Ibyavuye mu isuzuma ku ‘marozi’ abakozi ba APR FC bashinjwa gushaka guha abakinnyi ba Kiyovu Sports

Major Uwanyirimpuhwe Jean Paul wahoze ashinzwe ibikorwa bya APR FC, Maj. Dr Nahayo Ernest wari umuganga wayo, Mupenzi Etto wahoze ashinzwe igura n’igurisha ry’abakinnyi na Bizimana Bilali bamaze amezi atatu bakurikiranwe n’ubutabera, aho bakekwaho gushaka guha abakinnyi ba Kiyovu Sports amarozi abaca intege. Ikurikiranwa ry’aba bakozi ryamenyekanye mu mpera za Kanama 2023. Bakekwaho gukora iki […]
Nyiragongo: Havutse umutwe witwaje intwaro uvuga ko ugiye kwirukana M23
Mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo havutse umutwe witwaje intwaro witwa UFPC (Union des Forces Patriotiques du Congo) ugizwe n’urubyiruko rukomoka muri terirtwari ya Nyiragongo iherereyemo umujyi wa Goma. Nk’uko Umuvugizi wawo, Muhabura Nicolas, yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 23 Nzeri 2023, bafite gahunda yo gufasha igisirikare cya RDC guhangana n’umutwe witwaje intwaro […]
Byinshi ku ikurikiranwa rya Senateri wa USA wahozaga u Rwanda ku nkeke
Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez hamwe n’umugore we, Nadine Menendez, barezwe mu rukiko muri New York kubera ibyaha bya ruswa bamaze igihe bakurikiranweho. Itangazo rihuriweho ryashyizwe hanze n’umunyamategeko muri Leta ya New York, Damian Williams, n’umuyobozi wungirije w’ibiro bishinzwe iperereza (FBI) muri […]
Bozizé wayoboye Centrafrica yakatiwe imirimo y’agahato y’ubuzima bwose
Urukiko rwo muri Repubulika ya Centrafrica rwakatiye Franà§ois Bozizé wayoboye iki gihugu kuva mu 2003 kugeza mu 2013, igihano cy’imirimo y’agahato mu gihe cyose mu buzima bwe. Iki cyemezo cyasomwe na Perezida w’urukiko rw’ubujurire rwa Bangui, Joachim Pessire, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Uyu mucamanza yasobanuye ko Bozizé yahamwe […]
Twakoraga nk’abashaka amafaranga gusa: Umuyobozi wa RURA

Umuyobozi w’urwego ngenzuramikorere (RURA), Rugigana Evariste, yatangaje ko abakozi barwo bahanaga abatwara ibinyabiziga hirya no hino mu gihugu kurusha ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yemeza ko byasaga n’aho bari bagamije kwinjiza amafaranga gusa. Ibi Rugigana yabivuze kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo we na bagenzi be bo muri RURA […]
France: Uwabaye Minisitiri mu Burundi n’umugore we bakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri
Urukiko rw’ubujurire rwa Versailles mu Bufaransa rwakatiye Gabriel Mpozagara wabaye Minisitiri w’ubutabera w’u Burundi ku bwa Daniel Micombero n’umugore we Candide igifungo cy’imyaka ibiri, rubaziza ibyaha birimo gukoresha undi imirimo y’ubucakara. Uru rukiko rwemeje ko Mpozagara n’umugore we bakoresheje uwitwa Sindayigaya Méthode imirimo ivunanye yo mu rugo ruherereye mu gace ka Hauts-de-Seine mu gihe cy’imyaka […]
RSSB yahaswe ibibazo ku isoko rya Frw tiliyari 2 ryatanzwe hatitawe ku mategeko
Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu yahase ibibazo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize, RSSB, ku isoko rifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda tiliyari 2 ryahawe ikigo cyo mu Bufaransa gitanga ubujyanama mu ishoramari, Amundi Asset Management, hatitawe ku mategeko. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari n’umutungo by’igihugu, Kamuhire Alexis, igaragaza ko mu gutanga iri soko, RSSB […]
Ikigo EUCL gitanga amashanyarazi cyahombye Frw miliyari 87 mu myaka 2

Ikigo EUCL gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda cyahombye amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 52 (Frw 52.504.000.000) mu mwaka w’ingengo y’imari w’2021/2022 na miliyari 35 mu w’2022/2023. Iki kibazo cyagaragajwe n’abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi bo muri REG ndetse na EUCL […]
M23 iravugwaho kongera gusatira Goma
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) uravugwaho kongera gusatira umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Jean Claude Mambo Kawaya uyobora sosiyete sivile muri teritwari ya Nyiragongo, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 yatangarije umunyamakuru Jimmy Shukran Bakomera wa radiyo wa VOA ko […]
Abadepite babona mubazi y’abamotari nk’igikoresho cyo gukandamiza abaturage

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bahamirije imbere y’urwego ngenzuramikorere, RURA, ko mubazi yahawe abamotari yifashishwaga mu gukandamiza abaturage. Ibi babivuze kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi, abari abayobozi n’abakozi ba RURA bitabaga, bisobanura ku bibazo byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta y’umwaka ushize. Visi Perezida wa […]
Abadepite ntibumva ukuntu RURA yananiwe gukemura ikibazo cy’abagenzi
Abadepite bagize komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, ntibumva ukuntu urwego ngenzuramikorere, RURA, rwananiwe gukemura ikibazo kiri mu gutwara abantu n’ibintu kiriho kuva mu mwaka w’2015. Kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi bo muri RURA bitabaga PAC, basobanuye ko ikibazo cy’abagenzi bategereza igihe kirekire imodoka zibatwara gishinze […]
Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara

Perezida Paul Kagame yatabarije abaturage bo mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi bakomeje kuzira intambara z’urudaca. Ni mu gihe yavugiraga ijambo imbere y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Nzeri 2023. Umukuru w’Igihugu yagize ati: “Uyu munsi […]
Zelensky yasezeranyije Afurika y’iburasirazuba kuyifasha guhangana n’inzara
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasezeranyije ibihugu byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba kubiha ibinyampeke mu rwego rwo kubifasha guhangana n’ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa. Ibi yabibwiye Perezida wa Kenya, William Ruto, ubwo bahuriraga i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Nzeri 2023, aho bagiye kwitabira Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Perezida […]
Igitabo ku banyeshuri 176 cyatumye umuyobozi muri REB yotswa igitutu
Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, batunguwe no gusanga hari ibigo by’amashuri bidafite ibitabo bihagije, aho usanga hari abanyeshuri 176 bahurira kuri kimwe, mu gihe umukozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bw’ibanze, REB, yerekanaga ko byibuze batanu cyangwa batatu ari bo bahurira kuri kimwe. Kuri uyu wa 20 Nzeri 2023 […]
UR mu ihurizo ryo kugaruza amafaranga yishyuriye abarimu 39 yohereje mu mahanga ntibagaruke

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda buri mu ihuriro ryo kugaruza amafaranga (Frw) abarirwa muri miliyari 1 na miliyoni 347 yishyuriye abarimu 39 bagiye kwiga mu mahanga, ariko ntibagaruke. Iki kibazo cyagaragajwe kuri uyu wa 20 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi bo muri iyi kaminuza bageraga imbere ya komisiyo mu nteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze […]
Umuhungu wa Ali Bongo wakuwe ku butegetsi arashinjwa ubugambanyi

Umuhungu wa Ali Bongo Ondimba uherutse gukurwa ku butegetsi n’abasirikare ba Gabon, Noureddin Bongo Valentin, hamwe n’abandi bakoranaga bya hafi n’umubyeyi we barashinjwa ibyaha birimo kugambanira igihugu no kunyereza umutungo wacyo. Bongo yahiritswe tariki ya 30 Kanama 2023, atabwa muri yombi hamwe n’abandi barimo Noureddin, televiziyo y’igihugu ibagaragaza bafatanwe ibikapu by’amafaranga byavugwaga ko yafatiwe mu […]
Perezida Kagame yahamije ko ibyo amahanga avuga bitamubuza kuba umukandida
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibyo ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi bivuga bitamubuza kuba umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba mu mwaka w’2024. Mu kiganiro na Franà§ois Soudan wa Jeune Afrique, Perezida Kagame yavuze ko yafashe icyemezo cyo kuba umukandida bitewe n’icyizere Abanyarwanda bamufitiye. Soudan yamubwiye ko abaturage bagaragaza ko aziyamamariza uyu mwanya, amusubiza ati: […]
Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC
Général Major Jacques Nduru Chaligonza wari warahawe inshingano ya guverineri w’inzibacyuho w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru yabujije Abanyekongo kunenga igisirikare cy’igihugu, kuko ngo nta handi biba. Uyu musirikare yavuze ibi ubwo yashyikirizaga inshingano Gen. Major Peter Cirimwami mu muhango wabereye ku biro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru biherereye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa 19 Nzeri […]
Tshisekedi yatangaje ko Kabila atamufashije kugera ku butegetsi
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka w’2018. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Nzeri 2023, nyuma y’aho Corneille Nangaa wayoboraga komisiyo y’amatora mu 2018 yatangaje ko Tshisekedi […]
Isoko ryubakwa kuva mu 2011 ryasubije abayobozi ba Rubavu imbere y’abadepite

Isoko rigezweho rya Rubavu rimaze hafi imyaka 12 ritaruzura kuri uyu wa 19 Nzeri 2023 ryasubije abayobozi b’akarere imbere y’abadepite bagize komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC. Depite Niyorurema Jean René yagize ati: “Isoko rya Rubavu rimaze igihe kinini ariko ikigaragara ni uko umugenzuzi yabonye rikiri kuri 60 na kangahe […]
Abasirikare b’u Burundi barasaniye n’Imbonerakure ku ruzi rwa Rusizi barafunzwe
Abasirikare b’u Burundi 5 mu baturuka mu birindiro bya Ruhagarika, baherutse kurasanira n’urubyiruko rw’Imbonerakure hafi y’uruzi rwa Rusizi, bafungiwe mu ntara ya Cibitoke iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu. Urubuga SOS Burundi rwatangaje ko amakuru rwahawe n’abo mu nzego z’umutekano avuga ko aba basirikare bafungiwe muri kasho ya Polisi yo ku rwego rw’intara ya Cibitoke […]
Ubuyobozi bwa Kamonyi bwagowe no gusobanura iby’inama yakorewe i Muhanga
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi bwagowe no gusobanura impamvu yatumye bujyana inama i Muhanga kandi byari bibujijwe n’ibwiriza ryatanzwe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente. Kuri uyu wa 18 Nzeri 2023 ni bwo ubuyobozi bw’aka karere bwitabye komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bwisobanura ku makosa yagaragaye mu nshingano zabwo mu […]
Abofisiye ba RCS bakekwaho uruhare mu rupfu rw’abagororwa bajyanwe mu igororero
Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi kuri uyu wa 18 Nzeri 2023 rwategetse ko abarimo abofisiye b’urwego rw’igihugu rushinzwe igorora (RCS) bavugwaho gukorera iyicarubozo abari imfungwa n’abagororwa ko bajyanwa by’agateganyo mu igororero. Uwa mbere ni SP Gahungu Ephraim wayoboye igororero rya Rubavu, akaba akurikiranweho icyaha cyo kutita ku muntu ushinzwe gucungira ubuzima hamwe no kuba icyitso ku […]
Leta y’u Burusiya ni yo iyobora ibikorwa bya Wagner muri CAR nyuma y’urupfu rwa Prigozhin
Ubutegetsi bw’u Burusiya ni bwo buri kuyobora ibikorwa by’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), nyuma y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin waguye “mu mpanuka ikemangwa” y’indege mu kwezi gushize. Ikinyamakuru Washington Post cyahawe amakuru n’abayobozi batandukanye, kiravuga ko muri uku kwezi Minisitiri w’Ingabo wungirije w’u Burusiya, Yunus-bek Yevkurov na Gen. Maj. Andrei Averyanov […]
Dr Kayumba wari waragizwe umwere yasabiwe gufungwa imyaka 10 n’igice
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rukuru guhamya Dr Kayumba Christopher wabaye umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda, icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato, maze rukamukatira igifungo cy’imyaka 10 n’amezi 6. Dr Kayumba uregwa gusambanya uwari umukozi mu rugo rwe no kugerageza gusambanya uwari umunyeshuri we muri kaminuza, yagizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge tariki ya 22 Gashyantare 2023, […]
Lt Col. Higiro yarahiriye gufata abo yise ‘inzererezi z’abanyamahanga’ babunza ibicuruzwa
Umuyobozi w’agateganyo w’Inkeragutabara mu ntara y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Higiro Vianney, yasabye ko abanyamahanga yise “inzererezi” babunza ibicuruzwa mu Rwanda kandi bitemewe, bafatwa. Lt Col. Higiro waganirizaga abaturage bo mu karere ka Musanze, yavuze ko aba banyamahanga bazwi bacuruza imiti bavuga ngo ivura ubugabo, ibintu Leta y’u Rwanda itemera. Yagize ati: “Tumaze iminsi duhura n’abantu b’inzererezi […]
ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi
Umushumba Mukuru w’itorero ADEPR, Rev. Past. Ndayizeye Isaie, aravuga ko nta nkunga ryahabwa ryatumye ryemera abari mu muryango w’abaryamana bahuje ibitsina witwa LGBTQ, bazwi nk’abatinganyi. Ibi Pasiteri Ndayizeye yabivuze asobanura ku makuru yahwihwishijwe ko yaba yarahawe “amafaranga kugira ngo yakire abatinganyi”, bigendanye n’inkuru y’Umunyamerikakazi Kake Cheys wagaragaye azunguza igitarambaro cy’amabara avanze mu rusengero rwa Nyarugenge. […]
USA iratabaza abaturage, bayifashe gushakisha indege yayo y’intambara
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika kiratabaza abaturage ngo bagifashe gushakisha indege yayo y’intambara, ya Falcon F-35, yaburiwe irengero muri Leta ya South Calorina. Nk’uko BBC ibivuga, umupilote yatwaraga iyi ndege mu masaha y’ikigoroba cyo kuri uyu wa 17 Nzeri 2023, aza kuyisohokamo, arasimbuka, yo irabura. Abayobozi muri iki gisirikare baravuga ko bashakira iyi […]
Gen. Cirimwami ‘wafashaga’ Wazalendo agiye gusubizwa muri Kivu y’Amajyaruguru
Gen. Maj. Peter Cirimwami uvugwaho gufasha imitwe yitwaje intwaro ihuriye muri Wazalendo agiye gusubizwa ku buyobozi bw’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC). Cirimwami yahawe iyi nshingano n’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDC, Lt Gen. Christian Tshiwewe, abitegetswe na Perezida Félix Tshisekedi. Ni ko amakuru aturuka muri RDC […]
Umujyi wa Kigali: Visi Meya na Perezida wa Njyanama ntibemeranya ku kiraro Gisozi-Karuruma kitarubakwa

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ibikorwaremezo, Dr Mpabwanamaguru Merard na Perezida w’inama njyanama, Dr Kayihura Muganga Didas, ntibemeranya ku mushinga w’iyubakwa ry’ikiraro cya Gisozi-Karuruma watinze gushyirwa mu bikorwa. Tariki ya 15 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi b’uyu mujyi bari imbere ya komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bibukijwe ko […]
Kivu y’Amajyepfo: Ingabo z’u Burundi ziravugwaho guhabwa impuzankano ya FARDC
Ingabo z’u Burundi zagiye kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo ziravugwaho kwambara impuzankano y’igisirikare cy’iki gihugu cyazakiriye, FARDC. Amakuru dukesha Radio Inzamba Agateka Kawe y’Abarundi baba mu buhungiro aravuga ko tariki ya 8 Nzeri 2023 ari bwo ingabo z’u Burundi zambitswe impuzankano ya FARDC, iyo zari […]
Ibitaro bya King Faisal biravuga ko byahombejwe bikomeye n’izamuka ry’ibiciro ku masoko

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal biravuga ko izamuka ry’ibiciro ku masoko birimo iby’ibiribwa riri mu byabihombeje igiteranyo cy’amafaranga y’u Rwanda (Frw) abarirwa muri miliyari 12. Ibi byagaragajwe n’umukozi ushinzwe imari muri ibi bitaro, Rugeyo Anita, tariki ya 14 Nzeri 2023 ubwo we na bagenzi be bo muri ibi bitaro basobanuriraga komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana […]
Duhangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro, tuzakomeza gukora ubuvugizi: Dr Habineza
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Frank Habineza, yatangaje ko ahangayikishijwe n’ibiciro bikomeje kuzamuka. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 16 Nzeri 2023 nyuma y’inama y’urubyiruko rwo muri DGPR rwaturutse hirya no hino mu gihugu, yabereye mu mujyi wa Kigali. […]
Mali, Burkina Faso na Niger byagiranye amasezerano yo gutabarana

Mali, Burkina Faso na Niger biyobowe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi byagiranye amasezerano y’ubufatanye bwahawe izina rya Liptako-Gourma yo gutabarana mu gihe haba hari igihugu kimwe muri byo cyaterwa. Aya masezerano yashyizwemo umukono kuri uyu wa 16 Nzeri 2023, akaba avugwamo kandi ubufatanye mu kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bihungabanya umutekano w’akarere ka Sahel. Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Colonel […]
Kinshasa: Kandidatire ya Lubanga na Kawa babaye inyeshyamba zanzwe
Urukiko rushinzwe gusigasira ubusugire bw’Itegekonshinga rya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) rwatesheje agaciro kandidatire ya Thomas Lubanda na Yves Kawa Panga Mandro kubera ko bahamijwe ibyaha bakoze ubwo bari inyeshyamba. Nk’uko Radio Okapi ibivuga, ni umwanzuro w’urubanza rwashowe tariki ya 12 Nzeri 2023, ubwo uru rukiko rwasabwaga gusuzuma, rukareba niba aba banyapolitiki bujuje ibisabwa […]
Umukozi wa RCA wari uherutse gusabirwa gukurikiranwa arafunzwe
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe amasoko mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA), Hakizimana Claver, na Gahongayire Lilian ushinzwe ububiko bw’ibikoresho muri iki kigo. Umuvugizi w’uru rwego, Dr Murangira Thierry, yasobanuye ko Hakizimana na Gahongayire batawe muri yombi kuri uyu wa 15 Nzeri 2023, nyuma y’umunsi uwahoze ayobora […]
FDA yasabwe kuziba ibyuho bya ruswa mu guha abanyenganda impushya

Komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, yasabye ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), kuziba ibyuho bya ruswa mu mitangire y’impushya ku banyenganda. Impungenge z’icyuho cya ruswa zagaragajwe n’abadepite barimo Mutesi Anitha na Mukabalisa Germaine kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 ubwo basangaga FDA yarigeze kujya isaba abanyenganda ibintu […]
U Burundi bwahagaritse igitaramo cya Apôtre Mignonne Kabera
Leta y’u Burundi yahagaritse igitaramo ‘Connect Conference Africa’ cy’Umunyarwandakazi uyobora Women Foundation Ministries, Apôtre Mignonne Kabera, habura amasaha make ngo gitangire. Iki gitaramo kimaze igihe kirekire gitegurwa cyari kuzabera mu cyumba cy’inama n’ibitaramo cya Donatus, i Bujumbura kuva kuri uyu wa 15 kugeza ku wa 17 Nzeri 2023. Cyagombaga kwitabirwa n’abaturutse mu bihugu bitandukanye bya […]
Prof. Harelimana ‘wanze kwitaba’ PAC yatawe muri yombi
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye urwego rushinzwe amakoperative (RCA) kugeza yegujwe muri Kanama 2023, nyuma y’aho atitabye komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yasobanuye ko Prof. Harelimana yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bibiri bifitanye isano […]
Umuyobozi wa ADEPR yavuzweho guha intebe abatinganyi mu rusengero rwa Nyarugenge

Umuyobozi w’itorero ADEPR, Rev. Pasiteri Ndayizeye Isaie, yavuze ku byabereye mu rusengero rwa Nyarugenge nyuma y’aho ashinjwe guha ikaze abamamaza abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amakuru avuga ko Pasiteri Ndayizeye “yahaye ikaze abatinganyi” guhera kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 hashingiwe kuri videwo y’Umunyamerikakazi Kake Cheys wagiriye uruzinduko mu Rwanda. […]
Umujyi wa Kigali wasabwe gucika ku ‘kajagari n’itekinika’ mu mitangire y’amasoko
Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali n’abakozi bawo gucika ku kajagari n’itekinika bigaragara mu mitangire y’amasoko ya Leta. Kuri uyu wa 15 Nzeri 2023 ni bwo abayobozi n’abakozi b’uyu mujyi bageze imbere ya PAC, bisobanura ku makosa yagaragaye mu mikoreshereze mibi y’imari n’umutungo by’igihugu […]
Perezida Kagame yagaragaje urwibutso yakuye muri Cuba nka ofisiye wari ukiri muto
Perezida Paul Kagame yagaragaje urwibutso rukomeye yakuye muri Cuba mu myaka 36 ishize ubwo yari ofisiye ukiri muto woherejwe na Uganda mu masomo y’igisirikare. Aya ni amagambo yavuze ubwo yageraga mu mujyi wa Havana mu ijoro ryakeye, aho yitabiriye inama y’ibihugu 77 bikize kurusha ibindi, bihuriye mu muryango witwa G77. Umukuru w’Igihugu, ubwo yageraga ku […]
Umuhungu wa Perezida Biden ari mu mazi abira
Umuhungu wa Perezida Joe Biden uyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, Hunter Biden, ari mu mazi abira azira kuba yarabeshye ubwo yaguraga imbunda yo mu bwoko bwa Revolver. Ubushinjacyaha busobanura ko Hunter yaguze iyi mbunda yitwa Colt Cobra mu Kwakira 2018, ariko ubwo yuzuzaga ku nyandiko y’igura ntiyirega ko yakoreshaga ikiyobyabwenge kitemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bwafashe […]
FDA yasabwe guhagurukira abacuruza imiti ivura ‘indwara zananiranye’
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa (FDA) cyasabwe guhagurukira abacuruza imiti bita ko ivura indwara zananiranye mu masoko atandukanye. Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 yagaragarije iki kigo ko hari imiti itemewe ikomeje gucuruzwa mu masoko atandukanye, bityo ko ikwiye gukora ubukangurambaga […]
Ubuyobozi burasezeranya kurwanya inzara igitembera mu mudugudu wa Rugabano
Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi burizeza ko bukemura byihuse ikibazo cy’inzara cyugarije bamwe mu batuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rugabano, bimuwe n’ubuhinzi bw’icyayi. Abatuye muri uyu mudugudu baganirije radiyo Ijwi rya Amerika batangaje ko bisa n’aho ntacyo bibamariye kuba baratujwe mu nzu nziza ariko ntibagire ubutaka bwo guhinga, kuko ngo inzara ntiboroheye. Bosenibo Sylvere ufite imyaka […]
Hari abandikirwa imiti y’uburwayi bwo mu mutwe nta nyandiko zihamya ko babufite

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) babajije Minisiteri y’ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) impamvu hari abantu amavuriro yandikira imiti y’uburwayi bwo mu mutwe kandi nta nyandiko zihamya ko babufite. Iki kibazo PAC yakibajije abayobozi bari bahagarariye iyi Minisiteri ubwo kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 babazwaga ku mikoreshereze mibi y’umutungo […]
Ibihugu 10 bya Afurika, aho ibikomoka kuri peteroli bihenze kurusha ahandi
Kuva mu ntangiriro za Kanama 2023, mu bihugu byinshi bya Afurika haranzwe n’izamuka ridasanzwe ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu). Mu Rwanda ho, urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwazamuye lisansi gusa, ruyivana ku mafaranga (Frw) 1517 kuri litiro, ruyigeze ku 1639 (idolari 1.365). Mazutu yo yagumye kuri Frw 1492 (idolari 1.243). Dr Nsabimana Ernest wari […]
Ingendo z’ishyaka rya Bobi Wine muri Uganda zahagaritswe
Polisi ya Uganda yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ingendo z’ishyaka NUP (National Unity Platform) riyoborwa na Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, nyuma y’aho bigaragaye ko ryarenze ku mabwiriza yari yararihaye. Bobi Wine n’abandi bayobozi bakuru bo muri NUP bamaze iminsi bazenguruka mu bice bitandukanye bya Uganda, binjiza abanyamuryango bashya ndetse bafungura ibiro […]
PAC yasabiye umuyobozi wo muri RCA gukurikiranwa

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabiye umuyobozi ushinzwe amasoko mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amakoperative, RCA, gukurikiranwa n’inzego z’ubutabera. Kuri uyu wa 13 Nzeri 2023 ni bwo abayobozi bo muri RCA bageze imbere ya PAC. Uwahoze ayobora uru rwego, Prof. Harelimana Jean Bosco na we yari yaratumiwe, […]
NCDA yabajijwe impamvu itagejeje amagi ku bana bari mu turere twugarijwe n’igwingira

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo w’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yabajije ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA, impamvu kitagejeje amagi ku bana bari mu turere 13 twugarijwe n’igwingira. Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana, hashyizweho gahunda yo gutoranya abana bagomba kujya bahabwa amagi abiri ku kwezi muri utu turere 13. […]
SP Gahungu yihakanye Ndagijimana uvuga ko yakorewe iyicarubozo

SP Gahungu Ephrem wabaye umuyobozi w’igororero rya Rubavu yihakanye Ndagijimana Emmanuel alias Peter uvuga ko yanze gutanga amakuru ku iyicarubozo yakorewe, agakuramo ubumuga buhoraho. Tariki ya 13 Kanama 2023 ni bwo ku rubuga rwa YouTube hasohotse videwo ya Ndagijimana winjiye mu igororero rya Rubavu mu Gushyingo 2020 atakamba, asaba kurenganurwa. Yasobanuye ko SP Uwayezu Augustin […]
Prof. Lumumba arashinja abayobozi benshi muri Afurika kudindiza ubuhinzi n’uburezi
Umunyamategeko akaba n’impuguke muri politiki ukomoka muri Kenya, Prof. Patrick Loch Otieno (P.L.O) Lumumba arahamya ko abayobozi babi benshi bo mu bihugu bya Afurika badindije ubuhinzi n’uburezi. Prof. Lumumba yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umusore wamamaye ku rubuga rwa YouTube witwa Wode Maya, ubwo bahuriraga mu murwa mukuru wa Malawi, Lilongwe. Uyu munyamategeko utumirwa kenshi mu […]
Dr Nsabimana wasimbuwe ku mwanya wa Minisitiri yasabye imbabazi
Dr Nsabimana Ernest wasimbuwe ku mwanya wa Minisitiri w’ibikorwaremezo yari amazeho umwaka n’amezi 7 yasabye Perezida Paul Kagame imbabazi ku byo atakoze neza mu nshingano ze. Tariki ya 31 Mutarama 2022 ni bwo Perezida Kagame yagize Dr Nsabimana Minisitiri w’ibikorwaremezo, aho yari asanzwe ayobora urwego ngenzuramikorere, RURA. Icyo gihe, Dr Nsabimana yashimiye Umukuru w’Igihugu gutanga […]
Kenya: Abatinganyi bahawe rugari
Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Kenya rwahesheje komisiyo ishinzwe uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina, NGLHRC (National Gay and Lesbian Human Rights Commission) uburenganzira bwo kwandikwa mu gitabo cy’imiryango yemewe y’amategeko. Nk’uko ikinyamakuru Nation kibivuga, ikigo cya Kenya gishinzwe imiryango itari iya Leta cyari kimaze imyaka 10 cyaranzwe kwandika uyu muryango washinzwe n’impirimbanyi Erick Gitari kubera ko ngo […]
Amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi w’ibitaro bya Muhororo yakatuweho

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko yanenze ubuyobozi bw’ibitaro bya Muhororo biherereye mu karere ka Ngororero kubera amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi wabyo, ntatangwe ku gihe, no mu gihe cyo gutanga agakaturwaho ibihumbi 116. Iki kibazo cyagaragajwe na PAC kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, nyuma yo gusuzuma raporo […]
NESA yasobanuye uko byagenze ngo yemeze ko amanota 40% ahagije

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasobanuye impamvu cyashyize abakoze ibizamini bya Leta bagize amanota ari hagati ya 40 na 49% mu cyiciro cy’abagize amanota ahagije. Iki kigo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 cyashyize hanze ibisobanuro ku buryo amanota abarwamo, n’ibyiciro abakozi ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye mu […]
Igitutu ku mukozi wa RDB wagaragaje ko abagore babyaye badindije imishinga
Umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva, yihanangirijwe na komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ubwo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 yagaragazaga ko abagore babyaye badindije imishinga yafatiwe inguzanyo muri Banki nyafurika itsura amajyambere, ADF cyangwa AfDB. Nsengiyumva yagize ati: “Ku kijyanye n’uko gukererwa kw’amasoko, bagatinda […]
Goma: Colonel yasobanuye uburyo abakomando ‘birukanye’ abasirikare be mbere yo kurasa abasivili
Komanda w’ibiro bikuru by’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Colonel Yves Rubenga, yasobanuye uko abakomando bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru uzwi nka ‘GR’ bayoborwa na Colonel Mike Mikombe, babirukanye hanyuma bakarasa abasivili barenga 50. Ni ubuhamya yatangiye mu rubanza rw’abasirikare barimo Col. Mikombe ushinjwa guha abasirikare ibwiriza […]
Ikigo IREMBO cyasabwe gusubiza amafaranga abakiriya kitahaye serivisi
Komisiyo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ikigo Irembo gitanga serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga kwishyura abakiriya cyakiriye amafaranga yabo kandi kitarabahaye serivisi. Ubu busabe bwatanzwe kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 ubwo abayobozi bo muri Irembo barangajwe imbere n’Umuyobozi Mukuru, Bimpe Israà«l bageraga imbere y’abadepite bagize PAC bayobowe na Muhakwa Valens. […]
Umugenzuzi arabaza icyo imari ishorwa mu bigo by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta wungirije, Munyanturire Jean Claude, arabaza ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’izindi nzego zikorana na cyo icyo imari gishora mu bigo (companies) by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda. Ni ikibazo yabajije ubwo abayobozi bitabaga komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 11 Nzeri 2023. Reba videwo […]