Perezida wa FFF uheruka ‘kubahuka’ Zinedine Zidane yahagaritswe

Perezida w’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Bufaransa, Noel Le GraĂ«t, yahagaritswe ku mirimo ye nyuma y’amagambo atarakiriwe neza aheruka kuvuga kuri Zinedine Zidane. Amakuru y’igenda rya Le GraĂ«t yemejwe na FFF, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama 2023. FFF yavuze ko “Noel Le GraĂ«t ku bwumvikane n’inama ya Komite Nyobozi ya […]

Ndayishimiye yarahiriye guhamagaza Ambasaderi w’u Burundi muri RDC akamushyikiriza ubutabera

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yarahiriye guhamagaza Ambasaderi w’igihugu cye muri Congo Kinshasa, Consolateur Nitunga, mbere yo kumushyikiriza ubutabera. Perezida Ndayishimiye yagize Nitunga Ambasaderi w’u Burundi i Kinshasa mu Ukwakira umwaka ushize, nyuma gato y’uko yari amaze kumwambura inshingano za Guverineri w’Intara ya Rumonge. Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko agomba kumuhamagaza akamushyikiriza ubutabera ku wa […]

Ambasaderi Burcu Çevik wari uhagarariye Turkiya i Kigali yasezeye

fmmoabtwqaatdiw.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama 2023, Ambasaderi Burcu Çevik, wari uhagarariye igihugu cya Turkiya mu Rwanda yasezeye ku Munyamabanga Mukuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, Prof. Nshuti Manasseh . Ambasaderi Burcu Çevik wavutse mu 1974 yari ahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva ku itariki ya 15 Mutarama 2019. Umwuga we muri Minisiteri y’ububanyi […]

Rurageretse hagati y’u Bushinwa n’abarimo Amerika bapfa COVID-19 yongeye kubura

Ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikomeje gushinja u Bushinwa kudashyiraho ingamba zihamye mu gukumira icyorezo cya COVID-19, bwo bukavuga ko izo ari ‘Propagande’ zigamije kubusebya. Mu gihe ibihugu byinshi ku Isi bisa n’ibyabashije guhangana n’icyorezo cya covid-19 ndetse ingamba zimwe zigakurwaho, mu Bushinwa ho icyorezo bivugwa ko kicyibasira benshi ndetse n’ingambaza zikarishye zikaba zarafashwe. Bijyanye […]

Amafoto: U Burundi bwashyikirije u Rwanda inka yari yaribwe buyicishije mu Kanyaru

Ni uku iyi nka yambukijwe uruzi rw'Akanyaru

Leta y’u Burundi yashyikirije iy’u Rwanda inka yari yaribwe uwitwa Nsanzimfura Tharcisse utuye mu mudugudu wa Hemba, akagari ka Nyabitare, umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara, buyicishije mu ruzi rw’Akanyaru. Ihererekanya ry’iyi nka ryakozwe n’abayobozi bari bahagarariye ibi bihugu kuri uyu wa 11 Mutarama 2023, ku ruzi rw’Akanyaru rubitandukanya, ahererera mu murenge wa Gishubi. […]

Paris: Umuntu witwaje icyuma yakomerekeje abantu batandatu muri Gare du Nord

Kuri uyu wa Gatatu, abantu batandatu bakomerekejwe umwe muri bo bikomeye, nyuma yo guterwa icyuma muri gare mpuzamahanga ya Paris izwi nka Gare du Nord kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Gerald Darmanin, yatangaje ko uyu mugabo yahagaritswe n’abapolisi babiri bari bavuye ku kazi basubiye mu rugo nk’uko iyi nkuru dukesha […]

Djibuti yasinye amasezerano ya miliyari $ yo kuhubaka ahazajya hohererezwa ibyogajuru

Djibouti yasinyanye amasezerano ya miliyari imwe y’amadorali n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu bijyanye n’ubumenyi bw’isanzure cyo muri Hong Kong kizwi nka Hong Kong Aerospace Technology Group, yo gushinga ikigo kizajya cyohererezwamo ibyogajuru muri iki gihugu . Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, mu itangazo rye kuwa Mbere ushize yagize ati: “Uyu mushinga “urimo kandi kubaka icyambu n’umuhanda […]

Ituri: Abasirikare barenga 700 bo mu mutwe kabuhariwe wa ‘Tigre’ barangije amahugurwa

Abasirikare bo muri MONUSCO bari mu babatozaga

Abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo barenga 700 babarizwa mu mutwe kabuhariwe wa Tigre basoje amahugurwa y’ibikorwa byihariye by’igisirikare bari bamaze amezi 9 bakorera mu kigo cya Lukusa kiri muri Kisangani. Umuhango wo gusoza aya mahugurwa ku mugaragaro wabereye kigo cya Rwampara kiri muri teritwari ya Bunia kuri uyu wa 10 Mutarama 2023, witabirwa […]

Uko byagenze ngo Cristiano Ronaldo asigarane imipira ya zahabu ine mu bubiko bwe

Rutahizamu kimenyanyabose w’Umunyaportugal, Cristiano Ronaldo ubu asigaranye mu bubiko imipira ya zahabu izwi nka ‘Ballon d’Ors’ ine (4) gusa muri itanu yatwaye. Cristiano Ronaldo, ubu uri kubarizwa muri Arabia Saudite mu ikipe ye nshya ya Al Nassr, mu mwaka w’2017 yagurishije Ballon d’Or imwe muri eshanu yatwaye. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru, Marca, ngo hari i London […]

Igabanywa ry’ubucucike muri gereza ryitezweho kuzigamira leta miliyari hafi 15 buri mwaka – MINIJUST

fmgvxlewiaalm38.jpg

Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko ingufu nshya zigamije guca burundu ubucucike muri gereza zo mu gihugu zitezweho kuzigamira guverinoma hejuru ya miliyari 14,6 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka . Kugeza ubu, u Rwanda rufite abantu barenga 86.000 mu bigo 13 ngororamuco mu gihugu hose, bikaba bivugwa ko guverinoma ikoresha impuzandengo ya miliyoni 1.4 by’amafaranga y’u Rwanda […]

Byatangajwe ko umukobwa wakubiswe azira ’gusambana’ n’umukunzi w’undi, afite imyaka 14

Nyina w’umukobwa wakubiswe na bagenzi be mu buryo bukomeye bamuziza ‘gusambana’ n’umusore ukundana n’umwe muri bo, Pretty Nicole wamenyekanye nka Doreen, yatangaje ko uyu umwana we afite imyaka 14 y’amavuko. Videwo igaragaza uyu mukobwa wo muri Uganda akubitwa na bagenzi be yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bumvikana bamubwira ko yarenze umurongo, agerageza gusambana n’uyu musore. Polisi […]

Gen Tshiwewe bwa mbere i Goma nyuma yo kugirwa Umugaba Mukuru wa FARDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Christian Tshiwewe, ari i Goma mu ruzinduko rwe rwa mbere yagiriye muri uyu mujyi usanzwe ari Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Tshiwewe ari muri uyu mujyi kuva ku wa Kabiri tariki ya 10 Mutarama 2023. Ni Goma imaze igihe isumbirijwe n’inyeshyamba zo mu […]

Ukraine: Wagner iremeza ko abacanshuro bayo bigaruriye Umuyi wa Soledar ukungahaye ku munyu

Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro b’Abarusiya wa Wagner Group yatangaje ko bigaruriye umujyi wa Soledar ucukurwamo umunyu mu burasirazuba bwa Ukraine, ariko hakomeje gushidikanya mu gihe imirwano ikomeje kubera mu mujyi rwagati . Umujyi wa Soledar umaze iminsi ubeamo imirwano ikaze kuko u Burusiya bwawubonyemo urufunguzo rw’urugamba ku mujyi byegeranye wa Bakhmut ndetse n’akarere ka Donbas gaherereye […]

Dani Alves ari mu mazi abira

Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil ndetse na FC Barcelona, ari mu mazi abira nyuma y’uko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo muri Espagne mu mpera z’ukwezi k’Ukuboza 2022. Nk’uko ibiro ntaramakuru Reuters cyo mu Bwongereza cyabitangaje, urukiko rw’i Barcelona rwatangaje ko rwatangije urubanza ku cyaha Dani […]

Umuvunyi Mukuru yasabye abaturage ba Gisagara kudasiragira mu Nkiko

whatsapp_image_2023-01-10_at_18.32.19.jpg

Mu Bukangurambaga Urwego rw’Umuvunyi rurimo mu karere ka Gisagara kuva tariki 09/13/01/2023 mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa, abaturage batandukanye bagejeje ku Muvunyi Mukuru ibibazo by’akarengane mu murenge wa Gikonko. Ibibazo byinshi abaturage babajije byibanze cyane ku Makimbirane ashingiye ku butaka, abafite ibibazo by’Imanza zitarangizwa kandi zarabaye itegeko, Ibibazo by’abagabo cyangwa abagore babana batarasezeranye […]

RDC: Abashinwa 3 n’Umunyekongo bakurikiranweho kwica umucuruzi w’Umushinwa

Abashinwa batatu n’Umunyekongo barashinjwa ubwicanyi no kwambura amadorari hafi ibihumbi magana atandatu . Aba bashakishwaga kuva mu mpera z’Ukuboza gushize n’inzego z’umutekano, bafashwe n’inzego z’umutekano bashyikirizwa ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri itariki ya 10 Mutarama 2023 muri Kolwezi . Uyu muyoboro uvugwa ko ari mafiya ngo wishe umucuruzi w’Umushinwa ku itariki ya 30 Ukuboza mbere […]

Abarwanyi ba Tigray batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wo mu ntara ya Tigray, nyuma yo kwemera guhagarika imirwano, batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye bari batunze. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko umuhango wo gutanga izi ntwaro wabereye mu gace ka Agulae, mu bilometero bigera kuri 30 ugana mu mujyi mukuru wa Tigray, Mekelle kuri uyu wa 10 […]

Rwanda refutes claims of Kagame’s plan to evict Congolese refugees

Government of Rwanda refutes international media claims that president Paul Kagame plans to evict thousands of Congolese refugees living in the country. Speaking Monday from Kigali after a swearing-in ceremony for Rwanda’s new Senate president François Xavier Kalinda, president Paul Kagame said “We cannot keep being host to refugees for which later on we are […]

Nyarugenge: Umugabo akurikiranweho kwica mugenzi we amuziza 800 Frw

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere ushize rwaburanishije ikirego cyihutirwa cy’umugabo ukurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye mugenzi we amukubise umukoropesho muri nyiramivumbi bikamuviramo urupfu . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvug ko uwishwe witwa Ntamakemwa Jean Baptiste yatumye uregwa inkwi zo gucana arazimuzanira amwishyuza amafaranga magana inani y’u Rwanda (800F) ariko […]

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda yemeza ko nta mpunzi zizirukanwa

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta mpunzi z’Abanyekongo zizirukanwa cyangwa ngo zikumirwe muri iki gihugu mu gihe ikibazo gituma zihunga kigihari. Ni ubutumwa bwerekeye ku binyamakuru avuga ko byumvise nabi ijambo rya Perezida Paul Kagame ku mpunzi z’Abanyekongo no ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo […]

Gen Jean Bosco Kazura yatumiwe muri Pologne

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura, kuva ku wa Kabiri ari i Warsaw mu gihugu cya Pologne, mu ruzinduko ari kugirira muri kiriya gihugu cyo ku mugabane w’u Burayi. Igisirikare cy’u Rwanda kuri Twitter yacyo cyavuze ko Gen. Kazura yagiye muri Pologne ku butumire bwa mugenzi we uyobora Ingabo za kiriya gihugu, […]