp Robinson, wari usanzwe areberera inyungu ze binyuze muri sosiyete ye yitwa ‘Big oomp’ yari amaze imyaka igera kuri 25 bakorana. Mu magambo yuzuye agahinda, Robinson yagize ati: […]

Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugore ashaka kuryamana nawe

WhatsApp Image 2025 01 25 at 13.08.12 900e7b42

Mu buzima bwa buri munsi hari uburyo bwinshi umugore ashobora gukoresha kugira ngo agaragaze ko ashaka kuryamana n’umugabo yishimiye. Imyitwarire ye, amagambo avuga, ndetse n’uburyo yitwara bishobora kuba ibimenyetso byerekana ibyo atekereza cyangwa ashaka. Muri iyi nkuru, turagaruka ku bimenyetso birindwi by’ingenzi bizakwereka ko umugore ashaka kugusambanya kandi tukareba uko byagaragara mu buryo buciriritse kandi […]

Lata yaba iri kuneka P Diddy no muri gereza

94494309 14323311 Further allegations this week include a former college colleague a 6 1737761770249

Abunganira P Diddy mu mategeko barashinja abashinzwe iperereza kumusaka muri gereza bitemewe n’amategeko aha bari bagamije gushaka ibimenyetso bishya batumwe na Leta. P Diddy we atangaza ko leta iri kumuneka rwihishwa aho afungiye muri gereza hagamijwe gushakisha ibimenyetso byo kumushyira hasi. Bivugwa ko ibi bikorwa byakozwe n’abakozi b’ishami ry’ubushinjacyaha rya Southern District of New York, […]

Rayon Sports irimo guhura n’ikibazo cy’ubukungu

69000

Ikipe ya Rayon Sports irimo guhangana n’ikibazo cy’ubukungu gikomeye aho bivugwa ko abakinnyi n’abakozi bayo baberewemo imyenda irenga miliyoni 70 z’amafaranga y’u Rwanda, arimo imishahara n’amafaranga yo kuzana abakinnyi. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Perezida wa Rayon Sports, Thaddée Twagirayezu, yemeye ko iki kibazo gihari anavuga ko cyatangiye mu bihe bya mbere ku buyobozi bwabanjirije ubwe. Yagize […]

Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo

US state prisons 1737732374

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko imfungwa (abagore bavutse ari abagabo) bajya bashyirwa mu magereza y’abagabo kandi bakanahagarikirwa serivisi z’ubuvuzi zifitanye isano no guhindura igitsina. Iri tegeko ryashyizweho ku munsi wa mbere Trump atangiye manda ye, rigamije gushyira imipaka ku bijyanye n’uko leta y’Amerika iha agaciro igitsina cy’umuntu ishingiye ku […]

Iminsi y’icyumweru n’ibigirwamana byayo birwanya Abakristo

Iyo amasaha 24 ashize nibyo twita umunsi, iyo byisubiyemo inshuro 7 bibyara iminsi 7 tukabyita icyumweru. Buri munsi ugira izina ryawo bitandukanye n’undi munsi aho mu guhitamo ayo mazina hagendewe ku bigirwamana byasengwaga icyo gihe. Dore uko amazina y’iminsi y’icyumweru yaturutse ku bigirwamana, amateka yabyo, n’uko bihangana n’imyizerere y’Abakirisitu: 1. Ku wa Mbere (Monday / […]

Abagabo bikubye kabiri mu burebure kurusha abagore – Ubushakashatsi

gettyimages 951525426 1737697367

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu bagiye barushaho gukura mu burebure no mu buremere mu kinyejana gishize bitewe n’imibereho myiza n’imirire myiza. Ariko, izi mpinduka ntizabaye ku rugero rumwe hagati y’abagabo n’abagore. Abagabo bagize ubwiyongere bwihuse mu burebure no mu buremere kurusha abagore nk’uko ubushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru Biology Letters bwabisobanuye. Abashakashatsi bo mu Butaliyani, Leta […]

Kim Kardashian yatakaje abafana ibihumbi 150 kubera ifoto y’umugore wa Trump

forum 0772129928

Icyamamare mu biganiro bivuga ukuri, Kim Kardashian yamaze gutakaza abamukurikira bagera hafi ku ibhumbi 150 kuri Instagram nyuma yo gushyiraho ifoto ya Melania Trump, umugore wa Donald Trump yafashwe mu birori byo kurahira byabaye ku wa Mbere w’iki cyumweru. Kardashian ufite abayoboke bagera kuri miliyoni 358 kuri Instagram, yateje impaka nyuma yo gushyirahi ifoto ya […]

Kivumbi King yashyizwe mu bahanzi 10 b’Abanyafurika bitezweho ibitangaza muri 2025

AATW 25 16 X 9 1

Umuziki wa Afurika ukomeje gutera imbere aho abahanzi bashya bagaragaza impano zabo zirimo kagura imbibi no gukurura abafana ku isi hose. Dore abahanzi 10 bashya bafite amahirwe yo gutera imbere no kugira uruhare rukomeye mu muziki wa Afurika muri 2025 nk’uko byatangajwe n’urubuga rucururizwaho umuziki rw’abanyamerika Audiomack. Muri uru rutonde hagaragaraho umunyarwanda umwe ari we […]

Umukinnyi wa Man U yagaragaye asunika umukozi wa Rangers (Amafoto)

newspress collage 1xgput63n 1737673116374

Mu mukino wa Europa League wabereye kuri Old Trafford wahuje Manchester United na Rangers, hagaragaye igice cyateye urujijo ubwo umukozi wa Rangers yageragezaga kwivanga mu byishimo by’abakinnyi ba United bikaza kumuviramo gusunikwa. Manchester United yatsinze uwo mukino ku bitego 2-1 aho igitego cya nyuma cyatsinzwe na kapiteni Bruno Fernandes mu minota y’inyongera. Icyo gitego cyateje […]

Axel Rudakubana wishe abana 3 yakatiwe gufungwa imyaka 52

rudak f385c

Urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza rwakatiye Axel Rudakubana igifungo cy’imyaka 52 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana batatu no kugerageza kwica abandi bantu 10. Uyu musore w’imyaka 18 y’amavuko wagaragaye mu rukiko asakuza kandi anenga ko ubuzima bwe bwo mu mutwe butitaweho, yakoze ibi byaha akiri umwana muto w’imyaka 17, tariki ya 29 Nyakanga […]

Abasirikare ba RDF barangije amasomo yagisirikare muri Qatar (Amafoto)

Gh CJJlWwAA5ef7

Ku wa 22 no ku wa 23 Mutarama 2025 abasirikare b’u Rwanda bo mu Ngabo z’Igihugu (RDF) barangije amasomo y’imyaka ine bigiraga mu mashuri makuru ya gisirikare muri Qatar. Ibirori byo gusoza amasomo byitabiriwe na Nyiricyubahiro Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, Umwami wa Qatar ndetse n’abasirikare bakuru baturutse mu bihugu byombi, u Rwanda na […]

APR FC ntiyiteguye gutanga Clément Niyigena

28212

Ikipe ya APR FC ifite igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda giheruka yatangaje ko umukinnyi wabo wo hagati mu bwugarizi, Clément Niyigena akiri umukinnyi wabo aho yahakanaga amakuru avuga ko agiye kwerekeza muri Tunisia. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, APR yagize iti: “Turi kuganira n’umukinnyi wacu  buri munsi kandi aracyari hano. Nta busabe na bumwe twigeze tubona […]

P Diddy uri mu gihome yatanze ikirego asaba indishyi

Screenshot 2024 05 19 at 16.56.56

Ku wa Gatatu tariki ya 22 Mutarama 2025 umuraperi w’imyaka 55 P Diddy yatanze ikirego cya miliyoni $50 muri Leta ya New York, arega Courtney Burgess, umunyamategeko we Ariel Mitchell ndetse na Nexstar Media. P Diddy yashinje aba bose kumusebya binyuze mu byo Burgess yatangaje imbere y’akanama nkemurampaka aho yavugaga ko afite amashusho agaragaza Diddy […]

Assana Nah Innocent yageze mu Rwanda agiye gusinyira Rayon Sports

gh6eqfgw8aa0djs 6a431

Umunya-Cameroun Assana Nah Innocent ukina aca mu mpande yageze mu Rwanda ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 22 Mutarama 2025 aho agiye gusinyira Rayon Sports FC. Assana yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali yakirwa na Perezida w’abafana ba Rayon Sports, Claude Muhawenimana ndetse na Aziz Bassané barakuranye mu irerero ry’umupira muri Cameroun. […]

Uwagabye igitero muri Capitol yanze imbabazi za Trump

images 4 5 1737579333

Pamela Hemphill umwe mu bagize uruhare mu myigaragambyo yo ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika (Capitol), yavuze ko atakwemera imbabazi zatanzwe na Perezida Donald Trump nyuma y’imyaka ine. Uyu mugore wahawe akazina ka “Maga granny” ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ibirango bya Trump “Make America Great Again” yari yarakatiwe igifungo cy’amezi abiri nyuma yo kwemera […]

Rutahizamu mushya wa APR FC yageze i Kigali

78197098 558447204726752 246645914381320192 n 24881

APR FC yakiriye rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara w’imyaka 25 wageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki 23 Mutarama 2025. Ouattara wari umaze gutandukana na JS Kabylie yo muri Algeria yavuze ko yishimiye kwinjira muri APR FC avuga ko ari ikipe ifite umushinga mwiza wamusabye kuyijyamo. Ati: “Imana n’imfasha nzatanga […]

Putin na Xi Jinping w’Ubushinwa bagiranye ibiganiro

jinping and putin 6241f

Ku wa 22 Mutarama 2025 Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping bagiranye ibiganiro bakoresheje ikoranabuhanga. Ibi biganiro byibanze ku ngingo zirimo intambara ya Ukraine, ibihano by’ubukungu byafatiwe ibyo bihugu, ndetse n’ubufatanye mu mishinga y’iterambere. Umujyanama wa Perezida Putin mu bya politiki mpuzamahanga, Yuri Ushakov yatangaje ko ibiganiro byamaze isaha n’igice. […]

Amabanga 20 y’abagore/abakobwa batifuza ko umugabo/umusore wese amenya

WhatsApp Image 2025 01 22 at 16.10.22 608d3c4f

Mu buzima bw’urukundo n’imibanire hari amabanga yihariye abagore badakunda ko amenyekana. Dore amabanga 20 y’abagore/abakobwa batifuza ko umugabo/umusore wese amenya: 1. Kubika amabanga Nubwo abagore bashobora kubika amabanga, akenshi hari undi muntu bayasangiza cyane cyane umuntu babonamo icyizere. Mu magambo make ntibashobora kubika ibanga. 2. Urukundo Umugore/umukobwa ntiyashobora gukunda abagabo babiri icyarimwe. Hari umwe gusa […]

Polisi y’u Rwanda yareshe mu kico abasore babiri batorotse kasho bari bafungiyemo

WhatsApp Image 2025 01 22 at 15.12.19 fa025786

Abasore babiri aribo Nshimiyimana Eric w’imyaka 22 na Nshimiyimana Innocent w’imyaka 20 bakomoka mu Karere ka Gisagara, barashwe n’umupolisi nyuma yo gutoroka kasho ya Polisi ya Save aho bari bafungiye bakurikiranyweho gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine w’imyaka 28. Nk’uko Polisi yabitangaje, aba basore bafashwe bari bihishe nyuma y’uko batorotse kasho bacukuye urukuta […]

Umupolisi yaguye hejuru y’umugore basambanaga muri Hoteli

images 4 1 resized 1 1737473180

Umupolisi witwa Lawal Ibrahim ukorera kuri sitasiyo ya polisi ya Kwali muri Nigeria, yapfuye ku wa Kane tariki ya 16 Mutarama mu cyumba cya hoteli ya Palasa Guest Inn iherereye i Gwagwalada, mu mujyi wa Abuja. Byatangajwe ko urupfu rwe rwabaye nyuma yo kuraara asambana n’umugore bari bahuriye ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru […]

Chris Brown yasabye situdiyo ya Warner Bros kumuha miliyari 700 Frw y’indishyi

show singer chris brown held 95744009

Umuhanzi Chris Brown w’imyaka 35,m yatanze ikirego cya miliyoni $500 (700,000,000 Frw) ashinja abategura filime mbarankuru yitwa Chris Brown: A History of Violence kumusebya. Ikinyamakuru TMZ gitangaza ko Chriss Brown yereze Warner Bros. Discovery, Ample Entertainment, n’abandi kubeshya ko yakoze ibyaha birimo gufata ku ngufu umugore mu mwaka wa 2020, nubwo yari yaratanze ibimenyetso byerekana […]

Umutoza Frank Spittler ntazakomeza gutoza Amavubi

screenshot 2025 01 22 000050

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umudage Frank Spittler wari umutoza w’Amavubi atazongererwa amasezerano nyuma yo gusoza umwaka umwe atoza ikipe y’igihugu. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri rivuga ko nyuma yo kugirana ibiganiro, impande zombi zafashe umwanzuro wo kutongera amasezerano ye. FERWAFA yatangaje ko vuba aha hazatangazwa umutoza mushya uzatoza Amavubi. […]

RIB yafunze abantu 5 bafashwe basengera mu rugo

IMG 20250122 074444

Ku wa 21 Mutarama 2025, Meya w’Akarere ka Nyamasheke, ari kumwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ndetse n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), beretse itangazamakuru abantu batanu (5) bakekwaho kugira uruhare rukomeye mu bikorwa by’itsinda ryiyise “Kristu w’Abera.” Aba bantu bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo aho basengaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’amabwiriza agenga ibikorwa byo […]

Abagore 6 ukwiriye kwirinda gukundana nabo

IMG 20250121 170740

Hari ubwoko bw’abagore ukwiriye kwirinda gukundana na bo kubera imiterere yabo ishobora kukwangiriza umutima no kuguhungabanya mu buzima. 1. Umugore uhorana ibibazo Uyu mugore aba ahorana amakimbirane: n’inshuti ze, abakozi b’aho akora, ndetse no mu muryango we. Uko ugerageza kumwumva ni ko umenya ko atabaho adafite ibibazo. Ibi bibazo ntibigarukira ku bandi gusa ahubwo bizanagera […]

Gen Muhoozi yanze kwitaba Abadepite aherutse kwita ibicucu

RTS7NWMB

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yahagaritse inama ya Komisiyo ishinzwe Ingabo n’Umutekano nyuma y’uko Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo yanze kwitaba ku nshuro ya Kabiri ahamagazwa.  Kutitaba kwa Gen Muhoozi kwatumye abagize komisiyo bagaragaza akababaro ku bw’agasuzuguro kagaragajwe na Gen Muhoozi cyane ko yari aherutse kwita abadepite “abasazi n’ibicucu” ndetse akabatera ubwoba ko yabafunga. […]

DJ Theo yapfuye

436420386 778585277717598 748384148646124921 n.webp 45b00

Twahirwa Theophile uzwi nka DJ Theo wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda yapfuye mu gitondo cyo ku wa 21 Mutarama 2025 mu bitaro bya Masaka nyuma y’igihe arembye. Amakuru avuga ko yari amaze amasaha make ageze muri ibyo bitaro, aho yari yajyanywe mu ijoro ryo ku wa 20 Mutarama Nubwo byagaragaraga ko ameze neza gato ku […]

Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo

cover5 1737408361

Mu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye  n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora. Uyu musore wari warambitse impeta yaje kubenga uwo yambitse impeta ku munsi w’ubukwe aho byarakaje umuryango w’umukobwa bigatuma ugaba igitero ku muryango w’uyu musore. Ubwo bagabo igitero muri uru rugo, […]

Obama, Hillary Clinton, Bill Clinton bazomerewe mu irahira rya Trump

Screenshot 20250120 183439 Instagram 1737394851

Ku wa Mbere, tariki 20 Mutarama, Barack Obama yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Donald Trump, wabaye Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko yakirwa nabi n’abari aho. Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriwe n’amajwi y’abantu bari kumuzomera  ubwo yageraga ahabereye irahira. Si we wenyine wakiriwe nabi, kuko […]

Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda

guillaume gabriel na sonia rolland bari kumwe na tumukunde joselyne washinze itorero inkumburwa rihabwa amahirwe yo kubabyinira mu bukwe bwabo buzaba mu mpera z uyu mwaka b950d

Uwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, yerekanye umukunzi we Guillaume Gabriel bateganya kurushingana mu Ugushyingo 2025. Sonia Rolland usanzwe ari umunyamideli n’umukinnyi wa filime, yamugejeje mu Rwanda ku wa 18 Mutarama 2025, amwereka ibyiza by’igihugu birimo Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Parike y’Ibirunga, n’ahandi hantu nyaburanga. Amakuru ahari avuga ko igice […]

RIB yafunze Emelyne na bagenzi be bagaragara mu mashusho y’urukozasoni yatigishije umujyi

WhatsApp Image 2025 01 20 at 14.55.57 bd315846

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu icyenda barimo Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abandi umunani bahuriye mu rubuga rwa WhatsApp rwitwa Rich Gang aho bakurikiranyweho gufata no gusakaza amashusho agaragaza imibonano mpuzabitsina. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry aba bantu bafashwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025. Ati: ” “Nibyo koko, […]

Umumyamakuru Fatakumavuta yabatirijwe muri gereza

Polish 20241022 131708185

Umunyamakuru Fatakumavuta ufungiwe muri gereza ya Mageragere yatangaje ko amaze igihe yarihindutse mu buzima bwe nyuma yo kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza akanabatizwe mu mazi menshi mu Ukuboza 2024 mu itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’Isibo Radio bamusuye, Fatakumavuta yavuze ko ubu ari umuntu mushya kandi abayeho neza aho afungiwe. Fatakumavuta […]

U Rwanda rugiye kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal

68654

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal muri Afurika bizaba ku nshuro ya gatandatu hagati ya tariki ya 18 na 20 Mata 2025. Ibi ibirori bizahuza abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal bo muri Afurika aho bazakora ibikorwa byo gufasha abatishoboye, bakine indi mikino ndetse bagire n’umwanya wo kwishimisha no gusura ubwiza nyaburanga bw’u […]

Trump yagaruye TikTok muri Amerika

file VuZ9bWppsLk18dZgPZVfyr

TikTok yongeye gukora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru nyuma y’uko Perezida Trump atangaje ko azasohora itegeko ryihariye ryo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko riyihagarika. Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025, TikTok yari yahagaritse serivisi zayo muri Amerika kubera itegeko ryari ryatowe kubera impamvu z’umutekano w’igihugu. Gusa ku Cyumweru tariki 19 […]

Kaboyi watorotse Rayon Sports WFC yatangajwe muri Yanga

20250120 065806

Umunyarwandakazi Jeanine Mukandayisenga wamenyekanye nka Kaboyi yemejwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Yanga Princess yo muri Tanzania. Uyu mukinnyi yari amaze iminsi ari mu myitozo hamwe n’iyi kipe nyuma yo kuva muri Rayon Sports Women FC yo mu Rwanda. Amakuru kandi agaragaza ko Mukandayisenga yerekeje muri Tanzania mu mwaka ushize, atorotse ikipe ya Rayon […]

Kiliziya yahagaritse umupadiri wakoze ubukwe rwihishwa muri Amerika

got 1737293376

Kiliziya Gatolika muri Diyosezi ya Warri, muri Leta ya Delta mu gihugu cya Nigeria yahagaritse Rev. Fr. Daniel Okanatotor Oghenerukevwe ku mirimo y’ubusaserdoti nyuma y’uko bivuzwe ko yakoze ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Musenyeri wa Warri, Nyiricyubahiro Anthony Ovayero Ewherido hamwe n’Umunyamabanga wa Diyosezi, Padiri Clement Abobo, tariki […]

Polisi y’u Rwanda yahannye umuhanzi The Ben

Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben yahanishijwe gutanga amande y’amafaranga ibihumbi 10 y’u Rwanda nyuma yo gufatwa n’inzego zishinzwe umutekano atwaye imodoka adakurikije amategeko agenga abatwara ibinyabiziga, aho atari yambaye umukandara w’umutekano. Iki gihano cyashyizweho na Polisi y’u Rwanda nk’uko biteganywa n’amategeko, gisanzwe gihabwa umuntu wese ugaragaye muri aya makosa agamije gushyira ubuzima bwe cyangwa ubw’abandi mu […]

Impano waha umukunzi wawe bijyanye n’ibyo akunda

87a21c76 cb94 40c9 9c2e 217df268e5b6

Mu gihe utegura impano ku muntu w’inshuti yawe, umukunzi, cyangwa umuvandimwe ni ingenzi gusobanukirwa ibyo akunda n’ibimushimisha. Impano ntabwo ari igikorwa cy’amafaranga gusa ahubwo ni ikimenyetso cy’ubwitange n’ubushishozi bigaragaza ko watekereje ku muntu uyihabwa. Ku buryo bworoshye, dore uburyo butandukanye bwo guhitamo impano ijyanye n’ibyo uwo ugiye kuyiha akunda: 1. Ku bakunda kurimba Impano: Imyenda […]

Neymar yatangaje ko Mbappé yagiriye ishyari Messi

16328651680745 1737114588

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’Umunya-Brazil, Neymar yagaragaje ko Kylian Mbappé yagiriye ishyari Lionel Messi nyuma y’uko uyu Munya-Argentina asinye amasezerano yo gukinira Paris Saint-Germain (PSG) mu mwaka wa 2021. Neymar yavuze ibi mu kiganiro cya podcast gishya gikorwa na Romário, rutahizamu w’ibihe byose mu ikipe y’Igihugu ya Brazil. Neymar yavuze ko ibintu byahindutse Messi ageze muri […]

Umukinnyi yaguye mu kibuga arapfa

cover2 1737099542

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Maicon Adeyemi Adewale Oluyide ukomoka mu karere ka Ilesa West muri Leta ya Osun muri Nigeria, yapfuye aguye mu kibuga ubwo yari mu irushanwa ryo kwibuka Otunba Isiaka Adetunji Adeleke.  Uyu mukinnyi wari ufite imyaka 29 yaguye mu kibuga mu mukino wa nyuma w’iri rushanwa wabereye ku kibuga cya Ataoja School of […]

Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok

sick twisted chilling moment tiktok 964148403 1737105355

Umugore w’imyaka 34 ukomoka muri Australia umenyerewe ku rubuga rwa TikTok, yatawe muri yombi ashinjwa kurogoya umwana we no kumukorera iyicarubozo kugira ngo abone inkunga y’amafaranga ndetse yongere n’umubare wabamukurikira kuri uru rubuga.  Amashusho yerekana uyu mugore wo muri Queensland arira ubwo abapolisi bamwambikaga amapingu mbere yo kumujyana mu modoka ya polisi. Uyu mugore arashinjwa […]

APR BBC yegukanye igikombe kiruta ibindi

20250118 090820

Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ya Basketball y’Icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2024-25, ikipe ya APR BBC yongeye kwerekana imbaraga zayo itsinda REG BBC ku manota 73-53, yegukana igikombe kiruta ibindi (Super Coupe). Uyu mukino w’amateka wabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 17 Mutarama 2025, watangiye Saa mbiri n’igice, […]

Nyina wa Bushali yashyinguwe

1m6a6571 3 09134

Nyina wa Bushali, Dusabimana Marie Thérèse wapfuye ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi, yashyinguwe mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abahanzi barimo abakora injyana ya rap mu Rwanda. Uyu muhango watangiriye mu rusengero rwa ADEPR i Gikondo aho inshuti n’abavandimwe bakoze amasengesho yo kwihanganisha umuryango wa nyakwigendera mbere yo kumushyingura mu irimbi rya Rusororo. Bushali, […]

Umuhanzi yatawe muri yombi akekwaho ibyo gukuramo inda y’umukunzi we

maxresdefault 3

Umuvugizi wa Polisi muri Kampala, Patrick Onyango yemeje ko umuhanzi Musigazi Abdulaziz wamenyekanye nka Vyroota mu muziki wa Uganda yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukuramo inda y’umukunzi we. Amakuru ahari agaragaza ko Vyroota yateye umukobwa inda ariko yanga kuyemera ubwo yabimenyeshwaga aho yasabye uwo mukobwa gukuramo iyo inda. Nubwo uwo mukobwa yabanje kwanga, yahisemo […]

Ku myaka 120 ibura amezi 2 yaciye agahigo ko kuba umuntu ukuze cyane ku isi

2025 01 16T154051Z 640019958 RC2Q9CAHWKGI RTRMADP 3 BRAZIL OLDEST WOMAN

Umukecuru w’imyaka 119 wo muri Leta ya Rio de Janeiro muri Brazil, Deolira Gliceria Pedro da Silva aritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 120 mu mezi abiri ari imbere, ndetse akaba agiye no kwemezwa na Guinness World Records nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku isi. Uyu mwanya kuri ubu ufitwe n’undi Munya-Brazil witwa Inah Canabarro Lucas, umubikira w’imyaka […]

Polisi y’u Rwanda igiye gukurikirana ibya The Ben byo gutwara atambaye umukandara

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukurikirana amakosa yaba yarakozwe n’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yo gutwara imodoka atambaye umukandara nk’uko byagaragajwe n’ukoresha urubuga rwa X witawa Edman Ishimwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mutarama 2025 nibwo uwitwa Edman Ishimwe yagiye ku rubuga rwa X maze agashyiraho amashusho […]

Umukozi wo mu ndege yirukanwe azira kumansurira mu kazi

9d5444fae9eaacb3fc89a6704c960ec7

Umukozi wo mu ndege wari umaze amezi arenga atandatu akora muri Alaska Airlines, Nelle Diala yirukanwe ku kazi nyuma yo gushyira ku rubuga rwa TikTok amashusho yamugaragazaga ari kumansurira mu ndege. Nk’uko byatangajwe na New York Post, aya mashusho yafashwe ubwo yari ari mu kazi aho byatumye ashinjwa kurenga ku mategeko y’ikigo yerekeye imikoreshereze y’imbuga […]

Papa Francis yituye hasi i Vatican

cnn L19jb21wb25lbnRzL2ltYWdlL2luc3RhbmNlcy9jbTV6YWtsajEwMDBoMzU2bTh4aTRkYWVo L19jb21wb25lbnRzL2FydGljbGUvaW5zdGFuY2VzL2NtNXphYW5zcjAwMHcyY3FlYmczYmh2MXY 300

Papa Francis w’imyaka 88 yagize impanuka aho yikubise hasi akomereka ukuboko kw’iburyo konyine nk’uko byatangajwe na Vatican. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bye, ryemeza ko Papa yagize igikomere ku kuboko kw’iburyo mu gitondo cyo ku wa Kane ubwo yahanukaga muri Casa Santa Marta, aho atuye. Kubera iyi mpanuka, ukuboko kwe kwashyizwe mu byuma bimufasha kugusubiza […]

Umukinnyi wa Basketball wo muri Amerika yishwe arashwe

4891f87decf64d82978e4c1ba118be2b md

Noah Scurry w’imyaka 17 wari icyitegererezo mu mukino wa basketball muri Pennsylvania, yapfuye ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama 2025 nyuma yo kurasirwa hafi y’urugo rwe. Polisi yo mu Mujyi wa Philadelphia yatangaje ko Scurry yarashwe mu gitondo ahagana saa moya n’iminota cumi n’itanu (7:15 AM), ubwo yari agiye ku ishuri rya Samuel Fels […]

Ibitaro bya Nyarugenge bigiye kongera gufungura imiryango

hospital 3 2

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko ibitaro by’Akarere ka Nyarugenge bigiye kongera gutanga serivisi nyuma y’igihe byari bimaze bifunzwe kubera imirimo yo gusana. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga n’Abasenateri asobanura ko ibi bitaro byafunzwe kugira ngo hakemurwe ibibazo birimo iby’amatiyo y’amazi yo hasi atari yubatswe neza. Minisitiri Nsanzimana yavuze ko ikibazo cy’amatiyo cyakemutse kandi ibikoresho […]

Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko

file 3mG8dh42CVcpSMJ1Csw5aD

Mu gihugu cya Australia, haravugwa inkuru y’umugore wasabye urukiko gutesha agaciro amasezerano yo gushyingiranwa yakoze yibwira ko ari imikino aho yashakaga kwibonera abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore utatangajwe amazina yavuze ko ibyo byabaye mu birori byo mu Ukuboza 2023 byari byateguwe n’uwari umukunzi we, aho bari bagamije kuzamura abamukurikira (followers) ku rubuga rwa Instagram. […]

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa bitarenze Kamena 2025

whatsapp image 2025 01 16 at 11.24 35 d9dc911f c8f22

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko bitarenze Kamena 2025, Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) bizaba byimuriwe i Masaka mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyari kimaze imyaka igera kuri 12 kiganirwaho ariko ubu kikaba kiri hafi gushyirwa mu bikorwa. Mu mwaka wa 2013, hafashwe icyemezo cyo kwimura ibi bitaro byari mu […]

Minisitiri wa Siporo agiye kwishyuriza abakinnyi n’abatoza bambuwe na Padiri

20250116 085707

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangaje ko ikibazo cy’abakinnyi b’ikipe ya Fatima WFC batabaza basaba kwishyurwa imishahara cyamaze kugera ku nzego zishinzwe, kandi kiri gukurikiranwa ngo kibonerwe umuti urambye. Hashize igihe havugwa ibibazo by’amikoro mu makipe y’abagore, cyane cyane akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere aho bamwe mu bakinnyi n’abatoza bagaragaza ko badahembwa uko bikwiye. Abakinnyi […]

U Rwanda ntiruzitabira CHAN

One Final Push for Amavubi Stars to Stay in 2025 AFCON Race

Ku wa 15 Mutarama 2025 mu mujyi wa Nairobi habereye tombola igaragaza uko ibihugu bizaba biri mu matsinda y’irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe 19, rikazabera muri Uganda, Kenya, na Tanzania muri Kanama uyu mwaka. Amakipe 17 yamaze kubona itike yashyizwe mu matsinda ane, atatu arimo […]