Umurundi wari umuyobozi muri CNDD-FDDD yasimbuye Martin Ngoga ku buyobozi bwa EALA

Umurundi Joseph Ntakirutimana ni we watorewe kuba umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), asimbuye Umunyarwanda Martin Ngoga wari umaze imyaka itanu ayiyobora. Ntakirutimana yari asanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wungirije w’ishyaka CNDD-FDDD riri ku butegetsi mu Burundi. Yatorewe kuyobora EALA muri manda y’imyaka itanu iri imbere, mu matora yabereye ku cyicaro gikuru cy’iyi […]

Lionel Messi yanditse amateka kuri Instagram ahigitse igi

Umunya-Argentine Lionel Messi yanditse amateka yo kuba umuntu wa mbere ku Isi ufite ifoto yakunzwe ku rubuga rwa Instagram kurusha izindi ku Isi, ahigitse iy’igi yari isanganywe uyu muhigo. Ku Cyumweru nyuma y’uko Messi na bagenzi be bari bamaze kwegukana Igikombe cy’Isi batsinze u Bufaransa kuri penaliti 4-2, yashyize ku rubuga rwa Instagram amafoto 10 […]

Muyaya yabyiniye ku rukoma nyuma y’uko u Bufaransa bushinje u Rwanda gufasha M23

Minisitiri w’Itumanaho n’uw’itangazamakuru muri RDC akanaba umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, yakirije yombi ubutumwa bwa Leta y’u Bufaransa bushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23. Ambasade y’u Bufaransa i Kinshasa mu butumwa iheruka kwandika ku rubuga rwayo rwa Twitter, yavuze ko Leta y’u Bufaransa yamagana ubufasha u Rwanda ruha M23; isaba ko bwahagaraga. Iti: “U […]

Messi na bagenzi be bakiriwe nk’abami iwabo nyuma yo gutahukana Igikombe cy’Isi (Amafoto)

20221220_085826.jpg

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Argentine bakiriwe nk’abami i Buenos Aires, nyuma yo kuhasesekara kuri uyu wa Kabiri batahukanye Igikombe cy’Isi baheruka gutwara. Mu ma saa cyenda z’urukerera rwo kuri uyu wa Kabiri [muri Argentine] ni bwo indege yari itwaye Messi na bagenzi be yasesekaye i Buenos Aires. Messi wari ukurikiwe n’umutoza Lionel Scaloni ni we […]

Karim Benzema yasezeye mu kipe y’igihugu y’u Bufaransa

Rutahizamu Karim Benzema yamaze gusezera mu kipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, nyuma y’igihe gito yemerewe kongera kuyigarukamo. Benzema yatangaje isezera rye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ni ubutumwa bwari buherekeje ifoto ye yambaye umwambaro w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa. Yagize ati: “Nashyizemo ingufu nkora n’amakosa kugira ngo mbe aho ndi uyu munsi […]

Kera kabaye APR FC yababariye umukinnyi wayo yari yarahannye kugeza muri 2023

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira Nsanzimfura Keddy usanzwe ari umukinnyi wayo, yongera kumugarura mu kipe yayo ya mbere. Keddy wageze muri APR FC avuye muri Kiyovu Sports, yari amaze amezi atandatu yaramanuwe mu kipe y’Intare FC (Irerero rya APR FC) kubera imyitwarire mibi yamuvugwagaho yanatumye urwego rwe rw’imikinire rusubira hasi. Ni imyitwarire ishingiye ku […]

Akari ku mutima wa Lionel Messi nyuma yo guhesha Argentine Igikombe cy’Isi

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yatangaje ko nyuma yo kuyihesha Igikombe cy’Isi cya 2022 cyabaye icya gatatu itwaye yifuza gukomeza kuyikinira. Messi yatsinze ibitego bibiri ubwo Argentine yagwaga miswi n’u Bufaransa ibitego 3-3, mbere yo kubutwara Igikombe cy’Isi cya 2022 kuri Penaliti 4-2. Mu gihe abenshi batekerezaga ko nyuma y’iki gikombe cy’Isi agomba […]

Bizimana Yannick yafashije APR FC kubabaza Rayon Sports yujuje imikino 7 itayitsinda

Ikipe ya APR FC yatsinze Rayon Sports yari yasuye igitego 1-0, yuzuza umukino wa karindwi wikurikiranya itazi uko gutsinda iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu bisa. Rayon Sports yari yakiriye APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona wari utegerejwe na benshi. Ni umukino iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu […]

Moïse Katumbi avuga ko amarira ya Tshisekedi atari yo azakemura ikibazo cya M23

Umunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe, yanenze Perezida Félix Antoine Tshisekedi ukomeje imiborogo y’uko M23 ibifashijwemo n’u Rwanda bateye igihugu cye; avuga ko amarira atari wo muti w’ikibazo. Katumbi washinze akaba anayoboye ishyaka ‘Ensemble pour la République’, yemeje aya makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) cyo kimwe na Televiziyo ya France 24. Muri […]

FARDC yabyutse isuka umuriro kuri bimwe mu birindiro bya M23

Umutwe wa M23 watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe bakorana irimo n’uwa FDLR, babyutse basuka umuriro w’amasasu kuri bimwe mu birindiro byawo. Ibirindiro M23 ivuga ko FARDC yateye ni iby’ahitwa Rusekera ho muri Teritwari ya Rutshuru. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa mu butumwa yanditse kuri Twitter ye mu gitondo cyo […]

Kera kabaye Bruce Melodie yerekanye ‘Katerina’ bamaze imyaka 6 babana nk’umugabo n’umugore

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uri mu bayoboye umuziki nyarwanda nka Bruce Melodie, yashyize hanze ifoto ya ‘Catherine’ bamaze imyaka irenga itandatu babana nk’umugore n’umugabo. Bruce Melodie yasangije abamukurikira uru rubavu rwe ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yifashishije imbuga nkoranyambaga ze. Ifoto yashyize hanze igaragaza ‘Catherine’ ari mu mugongo we yamufashe mu gituza, ikaba yari iherekejwe […]

Maj. ‘Gavana’ wayoboraga RUD-Urunana na bagenzi be 9 bivuganwe na M23

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Major Nshimiyimana Cassien uzwi nka Gavana wayoboraga umutwe wa RUD-Urunana, yivuganwe n’umutwe wa M23. Maj. Nshimiyimana ‘Gavana’ yari umuyobozi wa RUD-Urunana kuva muri 2019, nyuma y’iyicwa rya General Musabyimana Juvenal wahoze akuriye uriya mutwe wiyomoye kuri FDLR. Uyu ‘Gavana’ azwiho kuba ari we […]

Moise Katumbi yitandukanyije na Tshisekedi, atangaza ko aziyamamariza kuyobora RDC

Umuherwe akanaba umunyapolitiki Moïse Katumbi, yatangaje ko aziyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2023. Katumbi unasanzwe ari Perezida w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Tout Puissant Mazembe, yatangaje ko aziyamamaza kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ukuboza 2022. Hari mu kiganiro uyu mugabo wahoze ari Guverineri w’Intara […]

Umukinnyi ngenderwaho w’ikipe y’igihugu ya Espagne yayisezeyemo

Sergio Busquets wari Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Espagne ‘La Furia Roja’, yamaze kuyisezeramo nyuma y’imyaka 13 ari umukinnyi wayo. Busquets w’imyaka 34 y’amavuko, yari umukinnyi wa Espagne kuva muri 2009. Uyu mukinnyi usanzwe akina hagati mu kibuga muri FC Barcelone y’iwabo, ni umwe mu bakinnyi Espagne yagenderagaho kuva muri 2010 ubwo yayifashaga kwegukana Igikombe cy’Isi […]

FDLR iteganya gutera u Rwanda igakora impinduka_Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko umutwe wa FDLR ugizwe ahanini n’abarwanyi basize bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ugifite gahunda yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro cyateguwe n’Ikinyamakuru Semafor cyabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Gatatu tariki 14 Ukuboza 2022. I Washington Perezida […]

RDF yafunguriye imiryango abifuza kuyinjiramo ku rwego rwa ba Ofisiye: Dore ibisabwa

20221216_094121.jpg

Igisirikare cy’u (RDF) kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2022; cyatangiye kwandika abifuza kucyinjiramo nk’abasirikare bo ku rwego rwa ba Ofisiye. RDF yahaye rugari abifuza kuyinjiramo binyuze mu itangazo ryasohowe n’Ishami ryayo rishinzwe abakozi n’ubutegetsi (JI Department). Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF nka ba Ofisiye

P. Kagame ku kuba yava ku butegetsi no gutera ikirenge mu cy’abarimo Lee Kuan Yew

Perezida Paul Kagame yongeye kubazwa niba yaba atekereza kuba yava ku butegetsi, asubiza ko ibyo nta kibazo na gito abibonamo. Umukuru w’Igihugu yabitangaje mu kiganiro cyateguwe n’Ikinyamakuru Semafor cyabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Gatatu tariki 14 Ukuboza 2022. I Washington Perezida Kagame yahitabiriye inama y’iminsi itatu ihuza Amerika […]

Fernando Santos yirukanwe mu kipe y’igihugu ya Portugal

Fernando Santos wari umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, yamaze kwirukanwa nyuma yo kwitwara nabi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022. Inkuru y’iyirukanwa ry’uyu mutoza yatangajwe n’umunyamakuru Fabrizio Romano uri mu bakomeye ku Isi. Santos yirukanwe nyuma y’uko Portugal yatozaga isezerewe mu gikombe cy’Isi, nyuma yo gutsindirwa muri ¼ cy’irangiza na Maroc igitego 1-0. Ni mu […]

Hamenyekanye abasifuzi bazasifura ‘Clasico’ ya Rayon Sports na APR FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagennye Ishimwe Claude ‘Cyucyuri’ nk’umusifuzi ugomba kuyobora umukino wa shampiyona y’u Rwanda Rayon Sports igomba guhuriramo na APR FC. Uyu mukino utegerejwe na benshi uzaba ku wa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2022. Rayon Sports ni yo izaba yawakiriye. Ishimwe Claude ni we uzaba ari umusifuzi wo hagati mu […]

U Burusiya bwahaye Ukraine Umunyarwanda wahoze mu ngabo za Amerika bwari bufunze

Umunyarwanda Suedi Murekezi ufite ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu mfungwa z’intambara zahererekanyijwe hagati y’ibihugu bya Ukraine n’u Burusiya. Murekezi yari afungiwe mu Burusiya kuva muri Kamena uyu mwaka. Perezida Volodymr Zelensky wa Ukraine mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye mu ijoro ryakeye, yatangaje ko Ukraine yashyikirijwe n’u Burusiya abasirikare 64, […]

Tshisekedi yakiriwe na Perezida Biden, amusaba ‘kotsa u Rwanda igitutu’

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye mugenzi we Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kotsa u Rwanda igitutu ngo ruhagarike ‘guha ubufasha’ umutwe wa M23. Tshisekedi yabisabye Biden ubwo yamwakiraga mu biro bye (White House) mu masaha make yatambutse. Tshisekedi ari i Washington DC aho yitabiriye inama […]

USA: Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe na Ndayishimiye w’u Burundi (Amafoto)

20221215_085424.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yitabiriye inama yo gusuzuma ndetse no kungurana ibitekerezo ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’ibiganiro bya Nairobi ndetse na gahunda ya Luanda igamije gucubya umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa. Ni inama yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho Perezida Kagame n’abakuru b’ibihugu bagenzi be […]

U Bufaransa bwasanze Argentine ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi butsinze Maroc

Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’ yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Maroc bari bahuriye muri ½ cy’irangiza ku bitego 2-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabereye kuri Stade ya Al Bayt. Umunota wa kane wonyine w’umukino wari uhagije ngo u Bufaransa bufungure amazamu biciye kuri myugariro […]

Perezida Salva Kiir yagaragaye yinyarira ari mu ruhame

Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo akomeje guhabwa urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kugaragara mu ruhame yinyarira. Perezida Kiir yahuye n’iri sanganya ku wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza, ubwo yari mu muhango wo gufungura igice cy’umuhanda uhuza umurwa mukuru Juba n’umujyi wa Terekeka. Ni umuhanda ureshya n’ibilometero bibarirwa muri 96. Amashusho akomeje […]

Udafite Frw 100,000 ntabwo azicara mu banyacyubahiro Rayon Sports ikina na APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino ifitanye na APR FC, aho itike ya menshi yo kuwinjiraho ari Frw 100,000. Ku wa Gatandatu w’iki cyumweru ni bwo Rayon Sports izaba yakiriye APR FC, mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino Rayon […]

Perezida Tshisekedi yashyize RDC mu kindi cyunamo

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye ashyize iki gihugu mu cyunamo cy’iminsi itatu nyuma y’imvura iheruka kugwa igahitana abatari bake. Ni icyemezo Tshisekedi yafashe nyuma y’inama yamuhuje na bamwe mu baminisitiri n’abagize Guverinoma y’igihugu cye yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aha muri Amerika Tshisekedi yahitabiriye […]

Argentine yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi inyagiye Croatie

Ikipe y’Igihugu ya Argentine ‘Albicelest’ yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Croatie bari bahuriye muri ½ cy’irangiza ibitego 3-0. Ni umukino amakipe yombi yari yahuriyemo kuri Stade ya Lusail kuri uyu wa Kabiri. Lionel Messi ni we wafunguriye Argentine amazamu ku gitego yatsinze kuri Penaliti yo ku munota wa 34 w’umukino, […]

RDC: Abarenga 100 bahitanwe n’imvura ikomeye yaguye i Kinshasa

Abantu barenga 100 ni bo byamaze kumenyekana ko bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi yaguye i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi mvura idasanzwe amakuru avuga ko yatangiye kugwa mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022. Byari mbere yo guteza inkangu ndetse n’imyuzure ikomeye mu ntara ya […]

U Rwanda rumaze kohereza abasirikare barenga 73,000 mu butumwa bwo kugarura amahoro_Gen Murasira

Minisitiri Murasira yari imbere y'abashingamategeko

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj. Gen Albert Murasira, yatangaje ko abasirikare 73,700 barimo abagore 1,700 ari bo u Rwanda rumaze kohereza mu bikorwa byo kubungabunga amahoro mu bihugu bitandukanye; kuva rubitangiye muri 2004. Minisitiri Murasira yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza, ubwo yagiranaga ikiganiro na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane […]

Izindi mpunzi z’abanye-Congo ziba mu Rwanda zaramukiye mu myigaragambyo

Impunzi z’abanye-Congo zo mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe, zaramukiye mu myigaragambyo zamagana ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abatutsi b’abanye-Congo. Ni ubwicanyi Ingabo za Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR, Mai-Mai na Nyatura bashinjwa gukorera Abatutsi bo muri za Teritwari za Rutshuru na Masisi zo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Abatutsi bo muri […]

USA yafatiye ibihano umuhungu wa Perezida Emmerson Mnangagwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano Emmerson Mnangagwa Jr, umuhungu wa Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe zishinja kugira uruhare mu byaha bya ruswa. Ni ibihano uyu muhungu wa Mnangagwa yafatiwe n’Ibiro bishinzwe kugenzura imitungo mpuzamahanga muri Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mbere y’umunsi umwe ngo i Washington DC hateranire […]

Gen. Muhoozi yahishuye umusirikare rukumbi wa RDF umurusha ubuhangange

Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko umujyanama mukuru wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen. James Kabarebe, ari we musirikare wo ku rwego rwa Jenerali azi usanzwe ari igihangange kumurusha. Ni mu butumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba umujyanama we mukuru mu bikorwa byihariye yanyujije ku rubuga […]

Uganda yikuye muri CHAN 2022 ibura iminsi mike igatangira

Ikipe y’Igihugu ya Uganda ‘The Cranes’, yamaze kwikura mu gikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2022) kibura iminsi mike kigatangira. Ni amakuru yemejwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), Moses Magogo. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere, yavuze ko Imisambi ya Uganda yikuye muri […]

Nyaruguru: Hon Muhongayire prône l’égalité des genres qui respecte les valeurs rwandaises

Honorable Christine Muhongayire

Pour lutter contre les violences familiales, Hon député Christine Muhongayire, présidente de la commission des affaires sociales au parlement rwandais, prône une sensibilisation plus élargie qui, non seulement, promeut l’égalité entre l’homme et la femme mais aussi et surtout, respecte les valeurs positives de la socièté rwandaise. Muhongayire a fait cette remarque ce 9 décembre […]

Nyuma ya USA, u Bwongereza na bwo bwafatiye ibihano Gen. Kale Kayihura

Leta y’u Bwongereza ku Cyumweru tariki ya 11 Ukuboza yafatiye ibihano Gen. Kale Eduard Kayihura wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda. Gen. Kayihura uheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, u Bwongereza bwamuhaniye icyo bwise “kugenzura imitwe myinshi itandukanye yagize uruhare mu guhonyora uburenganzira bwa muntu, harimo [gukora] iyicarubozo ndetse n’ibindi bihano by’ubugome, bya kinyamaswa […]

Ibintu 9 byafasha ababihirwa n’imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo

Imibonano mpuzabitsina ku bakundana cyangwa abashakanye ni igikorwa cy’ingenzi cyane, ku buryo kitagenze neza gishobora kuba intandaro w’isenyuka ry’umubano mwiza buri umwe aba yifuza ku wundi. Mu bishobora gutuma iki gikorwa kitagenda neza uko bikwiye harimo kuba abashakanye bafite umwana muto, cyangwa se akazi umwe muri bo akora gashobora gutuma ataha ananiwe cyane. Harimo kandi […]

Mu marira menshi, Neymar yatangaje amagambo aremereye nyuma yo gutsindwa na Croatie

Neymar Jr yaraye atangaje ko atahamya 100% ko azongera gukinira ikipe y’Igihugu cye cya Brésil, nyuma yo gusezererwa nabi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 gikomeje kubera muri Qatar. Brésil yaraye itashye itarenze ¼ cy’irangiza, nyuma yo gusezererwa na Croatie kuri Penaliti 4-2. Ni nyuma y’uko iminota irenga 120 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya […]

U Bubiligi bwasabye RDC guca umubano ifitanye na FDLR

Guverinoma y’u Bubiligi yasabye iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika umubano uwo ariwo wose yaba ifitanye n’umutwe wa FDLR; nk’imwe mu nzira zo gucubya umwuka mubi ifitanye n’u Rwanda. U Bubiligi bwasabye RDC kureka gukorana n’uyu mutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu itangazo rigenewe abanyamakuru Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga iheruka gusohora. Ni nyuma y’igihe […]

Dr. Denis Mukwege yasabiye u Rwanda ibihano kwa Papa

Umunye-Congo Dr. Denis Mukwege wigeze gutwara igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel, yasabiye u Rwanda ibihano arushinja gutera igihuhu cye rwitwikiriye umutwe wa M23. Ibi bihano Mukwege yabisabye ku wa Gatanu tariki ya 09 Ukuboza 2022, ubwo yagiranaga ibiganiro byihariye n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis. Ni ibiganiro byabereye i Vatican, mbere y’uruzinduko Papa ateganya […]

Igikombe cy’Isi: Argentine yageze muri 1/2 cy’irangiza yiyushye akuya

Ikipe y’igihugu ya Argentine yaraye igeze muri ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi cya 2022 gikomeje kubera muri Qatar, nyuma yo gusezerera u Buholandi bari bahuriye muri ¼ cy’irangiza kuri Penaliti 4-3. Ni nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino na 30 y’inyongera yari yarangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2. Argentine byasabye ko irokorwa n’umunyezamu wayo Emiliano Martinez wabanje […]

Perezida Ndayishimiye yagiye gushimangira ubucuti muri Guinée-Equatoriale (Amafoto)

20221209_160456.jpg

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yamaze kugera i Malabo mu gihugu cya Guinée-Equatoriale aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Theodoro Obiang Nguema uheruka kongera gutorerwa kuyobora iki gihugu. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Perezida Ndayishimiye yageze i Malabo aherekejwe na Madamu we, Angeline Ndayubaha. Perezidansi y’u Burundi yatangaje ko urugendo rwa […]

Angola yirukanye ku butaka bwayo abanye-Congo 150

Abanye-Congo babarirwa mu 150 birukanwe ku butaka bwa Angola, nyuma y’igihe baba muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Iyirukanwa ry’aba banye-Congo ryemejwe na Padiri Trudon Keshilemba Lamba ukuriye Sosiyete Sivile yo mu gace ka Kamako ho mu ntara ya Kasaï batahukiyemo ubwo bageraga muri Congo Kinshasa, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza 2022. […]

Sena y’u Rwanda yahaye umugisha ubwegure bwa Dr Iyamuremye wari Perezida wayo

Sena y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Ukuboza 2022; yemeye ubwegure bwa Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka itatu ayibereye Perezida. Ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza ni bwo Dr Iyamuremye yeguye ku nshingano zo kuba Perezida wa Sena ndetse n’izo kuba umusenateri muri Sena y’u Rwanda. Mu ibaruwa y’ubwegure bwe […]

M23 yibasiye MONUSCO ku bw’iperereza rya baringa’ yakoze ku bwicanyi yayitiriye

Umutwe wa M23 wibasiye ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), nyuma y’iperereza ivuga ko yakoze ku bwicanyi burimo ubw’i Kishishe. MONUSCO ifatanyije n’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa muntu muri Congo, baheruka kuvuga ko M23 ari yo yakoze ubwicanyi bivugwa ko bwaguyemo abarenga 100 i Kishishe ho muri […]

Salima Mukansanga mu bagore 100 bavuga rikijyana kurusha abandi ku Isi

Umunyarwandakazi Mukansanga Rhadia Salima, yashyizwe ku rutonde rw’abagore bakoze ibikorwa by’indashyikirwa bibagira abavuga rikumvikana kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa 2022. Ni urutonde rwasohowe na BBC ku nshuro yayo ya 10. Ni urutonde rwiganjeho abagore bo hirya no hino ku Isi, bo mu ngeri zitandukanye z’ubuzima. Mu bagore b’ibyamamare bashyizwe kuri uru rutonde, […]

Iperereza rya Loni ryageretse M23 ku bwicanyi bw’i Kishishe bwaguyemo ‘benshi’

Ishami rya Loni ryita ku burenganzira bwa muntu muri Congo Kinshasa ndetse n’ubutumwa bwayo bushinzwe kuhagarura amahoro (MONUSCO), bashinje umutwe wa M23 kuba ari wo wakoze ubwicanyi bwiciwemo abarenga 100 i Kishishe ho muri Teritwari ya Rutshuru. Aba bashyize ubu bwicanyi kuri M23; nyuma y’iperereza ry’ibanze bakoze kuri buriya bwicanyi. Ni ubwicanyi cyakora cyo umutwe […]

Perezida Pedro Castillo wa Peru yatawe muri yombi

Perezida Pedro Castillo wa Peru yegujwe anatabwa muri yombi, nyuma yo kugerageza gusesa Inteko Ishinga Amategeko ya kiriya gihugu cyo muri Amerika y’Amajyepfo. Dina Boluarte w’imyaka 60 y’amavuko wari usanzwe ari Visi-Perezida ni we warahijwe n’Inteko Ishinga Amategeko nka Perezida mushya, aba umugore wa mbere ugiye kuyobora Peru. Ku wa Gatatu tariki ya 07 Ukuboza […]

Ibyago by’intambara y’ibitwaro kirimbuzi biri kwiyongera, gusa ntituri abasazi_Perezida Putin

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko ibyago by’uko hashobora kubaho intambara y’ibitwaro kirimbuzi bikomeje kwiyongera; gusa avuga ko u Burusiya buzakoresha izo ntwaro ari uko bugabweho igitero. Putin yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku bari bitabiriye inama ngarukamwaka y’akanama k’u Burusiya gashinzwe Uburenganzira bwa muntu. Muri iri jambo yanavuze ko intambara yo muri Ukraine ishobora […]

Kibeho: Le message de conversion de la Mère du Verbe diffusé sur le continent

Le prêtre directeur de la Radio Maria Guinée Equatoriale et son assistante Boleka, touchés par la ferveur des Rwandais

Sur la Terre Sainte de Kibeho, se réunissent du 1 au 7 décembre 2022, les prêtres, directeurs des stations Radio Maria des sept pays du continent africain et leurs assistants éditoriaux pour une formation professionnelle et mariologique. Ils recevront des explications détaillées sur le message de conversion et de douleur salvifique apporté par la Mère […]

Nyaruguru: Umugabo yiciwe mu murima we w’ibirayi

Umugabo witwa Bikorimana Charles, w’imyaka 28, wari utuye mu mudugudu wa Raranzige, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, yiciwe mu murima we w’ibirayi ubwo yari yagiye kubirarira ngo batabyiba. Nk’uko abaturanyi ba nyakwigendera babivuga, ubwo bwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku wa 6 rishyira uwa 7 Ukuboza 2022. Nzabonimana Vianney, umuvandimwe w’uwishwe […]

Eden Hazard yasezeye mu kipe y’igihugu y’u Bubiligi

Rutahizamu Eden Hazard, yamaze gusezera mu kipe y’igihugu y’u Bubiligi ‘Les Diables Rouges’ yari asanzwe abereye Kapiteni. Hazard w’imyaka 31 y’amavuko, yari umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi kuva 2008, ubwo yayigeragamo afite imyaka 17 y’amavuko. Uyu mugabo ukinira Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne yari amaze gukinira u Bubiligi imikino 126; akaba yari amaze […]

Hatangajwe inzego mu Rwanda ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa

Ishami rya Polisi y’u Rwanda ishinzwe umutekano wo mu muhanda n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) ni zo nzego za Leta y’u Rwanda ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa, nk’uko ubushakashatsi bushya bubigaragaza. Ni ibyagaragajwe na raporo izwi nka Rwanda Bribery Index (RBI) yasohowe n’Umuryango Urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International) kuri uyu wa Gatatu tariki ya […]

Ibihumbi by’abanye-Congo bari guhungira ubwicanyi bw’abarimo FDLR kuri M23

Ibihumbi by’abanye-Congo basumbirijwe n’ubwicanyi bw’imitwe yitwaje intwaro ikorana n’Ingabo za kiriya gihugu, bari guhungira ku mutwe wa M23. Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa, mu butumwa yanditse kuri Twitter ye yavuze ko “ibihumbi by’abanye-Congo kuri ubu bari guhunga Kitchanga bajya mu bice bigenzurwa na M23, nyuma y’ubwicanyi bw’ironda buri kuhakorerwa na FARDC/FDLR/APCLS/PARECO/NYATURA.” Bisimwa yunzemo ko ari […]

Umwami Mohammed VI yatunguye abakinnyi ba Maroc nyuma yo gusezerera Espagne

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc batunguwe n’umwami Mohammed VI wa kiriya gihugu wahamagaye umutoza wabo kuri terefoni, mu rwego rwo gushimira iriya kipe uko yari imaze kwitwara imbere ya Espagne. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Maroc yanditse amateka yo kugera bwa mbere muri ¼ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Espagne bari bahuriye muri […]

Igikombe cy’Isi: Maroc yageze muri 1/4 cy’irangiza isezereye Espagne

Ikipe y’Igihugu ya Maroc ‘Les Lions de l’Atlas’, yanditse amateka yo kuba igihugu cya Kane cya Afurika gishoboye kugera muri ¼ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi; nyuma yo gusezerera La Furia Roja ya Espagne kuri Penaliti 3-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ? cy’irangiza wabaye kuri uyu wa Kabiri. Ni umukino Espagne yihariye mu bijyanye […]