Abantu 21 bapfuye, abasaga 100 barakomereka mu mirwano yamaze amasaha 30 kuri hoteli Hayat

Abashinzwe umutekano muri Somalia bavuze ko batabaye abantu 106 bari baheze muri hoteli Hayat yari yagabweho igitero n’intagondwa ku wa Gatanu nijoro ariko abantu byibuze 21 bapfuye, abagera ku 117 barakomereka. Minisiteri y’ubuzima yavuze ko abantu 21 ari bo bemejwe ko bapfiriye muri icyo gitero cyamaze amasaha 30. Abateye bakoresheje ibiturika kugira ngo bashobore kugera […]

Muramu wa Teta Sandra yifashe ku kwemeza ko mwenenyina yamukubise

Umuhanzi Pius Mayanja uzwi nka Pallaso avuga ko abantu badakwiriye gucira imanza mwenenyina, Weasel Manizo, ku bivugwa ko yakubise Teta Sandra,akamukomeretsa. Aganira n’imwe muri TV zo muri Uganda, Pallaso yavuze ko adashyigikiye kuba Teta yaba yarakubiswe. Yavuze ko gusa “Ntazi neza Koko Teta yakubiswe na Weasel. Yagize ati ” Nifatanyije na Sandra. Sinshyigikiye ko Abagabo […]

Abayobozi barakeka ko umuntu yishwe na Ebola

Umuntu utatangajwe umwirondoro wapfuye kuwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo birakekwa ko yishwe na virus ya Ebola, nk’uko abategetsi muri iki gihugu babitangaje. Muri iki cyumweru hari amakuru – ataremejwe – yavugaga ko muri ako gace haba habonetse umuntu wanduye Ebola. Patrick Muyaya, umuvugizi wa guverinoma ya DR Congo yatangaje […]

Polisi yafashe imodoka zitujuje ubuziranenge zisaga 900 mu minsi ine

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu minsi 4 imaze gufata ibinyabiziga bisaga 900 bidafite ibyangombwa by’ubuziranenge, ibi birakorwa mu kwabu wo gufata ibinyabiziga bidafite ibyangombwa. Umukwabu uje nyuma y’ubukangurambaga bwa Polisi bwo gushishikariza abatunze ibinyabiziga gusuzumisha ubuziranenge bwabyo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko byagaragaye ko hari bamwe mu bafite ibinyabiziga […]

Urufaya rw’ibisasu biremereye rurakomeje hagati ya M23 na FARDC

Urugamba rukomeye rw’ibisasu biremereye ruri kuva ahitwa Rangira ugana Rwanguba muri gurupoma ya Jomba Teritwari ya Rutshuru, aho M23 na FARDC bahanganye kuva kuwa Gatanu mu gitondo. Amakuru yemezwa n’ibinyamakuru bitandukanye muri Congo n’uko yaba abagenzi bagenda n’amaguru, imodoka zitwaye abagenzi n’imizigo na za Moto ubu bidashobora guca muri uwo muhanda kubera ko M23 yakajije […]

Abapilote ba Ethiopian Airlines basinziriye indege irenga aho yari kugwa

Abapilote babiri b’indege basinziriye iri ku butumburuke bwa 11km barenga yari kugwa mbere yo gukanguka bakayigarura ikagwa neza, nk’uko ikinyamakuru ku by’indege kibivuga. Abashinzwe ingendo z’indege bagerageje kubavugisha nyuma y’uko barenze aho bagombaga gutangira kururutsa indege mu kirere cya Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia. Amaherezo aba bapilote baje gukanguka bagarura indege bayimanura neza, […]

RURA yashyizeho ibiciro bishya by’ingendo kuri moto

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwashyizeho ibiciro bishya by’ingendo za moto, aho igiciro cy’urugendo rutarenze kilometero ebyiri ari amafaranga 400Frw. Itangazo RURA yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kanama 202, rivuga ko hadhingiwe ku izamuka ry’ibiciro bikomoka kuri peteroli. Igiciro ku rugendo rutarenze ibilometero bibiri ni 400Frw. Igiciro kuri buri kilometero hagati y’ebyiri na 40 […]

Twirwaneho na Gumino barashinjwa kwica abaturage barindwi

Umuvugizi wa Mai Mai-Bilozebishambuke, Nabulizi Aimable, avuga ko kuwa 17 Kanama uyu mwaka abaturage barindwi bishwe na Twirwaneho na Gumino, bicirwa muri kariyeri bacukuramo amabuye y’agaciro iri ahitwa Bikarakara iherereye mu birometero 13 uvuye mu isanteri ya Minembwe. Ni mu mirwano yasakiranyije iyi mitwe yombi yabereye muri gace ka Bikarakara muri Teritwari ya Fizi, mu […]

Rwandan girl dragged to court over ‘indecent’ dressing

Rwandan authorities have arrested and taken to court a young woman over ‘indecent’ dressing, after a photo of her in a fish net attire at a music concert appeared on social media. If convicted, the 24-year-old faces six months to two years in prison.? On Thursday, a judge at Kigali-based Kicukiro Primary court declined to […]

Imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomereje mu gace ka Tanda

Umuvugizi wa M23 igice cya gisirikare, Maj. Willy Ngoma, atangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Kanama, mu birindiro byabo biri ahitwa Tanda, hagabwe ibitero n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ifatanyije na FDLR ndetse na Nyatura. Mu butumwa Maj. Ngoma yanyujije kuri paji ye ya Twitter, yavuze ko batewe ariko bakirwanaho. […]

U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi zisaga 100 zivuye muri Libya

U Rwanda kuwa 18 Kanama rwakiriye impunzi 103 zo mu cyiciro cya 10 cy’abavuye muri Libya. Muri izi mpunzi harimo: Abanya-Eritrea 68, Abanya-Sudan 33, umwe wo muri Sudan y’Epfo n’umwe wo muri Ethiopia, nk’uko bitangazwa na minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi. Aba ni ababa baheze muri Libya mu rugendo rwabo rwo kwerekeza i Burayi gushakisha imibereho […]

António Guterres avuga ko kwangiriza uruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Zaporizhzhia ari ukwiyahura

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) António Guterres yavuze ko “ahangayikishijwe bikomeye” n’imirwano hafi y’uruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Zaporizhzhia mu majyepfo ya Ukraine. Yabivugiye mu nama hamwe na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky na Perezida wa Turukiya Recep Tayyip Erdogan mu mujyi wa Lviv mu burengerazuba bwa Ukraine. Guterres yaburiye ati: “Kwangiza uko ari ko kose […]

Twitter: BBC yanenzwe ku bwo gutangaza ko i Musanze amavunja ari guca ibintu

Igitangazamakuru cy’Abongereza BBC kuwa 17 Kanama uyu mwaka cyatangaje ko hari ikibazo cy’amavunja akabije kiraboneka mu Kagari ka Kabazungu mu Murenge wa Musanze,aho abaturage bavuga ko aterwa n’ubukene n’umwanda gusa bamwe kuri Twitter bagaragaza ko batishimiye ko ayo makuru yagiye hanze. Nubwo ibitekerezo byatanzwe kuri iyi nkuru ari byinshi ku buryo BWIZA itabigarukaho byose, bifite […]

US delegation to meet Ruto, Raila and Kenyatta amid election disputes

An American delegation of legislators has arrived in Nairobi and is expected to meet President-elect William Ruto, his main rival Raila Odinga, and President Uhuru Kenyatta amid the disputed presidential election results. The delegation, led by US senator from Delaware, Chris Coons, landed in the country Wednesday night and was received by Meg Whitman, the […]

Kabuga’s genocide trial set for next month

Félicien Kabuga, believed to be the chief financier of the 1994 Genocide against the Tutsi, will go on trial on September 29 at the International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (IRMCT), a UN judge announced on Thursday, August 18. The Chamber orders the trial to commence at The Hague branch with opening statements on September […]

MONUSCO irashinja M23 kurasa ku bushake ikangiza urugomero rwa Rwanguba

Ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri muri DR Congo, (MONUSCO) burashinja M23 ko mu mirwano yo kuwa kabiri warashe nkana ibisasu biremereye bikangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Rwanguba ruri kubakwa muri Rutshuru ngo rufashe abaturage hamwe na parike ya Virunga. MONUSCO itera inkunga imirimo yo kubaka no gukoresha uru rugomero, wamaganye M23 ku “guhungabanya igikorwa cy’inyungu rusange […]

Afande Rwigema yatwigishije kuba abagabo-Gen Kainerugaba

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko Maj Gen Fred Rwigema ari intwari ibihe byose kuri kandi ko yabigishije kuba abagabo. Gen Muhoozi ukunze kugaruka cyane kuri Gen Rwigema cyane kuri Twitter, avuga ko uyu mujenerali ari mukuru we. Yagize ati ” Ndi murumuna wa Fred Rwigyema. Afande Rwigyema […]

IEBC yamaganye abakomiseri bane banze ibyavuye mu matora

Umuyobozi w’akanama k’amatora ka Kenya, Wafula Chebukati, yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga. Chebukati mu itangazo yashyize hanze, yavuze uko yabonye ibyihishe inyuma y’akavuyo kabayeho ku wa Mbere ubwo itangazwa ryari riteganyijwe ry’ibyavuye mu matora ryatinzwagaho amasaha menshi. Yavuze ko abo bakomiseri bane nyuma baje […]

Hahishuwe ko umwe mu bakaridinali bakomeye i Vatican ashinjwa gusambanya abagore

Hatahuwe inyandiko z’urukiko zigaragaza ko Umukaridinali w’Umunya-Canada ufite umwanya ukomeye i Vatican, Marc Armand Ouellet, yarezwe mu nkiko ashinjwa ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina riganisha ku mibonano mpuzabitsina byakorewe abantu barenga 80 bo muri diyoseze ya Quebec. Inyandiko z’Urukiko zishinja Karidinali Marc Ouellet, zabonetse kuwa Kabiri aho ashinjwa gukorera abagore ibi byaha muri 2008. Karidinali […]

Kagame congratulates Kenya’s president-elect

President Paul Kagame has congratulated Kenya’s President-elect, William Ruto, following his victory announced on August 15. Ruto’s victory was announced by Kenya’s Independent Electoral and Boundaries Commission (IEBC) after garnering 7,176, 141 votes, representing 50.49 per cent of the total valid votes. “On behalf of the Government and People of Rwanda, I congratulate our Brothers […]

Imurikagurisha ryo mu mwaka utaha rizabera ahandi hatari i Gikondo

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda kimwe n’ubuyobozi bw’urugaga rw’abikorera, barizeza ko mu mwaka utaha nta gikwiye kuba kibuza ko imurikagurisha ryatangira kubera i Gahanga, mu gihe ubusanzwe ribera i Gikondo ahazwi nka Expo Ground. Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prof Ngabitsinze J. Chrisostome ashimangira ko uko imyaka ishira rigenda rigira uruhare mu bukungu bw’igihugu muri rusange. Ku birebana no […]

Rwandan Artist Buravan dies in India

fauqgubxwamxlqh-5.jpg

Rwandan artist, Burabyo Yvan stage name Yvan Buravan dies of Pancreatic Cancer that he has suffered for a while. Local newspapers report that Buravan, 29, died in India where he was getting medical attention. Born on May 27, 1995 he has been in Rwanda Music Industry for more than five years making series of hit […]

Umunyamategeko wo muri USA yibajije ku myitwarire ya Anthony Blinken ku nyito ya jenoside

Umunyamerika wabaye Umushinjacyaha mu Rukiko rwari rwarashyiriweho u Rwanda i Arusha, Barbara Mulvaney, yibajije impamvu Umunyamabanga wa Leta ya Amerika, Anthony Blinken, atakoresheje inyito ya ” Jenoside yakorewe Abatutsi” akibaza ukuntu ibi bintu byaba bigishoboka. Antony Blinken yari mu Rwanda tariki 11 Kanama ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru, yabajijwe impamvu Igihugu cye kiri mu bitarashyigikiye […]

Kagame promotes Nkubito to Major General

President Paul Kagame and CIC has promoted Brig. Gen Eugène Nkubito to the rank of Major General in Rwanda Defense Forces, (RDF) Gen Nkubito is currently the Head of RDF in the Eastern Region. He was also first division and Northern Region commander. According to the statement released today, the promotion takes immediate effect.

William Ruto declared Kenya president-elect

Kenya electoral agency, IEBC, chairman Wafula Chebukati has declared the winner of the closely-fought presidential election after calm was restored at the national tallying centre, which had erupted into chaos minutes earlier. Mr Chebukati declared Kenya Kwanza’s candidate William Ruto as president-elect and his running mate Rigathi Gachagua as the deputy president-elect, respectively. Dr Ruto […]

Umugabo wa Teta Sandra avuga ko ashobora kwandagaza Umunyamideli Kantengwa

Umuhanzi Weasel Manizo akaba n’umugabo w’Umunyarwandakazi, Teta Sandra, yihangirije Umunyamideli ukomoka mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, ko nakomeza kugira ibyo avuga ku muryango we, azamwandagaza. Kantengwa yari aherutse gushimira umugore wa Dr Jose Chameleone, Daniella Atim ko yatabarije Teta Sandra wari urembejwe n’inkoni za Weasel. Yahise avuga ko Weasel ari ” Sekibi.” Uyu mugabo akimara […]

Kenya set to announce president-elect

The Independent Electoral and Boundaries Commission called for the media to go to its national tallying centre in the Kenyan capital Nairobi at 3 pm (1200 GMT) for the announcement of the presidential results.

Uzaba Perezida wa Kenya aramenyekana mu masaha ari imbere

Kuri uyu wa Mbere mu masaha ari imbere, byitezwe ko komisiyo y’amatora muri Kenya itangaza ibyayavuye mu matora y’abahatanira kuba perezida w’icyo gihugu mu myaka itanu iri imbere. BBC ivuga ko kugeza ubu hejuru ya 3/4 by’ibyavuye mu majwi bimaze kumenyekana, aho Visi Perezida William Ruto ari imbere ya mukeba we Raila Odinga. Abantu ku […]

Blood O type donation scarcity hits Rwanda

Health authorities have raised an alarm after donations of blood type O recently decreased, a situation they say could lead to a “crisis” in the coming days. The Rwanda Biomedical Centre (RBC) collects 300 sachets of blood daily and hospitals use over 900 units every day. According to the RBC, currently there are enough quantities […]

Umunyamideli Kantengwa yise umugabo wa Teta Sandra rimwe mu mazina ya Satani

Umunyamideli ukomoka mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yavuze ko umugabo wa Teta Sandra ari we Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo, ari Sekibi cyangwa Umubi, rimwe mu mazina akunze guhabwa Satani mu bemera Imana. Weasel akomeje kwibasirwa haba mu itangazamakuru, rubanda ndetse no mu byamamare nyuma yo kugaragara ko yakubise umugore we, Teta Sandra, akamukomeretsa […]

Akari ku mutima wa Ange Kagame ku bwa musaza we wahawe ipeti rya Sous-Lieutenant

Umukobwa wa Perezida Kagame yanditse ko atewe ishema no kuba musaza we, Ian Kagame, yasoje amasomo ya gisirikare mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy, agirwa Sous -Lieutenant. Ian Kagame ni umwe mu Banyarwanda batatu barangije amasomo mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy, bagirwa ba Sous Lieutenant. Bagenzi […]

Umugabo wa Teta Sandra yasubije abavuga ko afata umugore we nabi

Umugabo wa Teta Sandra, Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo yavuze ko nta nama akeneye ku kuba yafata neza umugore we, ashinjwa guhondagura. Mu gitaramo kimwe yari yakoreye i Kampala mu ijoro, Weasel yavuze ko n’ahandi zirara zishya bityo ko atumva impamvu ari we abantu batunze intoki muri iyi minsi. Yagize ati ” Urebye buri […]

Mutesi Jolly ku bivugwa ko yashutse Nyampinga Muheto bagafungisha Prince Kid

Miss Mutesi Jolly yahakanye ibyamuzweho ko ari we wacuze umugambi wo gufungisha Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, akoresheje Nyampinga w’u Rwanda mu 2022, Muheto Divine, avuga ko ari ibyo abantu batekereza gusa nta shingiro bifite. Mu kiganiro na ISIMBI TV, Mutesi Jolly ahakana ibyavuzwe ko ari we washutse Miss Muheto ngo bafungishe Prince Kid, […]

Puderi isigwa bamwe mu bana mu Rwanda igiye gukurwa ku isoko nyuma y’ibirego byo gutera kanseri

Uruganda Johnson & Johnson (J&J) kuva mu mwaka utaha ruzahagarika gucuruza iyi puderi y’abana ikorwa ahanini mu kinyabutabire cya talcum nyamara hari ibirego ibihumbi birenga 10 by’abagore bavuga ko iyi pideri irimo ikinyabutabire cya asbestos cyabateye cancer y’imirerantanga (ovaries). Iyi puderi imaze imyaka 130 nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza kandi iracyakoreshwa na benshi mu […]

Nyina wa Weasel yavuze kuri Teta Sandra wasize umuhungu we akisubirira i Kigali

Nyirabukwe wa Teta Sandra, Proscovia Musoke Mayanja, avuga ko Teta Sandra ari umuntu mukuru kandi uzi icyo ashaka, bityo ko ibyo kuba umugabo we yaba yaramukubise, byatijwe umurindi n’uko ari icyamamare. Mu gihe umukazana we akaba n’umugore wa Chameleone, Daniella Atim Mayanja avuga ko uyu mukecuru akingira ikibaba abahungu be, we ntacyo yabivuzeho. Aganira n’imwe […]

Clarisse Karasira yavuze ko atazongera kwita ku bintu biciriritse

Umuhanzi w’indirimbo gakondo, Clarisse Karasira, avuga ko atazongera ku bintu asanga biciriritse nk’abamwanga, abamuhwihwisa n’ibindi. Uyu mubyeyi utorohewe n’abakoresha Twitter baherutse kumwibasira ku bw”ibyo yari yavuze bigafatwa nko kwishongora, avuga ko agiye kutongera kwibaza ku cyaba igihe avugishije ukuri, ko azajya yita ku cyo Imana imusaba gukora. Kuri Twitter kuri uyu wa 12 Kanama, Karasira […]

BNR increases interest rate

Rwanda’s central bank has raised its lending rate by 100 basis points, the biggest increase in recent years, to 6.0 percent to stem rising inflation. On Thursday, the National Bank of Rwanda (BNR) rate-setting Monetary Policy Committee (MPC) noted that inflation had hit 15.6 percent in July from 12.6 percent in the prior month, well […]

Igipimo cy’inyungu BNR iheraho inguzanyo za banki cyazamutse

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu iheraho inguzanyo banki z’ubucuruzi kigera kuri 6% kivuye kuri 5% mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro rigeze kuri 12.1%. Guverineri wa BNR, John Rwangombwa, mu kiganiro n’itangazamakuru kuwa 11 Kanama 2022, asobanura ko ibi bigamije kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro rigeze kuri 12.1%. Yagize ati ” Kuba twazamuye igipimo […]

Musanze: Hashyizweho ibyumweru bibiri aho uwujuje ibisabwa azajya ahita atahana icyangombwa cy’ubutaka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze butangaza ko bwateguye ibyumweru bibiri aho umuturage azahabwa serivisi z’ubutaka, ufite ibisabwa byose zisabwa akazajya ahita ahabwa icyangombwa cy’ubutaka, akagitahana uwo munsi yaje kwakaho serivisi. Itangazo BWIZA yabonye rivuga ko izi serivisi z’ubutaka zizatangwa muri ubu buryo kuva kuwa 28 Kanama kikageza kuwa 2 Nzeri uyu mwaka. Iki gikorwa kizabera kuri […]

Sandra Teta, children in Kigali following domestic violence by husband

Rwanda’s High Commissioner to Uganda has confirmed that Sandra Teta and her children safely arrived in Kigali following days of intense speculation about possible domestic abuse against her. Amb. Joseph Rutabana told TNT that Teta and her children had travelled with her parents who had earlier gone to Kampala after photos surfaced on social media […]

Gen Tumwine yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Gen Elly Tumwine, ibinyamakuru bimwe bivuga ko yajyanywe mu Bitaro bya Nakasongola, igitaraganya ku bw’indwara itatangajwe. Bamwe mu bantu bo mu nzego z’umutekano batashatse kumenyekana, birinze gutangariza BOOM UG uburwayi bwafashe uyu mugabo gusa bavuze ko Gen Tumwine yari atameze neza kuva mu Cyumweru gishize ndetse ko yajyanywe mu […]

Anthony Blinken lands in Kigali to meet Kagame

US Secretary of State, Anthony Blinken, has landed in Kigali on Wednesday ahead of meeting Rwandan President, Paul Kagame. He was received by Rwanda’s Foreign Minister, Dr Biruta Vincent, who was with US embassy to Rwanda charge d’Affaires, McLean. It is expected the duo will hold discuss on different issues including security, human rights to […]

No declaration of presidential results today, says Kenya election agency

THE EASTAFRICAN Kenya’s Independent Electoral and Boundaries Commission (IEBC) will not name the winner of the presidential election on Wednesday. This is according to the agency’s chair, Mr Wafula Chebukati, who also acknowledged that third parties such as the media had already begun tallying using the available Form 34As. “Results in the public portal are […]

President Kagame sends birthday wishes to First Lady Jeannette

President of Rwanda, Paul Kagame has sent birthday wishes to First Lady, Jeannette Kagame, who is celebrating 60 years of age. Using his Twitter page, Kagame on Wednesday said 60 years sounds short. “A very Happy BD Jeannette! 60years sounds short. IMAGINE for 30+ we’ve been together-It is when everything FAMILY & COUNTRY we could […]

Sheila Gashumba n’umugabo wa Fille Mutoni basabye ko Weasel ajyanwa kuvurwa mu mutwe

Umukobwa w’ikimenyabose, Sheila Gashumba n’Umugabo w’Umunyarwandakazi, Fille Mutoni ari we Katumba Edouard uzwi nka MC Kats, basabye umuryango Teta Sandra yashatsemo, ko wajyana umwana wabo mu bitaro bivura mu mitwe. Uretse abasaba ko Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo yafungwa, MC Kats yavuze ko ” Weasel afite ikibazo cyo mu mutwe agomba gufashwa byihuse.” Uyu […]

Perezida Zelensky avuga ko intambara n’Uburusiya igomba gusiga bisubije Crimea

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko intambara Uburusiya bwabashojeho igomba kurangira bisubije agace ka Crimea iki gihugu cyari cyarambuwe mu myaka umunani ishize. Ibi yabivuze kuwa Kabiri, hashize amasaha urukurikirane rw’ibisasu bikubise ku kibuga cy’indege cya gisirikare cy’Uburusiya cyaho, byica umuntu umwe. Yagize ati: “Crimea ni iya Ukraine kandi ntituzigera na rimwe tuyireka”. Yakomeje […]

Information Technology Officer (IT) at GVTC

GREATER VIRUNGA TRANSBOUNDARY COLLABORATION Intergovernmental Organization- Organisation Intergouvernementale P.O. Box 6626 Kigali Rwanda Telephone Mob. +250 788573965 E-mail: info@greatervirunga.org Job Announcement Position: Information Technology Officer (IT) Supervisor: Executive Secretary (ES) Duty Station: Kigali, Rwanda Background The Greater Virunga Transboundary Collaboration (GVTC) is an intergovernmental organization established through the GVTC treaty signed in 2015 between DRC, […]

Ishimwe Clement avuga ko ibyo kwigiriza nkana ku bahanzi mu Rwanda atari bishya

Umuyobozi w’Inzu itunganya Umuziki yitwa KINA MUSIC, Ishimwe Clement, avuga ko ibyo gusuzugura abahanzi mu Rwanda byahozeho atari bishya. Mu kiganiro na Radio Rwanda, uyu mugabo yavuze ko ” Ibi bintu si bishya, byahozeho. Si aba bahanzi bashya gusa na bakuru babo byagiye bibabaho.” Avuga ko abahanzi batagomba gucisha bugufi ibyo bagenderaho kugira ngo abashaka […]

Abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka-Weasel Manizo

Umugabo w’Umunyarwandakazi Teta Sandra ari we Weasel Manizo avuga ko abo yise abanzi bashatse bajya kwimanika bagapfa kuko ibyo bifuza ko we n’umugore we avugwaho guhondagura, adateze kumureka. Douglas Mayanja kuri ubu ari ku gitutu cy’abantu banyuranye basaba ko yafungwa, abandi bakaba bari kugira inama umugore we Teta gutandukana nawe ku bwo kumukubita, akamukomeretsa. Mu […]

Kagame shares rare photo of his grandchildren

President Kagame of Rwanda has shared a rare photo of his grandchildren to public, adding that they are the angels. Kagame shared the adorable photo on August 8 this year via his Twitter page. “The two little angels enjoying their time together..” he tweets Recently, Kagame has shared a photo of his second grandchildren, leaving […]

Rwanda starts administering fourth jab of the Covid-19 vaccine

Rwanda Biomedical Centre (RBC) has on Monday, August 8, started administering the fourth jab of the Covid-19 vaccine in the country. According to Julien Niyingabira, the Rwanda Health Communication Centre (RHCC) Division Manager, the move is aimed at boosting the immunity of the population, because it often wanes as time goes on, and thus needs […]

Iyicwa rya Lt. Col. Nikolay ryatumye Putin yirukana abajenerali batandatu

Lieutenant-Colonel Nikolay Gorban, umusirikare ukomeye mu itsinda ry’indwanyi zidasanzwe ryo mu Burusiya rizwi nka FSB, yapfiriye muri Ukraine mu ntambara bituma Perezida Putin yirukana abajenerali batandatu. Uyu musirikare Lieutenant-Colonel Nikolay Gorban w’imyaka 36, yishwe tariki 02 Kanama 2022 muri iyi ntambara iri kubera muri Ukraine nkuko byemejwe n’ibitangazamakuru byo muri iki gihugu. Iyicwa ry’uyu musirikare […]

Umugore wa Chameleone yahishuye uko nyirabukwe afite uruhare mu ihondagurwa rya Teta Sandra

Umugore wa Jose Chameleone, Daniella Atim Mayanja, avuga ko Nyirabukwe, Prossy Mayanja, afite uruhare mu bikorerwa Umunyarwandakazi, Teta Sandra kuko ahishira amabi aba yakozwe n’abahungu be. Mu ibaruwa ndende yageneye nyirabukwe, Daniella yahishuye ko uyu mukecuru ” Weasel yakubise Teta Sandra ajya kumurega kuri polisi, Prossy Mayanja yarabyitambitse, akomeza kujya Teta mu matwi amubwira utugambo […]

Umunyamategeko yasabye LONI, UA na UE gufatira ibihano u Rwanda

Umunyamategeko wo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Georges Kapiamba, yasabye Umuryango w’Abibumbye, Ubumwe bwa Afurika n’Umuryango w’Ibihugu by’Iburayi, gufatira u Rwanda ibihano ndetse n’abayobozi bakuru mu mutwe wa M23. Uyu munyamategeko akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu yo mu muryango witwa Association Congolese Pour L’Acces au Justice (ACAJ), abinyujije kuri Twitter yavuze ko RD Congo […]

Rwongeye kwambikana hagati ya Israel na Gaza

Israel ivuga ko yafunze abarwanyi bo mu nyesyamba zo muri Palestine mu bitero byasakiranyije impande zombi mu Karere ka Cisjordanie/West Bank yigaruriye nyuma y’ibitero by’indege kuri Gaza. Ibi bitero byahitanye abantu 11 harimo n’umwana nk’uko bivugwa n’Umukuru w’Umutwe w’abatwanyi bo muri Palestina, Palestinian Islamic Jihad (PIJ), Tayseer Jabari. Israel ivuga ko yateye muri Gaza nyuma […]

Teta Sandra yagaragaye asomana na Weasel uvugwaho kumuhondagura (Reba videwo)

Umunyarwandakazi Teta Sandra yagaragaye ari gusomana n’umukunzi we, Weasel Manizo, bimaze iminsi bivugwa ko aherutse kumuhondagura, akamugira intere. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, uyu mugore uri gutabarizwa, we yagaragaye ari mu bihe byiza na Weasel ari nako abari aho bari gufata amashusho. Umwe yumvikana agira ati ” Mukikole kibalume.” (Mubikore bigire abo bibabaza). VIDEWO: https://www.instagram.com/p/Cg4KgDOMl40/?hl=en […]

Abagizweho ingaruka n’ibitero bya FLN bandikiye Blinken

Abaturage bagizweho ingaruka n’ibitero by’iterabwoba byagabwe n’umutwe wa MRCD-FLN ya Paul Rusesabagina mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’u Burengerazuba, basabye umunyamabanga wa Leta Zunze za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Anthony Blinken, ko bazabonana na we kugira ngo bamugaragarize uburyo ibyo bitero byagize kandi bikomeje kugira ingaruka ku miryango yabo. RBA ivuga ko mu ibaruwa bamwandikiye, abagizweho ingaruka […]

RD Congo ivuga ko raporo ishinja u Rwanda gufasha M23 yari gukumira impfu z’abamagana MONUSCO

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yavuze ko abantu baherutse kugwa mu myigaragambyo bazize kuba LONI yaratinze gushyira hanze raporo yayo, ishinja u Rwanda gufasha M23. Raporo ya LONI ishinja u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23 n’ubwo u Rwanda rwamaganye rwivuye inyuma ibivugwa n’izo mpuguke z’uyu muryango. Muyaya asanga […]

Imirwano ikaze yubuye hagati ya M23 na FARDC ahitwa Kigoma

Hari amakuru avuga ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 ahitwa Kigoma muri Gisigali. Aya makuru avuga ko ahagana saa yine z’ijoro hari imirwano ihanganishije za Leta ya Congo FARDC n’umutwe wa M23 mu gace ka Kigoma muri Gurupoma ya Gisigali na ndetse ikaba yageze no […]