Ubuzima bwa gisirikare bwa Marshal Idriss Déby

debyy.jpg

Kuri uyu wa 20 Mata 2021, Umuvigizi w’igisirikare cya Chad, Gen. Azem Bermandoa Agouna yatangarije kuri televiziyo y’igihugu ko Umukuru w’Igihugu akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Marshal Idriss DĂ©by Itno yapfuye. Marshal DĂ©by w’imyaka 68 y’amavuko yazize ibikomere yatewe n’amasasu yarasiwe mu rugamba ingabo z’igihugu zarwanagamo n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa FACT urwanya ubutegetsi buriho, mu mpera […]

Mushikiwabo yababajwe n’urupfu rwa Idriss DĂ©by ‘witangiye umutekano wa Afurika’

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuriwemo n’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (La Francophonie), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yababajwe n’urupfu rwa Perezida Idriss DĂ©by. Inkuru y’urupfu rwa DĂ©by wari Perezida wa Tchad yatangajwe n’igisirikare cya kiriya gihugu, cyavuze ko yazize ibikomere by’amasasu yarashwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yari ayoboye ingabo ze ku rugamba zari zihanganyemo n’inyeshyamba. Madamu […]

Yamize agakingirizo ubwo yafatwaga asambanya umukobwa we

Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko utuye mu gace ka Embu muri Kenya, yamize agakingirizo ubwo yafatirwaga mu cyuho asambanya umukobwa we w’imyaka 13 y’amavuko. Nk’uko abaturage bafashe uyu mugabo amaze gukora aya marorerwa babitangarije The Standard dukesha aya makuru, byabaye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, tariki ya 16 Mata 2021. Umuturanyi witwa Stephen Macharia yavuze ko […]

Kagame en Angola pour le mini sommet de la CIRGL

ezab0hxwyaakepe.jpg

Le PrĂ©sident Paul Kagame doit assister cet aprĂšs-midi Ă  la deuxiĂšme rĂ©union rĂ©gionale sur la situation politique et sĂ©curitaire en RĂ©publique centrafricaine, qui aura lieu Ă  Luanda, en Angola. Avant le sommet, le chef de l’Etat a rencontrĂ© son homologue angolais, le prĂ©sident Joao Lourenco, qui est Ă©galement prĂ©sident de la ConfĂ©rence internationale sur la […]

Denmark irashaka gukorera impunzi zavuye muri Syria ibitarigeze bikorwa n’ikindi gihugu mu Burayi

Igihugu cya Danemark kigiye kuba icya mbere ku mugabane w’u burayi gifatiye icyemezo gikakaye impunzi zagihungiyemo, aho nyuma y’imyaka 10 intambara yadutse muri Syria, iki gihugu cyasabye impunzi zavuye muri iki gihugu gusubira iwabo zabyanga zigacyurwa ku ngufu. Impunzi zikabakaba 500 z’Abanyasiriya ziri mu gihirahiro n’icyoba mu gihe igihugu cya Denmark kirimo kwitegura guhagarika impushya […]

Kwibuka27: Uturere tuza imbere mu kugira imiryango myinshi yazimye kubera Jenoside

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG Nsengiyaremye Fidele, avuga ko kuva muri 2009 kugeza mu 2019, uyu muryango watangiye gukora ubushakashatsi bugamije kumenya imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho basanze imibare iri hejuru mu Turere twa Karongi na Nyamagabe. Nsengiyaremye avuga ko ubushakashatsi n’ubu bukomeje, akemeza ko hamaze kuboneka […]

Marchal Idriss Déby wari Perezida wa Tchad yapfuye nyuma yo kuraswa

Perezida wa Tchad, Marchal Idriss DĂ©by Itno, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri azize ibikomere by’amasasu yagize mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo yari ayoboye ingabo za Tchad ku rugamba zihanganyemo n’inyeshyamba zarwanyaga ubutegetsi bwe. Inkuru y’urupfu rwa Perezida DĂ©by yemejwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Tchad, Gen Azem Bermandoa Agouna, wavuze ko yarashwe ubwo yari yasuye ingabo […]

ICJ: Hasubukuwe urubanza rw’indishyi RDC iregamo igihugu cya Uganda

Mu kiganiro cyo ku wa Gatandatu tariki ya 17 Mata yagiranye n’abanyamakuru, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ubutabera w’agateganyo, Bernard Takaishe, yatangaje isubukurwa ry’urubanza kuri uyu wa kabiri, itariki ya 20 Mata hagati ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (CIJ). Nyuma yo gutegekwa mu 2005 n’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera […]

Perezida Lazarus Chakwera yaburiye ‘ibisambo’ biri muri Leta ya Malawi

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yaburiye abo yise ‘ibisambo’ bikora mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu cye ko uwo ibimenyetso bizatunga agatoki nk’umwe mu bisambo azakomereza ubuzima mu buroko. Perezida Chakwera yabigarutseho, mu gihe aheruka kwirukana Minisitiri w’Umurimo mu gihugu cye, Ken Kandodo wajyanye n’abandi bayobozi 19 baheruka gutabwa muri yombi. Aba bazize za miliyoni z’amadorali ya […]

Perezida Kagame i Luanda (amafoto)

ezaihihxeaefepd.jpg

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga y’umutekano ku karere k’ibiyaga bigari (ICGLR) yiga ku bibazo by’umutekano muri Centrafurika. Perezidansi itangaza ko mukuru w’igihugu yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, JoĂŁo Lourenço. Ntihatangajwe ibyo aba bombi baganiriyeho. Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, JoĂŁo Lourenço […]

Turabizi ko bamwe muri USA bifuje ubutegetsi bushya muri Uganda_Gen. Kulayigye

Brig. Gen. Felix Kulayigye wigeze guhagararira ingabo za Uganda mu Nteko Ishinga Amategeko, yavuze ko bazi neza ko bamwe mu bagize Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bifuzaga ko igihugu cyabo kibona umuyobozi mushya. Iri jambo Gen. Kulayigye yarivugiye mu kiganiro yagiriye kuri NBS TV mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Mata […]

U Rwanda ku mwanya wa 156 mu bihugu 180 mu gutanga ubwisanzure bw’itangazamakuru

ranking-singapore.png

Igihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya w’156 mu bijyanye no gutanga ubwisanzure bw’itangazamakuru muri uyu mwaka wa 2021 (2021 World Press Freedom index) mu bihugu 180 nk’uko icyegeranyo cyashyizwe ahagaragara na RSF kibigaragaza. Icyegeranyo cy’ubwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi 2021 cyakozwe n’Umuryango w’Abanyamakuru Batagira Umupaka (RSF) cyerekana ko itangazamakuru, urukingo nyamukuru rwo kurwanya amakuru y’ibinyoma, ryahagaritswe […]

Kigali: Umusore w’imyaka 18 yishwe n’abana b’abajura bazwi nka ‘marines’

screenshot_20210420-095530_1.png.jpg

Usengimana Philemon Fils w’imyaka 18 y’amavuko yishwe n’abana bakora ubujura bazwi nka ‘marines’ bamuhiritse munsi y’umukingo, nyuma yo kumwambura telefone n’ibyo yari avuye guhaha. Byabaye mu masaa tatu y’igitondo cy’uyu wa 19 Mata 2021, mu Mudugudu w’Umubano, Akagari ka Kigarama, Gitega mu Karere ka Nyarugenge. Nikuze Lucie utuye muri uyu Mudugudu yabwiye BWIZA TV ati: […]

Igitutu kiremereye Haruna Niyonzima

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’ u Rwanda akaba n’umukinnyi wa Young Africans yo muri Tanzania, Haruna Hakizimana Fadhil Niyonzima avuga ko ku giti cye hari igitutu cyo gutwara igikombe cya shampiyona muri Tanzania mu ikipe ye. Haruna avuga ko igitutu ari cyinshi cyane bitewe n’uko bidasanzwe ko kuva yatangira gukina kinyamwuga, Yanga nta na […]

U Bufaransa bwahaye Burkina Faso icyiciro cya nyuma cy’inyandiko zirebana n’iyicwa rya Sankara

Amabahasha atatu afunze neza arimo “inyandiko z’ibyakozwe n’ubuyobozi bw’u Bufaransa ku butegetsi bwa Sankara, mu gihe na nyuma y’iyicwa rye” nk’uko Ambasaderi w’u Bufaransa muri Burkina Faso, Luc Hallade abitangaza, ngo akubiyemo “icyiciro cya gatatu kandi cya nyuma cy’inyandiko zahishuwe ku bijyanye na Thomas Sankara. Inyandiko zari zibitswe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’u Bufaransa, zijyanye […]

Iby’ingenzi kuri Gilbert Kabanda wagizwe Minisitiri w’Ingabo wa RDC

fb_img_16187774959118954.jpg

Tariki ya 12 Mata 2021, Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Michel Sama Lukonde Kyenge yatangaje abagize Guverinoma nshya, izasimbura iriho ubu. Muri bo, Gilbert Kabanda Kurhenga yagizwe Minisitiri w’Ingabo z’igihugu. Gilbert Kabanda yavukiye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo tariki ya 2 Ukwakira 1946. […]

Icyo u Bufaransa buvuga kuri Raporo y’ u Rwanda ibushinja kurebera ikorwa rya jenoside

Mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubufaransa, Minisitiri Jean-Yves Le Drian yavuze kuri Raporo y’ u Rwanda ivuga ko iki gihugu ntacyo cyakoze ngo gihagarike Jenoside yakorewe Abatutsi, yemeza ko ari ‘indi ntambwe iganisha ku kumva amateka ahuriweho’. Le Drian avuga ko Ubufaransa “bwifatanyije n’ubushake bwerekanywe n’abategetsi b’u Rwanda bwo kubaka igice gishya mu mubano […]

Minisitiri yinjiranye imbunda mu kibuga, ahagarika umukino umugore we yari yagaragayemo

Minisitiri Ushinzwe ibikorwa by’Ubutabazi no gucunga impunzi muri Sudani y’Epfo, Hon Peter Mayen Majondit, yababaje abatari bake ubwo yinjiranaga imbunda mu kibuga agahagarika umukino umugore we yari yagaragayemo. Umugore w’uriya mutegetsi witwa Aluel Garang bakunda kwita Aluel Messi, yari yagaragaye mu mukino ikipe ye ya Aweil Women yari yahuriyemo na Juba Super Stars. Uyu mukino […]