Israel yagabye ibitero bikaze muri Liban na Gaza nyuma yo kuraswaho rokete uruhuri
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero by’indege ku birindiro by’umutwe w’abarwanyi b’Abanyapalesitine wa Hamas mu majyepfo ya Liban no mu karere ka Gaza . Igisirikare cyavuze ko ibyo bitero ari igisubizo cy’ibisasu bya roketi 34 byarashwe biva muri Liban byerekeza mu majyaruguru ya Israel, kuri uyu wa Kane ushize, cyavuze ko byarashwe na Hamas. Abarwanyi bo […]
Kindu: Bategereje mu minsi iri imbere abarwanyi ba M23 bazashyira intwaro hasi
Abarwanyi ba M23 “bakomoka muri Congo” bazashyira intwaro hasi bategerejwe i Kindu mu minsi iri imbere nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’umujyi wa Kindu ku wa Gatatu, itariki ya 05 Mata 2023, ubwo yabonanaga n’abaturage, ariko ashimangira ko abarwanyi b’abanyamahanga bo muri uwo mutwe bo bagomba gusubira iwabo . Nk’uko Augustin Mulamba Atibu abitangaza ngo abazasubizwa mu […]
#Kwibuka29: Ibyaranze itariki ya 7 Mata muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 7 Mata 2023, u Rwanda n’Isi yose turibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu basaga miliyoni mu minsi 100 mbere yo guhagarikwa n’izari ingabo za RPA/RPF. Hatangiye kandi icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’Igihugu kizasozwa ku itariki ya 13 Mata, aho insanganyamatsiko ari “Kwibuka Twiyubaka “. […]
Upinzani wa Uganda una wasiwasi kuhusu kutuma wanajeshi DRC
Nchini Uganda, uamuzi wa serikali kupeleka wanajeshi DRC una utata. Chama kikuu cha upinzani, FDC siku ya Jumanne kilimwomba rais kuwaeleza Waganda faida za kutumwa huku . Wanajeshi elfu mbili wa Uganda watatumwa mashariki mwa DRC chini ya bendera ya jeshi la kanda ya Afrika Mashariki, lenye jukumu la kusimamia uondoaji wa waasi wa M23. […]
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda ntibumva impamvu yo kohereza ingabo muri RDC
Muri Uganda, icyemezo cya guverinoma cyo kohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntikivugwaho rumwe aho ku wa Kabiri, ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe n’ubutegetsi, FDC ryasabye perezida gusobanurira Abagande inyungu zo kohereza ingabo . Abasirikare ibihumbi ba Uganda bari koherezwa mu burasirazuba bwa Congo mu rwego rw’ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zishinzwe kugenzura isubira […]
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zarashe drones 2 z’ikigo gikorana na TotalEnergies y’Abafaransa
Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique ziherutse kurasa drones ebyiri za True North, imwe mu masosiyete menshi akusanya amakuru kandi atanga umutekano kuri TotalEnergies. True North ngo yari yagurukije izi drones itabimenyesheje ingabo z’u Rwanda zazirashe. Ikibazo cyavuyemo cyasabye leta ya Mozambique kukinjiramo . U Rwanda nirwo rufite ingabo n’abapolisi benshi muri Cabo Delgado bagera ku […]
U Bushinwa na USA byiyemeje gufasha Zambia kwigobotora umwenda wa miliyari 14$
Kuri uyu wa Gatatu, abahagarariye ibihugu by’u Bushinwa na Amerika muri Zambia bemeye gukuraho ibyo batandukaniyeho no gufasha iki gihugu gukemura ikibazo cy’amadeni agera kuri miliyari 14 z’amadolari kibereyemo amahanga . Ambasaderi Du Xiaohui na Michael Gonzales kandi bemeye gushyigikira umuyobozi w’iki gihugu cya Afurika y’amajyepfo, Hakainde Hichilema, kubaka ubukungu bwarushijeho guhungabana kubera intambara y’u […]
Le gouvernement rwandais appelle au respect des directives de commémoration du génocide
Le ministère rwandais de l’unitĂ© nationale et de l’engagement civique (MINUBUMWE) a exhortĂ© mercredi le public Ă Â respecter les directives Ă©mises avant la commĂ©moration de cette semaine du gĂ©nocide de 1994, qui dĂ©butera vendredi. La 29e commĂ©moration Ă Â venir se tiendra sous le thème « Kwibuka twiyubaka : Remember-Unite-Renew  » et durera jusqu’au 13 avril. […]
Uganda: Minisitiri yatawe muri yombi azira amabati
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi minisitiri ushinzwe ibibazo bya Karamoja, Mary Kitutu, akurikiranyweho kwiba amabati yagenewe abakene bo mu karere ka Karamoja . Ifatwa rye ryayobowe n’abagize komite y’inteko ishinga amategeko ishinzwe iperereza ku ikoreshwa nabi ry’amabati yagenewe abatishoboye muri Karamoja. Byaje nyuma y’uko uyu yanze gutanga ibimenyetso, yabanje kurahira, ku byerekeye icyo cyaha. […]
RDC: Vuba aha ingabo za EAC zigiye gutangira gukorana n’iza MONUSCO

Vuba aha ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe mu burasirazua bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF) zigiye gutangira gukorana n’ingabo z’umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) . Umugaba mukuru w’ingabo za EAC, Gen. Jeff Nyagah n’umugaba w’Ingabo za MONUSCO, Gen. Otà ¡vio Rodriguez, kuri uyu wa Kabiri ushize bahuriye ku cyicaro cya MONUSCO barebera hamwe ibijyanye no guhuza […]
Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 30 y’amavuko, ukurikiranyweho kwica umwana w’umugabo we yareraga w’imyaka 6 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]
Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan
Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]
Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23
Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. “Uganda […]
Ruto salue le rôle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo
Le prĂ©sident William Ruto du Kenya a fĂ©licitĂ© le prĂ©sident Paul Kagame et le Rwanda pour leur comprĂ©hension et leur contribution « inestimables  » Ă Â la rĂ©solution de la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo . Il a dĂ©clarĂ© cela en s’adressant aux mĂ©dias lors d’une confĂ©rence de presse conjointe, dans le cadre […]
Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango
Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma y’ubushakashatsi bw’imbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe n’Ibiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, MĂ©lanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]
Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica
Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere y’urukiko ku bijyanye n’ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]
IMF n’u Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye n’inguzanyo nshya
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rw’abakozi n’u Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ry’inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari y’Amerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira n’iterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]
Uko pasiporo ya Perezia Salva Kiir yatowe mu giturage cyo muri Kenya
Cyagombaga kuba ari ku Cyumweru gisanzwe ku itariki ya 19 Ukuboza 1993, ku baturage bo mu giturage cya Sawmill cyo muri Kenya mu gace ka Ainabkoi hagati y’Intara za Uasin Gishu na Baringo ariko abaturage ntibari biteze kubona ibyabaye uwo munsi . Saa kumi n’imwe za mu gitondo, indege yaguye muri icyo giturage. Imbaga y’abantu […]
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu abandi baburirwa irengero
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye yabaye kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata 2023 mu mazi y’Ikiyaga cya Kivu, hafi ya Kizigo, muri Teritwari ya Idjwi, muri Kivu y’ Amajyepfo . Nk’uko byatangajwe na Moustapha, umuyobozi wa Teritwari ya Idjwi wemeje aya makuru mu binyamakuru byaho, ubwo bwato bwari butwaye abantu […]
Burundi: Abantu 19 bahoze muri RED-Tabara boherejwe n’u Rwanda bakatiwe igifungo cya burundu
Ubutabera bw’u Burundi bwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu bantu 19 bahoze mu mutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD ufite ibirindiro muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Abaciriwe urubanza bari bahungiye mu Rwanda mbere y’uko rubashyikiriza abayobozi b’u Burundi mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga muri 2021. Nk’uko kopi y’urubanza rwaciwe n’urukiko […]
Gen. Chirimwami mu rukiko muri dosiye akurikiranwemo uruhare mu ifatwa rya Bunagana
Gen. Major Chirimwami guhera kuwa Gatanu arimo kwitaba urukiko nk’umutangabuhamya muri dosiye y’abasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho uruhare mu ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana . Bivugwa ko Gen. Chirimwami yaba yarahaye amabwiriza abo ba komanda ba regiment ya 3307 n’iya 3412, zakoreraga ahitwa Gisiza na Bunagana, yo gusubiza ingabo inyuma zikajya Chengeero, ngo ari nabyo […]
RDC: Minisitiri w’ingabo mushya yaganiriye n’umugaba mukuru wa UPDF ku kibazo cya Bunagana
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba Gombo, yagiranye ibiganiro n’intumwa z’Igisirikare cya Uganda (UPDF) ziyobowe n’umugaba mukuru, Gen. Wilson Mbadi . Minisitiri w’ingabo wa RDC yari ari kumwe n’Umugaba Mukuru wa FARDC, Lieutenant General Christian Tshiwewe Songesha nk’uko […]
Finland Kujiunga na NATO Jumanne
Katibu Mkuu wa NATO Jens Stoltenberg alisema Finland itajiunga na muungano wa kijeshi siku ya Jumanne, chini ya mwaka mmoja baada ya nchi hiyo kuwasilisha ombi lake kujibu uvamizi wa Urusi dhidi ya Ukraine . Stoltenberg aliwaambia waandishi wa habari kabla ya mkutano wa mawaziri wa mambo ya nje wa NATO kwamba Finland inaleta jeshi […]
Uwari ukuriye igipolisi muri Kampala wari umaze imyaka hafi 5 yaratorotse yigaruye
Uwahoze ari umuyobozi wa polisi muri Kampala, Assistant Commission of Police (ACP) Siraj Bakaleke yongeye kugaragara nyuma y’imyaka hafi itanu ahunze igihugu yanga gutabwa muri yombi azira gufata no gufunga abenegihugu ba Koreya mu buryo bunyuranyije n’amategeko . ACP Bakaleke yahunze igihugu mu 2018 nyuma yo guhagarikwa ku mirimo ye muri Gicurasi kugira ngo akorweho […]
Sahel: Algeria ntikozwa kohereza ingabo z’amahanga mu karere hitwajwe iterabwoba
Kuri iki Cyumweru, itariki 2 Mata 2023, Umuyobozi w’Ingabo za Algeria, Lt.Gen. Said Chengriha, yongeye gusubiramo ko igihugu cye kitazemera ingabo zose z’amahanga zakoherezwa mu karere giherereyemo hitwajwe kurwanya iterabwoba . Mu ijambo rye, Gen. Chengriha yagize ati: “Algeria yanze uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwivanga kw’amahanga mu karere hitwajwe kurwanya iterabwoba kuko ari […]
Kagame réélu président du FPR-Inkotanyi
Le prĂ©sident Paul Kagame a Ă©tĂ© réélu prĂ©sident du parti au pouvoir, le FPR-Inkotanyi, lors du 16e congrès national qui s’est tenu au siège du parti Ă Â Rusororo, le dimanche 2 avril. Kagame a Ă©tĂ© secondĂ© comme candidat par la sĂ©natrice Marie-Rose Mureshyankwano, qui a dĂ©clarĂ© que le premier a fait ses preuves en tant […]
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu – Ubuhanuzi bwa 2023

Mu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les ProphĂ©ties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo […]
Lt. Gen. Hamuli wayoboye Operation Amani Leo yo guhiga FDLR yasezerewe
Lt Gen. DieudonnĂ© Hamuli, wahoze ari umuyobozi wungirije w’igisirikare cya za Congo wagizwe Komiseri Mukuru wa polisi mu 2017, yoherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru . Iteka rya perezida ryerekeye ikiruhuko cy’izabukuru muri Polisi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryasomwe ku wa Gatandatu, itariki ya 01 Mata 2023 kuri antene ya Radiyo na Televiziyo by’igihugu cya […]
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa n’inkiko zo muri Amerika no mu Busuwisi kubera urubanza rwo gusebanya ku muntu w’umuhanzi wo muri Cameroun . Umukobwa wa Perezida wa Cameroun yongeye kuba intandaro y’impaka, aho bivugwa ko muri Amerika no mu Busuwisi hatanzwe ikirego kimurega. Uwatanze ikirego, ni umugore […]
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba
Minisiteri y’ingabo y’u Budage iravuga ko icyiciro cya mbere cy’ibifaru kabuhariwe bya Leopard 2 bivuye mu Budage cyoherejwe muri Ukraine. Ibifaru 18 bigezweho by’ibanze byatanzwe nyuma y’uko abasirikare ba Ukraine bamaze gutozwa kubikoresha. Minisitiri w’ingabo, Boris Pistorius, yatangaje ko azi neza ko ibi bifaru bishobora “gutanga umusanzu ukomeye” ku murongo w’urugamba. Ibindi bifaru biteye imbere […]
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Werurwe 2023, Umunyamabanga Uhoraho w’ishyaka ry’Abaturage rihranira kongera Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD), yatangaje ko Joseph Kabila ari umukandida wa PPRD n’ihuriro FCC mu matora ya perezida ya 2023. Yashimangiye iki cyemezo avuga ko “Joseph Kabila akiri muto, afite icyerekezo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kandi afite gahunda […]
Umoja wa Afrika unaomba karibu $90M kwa kikosi chake cha kulinda amani nchini Somalia
Umoja wa Afrika (AU) umeomba ufadhili wa karibu dola milioni 90 kwa ajili ya ujumbe wake wa kulinda amani nchini Somalia . Katika taarifa yake, Bankole Adeoye, kamishna wa AU wa masuala ya kisiasa na amani ambaye alitoa ombi hilo la ufadhili, alisema Misheni ya Umoja wa Afrika nchini Somalia (AMISOM) inatoa msaada muhimu kwa […]
RDC: M23 yongeye kugaragara mu gace ka Kibirizi yari yaravuyemo
Sosiyete sivile ya Kibirizi muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru iravuga ko itewe inkeke n’urujya n’uruza rw’inyeshyamba za M23 zongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Werurwe, mu duce twa Kirima, Kibingu, Kabanda na Kibirizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Uyu muryango uravuga ko abantu bari bagiye […]
AU irasabira ATMIS inkunga ya miliyoni 90$ yo gukoresha muri Somalia
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wasabye inkunga ingana na miliyoni 90 z’amadolari yo gutera inkunga ubutumwa bw’amahoro muri Somaliya . Mu ijambo rye, Bankole Adeoye, komiseri wa AU ushinzwe ibibazo bya politiki n’amahoro wasabye inkunga, yavuze ko AMISOM itanga inkunga ikomeye ku gisirikare cya Somaliya mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Adeoye yagize ati: […]
Le président de la Fédération Bélizienne de Football a invité le Président Kagame au Belize
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Belize (FFB) ryatumiye Perezida Kagame

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cya Belize (FFB), ??rg?? ?hu?, yatumiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihugu cye ubwo yari yitabiriye Kongere ya 73 ya FIFA yateraniye i Kigali kuwa Kane ushize . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, FFB yavuze ko Chuc yatumiye Perezida Kagamemuri Belize abisabwe na Minisitiri w’Intebe, ??hn ?r???ñ?. FFB iti […]
RDC: Urukiko rwasubije Ngwabidje ku mwanya we wa Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo
Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu rwafashe icyemezo cyo gushyigikira ThĂ©o Kasi Ngwabidje warwitabaje ashinja Inteko Ishinga Amategeko y’intara “kutubahiriza amategeko” mu gufata icyemezo cyo kumuhagarika ku mirimo ye nka Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo . Ni ku nshuro ya kane ThĂ©o Kasi Ngwabidje yirukanwe ku mirimo […]
ICC ihangayikishijwe n’iterabwoba ry’u Burusiya ryo kuyirasaho misile
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwagaragaje ko ruhangayikishijwe n’iterabwoba ryaturutse mu Burusiya nyuma yo gusohora impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin . Kuri uyu wa Gatatu, ICC yatangaje impungenge zayo nyuma y’uko uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, akangishije kuzakubitisha misile za hypersonic uru rukiko, rukurikirana ibyaha by’intambara rufite icyicaro i La Haye. […]
U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg kishe abantu muri Tanzania
Nyuma y’ahoTanzaniya yemeje bwa mbere ko icyorezo cya Marburg cyinjiye mu gihugu ndetse kuri uyu wa Gatatu ikaba yari imaze guhitana abantu batanu mu munani bayanduye, u Rwanda rwizeye ko iki cyorezo kitazapfa kwinjira mu gihugu kuko aho cyagaragaye mu baturanyi ari kure y’u Rwanda nubwo rwafashe ingamba zo kugikumira . Iki cyorezo cyamenyekanye nyuma […]
Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali
Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]
SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe
Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nk’uko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]
OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two
The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]
Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro – Perezida Abdelmadjid Tebboune
Umubano wa Algeria na Maroc wageze “ahantu hadafite igaruriro”, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nk’ikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]
Umutangabuhamya yavuze uko Rutunga yahembaga abashyinguraga imirambo y’Abatutsi
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka yumvise abatangabuhamya bashinja Venant Rutunga ukurikiranweho uruhare muri jenosde . Uwitwa Edouard Burimwinyundo uvuga ko Rutunga yazanye abajandarume mu kigo yayoboraga bakica abatutsi niwe wabimburiye aba batangabuhamya. Burimwinyundo yari umuzamu mu kigo […]
La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă virus de Marburg, 5 morts
Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă virus de Marburg Ă la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s après […]
Tchad: Abasaga 400 bakatiwe gufungwa burundu bazira uruhare mu iyicwa rya Perezida Idriss Deby
Urukiko rwo muri Tchad kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, rwakatiye igihano cyo gufungwa burundu inyeshyamba zirenga 400 zifite aho zihuriye n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Deby Itno . Ibihano ku bagize umutwe w’inyeshyamba wa FACT (Front pour le changement et la concorde au Tchad) byatanzwe n’Urugereko rw’inshinjabyaha rwihariye rw’urukiko rw’ubujurire rwa N’Djamena. Ibiro […]
Virusi ya Marburg yadutse muri Tanzaniya imaze guhitana abantu batanu mu bayanduye
Kuri uyu wa Kabiri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko abantu batanu bapfiriye muri Tanzaniya bazize icyorezo cya virusi ya Marburg nyuma yo kwaduka mu karere ka Kagera mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu . Abantu ba mbere banduye virusi ya Marburg bemejwe muri iki gihugu nyuma y’uko abayobozi mu nzego z’ubuzima muri […]
Burundi: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahunze bagiye gushinga leta mu buhungiro
Abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi bari mu buhungiro batangaje ko bagiye gushinga guverinoma izakorera hanze y’igihugu izibanda ku gushakira ibisubizo byihuse ibibazo bihanze igihugu. Aba babitangaje mu itangazo bashyize ahagaragra bavuga ko bagiye kubikora kuko Leta iyobowe na CNDD-FDD yanze kugirana ibiganiro n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi . Itangazo bashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na JĂ©rĂ©mie […]
Mashauriano kuhusu Shirikisho la Kisiasa la EAC yataanza tena mwezi Mei
Mashauriano ya kitaifa kwa ajili ya kutunga Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC yanatarajiwa kuanza tena katika Nchi Wanachama wa EAC; huku Jamhuri ya Kenya ikitarajiwa kufanya vikao hivyo Mei 2023 . Wataalamu wa kikatiba wa kikanda wanaotayarisha Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC, wanatarajia kufanya mashauriano na wadau mbalimbali miongoni mwao; asasi […]
WFP yahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera gukomeza kwibasirwa
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera igitero giherutse kugabwa ku bakozi b’ubutabazi . WFP yagize ati: “Nyuma y’igitero giheruka, WFP yahatiwe guhagarika by’agateganyo ingendo zayo ziva muri Bor, muri Leta ya Jonglei ku nshuro ya kabiri mu byumweru byinshi kugira ngo yongere gusuzuma ingamba zo kugabanya amakimbirane.” […]
Les consultations sur la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC reprendront en mai
Les consultations nationales pour la rĂ©daction de la Constitution de la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC devraient reprendre dans les États partenaires de l’EAC ; la RĂ©publique du Kenya devant tenir les sessions en mai 2023 . Les experts constitutionnels rĂ©gionaux qui rĂ©digent la Constitution de la FĂ©dĂ©ration politique de l’EAC doivent tenir des consultations avec diverses […]
Kenya: Umunyeshuri yiciwe mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 werurwe, umunyeshuri yiciwe muri Kenya ubwo imirwano hagati y’inzego zishinzwe umutekano n’abigaragambyaga barwanya leta yafataga intera nyuma y’aho umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga ahamagaje imyigaragambyo ya buri cyumweru kubera igiciro cy’imibereho gikomeje kuzamuka . Igipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cyarashe imyuka iryana mu maso kinatera amazi abigaragambyaga mu […]
Missile nyinshi z’u Burusiya zasenyewe mu gitero cya drones cyagabwe muri Crimea
Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Ukraine yavuze ko guturika kwabereye mu majyaruguru ya CrimĂ©e yigaruriwe kwasenye misile z’u Burusiya zari zitwawe muri gari ya moshi . Umuyobozi w’umujyi wa Dzhankoi washyizweho n’u Burusiya yavuze ko ako gace katewe n’indege zitagira abaderevu. Ukraine yatangaje iturika ariko, nk’uko bisanzwe, ntabwo yavuze yeruye ko ari yo yari inyuma y’icyo […]
DRC: Islamic State claims responsibility for attack that killed 9 in Lubero
The Islamic State group (Daesh) claimed responsibility on Sunday March 19 for an attack by Ugandan terrorists from the Allied Democratic Forces (ADF) that left at least ten (10) dead in Nguli, a town located in the territory of Lubero, in the North -Kivu. This attack is the first in Lubero territory . “On Saturday, […]
Wachina tisa wauawa katika shambulizi Afrika ya Kati
Wachina tisa waliuawa katika eneo la uchimbaji madini katika Jamhuri ya Afrika ya Kati, shambulio lililolaaniwa na Rais wa China Xi Jinping ambaye alitoa wito Jumatatu “kuwaadhibu vikali” wahalifu . Shambulio hilo lilitokea Jumapili mwendo wa saa 5 asubuhi kwa saa za huko (0400 GMT) katika eneo la Bambari, katikati mwa nchi hiyo ya Kiafrika, […]
Abashinwa icyenda biciwe muri Centrafrica
Abashinwa icyenda biciwe ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Centrafrica, mu gihe cy’intambara y’abenegihugu, igitero cyamaganwe na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, wasabye kuri uyu wa Mbere “guhana bikomeye” abakoze ubu bwicanyi . Iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’imwe kuri iki Cyumweru mu Karere ka Bambari. Umuyobozi w’akarere, Abel Matchipata, yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa […]
Indege z’intambara z’u Bwongereza n’iz’u Budage zitambitse iz’u Burusiya hafi ya Estonia

Indege y’indwanyi y’u Bwongereza yo mu bwoko bwa Typhoon n’indi y’Igisirikare cy’u Budage mu mpera z’icyumweru gishize zahagurukijwe igitaraganya ku birindo bya gisirikare bya Ă„mari muri Estonia zigiye guhagarika indege itwara abagenzi yari iherekejwe n’indege z’indwanyi z’u Burusiya . Mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano mu kirere muri aka karere, indege zombi za NATO zahagurukijwe […]
Kagame et la ministre britannique de l’IntĂ©rieur discutent d’un partenariat sur la migration

Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu dimanche 19 mars la ministre de l’IntĂ©rieur du Royaume-Uni, Suella Braverman, pour des discussions sur le partenariat migratoire Royaume-Uni-Rwanda, un accord qui vise Ă apporter une solution Ă la crise migratoire mondiale . En vertu de l’accord signĂ© en avril 2022, les migrants illĂ©gaux utilisant de petits bateaux pour […]
Kabale: Umupolisikazi yishwe arashwe n’umukunzi we w’umusivili
Abapolisi bo mu Karere ka Kabale mu gihugu cya Uganda barimo gukora iperereza ku rupfu rw’umupolisi w’umugore w’imyaka 23 bivugwa ko yarashwe n’inshuti ye y’umusivili . Nk’uko abapolisi babitangaza, PC Caroline Komuhangi wakoreraga ku ishami ry’igipolisi cya Kabale yiciwe, mu gitondo cyo ku Cyumweru, aho yari atuye mu kigo. Umuvugizi wa polisi mu Karere ka […]
Paris: Louise Mushikiwabo aragirana ibiganiro na Perezida Macron
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Werurwe, Perezida Emmanuel Macron agomba guhura n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa La Francophonie . Nk’uko Perezidansi y’u Bufaransa (ElysĂ©e) yabitangaje, ikiganiro hagati yabo “kiribanda ku ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ihuriweho na Francophonie nka moteri yo […]