Kigali yabonetsemo abantu 50 banduye Covid-19

eoqt24gw8acrduj-1.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 7 Ukuboza 2020 yatangaje ko Umujyi wa Kigali wabonetsemo abantu 50 banduye icyorezo cya Covid-19. Ni mu gihe muri rusange, abanduye uyu munsi ari 62, mu bipimo 2182 byafashwe. Harimo aba b’i Kigali, 7 babonetse muri Musanze, 3 babonetse muri Rubavu, uwabonetse muri Ngororero n’uwabonetse muri Rusizi.

Ngo ‘Imana’ yamwohereje ‘kubetinga’ kuri Bayern, moto ye ibigenderamo

screenshot_20201201-182419_chrome-780x470.jpg

Umumotari ubarizwa mu gace ka Bukedea mu burasirazuba bwa Uganda, yavuze ko Imana yamwohereje gutega (kubetinga) ku mukino wa UEFA Champions League uherutse guhuza Bayern Munich na Atletico Madrid, birangira moto ye ibigendeyemo. Moto uyu mugabo yari afite ni Bajaj. Bitewe n’uko ngo Imana yari yamweretse ko agomba gutsindira amafaranga yasheteye, yafashe icyemezo cyo kuyigurisha […]

Nyina yamubwiye ko yamubyaranye n’inguge

Umwana witwa Augusto Dembo uri mu kigero cy’imyaka 13 y’amavuko, ubarizwa mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, yavuze ko nyina yasize amubwiye ko yamubyaranye n’inyamaswa ya ‘chimpanzee’ iri mu muryango w’inguge. Nk’uko igitangazamakuru Gazeta Nacional cyabitangaje, uyu mubyeyi w’uyu mwana witwaga Anita Dembo (yarapfuye) ngo yakoraga muri Pariki y’Igihugu ya Cameia kuva mu 1998. Mu […]

FCC yarakaye, yavuze ko Kabila agomba kuvuga ku cyemezo Tshisekedi yafashe

Ihuriro Mpuzamashyaka rya FCC rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, kuri uyu wa 7 Ukuboza 2020 ryatangaje ko Joseph Kabila uribereye umuyobozi w’icyubahiro agomba kuvuga ‘ukuri kwe’ ku cyemezo Perezida Tshisekedi yabafatiye. Ni nyuma y’amasaha make uyu Mukuru w’Igihugu atangaje ko agiye gusesa amasezerano y’imikoranire (coalition politique) hagati ‘ihuriro CACH ririmo ishyaka rya rya […]

RDC: Gen Delphin Kahimbi yashyinguwe nyuma y’amezi 10 apfuye

Umurambo wa Général-major Delphin Kahimbi wahoze akuriye Ubutasi bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washyinguwe ku cyumweru nyuma y’amezi akabakaba 10 yitabye Imana. Gen Kahimbi witabye Imana muri Gashyantare uyu mwaka, yashyinguwe mu gace ka Kinezire avukamo muri Terirwari ya Kalehe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuhango wo gushyingura Gen Kahimbi waberewe […]

Musanze FC yakuye amanota atatu ya mbere muri shampiyona kuri AS Muhanga

Ikipe ya Musanze FC yegukanye amanota atatu ya mbere muri shampiyona y’ikiciro cya mbere ya 2020/21, nyuma yo gutsinda AS Muhanga ibitego 2-1. Hari mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wabereye kuri Stade Ubworoherane. Iyi kipe yo mu majyaruguru y’u Rwanda ntiyari yarabashije gukina umukino w’umunsi wa mbere ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, bijyanye […]

RDC: Haravugwa abitwaje intwaro binjiye mu ishyamba rihana imbibi n’u Rwanda

Hari amakuru ko hari itsinda ry’abantu bitwaje intwaro ryinjiraga muri Pariki ya Virunga, ihana imbibi n’u Rwanda, rinyuze mu Kiyaga cya Edourd muri Kivu ya Ruguru kuwa Gatandatu tariki ya 5 Ukuboza 2020. Amakuru yagarutsweho n’ibitangazamakuru muri Congo-Kinshasa avuga ko aka gatsiko k’abitwaje intwaro kinjiye mu ishyamba rya Virunga byaketsweko kagizwe n’abanyekongo bivanze n’abanyamahanga. Bizwi […]

Dr Christine Uwimana amenye umubyeyi we nyuma y’imyaka 47

Nyuma y’imyaka 47 abayeho atazi se umubyara, Umunyarwandakazi Dr Uwimana Christine uba mu Busuwisi, yabashije kumenya se abifashijwemo n’Ijwi rya Amerika, aho yemeza ko kuri ubu yishimiye ko amateka ye yuzuye. Nyina wa Dr Christine witwa Agnes Kabarenzi, yapfiriye muri Gereza ya Ruhengeri, aho yafungiwe amaze gutabwa muri yombi nyuma ya kudeta yagejeje ku butegetsi […]

Abanyamerika hagati ya 15-20 bafashe icyemezo cyo gutura mu Rwanda

Abanyamerika babarirwa hagati ya 15 na 20 bafashe icyemezo cyo gutura mu Rwanda nyuma yo kumara igihe bitegereza iki gihugu. Aba nk’uko RBA ibitangaza, bamaze igihe mu Rwanda bitegereza imiterere yarwo, amahirwe ahari n’ituze n’umutekano. Bemeza ko byabanyuze, bafata umwanzuro wo kuhatura nk’abaturage b’u Rwanda. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yabasobanuriye bimwe mu byo bibaza ku Rwanda, […]

Kagame présidera la réunion du conseil d’administration de Smart Africa

Les chefs d’État et de gouvernement de 30 pays se réunissent aujourd’hui virtuellement pour discuter du travail de Smart Africa, une alliance de pays africains visant à accélérer la transformation numérique du continent. La neuvième réunion du conseil sera présidée par le président Paul Kagame, selon le communiqué du secrétariat de l’organisation, actuellement basé à […]

Mozambique: Papa yahaye inkunga abakozweho n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu

Umuyobozi wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, yageneye ubufasha abagizweho ingaruka n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique. Nyir’ubutungane (nk’uko Abakirisitu Gaturika babyemera) yahaye aba baturage inkunga y’Amadolari 121,000 (angana na 120,044,233 z’Amanyarwanda). Iyi nkunga Papa yayitanze nyuma y’aho aba baturage batabarijwe na Musenyeri mukuru wa Pemba, Luis Fernando Lisboa nk’uko […]

Rubavu: Baravuga ko barimo kwakwa amafaranga ngo bahabwe Shisha Kibondo

Muri imwe mu mirenge yo mu Karere ka Rubavu, irimo uwa Nyamyumba, Rugerero na Rubavu, hari ababyeyi batari bake batwite n’abonsa babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri, bavuga ko badahabwa iyi fu ya shisha kibondo kandi ari uburenganzira bwabo mu rwego rwo kubunganira mu mirire bo n’abana. Basobanura ko n’ugerageje kuyisaba yakwa amafaranga adafite […]

Nyagatare: Muganga yasenze umunyeshuri nyuma y’iminsi mike basezeranye

Nshimiyimana Jean Baptiste uyoboye Ikigo Nderabuzima cya Mimuli mu Karere ka Nyagatare yasenze Uwiringiyimana Marie Chantal w’imyaka 22 y’amavuko uvuga ko yiga mu mashuri yisumbuye, nyuma iminsi 12 basezeraniye imbere y’amategeko. Nk’uko byatangajwe na UKWEZI, Uwiringiyimana na Nshimiyimana basezeraniye ku Murenge tariki ya 27 Kanama 2020, uyu mukobwa akavuga ko “ku munsi wakurikiyeho, batangiye kubana […]

Umurambo wabuze mu isanduku nyuma basanga wageze mu rugo

Abaturage bo mu giturage cyitwa Konna nne mu Karere ka Kaliua mu Ntara ya Tabora baguye mu kantu ubwo bari bagiye gushyingura umurambo, bakawubura mu isanduku ubwo bari bawujyanye kuwushyingura ku ivuko, bagasanga wabatanzeyo. Aba baturage baje gufata umurambo Tabora, bajya kuwushyingura ahitwa Kahama, ariko bageze mu nzira, umurambo ubura mu isanduku. Aba bavuga ko […]

Rwamagana: Impaka mu gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe

Bamwe mu baturage batuye mu murenge ya Kigabiro barinubira gushyirwa mu byiciro by’ubudehe hatagendewe ku mibereho yabo ndetse bamwe bagashinja abayobozi guhisha ko bafite abakene mu mudugudu yabo. Umunyamakuru wa Bwiza.com ku wa 5 ukuboza 2020 yageze ahakorerwaga igikorwa cyo gushyiraho abaturage mu byiciro by’ubudehe, ahasanga abaturage bafite uburakari kubera ibyiciro bashyizweho. Abaturage bavuga ko […]

Imbunda nto 10 za mbere ziringirwa mu kugaba ibitero ku Isi

main-qimg-0006ec83257918c2c2209d18dd691648.jpg

Ni iyihe mbunda nziza yo kugaba igitero mu Isi? Ni iyihe mbunda igezweho yo kugaba ibitero n’impamvu? Tugiye kurebera hamwe urutonde rw’imbunda 10 wakwiringira mu kugaba ibitero hagendewe ku mikorere yazo, umusaruro wazo, kwiringirwa, abazikoresha n’ibindi. Uru rutonde ruriho imbunda wavuga ko ari izo muri iki gihe zigikoreshwa hirya no hino nk’uko tubikesha urubuga military-today.com. […]

Major Mudathiru na bagenzi be basabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha bwa gisirikare kuri uyu wa Mbere, bwasabiye abantu 32 bakurikiranyweho gukorana n’imitwe ya P5 na FLN mu bikorwa by’iterabwoba ku Rwanda barimo Rtd Major Muthadiru Habibu gufungwa burundu. Itsinda rya mbere ry’abasabiwe gufungwa burundu rigizwe n’abantu 25 bayobowe na Rtd Major Mudathiru Habib wahoze mu Ngabo z’u Rwanda. Aba baregwa ibyaha bitanu birimo kwinjira […]

UA/14ème Sommet extraordinaire de l’Union africaine sur l’initiative “Faire taire les armes en Afrique”

Le Président sud-africain désavoue les séparatistes du polisario Le Président sud-africain et président en exercice de l’Union africaine (UA), Cyril Ramaphosa, a désavoué, le dimanche 06 décembre 2020, les séparatistes du ‘’polisario’’, en réaffirmant la pertinence de la décision 693 du Sommet africain, tenu en juillet 2018 à Nouakchott, en Mauritanie. M. Ramaphosa, qui s’exprimait […]

Kigoma: Umugore yabyaye inkoko

Polisi mu Ntara ya Kigoma muri Tanzania itangaza ko hari umugore wabyaye inkoko bityo ubu ikaba igiye kujyanwa muri laboratwari ngo hasuzumwe ikibyihishe inyuma. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Kigoma, James Manyama avuga ko ibyabye bidasanzwe, ko bigomba gukorwaho iperereza. Ati ” Ibi ntibisanzwe mu bantu. Polisi izajyana icyo kiremwa muri laboratwari ya Leta […]

Minani urwanya ubutegetsi bw’u Burundi arasaba bagenzi be kwitandukanya na UN

Umunyapolitiki urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, Minani Jeremie asaba bagenzi be bahuje umurongo kwitandukanya no guhagarika imikoranire n’Umuryango w’Abibumbye. Minani yabitangaje kuri uyu wa 6 Ukuboza 2020 nyuma y’umunsi umwe uyu muryango ufashe icyemezo cyo gukura u Burundi ku rutonde rw’ibihugu birangwamo umutekano muke. Yavuze ko UN n’Umunyamabanga Mukuru wayo, Antonio Guterres bagambaniye abaturage b’u Burundi, […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi zasabye kwimurirwa mu kindi gihugu

Abahagarariye impunzi z’Abarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu ushize bandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ishami ryawo rishinzwe impunzi, UNHCR, ndetse n’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Human Rights Watch, basaba kobafashwa kwimurirwa mu kindi gihugu kuko barimo guhohoterwa bahatirwa gutaha ku ngufu. Kopi y’ibaruwa yanditswe n’izi mpunzi urubuga rwa SOS Médias Burundi yabashije kubona, […]

Gen Muganga yavuze amasomo APR FC yigiye ku gutsindwa na Gor Mahia

Umuyobozi wungirije wa APR FC, Maj. Gen Mubarakah Muganga, yavuze umukino batsinzwemo na Gor Mahia wabigishije ko bagomba kwizera insinzi ari uko umusifuzi ahushye mu ifirimbi ya nyuma. Gen Muganga yabigarutseho ku Cyumweru, ubwo yakiraga ikipe abereye umuyobozi mu mwiherero i Shyorongi, aho yagiye kwitegurira imikino ya shampiyona ya 2020/21. APR FC iheruka gusezererwa na […]

Ihere ijisho uburanga bwa Rose Manfere wambitswe ikamba rya Miss Tanzania 2020 (Amafoto)

eogxovlxcamnrs7-630x420.jpg

Umunya-Tanzaniakazi, Rose Manfere, ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize yegukanye ikamba rya Nyampinga wa Tanzania wa 2020, ahigitse abakobwa 19 bagenzi be barihataniraga. Manfere w’imyaka 20 y’amavuko yegukanye ririya kamba, nyuma y’uko ririya rushanwa ryari ryarakunze gusubikwa bya hato na hato kubera icyorezo cya Covid-19. Ni umukobwa ufite uburanga, wahise ubona amahirwe yo kuzahagararira Tanzania mu […]

U Bwongereza bugiye kuba ubwa mbere mu gukingira abaturage Covid-19

Kuri iki Cyumweru u Bwongereza bwatangaje ko bugiye kuba igihugu cya mbere kigiye gutangira guha abaturage bacyo urukingo rwa coronavirus rwakozwe n’inganda, Pfizer na BioNTech. Inkingo za mbere zizahabwa abakora mu bijyanye n’ubuvuzi ndetse n’abarengeje imyaka 80 guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ukuboza, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima. Inkingo hafi 800,000 nizo biteganyijwe […]

Nyamasheke: Urujijo ku mfu z’abasore babiri ngo ‘bari bafite ibibazo byo mu mutwe’

Mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke haravugwa imirambo y’abasore 2 umwe w’imyaka 30 y’amavuko watoraguwe mu gishanga cy’umuceri cya Cyunyu mu gace k’umudugudu wa Gasheke mu kagari ka Gasheke ku wa 6 Ukuboza, undi w’imyaka 18 warohowe mu kivu ku wa 3 Ukwakira 2020 mu gice cy’akagari ka Karusimbi gahana imbibe n’aka ka […]

Ubutegetsi ntabwo bwihariwe n’umuntu umwe- Mushikiwabo avuga ku butegetsi bw’ u Rwanda

Umuyobozi w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo avuga ko asanga Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame atarihariye ubutegetsi yagiyeho mu 2003 binyuze mu matora. Ni ibyo yatangaje mu kiganiro n’Umunyamakuru Francis Van de Woestyne w’ikinyamakuru La Libre cyo mu Bubiligi. Uyu munyamakuru yamubajije uburyo ubutegetsi busaranganyijwe, mu gihe Perezida Kagame itegeko rimwemerera kuba yaguma […]

CNLG yamaganye abashinja abasirikare bakuru ubwicanyi, Rujugiro yifuza inyubako ye

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 30 Ugushyingo 2020 cyaranzwe n’amakuru atandukanye yiganjemo avuga ku banyapolitiki n’iyobokama; akaba ari nayo twegeranyije uyu munsi, hiyongereyemo ay’umupira w’amaguru. Abashinja ubwicanyi abasirikare bakuru b’u Rwanda baramaganwe Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya jenoside (CNLG) tariki ya 1 Ukuboza 2020 yashyize hanze itangazo ryamagana inkuru yaciye mu bitangazamakuru bitatu birimo The Guardian, […]

Abarwayi baguwe gitumo basambanira ku gitanda cyo kwa muganga

image_750x_5fccb009b4101.jpg

Mu bitaro bimwe biherereye Lagos mu gihugu cya Nigeria, abarwayi babiri (umusore n’inkumi) bafashwe basambanira munsi y’igitanda. Urubuga leuksenegal.com, ruvuga ko aba barwayi bahawe ibitaro kuko bari barwaye indwara zitabemerera gutaha mu rugo. Nyuma y’igihe gito bari bakundanye, nuko ubwo bari batangiye gutora agatege ariko batarasezererwa bahita bihina munsi y’igitanda mu gihe bari bizeye ko […]