Nyabihu: inyamaswa ikekwaho kujujubya aborozi ibarira amatungo yishwe

Inyamaswa yo mu bwoko bw’imbwebwe bikekwa ko ari yo yari imaze igihe irya amatungo y’aborozi bo mu karere ka Nyabihu baturiye Parike ya Gishwati-Mukura, yishwe kuri uyu wa Gatanu. Amafoto y’iyi nyamaswa yashyizwe kuri Twitter bwa mbere na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey. Minisitiri Gatabazi ni umwe mu bari batabajwe n’aborozi bo mu […]

Perezida Ndayishimiye yibaza ukuntu ‘Docteur’ yahembwa amafaranga 200,000

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi aribaza niba koko umuntu ufite impamyabumenyi y’ikirenga ‘Doctorat’ uhembwa amafaranga 200,000 ku kwezi aba yarize. Ni ikibazo yibarije mu nama yamuhuje n’urubyiruko rukora ishoramari, yabereye kuri sitade Intwari kuri uyu wa 3 Mutarama 2022. Yasabye urubyiruko gukora kugira ngo rwiteze imbere, agera aho agereranya ubumenyi bwa bamwe n’amafaranga binjiza. Yageze […]

Kagame réélu à la tête de l’Agence de développement de l’Union africaine

Le président Paul Kagame a été, mercredi 2 février, réélu à la tête de l’Agence de développement de l’Union africaine (AUDA-NEPAD), qui a pour mandat de renforcer les capacités des États membres et des organismes régionaux. Le NEPAD est l’agence qui coordonne et exécute les projets prioritaires de développement régional et continental pour promouvoir l’intégration […]

Mutsinzi Ange na Trofense ye babashije gukura inota kuri FC Porto B

Ikipe ya CD Trofense ikinamo myugariro w’Umunyarwanda, Mutsinzi Ange Jimmy, yabashije gukura inota rimwe ku ikipe ya kabiri ya FC Porto ubwo bari bahuriye mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri ya Portugal. Trofense yari yasuye Porto B mu mukino wabaye ku wa Kane urangira amakipe yombi aguye miswi ibitego 2-2. Porto yakiniraga imbere y’abafana […]

APR FC yasoje ibirarane byayo itsinda Rutsiro FC yahushije penaliti 2

Ikipe ya APR FC yarangije imikino ya shampiyona y’ibirarane yari ifite itsinda Rutsiro FC ibitego 2-0, mu mukino iyi kipe yo mu Burengerazuba bw’igihugu yahushijemo penaliti ebyiri. APR FC yaherukaga gutsindwa na Mukura VS igitego 1-0 mu wundi mukino w’ikirarane, yari yasuye Rutsiro FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona utarakiniwe […]

ADF yateye ibirindiro bya FARDC hafi n’umupaka wa Uganda, itorokesha imfungwa

barwanyi bikekwa ko ari ab’umutwe wa ADF, bagabye igitero ku birindiro by’ingabo na Polisi ya RDC mu mujyi wa Nobili uri hafi y’umupaka wa Uganda, batorokesha imfungwa zirenga 20. Abantu bane barimo umwaka n’umugore utwite ni bo bivugwa ko bishwe n’amasasu, abandi bapfira mu muvundo bagerageza guhungira muri Uganda. AFP yavuze ko ibitero bya ADF […]

Kabuga Felicien yongeye kuburana mu muhezo kubera ikibazo cy’ubuzima

Iburanisha ry’ibanzirizarubanza ku Munyarwanda Kabuga Felicien ukekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ryakomereje mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha i La Haye mu muhezo ku busabe bw’ubwunganizi. Umucamanza uyoboye, Iain Bonomy, yamereye umwunganizi wa Kabuga witwa Emmanuel Altit icyifuzo cyo kumva urubanza mu muhezo, avuga ko ari ku mpamvu z’ubuzima butifashe neza bw’uregwa. […]

U Burusiya burashinjwa guhimba igitero cya Ukraine ku butaka bwabwo ngo butangize intambara

Amerika yashinje u Burusiya guhimba igitero cy’ingabo za Ukraine nk’urwitwazo rwo gutangiza intambara. Umuvugizi wa Pentagon, John Kirby, yatangaje ko Washington ifite amakuru yizewe ku byerekeye umugambi mubisha w’u Burusiya, mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba. Moscou yashinjwe na Amerika kuba yarakoze amashusho ya poropaganda yerekana amashusho y’iturika ry’ibisasu hamwe n’imirambo, ndetse n’abakina ikinamico bagaragaza […]

Gen. Kainerugaba yifuje ko EAC yazaba igihugu kimwe, ashingiye ku ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Kenya

Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yashingiye ku ruzinduko rwa Perezida Paul Kagame yagiriye muri Kenya, agaragaza ko yifuza kubona umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) ari igihugu kimwe. Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2022 ni bwo Perezida Kagame yasuye mugenzi we wa Kenya, Uhuru Kenyatta, bagirana ikiganiro kirebana n’ubufatanye bw’ibihugu bayoboye n’ibirebana n’akarere birimo umutekano. Uru ruzinduko ntabwo […]

Dr Nsanzimana wayoboye RBC yahawe akandi kazi

prof_mambo_muvunyi_yasimbuye_dr_nsanzimana_sabin_wari_umaze_igihe_ayobora_rbc-74ca3.jpg

Dr Nsanzimana Sabin wayoboye ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’ibitaro bya Kaminuza (CHUB). Ibaruwa ya Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, imushyira muri iyi nshingano nshya yashyizweho umukono kuri uyu wa 3 Gashyantare 2022. Igira iti: “Ndakumenyesha ko ugizwe Umuyobozi Mukuru w’ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) guhera kuri uyu wa 3 Gashyantare […]

Nta muntu urya amafaranga nk’inshoreke_Perezida Ndayishimiye

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yasabye urubyiruko rukora ishoramari kuzirinda inshoreke, kuko ngo uburyo ziryamo amafaranga zitatuma rutera imbere. Uyu Mukuru w’Igihugu yabivugiye mu nama yagiranye narwo, yabereye kuri sitade Intwari kuri uyu wa 3 Gashyantare 2022. Yagize ati: “Nta muntu rero urya amafaranga nk’umuntu witwa inshoreke. Inshoreke ushobora kuba udafite inzu, weowe […]

Yibye Televiziyo i Rubavu ayihereza umupolisi azi ko ayihaye umujura mugenzi we

Niyomugabo Emmanuel, Chukul Aboudul w’imyaka 26 na Ntirenganya Jean Damascène w’imyaka 35, bafashwe na Polisi y’u Rwanda mu Murenge wa Rubavu, Akagari ka Byahi, Umudugudu wa Ngugo, nyuma yo kwiba bapfumuye inzu, Mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2022. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, SP Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko bafashwe mu ijoro […]

Ecowas to send troops to Guinea-Bissau

The Economic Community for the Development of West African States (Ecowas) will send stabilisation force to Guinea-Bissau following the Monday ‘failed coup attempt’, the bloc has announced. The decision was made Thursday during an extraordinary session held in Accra, Ghana. Apart from the situation in Guinea Bissau, the meeting also assessed the situation in Burkina […]

Gen Felix Kulayigye yasubijwe ku nshingano yahoze akora muri UPDF

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Wilson Mbaddi, yasubije Brig Gen Felix Kulayigye ku nshingano zo kuba Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda (UPDF). Brig Kulayigye yasimbuye kuri uyu mwanya Brig Flavia Byekwaso mu minsi ishize wagiye ku masomo. Lt Col Ronald Kakurungu ni we wari umaze iminsi avugira Igisirikare cya Uganda by’agateganyo. Kulayigye wakunze kutavugwaho rumwe, […]

U Rwanda rurasaba Kenya koherereza Nathan Lloyd uherutse gufatirwa i Nairobi

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko buri gusaba ubutabera bwa Kenya kohereza Nathan Lloyd Ndung’u uherutse gufatirwa i Nairobi nyuma y’igihe kinini yari amaze ashakishwa kubera ibyaha by’uburiganya ashinjwa. Nathan Lloyd washinze ikigo cya DN International cyubakaga inzu zo guturamo, yahunze u Rwanda mu mwaka w’2011 nyuma yo gukekwaho kurya amafaranga ya bamwe mu bagiranye amasezerano […]

Ingabo za EU zasabye iza CAR kudakorera Wagner y’abacancuro

Umuyobozi w’ingabo zishamikiye ku muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU), Hervé Bléjean, yasabye ingabo za Repubulika ya Centrafrika (CAR) kutazemera kwinjira mu mutwe w’abasirikare b’abacancuro ukomoka mu Burusiya, Wagner Group. Bléjean wari mu ruzinduko mu mujyi wa Bangui kuri uyu wa 3 Gashyantare 2022 nk’uko RFI ibivuga, yasezeranyije izi ngabo ko nizubahiriza ubusabe bwe, ari bwo ingabo […]

Election du Maroc au Conseil de Paix et de Sécurité de l’Union Africaine

A l’occasion de la 40ème session ordinaire du Conseil exécutif de l’Union africaine, tenue du 02 au 03 février, au siège de l’organisation panafricaine à Addis-Abeba, le Maroc a été élu au Conseil de Paix et de Sécurité de l’Union Africaine, pour un mandat de trois ans. Le Royaume du Maroc a été élu à […]

Bugesera: Barashinja ubuyobozi kubakerereza no kubateza igihombo

257309695_966860374236881_1700277111709880837_n.jpg

Bamwe mu baturage bafite ibibanza bitandukanye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, Akagari ka Nyamata, Umudugudu wa Nyabivumu, barimo n’ababa muri diaspora, bavuga ko bamaze imyaka ibiri bategereje ibyangombwa byo kubaka ibyo bibanza ariko na n’ubu amaso yaheze mu kirere, aho bavuga ko bikomeje kubatera igihombo nk’abatse inguzanyo za banki zo kubaka bakaba barimo […]

Prosecution seeks DN International boss Nathan Lloyd exradition to Rwanda

Rwanda’s prosecution has called for the extradition of a Kenyan-American businessman who owned the now defunct DN International, a real estate development company that defrauded Rwandan property buyers 10 years ago. The man, Nathan Lloyd Ndung’u was this week arrested in Nairobi over the fraud case he faces in Rwanda. Faustin Nkusi, spokesperson of the […]

Gen. Kandiho yemeza ko nta kibi yakoze cyamukuje muri CMI

kandiho_birungi.jpg

Uwari Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho avuga ko nta kibi yigeze akora cyaba ryaratumye Perezida Yoweri Museveni amukura kuri iyi nshingano. Nk’uko Daily Monitor ibivuga, Gen. Kandiho yabitangaje kuri uyu wa 3 Gashyantare 2022 ubwo yashyikirizaga ububasha umusimbura we, Maj. Gen. James Birungi. Uyu musirikare mu gihe […]

ECOWAS igiye kohereza ingabo muri Guinea-Bissau nyuma y’igeragezwa ryo guhirika ubutegetsi

Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wavuze kuri uyu wa Kane ko uzohereza ingabo muri Guinea-Bissau kugira ngo zifashe kugarura umutekano nyuma y’igerageza ryo guhirika ubutegetsi ryaburijwemo mu ntangiriro z’iki cyumweru. Umuryango w’ibihugu 15 bigize akarere, wafashe iki cyemezo nyuma y’inama yabereye mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, kuri uyu wa Kane, ntabwo watanze ibisobanuro […]

Kuba u Rwanda rushimwa mu mutekano ntibiduha umwanya wo kwirara – IGP Munyuza

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane, itariki ya 3 Gashyantare yasuye abapolisi bakorera mu Ntara y’Iburengerazuba abibuts ko kuba u Rwanda rushimwa n’amahanga mu by’umutekano bitatuma birara. Muri uru ruzinduko rwabereye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi, IGP Munyuza yakiriwe n’umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Assistant […]

Ku mugabane wa Afurika hakorewe urukingo rwa mbere rwa Covid-19

Ikigo gikora imiti cya Biotech, ishami ryo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kane cyatangaje ko cyakoze urukingo rwa mbere rwa Covid-19 rukorewe ku mugabane wa Afurika rwo mu bwoko bwa mRNA ruzatangira kugeragezwa mu Gushyingo. Umuyobozi w’iki kigo, Petro Terblanche yavuze ko kugerageza uru rukingo ku nyamanswa bizatangira mu kwezi gutaha ariko ku bantu […]

CAN: Misiri yasanze Sénégal ku mukino wa nyuma itsindiye Caméroun imbere y’abafana bayo

Ikipe y’igihugu ya Misiri, Les Pharaohs, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika isezereye Caméroun yacyakiriye kuri penaliti 3-1. Ni nyuma y’uko iminota irenga 120 y’uyu mukino wa 1/2 cy’irangiza wabereye kuri Stade ya Olembe yari yarangiye amakipe yombi anganya 0-0. Ni umukino abenshi bafata nk’uwa nyuma wakiniwe imburagihe kubera ubushongore n’ubukaka amakipe yombi […]