Perezida Ndayishimiye yiyemeje kubakisha ingoro ze mu ntara zose

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiyemeje kubakisha ingoro-shami zâUmukuru wâIgihugu mu ntara zose, kugira ngo zizamurinde kujya yakirirwa muri za hoteli mu gihe azigiriramo uruzinduko. Iyi yabivuze ku wa 5 Ugushyingo 2023 ubwo yatahaga ingoro yavuguruwe mu ntara ya Kirundo. Ni na yo yayoboreyemo inama yâabaminisitiri yigaga ku ngingo zitandukanye zirebana nâubuzima bwâigihugu kuri uyu […]
Brussels: Umubiligi wafashije Habyarimana gutegura Itegekonshinga yatanze ubuhamya
Umwarimu muri kaminuza akaba nâinzobere mu mateka yâakarere kâibiyaga bigari, Prof. Filip Reyntgens, yatanze ubuhamya ku mateka ya jenoside yakorewe Abatutsi mu rubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre ruri kubera mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi. Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2023 ni bwo Prof. Reyntgens yahawe umwanya. Yasobanuye […]
Umugaba Mukuru wa FARDC yaraye i Goma kubera intambara
Umugaba Mukuru wâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC), GĂ©nĂ©ral Christian Tshiwewe Songesa, yaraye mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru kubera intambara iri kubera muri teritwari ya Nyiragongo na Masisi. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2023, GĂ©n. Tshiwewe wazanye nâitsinda ryâabofisiye ba FARDC yakiriwe na Guverineri wâagateganyo wa […]
Brussels: Umutangabuhamya yavuze ko Twahirwa yafataga nka musaza we yamwimye amakuru yâabe bishwe
Urubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre baburana ibyaha bya jenoside nâibyâintambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi rwakomeje kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2023 nyuma yâicyumweru abacamanza bamaze mu kiruhuko. Iburanisha ryâuyu munsi ryatangiranye nâubuhamya bwâumutangabuhamya wo ku ruhande rwâabaregera indishyi, akaba umwe mu biciwe abo mu muryango tariki ya 7 Mata […]
Ku bufatanye bwa FARDC-MONUSCO, Major Willy Ngoma yaseye atanzitse
Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa M23, Major Willy Ngoma, yavuze amagambo akomeye ku bufatanye ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo ziteganya kugirana nâigisirikare cyâiki gihugu kizwi nka FARDC. Komanda wâingabo za MONUSCO, Lieutenant General OtĂ ÂĄvio Rodrigues De Miranda Filho, tariki ya 3 Ugushyingo 2023 yatangarije abanyamakuru bari i […]
U Rwanda rwasabwe gushaka uburyo rutabura imiti ya VIH/SIDA mu gihe inkunga yahagarara
Umuyobozi wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS) mu Rwanda, Hind Hassan, yasabye iki gihugu gushaka uburyo rutazabura imiti yâagakoko gatera iyi ndwara mu gihe inkunga yazaba yahagaze. Hassan yasobanuriye The New Times ko impamvu u Rwanda rukwiye gutekereza kuri ubu buryo ari uko inkunga zitazahoraho. Ati: âNi ubuvuzi bwâigihe kirekire kandi ntabwo twiteze ko […]
Imirwano irasubiriye muri Kibumba nyuma yâagahenge kâiminsi mike
Imirwano hagati yâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, abafatanyabikorwa bazo nâumutwe witwaje intwaro wa M23 yasubiriye muri gurupoma ya Kibumba, teritwari ya Nyiragongo, mu bilometero bike ugana mu mujyi wa Goma. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2023 yatangaje ko ingabo za RDC, abacancuro, FDLR nâimitwe ya Wazalendo ari rwo […]
M23 yatangaje ko yafashe mpiri abasirikare bâu Burundi
Ubuyobozi bwâumutwe witwaje intwaro wa M23 bwatangaje ko wafashe mpiri abasirikare benshi barwaniraga uruhare rwa Leta ya Repubulika ya demukarasi ya Congo barimo abasirikare bâu Burundi. Aya makuru yemejwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2023, aho yagize ati: âNyuma yâigitero cyabo mu gitondo muri Bwiza na Kitshanga, ingabo zâabagizi […]
Afurika yâEpfo: Ntwari Fiacre yongeye gutabara ikipe ye, rugeze mu mahina
Umuzamu wâUmunyarwanda Ntwari Fiacre yongeye gutabara ikipe ye, TS Galaxy FC mu irushanwa rya Telkom Carling Knockout Cup rihuza amakipe yitwaye neza muri Afurika yâEpfo. Kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2023, TS Galaxy yari ifite mu izamu ryayo Ntwari yakinnye na Sekhukhune United muri kimwe cya kane cyâiri rushanwa, iminota 90 amakipe yombi adashoboye gutsindana. […]
Dr Mbonimana yasubije abavuga ko acinya inkoro kuri Perezida Kagame ko ari we akesha âPhDâ
Dr Mbonimana Gamariel wabaye umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yasubije abavuga ko acinya inkoro kuri Perezida Paul Kagame ko nâiyo yabikora ntacyo byaba bimutwaye kuko ari we akesha impamyabumenyi yâikirenga, PhD cyangwa âDoctoratâ. Mbonimana kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2023 yagize ati: âAbo bose bavuga ko ndi gucinya inkoro. Nibasome uko nigize kubasubiza […]
Imirwano ya FARDC,Wazalendo na M23 yubuye muri Masisi
Imirwano yâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, abafatanyabikorwa bacyo nâumutwe witwaje intwaro wa M23 irubuye muri Kitshanga na Bwiza muri teritwari ya Masisi yubuye mu gitondo cyâuyu wa 5 Ugushyingo 2023. Perezida wa M23, Betrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ryâingabo za Leta ya RDC ryazindutse rigaba igitero gikomeye ku birindiro byabo. Bisimwa yagize ati: […]
Dadis Camara wari watorokeshejwe nâabakomando yafashwe
Captain Moussa Dadis Camara wabaye Perezida wa Guinea Conakry kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2023 yasubijwe muri gereza nyuma yâamasaha make atorokeshejwe nâabakomando. Inkuru yo gutoroka kwa Dadis yatangajwe mu gitondo, aho muri gereza irinzwe cyane ya Conakry yumvikanyemo urusaku rwâamasasu menshi yarashwe nâabakomando bari muri iyi operasiyo nâabacungagereza bageragezaga kuburizamo umugambi. Umunyamategeko we, Jocameh […]
Komanda w’ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwa EAC yazisabye kwitegura
Komanda wâingabo za Uganda ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, EAC, muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Colonel Michael Walaka Hyeroba, yazisabye kwitegura guhangana nâuwazishotora. Uyu musirikare yatangarije aya magambo mu nama yahuriyemo nâabofisiye bo mu ngabo za Uganda ziri muri ubu butumwa, yigaga ku kibazo cyâuburyo ibice zigenzura bikomeje kuvogerwa nâimitwe yitwaje […]
MONUSCO na FARDC wazindua Operesheni “Springbok” kuilinda Goma dhidi ya tishio la M23
Kikosi cha MONUSCO na Vikosi vya Wanajeshi vya DRC (FARDC) vilitangaza Ijumaa hii, Novemba 3, huko Goma (Kivu Kaskazini) uzinduzi wa operesheni ya pamoja inayoitwa “Springbok”. Tangazo hili lilitolewa wakati wa mkutano na waandishi wa habari ulioandaliwa kwa pamoja na kamanda wa kikosi cha MONUSCO na msemaji wa gavana wa kijeshi. Operesheni hiyo inalenga kulinda […]
MONUSCO na FARDC byiteguye urugamba rwa Goma na Sake

Komanda wâingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo buzwi nka âMONUSCOâ, Lieutenant General OtĂ ÂĄvio Rodrigues De Miranda Filho, yatangaje ko azafasha ingabo zâiki gihugu mu rugamba rwo gukumira umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe wagerageza gufata umujyi wa Goma na Sake. Mu kiganiro cyahuje Lt Gen. Miranda, Umuvugizi […]
Rwanda ratifies the ILO Convention on Violence and Harassment
On 1 November 2023, the Republic of Rwanda deposited the instrument of ratification of the Violence and Harassment Convention, 2019 (No. 190) with the Director-General of the ILO. By submitting the instrument of ratification, the Republic of Rwanda becomes the 36th country in the world, and the 9th country in Africa, to ratify Convention No. […]
Kampala: Umunyemari Katanga yiciwe iwe mu rugo arashwe, harakekwa umugore we
Igipolisi mu Mujyi wa Kampala kiri gukora iperereza ku kuntu umunyemari wo muri uyu mujyi witwa Henry Katanga yarashwe akicirwa iwe mu rugo. Ubu bwicanyi bivugwa ko bwakorewe Mbuya Hill, mu nkengero za Kampala muri Division ya Nakawa, bwakozwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera kuri Daily […]
Austria irashaka kwigana gahunda yâu Bwongereza nâu Rwanda
Guverinoma ya Austria irashaka kwigana gahunda yâu Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, ndetse yanamaze kunoza uburyo bwo kuyishyira mu bikorwa. Nkâuko The Guardian yabitangaje, Umunyamabanga wa Austria ushinzwe umutekano wâimbere, Gerhard Karner na mugenzi we wâu Bwongereza, Suella Braverman, kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023 bashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu byâabimukira nâumutekano. Aya […]
FARDC iraregwa umugambi wo gushaka kumara Abanyamulenge binyuze mu kubacamo ibice
Sosiyete sivile yo muri Teritwari ya Minembwe, mu Karere ka Uvira ho muri Kivu y’Amajyepfo, iravuga ko hari ibikorwa bikomeje kugirwamo uruhare na FARDC bitegura umugambi wo kumaraho Abanyamulenge binyuze mu kubanza kurandura umutwe wa Twirwaneho usanzwe ubarinda. Mu intabaza yasinyweho na visi perezida wayo, Mufashi Santos kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023, yahaye umutwe […]
RDC: Kandida depite Kalinda w’i Masisi yiciwe mu Mujyi wa Goma
Uwitwa Dogo Kalinda, wahoze ari umuyobozi w’agace ka Lac-Vert akaba yari na kandida depite wo muri Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) yishwe nâamabandi yitwaje intwaro ku mugoroba wo ku wa Gatatu ushyira ku wa Kane, itariki ya 2 Ugushyingo 2023. Ubu bwicanyi bwabereye mu gace ka Ndosho muri Komini ya Karisimbi mu Mujyi wa Goma. Aya makuru […]
Igisirikare cya Mali cyahaye urwâamenyo ingabo za UN

Igisirikare cya Mali, FAMA, kirabona ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye, MINUSMA, zaragize ubugwari ubwo zavaga bitunguranye mu birindiro zari zifite bya Kidal biherereye mu majyaruguru yâigihugu. Tariki ya 31 ni bwo izi ngabo zavuye muri ibi birindiro. MINUSMA yasobanuye byatewe nâuko umutekano wazo wari ugeramiwe. Iti: “Uburyo bwo kuva muri ibi birindiro byose […]
Abadepite 2 basabye ko amafaranga ya interineti yishyurwa muri za bisi ahita ahagarikwa
Depite Begumisa Safari ThĂ©oneste na Bitunguramye DiogĂšne basabye ko Leta yahita ihagarika amafaranga ya interineti nziramugozi (WiFi) amaze igihe yishyurwa muri za bisi kandi abagenzi batayikoresha nkâuko babisezeranyijwe. Ni icyifuzo bagaragarije Inteko Rusange yâumutwe wâabadepite ku wa 1 Ugushyingo 2023 ubwo yagezwagaho ubusesenguzi bwa komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâumutungo nâimari byâigihugu kuri raporo yâUmugenzuzi Mukuru […]
Shikama wagereranyije amagambo ya Mukuralinda n’aya Mugesera yakatiwe, acibwa n’amafaranga
Shikama Jean de Dieu wagereranyije amagambo Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze kuri Bannyahe n’ayo LĂ©on Mugesera yigeze kuvuga, yakatiwe igifungo cyâimyaka 10, acibwa nâihazabu yâamafaranga yâu Rwanda miliyoni imwe. Ni icyemezo cyafashwe nâurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023 nyuma yo guhamya Shikama icyaha cyo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi no […]
Zambian ex-president stripped of retirement benefits
Zambia’s government has withdrawn retirement benefits and privileges from former President Edgar Lungu following his commitment to return to Strenuous politics. Mr Lungu lost the presidency to Hakainde Hichilema in 2021, after which he announced his retirement. After six years in office, he left the country facing serious economic hardships as Africa’s most indebted nation. […]
Kayumba, ancien professeur de l’UR, condamnĂ© avec sursis dans une affaire de viol
La Haute Cour a condamnĂ© l’ancien professeur de l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), Christopher Kayumba, Ă Â deux ans de prison avec sursis, aprĂšs l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le crime de viol. Selon le verdict du tribunal rendu le 2 novembre, il a commis le crime contre son ancienne servante. L’ancien universitaire a Ă©galement Ă©tĂ© […]
Burundi: Ndayishimiye yashinje ikigo cy’igihugu cy’imisoro kwifatanya n’abanzi b’igihugu
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aravuga ko ababazwa no kumva ashinjwa kurya ruswa kandi azi ko bikorwa n’abantu bo mu kigo cy’igihugu cy’imisoro nyuma yaho Banki y’Isi n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bishinje ubutegetsi bwe kumungwa ruswa. Mu nama yagiranye kuri uyu wa Kabiri ushize n’inzego zitandukanye zirimo iza gisivili ndetse n’iz’umutekano yabereye mu Ntara ya […]
Adil aranenga abanyamahanga bakinira APR FC
Mohamed Adil Erradi watoje APR FC aranenga abakinnyi bâabanyamahanga bakinira iyi kipe, havuyemo umuzamu Pavel Ndzila ukomoka muri Repubulika ya Congo. Mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Radio, Adil udafite akazi muri iyi minsi yatangaje ko abanyamahanga APR FC ifite ubu barutwa nâAbanyarwanda yakinishaga. Ati: “Usibye umuzamu, abakinnyi bâabanyamahanga ba APR FC ntibarusha abakinnyi bâAbanyarwanda nari […]
Umukozi wa RICA yasabye Inteko y’Umuco kureba niba inyama z’imbwa zakongerwa mu ziribwa
Umukozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge nâakato kâibikomoka ku matungo mu rwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzuzi bwâubuziranenge, ihiganwa no kurengera umuguzi, RICA, Simbarikure Gaspard, yasabye Inteko yâUmuco kureba niba inyama zâimbwa zakongerwa mu ziribwa mu Rwanda. Tariki ya 11 Ukwakira 2023, abaturage bo mu kagari ka Ruhango, umurenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo bafatiye mu cyuho […]
UPDF irigamba kwica benshi mu baherutse kwicira ba mukerarugendo muri pariki
Abaterabwoba bagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe ba mukerarugendo b’abanyamahanga babiri n’umushoferi wabo w’Umugande ubwo bari muri Pariki yitiriwe Elisabeth muri Uganda bishwe. Ibi byabaye nyuma y’ibyumweru hafi bibiri bishize, ubwo ba mukerarugendo babiri, ukomoka mu Bwongereza n’undi ukomoka muri Afurika y’Epfo, hamwe n’uwari ubayoboye w’Umugande, bicwaga n’abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka bari barimo […]
Umwami Charles III yemeye amarorerwa abakoloni b’Abongereza bakoreye Abanyakenya
Umwami wâu Bwongereza, Charles III yemeye ibikorwa byâurugomo bibabaje kandi bidafite ishingiro byahitanye abantu ibihumbi byâinzirakarengane mu gihe Kenya yari iyobowe nâabakoloni b’Abongereza. Kuri uyu wa Kabiri ushize, mu birori byabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu i Nairobi, umwami yagaragaje ko yicujije cyane ku bikorwa byahise kandi ashimangira akamaro ko guhangana n’amateka nta buryarya n’imitima ifunguye. […]
FARDC yatangaje ko M23 idashobora kuyingeganyeza
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa M23 udashobora kukinyeganyeza mu birindiro byacyo biherereye muri teritwari ya Nyiragongo. Ibi byatangajwe nâUmuvugizi wa FARDC mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, Lieutenant Colonel Ndjike Guillaume Kaiko, mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Radio Okapi. Ndjike uhamya ko M23 ari ingabo zâu Rwanda, […]
Umunyamakuru Nkundineza yasabiwe guhanwa byâintangarugero
Ubushinjacyaha bwagaragaje ko bwifuriza umunyamakuru Nkundineza Jean Paul guhanwa ku buryo bibera urugero bagenzi be bahuriye mu mwuga. Iki cyifuzo bwakiragararije mu rukiko rwâibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2023, ubwo uyu munyamakuru yaburanaga ifungwa nâifungurwa ryâagateganyo. Bwasabye urukiko ko bikwiye ko Nkundineza afungwa byâagateganyo kuko ngo byatuma adatoroka, bikaba byanatuma adakomeza gukora […]
Brig. Gen. Kapend yatangiye akazi aburira abanyapolitiki
Komanda wâakarere ka 22 ka gisirikare kari mu ntara ya Haut-Katanga, Brigadier GĂ©nĂ©ral Eddy Kapend, yatangiye iyi nshingano aheruka guhabwa na Perezida FĂ©lix Tshisekedi, aburira abanyapolitiki bagerageza guhungabanya inzego zâumutekano. Kapend ubwo yageraga ku kibuga cyâindege cya Lubumbashi kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023, yatangarije abanyamakuru ko intego afite ari ukurinda ubutaka bwa Repubulika ya […]
Umushoferi wa WASAC amaze amezi 3 ahembwa amafaranga ibihumbi 11
Umushoferi wâikigo cyâigihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, WASAC Group, witwa Murwanashyaka Eric, aratakamba nyuma yâaho amaze amezi atatu ahembwa amafaranga yâu Rwanda ibihumbi 11 (Frw 11,260) kandi akaba yarategujwe ko bizamara amezi 27. Murwanashyaka ukorera mu ishami rya Musanze agaragaza ko agomba guhembwa Frw 173,555 ku kwezi, ariko ko mbere yâuko amugeraho, guhera muri Kanama 2023 […]
Abanyarwanda turyanye, ntaho guhungira: Gen (Rtd) Kabarebe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga nâubutwererane, General (Rtd) James Kabarebe yavuze ko Abanyarwanda babaye baryanye, batabona aho guhungira mu karere bitewe nâamateka yâubuhunzi bafite. Ibi Kabarebe yabivugiye mu ihuriro rya 16 ryâumuryango Unity Club Intwararumuri, mu kiganiro yasobanuriyemo amateka yaranze Abanyarwanda kuva mu mwaka wâ1959. Ashingiye ku ijambo ryavuzwe na Jeannette Kagame, Kabarebe […]
Tshisekedi aremeza ko umugambi wa SADC wo kumwoherereza ingabo ugeze kure
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, aremeza ko umugambi wâibihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yâamajyepfo, SADC, wo kohereza ingabo mu burasirazuba bwâigihugu ayoboye ugeze kure unozwa. Ibi Tshisekedi yabivuze nyuma yo kugirana inama idasanzwe nâabakuru bâibihugu byo muri SADC, kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023, hifashishijwe ikoranabuhanga rya video conference rihuza […]
Kenya: Igipolisi cyanze ko ibirego bishinjwa ingabo z’u Bwongereza bitangazwa mbere y’uruzinduko rwa Charles III
Kuri uyu wa Mbere, abapolisi ba Kenya bahagaritse ikiganiro nâabanyamakuru cyagombaga gutambuka ku maradiyo kigamije kwerekana ibirego byâihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu nâibidukikije ryakozwe nâingabo zâAbongereza muri iki gihugu, amasaha make mbere y’uko Umwami Charles ahagera mu ruzinduko rwâiminsi ine guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukwakira. Ingoro ya Buckingham yavuze ko uruzinduko rwa Charles […]
At least 3 dead in Mozambique election protests
Violence broke out in Mozambiqueâs capital Maputo on Saturday between Mozambican security forces and demonstrators protesting the results of the local elections. Confrontations were also reported in the cities of Nampula and Nacala. Security forces are said to have been using disproportionate force, including tear gas and live bullets, to disperse the protesters. At least […]
Nari nzi ko ngomba kwica umuntu: Uwiciwe muri jenoside ubwo yatangaga imbabazi

Kalinda Pierre CĂ©lestin wiciwe abo mu muryango mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi yatangaje ko yari yararahiye ko agomba kwica umwe mu bamuhemukiye, ariko ko ubu imyumvire ye yamaze guhinduka. Ibi yabivugiye mu murenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru kuri uyu wa 30 Ukwakira 2023 ubwo itorero ADEPR ryasozaga ukwezi kwahariwe ubumwe nâubudaheranwa bwâAbanyarwanda. […]
Kenya: Abapolisi kabuhariwe bitambitse Guverineri wa Kisii bamubuza kwinjira mu biro

Kuri uyu wa Mbere, abapolisi benshi ba Kenya bo mu ishami rishinzwe serivisi rusange (GSU) bagose ibiro bya guverineri wa Kisii, Simba Arati biri muri Stade ya Gusii bamubuza kwinjira. Amakuru aturuka aha avuga ko Guverineri yabujijwe kwinjira kuri sitade aho afite ibiro bya kabiri. Aba bapolisi bajyanywe muri iyi stade mu gikamyo cya polisi […]
Ikibanza kigurishwa amafaranga make ku Muyumbu kirimo n’inzu ntoya

Hafi yâibiro byâumurenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana, ku muhanda, haragurishwa ikibanza gifite ubuso bwa metero kare 500 (metero 25 kuri 20) kirimo n’inzu ntoya ifite icyumba na salon. Iki kibanza gisanzwe kirimo inzu ntoya, uwakigura yayivugurura cyangwa se akaba yayisenya, akiyubakira bushya. Ukeneye andi makuru, wabariza kuri nimero ya telefone 0788554010/0788302082.
Masaka: Abana bitiranwa bahitanwe n’inkongi yibasiye aho abanyeshuri barara

Byibuze abana babiri bapfuye abandi icyenda barakomereka nyuma y’aho inkongi y’umuriro yibasiye aho abanyeshuri b’abahungu barara mu ishuri rya Kasana Junior School mu Mujyi wa Masaka saa kumi zo mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere. Abayobozi bavuga ko abana bapfuye ari Aloysius Katende na Malik Katende. Dortoir yibasiwe n’inkongi yararagamo abana bagera kuri 15 […]
Le général Muganga discute de la coopération avec son homologue chinois

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), le lieutenant gĂ©nĂ©ral Mubarakh Muganga, est en visite en Chine oĂ Âč il s’entretient avec son homologue le gĂ©nĂ©ral Liu Zhenli, chef d’Ă©tat-major interarmĂ©es de la Commission militaire centrale (CMC) du Parti communiste chinois. Un communiquĂ© partagĂ© par le ministĂšre de la DĂ©fense via Twitter dimanche 29 […]
Bujumbura: Abaturage bazajya batangira imisoro bimwe mu byo batunze mu nzu

Mu mujyi wa Bujumbura i Burundi byateganyijwe ko kuri uyu wa 30 Ukwakira 2023 hatangira ibarura ryâimitungo abaturage bafite mu nzu zabo kugira ngo itangire kubarirwa imisoro. Iki gikorwa kirashingira ku cyemezo cyafatiwe mu nama yâabayobozi bâamakomini nâabo mu zindi nzego yayobowe na Meya wa Bujumbura, Jimmy Hatungimana, tariki ya 27 Ukwakira 2023. Meya Hatungimana […]
Dr Mbonimana âwiyirukanye mu Ntekoâ kubera ubusinzi yandikiye urubyiruko
Dr Mbonimana Gamariel uhamya ko yiyirukanye mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yari abereye umudepite kubera ubusinzi, yanditse igitabo gishishikariza urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge. Nkâuko uyu mwanditsi yabisobanuriye ku rubuga rwa X kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023, iki gitabo cyitwa âImbaraga zâUbushishoziâ kizasohoka mu Gushyingo 2023. Iki gitabo kirimo igice yise âKugenda mu nzira yâubushishoziâ […]
Hahishuwe uruhare rukomeye rwa CIA mu rupfu rwa Patrice Lumumba
Umunyamerika w’umunyabigwi mu nkuru zicukumbuye, Stuart Reid, yahishuye uruhare rwâurwego rwâubutasi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika, CIA, mu rupfu rwa Patrice Emery Lumumba wabaye Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo icyitwa âCongoâ. Reid mu bucukumbuzi yise âThe Lumumba Plotâ mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Laurent Correau kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023, yasobanuye […]
Umugaba Mukuru wa RDF ari i Beijing
Umugaba Mukuru wâingabo zâu Rwanda, Lieutenant General Mubarakh Muganga kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023 ari i Beijing mu Bushinwa. Lt Gen. Muganga yitabiriye inama ngarukamwaka ya dipolomasi yâigisirikare cyâu Bushinwa, Beijing Xiangshan Forum, ibaye ku nshuro ya 10. Minisiteri yâingabo zâu Rwanda yatangaje ko Lt Gen. Muganga yaganiriye nâumuyobozi mu ngabo zâu Bushinwa ushinzwe […]
Ingabo z’u Burundi zitwaje intwaro nto n’iziremereye zaciye igikuba ku mupaka zinjira muri RDC
Itsinda ry’ingabo z’u Burundi ryitwaje intwaro nto n’iziremereye ryagaragaye ku nkengero z’uruzi rwa Rusizi, ku mupaka w’u Burundi na Congo, mu Mudugudu wa Kaburantwa, Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke kuri uyu wa Kane ushize ahagana saa kumi n’ebyiri z’ijoro. Izi ngabo zambukaga umupaka zinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka aha agera […]
Hari abayobozi bâamadini babona kwimakaza ubumwe nko kwivanga muri politiki: Minisitiri Bizimana
Minisitiri ushinzwe ubumwe bwâAbanyarwanda nâinshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean DamascĂšne, yatangaje ko hari abayobozi bâamadini nâamatorero badashishikariza abayoboke bayo kwimakaza ubumwe nâubudaheranwa, bavuga ko byaba ari ukwivanga muri politiki. Ibi Minisitiri Bizimana yabivuze mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ihuriro rya 16 ryâumuryango Unity Club Intwararumuri kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023. Yagize ati: âBamwe mu […]
Igitutu kuri Netanyahu nyuma yo kwitakana igisirikare nâubutasi
Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ari ku gitutu nyuma yâaho agaragaje ko inzego zishinzwe umutekano, byâumwihariko igisirikare nâubutasi, zitigeze zimuteguza ibitero byâumutwe wâiterabwoba wa Hamas. Hamas yatangiye kugaba ibitero mu majyepfo ya Israel tariki ya 7 Ukwakira 2023. Mu ijoro rimwe yohereje amagana ya za roketi, ifata bugwate abasivili ndetse nâabashinzwe umutekano. Uwo munsi […]
Kivu yâAmajyaruguru: Guverineri wungirije arabona ibiganiro byahagarika intambara
Guverineri wungirije wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru, Komiseri Romy Ekuka Lipopo, arabona imishyikirano na dipolomasi byahagarika intambara iri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC. Komiseri yagize ati: âIbiganiro na dipolomasi ni bwo buryo buruta ubundi bwatugeza ku mahoro arambye, cyane bitewe nâibiri kuba muri RDC muri iki gihugu.â Radio Okapi yagaragaje ko […]
Tshisekedi yarahiriye kubaka inkuta zitandukanya RDC nâabaturanyi

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yarahiriye kubaka inkuta ndende zitandukanya igihugu cye nâibituranyi byo mu burasirazuba, mu rwego rwo kurinda umutekano wâabagituye. Mu nama yo kubungabunga uruzi rwa Congo, Amazon na Borneo Mekong nâamashyamba yakomereje i Brazaville muri Repubulika ya Congo kuri uyu wa 28 Ukwakira 2023, Tshisekedi yavuze ko abaturanyi […]
Musanze: Umuturage arashinja âumukire inzego zose zitinyaâ kumutwarira isambu ku mbaraga

Bazimaziki Aimable wo mu murenge wa Muko wâakarere ka Musanze, arasaba inzego bireba kumurenganura nyuma yâuko umucuruzi ukomeye witwa Habyarimana Pierre amutwariye ubutaka mu buryo yita ubwâimbaraga. Uyu muturage wa âNtahonikoraâ avuga ko ikibazo cye nâuyu mukire cyatangiye muri Mata 2022. Avuga ko icyo gihe yashyizwe ku gitutu nâumugore we witwa Mukamana Claudine amusaba ko […]
Kayishema trial postponed as investigation is still ongoing
A Rwandan national wanted for genocide crimes made another brief appearance in the Cape Town Magistrates Court on Friday. Fulgence Kayishema was tracked down to a farm in Paarl in May where he has allegedly been living under an alias for years. Heâs believed to have evaded arrest for more than two decades since being […]
Umunyamakuru Manirakiza arasaba abo yagiriye neza kwitura abana be
Umunyamakuru Manirakiza ThĂ©ogĂšne ufite ikinyamakuru Ukwezi Media Group Ltd arasaba abo yagiriye neza kubizirikana, bagafasha abana be yasize ubwo yatabwaga muri yombi. Manirakiza yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukwakira 2023, akurikiranweho kwakira ruswa yâamafaranga yâu Rwanda ibihumbi 500 ngo adatangaza inkuru, icyaha cyaje guhinduka icyo gukangisha gusebanya. Ifungwa rye ryagizwemo uruhare nâumushoramari Nzizera Aimable […]
Cape: Kayishema ushinjwa uruhare muri jenoside yitabye urukiko na bibiliya mu ntoki
Kuri uyu wa Gatanu, Umunyarwanda ushakishwa kubera ibyaha bya jenoside yongeye kwitaba urukiko rwâibanze rwa Cape Town. Muri Gicurasi, Fulgence Kayishema yarakurikiranwe asangwa mu isambu iherereye ahitwa Paarl aho bivugwa ko yari amaze imyaka atuye munsi y’izina. Uyu yari amaze myaka irenga makumyabiri ahunga ubutabera kuva yatangira gushakishwa nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda akurikiranweho […]
U Burusiya bwaburijemo igitero cya drone ku ruganda rutunganya ingufu za nikeleyeri
Abayobozi ba gisivili n’abasirikare baravuga ko igitero cya Ukraine kirimo indege zitagira abaderevu nyinshi cyahagaritswe mu mujyi wa Kurchatov mu Burusiya, ahari urugomero rw’ingufu za nikeleyeri rwa Kursk. Amakuru ataremezwa yavuze ko imwe mu ndege yangije ububiko bw’imyanda ya nikeleyeri. Ibi byabereye kuri uyu wa Kane ushize nimugoroba mu karere ka Kursk gahana imbibi na […]
Iburasirazuba: Polisi yaburijemo ubujura bwa toni zisaga 1000 z’imbuto n’ifumbire
Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba yaburijemo ibikorwa bikomeye by’ubujura bwa toni zirenga 1.000 z’imbuto n’inyongeramusaruro. Ibicuruzwa bya magendu byafashwe byagurishwaga mu ntara cyangwa bikajyanwa ahantu hatandukanye. Bimwe muri ibi byari bimaze koherezwa mu bihugu by’ibituranyi, bitera impungenge ku bijyanye nâurwego ubu bucuruzi butemewe bugezeho. Umuyobozi w’igipolisi mu karere ACP Innocent Rutagarama Kanyamihigo aganira n’abaturage bo mu […]
Uwari umwana wahamijwe uruhare muri jenoside yatanze ubuhamya kuri Twahirwa
Nkurunziza Saleh wamenyekanye nka Sakade, washinjwe kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu gihe yari afite imyaka 17 yâamavuko yatanze ubuhamya kuri Twahirwa SĂ©raphin uburana ibyaha bya jenoside nâibyâintambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023, Sakade yasobanuye ko mu mwaka wâ1994 wabereyemo jenoside yakorewe […]
Indege z’intambara za Amerika zasenye ububiko 2 bw’intwaro muri Syria
Kuri uyu wa Gatanu, indege ebyiri zâintambara za Amerika zagabye ibitero ku bubiko bw’intwaro nâamasasu muri Syria mu rwego rwo kwihorera ku bitero byagabwe ku ngabo za Amerika nâinyeshyamba zishyigikiwe na Irani mu gihe impungenge zikomeje kwiyongera ko amakimbirane ya Israel na Hamas ashobora gukwirakwira mu Burasirazuba bwo Hagati. Pentagon yavuze ko Perezida wa Leta […]