Umuyobozi wa BTN TV yahishuye ko Ntawuyirushamaboko yari yaravukanye impyiko imwe

Umuyobozi wa BTN TV, Kamanzi Hussein, yahishuye ko umunyamakuru CĂ©lestin Ntawuyirushamaboko uherutse gutabaruka yari yaravukanye impyiko imwe. Bikubiye mu buhamya Kamanzi yatanze ubwo Ntawuyirushamaboko yasezerwagaho kuri uyu wa 18 Mata 2022. Kamanzi yasobanuye iby’uburwayi bwari bwarafashe uyu munyamakuru mu mwaka washize, bukamuzahaza mu buryo bukomeye. Yagize ati: “Muganga yambwiye ikintu gikomeye, arambwira ngo hari ikibazo […]

Cristiano Ronaldo yapfushije umwana

Umukinnyi w’umupira w’amaguru wa Manchester United n’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yatangaje ko uruhinja rwe na Georgina Rodriguez rwapfuye mu gihe rwavukaga. Mu butumwa amaze kunyuza ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu mukinnyi ufatwa nk’uwa mbere ukomeye ku Isi, yatangaje kuri uyu wa 18 Mata 2022 ati: “N’akababaro kenshi turabamenyesha ko uruhinja rwacu rw’umuhungi rwapfuye […]

Nkusi asobanura uko yabaye muri FDLR igihe kinini kandi yitwa Umututsi

Nkusi Deogene wahoze mu mutwe witwaje intwaro wa FDLR (Forces DĂ©mocratiques de LibĂ©ration du Rwanda) urwanya Leta y’u Rwanda, yasobanuye uko abayobozi bakuru bawo bamaranye igihe kinini umugambi wo kumwica, bamukekaho kuba Umututsi. Nkusi uba mu kigo cya Mutobo cyakira abahoze ari abarwanyi bategereje gusubizwa mu buzima busanzwe, yatangarije The Chronicles ko yavukanye n’abandi bana […]

Karengera: Umubiri w’Umututsi wazize jenoside wabonywe mu isambu washyinguwe mu cyubahiro

umuyobozi_w_akarere_ka_nyamasheke_wungirije_ushinzwe_imibereho_myiza_y_abaturage_mukankusi_athanasie_yijeje_abarokotse_ko_ibibazo_bafite_bamugejejeho_bigiye_gushakirwa_ibisubizo_byihuse.jpg

Kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi biciwe mu cyari komini Karengera, perefegitura ya Cyangugu mu karere k’ubu ka Nyamasheke, byaranzwe no gushyinguramu cyubahiro umubiri wabonywe mu isambu ya paruwasi gatolika ya Mwezi mu murenge wa Karengera, nk’uko byavuzwe n’uhagarariye Ibuka muri uyu murenge Ntirenganya JMV, ngo wabonywe n’abahingaga urutoki muri iyi sambu yari ihinzwe bwa […]

Thomas Tuchel yagize icyo avuga kuri Lukaku umaze iminsi adatanga umusaruro

Umutoza Thomas Tuchel w’ikipe ya Chelsea, asanga rutahizamu Romelu Lukaku agomba kugira ibyo ahindura kugira ngo abashe gutanga umusaruro yitezweho, nyuma y’igihe atitwara neza mu kibuga. Mbere y’umukino wa 1/2 cy’irangiza cya FA Cup Chelsea yatsinzemo Crystal Palace ku Cyumweru, umutoza Tuchel yari yahishuye ko Rukaku abura imbaraga z’umubiri zihagije, ndetse ko ataza no kubanza […]

Buruseli: Faustin Twagiramungu yapfushije umuhungu we wari umuhanzi uri kuzamuka

fqnscdkx0aii6vf.jpg

Rodolphe Nshimwe Twagiramungu, umuhungu wa Faustin Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuri ubu ubarizwa mu buhungiro, yapfuye urupfu rutunguranye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru cya Pasika itariki 17 Mata 2022. Amakuru dukesha Ijwi rya Amerika aravuga ko Rodolphe Twagiramungu yari yaraye ajyanye na bagenzi be kubyina, abaganga bakaba bari gushakisha icyamwishe. Uyu […]

Interpreter for English-Somali at ALIGHT ( Former American Refugee Committee)

VACANCY ANNOUNCEMENT – INTERPRETER FOR ENGLISH – SOMALI ALIGHT (formerly American Refugee Committee) works with its partners and constituencies to provide opportunities and expertise to refugees, displaced people and host communities – to better survive conflicts and crisis, and to rebuild lives of dignity, health, security and self-sufficiency. ALIGHT presently works in and with partners […]

Minisitiri Biruta yavuze ku Banyarwanda barenga 8000 bambuwe sitati y’ubuhunzi bakiri muri Congo

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yavuze ku Banyarwanda barimo 8,460 bambuwe sitati y’ubuhunzi bakiri muri Repubulika ya Congo. Ubwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yari mu ruzinduko muri Congo mu cyumweru gishize, Aloys Bayingana uhagarariye izi mpunzi yabwiye BBC ko kuva bamburwa sitati y’ubuhunzi n’Umuryango w’Abibumbye mu 2017, abenshi muri bo banze gufata […]

Butembo: Inyeshyamba zinjiye mu misa ya Pasika haduka imirwano

Inyeshyamba za MaĂŻ-MaĂŻ zateje impagarara ubwo zinjiraga mu misa ya Pasika ahitwa Bunyuka muri Teritwari ya Beni mu Ntara ya Kivu ya ruguru, hagakurikiraho imirwano, nk’uko ibinyamakuru muri DR Congo bibivuga. Ibinyamakuru bivuga ko inyeshyamba zibarirwa muri za mirongo zinjiye muri kiriziya gatolika ya “reine des anges de Bunyuka” ahagana saa tatu z’igitondo harimo misa […]

Malayika waherukaga kurahirira kuba umufana wa APR FC yasabye imbabazi aba-Rayon

Umu-hooligan wa Rayon Sports Malayika waherukaga kurahirira kuba umufana wa APR FC, yatangaje ko yisubiye kuri iki cyemezo avuga ko yafashe kubera ubusinzi; asaba imbabazi abafana ba Rayon Sports. Ku Cyumweru tariki ya 17 Mata ni bwo Malaika yagaragaye yambaye umwambaro w’umukara n’umweru, ari kumwe na bamwe mu ba-hooligan ba APR FC barangajwe imbere na […]

Le président Kagame rend une visite de courtoisie au président Macky Sall

fql2gi2wyaqqd7r.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame du Rwanda qui revient de la Barbade et de la JamaĂŻque a rencontrĂ© le prĂ©sident Macky Sall du SĂ©nĂ©gal lors d’une escale. Le prĂ©sident Macky Sall est l’actuel prĂ©sident de l’Union africaine – il a Ă©tĂ© Ă©lu Ă  ce poste lors de la trente-cinquième session ordinaire de l’AssemblĂ©e de l’Union par […]

Rubavu: Umugabo yabwiye uregwa jenoside ko yamwibukira ku mavunja no kugenda atambitse ibirenge

Urukiko rukuru rwatangiye kumva abatangabuhamya mu rubanza Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside, rubumvira mu karere ka Rubavu aho aregwa ko yakoreye ibyo byaha, umwe avuga ko yari umwicanyi, wagendaga atambitse ibirenge, arwaye amavunja kandi ko yabonye uregwa aho bari bagabye ibitero. Kuwa mbere, hatangiye kumvwa abatangabuhamya bashinja, umwe muri bo avuga uko yari ‘umwicanyi […]

Rugwabiza ugiye kuyobora MINUSCA yasesekaye i Bangui

Intumwa nshya Idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Centrafrica, igiye kuyobora MINUSCA, Umunyarwandakazi Valentine Rugwabiza, kuri iki Cyumweru itariki ya 17 Mata, yageze mu murwa mukuru, Bangui. Rugwabiza asimbuye Umunyasenegali, Mankeur Ndiaye ku buyobozi bwa Minusca, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo Kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Centrafrica, mu bihe bikomeye. Umubano hagati y’Umuryango w’Abibumbye […]

Burundi: Umuhanzi Baraka Olègue afunzwe akurikiranweho gusebya Kiliziya

Kuva ku wa Gatanu ushize, umuhanzi w’Umurundi Baraka Olègue, ufite imyaka 20, afungiye muri kasho ya polisi mu Mujyi wa Bujumbura. Uyu muhanzi urimo kuzamuka ukundwa cyane ku mbuga nkoranyambaga akurikiranyweho “Gutuka Kiliziya Gatolika”. Umuryango we n’umwunganizi we barasaba ko yarekurwa, bashimangira ko “abayobozi ba kiliziya batigeze bamurega.” Ibibazo uyu muhanzi arimo byatangiye kuwa Kabiri […]

U Rwanda rwaba rwaremeye kwakira abimukira nyuma y’aho Kenya ikuriye inzira ku murima Ubwongereza

Hari amakuru ko Ubwongereza bwegereye u Rwanda burusaba kwakira abimukira babubamo bitemewe n’amategeko, nyuma y’aho bwegereye Kenya kuri iyi dili (deal), ikabutera utwatsi ubwo yari imaze gusesengura ibyayo cyane ku bijyanye n’ikiguzi n’inyungu byayo (cost-benefit analysis). Ikinyamakuru The Eastafrican cyandikirwa muri Kenya, kivuga ko gifite amakuru yizewe ko Ubwongereza bwegereye u Rwanda nyuma yo kugerageza […]

Polisi ya Kinshasa yasubije imodoka 3 zibwe mu Bufaransa mu 2020

zatanzwe.jpg

Polisi mpuzamahanga (Interpol) ishami rya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasubije imodoka eshatu zibwe mu Bufaransa mu mwaka w’2020. Ibiro bya Polisi byatangaje ko igikorwa cyo gusubiza izi modoka za Toyota CHR Hybrid cyabaye ku wa 15 Mata 2022, kiyoborwa na Komiseri Wungirije, Gen. Mushid Yav. Byagize biti: “Tariki ya 15 Mata 2021, ACP […]

Perezida Zelensky ntiyumva ukuntu Abarusiya bica ku wa 5 Mutagatifu no kuri Pasika

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko atumva neza ukuntu Abarusiya bica abantu ku munsi wa Gatanu Mutagatifu n’uwa Pasika. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Atlantic cyasohotse tariki ya 15 Mata 2022, Perezida Zelensky yavuze ko intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine yatumye yibaza ku ndangagaciro za gikirisitu ibihugu byombi byari bisanzwe bigenderaho. […]

Centrafrique: Loni yatangije iperereza ku bwicanyi bushinjwa abasirikare ba FACA n’ab’u Burusiya

Ubutumwa bwa Loni muri Centrafrique (MINUSCA), bwatangaje ko bwamaze gutangiza iperereza ku makuru ataremezwa n’ubutegetsi bwa Centrafrique yerekeye ubwicanyi bwakorewe abasivile barenga 10, bugashinjwa Ingabo za kiriya gihugu n’iz’u Burusiya. Loni ivuga ko Ingabo z’u Burusiya zo mu mutwe w’abacancuro wa Wagner zagiye gufasha iza Centrafrique guhangana n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra, zakoze […]

OIF ifatwa na Mushikiwabo nk’Umunara wa Babel igiye gufungura ibiro muri Quebec na Beirut

fqlg549wuaafbbh.jpg

Umuryango wa La Francophonie ufite inshingano zo kurengera “ururimi rw’Igifaransa “, ugiye gufungura ibiro biwuhagarariye muri Quebec na Beirut muri uyu mwaka, nkuko Umunyamabanga Mukuru wawo, Louise Mushikiwabo, uwufata nk’ “Umunara wa Babel”, yabitangarije i New York kuwa Gatandatu. Umuryango wa OIF ngo Louise Mushikiwabo afata nk’ “Umunara wa Babel” nk’uko iyi nkuru dukesha Arabnews […]

Rwanda takes the UK asylum seekers burden Kenya rejected-Reports

Rwanda has agreed to take in immigrants denied entry into the United Kingdom even as Kenya declined London’s requests to help it ease the burden of unwanted guests, The East African newspaper has learnt. And as Rwanda and the UK signed the Migration and Economic Development Partnership on Thursday, questions were being asked of the […]

Kagame, Masamba Intore expected in Kampala

It is expected that President of Rwanda, Paul Kagame and famous local singer, Masamba Intore, will attend, Uganda’s first son, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba’s 48th birthday. Gen Muhoozi early this month, announced he has invited President Kagame for the party. Yesterday, on Twitter he said the latter accepted his invitation. Masamba is also another Rwandan […]

Ishoramari ry’u Rwanda mu mahanga ryinjije asaga miliyari 2 z’Amadolari muri 2021

Amafaranga u Rwanda rwinjije mu mwaka ushize wa 2021 aturutse ku bicuruzwa na serivisi rwohereza hanze yavuye kuri miliyari 1,9 z’amadolari agera kuri miliyari 2,1 z’amadolari bisobanuye ko agaciro kabyo kiyongereyeho 9,4% ugereranyije na 2020 mu gihe serivisi gusa zazamutse kugera kuri 11%. Ibi nibyo Abanyarwanda bamaze gushora imari hanze y’igihugu mu bihugu byasinyanye amasezerano […]

Massamba Intore na Perezida Kagame bazahurira mu birori bya Gen. Kainerugaba

Umuhanzi Massamba Intore wamamaye mu muziki nyarwanda by’umwihariko mu njyana ya gakondo, ashobora guhurira na Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba. Tariki ya 16 Mata 2022, Gen. Kainerugaba yatangarije ku rubuga rwa Twitter ko Perezida Kagame yemeye kwitabira ibirori bye by’isabukuru. Ati: “Nejejwe cyane […]

Ubwongereza bwasubije abanenga ibyo kohereza impunzi mu Rwanda

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel, yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo kibazo. Mu nyandiko y’ibitekerezo byabo bombi yandikanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, mu kinyamakuru The Times cyo mu Bwongereza, yavuze ko batanze igisubizo kirimo guhanga agashya […]

SP Uwayezu mu manza ebyiri, u Bwongereza n’u Rwanda ku bimukira, Perezida Kagame muri Uganda: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 11 Mata 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru za politiki ku rwego rwa dipolomasi, umutekano n’ubutabera ku rwego rw’inkiko. Harimo: Umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge mu manza ebyiri Umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge, SP Uwayezu Augustin tariki ya 14 Mata 2022 yireguye mu manza ebyiri aregwamo gufunga abanyemari babiri: Mudenge Emmanuel na […]