Abantu 87 banduye COVID-19 mu Rwanda, ntihagira n’umwe uyikira
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko mu gihugu hose habonetse abarwayi bashya 87 ba COVID-19, mu gihe nta n’umwe wakize kiriya cyorezo. Abarwayi bashya babonetse biganjemo abo mu mujyi wa Kigali wabonetsemo 71, i Rubavu habonetse 9, 5 b’i Huye, 1 w’i Rusizi n’undi w’i Nyanza. Uyu munsi nta muntu mu Rwanda […]
Muhamudu Mosi wakiniye Amavubi aratabarizwa kubera ubuzima bushaririye abayemo
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bamenye Muhamudu Mosi mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’ no mu makipe atandukanye, bashenguwe n’ubuzima bubi asigaye abayemo nyuma y’ifoto ye yagiye ahagaragara. Mosi uretse kuba yaragize ibihe byiza mu kipe y’igihugu’Amavubi’, yananyuze mu makipe arimo ayo muri Uganda nka Mityana FC, Express FC, Victors FC, na Villa Sports Club; cyo kimwe […]
ADEPR yashenye urwego rw’itorero rw’akarere, ishyiraho indembo nshya
Umuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z’itorero ry’akarere n’indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya. Ni nyuma y’uko ubwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwashyiragaho Komite y’inzibacyuho ya RGB ku wa 08 Ukwakira; rwayisabye “kuvugurura imiyoborere, amategeko, inzego z’imiyoborere n’inzego z’imirimo ndetse n’imikorere n’imikoranire muri ADEPR.” Umuyobozi wa ADEPR mu Rwanda, […]
Un jeune de 19 ans risque la réclusion à perpétuité pour avoir profané 17 jeunes garçons
Les procureurs rĂ©clament une peine d’emprisonnement Ă perpĂ©tuitĂ© pour une femme de 19 ans soupçonnĂ©e d’avoir souillĂ© 17 jeunes garçons Ă diffĂ©rents moments dans le district de Gasabo. La peine a Ă©tĂ© suggĂ©rĂ©e par l’accusation le 18 dĂ©cembre 2020. Le suspect aurait attirĂ© les garçons avec des jouets. Les victimes auraient entre 7 et 12 […]
Ari mu byishimo kuko umugabo we yashatse undi mugore
Umugore wo muri Nigeria witwa Bella Hijabi kuri Twitter ari mu byishimo nyuma y’aho umugabo we ashakiye umugore wa kabiri. Uyu yagize ibyishimo ku buryo atari kubyihererana, aho yahisemo kubisangiza inshuti ze kuri Twitter agira ati ” Umugabo wanjye yashatse undi mugore. Ubu nishimye kurusha umugabo wanjye. Allah aduhe imigisha anaturinde ishyari n’ijisho ry’ikibi. Ameen!” […]
Centrafrica: Minusca yisubije Umujyi wa Bambari wari wigaruriwe n’inyeshyamba
Umujyi wa Bambari wa kane mu bunini muri Centrafrica wari wigaruriwe n’inyeshyamba kuri uyu wa Kabiri, ubu uragenzurwa n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye n’iza Leta nyuma yo kwirukanamo izi nyeshyamba. “Ibintu muri Bambari byasubiye mu buryo,” uyu ni Abdoulaziz Fall, umuvugizi wa MINUSCA, mu kiganiro n’itangazamakuru i Bangui kuri uyu wa Gatatu nk’uko tubikesha Al Jazeera. Yakomeje […]
Akuzuye umutima wa Tidjara Kabendera watandukanye na RBA yari amazemo imyaka 18
Umunyamakurukazi Tidjara Kabendera, yamaze gutandukana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), nyuma y’imyaka 18 yari amaze ari umukozi wacyo, ashimira abakunze ibiganiro yakoraga n’abo bakoranye bose. Tidjara Kabendera uri mu banyamakuru bakunzwe mu biganiro bitandukanye yakoragamo kuri Radio Rwanda, yatandukanye na kiriya kigo nyuma yo gusezera. Mu butumwa burebure uyu mugore yanditse kuri Instagram, yashimye Imana yamuhaye […]
Indege 19 z’igisirikare cy’u Burusiya n’u Bushinwa zavogereye ikirere cya Koreya y’Epfo
Indege zigera kuri 19 z’u Bushinwa n’u Burusiya kuri uyu wa Kabiri zinjiye mu buryo butemewe mu kirere cya Koreya y’Epfo mu cyasaga nk’imyitozo ihuriweho, ariko bituma igisirikare cyo mu Kirere cy’iki gihugu (Koreya y’Epfo) cyohereza indege z’indwanyi muri iki gice nk’uko byemejwe nabagaba b’ingabo . Indege enye z’Abashinwa zo mu bwoko bwa bombardiers H-6, […]
Rusizi: Umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 wasanzwe mu mufuka ku nkengero z’ikivu
Umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka hagati ta 35 na 38 wasanzwe mu mufuka usanzwe utwarwamo imyaka, ubonwa mu nkengero z’ikiyaga cya kivu, mu mazi, mu mudugudu wa Karambo ,akagari ka Cyangugu, umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, munsi y’umuhanda wa Hoteli des chutes hafi y’umupaka wa Rusizi ya 1. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye […]
Ntibizwi niba ubwoko bushya bwa COVID-19 bwandura byihuse buri mu Rwanda-RBC
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko kugeza ubu bitazwi niba ubwoko bushya bwa COVID-19 bwandura byihuse buri mu Rwanda. Mu Bwongereza na Afurika y’Epfo haravugwa ukwihinduranya kwa COVID19, ku buryo yandura mu buryo bwihuse cyane. Mu kiganiro Waramutse Rwanda kuri Televiziyo y’igihugu, kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukuboza […]
CAF Confederation Cup: AS Kigali yateye mpaga KCCA bagombaga gukina
Umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA yo muri Uganda, ntukibaye nyuma y’uko Komiseri wawo yemeje ko iriya kipe itewe mpaga kubera abayigize banduye Covid-19. Uyu mukino wagombaga kubera kuri Stade ya Kigali guhera saa cyenda zo kuri uyu wa Gatatu. Inama itegura umukino (Technical meeting) yahuje […]
Umubiligikazi ukunda kwifotoreza ahafatwa nk’ahera yambaye ubusa ashobora gufungwa

Umunyamideri w’Umubiligikazi witwa Marisa Papen, ashobora gukatirwa imyaka 7 y’igifungo nyuma yo kwifotoreza, yambaye ubusa buri buri, ku musigiti uzwi nka Hagia Sophia wo mu Mujyi wa Istanbul muri Turkiya. Uyu munyamideri w’imyaka 28 ukomoka mu Mujyi wa Limbourg mu Ntara ya Liège, bivugwa ko yifotoreje ku musigiti wa Hagia Sophia mu 2018 yambaye uko […]
Mukura: Umuturage avuga ko uwamubwiye ko azamuca amazuru yamugabyeho igitero
Umuturage witwa Nyirabahire Clementine utuye mu Mudugudu wa Sanzare mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Mukura mu karere ka Rutsiro arasaba ubuyobozi kumwishyuriza umuturage witwa Irasubiza Innocent wamuteye iwe akamumenera inzugi n’amadishya akanamwangiriza igisenge cy’inzu nyuma yo kumubwira ko azamuringaniza amazuru. Nyiramahire avuga ko inzu ye yangijwe n’umusore witwa Irasubiza Innocent,wamuteye ashaka kumugirira nabi […]
Centrafrica: Umujyi wa Bambari wigaruriwe n’inyeshyamba za UPC
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amatora yo mu gihugu cya Centrafrica abe, inyeshyamba zo mu mutwe wa UPC (UnitĂ© pour la paix) zamaze kwigarurira Umujyi wa kane muri iki gihugu witwa Bambari. Guverinoma ikaba yamagana ibikorwa bigamije guhirika ubutegetsi mu gihe inyeshyamba zigenzura 2/3 by’igihugu zarushijeho guhagurukira ubutegetsi buriho. Iyi nkuru dukesha […]
Muzehe Gasarabwe wahoze ayobora Mukura VS yitabye Imana
Gasarabwe Jean Damascène wabaye Perezida wa Mukura Victory Sports yo mu karere ka Huye nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yitabye Imana ejo ku wa Kabiri. Uyu mukambwe ni umwe mu bagize uruhare rukomeye mu kwiyubaka kwa Mukura Victory Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi. Nyakwigendera Gasarabwe ni umwe mu bitangiraga cyane […]
Ubushinjacyaha bwasabiye igihano umusore ukurikiranweho gusambanya abana b’abahungu 17
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 18 Ukuboza 2020 bwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umusore w’imyaka 19 y’amavuko kubera icyaha akurikiranweho cyo gusambanya abana b’abahungu 17 mu bihe bitandukanye abashukishije ibikinisho yakoraga. Hari amakuru ko ku itariki ya 23/10/2020 uwo muturage wo mu Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata, Akarere […]
Uganda yahaye ibisobanuro Amerika yayishinje guhonyora uburenganzira bwa muntu
Minisitiriri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Hon Sam Kutesa, yahakanye ibirego Leta ya Uganda iheruka gushinjwa na Komisiyo ishinzwe ububanyi n’amahanga mu mutwe w’abadepite ba Amerika by’uko ihonyoza uburenganzira bwa muntu. Mu ibaruwa ndende Hon Kutesa yandikiye iriya Komisiyo, yagerageje kujya akomoza kuri buri kimwe mu birego ndetse n’icyo amategeko ya Uganda agiteganyaho. Ingingo yakomojeho zirimo […]
Uwari umujyanama wa Joseph Kabila aravuga ko Abanyaburayi bashaka umutwe we
Uwahoze ari umujyanama wa Perezida Joseph Kabira, Kikaya Bin Karubi, aravuga ko ibihugu byo mu burengerazuba bishaka kwikiza uyu wahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko yabitangaje ku rubuga rwe rwa twitter, bwana Kikaya (uri kumwe na Kabira ku ifoto) aravuga ko ibihugu bikomeye mu burengerazuba bw’Isi bishaka umutwe wa Kabira kubera […]
Umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma y’ifungwa ry’umusore akunda
Abaturage bo mu mudugudu wa Kyakatagwa muri Paruwasi ya Ndolo, mu Karere ka Kyotera baguye mu kantu nyuma y’aho ku mugoroba wo kuwa Mbere ushize, umwangavu w’imyaka 16 afashe icyemezo cyo kwiyahura kubera itabwa muri yombi ry’umusore bakundanaga w’imyaka 25. Uyu mwana w’umukobwa wari utaruzuza imyaka y’ubukure bivugwa ko yari amaze amezi asaga ane akundanaga […]
Niba tuvuga umuturage ku isonga ntidukwiye kumusonga – Ingabire M. Immaculee
Mu gihe leta y’u Rwanda yongereye abaturage igihe cy’amezi atatu yo kuba barangije gutanga imisoro y’ubutaka, bamwe mu baturage bo baracyavuga ko iyi misoro ibaremereye na cyane ko muri iki gihe bugarijwe n’ubukene bukabije ndetse bamwe mu bavuga rikijyana bo bakaba basanga leta ikwiye kongera kubitekerezaho neza ikumva impungenge z’abaturage byaba ngombwa n’iyi misoro igakurwaho. […]
Lionel Messi yanditse amateka mashya muri FC Barcelona (Amafoto)

Umunya-Argentine Lionel Messi, yaraye yanditse amateka akomeye yo kuba umukinnyi wa mbere ku Isi watsinze ibitego byinshi akinira ikipe imwe, nyuma yo guca agahigo kari gafitwe n’igihangange Pele. Messi yabigezeho nyuma yo gufasha FC Barcelona akinira gutsinda Real Valladolid ibitego 3-0, mu mukino wa shampiyona ya Espagne wabaye mu ijoro ryakeye. Messi yatsinze igitego cya […]
Rutsiro: Umugore yakase umwana muto w’umuturanyi ijosi ngo ” hari icyamubwiye kumwica”
Umugore wo mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kigeyo ho mu Kagari ka Rukaragata, Umudugudu wa Nganzo yishe umwana w’umuturanyi amukase ijosi na we ahita yishyikiriza inzego z’ubuyobozi avuga ko hari icyamubwiye Ibi byabaye ku wa Mbere, tariki ya 21 Ukuboza 2020, mu masaha ashyira saa tatu za mu gitondo, ubwo uwo mugore yafataga umwana […]