General (Rtd) Kabarebe yatangaje ko u Rwanda rwarokoye 400 bari bagiye gucuruzwa

Gen (Rtd) Kabarebe ubwo yari imbere y'abasenateri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, General (Rtd) Kabarebe James, yatangaje ko muri uyu mwaka w’2023 u Rwanda rwarokoye Abanyarwanda 400 biganjemo urubyiruko bari bagiye gucuruzwa mu mahanga. Ibi yabimenyesheje kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023 komisiyo ya Sena y’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’umutekano, yagenzuraga uruhare rw’Abanyarwanda baba mu mahanga mu guteza imbere igihugu. Gen […]

Slovakia yafashe icyemezo cyo guhagarika inkunga ya gisirikare yateraga Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe mushya wa Slovakia, Robert Fico, yatangaje ko guverinoma ye igiye guhagarika imfashanyo za gisirikare yahaga Ukraine, ikaba ibaye guverinoma ya mbere y’iburengerazuba yisubiyeho. Fico yabwiye abadepite ko iki gihugu “kitazongera guha intwaro Ukraine”, asubiramo amasezerano yasezeranyije mu gihe cyo kwiyamamaza kwe, ariko yavuze ko azakomeza gutanga inkunga z’ubutabazi ku […]

Inyeshyamba za RSF zirigamba gufata umujyi wa 2 munini muri Sudani

Umutwe witwaje intwaro wa RSF uhanganye n’ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Sudan urigamba gufata umujyi wa kabiri munini muri iki gihugu, Nyala, kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. RSF yatangarije ku rubuga rwa X iti: “RSF yabonye intsinzi ikomeye uyu munsi, igenzura Diviziyo ya 16 y’ingabo za Sudani muri Nyaka, amajyepfo ya Darfur. Abasirikare bacu bagaragaje ukwihangana […]

Palestine yatumye USA kuri Israel

Ibiro bya Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, byasabe ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika gushyira igitutu kuri Israel kugira ngo ihagarike ibitero byayo mu ntara ya Gaza Strip. Ibi byavuzwe n’Umuvugizi wa Abbas, Nabil Abu Rudeineh, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24 kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Nabil yatangaje ko […]

RDC: Uwari minisitiri w’ubutabera aremeza ko ari we wihereye icyemezo cy’ubwenegihugu Katumbi

Mu gihe impaka zerekeranye n’ubwenegihugu bwa MoĂ ÂŻse Katumbi zagarutse mu byumweru bishize, kugeza aho basaba ko kandidatire ye ikurwa mu matora ataha ya perezida, uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Alexis Thambwe Mwamba, yatangaje ko ari we ubwe wamwihereye icyemezo cy’ubwenegihugu kandi kitigeze gihagarikwa”. Mu kiganiro yagiranye na RFI, Alexis Thambwe Mwamba, wahoze wegereye uwari Perezida, Joseph […]

USA: Abapolisi bari guhiga bukware umuntu wishe arashe abantu 16

Nibura abantu 16 birakekwa ko bishwe barashwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ahitwa Lewiston, muri Leta ya Maine, mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Polisi yavuze ko Robert Card w’imyaka 40 ari we wakoze ubu bwicanyi, ivuga ko “yitwaje imbunda kandi ko ari mubi cyane” nk’uko iyi […]

Umubiligikazi ntiyemeranya na Me Flamme uvuga ko Abanyarwanda bagira umuco wo kubeshya

Umubiligikazi Colette Braeckman wakoreye ikinyamakuru Le Soir mu Rwanda no mu Burundi ntiyemeranya n’umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rubanza rubera mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels, uvuga ko Abanyarwanda bagira umuco wo kubeshya. Tariki ya 18 Ukwakira 2023 ubwo uru rubanza rwatangiye ku ya 9 rwari rukomeje, abunganira abaregera indishyi banenze uburyo […]

Urwango abirabura bagirirwa i Burayi ruri kwiyongera cyane: Ubushakashatsi

Ikigo cy’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) gishinzwe uburenganzira shingiro bw’ikiremwamuntu, FRA, cyatangaje ko urwango abirabura, by’umwihariko abaturuka ku mugabane wa Afurika bagirirwa rwiyongereye cyane mu myaka itandatu ishize. Aya makuru ashingira ku bushakashatsi bwitwa ‘Being Black in the EU’ FRA yakoreye ku bimukira n’ababakomokaho guhera mu Kwakira 2021 kugeza muri Nzeri 2022, aho abantu bavuganye na […]

Body of Kenyan soldier killed in DRC mortar attack returned home

The body of a Kenya Defence Forces soldier who was killed in a mortar attack on the East African Community Regional Force (EACRF) in Kibumba, eastern DRC was Wednesday flown to Nairobi. EACRF protested on Wednesday in a statement that a ceasefire agreement between the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo (FARDC) and […]

Bayern Munich Academy Rwanda saga: Watu wawili wakamatwa

Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imethibitisha kuwa inawashikilia watu wawili kwa tuhuma za kuhusishwa na kughushi nyaraka ili kujaribu kuwapata wachezaji wasiostahiki kupata nafasi katika Chuo cha Bayern Munich. Washukiwa wanaotajwa ni kocha wa soka Leon Nisunzumuremyi na Arstide Karorero, Meneja Data wa Sekta ya Kinyinya. Wanazuiliwa katika kituo cha Kimironko RIB na wanachunguzwa […]

Perezida Kagame na Tshisekedi batumiwe i Brazaville

Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, yatumiye Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya demukarasi ya Congo mu nama ibera mu mujyi wa Brazaville. Nk’uko ikinyamakuru Jeune Afrique cyabitangaje, iyi nama yiga ku rusobe rw’ibinyabuzima n’amashyamba irabera mu kigo cy’inama mpuzamahanga cya KintĂ©lĂ© guhera kuri uyu wa 26 kugeza […]

Le gouverneur de la province de l’Est, Gasana, arrĂ ÂȘtĂ©

Le gouverneur de la province de l’Est, commissaire gĂ©nĂ©ral de la police (rtd) Emmanuel Gasana a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© pour abus de l’autoritĂ© que lui confĂšre la loi. L’arrestation a eu lieu quelques heures aprĂšs que l’ancien chef de la police ait Ă©tĂ© suspendu de ses fonctions par le Premier ministre. L’arrestation de Gasana, selon le […]

PAM yahagaritse kujyanira ibiribwa abahungiye hafi ya Goma

Umuryango PAM ushinzwe ibiribwa watangaje ko wahagaritse ibikorwa byo kujyana imfashanyo mu nkambi zicumbikiye Abanyekongo bahunze umutekano muke ziri hafi y’umujyi wa Goma bitewe n’imirwano iri kuhabera ihuza umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ihuriro rya Leta ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. Iyi mirwano iri kubera mu bice birimo gurupoma ya Kibumba muri teritwari ya […]

Uwahoze ari Perezida wa Mauritania arasabirwa imyaka 20 y’igifungo

Umushinjacyaha yasabiye igifungo cy’imyaka 20 hamwe no gufatira umutungo we uwahoze ari Perezida wa Mauritania. Mohamed Ould Abdel Aziz ukurikiranyweho kwikungahaza mu buryo butemewe n’amategeko, gukoresha nabi ububasha bwe no kunyereza amafaranga ya leta abarirwa muri miliyoni 67 z’amayero. Nyuma yo kwisobanura amasaha agera kuri atatu, umushinjacyaha Ahmed Ould Moustapha yatangaje ko “ibimenyetso byose biri […]

CG (Rtd) Emmanuel Gasana arafunzwe

CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse na Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburasirazuba, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Uru rwego ruvuga ko CG (Rtd) Gasana yatawe muri yombi “nyuma y’igihe akorwaho iperereza ku cyaha acyekwaho cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko nk’Umuyobozi w’Intara Ntara y’Iburasirazuba mu nyungu ze bwite.” […]

CG (Rtd) Gasana wayoboraga intara y’Iburasirazuba yongeye gukurikiranwa

Itangazo rihagarika Gasana ku mwanya wa Guverineri w'intara y'Iburasirazuba

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, bimaze gutangaza ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel wayoboraga intara y’Iburasirazuba kuva tariki ya 15 Werurwe 2021 yahagaritswe kuri iyi mirimo. Itangazo risohotse kuri uyu wa 25 Ukwakira 2023 rirasobanura ko impamvu Gasana ahagaritswe ari uko hari ibyo akurikiranweho agomba kubazwa. Iri tangazo rigira riti: “CG (Rtd) Emmanuel Gasana […]

Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara

Umupfumu akaba n’umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka ‘Muganga Rutangarwamaboko’ arabona ko gutandukira indangagaciro z’umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy’ibura n’ihenda ry’ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda. Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y’Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo […]

Burundi: Four judges in detention

Four judges from the high court of Gitega (political capital of Burundi) were arrested on Monday and then taken to the central prison of the province. They are all being prosecuted for corruption. These are Damien Manirakiza, president of the Gitega high court, as well as three other judges of the same court, namely Tharcisse […]

Une identification numérique sera délivrée aux nouveau-nés au Rwanda

DĂšs l’à±ge d’un nouveau-nĂ©, les Rwandais vont bientĂŽt acquĂ©rir des cartes d’identitĂ© numĂ©riques (ID), remplaà§ant les cartes d’identitĂ© physiques actuelles, alors que le Rwanda continue d’explorer des solutions technologiques. Auparavant, les responsables avaient dĂ©clarĂ© que le dĂ©veloppement Ă©tait limitĂ© aux enfants de cinq ans et plus. Le dĂ©veloppement a Ă©tĂ© annoncĂ© par Paula Ingabire, ministre […]

Brussels: Umugororwa yabwiye urukiko ko Interahamwe zasaga n’izasimbuye ubutegetsi

Mudahari Pierre CĂ©lestin ufungiwe mu igororero rya Rubavu yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko Interahamwe zasaga n’izasimbuye ubutegetsi bwite bwa Leta mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mugororwa wakatiwe igifungo cya burundu kubera uruhare yahamijwe muri jenoside yifashishijwe nk’umutangabuhamya kuri uyu wa 25 Ukwakira 2023, mu rubanza rwa Twahirwa […]

FARDC, M23 barashinjanya kwica umusirikare wa EAC no gukomeretsa benshi

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, n’umutwe witwaje intwaro wa M23 barashinjanya kwica umusirikare wari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri gurupoma ya Kibumba, teritwari ya Nyiragongo. Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Ukwakira 2023 ni bwo humvikanye amakuru y’uko igisasu kiremereye cyaguye mu kigo cy’ingabo za Kenya ziri […]

Ambasaderi wa Israel muri Loni yahamagariye Antonio Guterres kwegura

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Ukwakira, Ambasaderi wa Israel mu Muryango w’Abibumbye, Gilad Erdan, yahamagariye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango, Antonio Guterres, kwegura. Gilad Erdan yashinje Guterres “kwerekana ko yumva” impamvu y’”iterabwoba n’ubwicanyi” ku bitero bya Hamas byo ku itariki ya 7 Ukwakira byibasiye Israel. Mu magambo yatangarije Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa […]

Minisitiri Lutundula yatakagije Wazalendo

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 23 Ukwakira, Minisitiri w’intebe wungirije, akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo; Christophe Lutundula, yabajijwe ikibazo kuri “Wazalendo”, itsinda ry’inyeshyamba zishyize hamwe mu kurwanya M23; avuga ko batabuza abanyagihugu kurengera igihugu cyabo. Imbere y’inzobere mu itangazamakuru, umuyobozi wa diplomasi ya Kongo yibukije ko kurengera ubusugire bw’igihugu iyo bubangamiwe […]

Hari imiryango mpuzamahanga ishaka gufasha Manirakiza mu rubanza

Umunyamakuru Manirakiza Theogene wa Ukwezi Media Group yabwiye urukiko ko hari imiryango mpuzamahanga ishaka kumwoherereza abanyamategeko kugira ngo bamwunganire mu rubanza rwe. Tariki ya 11 Ukwakira 2023 ni bwo Ubugenzacyaha bwatangaje ko bwataye muri yombi uyu munyamakuru, nyuma yo kumufatira mu cyuho yakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 kugira ngo adatangaza inkuru. Mu rukiko […]

Gabon: Abanyeshuri birukanwe bazira indirimbo yubahiriza igihugu

Abanyeshuri hafi 10 ba lycĂ©e yitiriwe Nelson Mandela yo mu murwa mukuru wa Gabon, Libreville, birukanwe bazira kuririmba nabi indirimbo yubahiriza igihugu aho iki gihano cyateje urunturuntu mu gihugu nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Mu byumweru bibiri bishize, abasirikari bagize komite ishinzwe inzibacyuho no gusubizaho inzego, bayobowe na Gen. Brice Clotaire Oligui Nguema, […]

Bangui: Perezida Kagame yoherereje ingabo z’u Rwanda ubutumwa

Minisitiri Biruta, Maj. Gen. Nzabamwita na Brig. Gen. Arcadius

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagejeje ku ngabo z’u Rwanda ziri i Bangui muri Repubulika ya Centrafrica ubutumwa bw’ishimwe ku bw’akazi zakoze mu butumwa bw’amahoro, bwaba ubushingiye ku masezerano y’ibihugu byombi n’Umuryango w’Abibumbye. Nk’uko Minisiteri y’ingabo ibisobanura, Minisitiri yari kumwe ry’abayobozi bavanye mu Rwanda ririmo Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe umutekano n’iperereza ryo […]

Turi muri gereza tuzira Twahirwa: Umugororwa

Bicamumakuba JuvĂ©nal ufungiwe muri gereza mu Rwanda aravuga ko ari kuzira Twahirwa SĂ©raphin ushinjwa kuyobora ibikorwa by’Interahamwe i Karambo mbere no mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rubanza rwa Twahirwa na Basabose rwakomeje kuri uyu wa 24 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels, Bicamumakuba w’imyaka 40 y’amavuko yavugiye ku ikoranabuhanga […]

Général Cirimwami yategetse ko abarasaniye ku marembo ya Goma bafungwa

Guverineri w’agateganyo w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare akaba ari na we ushinzwe ibikorwa bya gisirikare byaho, GĂ©nĂ©ral Peter Cirimwami Nkuba, arateganya gufatira ibihano abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro barwaniye mu marembo ya Goma. Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023, hafi ya Goma humvikanye amasasu y’imbunda ziremereye n’intoya, bisobanurwa ko ari abarwanyi b’imitwe igize […]

Beni: Amakamyo ya PAM yari atwaye imfashanyo zigenewe impunzi yatwitswe

Amakamyo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (PAM) yikoreye imfashanyo y’ibyo kurya bigenewe abavanwe mu byabo n’imirwano, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yatwitswe n’insoresore zariye karungu muri Oicha, Kivu y’Amajyaruguru. Izi nsoresore ngo zari zarakajwe n’uko polisi yazibujije kujyana ubwazo mu buruhukiro imirambo y’abantu bari baraye biciwe muri icyo gice n’inyeshyamba za ADF. […]

Risasi Kutoka DRC Yamjeruhi Raia wa Rwanda Mkoani Rubavu

Raia wa Rwanda alijeruhiwa kwa risasi wakati wa makabiliano na makundi haramu yenye silaha yanayoungwa mkono na Kinshasa mashariki mwa DRC. Serikali ya Rwanda ilitangaza hayo tarehe 23 Oktoba 2023. Mapigano kati ya muungano wa makundi haramu yenye silaha yanayoungwa mkono na Kinshasa mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) yalifanyika karibu na mpaka […]

Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko GĂ©nĂ©ral Bunyoni aguma muri gereza

Urukiko rw’Ikirenga rwo mu Burundi kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023 rwategetse ko GĂ©nĂ©ral de Police Alain Guillaume Bunyoni aguma muri gereza ya Gitega. Bunyoni yatawe muri yombi muri Mata 2023, akurikiranweho ibyaha birimo icyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu, guhungabanya umutungo w’igihugu no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Urukiko rwabanje rwari rwaranzuye ko afungwa […]

Lutundula yeruye ko FARDC iri kurasa M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yemeje byeruye ko igisirikare cy’igihugu, FARDC, kiri kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Lutundula, muri Nzeri 2023 ubwo yari i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yahishuye umugambi wa FARDC wo gutangira kurasa kuri M23 mu gihe […]

Un civil de Rubavu blessĂ© lors de l’escalade des combats le long de la frontiĂšre

Un citoyen rwandais basĂ© dans la province occidentale du pays a Ă©tĂ© blessĂ© par une balle perdue provenant d’affrontements entre la coalition de groupes armĂ©s illĂ©gaux soutenus par Kinshasa dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC), prĂšs de la frontiĂšre rwandaise, a annoncĂ© le bureau du porte-parole du gouvernement lundi soir 23 octobre. […]

Brussels: Mu rubanza rwa Twahirwa na Basabose humvikanye ubuhamya bw’uwabaye Minisitiri w’Ingabo

Dr Kwizera Gasana James wabaye Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda kuva mu mwaka w’1990 kugera mu 1991, akaba na Minisitiri w’Ingabo kuva mu 1992 kugera mu 1993 yatanze ubuhamya mu rubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre baburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi. Uyu Enjenyeri mu by’amashyamba wavutse […]

Ibyo twamenye ku rubanza rwa Gakire Fidele ushobora kuba yaribeshye ku mwaka

Amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda yavugaga ko umunyamakuru, Uzabakiriho Gakire Fidele yagombaga kuburanishwa ku itariki ya 23 Ukwakira 2023 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ariko birangira atanagejejwe ku rukiko. Abatangaje aya makuru bavuze ko uyu Gakire ari we ubwe wabibibwiriye ubwo bari bamusuye kuri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere ariko byaje gutungurana […]

Umunyamakuru Manirakiza aragezwa mu rukiko

Umunyamakuru Manirakiza Theogene, nyir’ikinyamakuru Ukwezi, aragezwa mu rukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu karere ka Kicukiro, aburane ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha akekwaho gukora. Biteganyijwe ko iburanisha kuri uru rwego ritangira saa tatu z’igitondo cy’uyu wa 24 Ukwakira 2023. Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, tariki ya 11 Ukwakira rwatangaje ko rwafatiye mu cyuho Manirakiza “yakira ruswa” y’amafaranga […]

Umupfakazi w’umunyamakuru wo muri Pakistan yajyanye mu rukiko Igipolisi cya Kenya

Umupfakazi w’umunyamakuru wo muri Pakistan warashwe akicwa n’Igipolisi cya Kenya nyuma yo guhungira muri iki gihugu, kuri uyu wa Mbere yagejeje ikirego mu rukiko arega Igipolisi cya Kenya. Arshad Sharif, wari umuntu unenga cyane ubutegetsi bwa gisirikare muri Pakistan kandi wari ushyigikiye uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Imran Khan, yarashwe mu mutwe ubwo Igipolisi cya Kenya […]

Rubavu: Umuturage w’u Rwanda yakomerekejwe n’isasu ryarasiwe muri RDC

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira hari umuturage wo mu karere ka Rubavu wakomerekejwe n’isasu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Guverinoma mu itangazo yasohoye mu ijoro ryo ku wa Mbere, yavuze ko isasu ryakomerekeje uyu muturage ryaturutse mu mirwano yahuzaga imitwe ishyigikiwe na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Rais wa chama cha upinzani Burundi aachiliwa huru

Rais wa chama kidogo cha upinzani nchini Burundi, CODEBU, ambaye alikamatwa Jumanne baada ya chama chake kuishinda serikali, alitangaza kwa AFP Jumapili kwamba ameachiliwa. Rais wa Baraza la Demokrasia na Maendeleo nchini Burundi (CODEBU), Kefa Nibizi, alifungwa katika gereza kuu la Mpimba, mjini Bujumbura, akituhumiwa “kuhatarisha usalama wa ndani wa Serikali”. Bw. Nibizi aliiambia AFP […]

President of Burundian opposition party released

The president of a small opposition party in Burundi, CODEBU, arrested Tuesday after his party criticized the government, announced to AFP on Sunday that he had been released on “bail”. The president of the Council for Democracy and Sustainable Development in Burundi (CODEBU), Kefa Nibizi, was imprisoned in Mpimba central prison, in Bujumbura, accused of […]

Munyankindi, le patron de Ferwacy, fait appel de sa détention provisoire

Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a ouvert lundi 23 octobre l’audience d’appel de BenoĂ Âźt Munyankindi, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de la FĂ©dĂ©ration rwandaise de cyclisme (FERWACY), qui conteste sa dĂ©cision de dĂ©tention provisoire. Munyankindi a fait appel de la dĂ©cision du tribunal primaire de Kicukiro de le placer en dĂ©tention pour usage de faux documents, favoritisme […]

Imitwe ibiri y’inyeshyamba zigize Wazalendo iri kurwanira mu marembo ya Goma

Amasasu y’imbunda nto n’iziremereye kuri uyu wa Mbere yumvikanye mu marembo y’Umujyi wa Goma aho bivugwa ko ari imitwe ibiri itandukanye mu yigize Wazalendo irimo irahangana. Amakuru aturuka aho aravuga ko imirwano irimo kubera mu gace ka Kanyarucinya muri Teritwari ya Nyiragongo, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, aho sosiyete sivile irimo kuvuga ko ibiri kubera muri […]

Meya wa Karongi yegujwe

Inama njyanama y’akarere ka Karongi mu burengerazuba bw’igihugu imaze kweguza umuyobozi wako, Meya Mukarutesi Vestine. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama itunguranye yateranye mu gitondo cy’uyu wa 23 Ukwakira 2023. Impamvu yo kweguzwa k’uyu muyobozi ngo ni uko hari ibyemezo by’inama njyanama atigeze ashyira mu bikorwa. Perezida w’inama njyanama ya Karongi, Dusingize Donatha, yatangarije Kigali Today […]

Brussels: Urukiko rwiyamye Me Flamme wunganira Basabose

Perezida w’iburanisha mu rukiko rwa rubanda bwa Brussels mu Bubiligi yihanangirije Umubiligi Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rubanza aregwamo ibyaha bya jenoside n’ibyaha by’intambara. Ni mu gihe uru rubanza rwasubukurwaga mu gitondo cy’uyu wa 23 Ukwakira 2023 nyuma y’ikiruhuko cy’impera z’icyumweru (weekend). Habanje kumva ibitekerezo by’abunganira abaregera indishyi ku buhamya bwatanzwe n’abatangabuhamya basobanura […]

RDC yanzuye ko igiye gusubiza abaturage mu bice M23 yavuyemo

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo yanzuye ko igomba gusubiza byihuse abaturage mu bice byambuwe umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi na Rutshuru kugira ngo bitegure amatora nk’abandi. Ibi bigaragara mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo tariki ya 20 Ukwakira, yasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu […]

Museveni yasabye abaturage gufasha guhiga abaherutse kwica ba mukerarugendo

Perezida Yoweri Museveni yasabye Igisirikare cya Uganda gufatanya n’abapolisi n’abaturage mu guhiga abaterabwoba ba ADF bishe ba mukerarugendo babiri b’abanyamahanga n’umushoferi wabo w’Umugande mbere yo gutwika imodoka bari barimo ku mugoroba wo kuwa Kabiri ushize. Perezida wa Uganda yavuze ko guhiga agatsiko k’abaterabwoba batanu katwitse ikamyo muri Kasese kakanica ba mukerarugendo muri Pariki yitiriwe Umwamikazi […]

Ubwato bwa gisirikare bw’u Bushinwa bwagonze ku bwende ubwa Filipine

Abanyafilipine bashinje abashinzwe umutekano ku nkombe z’U Bushinwa kugonga ubwato bw’Abanyafilipine mu Nyanja y’u Bushinwa. Ubwato bw’Abanyafilipine bwari bwerekeje kuri iki Cyumweru ku birindiro bya Filipine biri ahitwa Second Thomas Shoal, aho amakimbirane yiyongereye mu byumweru bishize. Manila yavuze ko “ibikorwa biteye akaga byo kubitambika” bya Beijing bihungabanya umutekano w’abakozi b’Abanyafilipine. Icyakora, u Bushinwa bwavuze […]

Abarundi basaga 50 birukanwe ku butaka bw’u Rwanda

Nibura Abarundi 52 barikanwe mu Rwanda kuri uyu wa Kane ushize. Aba bari binjiye mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, aho abayobozi b’u Rwanda bavuga ko aba bahabaga nta byangombwa bafite. Abenshi muri bo ni abahoze ari impunzi bari batashye bava mu nkambi ya Mahama iherereye mu burasirazuba bw’u Rwanda. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego […]

Minisitiri Utumatwishima ntiyemeranya n’abagereranya Bruce Melodie na The Ben

Minisitiri w’urubyiruko, Dr Utumatwishima Abdallah, arahanura abakoresha imbuga nkoranyambaga bahanganisha umuhanzi Itahiwacu ‘Bruce Melodie’ na mugenzi we Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben. Kuri izi mbuga, cyane cyane kuri X, hamaze iminsi habaho igereranya ry’aba bahanzi, aho bamwe bavuga ko umwe ari umuhanzi ukomeye mu Rwanda, abandi bakavuga undi. Byageze n’aho hahwihwiswa amakuru y’uko Bruce […]

M23 yabyukiye mu mirwano na FARDC muri Kinyandonyi

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba bafatanyije mu gitondo cyo ku Cyumweru, itariki 22 Ukwakira zagabye igitero ku nyeshyamba za M23 muri Kinyandonyi nyuma y’aho izi zigaruriye Umujyi wa Kitshanga kuri uyu wa Gatandatu ushize. Nk’uko umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka yabitangaje abinyujije kuri twitter, ngo Ingabo za Guverinoma, FARDC, FDLR, abacanshuro n’inyeshyamba […]

Umusore yiciye umukunzi we hafi ya station ya polisi

Umunyeshuri w’imyaka 22 mu ishuri ry’imyuga rya Kanjuku, mu Ntara ya Kiambu, mu gihugu cya Kenya, yatakaje ubuzima nyuma yo guterwa icyuma n’umukunzi we wamusanze amusanganira yitwaza ko amushyiriye telefoni ye yari yatakaye. Kuri uyu wa Gatandatu avugana n’itangazamakuru, Mary Wanjiku, nyina wa nyakwigendera, yatangaje ko umukunzi uvugwa yahamagaye umukobwa we avuga ko yabonye terefone […]

Museveni yahaye Tshisekedi icyubahiro

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimiye cyane mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo ku bwo kuba yaremereye ingabo z’igihugu cye guhiga abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF. Kuri uyu wa 21 Ukwakira 2023, Museveni yagize ati: “Duhaye icyubahiro nyakubahwa Tshisekedi ku kuba yaremeye gukorana natwe mu kurandura aba banyabyaha.” Ni nyuma y’ibitero bikomeye […]

M23 yisubije Kitshanga, Wazalendo/FDLR bacungira hafi

Umujyi wa Kitshanga uherereye muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru wasubiye mu maboko y’umutwe witwaje intwaro wa M23 nyuma y’imirwano ikaze yawuhuje n’indi irimo Wazalendo, igisirikare cya Leta na FDLR. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Ukwakira 2023, Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko iri huriro ryagabye igitero ku gice cya […]

U Rwanda ku mwanya wa 7 mu bihugu bidaheeza muri Afurika

Ni uku u Rwanda ruhagaze kuva iyi raporo yatangira gusohoka

Raporo nshya yitwa ‘Inclusiveness Index’ yakozwe n’ikigo The Othering and Belonging Institute cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize u Rwanda ku mwanya wa 7 muri Afurika no ku wa 50 ku Isi, hashingiwe ku bipimo byo kudaheeza abantu abo ari bo mu byiciro bitandukanye. Ubu bushakashatsi bwakozwe ku mwaka ushize (2022) bushingira ku […]

Tshisekedi yababariye Pasiteri wari warakatiwe urwo gupfa ku bwa Kabila

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yababariye umuvugabutumwa Pasiteri Joseph Mukungubila n’abayoboke be bagera kuri 30, bari barakatiwe igihano cy’urupfu mu mwaka w’2015 ubwo iki gihugu cyayoborwa na Joseph Kabila. Pasiteri yakatiwe iki gihano ari mu buhungiro muri Afurika y’Epfo azira gutuma muri Kinshasa, Kolwezi na Lubumbashi tariki ya 30 Ukuboza 2013 […]

Brussels: Abatangabuhamya babajijwe ku iraswa ry’indege ya Habyarimana

Mu iburanisha ry’uyu wa 20 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi, abatangabuhamya mu rubanza rwa Basabose Pierre na Twahirwa SĂ©raphin babajijwe ku iraswa ry’indege ya Habyarimana JuvĂ©nal wayoboye u Rwanda. Ubuhamya bwumvikanye uyu munsi ni ubw’umushakashatsi w’Umufaransa AndrĂ© Guichaoua wabaga mu Rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi. Yitabiriye iburanisha nk’umutangabuhamya, […]

Le Rwanda a envoyĂ© un avion cargo d’aide humanitaire pour la population de Gaza

f835tduw4aad2uk.jpg

Le Rwanda a envoyĂ© un avion cargo d’aide humanitaire à  la population de Gaza, contenant des fournitures mĂ©dicales, de la nourriture et du lait. L’organisation caritative jordanienne hachĂ©mite a confirmĂ© cela en dĂ©clarant : «  Nous avons reà§u aujourd’hui un avion cargo d’aide humanitaire du pays du Rwanda pour la population de Gaza, contenant des […]

U Rwanda rwoherereje abo muri Gaza imfashanyo

Iyi mfashanyo yamaze kugezwa kuri JHCO

U Rwanda rwoherereje abatuye mu ntara ya Gaza Strip imfashanyo mu gihe bakomeje kuzira imirwano y’ingabo za Israel n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas ufite ibirindiro muri Palestine. Iyi mfashanyo irimo imiti n’ibyifashishwa mu buvuzi n’ibiribwa byatwawe n’indege y’ubwikorezi ya sosiyete ya RwandAir, ikaba yashyikirijwe umuryango w’abagiraneza wa JHCO (Jordanian Hashemite Charity Organization) wo muri Jordania, igihugu […]

Gen. Gihanga Mutara yasimbujwe uwahamijwe kwica Laurent Kabila

GĂ©nĂ©ral Major Gihanga Mutara Smith wari umuyobozi w’akarere ka 22 k’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo kari mu ntara ya Haut-Katanga, yasimbujwe Brigadier GĂ©nĂ©ral Eddy Kapend wari warahamijwe kwica Laurent-DesirĂ© Kabila mu mwaka w’2001, akaza kubabarirwa mu 2021. Iyi mpinduka yabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 Ukwakira 2023, nyuma y’aho Perezida FĂ©lix […]