Kenya: Umubare w’abapfuye bategetswe kwiyiriza ukomeje gutumbagira

ap23113589975709-1682304988.jpg

Abantu 95 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze gupfa nyuma y’uko uyu munsi hongeye gutahurwa imirambo itanu yiyongera kuri 90 yari yatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ni inkuru yasakaye mu ntangiro z’iki cyumweru aho bivugwa ko umupasiteri witwa Pastor Paul Mackenzie ubarizwa mu rusengero rwitwa Good News International Church, byvuzwe ko yategetse abantu kwiyiriza iminsi […]

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata, yakiriye itsinda ry’intumwa z’u Rwanda zamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Izi ntumwa zari ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Prof Nshuti Manasseh ari na we wamushyikirije ubwo butumwa. Mu bari bamuherekeje harimo Maj Gen Vincent […]

Rayon Sports yikuye mu nzara za Police FC yari yabanje ibitego 3 yiyushye akuya

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze bigoranye Police FC ibitego 3-2; mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatatu. Police FC yari yakiriye Rayon Sports mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza wabereye kuri Stade Régional ya Muhanga. Ni umukino utarabereye kimwe n’indi bijyanye n’uko Rayon Sports yari imaze igihe igitegereje ko […]

Ese kugira Isesemi no kuruka ku mugore utwite bitangira ryari bikarangira ryari?

vomiting-during-pregnancy.jpg

Iyo umugore yasabye, usanga hari igihe agira isesemi ya buri kanya ndetse ugasanga hari n’ibiryo ahurwa ku buryo iyo abikubise amaso ahita amokorwa . Ibi tujya tubibona ku bayeyi benshi aho usanga mu gihe mwegereye ameza usanga hari igihe akojejemo ikiyiko bikaba birangiriye aho. Ku bakobwa basamye ariko bakabigira ubwiru wenda ari inda zitateganyijwe bashaka […]

Hari umushinga ukakaye uri kwigwaho ngo Messi agaruke muri FC Barcelona

image_2023-04-26_042044826.png

Nyuma y’uko hashize imyaka 2, umukinnyi Lionel Messi avuye mu ikipe ya FC Barcelona bitewe no kubura amafaranga yo kumuhemba ngo abe yakongera amasezerano, kuri ibi iyi kipe irimo kwiga ku mushinga uzatuma agaruka . Uwo mushinga nta wundi uretse gukora umushinga wo gukura ikipe y’abato(Academy) yabarizwaga iruhande rwa stade ya Camp nou hagahindurwa ahantu […]

Umugabo yafashwe ashaka ugura ubugabo yaciye ku musaza

image_2023-04-26_015522436.png

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umugabo wagejejwe mu butabera akurikiranyweho gushaka kugurisha igitsina cy’umusaza w’imyaka 68 . Uyu mugabo wafashwe na Polisi ubwo yageraga mu gace ka Tambo ubwo yajyaga mu guriro gushaka umuguzi. Polisi ivuga ko, umusaza waciweho ubugabo, arembye ariko akaba arimo gukurikiranwa n’ibitaro yatwawemo igitaraganya. Naho ushinjwa kumuhohotera akaba yagejejwe mu rukiko rwisumbuye […]

RDF yibarutse irushanwa rishya rigiye gukinwa bwa mbere

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko cyibarutse irushanwa Liberation Cup Tournament rijyanye n’umunsi wo Kwibohora, rikazasozwa ku wa 04 Nyakanga ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza ku nshuro ya 29 umunsi wo kwibohora. RDF yateguye iri rushanwa nyuma y’uko imikino ya gisirikare ya 2022/23 yasojwe muri Mutarama uyu mwaka igenze neza; ibyatumye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u […]

Itandukana rya Platini n’umugore we rikomeje kuba igitaramo

img-20210328-wa0021-4685371616916744.jpg

Muri iyi minsi nta kindi gikomeje kuvugwa mu myidagaduro, uretse inkuru y’itandukana ry’umuhanzi Nemeye Platini uzwi nka (Platini P) na Olivia Ingabire bari bamaranye imyaka 2. Itandukana ry’aba bombi ryasakaye mu bitangazamakuru mu ntangiro z’icyi cyumweru, nyuma y’uko uyu muhanzi amenye ko umwana yari azi ko yabyaranye n’uyu mugore atari uwe. Incamake y’uko yamenye ko […]

Abanyarwanda 2 bangiye Leta y’u Rwanda ko ibavana muri Sudani

Leta y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda babaga muri Sudani bose bamaze kuhavanwa, uretse babiri bahisemo gukomeza kuba ku butaka bw’iki gihugu ku bushake bwabo. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yabwiye The New Times ko Abanyarwanda 36 ari bo Leta y’u Rwanda yamaze kuvana muri Sudani ibajyana i Cairo mu Misiri; mu rugendo rw’amasaha 30 […]

Kenya yashyize ibiri kubera muri Sudani ku mutwe w’abarimo u Burusiya

Leta ya yatangaje ko kuba u Burusiya ndetse n’ibihugu byo mu kigobe [byo mu burasirazuba bwo hagati] byivanga muri Politiki yo muri Sudani, biri mu biri gutuma muri iki gihugu hatarangwamo amahoro. Ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga wa Kenya ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Alfred Mutua, ubwo yari kumwe na mugenzi we Anthony Blinken wa Leta Zunze Ubumwe za […]

Ushinja Trump kumusambanya ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize yongeye kubura Dossier

cc-606x400.jpg

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, aregwa gufata umugore ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize . E. Jean Carroll wahoze ari umujyanama w’ikinyamakuru ELLE akaba n’umwanditsi, yongeye kugeza ikirego cye mu rukiko rwa Manhattan i New York ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ashinja Donald Trump kumusambanya ku […]

Museveni yashinze Gen Muhoozi kuyobora Operasiyo yo guhungisha Abagande bari muri Sudani

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yashinze umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba kuyobora Operasiyo yo gucyura abanya-Uganda bahejejwe muri Sudani n’intambara ikomeje kuhabera. Abagande babarirwa muri 300 barimo abadipolomate, abacuruzi ndetse n’abanyeshuri ni bo baheze muri Sudani. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yamaze gutegeka Joseph Ocwet ukuriye […]

Arteta yaburiye abakomeje kumutega Guardiola ku mukino wa Arsenal na Man.City

image_2023-04-25_043418667.png

Muri Shampiyona yo mu Bwongereza, nta gikomeje kuvugisha benshi nk’umukino utegerejwe kuri uyu wa Gatatu, uretse umukino uzahuza ikipe ya Arsenal itozwa na Arteta na Manchester City itozwa na Guardiola . N’ubwo hakibura imukino irenga itanu ngo Premier League iyi sezo(season), benshi bavuga ko uzagaragaza ubukaka bwa Arsenal niba isatira gutwara igikombe cyangwa niba igomba […]

Ubusesenguzi bwa Bebe Cool kuri Gen Muhoozi mu gihe yaba asimbuye Se

Bebe Cool nk’umuhanzi ukonze kugaragara ashyigikiye ishyaka NRM rya Perezida Museveni,akomeje kugaragaza amarangamutima ye, aho usanga akomeje kugaragaza amarangamutima ye kuri Jenerali Muhoozi . Bebe Cool usibye kuba agaragara mu bikorwa by’iri shyaka, asanzwe ari inshuti y’uyu mugabo aho kuri iyi nshuro atatinye no gusesengura ko mu gihe Muhoozi yaba abaye Perezida wa Uganda ariwe […]

Colonel Doumbouya yirukanye uwari intasi nkuru ya Guinée

Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Colonel Mamadi Doumbouya, ku wa Mbere tariki ya 24 Mata yirukanye ku mirimo Lt Col Ismael Keita wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Iteka ry’Umukuru w’Igihugu cya Guinée ryasohotse kuri uyu wa Mbere rivuga ko Lt Col Keita yirukanwe azira “amakosa akomeye yakoze”, gusa ntirisobanura ayo makosa ayo ari yo. Uyu musirikare […]

Komeza wibere ingaragu niba utarabona umukunzi wujuje izi ndangagaciro 5

image_2023-04-25_004943576.png

Bajya bavuga ko uwo urukundo rushatse rumusanga ruramusanga aho usanga umuntu runaka akunda umuntu runaka nta kintu kidasanzwe mu bigaragara inyuma amukurikiyeho, nyamara buriya witegereje usanga amarangamutima ye afite icyayakuruye . 1. Ugutega amatwi Igihe cyose umusore cyangwa umukobwa agize uwo abengutse, ni byiza ko agenzura niba amutega amatwi ibyo amubwira kandi akabasha ku musangiza […]

U Rwanda rurateganyiriza iki Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari muri Sudani?

Leta y’u Rwanda yatangaje ko iri gukora ibishoboka ngo ihungishe Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari i Khartoum muri Sudani hakomeje kubera intambara. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabwiye BBC ko mu Banyarwanda bari muri Sudani harimo abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abikorera ku giti cyabo ndetse n’abanyeshuri. Yavuze ko “abo bose ambasade y’u Rwanda […]

Museveni yatangiye kuganira n’abo bahoranye muri NRA ku bijyanye no kuba Gen. Muhoozi yamusimbura

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangiye ibiganiro n’abantu ba hafi ye bafatanyije urugamba rwo kubohora Uganda, aho bari kuganira ku ngingo zerekeye ahazaza h’igihugu by’umwihariko ijyanye no kuba Gen. Muhoozi Kainerugaba yamusimbura ku butegetsi. Inama za Perezida Museveni na bariya bantu biganjemo abo babanye muri NRA (National Resistance Amry), ziri kubera mu nzuri ze […]

Cristiano yigaragaje mu yindi mpano atarazwiho

captureas.png

Ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Twitter nta kindi kiri kuhavugwa usibye umukinnyi Cristiano wongeye kwigaragaza mu yindi shusho yo gufotora atamenyereweho . Ku rukuta rwe rwa Twitter hakomeje gusakara amafoto, uyu mugabo afite camera afotora bagenzi be ubwo bari bari mu myitozo ku kibuga ikipe ye yakoreragamo imyitozo. Aba bakinnyi batunguwe no kubona Critiano […]

Indirimbo zirimo iza Bruce Melodie zakumiriwe i Burundi

20230424_152020.jpg

Ikigo cy’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, cyakumiriye ku butaka bw’iki gihugu indirimbo 31 zirimo n’iz’Umunyarwanda Bruce Melodie. Umwanzuro uhagarika izi ndirimbo watangajwe na Amb. Vestine Nahimana ukuriye inama y’Igihugu y’itumanaho mu Burundi (NCC), mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama. Yasabye ibitangazamakuru by’i Burundi kudakina izi ndirimbo kuko zirimo amagambo y’urukozasoni. […]

Mu bihugu 10 bituwe cyane ku Isi harimo 1 gusa cyo muri AFURIKA-Dore urutonde

image_2023-04-24_050708233.png

Uko imyaka igenda yihirika ni nako isi igenda igira umubare munini w’abaturage bagenda biyongera. Muri ibyo bihugu tugiye kureba uko bikurikirana mu mibare y’abaturage tugiye kurebera hamwe 10 bya mbere ku Isi, muri byo hakaba harimo igihugu kimwe cyo muri Afurika nkuko urubuga rwa worlddata.info rubitangaza . 10.Mexico mexico, ni kimwe mu bihugu bibarizwa mu […]

Kajala yahishuye aho urukundo rwe yarwerekeje nyuma yo gutandukana na Harmonize

aa1kydk6ou5iultejimewtey3687hv7dygdmzv49.jpg

Frida Masanja Kajala wahoze akundana na Harmonize, nyuma yo kumara igihe nta kintu atangaza ku by’urukundo rwe na Harmonize, ku rubu yabohotse arabivuga ariko yirinda gutangaza uwo yamusimbuje gusa avuga ko ahari . Nairobinews itangaza ko Kajala aganira n’umunyamakuru Mambo Mseto, yavuze ko yatandukanye na Hamonize kuko yari akiri muto yashakaga umwanya uhagije ngo arusheho […]

Wari uziko ibihugu bikize byibasirwa n’ubugumba kuruta ibikennye?

origin-2.jpg

Ikibazo cyo kubura urubyaro ku bagabo n’abagore cyimaze kuba icyitarusange, kuko usanga ibigonderabuzima n’ibitaro biganwa n’abafite icyo kibazo ari benshi. Ku Isi ikigereranyo cy’abafite ikibazo cy’ubugumba bujuje imyaka y’ubukure, usanga ijanisha ryerekana ko ari 17.5% ariko nanone bikagendera ku bice bitandukanye by’isi aho usanga ibihugu bimwe na bimwe biba bifite imibare yo hejuru abandi iri […]

Ibyaha 3 Gen Alain-Guillaume Bunyoni akurikiranweho n’aho afungiye

Minisiteri y’Ubutabera mu Burundi yatangaje ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu afungiwe ibyaha bitatu, birimo icyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Bunyoni byakekwaga ko yaba yarahungiye muri Tanzania yatangiye gucicikana ku manywa yo ku wa Gatanu tariki 21 Mata 2023. Uyu wari umaze iminsi ashakishwa […]

Kenya: Hamaze gutabururwa imirambo y’abakabakaba 50 ‘biyicishije inzara’ ngo bahure na Yesu

Polisi ya Kenya yatangaje ko imaze gutaburura imirambo y’abantu 47 hafi y’umujyi wa Malindi uri hafi y’inyanja y’Abahinde, mu gihe hakomeje iperereza ku mukuru w’idini ushinjwa gukangurira aba bantu kwiyicisha inzara kugeza bapfuye. Mu bamaze gutabururwa harimo imibiri y’abana. Gushakisha indi mibiri birakomeje aho yahambwe mu buryo budakwiye mu ishyamba rya Shakahola. Mu cyumweru gishize […]

Burundi: CNIDH yemeje ko Gen. Alain-Guillaume Bunyoni yatawe muri yombi

Komisiyo ishinzwe Uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi (CNIDH), yemeje ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu afunzwe. Iyi Komisiyo mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yemeje ko kuri uyu wa Gatandatu yasuye Gen Bunyoni aho afungiye, gusa ihakana amakuru yavugaga ko uyu wigeze kuba Umuyobozi Mukuru […]

U Rwanda na RDC mu nama yiga ku kibazo cy’impunzi

Ubuyobozi bw’ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi (HCR) muri RDC, bwatangaje ko Leta y’iki gihugu, iy’u Rwanda ndetse na ryo bateganya kugirana inama yiga ku kibazo cy’impunzi buri gihugu gifite mu kindi. HCR ivuga ko muri Congo Kinshasa habarirwa impunzi z’Abanyarwanda 209,000; mu gihe iki gihugu na cyo gifite mu Rwanda impunzi zibarirwa mu […]

Police FC yisasiye APR FC, iha Kiyovu Sports amahirwe yo kwegukana igikombe

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatandatu yatsinzwe na Police FC ibitego 2-1, bituma ihita itakaza umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona ibura imikino ine igasozwa. Police FC yari yakiriye APR FC kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino wa derby y’umutekano w’umunsi wa 26 wa shampiyona. APR FC yasabwaga kuwutsinda kugira ngo ikomeze […]

Kuki tugirwa inama yo kuticara umwanya munini?Dore indwara 5 zikomeye bitera

health_dontsitdown_03.jpg

Abahanga mu mitekerereze ya muntu n’abajyanama mu by’ubuzima batanga inama ko abantu badakwiye kwicara buri munsi umwanya munini bitewe n’uko bishobora gutera indwara zitandukanye kandi zikomeye. Urubuga Healthline.com, rutangaza ko abarenga 1/2 cy’abatuye isi usanga bakunda kumara igice cyinini cy’igihe bakoresha ku munsi baba bicaye ntibagerageze gukoresha ingingo z’umubiri wabo bityo ugasanga babikurijemo uburwayi rimwe […]

Ibuka yajuririye umwanzuro w’ihagarikwa ry’urubanza rwa kabuga Félicien

25aaa340-3faf-11ed-9870-81cf332d717a.jpg

Umuryango w’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, wajuririye cy’urukiko mpanabyaha rwashyiriyeho Rwanda i Arusha (IRMCT), nyuma y’uko rwemeje ihagarikwa ry’urubanza Kabuga Félicien aregwamo na Leta y’U Rwanda. Ibuka ijuririye icyo cyemezo nyuma y’uko uru rukiko rwanzuye ko ikirego cya Kabuga gihagarikwa akabanza gukorerwa isuzuma ku burwayi bwagaragazwaga n’abamwunganira mu mategeko. Icyo gihe hanzuwe […]

Gen. Jeff Nyagah yagaragaje ko adashyigikiye ko M23 ijya muri Sabyinyo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za EAC zoherejwe kugarura amahoro muri Congo Kinshasa, Maj Gen Jeff Nyagah, yagaragaje ko adashyigikiye ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bajya kuba muri Sabyinyo nyuma yo kuva mu duce bahoze bagenzura. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo M23 yasabwe kuva mu duce twose wagenzuraga, hanyuma abarwanyi bawo bagasubira mu birindiro byawo bya […]

Arsenal yahagamwe na Southampton izashoboza iki Manchester City?

skysports-pep-guardiola-mikel-arteta_6121236.jpg

Ikipe ya Arsenal yaraye iteje benshi ururondogoro nyuma y’uko inaniwe gutsinda ikipe ya Southampton umukino ukarangira amakipe yombi anganyije ibitego 3-3 Ni umukine wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, aho abakurikiranira hafi ikipe ya Arsenal bari bizeye intsinzi ariko siko byaje kugenda kuko umukino warangiye izi kipe zombi zinganyije. Uyu wari umukino wishiraniro […]

MINICOM yasobanuye impamvu itamanuye imisoro ku bindi biribwa by’ingenzi

b43e9a8d077db9df3c792d1174e75024.jpg

Hashize iminsi micye Leta y’u Rwanda itangaje ko yagabanyije imisoro ku mitungo ndetse n’ibicuruzwa bimwe na bimwe birimo n’ibiribwa.Muri ibyo harimo ifu ya Kawunga, ibigori , ibirayi ndetse n’umuceri. Hakiramara gusohoka iryo tangazo, benshi mu baturage bagiye bagaragaza ko hari ibiribwa bimwe na bimwe byakabaye nabyo bigabanyirizwa imisoro kuko ngo kubyigondera bitoroheye buri wese. Aha […]

Ubutumwa bw’u Rwanda ku baturage barwo bari muri Sudani

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bari muri Sudani kuguma mu mazu yabo, mu rwego rwo kwirinda kugirwaho ingaruka n’intambara ikomeje kujya mbere muri kiriya gihugu. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu itangazo iheruka gusohora yavuze ko “Ambasade y’u Rwanda muri Sudani ikomeje gukurikiranira hafi imirwano ikomeje ndetse n’ibikorwa by’inzego z’umutekano muri Sudani, bityo igasaba Abanyarwanda bose […]

Bebe Cool yongeye kurikoroza kuri Bobi Wine

12.jpg

Umunyamuziki Bebe Cool, yongeye gushotora mugenzi we Bobi Wine avuga ko yamaze kuzima kugeza ubwo nta muntu ugikurikirana umuziki we . Ni amakuru aherutse gutangaza mu binyamakuru bitandukanye aho yavugaga ko adakwiye gumeza kwiyumva ko umuziki we ugikunzwe. Bebe Cool yakomeje avuga ko Bobi Wine adakunzwe haba mu muziki, muri Politike ndetse no mu mu […]

Gen. Bunyoni byavugwaga ko yahunze u Burundi yaba yatawe muri yombi

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaba yatawe muri yombi. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Bunyoni yatangajwe bwa mbere na Pacifique Nininahazwe usanzwe ari impirimbanyi y’Uburenganzira bwa muntu, akavuga ko yayahawe n’incuti w’uriya wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi. Uyu muntu Nininahazwe […]

Umugabo yamenya ate ko umugore yarangije mu gihe cy’imibonano?

capture233.png

Buri muntu agira uko acunganwa n’ibyiyumviro bye cyane cyane iyo ari ibimuganisha ku byishimo bishingiye ku mibonano mpuzabitsina . Abashakanye , iyo bakoze icyo gikorwa hari igihe usanga umwe asiga undi, ntihabeho kugendana bitewe n’uko ntabumenyi buhagije umwe afite cyangwa se bose nabyo birashoboka, bityo ugasanga hari igihe ibyishimo by’umwe bicagata ntibigere ku ndunduro. Kimwe […]

Leta yagabanyije imisoro, ku bicuruzwa bimwe ivanwaho

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bitandukanye, inakuraho umusoro ku nyungu (TVA) ku bicuruzwa bimwe na bimwe. Icyemezo cyo kugabanya imisoro cyahawe umugisha n’inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 20 Werurwe 2023, mu mishinga y’amategeko yerekeye imisoro yemeje. Iyo mishinga irimo uw’Itegeko rihindura itegeko rishyiraho umusoro ku […]

U Rwanda rwagaragarije Loni ibibazo RDC ishobora guteza nyuma yo kwanga kuganira na M23

Leta y’u Rwanda yagaragarije Umuryango w’Abibumbye ko intambara ishobora kongera kurota hagati y’Ingabo za Congo n’umutwe wa M23; nyuma y’uko Leta y’i Kinshasa irahiye ko itazigera iganira n’uriya mutwe. Ni impungenge zagaragajwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Gatete Claver, ubwo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 19 Mata yitabiraga inama rusange y’Akanama […]

Shadiboo, Gen. Mohoozi bifurije Abayisilamu irayidi nziza, Min. Abdallah atanga ubutumwa bwihariye

capture2.png

Mu gihe kuri uyu wa Gatanu hizihizwa umunsi w’irayidi(Eid Al Fitr, ibyamamare bitandukanye cyane cyane ababarizwa mu idini ya Islam, bifurije abanyarwanda n’abandi muri rusange kugira umunsi mwiza ariko banazirikana ababaye bityo kugirango bifatanye nabo kuri uyu munsi . Mu byamamare bitandukanye byagarutse kuri uyu munsi, harimo Uwimbabazi Chadia uzwi nka Shaddy Boo bishimiye uyu […]

KNC yasubije abatekereza ko ari we ugiye kuyobora FERWAFA

capture1-2.png

Nyuma y’uko umweyo umaze iminsi uvuza ubuhuha mu nzu ikoreramo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA, abarimo perezida wayo Mugabo Olivier bakegura, hahise hakwirakwira inkuru ko umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ashobora gufata uwo mwanya. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari mu kiganiro Rirarashe yabajijwe niba ibivugwa ko agiye gufata umwanya w’ubuyobozi […]

Juventus yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’u Butaliyani yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona, ihita ifata umwanya wa gatatu n’amanota 59. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo iyi kipe yo mu mujyi wa Turin yari yakuweho ariya manota, ku itegeko ry’urukiko rwo muri kiriya gihugu. Byari nyuma y’iperereza mu by’ubukungu yari imaze igihe ikorwaho […]

Abayobozi 3 ba FERWAFA barimo Muhire Henry na bo beguye

Muhire Henry wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na we yamaze kwegura, nyuma y’amasaha make uwari umuyobozi w’iri shyirahamwe yeguye. Muhire yeguye mu kanya kashize, ajyana na Iraguha David wari ushinzwe umutungo muri FERWAFA cyo kimwe na Delphine Uwanyirigira wari Komiseri ushinzwe amarushanwa. Kugeza ubu ntiharatangazwa impamvu uyu mugabo yahisemo gufata icyemezo […]

Abouk wari umugore wa Achraf yiyamye abakomeje kumuvuga,asaba agahenge

fufdbhpx0aep93a.png

Nyuma y’iminsi havugwa iby’itandukana rya myugariro wa Paris saint Germain, Achraf Hakimi n’umugore we, haracyakomeje kuvugwa byinshi byaje no gutuma atobora asaba abakomeje kumuvuga ko bamuha agahenge akaruhuka . Hiba Abouk, umugore wa Achraf aganira na Elle.com, yavuze ko ibyabaye agenda abyakira ashimangira ko atari we wa mbere bibayeho kandi ngo sinawe wanyuma , igisigaye […]

Ntidushobora kuganira na M23 kuko n’u Rwanda rwanze kuganira na FDLR: RDC ibwira Loni

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamenyesheje Umuryango w’Abibumbye ko itazigera iganira n’umutwe wa M23, ngo kuko u Rwanda na rwo rwanze kuganira na FDLR. Ni ibyatangajwe na Ambasaderi wa Congo Kinshasa muri Loni, Georges Nzongola-Ntalaja, ubwo mu ijoro ryakeye yagezaga ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe Umutekano ku Isi. Ijambo rye ryibanze ku bijyanye n’uko […]

Umugore yasigiye umugabo abana 3 arongorwa n’ umuturanyi kubera ubukene

3a0ba0710ca03894.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu gace kamwe ko muri Kenya haravugwa umugabo urimo gutabaza umuhisi n’umugenzi nyuma y’uko umugore we amutanye abana 3 akisangira umuturanyi ngo bibanire . Nickson Vuyekha, umwe mu bahungu ba David Sorema watawe n’umugore, avuga ko mu gitondo kimwe nyina yikoze akabatera se akigira ku muturanyi bahita bibanira. […]

Ikawa n’ubunyobwa mu biribwa karundura byongera ubushake bwo gutera akabariro

untitled.jpg

Gutera akabariro ni inkingi ya mwamba ku bashakanye ku buryo iyo umwe atabyisangamo cyane undi abikunda ni cyo gihe usanga bagonganye akantu gakomye kose ugasanga ntibakavuzeho rumwe ariko nyamara intandaro ari uko kudahuza mu buriri . Iyo umwe muri abo atabonye mugenzi we uko byaba bimeze kose aba afite ikibazo kuburyo bimusaba kwegera abaganga cyangwa […]

Amagana y’abasirikare ba Sudani bahungiye muri Tchad

Minisiteri y’Ingabo za Tchad yatangaje ko hari abasirikare 320 ba Sudani bahungiye muri icyo gihugu, nyuma y’intambara ikomeye ikomeje kujya mbere mu gihugu cyabo. Minisitiri w’Ingabo za Tchad, Gen Daoud Yaya Brahim, yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare “bageze ku butaka bwacu ku cyumweru, bamburwa intwaro hanyuma barafungwa.” Uyu musirikare yavuze ko abo basirikare bahisemo guhunga […]

Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023

Ibihugu bimwe na bimwe by’Afurika usanga bivugwaho kugarizwa n’ubukene bukabije kuburyo usanga abaturage babyo ubuzima bwabo buba buri ku murongo w’umuhondo cyangwa utukura . Muri ibyo bihugu akenshi usanga habaho iyimuka ry’abaturage bava mu byaro bagana mu mijyi ariko igitangaje hari abo ubuzima bugora ugasanga basubiye aho baturutse abandi bagakomeza umutsi. Bimwe mu bishingirwaho bavuga […]

Dore bimwe mu byo utazi ku ndwara yo kwibagirwa

37cerebralmatter2.jpg

Ibaze ufitanye inama n’umukoresha wawe ukibagirwa!Ibaze ufite ikizamini cy’akazi ariko ukibagirwa umunsi n’amasaha ugomba ku gikoreraho!Ibaze kuba ufite inkumi mugomba gusohokana ariko igategereza amaso agahera mu kirere wabyibagiwe . Izo ni zimwe mu ngero nyinshi zigaragaza ko ubusanzwe umuntu aba adakwiye kwibagirwa ibintu by’ingenzi mu gihe afite ubuzima buzima, ariko igitangaje n’uko abantu bahura n’ikibazo […]

Intare FC yanze gukina umukino wagombaga kiyihuza na Rayon Sports

Ikipe ya Intare FC yanze kwitabira umukino wo kwishyura wa â…› cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wagombaga kiyihuza na Rayon Sports. Iyi kipe kuri uyu wa Gatatu yagombaga gusura Rayon Sports, mu mukino wo kwishyura w’Igikombe cy’Amahoro wagombaga guhuza amakipe yombi kuri Stade ya Bugesera. Intare FC mu ibaruwa iheruka kwandikira ubuyobozi bwa FERWAFA, yavuze ko itigeze […]

Gutwita, kimwe mu biri kuvugwa ko byateye Zari gukora ubukwe mu muhezo

capture-87.png

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru ko umuherwekazi Zari Hassan yakoze ubukwe mu ibanga n’umukunzi we Shakib Cham Lutaaya . Ibi byagaragaye mu mashusho Zari aherutse gushyira hanze agaragaza uyu mugabo amwambika impeta mu muhango wabereye mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Ibikomeje kuvugwa byihutishije uyu mubyeyi w’abana 5, ni uko […]

Perezida wa FERWAFA yeguye

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Nizeyimana Mugabo Olivier ‘Cafu’, biravugwa ko yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’iyegura rya Cafu wari umaze imyaka hafi ibiri ayobora FERWAFA yatangiye kuvugwa ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu. Perezida wa FERWAFA mu ibaruwa yandikiye abanyamuryango b’iri shyirahamwe, yavuze ko yahisemo kwegura ku bw’impamvu zimukomereye afite zituma […]

MINEDUC yakuyeho agahimbazamusyi ababyeyi bageneraga abarimu

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko yamaze kuvanaho amafaranga y’agahimbazamusyi ababyeyi bageneraga abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye ya Leta. Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yatangaje ko iki cyemezo cyo gukuraho amafaranga y’agahimbazamusyi k’umwarimu cyafashwe, nyuma yo kugaragaramo akajagari. Yavuze ko hari ibigo byishyuzaga ababyeyi asaga Frw 150,000; ibyasaga nk’umuzigo kuri bo. Minisitiri w’Uburezi kandi yatangaje ko […]

Neymar mu byishimo by’uko umukunzi we atwite

capture11.png

Umukinnyi w’ikipe ya Paris saint Germain Neymar n’umukunzi we batangaje ko mu minsi iri imbere bitegura kuzibaruka imfura yabo . Uyu musore mu ntangiro z’icyi cyumweru aherutse gushyira ku rubuga rwa Instagram amafoto y’uruhererekane y’umukunzi we Bruna Biancardi amugaragaza ko amutwitiye umwana w’imfura yabo ariko akaba ari uwa kabiri kuri Neymar. Aya mafoto agaragaza Neymar […]

Gen. Al Burhan yahaye gasopo amahanga akomeje kwivanga mu bibazo bya Sudani

Gen. Abdel Fattah Abdelrahman al-Burhan uyoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho, yahaye gasopo amahanga ayasaba kwirinda kwivanga mu bibazo igihugu cye gifite. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Sudani mu itangazo yasohoye mu ijoro ryakeye, yashimangiye ko amakimbirane Ingabo z’iki gihugu zifitanye n’umutwe witwara gisirikare wa RSF ari “ibibazo by’imbere mu gihugu bigomba guharirwa abanya-Sudani mu rwego rwo […]

Ese wowe usomana uhumirije cyangwa uba ukanuye? Kurikiza izi nama

bbbb-4.jpg

Abashakanye cyangwa abitegura ku rushinga cyo kimwe na bamwe mu bakundana muri rusange usanga iyo bahuye bashaka kugaragaza ibyiyumviro byabo bakabigaragarisha bimwe mu bimenyetso harimo no gusomana . Nubwo uyu muco wo gusomana, uteri usanzwe umenyerewe mu Rwanda rwo hambere, wari waramamaye kuva kera mu bindi bihugu cyane cyane hakurya y’amazi magari aho usanga bo […]