Hope for Rwanda-Burundi Diplomatic Reconciliation Fades After Controversial Appointment

8559044005 cf7c13658f b

Hopes of reviving good relations between Rwanda and Burundi have once again dwindled after Burundian President Evariste Ndayishimiye appointed a new Minister of Foreign Affairs, Dr. Edouard Bizimana, a man many describe as deeply divisive and ethnically biased—traits increasingly seen among some leaders in the Great Lakes region. On August 5, 2025, President Ndayishimiye reshuffled […]

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi ushobora kurushaho kuzamba

8559044005 cf7c13658f b

Icyizere cyo kongera kubyutsa umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’u Burundi cyongeye gukendera nyuma y’uko Perezida Evariste Ndayishimiye ashyizeho Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mushya, Dr Edouard Bizimana, benshi bemeza ko ari umuntu wamunzwe n’amacakubiri n’ivanguramoko, bikomeje kuranga bamwe mu bayobozi bo mu Biyaga Bigari. Ku itariki ya 5 Kanama 2025 nibwo Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye […]

MRDP-Twirwaneho yiyemeje kujya mu mujishi wo gutabara abaturage

images 2

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho, uharanira inyungu z’Abanyamulenge muri kivu y’ amajyepfo, watangaje ko nubwo wifuza amahoro arambye, ariko ufite uburenganzira bwo kwirwanaho no kurinda ubuzima bw’Abanyamulenge bagabwaho ibitero n’ingabo za Leta ya Congo FARDC. Ni nyuma y’ uko mu minsi ishize igisirikari cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, Wazalendo n’ingabo […]

Loni yikoreje M23 imfu z’abarenga 300 bo muri Rutshuru ivuga ko bishwe muri Nyakanga

88c37120 e105 11ee 8ce7 5bef85a88551.jpg

Umuryango w’Abibumbye biciye mu biro byawo bishinzwe uburenganzira bwa muntu (UNJHRO), watangaje ko abantu ushinja umutwe wa M23 kwicira muri Kivu y’Amajyaruguru mu kwezi gushize bamaze kugera muri 319. Komiseri wa biriya biro, Volker Turk, kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko abishwe barimo abagore 48 n’abana 19. Mu Cyumweru gishize UNJHRO yari yatangaje ko abishwe […]

Teta Sandra yagonze umugabo we

201111416 534783801265863 2217928747688060820 n edited

Umuriro wongeye kwaka hagati ya Teta Sandra n’umuhanzi wo muri Uganda, Weasel Manizo, nyuma y’uko amugonze n’imodoka bikamuviramo gukomereka amaguru yombi, akajyanwa kwa muganga byihuse. Ibi bibaye mu gihe bari mu myiteguro y’ubukwe bwabo. Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda nka Big Eye Ug, avuga ko byabereye ahitwa Munyonyo, mu ijoro ryakeye, ubwo bombi […]

Aissa Cyiza yagizwe CEO wa Royal FM

IMG 3062 860x953 1

Tariki ya 6 Kanama 2025, ubuyobozi bwa Royal FM bwatangaje ko Aissa Cyiza yagizwe Umuyobozi Mukuru w’iyi radiyo, nyuma y’amezi atanu yari amaze ari Umuyobozi Mukuru Wungirije. Aissa Cyiza asanzwe azwi nk’umunyamakuru w’inararibonye wamenyekanye cyane binyuze mu kiganiro AM to PM gitangira saa Tanu kugeza saa Munani kuri Royal FM, aho amaze imyaka umunani. Yatangiye […]

Uwahoze ari Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania yapfuye

46209596 906

Uwahoze ari Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko mu gihugu cya Tanzania, akaba yari n’umudepite uhagarariye akarere ka Kongwa, Job Yustino Ndugai, yapfuye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Kanama 2025, aguye mu mujyi wa Dodoma, aho yari arwariye. Urupfu rwe rwemejwe na Parezida w’Inteko ya Tanzania akaba na Perezida w’Umuryango Mpuzamahanga w’Inteko Ishinga Amategeko (IPU), […]

Jules Karangwa yagizwe umuyobozi wa Rwanda Premier League

1754505616655

Jules Karangwa wari usanzwe ari Umujyanama mu by’amategeko mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yashyizwe ku mwanya w’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Rwanda Premier League – urwego rushya rushinzwe gutegura no kuyobora Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda. Uyu mwanya mushya ahawe ni ubwa mbere uhawe umuntu kuva uru rwego rwashyirwaho, kandi biteganyijwe ko Karangwa azagirira […]

Ibitero simusiga byiriwe mu misozi ya Minembwe bigabwe n’ ihuriro rya leta ya DRC

FARDC et Police RDC 787x443 1

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 06/08/2025 Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n’Abanyamulenge twa Mibunda na Rugezi two mu misozi miremire y’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko agace ka Mibunda ko muri Teritware […]

Operesheni Kitona: Shambulio la Kushtukiza la Rwanda Lililotikisa Afrika ya Kati

SADC IMAZE MUPAKA WA RUBAVU3

Rwanda yateketeza kambi ya kijeshi ya Kitona kwa dakika 20 tu, huku wanajeshi wake wakiwasili kwa ndege kutoka Kigali hadi kaskazini-magharibi mwa DRC Operesheni Kitona ni moja ya mashambulizi ya kijeshi ya kushangaza na ya kijasiri zaidi kuwahi kufanywa barani Afrika. Ilifanyika mnamo Agosti 1998, wakati Rwanda, ikishirikiana na Uganda, ilianzisha mashambulio ya haraka dhidi […]

Opération Kitona : Le Coup Audacieux du Rwanda qui a Ébranlé l’Afrique Centrale

SADC IMAZE MUPAKA WA RUBAVU3

Dans l’histoire tumultueuse de l’Afrique centrale, rares sont les événements qui ont autant captivé l’attention que l’opération Kitona. En août 1998, au début de la Deuxième Guerre du Congo, le Rwanda a exécuté une manœuvre militaire audacieuse qui a défié les probabilités et redéfini la guerre moderne sur le continent africain. 🔵 Le Contexte : […]

Kitona Operation: Rwanda’s Daring Strike That Shook Central Africa

SADC IMAZE MUPAKA WA RUBAVU3

The Kitona Operation, also known as Opération Kitona, was one of the boldest military operations conducted by the Rwanda Defence Forces (RDF), alongside Uganda, at the beginning of the Second Congo War in 1998. This operation marked a turning point in Central Africa’s geopolitics and demonstrated Rwanda’s growing military prowess. Background Following the end of […]

Operasiyo Kitona: Igitero kabuhariwe cyakozwe n’ingabo z’u Rwanda

SADC IMAZE MUPAKA WA RUBAVU3

Tariki ya 4 Kanama 1998, nibwo habaye Operation Kitona yaramamaye cyane kugeza nubwo yigishwa mu mashuri, mu mirwano yari imaze igihe irimo ingabo z’u Rwanda na Uganda  zarwanaga n’ingabo za DRC zifatanyije n’ingabo z’bihugu bya SADEC, Operasion Kitona cyari igitero kidasanzwe cyayobowe na Jenerali Jemes Kabarebe w’u Rwanda, mu ntambara ya Congo ya kabiri ubwo […]

Ghana: Minisitiri w’Ingabo n’uw’Ibidukikije bapfuye

GridArt 20250806 172909845

Minisitiri w’Ingabo za Ghana ndetse n’uw’Ibidukikije, bari mu bantu umunani bapfuye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kanama baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Aba ba Minisitiri bombi bapfanye n’abandi bayobozi batatu ndetse n’abasirikare batatu bo mu ngabo za Ghana zirwanira mu kirere bakoraga muri iriya ndege. Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida John Mahama wa Ghana, […]

Goma: Umukwabu wa M23 wafatiwemo abatari bake bakekwaho kuba ibyitso bya FARDC na FDLR

202503africa congo m23car

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kanama, inzego z’umutekano za M23 zahakoreye umukwabu wasize hafashwe abatari bake bakekwaho guteza umutekano muke. Abafashwe biganjemo insoresore bafatiwe mu gace ka Mabanga, mu majyepfo ya Komine ya Karisimbi. Ni ku nshuro ya gatandatu M23 yari ikoreye […]

Amerika igiye kujya yishyuza Frw miliyoni 21 abanya-Malawi n’abanya-Zambia bashaka Viza

US visa 1366x768 1

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutangira kwishyuza abaturage bava mu bihugu bya Malawi na Zambia $ 15,000 (arenga Frw miliyoni 21), kugira ngo babashe guhabwa za Viza ku bagiye kuzikoreramo ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa abagiye gutembera. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, yatangaje ko ikiguzi cya Viza ku banya-Zambia na Malawi cyazamuwe […]

Hakim Sahabo yagize uruhare rukomeye mu gushyingura ‘Mama Mukura’

download

Hakim Sahabo, umukinnyi w’Amavubi ukinira Standard de Liège, ni we watanze byinshi mu gutegura no gutanga ibikenewe byose kugira ngo Mukanemeye Madeleine, benshi bazi nka “Mama Mukura”, ashyingurwe mu cyubahiro gikwiye. Mukanemeye yitabye Imana ku cyumweru tariki ya 3 Kanama 2025, ashyingurwa ku wa kabiri tariki ya 5 Kanama. Amakuru avuga ko Hakim Sahabo yatanze […]

Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (ANR)

IMG 20250728 WA0010

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashyizeho abayobozi bakuru babiri bashya b’amashami y’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza (ANR). Iteka rya perezida ryasomwe kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Kanama 2025, kuri Radio na Televiziyo bya Congo, RTNC, rivuga ko uwitwa Kalala Musungu Théophile Charles yagizwe umuyobozi mukuru, w’ishami ry’imbere mu gihugu, naho […]

Gasopo ya Polisi y’u Rwanda ku bishora mu byaha muri Expo

umuvugizi mukuru wa polisi acp rutikanga boniface yasabye abazitabira expo kwirinda ibyaha cyangwa bagahanwa effdf

Kuri uyu wa 5 Kanama 2025, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yagaragaje ko inzego z’umutekano zafashe ingamba zikomeye zo kurinda umutekano mu Imurikagurisha Mpuzamahanga riri kubera i Kigali, ahazwi nk’i Gikondo, riri kuba ku nshuro ya 28. Yavuze ko nubwo iri murikagurisha ari urubuga rw’ubucuruzi no kwidagadura, hatihanganirwa ibikorwa bishobora kubangamira ituze […]

Rwatubyaye wari waraburiwe irengero yagaragaye mu matware y’Abatalibani

20250806 102323

Myugariro Rwatubyaye Abdul wari umaze igihe asa n’uwaburiwe irengero, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Abu Muslim Farah Football Club yo muri Afghanistan.   Uyu musore usanzwe akinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yemeje ko ari umukinnyi w’iyi kipe biciye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ni ubutumwa bwari buherekeje amafoto yashyize kuri ruriya rubuga, arimo […]

Netanyahu ntavuga rumwe n’igisirikare cya Israel ku kwigarurira Gaza yose

Image from iOS 3 e1751313676782

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 5 Kanama, Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu yatangaje ko Israel igomba “gutsinda burundu” Hamas muri Gaza,  ariko Umuyobozi Mukuru w’Ingabo za Israel, kimwe n’igice kinini cy’ubuyobozi bukuru bwa gisirikare, barwanya igitero gishya cyo kwigarurira agace ka Palestine.  Umuyobozi Mukuru w’Ingabo za Israel, Eyal Zamir, yemeza ko Israel irimo irashaka […]

Konti zirenga miliyoni 7 za WhatsApp zafunzwe

04085c211784bcfded09e5673caab0cc921cc70a

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Kanama 2025 sosiyete Meta yatangaje ko yasibye konti za WhatsApp zigera hafi kuri miliyoni 7 zari zifitanye isano n’ubutekamutwe mu gice cya mbere cy’uyu mwaka, kandi ikomeje gufata ingamba zikomeye zo kubikumira. Clair Deevy, ushinzwe ibikorwa by’inyuma muri WhatsApp, yavuze ko: “Ikipe yacu yamenye izo konti kare, izifunga […]

Imyaka 80 irashize Amarika iteye igisasu cya kirimbuzi mu mujyi wa Hiroshima

Hiroshima 1 superJumbo

Umujyi wa Hiroshima, ni umwe mu mijyi yo mu Buyapani ya kera kandi ifite amateka akomeye, aho kuri iyi tariki ya 6 Kanama uri kwibuka imyaka 80 ishize igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kigabye igitero cy’inkazi kuri uyu mujyi hakoreshejwe igisasu cya kirimbuzi. Kuri iyi tariki ya 6 Kanama mu mwaka w’1945, nibwo […]

Kiongozi wa M23 Akanusha Tuhuma za Mauaji Rutshuru: “Ni Propaganda Tu”

Capture

Bertrand Bisimwa, Rais wa kundi la waasi la M23, amekanusha vikali tuhuma za Ofisi ya Pamoja ya Haki za Binadamu ya Umoja wa Mataifa (UNJHRO), zilizodai kuwa M23 waliua raia 169 huko Rutshuru, mashariki mwa DRC. Akizungumza na Reuters, Bisimwa alisema tuhuma hizo zilitokana na taarifa za mtu anayejulikana kama Mulumba, msemaji wa FDLR, na […]

Le Chef du M23 Dément les Accusations de Massacre à Rutshuru: “Une Propagande Pure”

Capture

Bertrand Bisimwa, Président du mouvement rebelle M23, a rejeté catégoriquement les accusations du Bureau Conjoint des Nations Unies aux Droits de l’Homme (BCNUDH) concernant le meurtre de 169 civils à Rutshuru. S’adressant à Reuters, Bisimwa a affirmé que ces allégations reposaient sur les déclarations d’un certain Mulumba, connu pour être membre du FDLR. Il a […]

M23 Leader Denounces UN Allegations of Massacres in Rutshuru as Propaganda

Capture

Bertrand Bisimwa, President of the M23 rebel movement, has strongly rejected accusations by the United Nations Joint Human Rights Office (UNJHRO), which recently alleged that the group killed 169 civilians in Rutshuru, DRC. Speaking to Reuters, Bisimwa said these allegations are based on unverified claims from a known FDLR member named Mulumba. He criticized the […]

Bisimwa yatanze umucyo ku bwicanyi baherutse gushinjwa gukorera abasivili 169

Capture

Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye ibirego by’Ibiro Bihuriweho by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu biherutse gushinja uyu mutwe kwica abasivili 169 muri Rutshuru nk’uko biherutse gutangazwa n’Ibiro Ntaramakuru Reuters, avuga ko ari ibirego bishingiye ku makuru yatanzwe n’umu FDLR uzwi witwa Mulumba, anenga Umuryango w’Abibumbye gutangaza ibintu utagenzuye kandi utabuze uburyo. Mu mpera […]

Uwakoreraga AS Kigali ashobora kuyijyana mu nkiko

Jado AS Kigali Physio 1 860x827 1

Nsabimana Jean de Dieu, wahoze ari umuganga wa AS Kigali, yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe abumenyesha ko bumufitiye imishahara y’amezi 13 ndetse n’andi mafaranga agera kuri miliyoni 6,7 Frw. Naramuka atishyuwe mu gihe kitarenze icyumweru, ngo azitabaza inkiko. Uyu mugabo, wakoranaga na Muganga Rugumaho Arsène mu kwita ku bakinnyi, avuga ko nyuma yo guhagarikwa batishyuwe amafaranga […]

Ruswa inzitizi ku iterambere n’ umutekano w’ibihugu bya SADC

Umuryango w’ ibihugu bya Afurika y’ Amajyepfo SADC  watangaje ko ibihugu bigize uyu muryango bikomeje guhura n’ingaruka zikomeye zishingiye kuri ruswa, kandi ko iki kibazo gikomeje kuba imbogamizi ku mutekano no ku bukungu bw’ ibyo bihugu. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ uyu muryango wagaragaje ko nubwo hari intambwe zimwe na zimwe zimaze guterwa mu kurwanya […]

Perezida Kagame yatashye ubukwe bw’umuhungu wa Minisitiri Dr. Biruta (Amafoto)

20250805 215701

Perezida Paul Kagame ari mu bashyitsi b’imena batashye ubukwe bwa Sous-Lieutenant Edmond Biruta, umusirikare mu ngabo z’u Rwanda akanaba umuhungu wa Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Sous-Lieutenant Biruta yashyingiranwe n’umukunzi we, Bwiza Samantha, mu birori bibereye ijisho byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye. Amafoto n’amashusho atandukanye yerekana Perezida Paul […]

Musanze: Abanyeshuri baburiye impamyabumenyi zabo ku ishuri baratabaza ubuyobozi

1697913

Bamwe mu banyeshuri bize ku Rwunge rw’Amashuri rwa Shingiro mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze, baratabaza inzego zibishinzwe kubakurikiranira ikibazo cya Diplômes zabo zaburiye ku ishuri bikaba bikomeje kubagiraho ingaruka zo kubabuza amahirwe y’ akazi no kubura uko buzuza ibyangombwa bibimerera gukomeza amashuri ya kaminuza. Abavuga ibi ni abashoje amasomo yabo y’ amashuri […]

Ndayishimiye yagabanyije Abaminisitiri bari bagize Guverinoma y’u Burundi

Screenshot 20250805

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Kabiri tariki ya 5 Kanama yashyizeho Guverinoma nshya izaba iyobowe na Minisitiri w’Intebe mushya, Nestor Ntahontuye. Guverinoma nshya Ndayishimiye yashyizeho igizwe n’Abaminisitiri 13, ikaba yasimbuye iyacyuye igihe yari igizwe n’Abaminisitiri 15. Muri Minisiteri Ndayishimiye yakuyeho harimo ishinzwe ubucuruzi yafashe icyemezo cyo gukurikirana ku giti cye. Guverinoma nshya Perezida […]

Uganda: Umudepite yatsinze urubanza yaregagamo MTN kwanga kumusubiza ku murongo

Hon. Atickin Katusabe picks norminations

Urukiko Rukuru i Kasese rwasanze MTN Uganda yaranze ku bushake gusubizaho umurongo wa telefone w’umudepite wa Bukonzo y’Iburengerazuba, Godfrey Atkins Katusabe, nubwo yatanze ibimenyetso bifatika byerekana umwirondoro we. Umucamanza David S.L. Makumbi, mu cyemezo cyatanzwe vuba aha, yavuze ko mu gihe ikurwaho rya mbere rya sim card ya Katusabe ryemewe kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwandikisha […]

Abadepite basabye ubushinjacyaha gukurikirana ibigo birimo WASAC na Minisiteri ya Siporo

IMG 20250805 WA0016

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye ubushinjacyaha gukurikirana ibigo birimo icya WASAC gishinzwe amazi na Minisiteri zirimo iya Siporo, kubera amafaranga yatanzwe ntihagaragazwe uburyo yagiye akoreshwa. Abadepite babisabye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kanama, ubwo bagezwagaho raporo ya Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) ku isesengura rya raporo y’Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru […]

Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda ibihugu 21 birimo RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gukorera ingendo mu bihugu 21 byo hirya no hino ku Isi, mu rwego rwo kwirinda ibyago bashobora guhura na byo. Amerika biciye mu ishami ryayo rishinzwe ibikorwa byayo bya dipolomasi mu mahanga, yagaragaje ko yashyize biriya bihugu ku rwego rwa kane mu bijyanye n’ingendo. Uru rwego […]

Ba Ofisiye 2 ba RDF bafunganwe n’abasivile 20

rwivanga

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko hari abasirikare babiri bacyo bo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abasivile 20 bafunzwe, bakaba bakurikiranweho n’ubutabera ibyaha bitandukanye. RDF yemeje aya makuru biciye mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kanama. Yagize iti: “Ubuyobozi bwa RDF buramenyesha ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare bukurikiranye mu butabera ofisiye […]

Rayon Sports yamaze kwikiranura na Youssou Diagne

WhatsApp Image 2025 08 05 at 15.16.04

Nyuma y’igihe kirenga ukwezi Rayon Sports itangiye imyitozo yo kwitegura umwaka w’imikino wa 2025–2026, myugariro w’Umunya-Senegal Youssou Diagne wari utaragaruka mu Rwanda, yamaze kwishyurwa umwenda w’amadolari 1,500 (hafi miliyoni 2 Frw) iyi kipe yari imurimo. Uyu mukinnyi yari aherutse gutangaza ko atazagaruka muri Rayon Sports hatabayeho kumwishyura ibyo yari asigaje ku masezerano ye. Nyuma yo […]

Ndayishimiye yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Screenshot 20250701

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yagize Nestor Ntahontuye Minisitiri w’Intebe mushya wa kiriya gihugu. Ntahontuye kuva mu Ukuboza 2024 yari asanzwe ari Minisitiri w’Imari mu Burundi. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kanama 2025 ni bwo yemejwe n’imitwe yombi igize Inteko Ishinga Amategeko. Ntahontuye yasimbuye kuri ziriya nshingano Lt. Gén de Police Gervais Ndirakobuca […]

Burundi: Gen. Ndakugarika wari Minisitiri w’Intebe yatorewe inshingano nshya

20250805 141232

Lieutenant-Général de Police (Rtd) Gervais Ndirakobuca wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kanama yatorewe kuba Perezida wa Sena y’iki gihugu. Gen. Ndirakobuca bakunda kwita Ndakugarika, yatorewe mu matora yabereye ku cyicaro gikuru cya Sena y’u Burundi mu mujyi wa Gitega. Yatowe ku majwi 100% bijyanye no kuba […]

APR FC iri mu makipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup

1754392482227

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yashyize ahagaragara urutonde rw’amakipe 12 azitabira irushanwa rya Cecafa Kagame Cup 2025, rizabera i Dar es Salaam muri Tanzania guhera ku wa 2 kugeza ku wa 5 Nzeri 2025. U Rwanda ruzahagararirwa na APR FC, ari na yo yegukanye shampiyona iheruka mu gihugu. Andi makipe azitabira […]

Bucura bwa Perezida Kagame mu mwambaro wa RDF nyuma yo kuyinjiramo

20250805 124801

Umuhungu wa Perezida Paul Kagame akanaba bucura bwe, Sous-Lieutenant Brian Kagame, yagaragaye mu mwambaro w’ibirori uranga abasirikare bo ku rwego rw’aba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda nyuma yo kuzinjiramo. Ifoto y’uyu musore yambaye uriya mwambaro imaze umunsi umwe ihererekanwa ku mbuga nkoranyambaga. Ni ifoto bigaragara ko yafashwe ubwo Sous-Lieutenant Kagame yari yitabiriye ubukwe bw’umwe muri […]

Sena yatoye itegeko ryemera amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na DRC

SENA be861 e1754393305944

Inteko Rusange ya Sena mu Rwanda, yatoye itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo n’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa 27 Kamena 2025. Ni umuhango wabaye ejo kuwa Mbere tariki 04  Kanama 2025, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagezaga […]

Urukiko rwanze kurekura P Diddy

1754381773054sean diddy combs cant stop wont stop premiere 052924 1 f465c2a8a88d4edf9f15385d2163372a

Urukiko rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwafashe umwanzuro wo kutarekura umuraperi Sean “Diddy” Combs, uherutse guhamwa n’icyaha cyo gucuruza abantu. Urukiko rwavuze ko ashobora guhunga cyangwa guteza ibyago ku bandi. Kuwa 4 Kanama 2025, umucamanza Arun Subramanian yavuze ko amafaranga miliyoni 50 z’amadolari Diddy yari yemeye gutanga atari impamvu ihagije yo kumurekura, kuko nta […]

Impunzi zisaga 10,000 zahunze imirwano zibayeho nabi muri Uvira

wakimbizii

Impunzi z’ abaturage basaga 10,000 bari mu bice bya Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bariho mi mibereho mibi kandi iteye ubwoba nyuma yo guhunga intambara za M23 ihanganyemo n’ igisirikari cya Congo FARDC n’ abo bafatanyije baturutse mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Epfo. Abo baturage […]

Stade Umuganda yuzuye umwanda

IMG 7835

Mu gihe hasigaye ukwezi n’iminsi mike ngo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda itangire, Stade Umuganda iri mu kaga gakomeye gaterwa n’umwanda ukabije no gusaza kwayo. Usuye ahantu hatandukanye muri iyo Stade, hahita higaragaza ibimenyetso by’uko hakenewe gusanwa ndetse n’isuku ikomeye. Ibice byinshi, birimo urwambariro, intebe z’abatoza n’abasimbura, ndetse n’inkuta zikikije ikibuga, […]

Uranium ya Niger: Russia mu mugambi wo kwirukana Ubufaransa

Orano company formerly Areva currently operates a uranium mine in the north of the countrySanogo

Mu ruzinduko rwe i Niamey, Minisitiri w’ingufu w’Uburusiya Sergei Tsivilev yabonanye na Jenerali Abdourahamane Tiani kugira ngo baganire ku bufatanye bw’ubukungu hagati y’ibihugu byombi mu gihe ibirombe bya Uranium byahoze bikoreshwa n’isosiyete y’Abafaransa Orano bishyirwa mu maboko y’gihugu. Ku wa mbere, tariki ya 28 Nyakanga, Minisitiri w’ingufu w’Uburusiya yatangaje ko Uburusiya bwifuza “gukoresha uranium ya […]

Menya umushinga Manhattan wavuyemo igisasu kirimbuzi cyahinduye amateka y’isi

WhatsApp Image 2025 08 05 at 11.14.36 scaled

Turi mu mwaka wi 1942, Abanazi ubwo bari bamaze gufata hafi Uburayi bwose. Mu gihe ku rundi ruhande rw’inyanja ya Atalantika abantu 1400 barimo abahanga muri Siyansi, ubwubatsi, ubugenge no mu butabire bwa Atomike, bari mu gikorwa cy’ibanga kabombo ku rwego rwo hejuru. Muri iki gikorwa nubwo harimo abantu benshi ariko abari bazi uyu mushinga […]

Uwahoze ari rutahizamu wa APR FC muri Rayon Sports

324872055 207497445183000 2018792099905382209 n c9ef2 1

Rutahizamu Yves Mugunga wahoze muri APR FC mbere yo guca no mu makipe ya Kiyovu Sports na Gorilla FC, ari mu muryango winjira muri Rayon Sports. Amakuru avuga ko nta gihindutse Mugunga Yves asinyira Murera kuri uyu wa Kabiri. Mugunga Yves w’imyaka 29 y’amavuko, mu mwaka ushize ni bwo yari yerekeje mu kipe ya Al-Selmiyah […]

Ingabire Victoire yajuririye icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo

ingabire

Victoire Ingabire yajuririye icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro cyo gukomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe ategereje kuburana, atanga impamvu umunani yemeza ko zisobanura ishingiro ryo kumufungura by’agateganyo. Kuri uyu wa Mbere, itariki 4 Kanama 2025, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwumvishije ubujurire bwe. Nibwo bwa mbere kandi kuva yafatwa muri Kamena, Victoire Ingabire yagaragaye mu […]

Ni ibiki Gen. Makenga yavugiye mu nama ikomeye yayoboreye i Goma?

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, ku wa Mbere tariki ya 4 Kanama yayoboye inama yo mu rwego rwo hejuru yahuje abayobozi batandukanye bo muri uriya mutwe. Ni inama yabereye mu mujyi wa Goma yitabirwa n’abayobozi barimo Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Erasto Bahati Musanga, ba Guverineri bamwungirije, Meya w’Umujyi wa Goma, […]

Rutshuru: Inyeshyamba za CMC zahuye n’uruva gusenya nyuma yo gushotora M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240405080436262894 NORD KIVU

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Kanama 2025, habaye imirwano ikaze hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’inyeshyamba za Wazalendo bo mu mutwe wa Collectif des Mouvements pour le Changement (CMC) mu midugudu myinshi yo muri Gurupoma ya Kihondo, uherereye muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru. Imirwano yavuzwe nko mu ma saa tatu za […]

U Rwanda rugiye kwakira abimukira barenga 250 bo kwa Trump

2 1823 b69bd

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko yamaze kugera ku bwumvikane na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira abimukira ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump buteganya kwirukana ku butaka bwa kiriya gihugu. Muri Kamena uyu mwaka ni bwo ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano yemerera u Rwanda kwakira abimukira babarirwa muri 250, akaba ari amasezerano yashyiriweho umukono […]

Mu myaka 3 gusa Miliyoni zisaga 81 zaribwe hifashishijwe ikoranabuhanga

MOMO SUSPECTS II

Muri iki gihe ikoranabuhanga ryiyongera, abarikoresha mu buriganya nabo bakomeje kwiyongera, aho bashuka umuntu bakamucucura utwe banyuze kuri Telefoni, Simukadi cyangwa Konti za Banki. Kuri uyu wa Mbere ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwiswe ‘Bime Amatwi’ urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko mu myaka itatu ishize rwakurikiranye abantu 378 bakekwaho ubujura bushukana hifashishijwe ikoranabuhanga. Ubu bukangurambaga bugamije […]

Inyeshyamba za RSF zishe abantu 14 muri Sudani

images 1

Abasirikari bitwaje intwaro bo mu mutwe wa RSF (Rapid Support Forces) muri Sudani, barashinjwa kwica abaturage bagera kuri 14, abandi benshi barakomereka, ubwo bageragezaga guhunga umujyi wa El Fasher, uri mu ntara ya Darfur, wari umaze igihe uzengurutswe n’imitwe yitwaje intwaro. Ibi ni ibitangazwa n’amatsinda y’abaharanira uburenganzira bwa muntu bashinzwe gukurikirana umutekano muke uterwa n’intambara […]

RDF yaba yaragize uruhare mu guhana imfungwa z’intambara hagati ya FDNB na M23

Screen Shot 2024 05 28 at 12.14.49

Igisirikare cy’u Burundi na M23 mu kwezi gushize byahanye imfungwa z’intambara zibarirwa muri 20 kuri buri ruhande, mu gikorwa bivugwa ko cyagizwemo uruhare n’ingabo z’u Rwanda. Amakuru avuga ko guhana izi mfungwa byabereye ku mupaka wa Gasenyi-Nemba uhuza u Burundi n’u Rwanda, ku wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga 2025. Yaba RDF, M23 cyangwa Igisirikare […]

Ihuriro FCC ryamaganye iburanishwa rya Joseph Kabila

download 4

Ihuriro ry’amashyaka rya FCC (Front Commun pour le Congo), rikorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryamaganye iburanishwa ry’ urubanza rwa  Joseph Kabila wayoboye iki gihugu rwatangiye kuburanishwa, rivuga ko ritanyuze mu mucyo kandi rikaba riteye impungenge n’umwuka mubi wa Politiki uri muri iki gihugu. Ibi bi ibikubiye mu itangazo iri huriro ry’amashyaka Front Commun […]

Umukinnyi witwaye neza yahembwe ingorofani y’ibirayi

7070bf56 2cec 4e97 9721 4816c8ac1ec2

Maxime Soulas, umukinnyi w’ikipe ya Sennerjuske yo mu cyiciro cya kabiri muri Denmark, yahawe igihembo kidasanzwe nyuma yo kwitwara neza mu mukino ikipe ye yatsinzemo Nordsijaeland ibitego 3-2. Uyu mukinnyi yatsindiye ikipe ye igitego kimwe anatanga indi mipira ibiri yavuyemo ibitego, bituma aba “Man of the Match”. Igikombe cye cyatangaje benshi kuko cyari ingorofani irimo […]

RDC: Mutamba yahamagaje Minisitiri w’Intebe nk’umutangabuhamya mu rubanza rwe

justice constant mutamba appelle a comparaitre comme temoins la premiere ministre judith suminwa jules alingete et consorts 1753895769

Urubanza ruregwamo uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, rwakomeje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Kanama, imbere y’urukiko rw’iremezo. Mu gihe iburanisha ryari rigamije kwibanda ku kumva abatangabuhamya, siko byagenze. Nyamara, abatangabuhamya benshi b’ubushinjacyaha bitabiriye ihamagazwa bahawe kandi bari mu cyumba cy’urukiko. Ubwunganizi bwagaragaje ibibazo bibiri: icya mbere, […]