Abayobozi, abikorera bashyiriweho uburyo bwo kuvuga indimi z’amahanga badategwa n’abashaka ‘certificats’ za IELTS, TOEFL na DUOLINGO kuri promotion

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo nâishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY. Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye nâahandi, abarigana biga ku buryo bworoheye buri wese. Muri rusange abifuza kwiga muri iki […]
Kagame na Tebboune baganiriye uko bashimangira umubano mu birimo igisirikare

Perezida Paul Kagame ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza yahuye na mugenzi we Abdelmadjid Tebboune wa Algeria, baganira uko barushaho gushimangira umubano w’ibihugu bayoboye. Ibiganiro by’Abakuru b’ibihugu bombi byabereye i Nouakchott muri Maurtanie, aho bitabiriye Inama Nyafurika yiga ku burezi no gushakira imirimo urubyiruko. Ni inama itangira kuri uyu wa Kabiri, ikaba yarateguwe n’Umuryango […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Gén Doumbouya

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we GĂ©n Mamadi Doumbouya wa GuinĂ©e-Conakry, nyuma y’imvururu zabereye muri imwe muri Stade yo muri iki gihugu zikagwamo abarenga 50. Ku Cyumweru gishize ni bwo bariya bantu baguye mu muvundo, ubwo abafana b’amakipe abiri yari ahanganye bashyamiraniraga muri Stade ya NâZĂ©rĂ©korĂ© nyuma y’icyemezo kitavugwaho rumwe cy’umusifuzi. Imibare itangwa […]
Perezida Kagame yasabiye ibihano ibihugu bya EAC birimo RDC n’u Burundi
Perezida Paul Kagame yagaragaje impungenge zo kuba hari bimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bidatanga imisanzu; asaba ko byajya bifatirwa ibihano. Umukuru w’Igihugu yabigaragaje ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo i Arusha muri Tanzania haberaga inama isanzwe ya 24 y’abakuru b’ibihugu bigize EAC. Nta mwanya munini Perezida Kagame yamaze muri […]
RDC yarunze inyeshyamba za FLN ya Rusesabagina hafi y’umupaka w’u Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze igihe yararunze inyeshyamba zo mu mutwe wa FLN hafi y’umupaka w’u Rwanda; ibyo igaragaza nk’imwe mu mpamvu zerekana ko idafite gahunda yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yemereye RBA ko yagaragarije bagenzi […]
Paris: Urukiko rwemeje ko rudafite ububasha bwo gukurikirana Leta yâu Bufaransa ku ruhare rwayo muri jenoside
Urukiko rwâubuyobozi rwa Paris rwatangaje kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Ugushyingo 2024, ko rudafite ububasha bwo gukurikirana urubanza ku ruhare rwâigihugu cyâu Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Intandaro yâiki cyemezo, ni ikirego cyatanzwe nâamashyirahamwe abiri ndetse nâabacitse ku icumu bagera kuri makumyabiri bashinja Leta yâu Bufaransa kuba yarahaye inkunga […]
RDC: Abadepite barakajwe n’isaluti yaterewe Nduhungirehe i Goma
Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatuye uburakari Guverinoma y’iki gihugu, kubera icyubahiro cya gisirikare giheruka guhabwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe. Ku wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo ni bwo Minisitiri Nduhungirehe yari i Goma, aho yari yitabiriye igikorwa cyo gutangiza urwego ruvuguruye ruhuriweho nâu Rwanda, Repubulika Iharanira […]
Singapore: Rwangombwa yijeje ko politiki y’ifaranga y’u Rwanda izakomeza kuba nziza
Politiki yâifaranga mu Rwanda ishobora gukomeza kuba nziza kuko biteganijwe ko izamuka ry’ibiciro rizakomeza kuba munsi ya 5% kugeza mu 2025, nk’uko byatangajwe na Guverineri wa Banki Nkuru yâu Rwanda, John Rwangombwa. Aganira na Reuters, yamusanze muri Festival ya FinTech ijyanye n’ibintu by’ikoranabuhanga ibera muri Singapore kuva kuwa 6 kugeza kuwa 8 Ugushyingo 2024, Rwangombwa […]
Paris: Haratangira kumvwa ubujurire bwa Philippe Manier wahamijwe kugira uruhare muri jenoside
Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyarwanda w’imyaka 67, wakatiwe mu 2023 igifungo cya burundu kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi, rugomba gutangira kuri uyu wa Mbere imbere y’Urukiko rwâi Paris. Mu iburanishwa ry’ibyumweru birindwi mu Rukiko rwâi Paris mu 2023, Philippe Hategekimana wabaye umwenegihugu wâu Bufaransa mu 2005 akitwa izina rya Philippe Manier, yari yaracecetse. Amasaha make […]
Uganda na RD Congo birateganya gutangira gukorana imyitozo ya gisirikare
Umugaba Mukuru wâIngabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko habaho imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati yâIngabo za Uganda n’iza Congo . Iyi gahunda, yaganiriweho mu nama yabaye kuri uyu wa Kane, itariki 31 Ukwakira 2024 hagati yâUmugaba Mukuru wa FARDC, Gen Christian Tshiwewe Songesa, n’Umugaba Mukuru wa UPDF ije ikurikira intambwe ishimishije imaze guterwa […]
MINALOC yinjiye mu gisa no kumvana imitsi kiri hagati ya NPSC na Meya wa Rulindo
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), yatangaje ko igiye kuganira ku gisa n’ihangana rimaze iminsi riri hagati ya Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta (NPSC) n’ubuyobozi bw’akarere ka Rulindo batajya imbizi ku mwanzuro wo gusubiza mu kazi uwari Gitifu w’Umurenge wa Mbogo umaze igihe yarirukanwe. Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Mugenzi Patrice, mu kiganiro yahaye Kigali Today yavuze […]
Rubavu: Meya arasaba ubuvugizi, abaturage bagasaba perezida Kagame kubibuka bakaba ku isonga nk’abandi

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Busoro ko mu murenge wa Nyamyumba wâakarere ka Rubavu, barasaba Perezida Kagame kubibuka nkâabandi banyarwanda akabakura mu bwigunge bamazemo imyaka irenga ibiri kubera umuhanda wahuzaga uturere twa Rubavu-Rusizi wacitse ugahagarika ubuzima. VIDEO: RUBAVU:HARI ABAPFUYEđABAGIZE UBUMUGAđBARATABAZA PEREZIDA KAGAME NGO ABIBUKE BABE KU ISONGA NK’ABANDI KUKO AHAHOZE UMUHANDA HAGIYE KUBAMARAHO […]
Paris: Rwamucyo ushinjwa uruhare muri jenoside yasabiwe imyaka 30 y’igifungo
Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ukwakira 2024, abashinjacyaha mu Bufaransa basabiye igifungo cyâimyaka 30 uwahoze ari umuganga waburanishijwe i Paris kubera gukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu myaka mirongo itatu ishize. Eugene Rwamucyo, ufite imyaka 65, ni we muntu uheruka gushinjwa kugira uruhare mu iyicwa ryâAbatutsi muri Mata 1994 uburanishijwe […]
Meya wa Rulindo yongeye kujya mu mitsi na NPSC kubera wa Gitifu yirukanye
Umuyobozi wâakarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith, yongeye kujya mu mitsi na Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta nâumurimo (NPSC) yari yamusabye gusubiza mu kazi Gitifu wâumurenge yirukanye amurenganya, ayumvisha ko ikwiye guha agaciro impamvu yashingiyeho yirukana uriya mukozi. Ku wa 7 Ukwakira ni bwo NPSC yari yandikiye Meya Mukanyirigira imwibutsa ko agomba gushyira mu bikorwa umwanzuro […]
Utavuga rumwe na Tshisekedi yasubije abanenze urugendo rwe mu Rwanda
Mu butumwa burebure yanyujije ku rubuga rwe rwa X, Franck Diongo, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ubu uri mu buhungiro mu Bubiligi yagize icyo abwira abaneguye urugendo aheruka kugirira mu Rwanda, bamushinja kwifatanya nâumwanzi. Franck Diongo yagaragaje ishusho y’umubano utari mwiza hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda mu buryo busa nko kubaza. […]
Abimuwe mu mitungo yabo baberewemo arenga miliyari 15.8 Frw y’ingurane – Umuvunyi
Umuvunyi Mukuru Madeleine Nirere yavuze ko nubwo hari intambwe imaze guterwa mu kwishyura indishyi ku bantu bimuwe mu mitungo yabo, ibibazo bigihari. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Ukwakira, Nirere yavuze ko abantu bimuwe mu mitungo yabo baberewemo amafaranga arenga miliyari 15.8 yâamafaranga y’ingurane, ubwo yamurikaga raporo y’ibiro bye mu mwaka wâingengo yâimari 2023/2024 […]
Perezida Kagame yababariye Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko na CG (Rtd) Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, bahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame. Aba bagabo bombi bari mu bantu 32 bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu, nk’uko byemejwe n’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 18 Ukwakira. Muri Mutarama 2023 ni […]
FARDC iri kurambagiza indege z’indwanyi zikorwa n’u Buhinde za Tejas Mk1

Igisirikare cyo mu kirere cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FAC) kirashaka cyane kuvugurura indege zacyo, kandi ubu u Buhinde nibwo buhanzwe amaso mu gushakisha indege za gisirikare ziteye imbere. Muri Kanama, intumwa zikomeye zaturutse mu Gisirikare cya Congo (FARDC) zasuye New Delhi kugira ngo baganire ku bijyanye no kubona indege z’indwanyi za Tejas Mk1 […]
Tshisekedi yaba yaranze guhura n’Intumwa Idasanzwe ya EU ku bwende?

Inama zose zari ziteganijwe zari zigijweyo, kandi inama ya Johan Borgstam na FĂ©lix Tshisekedi yemejwe. Icyakora, uhagarariye Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi (EU) mu Biyaga Bigari na perezida wa RD Congo ntibabonanye, kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 10 Ukwakira, ku munsi wa nyuma wâuruzinduko rwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Perezidansi ya Congo […]
Amezi 6 ya FARDC yo kuba yamaze guca FDLR umutwe
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko cyamaze gutegura operasiyo y’amezi atandatu igamije ‘guca umutwe’ FDLR isaanzwe igifasha mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23. Muri iyi Operasiyo nk’uko Africa Intelligence ibivuga, ngo FARDC irashaka kwivugana abayobozi bakuru ba FDLR ndetse ikanayiniga mu buryo bw’ubukungu. Hashize igihe hari amakuru avuga ko ku wa […]
U Bwongereza bwahaye Mauritius Ibirwa bya Chagos ariko buhagumisha ibirindiro
Ku wa Kane, itariki 03 Ukwakira 2024, u Bwongereza bwavuze ko buzaha Igihugu cya Mauritius Ibirwa bya Chagos mu masezerano bwavuze ko atanga ejo hazaza hâu Bwongereza na Amerika. Ni ibirindiro bya gisirikare bya Diego Garcia, kandi ashobora no kubera inzira yo gutaha abantu bavanwe mu byabo mu myaka yashize nk’uko tubikesha Reuters . Perezida […]
Paris: Hatangiye urubanza rwa Rwamucyo byitezwe ko rutazoroha na gato
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 01 Ukwakira 2024, uwahoze ari umuganga, Eugene Rwamucyo, ufite imyaka 65, yitabye urukiko mu Bufaransa aho akurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni urubanza biteganyijwe ko rutazoroha na gato kubera abanyamategeko bunganira uyu mugabo, barimo uwunganiye Kabuga Felicien ndetse n’umunyamategeko wunganira Agatha Kanziga, mu gihe mu […]
UK: James Cleverly aravuga ko uko Ishyaka ry’Abakozi rifata u Rwanda biteye ishozi
Ushobora kuba umuyobozi utaha w’ishyaka ry’Aba-Conservateurs mu Bwongereza, James Cleverly, yabwiye LBC ko ukuntu Ishyaka ry’Abakozi, riri ku butegetsi, rifata u Rwanda “biteye ishozi” mu gihe yongeye gushimangira ko azagarura gahunda bari bafitanye n’u Rwanda irebana n’abimukira naba Minisitiri w’Intebe. Aganira na Iain Dale wa LBC, Bwana Cleverly yanenze guverinoma y’Ishyaka ry’Abakozi kuba yarakuyeho iyo […]
IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be
IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. IRMCT yavuze ibi ishingiye ku […]
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa

Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi umwifuriza ijoro ryiza ni kimwe muri ibyo bikorwa, mwaba mukundana cyane cyangwa byoroheje, yaba ari kure yawe cyangwa mubonana kenshi. Dore bumwe mu butumwa buzatuma ubasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe ndetse bukazamutera guhora amwenyura igihe agutekereje: […]
UK: Abimukira bagombaga koherezwa mu Rwanda mu kaga gakomeye mu bigo bafungiwemo
Gufatwa bunyamanswa kwâabimukira bari bakusanyirijwe koherezwa mu Rwanda muri gahunda yashyinguwe na guverinoma nshya y’u Bwongereza, kwashyizwe ahagaragara mu buhamya bwatanzwe nâabakozi bo mu biro byâumutekano w’imbere mu gihugu bugaragaza ko ingufu z’umurengera zakoreshejwe ku bimukira. Inyandiko zâimbere zagaragarijwe Observer and Liberty Investigates binyuze mu Itegeko ry’ubwisanzure bwo guhabwa amakuru zigaragaza ingero enye zanditswe zâabimukira […]
Perezida Kagame na madamu bitabiriye amasengesho yo gusengera igihugu

Perezida Kagame na Madamu we, Jeannette Kagame, bifatanije nâabayobozi babarirwa mu magana baturutse mu gihugu hose mu masengesho yo gushimira Imana yateguwe na Rwanda Leaders Fellowship. Kuri iki Cyumweru, itariki 15 Nzeri, i Kigali habereye amasengesho yo gusabira igihugu no gushima Imana abera muri Kigali Convention Centre. Ni amasengesho yitabiriwe n’abasaga 600 barimo Perezida wa […]
Ubushobozi bwa Kajugujugu za Mi-35 RDF iherutse kwerekana bwa mbere

Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) giherutse kwerekana bwa mbere kajugujugu zo mu bwoko bwa Mi-35M giherutse kwibikaho. muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ubushobozi bw’izi kajugujugu nk’uko tubikesha inkuru ya defenceweb Hari ku itariki ya ya 11 Kanama, ubwo kajugujugu ebyiri zo gutwara abantu za Mi-17 na kajugujugu ebyiri zo mu bwoko bwa Mi-35M zâingabo zâu […]
U Rwanda, Kenya na Uganda byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali

Abayobozi bakuru bashinzwe umutekano baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa NCIP (Northern Corridor Integration Projects (Kenya, u Rwanda na Uganda) bateraniye i Kigali mu nama yâumutekano igamije gusuzuma ibyagezweho no gusuzuma imishinga ihuriweho mu rwego rwo kurinda umutekano mu bihugu bigize uyu muryango. Inama y’iminsi ibiri yatangiye kuwa 5 Nzeri irasuzuma kandi uko ubufatanye mu […]
Perezida Ruto yemeje ko yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku buyobozi bwa Komisiyo ya AU. “U Rwanda nâumufatanyabikorwa ukomeye kandi wâingamba za Kenya. Dusangiye umubano ushingiye kuri dipolomasi, amateka nâumuco. Ibihugu byacu ni ibinyamiryango by’Umuryango […]
Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio Cipriano, waganiriye na Televiziyo ya Mozambike (TVM) kuri uyu wa Kabiri yagize ati: âahagana mu […]
FDLR yose ntiyanesha batayo imwe ya RDF – Gen Nkubito

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu ntara y’Iburengerazuba Maj. Gen. Eugene Nkubito, ahamya ko umutwe wâiterabwoba ubarizwa mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo wasize uhekuye u Rwanda (FDLR) nta mbaraga ugifite ku buryo utanesha na batayo imwe yâingabo zâu Rwanda (RDF). Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, tariki 28 Kanama 2024, aho yijeje […]
FARDC yongeye guca amarenga yâimyiteguro yo gutera u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) giherutse guhakana kuvogera ikirere cya M23, kuri ubu kiravuga ko ko icyo kirere kivugwa ari icya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kandi biteguye gukora ibishoboka byose nâibice byigaruriwe bikagaruzwa ndetse intambara ikajyanwa aho yaturutse uhita wumva ko ari u Rwanda bashaka kuvuga wumvise ibivugwa na Gen. Maj. […]
FDLR na Jambo ASBL ni nk’ibivumvuri: Col Bora wahoze ari intasi nkuru ya FDLR
Colonel Nshimiyimana Augustin Alias Bola ManassĂ©, yagereranyije umutwe wa FDLR yahozemo n’itsinda rya Jambo ASBL n’ibivumvuri bihora mu ndirimbo imwe, bijyanye no kuba ibinyoma birirwa bakwiza ku Rwanda bitajya bihinduka. Colonel Nshimiyimana ni umwe mu bantu bahoze bakomeye muri FDLR kuko yari umuyobozi ushinzwe ubutasi bwo hanze, aho yakoreshaga amazina ya Colonel Bora ManassĂ©. Yatawe […]
Eswatini: Barishimira ubufatanye nâIgisirikare cya RDF bafata nka kimwe mu bikaze muri Afurika

Itangazamakuru ryo mu Bwami bwa Eswatini ryakeje Igisirikare cyâu Rwanda rivuga ko ari kimwe mu gisirikare gikomeye muri Afurika ndetse no ku Isi nyuma yâamasezerano mu bya gisirikare ibihugu byombi biherutse gushyiraho umukono i Kigali. Mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti â Amasezerano ya Eswatini nâIgisirikare gikomeye muri Afurika (eswatiniâs pact with africaâs powerful army), […]
Brazzaville: Hari abari gusaba ko Ambasaderi Mutsindashyaka yirukanwa
Bamwe mu bagize sosiyete sivile ya Congo-Brazzaville barasaba ko Ambasaderi wâu Rwanda yirukanwa, nyuma yâibintu yatangaje, bavuga ko ari igitutsi ku baturage ba Repubulika ya Congo, ku kibazo kimaze iminsi kitavugwaho rumwe cy’ubutaka Congo yahaye u Rwanda bwo guhingaho . Imiryango itegamiye kuri leta ntabwo izi niba guverinoma ya Congo yaratanze ku buntu cyangwa yaragurishije […]
Lewis Hamilton yahishuye ko ari gukorana n’u Rwanda ngo Formula 1 ikinirwe i Kigali

Igihangange Lewis Hamilton yavuze kuri uyu wa Kane, itariki 22 Kanama, ko iki ari cyo gihe cya nyacyo ngo isiganwa ry’imodoka rya Formula 1 ribere muri Afurika kandi ko amaze iminsi abikoranaho nâu Rwanda na Afurika y’Epfo inyuma y’amarido ngo bigerweho. Hamilton watwaye iri rushanwa inshuro zirindwi yaganiriye nâabanyamakuru muri Grand Prix yo mu Buholandi […]
U Rwanda rurifuza kwinjira mu masezerano yo gusonerwa imisoro Kenya ifitanye na EU
U Rwanda rwagaragaje ko rwifuza kwinjira mu masezerano yâubufatanye mu byâubukungu bwa Kenya nâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi (EPA), nkâuko byemejwe nâumuyobozi mukuru, rukaba rwaba rubaye igihugu cya mbere cyâabafatanyabikorwa muri EAC kibikoze. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Kanama, Ambasaderi Henriette Geiger, Umuyobozi wâintumwa zâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi muri Kenya, yavuze ko u Rwanda […]
Twakemuye ibibazo na RDF muri ako karere none ubu SAMIM yagiye turakomeza â Nyusi

Nyuma yo kwitabira umuhango wâirahira rya mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame, i Kigali, Perezida wa Mozambike, Filipe Nyusi, yashimye uburyo Ingabo zâu Rwanda zishyigikira Mozambike mu kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado. Nyuma yâumunsi umwe avuye i Kigali, Perezida Filipe Nyusi yatangarije itangazamakuru ati “Byari ngombwa kuba hano kuko, mu bihe byiza no mu bihe […]
2017-2024: Imyaka irindwi Kagame yadadiyemo umutekano w’u Rwanda

Ku itariki ya 18 Kanama 2017, Perezida Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda ye ya gatatu, mu gihe cy’imyaka irindwi yiyemeza “guharanira amahoro nâubusugire bwâigihugu”. Kuri ubu iminsi irabarirwa ku ntoki ngo Umukuru w’Igihugu arahirire kuyobora u Rwanda muri manda nshya y’imyaka itanu, nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99.18%. Imyaka irindwi ishize […]
RDC: Loni yemereye MONUSCO gufasha SAMIDRC mu bikorwa n’ibikoresho
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 6 Kanama 2024, Akanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe Umutekano kemeje imyanzuro yemerera Ubutumwa bwâumuryango muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) gutanga inkunga yâibikorwa nâibikoresho ku butumwa bwâUmuryango wâIterambere w’igihugu bya Afurika ishyira amajyepfo (SADC) muri DR Congo. Umushinga wâicyemezo, wakwirakwijwe nâu Bufaransa na Sierra Leone, watowe mu kanama gashinzwe umutekano […]
U Bubiligi bwahagaritse gusaba u Rwanda kwemera ambasaderi wabwo mushya
U Bubiligi bwafashe icyemezo cyo kureka ubusabe bwabwo bwo kwemererwa n’u Rwanda Ambasaderi mushya wabwo i Kigali, kubera ko abayobozi b’u Rwanda batabahaye igisubizo . Umubano wâububanyi nâamahanga hagati ya Kigali na Bruxelles ukomeje kwangirika nyuma y’aho Ambasaderi wâu Bubiligi ucyuye igihe, Bert Vermessen, atagisimbuwe kuri ubu, kubera ko igihugu cye cyaretse ubusabe bwo kwemera […]
RDC: Umunyamakuru Magloire Paluku uherutse kwinjira muri AFC yagaragaye yambariye urugamba

Mu gihe Perezida Tshisekedi atekereza ko yateye ubwoba Abanyekongo binyuze mu manza zishingiye kuri politiki, gufatira imitungo yabo no kugarura igihano cy’urupfu, benshi bakomeje kwifatanya n’Ihuriro rirwanya ubutegetsi, Alliance Fleuve Congo (AFC), barimo Umunyamakuru n’umwanditsi, Magloire Paluku Kavunga, kuri iyi nshuro wagaragaye mu bice bagenzura yambariye urugamba afite n’imbunda . Uyu munyamakuru unakurikiranira hafi politiki […]
Impamvu ushobora gutakaza ubutaka bwawe nâicyo iteka rishya rya minisitiri riteganya
Ubutaka bugenewe ubuhinzi, ubworozi, nâamashyamba, bungana na hegitari eshanu kandi bukaba budakoreshwa, bushobora gufatirwa na leta byâagateganyo, nkâuko biteganywa mu iteka rya minisitiri n° 002/moe/24 ryo ku wa 10/07/2024 ryerekeye gufatira ubutaka byâagateganyo no gusesa amasezerano yo gutunga ubutaka. Iri teka ryashyizweho umukono na Minisitiri wâibidukikije, Valentine Uwamariya, rigamije kubahiriza itegeko rya 2021 ryerekeye ubutaka. […]
UK yari yateganyije miliyari 12.9$ ya gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Minisitiri mushya ushinzwe ibibazo byâimbere mu gihugu, Yvette Cooper, aravuga ko Guverinoma yâu Bwongereza yari yarateguye gukoresha miliyari 10 z’amapound ($12.9bn) muri gahunda yavanyweho ubu yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, kandi yari imaze gutwara abasoreshwa miliyoni 700 z’amapound ($ 830.7m) . Guverinoma nshya y’ishyaka ry’Abakozi ya Minisitiri wâIntebe, Keir Starmer, yavanyeho gahunda yo gutwara […]
France: Gen Nyakarundi yabonanye n’Umunyarwanda wiga muri Saint-Cyr CoĂ«tquidan Military Academy

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda zirwanira ku butaka (ACOS), Maj Gen Vincent Nyakarundi kuri uyu wa Gatandatu yabonanye n’Umunyarwanda wiga mu ishuri rya gisirikare ryo mu Bufaransa, Aho yitabiriye inama yabayobozi bakuru b’ingabo. Ni inama nyunguranabitekerezo yâabayobozi bakuru bâingabo yabereye mu Mujyi wa Rennes mu Bufaransa, yibanze ku mahoro, umutekano, ndetse nâUrubyiruko. Nyuma, yagiranye ibiganiro […]
NCHR iremeza ko hakiri ibibazo mu kwiyimura kuri lisiti y’itora bikeneye gukosorwa

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu ivuga ko yagenzuye ibikorwa byâamatora mu Turere twose twâIgihugu kuva ku wa 22 Kamena kugeza ku wa 16 Nyakanga 2024, aho yemeza ko yagenzuye imyiteguro yâamatora, ibikorwa byo kwiyamamaza nâamatora nyirizina ya Perezida wa Repubulika nâayâAbadepite yo mu mwaka wa 2024. Perezida w’iyi Komisiyo, Umuringi Providence, yavuze ko Abanyarwanda bamaze gusobanukirwa […]
Senateri Menendez wakunze kwibasira u Rwanda aruhora RDC mu muryango winjira mu gihome
Urukiko rw’i New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahamije ibyaha bya ruswa Senateri Bob Menendez wakunze kwibasira u Rwanda kubera ibibazo byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibyaha 16 ni byo uyu musenateri wahoze akuriye Komisiyo ishinzwe Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Amerika yahamijwe, nyuma yo kwemera ko yagiye yakira ruswa zirimo […]
FPR yanikiye andi mashyaka mu matora y’abadepite n’amajwi 62,67%
Imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’abadepite 53 yatangajwe na Komisiyo yâIgihugu yâAmatora yerekana ko Umuryango FPR Inkotanyi watowe nâabantu 5.471.104 bangana na 62,67%. Abadepite 53 batowe ku wa 14 Nyakanga 2024 ku Banyarwanda baba mu mahanga, no ku wa 16 Nyakanga 2024 ku Banyarwanda bari imbere mu Gihugu. Muri rusange ibikorwa byâamatora byagenze neza, haba […]
Perezida Kagame yavuze ko ubu igikurikiye ari ugushyira mu bikorwa ibyo yasezeranyije
Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa Indi Manda, yatangaje ko ubu ikigiye gukurikiraho Ari ugushyira mu bikorwa ibyo basezeranyije Abanyarwanda mu gihe cyo kwiyamamaza. Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024 nimugoroba nibwo abanyamuryango ba FPR Inkotanyi nâabindi mitwe ya politike bahuriye ku cyicaro gikuru cy’umuryango i Rusororo, kuri Intare Conference Arena, aho bari bategerereje ko Komisiyo […]
Narokowe nâamahirwe cyangwa Imana – Trump
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko “yakabaye yarapfuye” iyo hataba amahirwe cyangwa Imana nyuma yo kugerageza kwica ku wa Gatandatu ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza muri Pennsylvania. Muri kimwe mu biganiro bye bya mbere yatanze nyuma yâibyabaye, Trump yabwiye itangazamakuru ryo muri Amerika ko yumva ko yarokotse […]
RDC: Guverinoma yongeye kubona impamvu yo kugumisha MONUSCO ku butaka bwa Congo
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko Ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zidashobora gushyira mu bikorwa ibyo basezeranye byo kuva muri Kivu yâAmajyaruguru ngo mu gihe cyose Ingabo zâu Rwanda zikiri muri iyi ntara yo mu burasirazuba bwâigihugu. Kivu yâAmajyaruguru imaze imyaka igera muri itatu iberamo imirwano hagati yâIgisirikare cya Congo (FARDC) nâinyeshyamba […]
Kagame yahishuye uko akiri umwana yigeze kwirukanswa n’umujandarume mu Kiyovu
Umukandida w’Umuryango wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Nyakanga, yahishuye ukuntu akiri umwana yigeze kunyura hafi y’aho Perezida Habyarimana yari atuye mu Kiyovu umujandarume akamwirukankana ariko ntamenye aho anyuze. Ibi yabitangarije mu Karere ka Gasabo aho yakomereje ibikorwa bibanziriza ibya nyuma byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu biteganyijwe ko bizafungwa kuri […]
Ntabwo intare uzibona uyu munsi ngo ejo usubireyo usange zabaye impyisi – Kagame
Umukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yabwiye abaturage bâi Gicumbi ko amajyambere bifuza bari kuyakozaho imitwe yâintoki, babikesheje ubufatanye, biturutse ku mbaraga, ku bwenge no ku bumenyi bafite, by’umwihariko urubyiruko. Hari mu gikorwa cyo kwiyamamaza yakomereje mu majyaruguru y’igihugu nyuma yo kunyura mu ntara y’Iburasirazuba. FPR Inkotanyi yatangaje ko site ya Gicumbi […]
Leta yatanze ibisobanuro ku masezerano arebana n’abimukira UK yaseshe
Bwa mbere Guverinoma yâu Rwanda yagize icyo ivuga ku biherutse gutanganzwa na Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza, Keir Starmer, ko amasezerano u Rwanda rwagiranye nâicyo gihugu arebana nikibazo cy’abimukira yaseshwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Itangazo ryasohowe nâibiro by’umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda rivuga ko rwamenye umugambi wa Leta yâu Bwongereza wo gusesa […]
Kuyobora Abanyarwanda ntako bisa pe! – Paul Kagame i Kayonza
âKuyobora Abanyarwanda ntako bisa pe! Kuyobora FPR ntako bisa rwose. Ingorane rero twagiye tuzinyuramo, tuzisiga inyuma yacu. Ubu turareba imbere gusa, tugeze ku byinshi. Ibyiza birenze inshuro nyinshi biri imbere yacu,â ibi ni ibyatangajwe na Paul Kagame i Kayonza kuri iki Cyumweru aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza nyuma yo guca i Nyagatare. Abaturage ba Kayonza, […]
Nta ntambara nâimwe yadutera ubwoba yaturuka hano cyangwa hanze – Kagame

âNta ntambara nâimwe yadutera ubwoba. Yaturuka hano cyangwa yaturuka hanze. Oya ntibishobokaâ, uyu ni Umukandida wa FPR-Inkotanyi ku mwanya wâumukuru wâigihugu ubwo yari arimo kwiyamamaza mu Karere ka Nyagatare kuri iki Cyumweru. Umukandida Paul Kagame yatangaje ibi mu gikorwa cyo kwiyamamaza yakomereje mu Karere ka Nyagatere kuri iki Cyumweru, itariki 7 Nyakanga 2024, aho abaturage […]
Amafoto: Ibyaranze ukwiyamamaza kwâabakandida depite ba FPR – Inkotanyi hirya no hino

Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Nyakanga 2024, Ibikorwa byo kwiyamamaza kw’abakandida depite bâUmuryango FPR – Inkotanyi byakomereje mu turere dutanu twâIntara yâAmajyepfo . Mu Karere ka Muhanga hiyamamarije abakandida depite batatu barimo Kalinijabo Barthelemy, Kampororo Jeanne dâArc na Musonera Germain. Iki gikorwa cyabereye mu Murenge wa Rongi. Mu Karere ka Nyanza hiyamamarije abakindida depite […]
RDC yiyambaje ikindi gihugu ngo kiyitize ingabo zo kuyifasha M23
Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yaba yitabaje Tchad ngo imuhe ingabo zo kumufasha guhangana n’umutwe wa M23, nk’uko amakuru aturuka muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika abivuga. Amakuru avuga ko Tshisekedi yasabye Tchad kumuha ingabo, ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi yagiriye i Ndjamena mu mpera z’ukwezi […]
Amamiliyoni yahawe u Rwanda muri gahunda yâabimukira ntazasubizwa nihagarikwa
Amafaranga arenga miliyoni 320 yakoreshejwe na guverinoma muri gahunda itavugwaho rumwe yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ngo birashoboka ko yatakara mu gihe ishyaka ryâAba-conservateurs riri ku butegetsi ryaba ritsinzwe amatora rusange yo kuwa Kane . Amafaranga yakoreshejwe mu mafaranga yâiterambere ryâubukungu mu Rwanda, hamwe nâamafaranga yashyizweho muri iyi gahunda, ntashobora gusubizwa mu gihe iyi […]