Perezida wa FFF uheruka ‘kubahuka’ Zinedine Zidane yahagaritswe
Perezida w’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Bufaransa, Noel Le GraĂ«t, yahagaritswe ku mirimo ye nyuma y’amagambo atarakiriwe neza aheruka kuvuga kuri Zinedine Zidane. Amakuru y’igenda rya Le GraĂ«t yemejwe na FFF, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama 2023. FFF yavuze ko “Noel Le GraĂ«t ku bwumvikane n’inama ya Komite Nyobozi ya […]
Ndayishimiye yarahiriye guhamagaza Ambasaderi w’u Burundi muri RDC akamushyikiriza ubutabera
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yarahiriye guhamagaza Ambasaderi w’igihugu cye muri Congo Kinshasa, Consolateur Nitunga, mbere yo kumushyikiriza ubutabera. Perezida Ndayishimiye yagize Nitunga Ambasaderi w’u Burundi i Kinshasa mu Ukwakira umwaka ushize, nyuma gato y’uko yari amaze kumwambura inshingano za Guverineri w’Intara ya Rumonge. Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko agomba kumuhamagaza akamushyikiriza ubutabera ku wa […]
Ambasaderi Burcu Ăevik wari uhagarariye Turkiya i Kigali yasezeye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama 2023, Ambasaderi Burcu Ăevik, wari uhagarariye igihugu cya Turkiya mu Rwanda yasezeye ku Munyamabanga Mukuru muri Minisiteri yâUbubanyi nâamahanga, Prof. Nshuti Manasseh . Ambasaderi Burcu Ăevik wavutse mu 1974 yari ahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva ku itariki ya 15 Mutarama 2019. Umwuga we muri Minisiteri yâububanyi […]
Rurageretse hagati y’u Bushinwa n’abarimo Amerika bapfa COVID-19 yongeye kubura
Ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikomeje gushinja u Bushinwa kudashyiraho ingamba zihamye mu gukumira icyorezo cya COVID-19, bwo bukavuga ko izo ari ‘Propagande’ zigamije kubusebya. Mu gihe ibihugu byinshi ku Isi bisa n’ibyabashije guhangana n’icyorezo cya covid-19 ndetse ingamba zimwe zigakurwaho, mu Bushinwa ho icyorezo bivugwa ko kicyibasira benshi ndetse n’ingambaza zikarishye zikaba zarafashwe. Bijyanye […]
Amafoto: U Burundi bwashyikirije u Rwanda inka yari yaribwe buyicishije mu Kanyaru

Leta yâu Burundi yashyikirije iyâu Rwanda inka yari yaribwe uwitwa Nsanzimfura Tharcisse utuye mu mudugudu wa Hemba, akagari ka Nyabitare, umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara, buyicishije mu ruzi rwâAkanyaru. Ihererekanya ryâiyi nka ryakozwe nâabayobozi bari bahagarariye ibi bihugu kuri uyu wa 11 Mutarama 2023, ku ruzi rwâAkanyaru rubitandukanya, ahererera mu murenge wa Gishubi. […]
Paris: Umuntu witwaje icyuma yakomerekeje abantu batandatu muri Gare du Nord
Kuri uyu wa Gatatu, abantu batandatu bakomerekejwe umwe muri bo bikomeye, nyuma yo guterwa icyuma muri gare mpuzamahanga ya Paris izwi nka Gare du Nord kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri wâumutekano wâimbere mu gihugu, Gerald Darmanin, yatangaje ko uyu mugabo yahagaritswe nâabapolisi babiri bari bavuye ku kazi basubiye mu rugo nkâuko iyi nkuru dukesha […]
Djibuti yasinye amasezerano ya miliyari $ yo kuhubaka ahazajya hohererezwa ibyogajuru
Djibouti yasinyanye amasezerano ya miliyari imwe yâamadorali nâikigo cyâikoranabuhanga mu bijyanye nâubumenyi bwâisanzure cyo muri Hong Kong kizwi nka Hong Kong Aerospace Technology Group, yo gushinga ikigo kizajya cyohererezwamo ibyogajuru muri iki gihugu . Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, mu itangazo rye kuwa Mbere ushize yagize ati: âUyu mushinga âurimo kandi kubaka icyambu n’umuhanda […]
APR yasubije abayishinja gutiza abakinnyi Marines FC gusa, yibutsa ko hari n’abo yigeze guha Rayon Sports
Ikipe ya APR FC yasubije abayishinja gutiza abakinnyi bayo muri Marines FC honyine, yibutsa ko mu bihe byashize hari abo yigeze gutiza muri mukeba wayo Rayon Sports. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu iheruka gufata icyemezo cyo gutiza muri Marines FC abakinnyi batatu; barimo Nsanzimfura Keddy, Mbonyumwami Thaiba na Nkundimana Fabio. Gutiza aba bakinnyi […]
Ituri: Abasirikare barenga 700 bo mu mutwe kabuhariwe wa ‘Tigre’ barangije amahugurwa

Abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo barenga 700 babarizwa mu mutwe kabuhariwe wa Tigre basoje amahugurwa yâibikorwa byihariye byâigisirikare bari bamaze amezi 9 bakorera mu kigo cya Lukusa kiri muri Kisangani. Umuhango wo gusoza aya mahugurwa ku mugaragaro wabereye kigo cya Rwampara kiri muri teritwari ya Bunia kuri uyu wa 10 Mutarama 2023, witabirwa […]
Perezida Biden aravuga ko yatunguwe no kumva hari inyandiko zâibanga zavumbuwe ahahoze ibiro bye
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Joe Biden yavuze ko yatunguwe no kumenyeshwa ko hari inyandiko za leta zabonwe n’abamwunganira mu mategeko aho yahoze akorera i Washington . Yabajijwe kuri iki kibazo nyuma yâuko Umurepubulikani wo ku rego rwo hejuru muri komite ishinzwe iperereza mu nteko ishinga amategeko asabye ko iperereza rya Amerika ryakora âisuzuma ryâibyangijweâ […]
Uko byagenze ngo Cristiano Ronaldo asigarane imipira ya zahabu ine mu bubiko bwe
Rutahizamu kimenyanyabose w’Umunyaportugal, Cristiano Ronaldo ubu asigaranye mu bubiko imipira ya zahabu izwi nka ‘Ballon d’Ors’ ine (4) gusa muri itanu yatwaye. Cristiano Ronaldo, ubu uri kubarizwa muri Arabia Saudite mu ikipe ye nshya ya Al Nassr, mu mwaka w’2017 yagurishije Ballon d’Or imwe muri eshanu yatwaye. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru, Marca, ngo hari i London […]
Igabanywa ryâubucucike muri gereza ryitezweho kuzigamira leta miliyari hafi 15 buri mwaka – MINIJUST

Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko ingufu nshya zigamije guca burundu ubucucike muri gereza zo mu gihugu zitezweho kuzigamira guverinoma hejuru ya miliyari 14,6 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka . Kugeza ubu, u Rwanda rufite abantu barenga 86.000 mu bigo 13 ngororamuco mu gihugu hose, bikaba bivugwa ko guverinoma ikoresha impuzandengo ya miliyoni 1.4 by’amafaranga y’u Rwanda […]
Les soldats rwandais porteront désormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat
Les officiers et les soldats subalternes des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) porteront dĂ©sormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat, a confirmĂ© une source haut placĂ©e au New Times . Le changement s’applique Ă la fatigue de l’armĂ©e pour le travail de terrain dans la gestion de la sĂ©curitĂ© ou […]
Byatangajwe ko umukobwa wakubiswe azira âgusambanaâ nâumukunzi wâundi, afite imyaka 14
Nyina wâumukobwa wakubiswe na bagenzi be mu buryo bukomeye bamuziza âgusambanaâ nâumusore ukundana nâumwe muri bo, Pretty Nicole wamenyekanye nka Doreen, yatangaje ko uyu umwana we afite imyaka 14 yâamavuko. Videwo igaragaza uyu mukobwa wo muri Uganda akubitwa na bagenzi be yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bumvikana bamubwira ko yarenze umurongo, agerageza gusambana nâuyu musore. Polisi […]
Gen Tshiwewe bwa mbere i Goma nyuma yo kugirwa Umugaba Mukuru wa FARDC
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Christian Tshiwewe, ari i Goma mu ruzinduko rwe rwa mbere yagiriye muri uyu mujyi usanzwe ari Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Tshiwewe ari muri uyu mujyi kuva ku wa Kabiri tariki ya 10 Mutarama 2023. Ni Goma imaze igihe isumbirijwe n’inyeshyamba zo mu […]
Ukraine: Wagner iremeza ko abacanshuro bayo bigaruriye Umuyi wa Soledar ukungahaye ku munyu
Umuyobozi w’umutwe wâabacanshuro bâAbarusiya wa Wagner Group yatangaje ko bigaruriye umujyi wa Soledar ucukurwamo umunyu mu burasirazuba bwa Ukraine, ariko hakomeje gushidikanya mu gihe imirwano ikomeje kubera mu mujyi rwagati . Umujyi wa Soledar umaze iminsi ubeamo imirwano ikaze kuko u Burusiya bwawubonyemo urufunguzo rwâurugamba ku mujyi byegeranye wa Bakhmut ndetse n’akarere ka Donbas gaherereye […]
Dani Alves ari mu mazi abira
Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe yâigihugu ya Brazil ndetse na FC Barcelona, ari mu mazi abira nyuma yâuko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo muri Espagne mu mpera zâukwezi k’Ukuboza 2022. Nkâuko ibiro ntaramakuru Reuters cyo mu Bwongereza cyabitangaje, urukiko rwâi Barcelona rwatangaje ko rwatangije urubanza ku cyaha Dani […]
Umuvunyi Mukuru yasabye abaturage ba Gisagara kudasiragira mu Nkiko

Mu Bukangurambaga Urwego rw’Umuvunyi rurimo mu karere ka Gisagara kuva tariki 09/13/01/2023 mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa, abaturage batandukanye bagejeje ku Muvunyi Mukuru ibibazo byâakarengane mu murenge wa Gikonko. Ibibazo byinshi abaturage babajije byibanze cyane ku Makimbirane ashingiye ku butaka, abafite ibibazo by’Imanza zitarangizwa kandi zarabaye itegeko, Ibibazo by’abagabo cyangwa abagore babana batarasezeranye […]
RDC: Abashinwa 3 nâUmunyekongo bakurikiranweho kwica umucuruzi wâUmushinwa
Abashinwa batatu nâUmunyekongo barashinjwa ubwicanyi no kwambura amadorari hafi ibihumbi magana atandatu . Aba bashakishwaga kuva mu mpera z’Ukuboza gushize n’inzego z’umutekano, bafashwe n’inzego z’umutekano bashyikirizwa ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri itariki ya 10 Mutarama 2023 muri Kolwezi . Uyu muyoboro uvugwa ko ari mafiya ngo wishe umucuruzi wâUmushinwa ku itariki ya 30 Ukuboza mbere […]
Abarwanyi ba Tigray batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wo mu ntara ya Tigray, nyuma yo kwemera guhagarika imirwano, batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye bari batunze. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, byatangaje ko umuhango wo gutanga izi ntwaro wabereye mu gace ka Agulae, mu bilometero bigera kuri 30 ugana mu mujyi mukuru wa Tigray, Mekelle kuri uyu wa 10 […]
Rwanda refutes claims of Kagame’s plan to evict Congolese refugees
Government of Rwanda refutes international media claims that president Paul Kagame plans to evict thousands of Congolese refugees living in the country. Speaking Monday from Kigali after a swearing-in ceremony for Rwanda’s new Senate president François Xavier Kalinda, president Paul Kagame said “We cannot keep being host to refugees for which later on we are […]
Nyarugenge: Umugabo akurikiranweho kwica mugenzi we amuziza 800 Frw
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere ushize rwaburanishije ikirego cyihutirwa cyâumugabo ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye mugenzi we amukubise umukoropesho muri nyiramivumbi bikamuviramo urupfu . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvug ko uwishwe witwa Ntamakemwa Jean Baptiste yatumye uregwa inkwi zo gucana arazimuzanira amwishyuza amafaranga magana inani yâu Rwanda (800F) ariko […]
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda yemeza ko nta mpunzi zizirukanwa
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta mpunzi zâAbanyekongo zizirukanwa cyangwa ngo zikumirwe muri iki gihugu mu gihe ikibazo gituma zihunga kigihari. Ni ubutumwa bwerekeye ku binyamakuru avuga ko byumvise nabi ijambo rya Perezida Paul Kagame ku mpunzi zâAbanyekongo no ku kibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo […]
Gen Jean Bosco Kazura yatumiwe muri Pologne
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura, kuva ku wa Kabiri ari i Warsaw mu gihugu cya Pologne, mu ruzinduko ari kugirira muri kiriya gihugu cyo ku mugabane w’u Burayi. Igisirikare cy’u Rwanda kuri Twitter yacyo cyavuze ko Gen. Kazura yagiye muri Pologne ku butumire bwa mugenzi we uyobora Ingabo za kiriya gihugu, […]