Rayon Sports yaba yemeye kugurisha APR FC myugariro wayo

Ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko yemeye kugurisha APR FC myugariro Hirwa Jean de Dieu, nyuma y’igihe yarabuze ibyangombwa byo kuyikinira. Muri Kamena umwaka ushize ni bwo Hirwa wahoze akinira Marines FC yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, ndetse mu birori bya ‘Rayon Sports Day’ byabaye ku wa 15 Kanama iyi kipe iza kumwerekana mu […]

Gen. Makenga yavuze impamvu RDC ishinja u Rwanda gufasha M23, ahishura ababaha inkunga

Umuyobozi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko ibirego bya RDC by’uko u Rwanda rwaba rubaha ubufasha ari ibinyoma Leta y’i Kinshasa yahisemo, mu rwego rwo kwirengera nyuma yo gutsindwa. Gen. Makenga yabitangarije mu kiganiro aheruka gukorera i Kishishe, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye. Makenga yakoze iki kiganiro, mu gihe inyeshyamba akuriye […]

Ingabo za EAC zahaye M23 igihe ntarengwa ngo ibe yavuye i Kishishe na Rumangabo

Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Ukuboza 2022, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zasabye umutwe wa M23 kuba wamaze kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo, bitarenze ku wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023. Ni ibikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe nyuma y’inama Ingabo za EAC n’urwego rwa EJVM bagiranye na M23. Iyo […]

Papa Benedict XVI yapfuye

Papa Benedict XVI wabaye Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Ukuboza 2022. Papa Benoit XVI witabye Imana afite imyaka 95 y’amavuko, yayoboye Kiliziya kuva muri Gicurasi 2005 kugeza muri Gashyantare 2013 ubwo yeguraga ku mpamvu z’uburwayi. Yari yasimbuye Papa Yohali Pawulo II witabye Imana muri 2005. […]

Uko gahunda z’ingendo ku banyeshuri bitegura gusubira ku masomo iteye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko ingendo z’abanyeshuri bitegura kujya gutangira igihembwe cya kabiri iteye. NESA yatangaje ko abanyeshuri bagomba gutangira gusubira ku ishuri tariki ya 05 Mutarama 2023. Uwo munsi hazagenda abanyeshuri biga mu turere twa Huye na Nyaruguru two mu aajyepfo y’u Rwanda; abo mu twa Rubavu na Nyabihu […]

Perezida Kagame yijeje Abanyarwanda ko 2023 izaba nziza kurusha 2022, abaha umukoro

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko afite icyizere cy’uko umwaka utaha wa 2023 ushobora kubera mwiza u Rwanda kurusha uwa 2022 uri kugana ku musozo. Umukuru w’Igihugu yabitangaje mu ijoro ryakeye, ubwo we na madamu we bifatanyaga n’ababarirwa mu 3,000 bari baturutse hirya no hino mu gihugu mu birori byo gusoza umwaka wa 2022 […]

Ukraine irigamba kwica abasirikare 200 b’u Burusiya mu munsi umwe

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko kivuganye abasirikare babarirwa muri 200 b’u Burusiya, mu gihe cy’umunsi umwe gusa. Ukraine ivuga ko yishe aba basirikare ku wa Kane tariki ya 29 Ukuboza 2022. Ni nyuma yo guhanganira n’ingabo z’u Burusiya mu karere ka Kherson. Ukraine ivuga ko uretse bariya basirikare yivuganye, hari n’abandi 115 bakomerekeye mu karere […]

Sudani y’Epfo irizera gutera ikirenge mu cya RDC

Leta ya Sudani y’Epfo yatangaje ko ifite icyizere cyo gutera ikirenge mu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, na yo igakurirwaho ibihano biyemerera kongera kugura intwaro. Minisitiri w’Ingabo n’abahoze ku rugamba muri Sudani y’Epfo, Angelina Teny, yavuze ko kuba igihugu cye kigiye kohereza Ingabo kugarura amahoro muri Congo abibona nk’inzira yatuma inzitizi z’ibihano Sudani y’Epfo […]

Bidasubirwaho Cristiano Ronaldo ni umukinnyi mushya wa Al Nassr

Ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saoudite, yatangaje ko yamaze gusinyisha rutahizamu Cristiano Ronaldo nyuma yo gutandukana na Manchester United yahoze akinira. Iyi kipe yemeje ko yasinyishije uriya munya-Portugal amasezerano y’imyaka ibiri. Mu kwezi gushize ni bwo Cristiano Ronaldo yatandukanye na Manchester United bari bagifitanye amasezerano y’umwaka umwe, nyuma yo kugirana ikiganiro cyaje kurikoroza […]

Gen. Ndaruhutse wa CMC-Nyatura arigamba kwica abarwanyi barenga 10 ba M23

Umutwe wa CMC-Nyatura urigamba kwica abarwanyi 13 ba M23, nyuma y’imirwano ikomeye iheruka gusakiranya iyi mitwe yombi. Ku wa Kane tariki ya 29 Ukuboza ni bwo imirwano yasakiranyije Nyatura na M23, ahitwa Mudugudu ho muri Groupement ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru. Ni imirwano yari yatangiye ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 28 […]

Brésil yashyizwe mu cyunamo k’ubw’rupfu rw’umwami Pelé

Perezida Jair Bolsonaro wa Brésil yashyizeho iminsi itatu y’icyunamo muri iki gihugu, mu rwego rwo kunamira rurangiranwa Edson Arantes do Nascimento ‘Pelé’ uheruka kwitaba Imana. Uyu mukambwe wafatwaga nk’Umwami wa ruhago ku Isi nyuma yo gufasha Brésil kwegukana ibikombe by’Isi bitatu, yapfuye kuri uyu wa Kane afite imyaka 82 y’amavuko. Mu minsi itatu y’icyunamo yashyizweho, […]

Bisi ya Volcano yakoreye impanuka ikomeye muri Uganda

Imodoka nini (bisi) ya sosiyete itwara abagenzi ya Volcano express ya hano mu Rwanda, yakoreye impanuka ikomeye muri Uganda bamwe mu bari bayirimo barapfa abandi benshi barakomereka. Iyi bisi ifite plaque RAD 798B, yakoreye impanuka mu gasantere k’ubucuruzi ka Muhanga gaherereye mu rugabano rw’uturere twa Rukiga na Ntungamo. Yabaye mu rukerera (saa kumi) rwo kuri […]

Nyiramandwa wari inshuti ya Perezida Kagame yitabye Imana

Nyiramandwa Rachel, umukecuru wo mu karere ka Nyamagabe wari inshuti ya Perezida Paul Kagame, yitabye Imana azize uburwayi. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukecuru wari ufite imyaka 110 y’amavuko yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2022. RBA yatangaje ko yitabye Imana mu ijoro ryakeye. Nyiramandwa wamenyekanye cyane nk’”Umukecuru wa Perezida”, yari […]

P. Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda ku bwo kurinda igihugu, yunamira abasirikare baguye ku rugamba

Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazishimiye ku bw’umurava n’ubunyamwuga zagaragaje mu kurinda igihugu mu mwaka wa 2022; aboneraho kunamira abasirikare babitakarijemo ubuzima. Ni ibikubiye mu butumwa bwifuriza Ingabo z’u Rwanda umwaka mushya wa 2023 Perezida Kagame yazigeneye kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Ukuboza 2022. Muri ubu butumwa Perezida […]

Rurangiranwa Pele wafatwaga nk’umwami wa ruhago ku Isi yapfuye

Umunya-Brésil Edson Arantes do Nascimento wamamaye mu mupira w’amaguru nka Pele, yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Ukuboza 2022. Uyu mukambwe wari ufite imyaka 82 y’amavuko yafatwaga nk’umwami w’umupira w’amaguru ku Isi. Pele wari usanzwe ari we mukinnyi mu mateka y’Umupira w’amaguru ku Isi washoboye gutwara ibikombe by’Isi bitatu, yaguye mu bitaro […]

Robertinho yatandukanye na Vipers SC yatozaga

Ikipe ya Vipers Sports Club yo mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umunya-Brésil Roberto Oliveira uzwi nka Robertinho wari usanzwe ari umutoza wayo mukuru. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet yemeje ko yatandukanye n’uyu mutoza wahoze atoza Rayon Sports ya hano mu Rwanda, gusa ntiyatangaza icyatumye afata umwanzuro wo gutandukana na […]

Moïse Katumbi yihaye amezi 6 yo kuba yamaze gutekanisha uburasirazuba bwa RDC

Umunyapolitiki Moïse Chapwe Katumbi, yihaye amezi atandatu yo kuba yamaze gukemura ikibazo cy’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa; mu gihe yaba atorewe kuyobora iki gihugu. Ni nyuma yo kwemeza ku mugaragaro ko aziyamamariza kuyobora Congo mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ukuboza 2023. Kuri ubu mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa harabarurwa imitwe […]

Rusizi: Sibobugingo yanizwe n’inyama iramwica

Umugabo witwa Sibobugingo Athanase wo mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi, yitabye Imana nyuma yo kunigwa n’inyama. Sibobugingo wari umukozi w’Ikigo WASAC yapfuye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28 Ukuboza 2022. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu ma saa moya z’umugoroba. Mbere y’uko apfa bivugwa ko yari yiriwe yishimana na bagenzi […]

Gahunda ya M23 nyuma y’uko FARDC yongeye kuyirasaho na Sukhoi-25

Umutwe wa M23 watangaje ko ugomba gukomeza kwirwanaho, nyuma y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro bakorana bawurasheho bifashishije imbunda z’imizinga ndetse n’indege z’intambara. Ku wa Gatatu tariki ya 28 Ukuboza ni bwo FARDC yarashe ibirindiro bya M23 yifashishije indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoi-25. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka […]

Perezida Salva Kiir yasabye Ingabo ze kubyaza umusaruro amahirwe yo kujya muri RDC zahawe

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yasabye abasirikare b’igihugu cye bitegura kujya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubyaza umusaruro amahirwe bahawe, mu rwego rwo kugaragaza isura nshya y’igihugu cyabo. Perezida Kiir yabahaye ubu butumwa, ubwo yabasezeragaho ku wa Gatatu tariki ya 28 Ukuboza mbere y’uko bajya kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Sudani […]

U Rwanda rwongeye kwiyama RDC nyuma y’uko indi ndege yayo y’intambara ivogereye ikirere cyarwo

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwiyama iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bushotoranyi ikomeje gukora, nyuma y’uko indi ndege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda. Mu ma saa sita z’amanywa ni bwo indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 iturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yavogereye ikirere cy’u Rwanda. Itangazo ryasohowe […]

Héritier Luvumbu aba-Rayon bitezeho kubacungura yageze i Kigali

Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yamaze kugera mu mujyi wa Kigali, nyuma y’iminsi ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports bamwitezeho kubacungura. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukuboza ni bwo Luvumbu yageze i Kigali, mbere yo kwakirwa n’abiganjemo abafana ba Rayon Sports bari baje kumutegerereza i Kanombe. Uyu mukinnyi ukina asatira izamu […]

Ukuri kwa APR FC na Florent Ibengé ku makuru yavuzwe ko baba bari mu biganiro

Ikipe ya APR FC yahakanye amakuru yavugaga ko yaba iri mu biganiro n’umutoza Florent Ibengé Ikwange, mu rwego rwo kumusimbuza umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi bamaze gutandukana. Ku wa Kabiri tariki ya 27 Ukuboza ni bwo inkuru y’uko APR biciye muri Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe ari Chairman wayo yaba iri mu biganiro n’uyu mutoza w’umunye-Congo, […]

Muhoozi nahatana na se muri 2026 tuzamutsinda nk’abandi bose_Gen. Otafiire

Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri Uganda, Maj Gen (Rtd) Kahinda Otafiire, yatangaje ko Gen Muhoozi Kainerugaba afite uburenganzira bwo guhatana na se Yoweri Museveni mu matora yo mu 2026; gusa nk’ishyaka NRM bakaba bazamutsinda. Gen. Otafiire yabitangarije mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Sudhir Byaruhanga gifite ibitangazamakuru bitandukanye bikorera mu bihugu bigize akarere ka Afurika y’Iburasirazuba. […]

Nta gihindutse Héritier Luvumbu aragera i Kigali mu masaha make

Umukongomani Héritier Nzinga Luvumbu wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports, ategerejwe i Kigali aho byitezwe ko agomba kuza kongera gukinira iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Mu mwaka ushize Luvumbu yakiniye Rayon Sports mu gihe kingana n’amezi abiri yonyine, mbere yo gutandukana na yo muri Kanama akerekeza muri Primeiro d’Agosto y’i Luanda muri Angola. […]

Rayon Sports WFC yagereye Nyagatare mu kebo yagereyemo Gatsibo, na yo iyinyagira ibitego 16-0

Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori ikomeje gutanga isomo rya ruhago muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri, yanyagiye Nyagatare FC ibitego 16-0. Iyi kipe yaherukaga kunyagira Gatsibo WFC ibitego 16-0, yari yakiriye Nyagatare WFC ku kibuga cyo mu Nzove mu mukino wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri. Ni umukino wo mu tsinda B amakipe yombi […]

Kylian Mbappé yahaye PSG amabwiriza 3 igomba kubahiriza, bitaba ibyo bagatandukana

Umufatansa Kylian Mbappé yahaye Paris Saint-Germain asanzwe akinira amabwiriza igomba kubahiriza, kugira ngo abashe gukomezanya na yo. Mbappé wongereye muri PSG amasezerano y’imyaka itatu mu mpeshyi y’uyu mwaka, abona yarabeshywe n’iriya kipe y’i Paris nyuma yo kutubahiriza ibyo bumvikanye, ibyatumye yongera guhindura intekerezo. Ikinyamakuru Sportskeeda cyatangaje ko mu byo Mbappé w’imyaka 24 y’amavuko yasabye PSG […]

RDC ikwiye gushyikirana na M23_Perezida Museveni

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yongeye gushimangira ko ari ngombwa ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igirana imishyikirano n’umutwe wa M23; kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Museveni yabishimangiye mu cyumweru gishize, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanditsi bakuru ndetse n’abahagarariye ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda. Kuri ubu M23 imaze igihe kirekire […]

Arsenal yagarutse ikura intsinzi ibyibushye kuri West Ham, imwenyuza abarimo Arsène Wenger

Ikipe ya Arsenal yagarukanye intsinzi muri shampiyona y’Abongereza yongeye gusubukurwa, nyuma yo gukura amanota atatu kuri West Ham United yari yayibanje ikayitsinda ibitego 3-1. Iyi kipe y’umutoza Mikel Arteta yari yakiriye West Ham kuri Stade ya Emirates, mu mukino w’umunsi wa 15 wa Premier league. Ni umukino wanarebwe n’abarimo Arsène Wenger wari waje gushyigikira Arsenal […]

Bugesera: Umuryango wari umaze imyaka 15 warabuze urubyaro wibarutse abana 4 icyarimwe

Umubyeyi witwa Marie Chantal Uwiragiye wo mu karere ka Bugesera, yibarutse abana bane icyarimwe, nyuma y’imyaka 15 we n’umugabo we barabuze urubyaro. Kuri uyu wa Mbere ni bwo uyu mubyeyi yibarukiye aba bana mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. RBA yatangaje ko abana ba Uwiragiye wabyaye abazwe bari hagati y’ikilo kimwe ndetse n’amagarama 700. Mu myaka […]

Uwasifuye umukino wa Argentine n’u Bufaransa yasubije abavuze ko yakabaye yaranze igitego cya Messi

Umunya-Pologne Szymon Marciniak yasubije abavuze ko yakabaye yaranze igitego cya gatatu Argentine yatsinze u Bufaransa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi. Uyu mukino wasize Argentine ari yo yegukanye Igikombe cy’Isi, nyuma yo gutsinda u Bufaransa bari banganyije ibitego 3-3 kuri Penaliti 4-2. Nyuma y’umukino abafana b’ikipe y’u Bufaransa bagaragaje ko igitego cya gatatu Lionel Messi […]

Fayulu, Mukwege na Matata Ponyo barifuza ko RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda

Abanyapolitiki Martin Fayulu na Matata Ponyo cyo kimwe na muganga Dr Denis Mukwege, bahaye Leta ya Congo Kinshasa icyifuzo cyo guca burundu umubano n’u Rwanda; nk’imwe mu nzira yo gukemura uruhuri rw’ibibazo byugarije RDC. Ni ibikubiye mu tangazo rihuriweho aba bagabo uko ari batatu basohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Ukuboza 2022. Muri […]

Israel Mbonyi yanditse amateka atarakorwa n’undi muhanzi wese mu Rwanda

Umuhanzi Israel Mbonyi uri mu bafite izina riremereye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yanditse amateka yo kuba umuhanzi wa mbere ubashije kuzuza BK Arena. Hari mu gitaramo cyiswe ‘Icyambu Live Concert’ cyabaye ku Cyumweru cya Noheli, tariki ya 25 Ukuboza 2022 cyitabiriwe n’ababarirwa mu 10,000 BK Arena ifite ubushobozi bwo kwakira. Muri iki […]

Ibimenyetso 10 byakwereka ko impyiko zawe zitagikora neza

Impyiko ziri mu myanya ikomeye cyane mu mubiri w’umuntu kubera ko ari zo zisukura kandi zikayungurura amaraso ziyavanamo imyanda. Ibi bisobanuye ko ibyago biba ari byinshi k’uzirwaye cyangwa ufite izidakora neza, ku buryo iyo zamurenze bishobora no kumuviramo urupfu. Impyiko zikora nabi zigaragazwa n’imihandagurikire mu mikorere isanzwe y’umubiri. Byitwa ko impyiko zikora nabi iyo zitangiye […]

Burundi: Gen. Ndirakobuca yasuye umubyeyi wibarutse abana 6

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca, yasuye umubyeyi wo muri iki gihugu wibarutse impanga z’abana batandatu icya rimwe. Ku wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2022 ni bwo Gen Ndirakobuca yasuye uyu mubyeyi wo mu ntara ya Kamenge. Uyu mubyeyi witwa Johali Mugishimana, aheruka kubyarira abana batandatu mu bitaro bya gisirikare […]

Umusifuzi wasifuye umukino wa Argentine n’u Bufaransa yahishuye ikosa rimwe yawukozemo

Umunya-Pologne Szymon Marciniak, yemeye ko hari amakosa yakoze ubwo yasifuraga umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi Argentine yatsinzemo u Bufaransa kuri penaliti 4-2. Ni umukino Argentine yatsunze yegukana Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko yo n’u Bufaransa bari baguye miswi ibitego 3-3 mu minota isanzwe y’umukino. Nyuma y’uyu mukino wabereye kuri Stade ya Lusail iherereye i Doha mu […]

Abarimo Intore Masamba bagiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo cy’imbaturamugabo

img-20221224-wa0002.jpg

Abahanzi b’ibyatwa mu ndirimo gakondo barimo Intore Masamba, bagiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyiswe ‘Kigali night’. Ni igitaramo cyateguwe na Zuby Comedy, bikaba biteganyijwe ko kigomba kubera muri Ijuru Lounge & Restaurant ya Onomo Hotel tariki ya 30 Ukuboza 2022, saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ahandi bahanzi gakondo bazacyigaragaramo barimo Ruti Joel na Kaayi. Muri […]

U Bufaransa bwakiriye umwicanyi ruharwa wabwo ‘Serpent’, nyuma y’imyaka 20 afunzwe

Umwicanyi ruharwa w’Umufaransa Charles Sobhraj wagize uruhare mu bwicanyi butandukanye bwakorewe ku mugabane wa Aziya mu myaka ya 1970, yamaze kugera mu gihugu cye nyuma y’imyaka 20 afungiwe muri Nepal. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo urukiko rukuru rwo muri Népal rwategetse ko Sobhraj wamamaye nka Serpent arekurwa ku mpamvu z’uburwayi, hanyuma akirukanwa ku […]

APR FC irashinja Adil ‘yahaye buri kimwe’ kuyitaba mu nama

Ikipe ya APR FC irashinja umutoza Mohammed Adil Erradi kuyitaba mu nama, nyuma yo kumwitangira ikamuha buri kimwe mu rwego rwo guteza imbere impano y’ubutoza yari yaramubonyemo. Uyu munya-Maroc amaze igihe yarareze APR FC muri FIFA, nyuma yo kuyishinja kumwirukana mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umutoza Mohammed Adil Erradi yafashe iki cyemezo, nyuma y’ibihano APR FC […]

Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b’abanyamahanga

Ikipe ya APR FC yamaze kuva ku izima ku cyemezo cyo kudakinisha abakinnyi b’abanyamahanga yari imaze imyaka 10 yarafashe, itangaza ko yiteguye kongera kubaha rugari mu gihe cyose yabona itike yo gukina imikino mpuzamahanga. Muri 2012 ni bwo APR FC yafashe icyemezo cyo guhagarika gukinisha abanyamahanga, ishyira imbaraga muri Politiki yo gukinisha abakinnyi b’Abanyarwanda gusa. […]

RDF yungutse abasirikare bashya bo mu mutwe udasanzwe (Amafoto)

20221223_193841.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyungutse abasirikare bashya bo mu mutwe udasanzwe (Special Operation Forces), nyuma yo gusoza imyitozo y’amezi 10 mu kigo gitangirwamo imyitozo y’ibanze ku bari muri uyu mutwe cy’i Nasho mu karere ka Kirehe. Aba basirikare basoje imyitozo kuri uyu wa Gatanu berekanye ubushobozi butandukanye bahawe bwerekeye amayeri y’ibikorwa byihariye. Ni ubushobozi akenshi […]

Mico The Best yareze Diamond Platnumz muri RIB amushinja ubuhemu

Umuhanzi Turatsinze Prosper uzwi mu muziki nyarwanda nka Mico The Best, yamaze gutanga ikirego m’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) arega umuhanzi Diamond Platnumz ashinja kumuhemukira. Diamond uri mu bahanzi bafite izina riremereye mu muziki wa Tanzania ndetse n’uw’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, yagombaga gutaramira muri BK Arena mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Kera kabaye Diamond Platnumz yeruye, atangaza impamvu yanze kuza gutaramira i Kigali

Umuhanzi Naseeb Abdul Djuma uzwi mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, yatangaje ko kuba abateguye igitaramo yagombaga kuza kiririmbamo i Kigali batari ‘Serieux’ ari byo byatumye yanga kucyitabira. Uyu muhanzi uri mu bafite izina riremereye muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba, yagombaga gutaramira abanya-Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2022; mu […]

Museveni yishongoye kuri ba nyiri Facebook imaze imyaka 2 yarafunzwe muri Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yishongoye kuri ba nyiri urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, avuga ko mu myaka ibiri ishize Uganda yaberetse ko atari ibihangange nk’uko babyibwira. Muri Mutarama 2021 ni bwo Leta ya Uganda yahagaritse ikoreshwa ry’urubuga rwa Facebook muri iki gihugu, mbere y’iminsi mike ngo habe amatora y’Umukuru w’Igihugu yasize Perezida Yoweri Museveni […]

Babiri bari abasifuzi bakomeye muri Afurika bamanitse amafirimbi

Umunya-Afurika y’Epfo Victor Gomes ndetse n’umunya-Zambia Janny Sikazwe, basezeye mu mwuga w’ubusifuzi nyuma yo gusifura imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 giheruka gusozwa muri Qatar. Ku wa Kane ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Zambia ryemeje ko Sikazwe yamaze gusezera mu mwuga w’ubusifuzi. Ni amakuru yemejwe n’Umunyamabanga Mukuru w’iri shyirahamwe, Adrian Kashala, mbere y’uko nyirubwite abitangaza […]

M23 yemeye kuva mu birindiro byose yari ifite i Kibumba, ibishyikiriza EACRF

Umutwe wa M23 watangaje ko wemeye kuva mu birindiro byose wari ufite mu gace ka Kibumba ho muri Teritwari ya Rutshuru, yemera kubishyikiriza Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zagiye kugarura amahoro muri RDC (EACRF). Umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko uyu mutwe wafashe kiriya cyemezo nyuma y’inama yawuhuje n’intumwa za EACRF […]

Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bwihariye Ali Bongo

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Ukuboza 2022, yageneye ubutumwa bwihariye mugenzi we Ali Bongo Ondimba wa Gabon. Perezidansi ya Gabon yemeje ko ubu butumwa Perezida Ali Bongo yabushyikirijwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta banagiranye ibiganiro. Ni ibiganiro byabereye muri Perezidansi ya Gabon (Palais Rénovation), ku ruhande […]

APR FC yahagamwe na Etincelles FC, yambura Rayon Sports umwanya wa 2

Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kugwa miswi na Etincelles FC igitego 1-1. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Etincelles FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona ari na wo usoza imikino ibanza. Ni umukino waranzwe n’imisifurire itavuzweho rumwe, bijyanye […]

Tshisekedi yemereye abaturage be ko RDC yasenyutse

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa yemereye abaturage be ko iki gihugu cyamaze gusenyuka, abasaba kuzamutora ku bwinshi kugira ngo afatanye na bo kucyubaka bundi bushya. Tshisekedi yabitangarije mu mujyi wa Bandaka mu ntara ya Équateur, aho yitabiriye inama imuhuza na ba Guverineri b’intara zigize Congo. Ati: “Igihugu cyarasenyutse. Cyarasenywe. Turimo turakora kugira ngo […]

Ikindi gihugu cya Afurika cyapfubyemo Coup d’État

Guverinoma ya Gambie yatangaje ko yaburijemo ihirika ry’ubutegetsi (Coup d’État) ryageragejwe muri iki gihugu. Itangazo iyi Guverinoma yasohoye rivuga ko abasirikare bane bari inyuma y’uriya mugambi bamaze gutabwa muri yombi, mu gihe abandi bantu batatu bari bawuhuriyeho na bo bahise bahunga. Kugeza ubu ntiharamenyekana uwaba yari yihishe inyuma y’umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Adama […]

Tshisekedi yatangaje ko ‘abanzi ba RDC’ mu burasirazuba bwayo bari kwitegura gusubira inyuma

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa M23 yise abanzi b’igihugu cye bari mu myiteguro yo gusubira inyuma bakava mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru bigaruriye. Yabibwiye abaturage bo mu mujyi wa Mbandaka mu ntara ya Équateur, aho yitabiriye inama imuhuza na ba Guverineri b’Intara zigize […]

Lionel Messi yateye umugongo FC Barcelona yari ifite gahunda yo kumwisubiza

Umunya-Argentine Lionel Messi yamaze kugera ku bwumvikane na Paris Saint-Germain asanzwe akinira bw’uko agomba kuyongeramo amasezerano, atera umugongo FC Barcelona yifuzaga kumwisubiza. Messi ni umukinnyi wa PSG nyuma yo kuyigeramo mu mpeshyi ya 2020. Uyu munya-Argentine aracyafitanye na PSG amasezerano agomba kurangira mu mpeshyi itaha ya 2023. Amakuru yariho cyakora cyo yavugaga ko FC Barcelona […]

Espagne yiyongereye mu bihugu byikomye u Rwanda biruhora M23

Leta ya Espagne yiyongereye ku bihugu bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, irusaba guhagarika ubufasha ruha uyu mutwe umaze igihe mu mirwano n’Ingabo za RDC (FARDC). Espagne yasabye u Rwanda kureka gufasha M23 mu butumwa Ambasade yayo i Kinshasa yanditse kuri Twitter yayo. Iyi Ambasade yavuze ko “Espagne yishimiye icyemezo cy’ejo hashize cy’akanama k’Umuryango […]

Perezida Trump wa Musanze FC yageneye buri mukinnyi wayo ihene y’ubunani

Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ‘Trump’, yageneye buri mukinnyi w’iyi kipe ihene yo kurya ku munsi mukuru w’ubunani. Perezida wa Musanze FC yakoze iki gikorwa mu rwego rwo gushimira abakinnyi b’ikipe ye uburyo bakomeje kwitwara muri shampiyona y’icyiciro cya mbere. Mu gihe iyi shampiyona ibura umukino umwe kugira ngo igice cyayo kibanza kirangire, Musanze […]

Abakinnyi ba Maroc n’ababyeyi babo bashimiwe n’umwami Mohammed VI (Amafoto)

20221221_081737.jpg

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc ‘Les Lions de l’Atlas’ n’ababyeyi babo, bashimiwe n’umwami Mohammed VI nyuma yo guhesha ishema mu mikino y’Igikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar. Ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri ni bwo abari bagize ikipe y’Igihugu ya Maroc bakiriwe mu ngoro y’umwami Mohammed VI i Rabat, abambika imidari y’ishimwe ku bwo guhesha […]

Musanze: Umugore w’imyaka 22 afunzwe akurikiranyweho kwihekura

Umugore witwa Uwitije Marie Grace wo mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akekwaho kubyara umwana akamujugunya mu mugezi wa Mukungwa. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Remera, Hanyurwabake Faustin, yemereye BWIZA ko Uwitije w’imyaka 22 y’amavuko afungiye kuri Stasiyo ya RIB ya Remera mu gihe akomeje gukorwaho iperereza. Ati: […]

RDC yemerewe burundu kongera kugura intwaro nyuma y’igihe yarafatiwe ibihano

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemerewe kongera kugura intwaro bidasabye ko ibimenyesha Loni, nyuma y’igihe iki gihugu cyarafatiwe ibihano bigikumira kuzigura n’Umuryango w’Abibumbye. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Ukuboza ni bwo ibihano RDC yari yarafatiwe byavanweho burundu. Ni icyemezo cyafashwe n’akanama gashinzwe umutekano ka Loni, kikaba cyasabwe n’u Bufaransa mbere yo guhabwa umugisha […]

Kibeho: Barifuza ikiruhuko ku rwego rw’igihugu ku munsi w’amabonekerwa

Musenyeri Hakizimana avuga ko batangiye gusaba ko uyu munsi wagirwa ikiruhuko

Bamwe mu bakirisitu bakorera urugendo nyobokamana ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho, mu karere ka Nyaruguru, bifuza ko uwa 28 Ugushyingo, umunsi mukuru ngarukamwaka w’amabonekerwa ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo w’i Kibeho, waba umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda hose. Ibyo ngo byarushaho kumenyekanisha Kibeho mu Rwanda no mu mahanga, bityo ubukerarugendo nyobokamana bukiyongera kandi n’abakozi bifuza […]