Ikigo IREMBO cyasabwe gusubiza amafaranga abakiriya kitahaye serivisi
Komisiyo gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ikigo Irembo gitanga serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga kwishyura abakiriya cyakiriye amafaranga yabo kandi kitarabahaye serivisi. Ubu busabe bwatanzwe kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 ubwo abayobozi bo muri Irembo barangajwe imbere nâUmuyobozi Mukuru, Bimpe Israà «l bageraga imbere yâabadepite bagize PAC bayobowe na Muhakwa Valens. […]
RIB iremeza ko Kazungu Denis ushobora kuburanishwa mu ruhame nta byitso yari afite
Iperereza ry’ibanze kuri dosiye ya Denis Kazungu, ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa ntabwo ryemeza ko yaba yari afite ibyitso cyangwa yaba yaragize uruhare mu icuruzwa ryâingingo z’abantu. Hari amakuru menshi avuga ko uyu mugabo w’imyaka 34 ushinjwa ubwicanyi bwinshi no guhisha imirambo mu cyobo yari yaracukuye mu nzu ye yakodeshaga mu Karere ka Kicukiro, yaba yari […]
Umugenzuzi arabaza icyo imari ishorwa mu bigo byâibinyamahanga imarira Abanyarwanda

Umugenzuzi Mukuru wâimari ya Leta wungirije, Munyanturire Jean Claude, arabaza ikigo cyâigihugu gishinzwe iterambere, RDB, nâizindi nzego zikorana na cyo icyo imari gishora mu bigo (companies) byâibinyamahanga imarira Abanyarwanda. Ni ikibazo yabajije ubwo abayobozi bitabaga komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 11 Nzeri 2023. Reba videwo […]
Perezida wa Madagascar yeguye nyuma yo kwemeza kandidatire ye mu matora ataha
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemezwa ku mugaragaro ko ari umukandida mu matora yâumukuru wâigihugu giherereye mu Nyanja yâu Buhinde ateganijwe ku itariki ya 9 Ugushyingo, nkâuko urukiko rwâitegeko nshinga rwâiki gihugu rubiteganya. Itegekonshinga rya Madagascar risaba umukuru wâigihugu uri ku butegetsi ushaka kongera guhatanira umwanya wa perezida kubanza […]
Somalia: Abantu batatu barimo umudepite biciwe mu gitero cyigambwe na Al Shabab
Kuri uyu wa Mbere, nibura abantu batatu bishwe barimo umudepite ndetse nâumukozi w’akarere, ubwo igisasu cyaturikiraga muri leta ya Galmudug yo muri Somalia rwagati, nk’uko umuyobozi mu nzego zâumutekano yabyemeje. Iki gitero cyabereye mu mujyi wa El-Garas, ingabo zâigihugu cya Somalia zavuze ko zabohoye ziwambuye abaterabwoba ba al-Shabaab zibifashijwemo nâabaturage mu rukerera rwo kuri uyu […]
Victoire Ingabire yahishuye ko yari yaraburiye CSP Kayumba âwahondaguragaâ abagororwa
Umunyapolitiki Victoire Ingabire yahishuye ko mu gihe yari afunzwe, yaburiye CSP Kayumba Innocent bitewe nâuko uyu wahoze ari umukozi wâurwego rwâihugu rushinzwe igorora (RCS) âyahondaguragaâ imfungwa nâabagororwa. CSP Kayumba wasezerewe muri RCS kubera ibyaha yahamijwe nâubutabera, aherutse gutabwa muri yombi hamwe nâabandi bofisiye bâuru rwego, aho bakurikiranweho ibirimo kudatanga amakuru ku cyaha cyâubugome, bifitanye isano […]
Watu 3 wameuawa akiwemo mbunge katika mlipuko uliotokea katikati mwa Somalia
Takriban watu watatu waliuawa, akiwemo mbunge na mfanyakazi wa manispaa ya eneo hilo, katika mlipuko wa bomu katika jimbo la kati la Somalia la Galmudug siku ya Jumatatu, afisa wa usalama alithibitisha. Shambulizi hilo lilitokea katika mji wa El-Garas, ambao Jeshi la Kitaifa la Somalia lilisema kuwa lilikomboa kutoka kwa magaidi wa al-Shabaab kwa usaidizi […]
Perezida Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza, amuvuga imyato
Perezida Paul Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza William uheruka gupfa azize uburwayi. Ku wa 30 Kanama ni bwo Ntidendereza wari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena yapfuye, mbere yo gushyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Nzeri 2023. Perezida Paul Kagame mu butumwa bwe bwasomwe na Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye […]
Ingabo za FARDC n’iza Sudani y’Epfo zarasaniye ku mupaka muri Haut-Uele
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho nâingabo za Sudani y’Epfo nk’uko amakuru yaturutse mu nzego z’umutekano yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo avuga. Bivugwa ko ingabo za Sudani y’Epfo zari zikurikiranye inyeshyamba za NAFSA mu gace ka Waliwa, agace ko muri Sheferi […]
Le chef de l’opposition tanzanienne a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution
AprĂšs une brĂšve dĂ©tention et un interrogatoire par la police dimanche soir, le leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution. Le principal leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, et au moins deux de ses principaux collaborateurs ont Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ©s dimanche par la police pour avoir organisĂ© un rassemblement illĂ©gal, ont annoncĂ© […]
Naragambaniwe: CSP Kayumba wayoboye amagororero menshi
CSP Kayumba Innocent wayoboye igororero rya Rubavu, iya Huye nâirya Nyarugenge arahakana gutanga amabwiriza yo kwica umugororwa wibye ikiringiti no gukorera iyicarubozo abagororwa, akemeza ko yagambaniwe nâabakomeye. Mu rubanza rwabereye mu rukiko rwâibanze rwa Rubavu, CSP Kayumba yagize ati: âIbi byose igituma mvuga yuko ari ubugambanyi, mwagiye mubona ba bandi bise abatangabuhamya ariko njye nabita […]
Kayonza: Hari Abanyarwanda n’Abatanzaniya bagikoresha uburyo gakondo mu buhahirane
Abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Tanzaniya baracyifashisha uburyo bw’ubucuruzi bwo mu bihe byashize bwo guhererekanya ibicuruzwa, aho umwe aha undi icyo akeneye, mugenzi we akamwishyura amuha icyo nawe akeneye aho gukoresha amafaranga, icyo bita mu gifaransa ‘Commerce de troc’. Isoko rya Kibare mu Murenge wa Ndego, mu karere ka Kayonza, mu Ntara yâIburasirazuba, rikunze […]
Mahama: Abamotari bo mu nkambi bakoresha permis z’indundi bahawe igihe ntarengwa
Abantu bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga byatangiwe mu Burundi bo mu Nkambi ya Mahama bahawe igihe ntarengwa cy’itariki ya 01 Ukwakira cyo kutazongera kuzikoresha ahubwo bagashaka impushya zo mu Rwanda. Ibi byatangarijwe mu nama yahurijwemo abamotari bose bo mu Nkambi y’impunzi ya Mahama, mu burasirazuba bw’u Rwanda. Ikintu rukumbi cyaganiriweho ni ukubuza permis z’indundi nk’uko […]
Umutwe uhanganye na M23 washenguwe nâiyimurwa rya GĂ©nĂ©ral Cirimwami wawufashaga
Habyarimana Jean-Claude alias Jules Mulumba uri mu barwanyi bakuru bâumutwe witwaje intwaro wa Nyatura CMC ugizwe nâAbahutu bâAbanyekongo bahanganye na M23, yagaragaje ko yashenguwe bikomeye no kuba GĂ©nĂ©ral Major Peter Cirimwami wabafashaga yarimuriwe muri Ituri. Gen Maj. Cirimwami yari ashinzwe ibikorwa byâingabo zâigihugu mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Yimuriwe muri Ituri muri Nyakanga 2022, asimburwa […]
Mu gihe abiyahura ku mwaka bageze ku bihumbi 700, abatuye Isi barasabwa kugira icyo bakora
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima, WHO, urasaba abatuye Isi kugira uruhare runini mu gukumira igikorwa cyo kwiyahura, ushingiye ku kuba umubare wabo ku mwaka warageze ku bihumbi 700. WHO yatanze ubu butumwa kuri uyu wa 10 Nzeri 2023, mu gihe abatuye Isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe gukumira ubwiyahuzi, World Suicide Prevention Day. Uyu muryango ushingiye […]
Ni ibiki bikubiye mu gitabo Dr Bizimana yise âKunyazaâ ?
Dr Bizimana Nsekuye ufite ubwenegihugu bwa Uganda, akagira inkomoko mu Rwanda, tariki ya 10 Ugushyingo 2017 yasohoye igitabo kivuga ku gikorwa kibera mu mibonano mpuzabitsina cyitwa âKunyazaâ. Muri iki gitabo kiri ku rubuga âAmazonâ, Dr Bizimana agaragaza uburyo âKunyazaâ bikomoka mu karere ka Afurika yâiburasirazuba, mu bihugu birimo u Rwanda, Uganda na Kenya kandi byakwiye […]
Jeannette Kagame yandikiye âabasinziâ
Umufasha wa Perezida Paul Kagame akaba ari na we muyobozi mukuru w’umuryango Imbuto Foundation, Jeannette Kagame, yandikiye abasinzi ibaruwa ibasaba kugabanya inzoga banywa mu rwego rwo kwirinda ingaruka zigira ku buzima. Muri iyi baruwa yatambukijwe ku rubuga rwa Imbuto Foundation, Jeannette yagaragaje uburyo kunywa inzoga bitangira ari ukwishimisha, bikarangira igize umuntu imbata, ikangiza ubuzima bwe. […]
Mu gitabo kidasanzwe, Bigirimana yasabye abatera akabariro kutabikora bunyamaswa
Umunyamabanga Uhoraho mu rwego rwâubucamanza rwa Uganda, Bigirimana Pius, yasohoye igitabo kidasanzwe kigenewe abakora imibonano mpuzabitsina, abagira inama yâuko bakwirinda kuyikora nkâinyamaswa. Muri iki gitabo cyitwa âNAKED TRUTH, A Conversation About African Sex Magic Treasuresâ, Bigirimana yasobanuye ko ubusanzwe igikorwa cyo gutera akabariro gifite intego nyamukuru, ari yo âkugera ku byishimoâ kuri babiri bakirimo. Gusa […]
Wazalendo baremeza ko basubiranyemo kubera u Rwanda
Imitwe yitwaje intwaro iri mu ihuriro rya Wazalendo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) iremeza ko yasubiranyemo kubera ko ishinjanya gukorana na Leta yâu Rwanda. Sendugu Museveni washinze umutwe wa PARECO-FF, nyuma yo kwiyomora kuri M23, aravuga ko APCLS ya Jules Mulumba, bahuriye muri Wazalendo, iherutse kubatera muri Masisi igamije kwagura ibirindiro. Sendugu wabaye […]
Perezida Kagame yihanganishije Maroc yatakarije abarenga 2000 mu mutingito
Perezida Paul Kagame yihanganishije abatuye muri Maroc nyuma yo kwibasirwa nâumutingito ukomeye wishe abantu babarirwa mu 2000. Uyu mutingito wari ufite ingufu ziri ku gipimo cya 6.8 wibasiriye ibice bitandukanye bya Maroc tariki ya 8 Nzeri 2023. Ku ikubitiro, inzego zâubutabazi zatangaje ko hahise hapfa ababarirwa muri 200, abari mu bihumbi barakomereka. Minisiteri ishinzwe umutekano […]
Inzu za Frw ibihumbi 120 zakodeshejwe miliyoni zirenga 100 zashyize RAB mu ihurizo
Inzu zâamafaranga yâu Rwanda 120 zakodeshejwe miliyoni zirenga mu mushinga wo gutunganya ibishanga bitandukanye zashyize ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi nâubworozi, RAB, mu ihurizo. Iki kibazo cyâizi nzu cyagaragajwe nâUmugenzuzi Mukuru wâimari ya Leta, Kamuhire Alexis, ashingiye kuri raporo yâubugenzuzi ku mikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu ya RAB mu mwaka ushize. Kamuhire wari imbere ya […]
Nyaruguru: Umurambo w’umugabo wabonetse ku nkombe z’umugezi
Umurambo w’umugabo witwaga Mutanganshuro, w’imyaka 43, wari utuye mu mudugudu wa Nyarutarama, mu kagari ka Kibeho, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, wasanzwe ku nkombe z’umugezi w’Akavuguto hagati y’imirenge ya Kibeho na Rusenge. Umurambo wabonetse mu gitondo cyo ku italiki ya 7 Nzeli 2023. Bitewe nuko muri iryo joro ryari ryakeye, umugezi w’Akavuguto wari wuzuye […]
RBA yasabwe kujya iha abakozi bayo ikiruhuko
Ikigo cyâigihugu cyâitangazamakuru, RBA, cyasabwe kujya cyubahiriza amasezerano gifitanye nâabakozi bacyo, kikubahiriza uburenganzira bwâikiruhuko, bahabwa nâitegeko rigenga umurimo nâabakozi. Ibi byasabwe abayobozi bo muri iki kigo kuri uyu wa 7 Nzeri 2023 ubwo bari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana yâimari nâumutungo wâigihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC. Perezida wa PAC, Muhakwa Valens yagize ati: “Buriya […]
USA iremeza ko u Bushinwa buri kugerageza gukoresha ingabo zayo
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ziremeza ko u Bushinwa buri kugerageza gukoresha ingabo zayo ndetse nâabandi basezerewe mu gisirikare cyayo kugira ngo babufashe ku ziba icyuho bufite mu rwego rwâumutekano nkâuru. Nkâuko byatangajwe na Washington Post, iyi mpuruza yatanzwe nâUmugaba wâingabo za USA zirwanira mu kirere, General Charles Q. Brown Jr, akaba ari na […]
Uko abakobwa 3 bashoboraga kwicwa na Kazungu barusimbutse
Ku wa Kabiri tariki ya 05 Nzeri, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi Kazungu Denis ukekwaho “kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga.” Iyo nzu uherereye mu kagari ka Busanza ho mu murenge wa Kanombe w’akarere ka Kicukiro. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, yasobanuye ko uriya mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yajyaga ajya […]
Bayern Munich yarwaniriye u Rwanda mu nteko rusange yâi Burayi
Umuyobozi wa Bayern Munich yarwaniriye Leta yâu Rwanda ubwo yitabiraga inteko rusange yâamakipe yo ku mugabane wâUburayi yabereye i Berlin kuri uyu wa 7 Nzeri 2023. Iyi kipe ikomeje kunengwa, izira aya masezerano yatangajwe mu kwezi gushize, aho imiryango nka Human Rights Watch na bamwe mu bafana bayo bavuga ko uburenganzira bwâikiremwamuntu butubahirizwa mu Rwanda, […]
Impaka hagati ya Perezida Ruto na Samia bapfa Igiswahili
Perezida William Ruto na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Samia Suluhu, basangiye urumuri rw’igiswahili bagiye impaka bagaragaza ko buri gihugu ayoboye aricyo kibarizwamo igiswahili gitomoye n’undi akavuga ko icyo ayoboye aricyo kibarizwamo icy’umwimerere. Perezida Suluhu, ubwo yaganiraga n’izo ntumwa ziturutse mu bihugu bitandukanye mu nama yiga ku kubungabunga ibiribwa, yakomoje ku isomo ry’ururimi rw’igiswahili ubwo […]
Umugenzuzi Mukuru w’imari ‘yimwe amakuru’ kuri Frw miliyoni 987 yakoreshejwe na RAB
Umugenzuzi Mukuru wâimari ya Leta, Kamuhire Alexis, yatangaje ko ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi nâubworozi, RAB, cyamwimye ku bushake amakuru ku mafaranga yâu Rwanda 987.242.054 cyakoresheje mu gutunganya igishanga cya Gashora, Bwera na Rwabiharamba. Ni ikibazo Kamuhire yagejeje kuri komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu mu mutwe wâabadepite, PAC, kuri uyu wa 8 […]
RTDA yasabwe kugaruza Frw arenga miliyari 1 yahombeye ku muhanda wa 66 KM
Ikigo cyâigihugu gishinzwe iterambere ryâubwikorezi, RTDA, cyasabwe kugaruza amadolari ya Amerika 1.280.203,68 (Frw 1.311.546.146) yagendeye ku muhanda wa Huye-Kibeho-Munini mu ntara yâAmajyepfo. Raporo yâumugenzuzi mukuru wâimari ya Leta yakozwe mu mwaka ushize igaragaza ko aya mafaranga yakoreshejwe muri uyu muhanda wâibilometero 66 arimo ayâimirimo itarakozwe ndetse nâayâimirimo yisubiramo. Nkâuko bigaragara muri iyi raporo, hari amadolari […]
RBA itewe ipfunwe nâuko idakorera abaturage uko bikwiye
Ubuyobozi bwâikigo cyâigihugu cyâitangazamakuru, RBA, bwagaragaje ko butewe ipfunwe nâuko cyibanda mu bucuruzi, aho kwiyegurira inshingano gihabwa nâamategeko, yo gukorera abaturage. Ibi byagaragajwe nâUmuyobozi Mukuru wâiki kigo, Arthur Asiimwe, kuri uyu wa 7 Nzeri 2023, ubwo we, hamwe nâabandi bayobozi bari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari byâigihugu mu mutwe wâabadepite, PAC. Kurikira ikiganiro […]
Ubwato bwâabo ku Nkombo bukomeje kubera RTDA umutwaro

Ubwato buri kubakirwa abatuye ku kirwa cya Nkombo mu burengerazuba bwâigihugu bukomeje kubera umuzigo ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere ubwikorezi mu Rwanda, RTDA. Umuyobozi Mukuru wa RTDA, Imena Munyampenda, tariki ya 8 Nzeri 2022 ubwo yari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheze yâimari nâumutungo byâigihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yavuze ko ubu bwato bwâabantu […]
Dusanze perimi yawe ari impimbano, twakubikira ibanga: Iyahoze ari Laboratwari yâu Rwanda

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, RFI (Rwanda Forensic Institute), cyahoze ari Laboratwari yâigihugu (RFL), kiravuga ko kitaha Polisi amakuru ku mukiriya wakigannye bikagaragara ko afite perimi mpimbano. Ibi byavuzwe nâUmuyobozi Mukuru wa RFI, Colonel Dr Karangwa Charles, mu kiganiro iki kigo cyagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 7 Nzeri 2023. […]
General (Rtd) Kabarebe ni we wisabiye gusezererwa muri RDF

General (Rtd) James Kabarebe wakoze imirimo itandukanye mu gisirikare cyâu Rwanda (RDF) yavuze ko ari we wisabiye Umugaba Mukuru (CDS), Lieutenant General Mubarakh Muganga, kumushyira ku rutonde rwâabasezererwa, bakajya mu kiruhuko cyâizabukuru. Tariki ya 30 Kanama 2023, Gen. Kabarebe, Fred Ibingira, Charles Kayonga nâabandi 9 bari ku rwego rwa âGeneralâ, abofisiye bakuru (Major-Colonel) 83, abofisiye […]
Umusore ‘wambuwe’ hoteli na Colonel yayisubijwe
Umusore witwa Musinguzi Frank uherutse kubwira Perezida Paul Kagame ko yambuwe na Colonel (Rtd) Mabano Joseph hoteli ifite agaciro kâamafaranga yâu Rwanda miliyoni 210, yatangaje ko yamaze kuyisubizwa. Tariki ya 23 Kanama 2023, ubwo urubyiruko rwizihizaga imyaka 10 hatangijwe ihuriro âYouth Connektâ, ni bwo Musinguzi yafashe ijambo, abwira Perezida Kagame ko yaguze hoteli ya Col. […]
Intebe za VVIP muri Stade ya Huye zatoye uruhumbu

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheje yâimari nâumutungo byâigihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ihangayikishijwe nâintebe zagenewe abanyacyubahiro muri Stade ya Huye ziri ahantu hadasakaye kandi zidafite ubudahangarwa bwo kutangizwa nâimvura. Izi mpungenge yazigejeje ku kigo cyâigihugu gishinzwe imiturire, RHA, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023 ubwo yabazaga abayobozi bacyo ku makosa yagaragajwe nâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya […]
Abanyamategeko ba Kabuga barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda
Abanyamategeko ba Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi akurikiranweho ibyaha bya jenoside, Me Emmanuel Altit na Me Dov Jacobs, barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda amaze gufungurwa byâagateganyo. Ni icyifuzo gihabanye nâicyâubushinjacyaha bwâurukiko IRMCT rwâUmuryango wâAbibumbye bwasabaga ko mu gihe Kabuga yafungurwa byâagateganyo kubera uburwayi, akabura igihugu kimwakira, yakoherezwa mu Rwanda. Me […]
Inyeshyamba muri RCD-K/ML na UPC, byinshi kuri Gen. Nduru wasimbuye Constant Ndima
Gen. Major Jacques Ichaligonza Nduru wari Umugaba wungirije ushinzwe ibikorwa n’ubutasi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni Umu-Hema uvuka mu Ntara ya Ituri. Yabaye inyeshyamba mu mutwe wa RCD-K/ML, nyuma aba inyeshyamba ya UPC (Union des Patriotes Congolais) n’umutwe wa yo wa gisirikare wa FPLC (Forces patriotiques pour la libĂ©ration du Congo ) […]
Ukraine war: Kim Jong un ‘to pay a call to Putin for weapons talks’
North Korea’s President Kim Jong Un plans to travel to Russia this month to meet President Vladimir Putin, a US official has told the BBC’s US partner CBS. The two leaders will discuss the possibility of North Korea providing Moscow with weapons to support its war in Ukraine, the official said. Where talks would be […]
Ishyaka rya Katumbi riramagana gahunda ya leta yo kwihutisha igenda rya MONUSCO
Ishyaka rya politiki “Ensemble pour la RĂ©publique” rya MoĂ ÂŻse Katumbi ryamaganye gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwa MONUSCO. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nzeri 2023, umunyamabanga mukuru wâishyaka , DieudonnĂ© Bolengetenge, yagaragaje ko niba guverinoma ishaka kwitwaza imyigaragambyo iherutse yamagana MONUSCO yo […]
Ubushinjacyaha bwa UN burasaba uburenganzira bwo kumenya uko ubuzima bwa Kabuga buhagaze

Ubushinjacyaha bwâUrwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha, IRMCT, burasaba uburenganzira kuri raporo zâabaganga zigaragaza uko ubuzima bwa Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi buhagaze. Bwatangiye ubu busabe mu âRubanza Porokireri aburana na Kabuga mu cyumba cyâiburanisha cya IRMCT i La Hayeâ, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023. Uru rubanza rw’ubushinjacyaha bwa […]
Blinken visits Kyiv in unannounced trip
Top US diplomat Antony Blinken has arrived in Kyiv in a gesture of support as Ukraineâs counteroffensive against Russian forces grinds into its fourth month with only small gains. During his two-day visit, staying overnight in Ukraine for the first time since before Russiaâs February 2022 invasion, Blinken will likely announce a new package of […]
Kicukiro: Mshukiwa wa mauaji ya mfululizo akamatwa
Kwa kushirikiana na vyombo vya sheria na usalama vya ndani, Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata Denis Kazungu, ambaye anashukiwa kuua na kuzika watu ndani ya makazi yake ya kukodi yaliyopo Wilaya ya Kicukiro, Sekta ya Kanombe, Kiini cha Busanza. Kulingana na taarifa iliyotolewa na RIB, Kazungu kwa sasa anazuiliwa katika kituo cha Kicukiro […]
6 soldiers prosecuted for murderous repression of civilians in Goma
The Military Court sitting in repressive matters at the first and at the appeal level, opened this Tuesday, September 5, the public hearing in the presence of the Interministerial Commission. Six (6) soldiers including two colonels are compared. They are Colonel Kalamba Mikombe Mike, Lieutenant-Colonel Dem Bawili Mbolitini Donatien, Kabamba Kabula Idriss, Mwati Musembua, Mbaya […]
Kazungu watawe muri yombi âyiyemereraâ ko yasambanyije benshi akanabica

Kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Kazungu Denis wari ucumbitse mu murenge wa Kanombe, akarere ka Kicukiro, akaba akekwaho kwica abantu, akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Uru rwego rwagize ruti: âKu bufatanye nâinzego z’ibanze n’izâumutekano, RIB yafunze KAZUNGU Denis ukekwaho kwica abantu hanyuma akabashyingura mu […]
Rusizi: Abaforoderi bajya kugurisha inyongeramusaruro mu mahanga bahagurukiwe
Abaturage bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi, bakomeje kuryamira amajanja kugira ngo bafate abaforoderi bagurisha magendu inyongeramusaruro mu bihugu by’ibituranyi nk’uko byemejwe mu nama yerekeye kwihaza mu biribwa yabereye muri uyu murenge. Agoronome wo mu Karere ka Rusizi witwa Alice Bayizere yagize ati: âAbaforoderi bagurisha inyongeramusaruro zigenewe abahinzi bo mu gihugu muri […]
Gabon: Perezida Touadera yaganiriye iki na Gen. Oligui Nguema wahiritse ubutegetsi ?
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Touadera, yagiranye ibiganiro nâumuyobozi w’ingabo zahiritse ubutegetsi muri Gabon i Libreville nyuma yâaho Umuryango wâumuryango wâakarere wamaganye ihirikwa ryâubutegetsi ku itariki ya 30 Kanama. Umuryango wâumuryango wâubumwe bwâibihugu byo muri Afurika yo hagati CEEAC wahagaritse mu banyamuryango Gabon, ariko kugeza ubu nturafata ibindi bihano birenze […]
Kicukiro: Un prĂ©sumĂ© tueur en sĂ©rie arrĂ ÂȘtĂ©
En collaboration avec les organes locaux d’application de la loi et de sĂ©curitĂ©, le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© Denis Kazungu, soupà §onnĂ© d’avoir tuĂ© et enterrĂ© des personnes dans sa rĂ©sidence louĂ©e situĂ©e dans le district de Kicukiro, secteur Kanombe, cellule de Busanza. Selon un communiquĂ© publiĂ© par RIB, Kazungu est actuellement en […]
Burundi: Minisitiri wâIntebe yasohoye mu nama umuyobozi wamuburiye igisubizo

Minisitiri wâIntebe wâu Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasohoye mu nama Umuyobozi Mukuru wâuruganda rukora ifumbire (FOMI), Ntigacika Adrien, nyuma yâaho amuburiye igisubizo ku gihe ishwagara izatangira kugezwa mu bahinzi. Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, Ndirakobuca yahagurukije uyu muyobozi, aramubaza igihe ishwagara izatangirwa, maze na we amusubiza ati: âDufite ikibazo cyâumuriro wâamashanyarazi.â […]
Bayern Munich yasubije abanenga amasezerano yayo nâu Rwanda
Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage yasubije abamaze iminsi banenga amasezerano yagiranye na Leta yâu Rwanda mu kwezi gushize, agamije kwamamaza ubukerarugendo no guteza imbere impano zâumupira wâamaguru. Aya masezerano yatangajwe tariki ya 27 Kanama 2023 avuga ko Bayern Munich izashinga ishuri ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, ihugure abakinnyi nâabatoza bakiri bato, kandi yamamaze ibyiza […]
Ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu mwaka ushize
Umushinjacyaha Mukuru, Havugiyaremye Aimable, yatangaje ko mu mwaka ushize (2022-2023) wâubucamanza, ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu zo bwaburanye mu nkiko zitandukanye. Ibi yabivuze ubwo yari mu muhango wo gutangiza umwaka mushya wâubucamanza (2023-2024) witabiriwe nâinzego zose zihuriye mu runana rwâubutabera kuri uyu wa 4 Nzeri 2023. Havugiyaremye yavuze ko mu mwaka wâ2021-2022, ubushinjacyaha bwari bwarihaye […]
Schools in France send dozens of Muslim girls home for wearing abayas
French public schools have sent dozens of girls home for refusing to remove their abayas â long, loose-fitting robes worn by some Muslim women and girls â on the first day of the school year, according to Education Minister Gabriel Attal. Defying a ban on the garment seen as a religious symbol, nearly 300 girls […]
Tshilombo n’ibyitso bye bafite amaraso yâAbanyekongo mu ntoki zabo – Corneille Nangaa
“Ubwicanyi muri Goma. Ntidushinje FARDC …. Abicanyi bakomoka mu barinzi ba perezida (GR). Utanga amabwiriza nta wundi ni FĂ©lix Tshisekedi ku giti cye (ingingo ya 10 Itegeko- No 13-063 ryerekeye imitunganyirize n’imikorere y’ingabo zishinzwe kurinda repubulika (garde rĂ©publicaine)”, uyu ni Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uyu […]
Perezida Kagame yasabye Afurika gutanga umusanzu munini mu gukemura ikibazo cyâihinduka ryâibihe
Perezida Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gutanga umusanzu munini mu rwego rwâubushakashatsi, hagamijwe gushakira ibisubizo ikibazo cyâimihindagurikire yâibihe ku Isi. Ubu busabe yabutangiye mu nama nyafurika yiga ku guhangana nâimihindagurikire yâibihe iri guhuriza abakuru bâibihugu byâuyu mugabane nâabafatanyabikorwa mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa 5 Nzeri 2023. Umukuru wâIgihugu, ashingiye ku […]
RDC: Muyaya arashidikanya ku mwimerere wa raporo y’urwego rw’ubutasi ku iyicwa rya Okende
Minisitiri wâitumanaho nâitangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashidikanya ku mwimerere w’inyandiko ivuga ku makuru mashya ku iyicwa rya Cherub Okende, yitiriwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR) yashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru JeuneAfrique. Nta guca ku ruhande, Patrick Muyaya yamaganye inyandiko avuga ko ari “ikinyoma rwose”, yasohowe hagamijwe “gutesha agaciro” imirimo y’iperereza rigikomeje. Ati: “Muzi neza ko […]
La star de Black Panther, Winston Duke, devient citoyen rwandais
Le cĂ©lĂšbre acteur Winston Duke, cĂ©lĂšbre pour son rĂŽle de M’baku dans le film « Black Panther  », a obtenu la citoyennetĂ© rwandaise. Duke a rĂ©cemment fait la une des journaux en tant que l’un des noms de gorilles lors de la 19e cĂ©rĂ©monie de nomination des gorilles de Kwita Izina. Au cours de l’Ă©vĂ©nement, […]
Bite by’amafaranga u Rwanda rwari kwifashisha mu kubakira Abanyekongo bimuwe na Nyiragongo?

Perezida Paul Kagame tariki ya 26 Kamena 2021 yemereye Abanyekongo batuye muri teritwari ya Nyiragongo kububakira umudugudu wâicyitegererezo, nyuma yâaho bimuwe nâikirunga cya Nyiragongo cyari giherutse kuruka. Nyiragongo yarutse tariki ya 22 Gicurasi 2021, isenya imitungo yâabari batuye mu nkengero zâumujyi wa Goma, mu duce turimo Kibati nâahandiâŠByatumye Abanyekongo babarirwa mu 3000 bahungira mu mujyi […]
Kagame nomme un nouveau gouverneur de la province de l’Ouest et les chefs des institutions gouvernementales
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© lundi 4 septembre Lambert Dushimimana comme nouveau gouverneur de la province de l’Ouest, en remplacement de Franà §ois Habitegeko qui a Ă©tĂ© dĂ©mis de ses fonctions Ă Â la fin du mois dernier. Avant cette nomination, Dushimimana Ă©tait sĂ©nateur, oĂ Âč il Ă©tait Ă©galement prĂ©sident de la commission des questions politiques et […]
RDC yatuye ko Abanyekongo barambiwe MONUSCO, kubera u Rwanda na M23
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yandikiye akanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano, akamenyesha ko misiyo yâamahoro yawo mu gihugu cyabo yanzwe cyane kubera icyo yise “ubushotoranyi bwâu Rwanda” na M23. Muri iyi baruwa ndende Lutundula yanditse tariki ya 1 Nzeri 2023, yasobanuye ko kuva icyitwaga MONUC (ubu ni MONUSCO) cyatangira […]
Moscow: General Armageddon wari waburiwe irengero kuva Wagner yigomeka yagaragaye

Umujenerali wâUmurusiya utaherukaga kugaragara mu ruhame kuva umutwe w’abacanshuro wa Wagner wivumbagatanya mu kwezi kwa gatandatu yongeye kugaragara nk’uko ifoto yashyize kuri internet imugaragaza. Gen. Serge Surovikin byavuzwe ko yari umuntu wa hafi w’uwari umuyobozi wa Wagner Yevgeny Prigozhin, wapfuye aguye mu mpanuka y’indege mu kwezi gushize. Hari amakuru yavuze ko Gen Surovikin yari arimo […]
RURA, REG na WASAC byahinduriwe abayobozi
Urwego ngenzuramikorere (RURA), ikigo gishinzwe ingufu (REG) nâikigo gishinzwe amazi kizwi nka WASAC, byahinduriwe abayobozi bakuru kuri uyu wa 4 Nzeri 2023. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri wâIntebe rivuga ko Umuyobozi Mukuru mushya wa RURA ari Evariste Rugigana, uwa REG akaba Armand Zingiro, uwa WASAC Group akaba Dr Munyaneza Omar. Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amazi, […]