Ikigo IREMBO cyasabwe gusubiza amafaranga abakiriya kitahaye serivisi

Komisiyo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ikigo Irembo gitanga serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga kwishyura abakiriya cyakiriye amafaranga yabo kandi kitarabahaye serivisi. Ubu busabe bwatanzwe kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 ubwo abayobozi bo muri Irembo barangajwe imbere n’Umuyobozi Mukuru, Bimpe Israà«l bageraga imbere y’abadepite bagize PAC bayobowe na Muhakwa Valens. […]

RIB iremeza ko Kazungu Denis ushobora kuburanishwa mu ruhame nta byitso yari afite

Iperereza ry’ibanze kuri dosiye ya Denis Kazungu, ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa ntabwo ryemeza ko yaba yari afite ibyitso cyangwa yaba yaragize uruhare mu icuruzwa ry’ingingo z’abantu. Hari amakuru menshi avuga ko uyu mugabo w’imyaka 34 ushinjwa ubwicanyi bwinshi no guhisha imirambo mu cyobo yari yaracukuye mu nzu ye yakodeshaga mu Karere ka Kicukiro, yaba yari […]

Umugenzuzi arabaza icyo imari ishorwa mu bigo by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda

Ndayisenga yasobanuye icyo iri shoramari ryamarira Abanyarwanda

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta wungirije, Munyanturire Jean Claude, arabaza ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’izindi nzego zikorana na cyo icyo imari gishora mu bigo (companies) by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda. Ni ikibazo yabajije ubwo abayobozi bitabaga komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 11 Nzeri 2023. Reba videwo […]

Perezida wa Madagascar yeguye nyuma yo kwemeza kandidatire ye mu matora ataha

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemezwa ku mugaragaro ko ari umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu giherereye mu Nyanja y’u Buhinde ateganijwe ku itariki ya 9 Ugushyingo, nk’uko urukiko rw’itegeko nshinga rw’iki gihugu rubiteganya. Itegekonshinga rya Madagascar risaba umukuru w’igihugu uri ku butegetsi ushaka kongera guhatanira umwanya wa perezida kubanza […]

Somalia: Abantu batatu barimo umudepite biciwe mu gitero cyigambwe na Al Shabab

Kuri uyu wa Mbere, nibura abantu batatu bishwe barimo umudepite ndetse n’umukozi w’akarere, ubwo igisasu cyaturikiraga muri leta ya Galmudug yo muri Somalia rwagati, nk’uko umuyobozi mu nzego z’umutekano yabyemeje. Iki gitero cyabereye mu mujyi wa El-Garas, ingabo z’igihugu cya Somalia zavuze ko zabohoye ziwambuye abaterabwoba ba al-Shabaab zibifashijwemo n’abaturage mu rukerera rwo kuri uyu […]

Victoire Ingabire yahishuye ko yari yaraburiye CSP Kayumba ‘wahondaguraga’ abagororwa

Umunyapolitiki Victoire Ingabire yahishuye ko mu gihe yari afunzwe, yaburiye CSP Kayumba Innocent bitewe n’uko uyu wahoze ari umukozi w’urwego rw’ihugu rushinzwe igorora (RCS) ‘yahondaguraga’ imfungwa n’abagororwa. CSP Kayumba wasezerewe muri RCS kubera ibyaha yahamijwe n’ubutabera, aherutse gutabwa muri yombi hamwe n’abandi bofisiye b’uru rwego, aho bakurikiranweho ibirimo kudatanga amakuru ku cyaha cy’ubugome, bifitanye isano […]

Watu 3 wameuawa akiwemo mbunge katika mlipuko uliotokea katikati mwa Somalia

Takriban watu watatu waliuawa, akiwemo mbunge na mfanyakazi wa manispaa ya eneo hilo, katika mlipuko wa bomu katika jimbo la kati la Somalia la Galmudug siku ya Jumatatu, afisa wa usalama alithibitisha. Shambulizi hilo lilitokea katika mji wa El-Garas, ambao Jeshi la Kitaifa la Somalia lilisema kuwa lilikomboa kutoka kwa magaidi wa al-Shabaab kwa usaidizi […]

Perezida Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza, amuvuga imyato

Perezida Paul Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza William uheruka gupfa azize uburwayi. Ku wa 30 Kanama ni bwo Ntidendereza wari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena yapfuye, mbere yo gushyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Nzeri 2023. Perezida Paul Kagame mu butumwa bwe bwasomwe na Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye […]

Ingabo za FARDC n’iza Sudani y’Epfo zarasaniye ku mupaka muri Haut-Uele

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo nk’uko amakuru yaturutse mu nzego z’umutekano yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo avuga. Bivugwa ko ingabo za Sudani y’Epfo zari zikurikiranye inyeshyamba za NAFSA mu gace ka Waliwa, agace ko muri Sheferi […]

Le chef de l’opposition tanzanienne a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution

AprĂšs une brĂšve dĂ©tention et un interrogatoire par la police dimanche soir, le leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution. Le principal leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, et au moins deux de ses principaux collaborateurs ont Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ©s dimanche par la police pour avoir organisĂ© un rassemblement illĂ©gal, ont annoncĂ© […]

Naragambaniwe: CSP Kayumba wayoboye amagororero menshi

CSP Kayumba Innocent wayoboye igororero rya Rubavu, iya Huye n’irya Nyarugenge arahakana gutanga amabwiriza yo kwica umugororwa wibye ikiringiti no gukorera iyicarubozo abagororwa, akemeza ko yagambaniwe n’abakomeye. Mu rubanza rwabereye mu rukiko rw’ibanze rwa Rubavu, CSP Kayumba yagize ati: “Ibi byose igituma mvuga yuko ari ubugambanyi, mwagiye mubona ba bandi bise abatangabuhamya ariko njye nabita […]

Kayonza: Hari Abanyarwanda n’Abatanzaniya bagikoresha uburyo gakondo mu buhahirane

Abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Tanzaniya baracyifashisha uburyo bw’ubucuruzi bwo mu bihe byashize bwo guhererekanya ibicuruzwa, aho umwe aha undi icyo akeneye, mugenzi we akamwishyura amuha icyo nawe akeneye aho gukoresha amafaranga, icyo bita mu gifaransa ‘Commerce de troc’. Isoko rya Kibare mu Murenge wa Ndego, mu karere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba, rikunze […]

Mahama: Abamotari bo mu nkambi bakoresha permis z’indundi bahawe igihe ntarengwa

Abantu bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga byatangiwe mu Burundi bo mu Nkambi ya Mahama bahawe igihe ntarengwa cy’itariki ya 01 Ukwakira cyo kutazongera kuzikoresha ahubwo bagashaka impushya zo mu Rwanda. Ibi byatangarijwe mu nama yahurijwemo abamotari bose bo mu Nkambi y’impunzi ya Mahama, mu burasirazuba bw’u Rwanda. Ikintu rukumbi cyaganiriweho ni ukubuza permis z’indundi nk’uko […]

Umutwe uhanganye na M23 washenguwe n’iyimurwa rya GĂ©nĂ©ral Cirimwami wawufashaga

Habyarimana Jean-Claude alias Jules Mulumba uri mu barwanyi bakuru b’umutwe witwaje intwaro wa Nyatura CMC ugizwe n’Abahutu b’Abanyekongo bahanganye na M23, yagaragaje ko yashenguwe bikomeye no kuba GĂ©nĂ©ral Major Peter Cirimwami wabafashaga yarimuriwe muri Ituri. Gen Maj. Cirimwami yari ashinzwe ibikorwa by’ingabo z’igihugu mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Yimuriwe muri Ituri muri Nyakanga 2022, asimburwa […]

Mu gihe abiyahura ku mwaka bageze ku bihumbi 700, abatuye Isi barasabwa kugira icyo bakora

Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima, WHO, urasaba abatuye Isi kugira uruhare runini mu gukumira igikorwa cyo kwiyahura, ushingiye ku kuba umubare wabo ku mwaka warageze ku bihumbi 700. WHO yatanze ubu butumwa kuri uyu wa 10 Nzeri 2023, mu gihe abatuye Isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe gukumira ubwiyahuzi, World Suicide Prevention Day. Uyu muryango ushingiye […]

Ni ibiki bikubiye mu gitabo Dr Bizimana yise ‘Kunyaza’ ?

Dr Bizimana Nsekuye ufite ubwenegihugu bwa Uganda, akagira inkomoko mu Rwanda, tariki ya 10 Ugushyingo 2017 yasohoye igitabo kivuga ku gikorwa kibera mu mibonano mpuzabitsina cyitwa ‘Kunyaza’. Muri iki gitabo kiri ku rubuga ‘Amazon’, Dr Bizimana agaragaza uburyo ‘Kunyaza’ bikomoka mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, mu bihugu birimo u Rwanda, Uganda na Kenya kandi byakwiye […]

Jeannette Kagame yandikiye ‘abasinzi’

Umufasha wa Perezida Paul Kagame akaba ari na we muyobozi mukuru w’umuryango Imbuto Foundation, Jeannette Kagame, yandikiye abasinzi ibaruwa ibasaba kugabanya inzoga banywa mu rwego rwo kwirinda ingaruka zigira ku buzima. Muri iyi baruwa yatambukijwe ku rubuga rwa Imbuto Foundation, Jeannette yagaragaje uburyo kunywa inzoga bitangira ari ukwishimisha, bikarangira igize umuntu imbata, ikangiza ubuzima bwe. […]

Mu gitabo kidasanzwe, Bigirimana yasabye abatera akabariro kutabikora bunyamaswa

Umunyamabanga Uhoraho mu rwego rw’ubucamanza rwa Uganda, Bigirimana Pius, yasohoye igitabo kidasanzwe kigenewe abakora imibonano mpuzabitsina, abagira inama y’uko bakwirinda kuyikora nk’inyamaswa. Muri iki gitabo cyitwa ‘NAKED TRUTH, A Conversation About African Sex Magic Treasures’, Bigirimana yasobanuye ko ubusanzwe igikorwa cyo gutera akabariro gifite intego nyamukuru, ari yo ‘kugera ku byishimo’ kuri babiri bakirimo. Gusa […]

Wazalendo baremeza ko basubiranyemo kubera u Rwanda

Imitwe yitwaje intwaro iri mu ihuriro rya Wazalendo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) iremeza ko yasubiranyemo kubera ko ishinjanya gukorana na Leta y’u Rwanda. Sendugu Museveni washinze umutwe wa PARECO-FF, nyuma yo kwiyomora kuri M23, aravuga ko APCLS ya Jules Mulumba, bahuriye muri Wazalendo, iherutse kubatera muri Masisi igamije kwagura ibirindiro. Sendugu wabaye […]

Perezida Kagame yihanganishije Maroc yatakarije abarenga 2000 mu mutingito

Perezida Paul Kagame yihanganishije abatuye muri Maroc nyuma yo kwibasirwa n’umutingito ukomeye wishe abantu babarirwa mu 2000. Uyu mutingito wari ufite ingufu ziri ku gipimo cya 6.8 wibasiriye ibice bitandukanye bya Maroc tariki ya 8 Nzeri 2023. Ku ikubitiro, inzego z’ubutabazi zatangaje ko hahise hapfa ababarirwa muri 200, abari mu bihumbi barakomereka. Minisiteri ishinzwe umutekano […]

Inzu za Frw ibihumbi 120 zakodeshejwe miliyoni zirenga 100 zashyize RAB mu ihurizo

Inzu z’amafaranga y’u Rwanda 120 zakodeshejwe miliyoni zirenga mu mushinga wo gutunganya ibishanga bitandukanye zashyize ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, mu ihurizo. Iki kibazo cy’izi nzu cyagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta, Kamuhire Alexis, ashingiye kuri raporo y’ubugenzuzi ku mikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ya RAB mu mwaka ushize. Kamuhire wari imbere ya […]

Nyaruguru: Umurambo w’umugabo wabonetse ku nkombe z’umugezi

Umurambo w’umugabo witwaga Mutanganshuro, w’imyaka 43, wari utuye mu mudugudu wa Nyarutarama, mu kagari ka Kibeho, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, wasanzwe ku nkombe z’umugezi w’Akavuguto hagati y’imirenge ya Kibeho na Rusenge. Umurambo wabonetse mu gitondo cyo ku italiki ya 7 Nzeli 2023. Bitewe nuko muri iryo joro ryari ryakeye, umugezi w’Akavuguto wari wuzuye […]

RBA yasabwe kujya iha abakozi bayo ikiruhuko

Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, cyasabwe kujya cyubahiriza amasezerano gifitanye n’abakozi bacyo, kikubahiriza uburenganzira bw’ikiruhuko, bahabwa n’itegeko rigenga umurimo n’abakozi. Ibi byasabwe abayobozi bo muri iki kigo kuri uyu wa 7 Nzeri 2023 ubwo bari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana y’imari n’umutungo w’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC. Perezida wa PAC, Muhakwa Valens yagize ati: “Buriya […]

USA iremeza ko u Bushinwa buri kugerageza gukoresha ingabo zayo

Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ziremeza ko u Bushinwa buri kugerageza gukoresha ingabo zayo ndetse n’abandi basezerewe mu gisirikare cyayo kugira ngo babufashe ku ziba icyuho bufite mu rwego rw’umutekano nk’uru. Nk’uko byatangajwe na Washington Post, iyi mpuruza yatanzwe n’Umugaba w’ingabo za USA zirwanira mu kirere, General Charles Q. Brown Jr, akaba ari na […]

Uko abakobwa 3 bashoboraga kwicwa na Kazungu barusimbutse

Ku wa Kabiri tariki ya 05 Nzeri, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi Kazungu Denis ukekwaho “kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga.” Iyo nzu uherereye mu kagari ka Busanza ho mu murenge wa Kanombe w’akarere ka Kicukiro. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, yasobanuye ko uriya mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yajyaga ajya […]

Bayern Munich yarwaniriye u Rwanda mu nteko rusange y’i Burayi

Umuyobozi wa Bayern Munich yarwaniriye Leta y’u Rwanda ubwo yitabiraga inteko rusange y’amakipe yo ku mugabane w’Uburayi yabereye i Berlin kuri uyu wa 7 Nzeri 2023. Iyi kipe ikomeje kunengwa, izira aya masezerano yatangajwe mu kwezi gushize, aho imiryango nka Human Rights Watch na bamwe mu bafana bayo bavuga ko uburenganzira bw’ikiremwamuntu butubahirizwa mu Rwanda, […]

Impaka hagati ya Perezida Ruto na Samia bapfa Igiswahili

Perezida William Ruto na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Samia Suluhu, basangiye urumuri rw’igiswahili bagiye impaka bagaragaza ko buri gihugu ayoboye aricyo kibarizwamo igiswahili gitomoye n’undi akavuga ko icyo ayoboye aricyo kibarizwamo icy’umwimerere. Perezida Suluhu, ubwo yaganiraga n’izo ntumwa ziturutse mu bihugu bitandukanye mu nama yiga ku kubungabunga ibiribwa, yakomoje ku isomo ry’ururimi rw’igiswahili ubwo […]

Umugenzuzi Mukuru w’imari ‘yimwe amakuru’ kuri Frw miliyoni 987 yakoreshejwe na RAB

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta, Kamuhire Alexis, yatangaje ko ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, cyamwimye ku bushake amakuru ku mafaranga y’u Rwanda 987.242.054 cyakoresheje mu gutunganya igishanga cya Gashora, Bwera na Rwabiharamba. Ni ikibazo Kamuhire yagejeje kuri komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu mutwe w’abadepite, PAC, kuri uyu wa 8 […]

RTDA yasabwe kugaruza Frw arenga miliyari 1 yahombeye ku muhanda wa 66 KM

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi, RTDA, cyasabwe kugaruza amadolari ya Amerika 1.280.203,68 (Frw 1.311.546.146) yagendeye ku muhanda wa Huye-Kibeho-Munini mu ntara y’Amajyepfo. Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yakozwe mu mwaka ushize igaragaza ko aya mafaranga yakoreshejwe muri uyu muhanda w’ibilometero 66 arimo ay’imirimo itarakozwe ndetse n’ay’imirimo yisubiramo. Nk’uko bigaragara muri iyi raporo, hari amadolari […]

RBA itewe ipfunwe n’uko idakorera abaturage uko bikwiye

Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, bwagaragaje ko butewe ipfunwe n’uko cyibanda mu bucuruzi, aho kwiyegurira inshingano gihabwa n’amategeko, yo gukorera abaturage. Ibi byagaragajwe n’Umuyobozi Mukuru w’iki kigo, Arthur Asiimwe, kuri uyu wa 7 Nzeri 2023, ubwo we, hamwe n’abandi bayobozi bari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari by’igihugu mu mutwe w’abadepite, PAC. Kurikira ikiganiro […]

Ubwato bw’abo ku Nkombo bukomeje kubera RTDA umutwaro

Muhakwa n'abandi badepite bagize PAC

Ubwato buri kubakirwa abatuye ku kirwa cya Nkombo mu burengerazuba bw’igihugu bukomeje kubera umuzigo ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubwikorezi mu Rwanda, RTDA. Umuyobozi Mukuru wa RTDA, Imena Munyampenda, tariki ya 8 Nzeri 2022 ubwo yari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yavuze ko ubu bwato bw’abantu […]

Dusanze perimi yawe ari impimbano, twakubikira ibanga: Iyahoze ari Laboratwari y’u Rwanda

Iyitwaga RFL yamaze guhinduka RFI

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, RFI (Rwanda Forensic Institute), cyahoze ari Laboratwari y’igihugu (RFL), kiravuga ko kitaha Polisi amakuru ku mukiriya wakigannye bikagaragara ko afite perimi mpimbano. Ibi byavuzwe n’Umuyobozi Mukuru wa RFI, Colonel Dr Karangwa Charles, mu kiganiro iki kigo cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 7 Nzeri 2023. […]

General (Rtd) Kabarebe ni we wisabiye gusezererwa muri RDF

Minisitiri w'Ingabo (ibumoso), Gen Kabarebe na Lt Gen Mubarakh Muganga

General (Rtd) James Kabarebe wakoze imirimo itandukanye mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF) yavuze ko ari we wisabiye Umugaba Mukuru (CDS), Lieutenant General Mubarakh Muganga, kumushyira ku rutonde rw’abasezererwa, bakajya mu kiruhuko cy’izabukuru. Tariki ya 30 Kanama 2023, Gen. Kabarebe, Fred Ibingira, Charles Kayonga n’abandi 9 bari ku rwego rwa ‘General’, abofisiye bakuru (Major-Colonel) 83, abofisiye […]

Umusore ‘wambuwe’ hoteli na Colonel yayisubijwe

Umusore witwa Musinguzi Frank uherutse kubwira Perezida Paul Kagame ko yambuwe na Colonel (Rtd) Mabano Joseph hoteli ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 210, yatangaje ko yamaze kuyisubizwa. Tariki ya 23 Kanama 2023, ubwo urubyiruko rwizihizaga imyaka 10 hatangijwe ihuriro ‘Youth Connekt’, ni bwo Musinguzi yafashe ijambo, abwira Perezida Kagame ko yaguze hoteli ya Col. […]

Intebe za VVIP muri Stade ya Huye zatoye uruhumbu

Abadepite bagize PAC

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheje y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ihangayikishijwe n’intebe zagenewe abanyacyubahiro muri Stade ya Huye ziri ahantu hadasakaye kandi zidafite ubudahangarwa bwo kutangizwa n’imvura. Izi mpungenge yazigejeje ku kigo cy’igihugu gishinzwe imiturire, RHA, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023 ubwo yabazaga abayobozi bacyo ku makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya […]

Abanyamategeko ba Kabuga barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda

Abanyamategeko ba Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi akurikiranweho ibyaha bya jenoside, Me Emmanuel Altit na Me Dov Jacobs, barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda amaze gufungurwa by’agateganyo. Ni icyifuzo gihabanye n’icy’ubushinjacyaha bw’urukiko IRMCT rw’Umuryango w’Abibumbye bwasabaga ko mu gihe Kabuga yafungurwa by’agateganyo kubera uburwayi, akabura igihugu kimwakira, yakoherezwa mu Rwanda. Me […]

Inyeshyamba muri RCD-K/ML na UPC, byinshi kuri Gen. Nduru wasimbuye Constant Ndima

Gen. Major Jacques Ichaligonza Nduru wari Umugaba wungirije ushinzwe ibikorwa n’ubutasi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni Umu-Hema uvuka mu Ntara ya Ituri. Yabaye inyeshyamba mu mutwe wa RCD-K/ML, nyuma aba inyeshyamba ya UPC (Union des Patriotes Congolais) n’umutwe wa yo wa gisirikare wa FPLC (Forces patriotiques pour la libĂ©ration du Congo ) […]

Ukraine war: Kim Jong un ‘to pay a call to Putin for weapons talks’

North Korea’s President Kim Jong Un plans to travel to Russia this month to meet President Vladimir Putin, a US official has told the BBC’s US partner CBS. The two leaders will discuss the possibility of North Korea providing Moscow with weapons to support its war in Ukraine, the official said. Where talks would be […]

Ishyaka rya Katumbi riramagana gahunda ya leta yo kwihutisha igenda rya MONUSCO

Ishyaka rya politiki “Ensemble pour la RĂ©publique” rya MoĂ ÂŻse Katumbi ryamaganye gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwa MONUSCO. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nzeri 2023, umunyamabanga mukuru w’ishyaka , DieudonnĂ© Bolengetenge, yagaragaje ko niba guverinoma ishaka kwitwaza imyigaragambyo iherutse yamagana MONUSCO yo […]

Ubushinjacyaha bwa UN burasaba uburenganzira bwo kumenya uko ubuzima bwa Kabuga buhagaze

Me Jacobs yavuze ko abona urubanza rwa Kabuga rutazakomeza

Ubushinjacyaha bw’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha, IRMCT, burasaba uburenganzira kuri raporo z’abaganga zigaragaza uko ubuzima bwa Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi buhagaze. Bwatangiye ubu busabe mu “Rubanza Porokireri aburana na Kabuga mu cyumba cy’iburanisha cya IRMCT i La Haye”, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023. Uru rubanza rw’ubushinjacyaha bwa […]

Blinken visits Kyiv in unannounced trip

Top US diplomat Antony Blinken has arrived in Kyiv in a gesture of support as Ukraine’s counteroffensive against Russian forces grinds into its fourth month with only small gains. During his two-day visit, staying overnight in Ukraine for the first time since before Russia’s February 2022 invasion, Blinken will likely announce a new package of […]

Kicukiro: Mshukiwa wa mauaji ya mfululizo akamatwa

Kwa kushirikiana na vyombo vya sheria na usalama vya ndani, Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata Denis Kazungu, ambaye anashukiwa kuua na kuzika watu ndani ya makazi yake ya kukodi yaliyopo Wilaya ya Kicukiro, Sekta ya Kanombe, Kiini cha Busanza. Kulingana na taarifa iliyotolewa na RIB, Kazungu kwa sasa anazuiliwa katika kituo cha Kicukiro […]

6 soldiers prosecuted for murderous repression of civilians in Goma

The Military Court sitting in repressive matters at the first and at the appeal level, opened this Tuesday, September 5, the public hearing in the presence of the Interministerial Commission. Six (6) soldiers including two colonels are compared. They are Colonel Kalamba Mikombe Mike, Lieutenant-Colonel Dem Bawili Mbolitini Donatien, Kabamba Kabula Idriss, Mwati Musembua, Mbaya […]

Kazungu watawe muri yombi ‘yiyemerera’ ko yasambanyije benshi akanabica

Abageraga ahari hashyinguye aba bantu bazongwaga n'umunuko waho

Kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Kazungu Denis wari ucumbitse mu murenge wa Kanombe, akarere ka Kicukiro, akaba akekwaho kwica abantu, akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Uru rwego rwagize ruti: “Ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’iz’umutekano, RIB yafunze KAZUNGU Denis ukekwaho kwica abantu hanyuma akabashyingura mu […]

Rusizi: Abaforoderi bajya kugurisha inyongeramusaruro mu mahanga bahagurukiwe

Abaturage bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi, bakomeje kuryamira amajanja kugira ngo bafate abaforoderi bagurisha magendu inyongeramusaruro mu bihugu by’ibituranyi nk’uko byemejwe mu nama yerekeye kwihaza mu biribwa yabereye muri uyu murenge. Agoronome wo mu Karere ka Rusizi witwa Alice Bayizere yagize ati: “Abaforoderi bagurisha inyongeramusaruro zigenewe abahinzi bo mu gihugu muri […]

Gabon: Perezida Touadera yaganiriye iki na Gen. Oligui Nguema wahiritse ubutegetsi ?

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Touadera, yagiranye ibiganiro n’umuyobozi w’ingabo zahiritse ubutegetsi muri Gabon i Libreville nyuma y’aho Umuryango w’umuryango w’akarere wamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi ku itariki ya 30 Kanama. Umuryango w’umuryango w’ubumwe bw’ibihugu byo muri Afurika yo hagati CEEAC wahagaritse mu banyamuryango Gabon, ariko kugeza ubu nturafata ibindi bihano birenze […]

Kicukiro: Un prĂ©sumĂ© tueur en sĂ©rie arrĂ ÂȘtĂ©

En collaboration avec les organes locaux d’application de la loi et de sĂ©curitĂ©, le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© Denis Kazungu, soupà§onnĂ© d’avoir tuĂ© et enterrĂ© des personnes dans sa rĂ©sidence louĂ©e situĂ©e dans le district de Kicukiro, secteur Kanombe, cellule de Busanza. Selon un communiquĂ© publiĂ© par RIB, Kazungu est actuellement en […]

Burundi: Minisitiri w’Intebe yasohoye mu nama umuyobozi wamuburiye igisubizo

Umuyobozi wa FOMI yasohowe mu nama

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasohoye mu nama Umuyobozi Mukuru w’uruganda rukora ifumbire (FOMI), Ntigacika Adrien, nyuma y’aho amuburiye igisubizo ku gihe ishwagara izatangira kugezwa mu bahinzi. Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, Ndirakobuca yahagurukije uyu muyobozi, aramubaza igihe ishwagara izatangirwa, maze na we amusubiza ati: “Dufite ikibazo cy’umuriro w’amashanyarazi.” […]

Bayern Munich yasubije abanenga amasezerano yayo n’u Rwanda

Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage yasubije abamaze iminsi banenga amasezerano yagiranye na Leta y’u Rwanda mu kwezi gushize, agamije kwamamaza ubukerarugendo no guteza imbere impano z’umupira w’amaguru. Aya masezerano yatangajwe tariki ya 27 Kanama 2023 avuga ko Bayern Munich izashinga ishuri ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, ihugure abakinnyi n’abatoza bakiri bato, kandi yamamaze ibyiza […]

Ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu mwaka ushize

Umushinjacyaha Mukuru, Havugiyaremye Aimable, yatangaje ko mu mwaka ushize (2022-2023) w’ubucamanza, ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu zo bwaburanye mu nkiko zitandukanye. Ibi yabivuze ubwo yari mu muhango wo gutangiza umwaka mushya w’ubucamanza (2023-2024) witabiriwe n’inzego zose zihuriye mu runana rw’ubutabera kuri uyu wa 4 Nzeri 2023. Havugiyaremye yavuze ko mu mwaka w’2021-2022, ubushinjacyaha bwari bwarihaye […]

Schools in France send dozens of Muslim girls home for wearing abayas

French public schools have sent dozens of girls home for refusing to remove their abayas — long, loose-fitting robes worn by some Muslim women and girls — on the first day of the school year, according to Education Minister Gabriel Attal. Defying a ban on the garment seen as a religious symbol, nearly 300 girls […]

Tshilombo n’ibyitso bye bafite amaraso y’Abanyekongo mu ntoki zabo – Corneille Nangaa

“Ubwicanyi muri Goma. Ntidushinje FARDC …. Abicanyi bakomoka mu barinzi ba perezida (GR). Utanga amabwiriza nta wundi ni FĂ©lix Tshisekedi ku giti cye (ingingo ya 10 Itegeko- No 13-063 ryerekeye imitunganyirize n’imikorere y’ingabo zishinzwe kurinda repubulika (garde rĂ©publicaine)”, uyu ni Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uyu […]

Perezida Kagame yasabye Afurika gutanga umusanzu munini mu gukemura ikibazo cy’ihinduka ry’ibihe

Perezida Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gutanga umusanzu munini mu rwego rw’ubushakashatsi, hagamijwe gushakira ibisubizo ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe ku Isi. Ubu busabe yabutangiye mu nama nyafurika yiga ku guhangana n’imihindagurikire y’ibihe iri guhuriza abakuru b’ibihugu by’uyu mugabane n’abafatanyabikorwa mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa 5 Nzeri 2023. Umukuru w’Igihugu, ashingiye ku […]

RDC: Muyaya arashidikanya ku mwimerere wa raporo y’urwego rw’ubutasi ku iyicwa rya Okende

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashidikanya ku mwimerere w’inyandiko ivuga ku makuru mashya ku iyicwa rya Cherub Okende, yitiriwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR) yashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru JeuneAfrique. Nta guca ku ruhande, Patrick Muyaya yamaganye inyandiko avuga ko ari “ikinyoma rwose”, yasohowe hagamijwe “gutesha agaciro” imirimo y’iperereza rigikomeje. Ati: “Muzi neza ko […]

La star de Black Panther, Winston Duke, devient citoyen rwandais

Le cĂ©lĂšbre acteur Winston Duke, cĂ©lĂšbre pour son rĂŽle de M’baku dans le film «  Black Panther  », a obtenu la citoyennetĂ© rwandaise. Duke a rĂ©cemment fait la une des journaux en tant que l’un des noms de gorilles lors de la 19e cĂ©rĂ©monie de nomination des gorilles de Kwita Izina. Au cours de l’Ă©vĂ©nement, […]

Bite by’amafaranga u Rwanda rwari kwifashisha mu kubakira Abanyekongo bimuwe na Nyiragongo?

Umudugudu w'icyitegererezo wa Kinigi, mu karere ka Musanze

Perezida Paul Kagame tariki ya 26 Kamena 2021 yemereye Abanyekongo batuye muri teritwari ya Nyiragongo kububakira umudugudu w’icyitegererezo, nyuma y’aho bimuwe n’ikirunga cya Nyiragongo cyari giherutse kuruka. Nyiragongo yarutse tariki ya 22 Gicurasi 2021, isenya imitungo y’abari batuye mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu duce turimo Kibati n’ahandi
Byatumye Abanyekongo babarirwa mu 3000 bahungira mu mujyi […]

Kagame nomme un nouveau gouverneur de la province de l’Ouest et les chefs des institutions gouvernementales

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© lundi 4 septembre Lambert Dushimimana comme nouveau gouverneur de la province de l’Ouest, en remplacement de Franà§ois Habitegeko qui a Ă©tĂ© dĂ©mis de ses fonctions à  la fin du mois dernier. Avant cette nomination, Dushimimana Ă©tait sĂ©nateur, oĂ Âč il Ă©tait Ă©galement prĂ©sident de la commission des questions politiques et […]

RDC yatuye ko Abanyekongo barambiwe MONUSCO, kubera u Rwanda na M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yandikiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, akamenyesha ko misiyo y’amahoro yawo mu gihugu cyabo yanzwe cyane kubera icyo yise “ubushotoranyi bw’u Rwanda” na M23. Muri iyi baruwa ndende Lutundula yanditse tariki ya 1 Nzeri 2023, yasobanuye ko kuva icyitwaga MONUC (ubu ni MONUSCO) cyatangira […]

Moscow: General Armageddon wari waburiwe irengero kuva Wagner yigomeka yagaragaye

_130986701_mediaitem130986700.jpg.webp

Umujenerali w’Umurusiya utaherukaga kugaragara mu ruhame kuva umutwe w’abacanshuro wa Wagner wivumbagatanya mu kwezi kwa gatandatu yongeye kugaragara nk’uko ifoto yashyize kuri internet imugaragaza. Gen. Serge Surovikin byavuzwe ko yari umuntu wa hafi w’uwari umuyobozi wa Wagner Yevgeny Prigozhin, wapfuye aguye mu mpanuka y’indege mu kwezi gushize. Hari amakuru yavuze ko Gen Surovikin yari arimo […]

RURA, REG na WASAC byahinduriwe abayobozi

Urwego ngenzuramikorere (RURA), ikigo gishinzwe ingufu (REG) n’ikigo gishinzwe amazi kizwi nka WASAC, byahinduriwe abayobozi bakuru kuri uyu wa 4 Nzeri 2023. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Umuyobozi Mukuru mushya wa RURA ari Evariste Rugigana, uwa REG akaba Armand Zingiro, uwa WASAC Group akaba Dr Munyaneza Omar. Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amazi, […]