Kagame a présidé le Conseil consultatif présidentiel à  New York

Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© dimanche 17 septembre la rĂ©union du Conseil consultatif prĂ©sidentiel (PAC) qui a discutĂ© de solutions innovantes et pratiques pour soutenir le progrĂšs socio-Ă©conomique du Rwanda. La rĂ©union qui a rĂ©uni des experts rwandais et internationaux qui offrent des conseils stratĂ©giques au prĂ©sident et au gouvernement a Ă©galement discutĂ© des […]

Ikibazo cyo kurangiza vuba: Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]

USA iratabaza abaturage, bayifashe gushakisha indege yayo y’intambara

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika kiratabaza abaturage ngo bagifashe gushakisha indege yayo y’intambara, ya Falcon F-35, yaburiwe irengero muri Leta ya South Calorina. Nk’uko BBC ibivuga, umupilote yatwaraga iyi ndege mu masaha y’ikigoroba cyo kuri uyu wa 17 Nzeri 2023, aza kuyisohokamo, arasimbuka, yo irabura. Abayobozi muri iki gisirikare baravuga ko bashakira iyi […]

U Burundi buri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru iza EAC nizihava

Igisirikare cy’u Burundi kiri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru gufasha Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihe ingabo za EAC zizaba zivuye muri iki gihugu nk’uko byatangajwe n’umwe mu basirikare b’u Burundi. Mu gihe kirekire, amasezerano y’ibanga hagati y’ibihugu byombi yemereye u Burundi kohereza ingabo zo guhiga imitwe y’inyeshyamba z’Abarundi za RED-Tabara na […]

Nyaruguru: Umubyeyi yabyaye impanga eshatu

Uwimana Josiane w’imyaka 32, mu ijoro ryo ku wa 15 Nzeri 2023 yabyariye neza abana batatu (babiri b’abahungu n’umwe w’umukobwa) mu kigo nderabuzima cya Kabilizi giherereye mu murenge wa Rusenge mu karere ka Nyaruguru. Ni ibintu bidasanzwe kuko ubusanzwe amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima, avuga ko umubyeyi agomba kwipimisha agitwite, yasanga ari impanga akazabyarira mu bitaro. […]

Hagiye kwifashishwa drones mu kurwanya ibikorwa byangiza ibidukikije

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) na Minisiteri y’ibidukikije byatangije ikoreshwa ry’indege zitagira abapilote mu kurwanya ibyaha byibasira ibidukikije. Ibyaha byibasira ibidukikije ni igikorwa kitemewe cyangiza ibidukikije kandi nicyo cyaha cya kane gikorwa n’abantu benshi ku Isi. Ni icyaha cyiyongera ku rugero rwa gatanu na karindwi ku ijana buri mwaka, nk’uko raporo zibitangaza. Indege zitagira abadereva (drones) […]

Gen. Cirimwami ‘wafashaga’ Wazalendo agiye gusubizwa muri Kivu y’Amajyaruguru

Gen. Maj. Peter Cirimwami uvugwaho gufasha imitwe yitwaje intwaro ihuriye muri Wazalendo agiye gusubizwa ku buyobozi bw’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC). Cirimwami yahawe iyi nshingano n’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDC, Lt Gen. Christian Tshiwewe, abitegetswe na Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Ni ko amakuru aturuka muri RDC […]

Ikirango cy’Umujyi wa Khartoum cyafashwe n’inkongi nyuma y’imirwano ikaze

Inyubako zafashwe n’inkongi y’umuriro mu murwa mukuru wa Sudani nyuma y’imirwano ikaze hagati y’ingabo za leta n’ingabo z’umutwe wa RSF bahanganye. Amashusho yashyizwe kuri internet ku Cyumweru yerekanye umuturirwa w’icyitegererezo i Khartoum wa Greater Nile Petrole Oil Company urimo uragurumana. Mu butumwa yanditse kuri X, yahoze yitwa Twitter, Tagreed Abdin, umwubatsi w’iyi nyubako, yagize ati: […]

Umujyi wa Kigali: Visi Meya na Perezida wa Njyanama ntibemeranya ku kiraro Gisozi-Karuruma kitarubakwa

Iki ni cyo kiraro cya Gisozi-Karuruma kivugwa mu nkuru

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ibikorwaremezo, Dr Mpabwanamaguru Merard na Perezida w’inama njyanama, Dr Kayihura Muganga Didas, ntibemeranya ku mushinga w’iyubakwa ry’ikiraro cya Gisozi-Karuruma watinze gushyirwa mu bikorwa. Tariki ya 15 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi b’uyu mujyi bari imbere ya komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bibukijwe ko […]

Kim jong Un yasoje uruzinduko rwe mu Burusiya atahana drones z’impano

Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yavuye mu Burusiya kuri iki Cyumweru, itariki 17 Nzeri, muri gari ya moshi ye y’umutamenwa , ubwo yasozaga urugendo rw’iminsi itandatu rwibanze ahanini ku bibazo bya gisirikare. Uru ruzinduko rwa mbere rwa Kim mu mahanga kuva icyorezo cya coronavirus cyaduka rwateye […]

Ukraine ikomeje kugaba ibitero i Moscow no muri Crimea

Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwavuze ko bwahagaritse igitero cya Ukraine cyagabwe kuri Crimea, mu gihe indege zitagira abadereva nazo zagabye igitero i Moscou, bihagarika ingendo zo mu kirere mu murwa mukuru, kandi bitera inkongi y’umuriro mu bubiko bwa peteroli mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu. Ukraine muri iyi minsi yagabye ibitero byinshi ku bikorwaremezo by’ingabo z’u […]

Kivu y’Amajyepfo: Ingabo z’u Burundi ziravugwaho guhabwa impuzankano ya FARDC

Ingabo z’u Burundi zagiye kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo ziravugwaho kwambara impuzankano y’igisirikare cy’iki gihugu cyazakiriye, FARDC. Amakuru dukesha Radio Inzamba Agateka Kawe y’Abarundi baba mu buhungiro aravuga ko tariki ya 8 Nzeri 2023 ari bwo ingabo z’u Burundi zambitswe impuzankano ya FARDC, iyo zari […]

Ibitaro bya King Faisal biravuga ko byahombejwe bikomeye n’izamuka ry’ibiciro ku masoko

Umukozi w'ibitaro ushinzwe imari, Rugeyo Anita (ubanza)

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal biravuga ko izamuka ry’ibiciro ku masoko birimo iby’ibiribwa riri mu byabihombeje igiteranyo cy’amafaranga y’u Rwanda (Frw) abarirwa muri miliyari 12. Ibi byagaragajwe n’umukozi ushinzwe imari muri ibi bitaro, Rugeyo Anita, tariki ya 14 Nzeri 2023 ubwo we na bagenzi be bo muri ibi bitaro basobanuriraga komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana […]

Maroc yateye utwatsi iby’uruzinduko rwa Macron rwatangajwe na minisitiri Colonna

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Nzeri, Maroc yateye utwatsi amagambo yavuzwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Catherina Colonna, wavuze ko Perezida Emmanuel Macron azasura Maroc. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru bya Maroc (MAP) bibitangaza, umukozi wa guverinoma yavuze ko Macron adafite gahunda cyangwa uruzinduko rwateguwe muri Maroc. Uyu muyobozi wirinze ko amazina ye atangazwa kuko […]

Amayobera arakomeje ku bantu ba nyabo batanze amabwiriza yo kwica abaturage i Goma

Amayobera aracyakomeje ku bantu ba nyabo bagize uruhare mu iyicwa ry’abaturage ku itariki ya 30 Kanama mu Mujyi wa Goma. Nyuma y’iburanisha ry’abatangabuhamya n’abahohotewe bagera kuri 33 bari muri uru rubanza, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 15 Nzeri, mu Rukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru , nta n’umwe wemeje neza ba nyirabayazana ba […]

Mali, Burkina Faso na Niger byagiranye amasezerano yo gutabarana

Colonel Assimi Goïta ubwo yasinyaga kuri aya masezerano

Mali, Burkina Faso na Niger biyobowe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi byagiranye amasezerano y’ubufatanye bwahawe izina rya Liptako-Gourma yo gutabarana mu gihe haba hari igihugu kimwe muri byo cyaterwa. Aya masezerano yashyizwemo umukono kuri uyu wa 16 Nzeri 2023, akaba avugwamo kandi ubufatanye mu kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bihungabanya umutekano w’akarere ka Sahel. Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Colonel […]

Umukozi wa RCA wari uherutse gusabirwa gukurikiranwa arafunzwe

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe amasoko mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA), Hakizimana Claver, na Gahongayire Lilian ushinzwe ububiko bw’ibikoresho muri iki kigo. Umuvugizi w’uru rwego, Dr Murangira Thierry, yasobanuye ko Hakizimana na Gahongayire batawe muri yombi kuri uyu wa 15 Nzeri 2023, nyuma y’umunsi uwahoze ayobora […]

FDA yasabwe kuziba ibyuho bya ruswa mu guha abanyenganda impushya

Abadepite bagaragarije ko gusaba abanyenganda ibitandukanye ari ikibazo

Komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, yasabye ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), kuziba ibyuho bya ruswa mu mitangire y’impushya ku banyenganda. Impungenge z’icyuho cya ruswa zagaragajwe n’abadepite barimo Mutesi Anitha na Mukabalisa Germaine kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 ubwo basangaga FDA yarigeze kujya isaba abanyenganda ibintu […]

U Burundi bwahagaritse igitaramo cya ApĂŽtre Mignonne Kabera

Leta y’u Burundi yahagaritse igitaramo ‘Connect Conference Africa’ cy’Umunyarwandakazi uyobora Women Foundation Ministries, ApĂŽtre Mignonne Kabera, habura amasaha make ngo gitangire. Iki gitaramo kimaze igihe kirekire gitegurwa cyari kuzabera mu cyumba cy’inama n’ibitaramo cya Donatus, i Bujumbura kuva kuri uyu wa 15 kugeza ku wa 17 Nzeri 2023. Cyagombaga kwitabirwa n’abaturutse mu bihugu bitandukanye bya […]

Prof. Harelimana ‘wanze kwitaba’ PAC yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye urwego rushinzwe amakoperative (RCA) kugeza yegujwe muri Kanama 2023, nyuma y’aho atitabye komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yasobanuye ko Prof. Harelimana yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bibiri bifitanye isano […]

Mu Burundi hikanzwe coup d’etat mu gihe Perezida Ndayishimiye atari mu gihugu

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Radio na Televiziyo by’Igihugu (RTNB) mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, bigoswe n’abashinzwe umutekano kuva kuri uyu wa Kane ushize, ariko nta mpamvu iratangwa yabyo nubwo hari abakeka ko haba hikangwa coup d’etat. Ni ku nshuro ya mbere kuri uyu wa Gatanu ngo hagaragaye abasirikare bo mu mutwe […]

Rais Kagame yuko Cuba kwa mkutano wa G77

Rais Kagame yuko Havana, Cuba ambako anaungana na viongozi kutoka duniani kote kwa ajili ya Mkutano wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa G77 + China, utakaofanyika kuanzia tarehe 15-16 Septemba. Kama Mwenyekiti wa G77 + China, Cuba imeitisha Mkutano huo chini ya mada, “Changamoto za Sasa za Maendeleo: Nafasi ya Sayansi, Teknolojia na Ubunifu.” […]

Le Rwanda lance un centre de laboratoire pour amĂ©liorer les prĂ©visions mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂȘmes

Le Rwanda a lancĂ© un centre de laboratoires de rĂ©gulation pour collecter des donnĂ©es afin d’amĂ©liorer la comprĂ©hension des conditions mĂ©tĂ©orologiques, des dĂ©bits fluviaux et de la qualitĂ© de l’air, et «  d’amĂ©liorer la capacitĂ© du pays à  prĂ©voir les Ă©vĂ©nements extrĂ ÂȘmes et à  rĂ©agir rapidement aux catastrophes naturelles  ». Certains Ă©vĂ©nements mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂȘmes comprennent […]

Zimwe mu nama zikomeye Kagame yagiriye abaguverineri ba Nigeria baherutse mu Rwanda

Mu kwezi gushize, ba guverineri 15 muri 36 bo muri Nigeria baje i Kigali mu mwiherero w’abayobozi w’iminsi itatu wateguwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Abguverineri bo Nigeria (NGF). Uyu mwiherero wari ugamije gufasha ba guverineri “kongera gutekereza ku buyobozi bwa Nigeria kugira ngo bagere ku mpinduka n’iterambere rirambye mu gihugu […]

Umuyobozi wa ADEPR yavuzweho guha intebe abatinganyi mu rusengero rwa Nyarugenge

Ubwo yazunguzaga igitambaro cy'amabara avanze hafi y'uruhimbi

Umuyobozi w’itorero ADEPR, Rev. Pasiteri Ndayizeye Isaie, yavuze ku byabereye mu rusengero rwa Nyarugenge nyuma y’aho ashinjwe guha ikaze abamamaza abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amakuru avuga ko Pasiteri Ndayizeye “yahaye ikaze abatinganyi” guhera kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 hashingiwe kuri videwo y’Umunyamerikakazi Kake Cheys wagiriye uruzinduko mu Rwanda. […]

Umujyi wa Kigali wasabwe gucika ku ‘kajagari n’itekinika’ mu mitangire y’amasoko

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali n’abakozi bawo gucika ku kajagari n’itekinika bigaragara mu mitangire y’amasoko ya Leta. Kuri uyu wa 15 Nzeri 2023 ni bwo abayobozi n’abakozi b’uyu mujyi bageze imbere ya PAC, bisobanura ku makosa yagaragaye mu mikoreshereze mibi y’imari n’umutungo by’igihugu […]

Perezida Kagame yagaragaje urwibutso yakuye muri Cuba nka ofisiye wari ukiri muto

Perezida Paul Kagame yagaragaje urwibutso rukomeye yakuye muri Cuba mu myaka 36 ishize ubwo yari ofisiye ukiri muto woherejwe na Uganda mu masomo y’igisirikare. Aya ni amagambo yavuze ubwo yageraga mu mujyi wa Havana mu ijoro ryakeye, aho yitabiriye inama y’ibihugu 77 bikize kurusha ibindi, bihuriye mu muryango witwa G77. Umukuru w’Igihugu, ubwo yageraga ku […]

Umuhungu wa Perezida Biden ari mu mazi abira

Umuhungu wa Perezida Joe Biden uyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, Hunter Biden, ari mu mazi abira azira kuba yarabeshye ubwo yaguraga imbunda yo mu bwoko bwa Revolver. Ubushinjacyaha busobanura ko Hunter yaguze iyi mbunda yitwa Colt Cobra mu Kwakira 2018, ariko ubwo yuzuzaga ku nyandiko y’igura ntiyirega ko yakoreshaga ikiyobyabwenge kitemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bwafashe […]

Ukraine yasenye ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya muri Crimea

Ukraine iravuga ko yasenye ubwirinzi buhambaye bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya mu ntara ya Crimea bwigaruriye mu 2014. Urwego rw’ubutasi rwa Ukraine (SBU) rufatanyije n’igisirikare cyo mu mazi byagabye igitero ku kigo cya Yevpatoriya bikoresheje missile na drones, nk’uko amakuru aturuka mu butasi bwa Ukraine yatangarijwe BBC avuga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye […]

Mfumo wa ulinzi wa anga wa Urusi uliharibiwa huko Crimea

Ukraine inasema kuwa imeharibu mfumo wa kisasa wa ulinzi wa anga wa Urusi katika eneo linalokaliwa la Crimea. Kikosi cha usalama cha Kyiv (SBU) na jeshi la wanamaji walifanya shambulio kwenye kituo cha Urusi karibu na Yevpatoriya kwa kutumia makombora na ndege zisizo na rubani, chanzo cha kijasusi cha Ukraine kiliiambia BBC. Picha za video […]

Prince Kid sera de retour au tribunal vendredi

La Haute Cour de Nyamirambo reprendra vendredi 15 septembre l’audience dans l’affaire DieudonnĂ© Ishimwe, plus connu sous le nom de Prince Kid. Ishimwe, directeur gĂ©nĂ©ral de Rwanda Inspiration Back Up et ancien organisateur du concours de beautĂ© Miss Rwanda, est empĂ ÂȘtrĂ© dans une bataille juridique depuis 2022 lorsqu’il a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© et accusĂ© de sollicitation […]

Paris: Perezida Macron yatunguye abitabiriye inama yiga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yitabiriye nk’umushyitsi utunguranye inama mpuzamahanga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibera i Paris yateguwe n’umushakashatsi Vincent Duclert. Ngo yari surprise y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Nzeri 2013 ubwo Perezida Macron yinjiraga mu cyumba cyabereye muri iyi ma ayahawe insanganyamatsiko igira iti “Savoirs, sources et ressources sur […]

FDA yasabwe guhagurukira abacuruza imiti ivura ‘indwara zananiranye’

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa (FDA) cyasabwe guhagurukira abacuruza imiti bita ko ivura indwara zananiranye mu masoko atandukanye. Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 yagaragarije iki kigo ko hari imiti itemewe ikomeje gucuruzwa mu masoko atandukanye, bityo ko ikwiye gukora ubukangurambaga […]

Ubuyobozi burasezeranya kurwanya inzara igitembera mu mudugudu wa Rugabano

Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi burizeza ko bukemura byihuse ikibazo cy’inzara cyugarije bamwe mu batuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rugabano, bimuwe n’ubuhinzi bw’icyayi. Abatuye muri uyu mudugudu baganirije radiyo Ijwi rya Amerika batangaje ko bisa n’aho ntacyo bibamariye kuba baratujwe mu nzu nziza ariko ntibagire ubutaka bwo guhinga, kuko ngo inzara ntiboroheye. Bosenibo Sylvere ufite imyaka […]

Sudani: Intumwa idasanzwe ya Loni yeguye nyuma yo guhambirizwa

Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, Volker Perthes, yatangaje ko yeguye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’uko guverinoma ya gisirikare iyoboye igihugu imutangarije ko atagikenewe ” persona non grata ” ku butaka bwabo muri Nyakanga. Perthes yabwiye akanama gashinzwe umutekano ati: ” Ndashimira umunyamabanga mukuru kuri ayo mahirwe no kunyizera, ariko namusabye kunsimbura kuri izi […]

Rutshuru: Isasu riravuza ubuhuha hagati ya M23 n’inyeshyamba za CMC-FDP muri Tongo

Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano yakomeje mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, hagati y’inyeshyamba za M23 ndetse n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu kiswe CMC-FDP muri Teritwari ya Tongo. Amakuru aturuka muri iki gice aravuga ko inyeshyamba za M23 zagerageje gushinga ibirindiro bishya mu bice bya […]

Hari abandikirwa imiti y’uburwayi bwo mu mutwe nta nyandiko zihamya ko babufite

Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) babajije Minisiteri y’ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) impamvu hari abantu amavuriro yandikira imiti y’uburwayi bwo mu mutwe kandi nta nyandiko zihamya ko babufite. Iki kibazo PAC yakibajije abayobozi bari bahagarariye iyi Minisiteri ubwo kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 babazwaga ku mikoreshereze mibi y’umutungo […]

Mexique: Abadepite beretswe ibisigazwa bya Aliens ubwo humvwaga ubuhamya kuri ibi biremwa

fg-2.jpg

Abadepite bo muri Mexique bumvise ubuhamya buvuga ko “tutari twenyine (ikiremwamuntu)” mu isanzure kandi babonye ibisigazwa bivugwa ko atari iby’ibiremwamuntu muri dosiye idasanzwe yaranze iperereza rya mbere ry’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cyo muri Amerika y’Epfo kuri UFOs (Ibintu byagaragaye mu kirere bitazwi). Mu kumva ubuhamya kuri uyu wa Kabiri ushize kuri ibi bintu bidasanzwe […]

Rulindo: Baravuga ko barembejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo

Mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro, ho mu Karere ka Rulindo, abaturage baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo mu gihe nta n’irondo riba muri ako gace, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge bwo buvuga ko iki kibazo kidakabije ariko ku bufatanye n’inzego z’umutekano bugiye gushyira imbaraga mu kugikemura. Abaturage bavuga ko ibyo bituma n’abafite […]

Ingendo z’ishyaka rya Bobi Wine muri Uganda zahagaritswe

Polisi ya Uganda yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ingendo z’ishyaka NUP (National Unity Platform) riyoborwa na Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, nyuma y’aho bigaragaye ko ryarenze ku mabwiriza yari yararihaye. Bobi Wine n’abandi bayobozi bakuru bo muri NUP bamaze iminsi bazenguruka mu bice bitandukanye bya Uganda, binjiza abanyamuryango bashya ndetse bafungura ibiro […]

Niger: Amerika yatangiye kwimura ingabo zayo izivana mu birindiro by’i Niamey

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kwimura bamwe mu basirikare bazo bari mu birindiro biri mu murwa mukuru wa Repubulika ya Niger, Niamey, bimurirwa mu karere ka Agadez nk’uko byatangajwe na Pentagon. Kwimura abasirikare bije mu gihe Burkina Faso, umuturanyi wo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Niger akaba n’umwe mu bashyigikiye byimazeyo abahiritse ubutegetsi, yohereza imitwe […]

PAC yasabiye umuyobozi wo muri RCA gukurikiranwa

Hakizimana ushinzwe amasoko muri RCA

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabiye umuyobozi ushinzwe amasoko mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amakoperative, RCA, gukurikiranwa n’inzego z’ubutabera. Kuri uyu wa 13 Nzeri 2023 ni bwo abayobozi bo muri RCA bageze imbere ya PAC. Uwahoze ayobora uru rwego, Prof. Harelimana Jean Bosco na we yari yaratumiwe, […]

RDC: Uwahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko yakatiwe imyaka 7 y’igifungo

Urukiko rw’iremezo rwakatiye Jean Marc Kabund igifungo cy’imyaka 7 ku byaha byose byashinjwaga uwahoze ari visi-perezida wa mbere w’Inteko ishinga amategeko. Jean Marc Kabund ntabwo yari ari mu cyumba cy’urukiko ubwo rwatangaga umwanzuro warwo. Mu gihe yari amaze umwaka urenga afunzwe muri Gereza ya Makala, iki cyemezo cyongereye impungenge nshya kuri iyi dosiye yakunze kugarukwaho […]

Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo yoherejwe kwibagisha i Kigali nyuma yo kuvunika

Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo, La joie Mubulanyi wo muri BC Virunga y’i Goma yimuriwe i Kigali, mu Rwanda aho yaje kwibagisha nyuma yo kuvunikira akaguru k’ibumoso mu mukino wabahuzaga na SCTP yo muri Matadi kuri uyu wa Kabiri. Uyu mukino warangiye BC Virunga itsinze SCTP Matadi ku manota 108-61. Usibye Mubulanyi, undi mukinnyi mugenzi we […]

NCDA yabajijwe impamvu itagejeje amagi ku bana bari mu turere twugarijwe n’igwingira

Umuyobozi Mukuru wungirije wa NCDA

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo w’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yabajije ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA, impamvu kitagejeje amagi ku bana bari mu turere 13 twugarijwe n’igwingira. Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana, hashyizweho gahunda yo gutoranya abana bagomba kujya bahabwa amagi abiri ku kwezi muri utu turere 13. […]

Burundi: Haravugwa itabwa muri yombi ry’abacamanza bagera kuri bane

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abantu batatu mu rwego rw’ubucamanza barimo Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Ntahangwa (mu majyaruguru ya Bujumbura), Ferdinand Ntizoyimana n’Umushinjacyaha Mukuru wungirije mu rukiko rw’ubujurire rwa Ntahangwa, à‰ric Ndikumana. Aba bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba kuva ku mu ijoro ryo kuwa Mbere, itariki 11 Nzeri 2023 nk’uko iyi […]

Frank Habineza deemed the agreement with Dual Fluid Energy “dangerous”

The Rwandan government signed an agreement on Tuesday with a German-Canadian start-up to build an “experimental” civilian nuclear reactor, in order to reduce its dependence on fossil fuels which opposition politician, Hon. Dr. Frank Habineza said can be dangerous. The reactor will be ready for testing in 2026, according to the start-up that will build […]

SP Gahungu yihakanye Ndagijimana uvuga ko yakorewe iyicarubozo

Ndagijimana Emmanuel wamenyekanye nka Peter

SP Gahungu Ephrem wabaye umuyobozi w’igororero rya Rubavu yihakanye Ndagijimana Emmanuel alias Peter uvuga ko yanze gutanga amakuru ku iyicarubozo yakorewe, agakuramo ubumuga buhoraho. Tariki ya 13 Kanama 2023 ni bwo ku rubuga rwa YouTube hasohotse videwo ya Ndagijimana winjiye mu igororero rya Rubavu mu Gushyingo 2020 atakamba, asaba kurenganurwa. Yasobanuye ko SP Uwayezu Augustin […]

Nta nyigo yanyemeza ko hari ahakubakwa uruganda rw’ingufu za nuclĂ©aire rudashyize mu kaga abaturage – Habineza

Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 nzeri 2023, Guverinoma y’u Rwanda isinyanye amasezerano na Sosiyete Dual Fluid Energy Inc y’Abadage n’Abanyakanada, kugira ngo mu Rwanda hakorerwe igerageza ry’ikigo cyatunganyirizwamo ingufu za nuclĂ©aire hagamijwe kuzibyaza amashanyarazi, umunyapolitiki, Dr Frank Habineza we arasanga ibi bishobora guteza akaga. Muri aya masezerano, biteganyijwe ko imashini ya nuclear […]

Dr Nsabimana wasimbuwe ku mwanya wa Minisitiri yasabye imbabazi

Dr Nsabimana Ernest wasimbuwe ku mwanya wa Minisitiri w’ibikorwaremezo yari amazeho umwaka n’amezi 7 yasabye Perezida Paul Kagame imbabazi ku byo atakoze neza mu nshingano ze. Tariki ya 31 Mutarama 2022 ni bwo Perezida Kagame yagize Dr Nsabimana Minisitiri w’ibikorwaremezo, aho yari asanzwe ayobora urwego ngenzuramikorere, RURA. Icyo gihe, Dr Nsabimana yashimiye Umukuru w’Igihugu gutanga […]

Kenya: Abatinganyi bahawe rugari

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Kenya rwahesheje komisiyo ishinzwe uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina, NGLHRC (National Gay and Lesbian Human Rights Commission) uburenganzira bwo kwandikwa mu gitabo cy’imiryango yemewe y’amategeko. Nk’uko ikinyamakuru Nation kibivuga, ikigo cya Kenya gishinzwe imiryango itari iya Leta cyari kimaze imyaka 10 cyaranzwe kwandika uyu muryango washinzwe n’impirimbanyi Erick Gitari kubera ko ngo […]

Amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi w’ibitaro bya Muhororo yakatuweho

Dr Namanya uyobora ibitaro bya Muhororo (ubanza)

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko yanenze ubuyobozi bw’ibitaro bya Muhororo biherereye mu karere ka Ngororero kubera amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi wabyo, ntatangwe ku gihe, no mu gihe cyo gutanga agakaturwaho ibihumbi 116. Iki kibazo cyagaragajwe na PAC kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, nyuma yo gusuzuma raporo […]

National Exam Results for PLE and O-Level Released

The Ministry of Education (MINEDUC) has released results for Primary Leaving Examinations (PLE) and Ordinary Level (O-Level) for candidates who did national examinations for the academic year 2022-2023. According to the results announced on Tuesday, September 12th, out of a total of 201,679 students who took the national exams, 91.09 per cent passed. Among the […]

NESA yasobanuye uko byagenze ngo yemeze ko amanota 40% ahagije

Ibyiciro by'imitsindire mu bizamini bya Leta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasobanuye impamvu cyashyize abakoze ibizamini bya Leta bagize amanota ari hagati ya 40 na 49% mu cyiciro cy’abagize amanota ahagije. Iki kigo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 cyashyize hanze ibisobanuro ku buryo amanota abarwamo, n’ibyiciro abakozi ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye mu […]

Faili ya Kazungu tayari imewasilishwa kwa upande wa mashtaka

Wiki moja baada ya Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) kumkamata mtuhumiwa wa mauaji ya mfululizo Denis Kazungu, faili lake sasa liko mikononi mwa waendesha mashtaka ili kesi yake ianze. Kazungu, mwenye umri wa miaka 34, mkazi wa Busanza Cell wilayani Kicukiro, anashukiwa kuua na kuzika watu kadhaa wengi wao wakiwa wasichana katika makazi yake […]

Igitutu ku mukozi wa RDB wagaragaje ko abagore babyaye badindije imishinga

Umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva, yihanangirijwe na komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ubwo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 yagaragazaga ko abagore babyaye badindije imishinga yafatiwe inguzanyo muri Banki nyafurika itsura amajyambere, ADF cyangwa AfDB. Nsengiyumva yagize ati: “Ku kijyanye n’uko gukererwa kw’amasoko, bagatinda […]

Zimbabwe: Mnangagwa yagize umuhungu we n’umwishywa we ba minisitiri

Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri yashinjwe gukoresha icyenewabo nyuma yo kugira umuhungu we, minisitiri w’imari wungirije muri guverinoma nshya nyuma yo kongera gutorwa kutavuzweho rumwe. David Kudakwashe Mnangagwa w’imyaka 34, azaba yungirije minisitiri w’imari, Mthuli Ncube, mu gihe mwishywa wa perezida, Tongai Mafidhi Mnangagwa, yagizwe minisitiri wungirije w’ubukerarugendo […]

Goma: Colonel yasobanuye uburyo abakomando ‘birukanye’ abasirikare be mbere yo kurasa abasivili

Komanda w’ibiro bikuru by’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Colonel Yves Rubenga, yasobanuye uko abakomando bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru uzwi nka ‘GR’ bayoborwa na Colonel Mike Mikombe, babirukanye hanyuma bakarasa abasivili barenga 50. Ni ubuhamya yatangiye mu rubanza rw’abasirikare barimo Col. Mikombe ushinjwa guha abasirikare ibwiriza […]

Perezida Kagame agiye kwitabira inama ikomeye ya G77 izabera i Havana muri Cuba

Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Cuba yatangaje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko azitabira Inama ya G77 n’u Bushinwa, izabera i Havana ku itariki ya 15 na 16 Nzeri nk’uko tubikesha ibinyamakuru byo muri Cuba nka Cubasi.cu. G77 ni itsinda ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byo muri […]