Barikana wari ukurikiranweho gutunga intwaro yahawe igihano cyoroheje
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nzeri, rwahanishije Frw 500,000 Barikana Eugene wahoze ari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Barikana yari yatawe muri yombi ku wa 13 Gicurasi nyuma yo kwegura ku nshingano yari afite nk’umudepite mu […]
Kera kabaye muri RDC hashyizweho Guverinoma nshya, Bemba ahindurirwa imirimo
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye atangaje Guverinoma nshya y’iki gihugu igizwe n’abaminisitiri 54 biganjemo abashya. Ni Guverinoma yatangajwe nyuma y’amezi atandatu Perezida Felix Antoine Tshisekedi atorewe kuyobora RDC muri manda ya kabiri izamara imyaka itanu. Muri iyi Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, Jean Pierre Bemba Gombo wari usanzwe […]
Umushoramari Niyitanga yatanze kandidatire ku mwanya w’ubudepite
Rwiyemezamirimo Niyitanga Fiston uzwi mu bijyanye n’ubukerarugendo, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) nk’umukandida mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Niyitanga usanzwe afite company y’ubukerarugendo ikorera mu bihugu by’u Rwanda, Uganda na Kenya, yatanze kandidatire ye mu cyiciro cyihariye cy’urubyiruko. Uyu musore nyuma yo gutanga kandidatire yabwiye itangazamakuru ko yafashe icyemezo cyo kwiyamamaza mu […]
Gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda ntacyo imaze: Macron
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa kuri uyu wa Kane yanenze gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, ayigaragaza nk’urwenya ndetse n’idafite umumaro. Macron yabitangarije muri Kaminuza ya Sorbonne y’i Paris aho yari kuri uyu wa Kane. Yagize kandi ati: “Ntabwo nizera imiterere yo gushaka igihugu cya gatatu ku mugabane wa Afurika cyangwa ahandi hose […]
Tshisekedi wahushije Nangaa mu mugambi wo kwivugana abakuru ba AFC/M23
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buravugwa mu mugambi wo kugerageza kwivugana Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri kiriya gihugu n’abakuru b’umutwe wa M23 yihuje na wo. Mu mwaka ushize wa 2023 ni bwo uyu mugabo yahuje amaboko na M23 nyuma yo gushingana n’abayobozi b’uyu mutwe ihuriro bise Alliance Fleuve Congo […]
Ubwongereza bwamaganye M23 n’abayitera inkunga
Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa guverinoma y’Ubwongereza rigaragaza ibyo iki gihugu cyagejeje kuri kariya kanama rivuga ko “Bamagana gukomeza gufata ibice bitandukanye by’igihugu cya Congo bikozwe n’Inyeshyamba za M23 zanashyiriweho ibihano n’umuryango w’Abibumbye.” Mu mboni z’Ubwongereza, M23 igomba gusubira inyuma ikarekera gukomeza intambara, Ubwongereza kandi bwanasabye ko Ubufasha buturutse hanze ya Congo buhabwa umutwe wa […]
Burundi: Indwara itazwi yibasiye abagororwa bafungiwe muri gereza ya Gitega
Indwara itazwi yatangiye gukwirakwira muri gereza nkuru ya Gitega kuva mu cyumweru gishize mu gihugu cy’Uburundi , aho imfungwa zitandukanye zagiye zibona ibimenyetso bahuriyeho by’iyo ndwara ariko ntibamenye iyariyo. Abagororwa barwaye iyi ndwara, yakwirakwiriye nk’icyorezo muri gereza nkuru ya Gitega, bagaragaza ibimenyetso nko gukorora, kuruka , amaso atukura, umuriro, intege nke, kubabara mu gifu, kubura […]
RDC:Imodoka yaritwaye imiti muri Teritwari ya Fizi yaguye muri Tanganyika
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane haramutse amakuru avuga ko imodoka yari itwaye imiti yerekeza muri teritwaritwari ya Fizi, muri Kivu y’Amajyepfo yakoze impanuka igwa mu kiyaga cya Tanganyika. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatatu taliki 25 Mata 2024, ubwo iyi modoka yavaga muri Uvira yerekeza muri teritwari ya Fizi.Bivugwa ko uretse imiti […]
Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame
Iyi nyandiko ya Madamu Jeannette Kagame igaruka ku kuri kw’amateka y’u Rwanda mu gihe benshi bahitamo kuyavuga nabi, cyane muri iki gihe cyo #Kwibuka30. Biteye isoni bikanashengura umutima, kubona nyuma y’imyaka igera kuri 30, Abanyarwanda tukirwana no gusobanurira ukuri kw’amateka yacu — amateka asobanutse kandi yanditswe neza, abantu ubusanzwe bazwiho kumva no guharanira ukuri. Igishengura […]
Ukraine yatangiye kurasa mu Burusiya ikoresheje Miisile yahawe na Amerika
Ukraine yatangiye gukoresha Misile yahawe na Amerika binyuze mu nkunga yari yayemereye yo kwivuna Uburusiya. Ni amakuru yemejwe ‘abategetsi bo muri Amerika bemeje ko Ukraine yatangiye gukoresha ibisasu bya misile biraswa mu ntera ndende byo mu bwoko bwa ‘ballistic’ yahawe n’Amerika mu ibanga, ibirasa ku basirikare b’Uburusiya bayiteye. Izo ntwaro ziri muri gahunda y’imfashanyo ya […]
Indwara y’ibihara bikomoka ku nkende yahagaritse imitima y’abanya Brazzaville
Repubulika ya Kongo Brazzaville yatangaje ko yatewe n’icyorezo cy’ibihara biturutse ku nkende “monkey pox” nyuma y’uko hafashwe ibipimo bakayisangana abagera kuri 19. Aba bayisanzwemo ngo biganje mu murwa mukuru i Brazzaville. Kuri uyu wa kabiri, Minisitiri w’ubuzima Gilbert Mokoki yavuze ko nta mibare y’abapfuye baraboneka kugeza ubu, gusa ngo hari impungenge ko na bo baboneka […]
Nyamagabe-Rusizi: Igice kimwe cy’uhanda cyatwawe n’imvura
Mu Ntara y’Uburengerazuba mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Buvugira ,Umudugudu wa Bujagiro, Igice cy’Umuhanda cyangijwe n’imvura yaguye maze kirakushumuka. Iyi mvura yaguye tariki 24 Mata 2024, yangije igice cy’Umuhanda Nyamagabe-Rusizi ikaba yanangije ipoto y’amashanyarazi y’ahitwa Kamiranzovu mu ishyamba rya Nyungwe. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SP Emmanuel Kayigi, yemeje […]
Botswana: Minisitiri yatangaje ko banze kwakira abimukirakira bavuye mu Bwongereza
Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite zitasobanuwe. Byatangajwe na Misitiri w’ububanyi n’amahanga wa Botswana , Lemogang Kwape kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro yahaye shene ya televiziyo yo muri Afurika y’Epfo. Yavuze ko leta y’Ubwongereza yiyambaje igihugu cye ibabaza niba bakwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza, ariko Botswana […]
Uburusiya: Minisitiri wungirije w’Ingabo yafunzwe
Mu Burusiya ishyamba si ryeru mu butegetsi kuko harimo gukorwa umukwabo wo guhiga abashinjwa ibyaha, aho ku ikubitiro Minisitiri wungirije w’Ingabo yahise atabwa muri yombi. Urwego rukuru rw’ubutasi mu Burusiya ruvuga ko minisitiri wungirije w’ingabo yafunzwe acyekwaho ibyaha bya ruswa. Ejo hashize kuwa kabiri, akanama k’iperereza kavuze ko Timur Ivanov yafunzwe kandi ko harimo gukorwa […]
Kenya: Ibintu bikomeje kuzamba kubera imyuzure ya hato na hato
Nk’uko ishami ry’iteganyagihe rya Kenya ryagiye ribitangaza ko muri iki cyumweru hagomba kugwa imvura nyinshi, kugeza ubu mu bice bitandukanye by’iki gihugu bikomeje kwibasirwa n’imyuzure ituruka ku mvura idasanzwe ikomeje kugwa. Abatuye by’umwihariko mu ntara ya Machakos , bamwe bahitanywe n’iyi myuzure , abandi bava mu ngo zabo barahunga. Ku mugoroba wo kuwa mbere, itsinda […]
Burundi: Abakorera uburobyi muri Tanganyika barimo kubogoza
Abakorera uburobyi mu kiyaga cya Tanganyika baratabaza ubuyozi bavuga ko batakibona amafi ahagije mu Kiyaga cya Tanganyika. Bavuga ko impamvu amafi yagabanutse cyane muri iki Kiyaga, ari uko kuva aho amazi yacyo atangiriye kugenda biturutse kubiza n’amafi yagiye . Ikindi kandi bavuga ko kubera imyanda iguma iva hirya no hino amazi akandura, amafi aguma ahunga. […]
RDC: V. Kamerhe arakoza imitwe y’intoki ku kongera kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko
Umunyapolitiki Vital Kamerhe yaraye atorewe guhagararira ihuriro Union Sacré de la nation mu matora ya Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kamerhe wakunze kwibasira u Rwanda, asanzwe ari Visi-Minisitiri w’Intebe wa RDC ndetse na Minisitiri w’Ubukungu. Ni inshingano yahawe na Perezida Félix Antoine Tshisekedi nyuma yo kuva muri gereza yagiyemo ubwo […]
Kuki kugabira no gutera inkunga bisigaye bifatwa nk’iturufu y’ubwambuzi kubifuza kwamamaza no kwamamara ?

Mu nkuru zijyanye n’imyidagaduro mu Rwanda, hakomeje kuvugwa inkuru y’umuhanzi Yago wishyuje ikibanza yemerewe mu mwaka ushize, ubwo yakoraga igitaramo cyo kumurika album ye ‘Suwejo’ ariko akaza kucyimwa nyuma yo kubwirwa ko atitwaye neza ku rubyiniro, bitewe n’uko hitiranyijwe abamuhaye impano y’ubutaka. Uyu muhanzi yimwe iki kibanza nyuma yo gutangaza ko yagihawe na KTN Rwanda […]
ONU yongeye gusaza imigeri ishaka kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Mu gihe Ubwongereza bwamaze kwemeza gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, Umuryango w’abibumbye wita ku mpunzi wongeye gushaka kuburizamo iyi gahunda. Abashaka kugera amajanja iyi gahunda, harimo abayobozi babiri b’uyu muryango, aribo umukuru w’ishami rya ONU ryita ku mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, na komiseri ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri ONU, Volker Turk, aho bavuga ko […]
Uganda isanga ikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi ryaragaragaje ugutsindwa kw’amahanga
Minisiteri y’Ingabo muri Uganda, yatangaje ko iki gihugu kizakomeza gufatanya n’abanyarwa mu gukumira ikibi haba mu karere no muri afurika ku buryo nta curaburindi risa nka Jenoside yakorewe Abatutsi rizongera kubaho. Ni bumwe mu butumwa iyi Minisiteri yatanze mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi byabereye ku Kiyaga ka Victoria mu […]
Gukandagiza ikirenge ku butaka Wazalendo iriho wishyura amadorari atari munsi y’atatu
Hashize iminsi itari mike, abagenzi n’abacuruzi binubira ko bishyuzwa na Wazalendo amafaranga adafitiwe ubusobanuro, aho kugeza ubu uciye wese ku butaka uyu mutwe uriho yishyura amadorali y’Amerika arenga atatu Abaturage bamwe bo muri ibi bice bya Kivu ya Ruguru bibarizwamo Wazalendo,bavuga ko itagituma bagoheka kuko uciyeho wese agomba kugira ikiguzi atanga kikitirirwa umusoro. Nk’uko amakuru […]
Maleziya: Abantu icumi baguye mu mpanuka ya Kajugujugu zagonganye
Abantu icumi bapfuye nyuma ya kajugujugu ebyiri zo mu mazi zagonganiye mu kirere ubwo zari mu myitozo ya gisirikare yaberaga mu birori byiswe Royal Maleziya. Amashusho yacaracaye mu bitangazamakuru bitandukanye, yagaragaje umwe mu bapilote abura uburinganire (control), ari ku muvuduko wo hejuru maze asatira mugenzi we baragongana. Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere taliki 22 […]
Urwicyekwe rwatumye Uburusiya bufunga ‘internet’ ku banyamakuru batagira umupaka
Abanyamakuru batagira Umupaka (reporters without Boarders), ivuga ko Ubutegetsi bw’Uburusiya bwabakuriyeho Internet. Imiryango inyuranye n’impirimbanyi z’ubwisanzure bw’itangazamakuru bamaganye icyo gikorwa. Uyu muryango Reporters Without Borders usanzwe ufite ibiro bikuru i Paris mu Bufaransa uvuga ko guverinema y’Uburusiya yafunze imiyoboro ijya ku rubuga rwayo muri icyo gihugu kuva taliki 18 z’ukwezi kwa kane. Impamvu zateye Uburusiya […]
Gen. Mubarakh na Maj Gen Huneiti baganiriye uko RDF na JAF bashimangira ubufatanye
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, ari mu bwami bwa Jordanie aho yagiriye uruzinduko rw’akazi. Igisirikare cy’u Rwanda kibinyujije ku rubuga rwacyo rwa X yahoze yitwa cyatangaje ko Gen Mubarakh n’itsinda ry’intumwa ayoboye kuri uyu wa Mbere bakiriwe ku cyicaro gikuru cy’Ingabo za Jordanie (JAF), bakirwa n’Umugaba Mukuru wazo, Major General Yousef Huneiti. […]
Ubushinwa: Abagera ku 110.000 batuye mu ntara imwe bahungishijwe umwuzure
Mu Bushinwa abantu 110.000 bimuwe mu ngo zabo mu ntara ya Guangdong, nyuma y’uko iki gihugu kimaze iminsi cyibasiwe n’imvura nyinshi yateje umwuzure mwinshi by’umwihariko muri iyi ntara. Ibitangazamakuru bitandukanye bya Leta, bibitangaza ko abantu bane kugeza bapfiriye mu nkubi y’iyi mvura mu gihe 10 baburiwe irengero. Amashusho ku bitangazamakuru bya leta no ku muyoboro […]
Mu mezi atatu Ubwongereza buraba bwatangiye kohereza abimukira mu Rwanda
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Mbere taliki 22 Mata 2024, Rish Sunak, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, yatangaje ko mu byumweru hagati ya 10 na 12 , abimukira ba mbere baribube bagejejwe mu Rwanda. Yavuze ko Guverinoma yamaze kwitegura mu bijyanye n’ingendo z’indege zizatwara abimukira ba mbere.Sunak yabihamije ashize amanga atangariza abanyamakuru ko noneho […]
Sudan: Serivise z’Ubuzima 80% zarahagaze
Intambara ibera muri Sudan ikomeje gutuma ubuzima buhagarara , aho kugeza ubu serivisi z’Ubuzima zimaze gucyendera zikaba zigeze kukigero cya 80%. Ibigo by’ubuvuzi byo mu gihugu byahagaritse serivisi, aho bifite ikibazo cy’ububiko bw’imiti ndetse n’ubushobozi bw’ingufu (Amazi n’amashanyarazi), byabaye iyanga. Minisitiri w’Ubuzima muri Sudan, Ahlam Abdel Rasoul avuga ko ibitaro hafi ya byose byasenyutse , […]
Niger: Amerika mu nzira zo guhomba ikibuga cya ‘Drones’ cyayitwaye asaga Miliyoni 100$
Muri Niger , ishyamba si ryeru hagati y’igisirikare cy’Amerika n’abadashyigikiye ko kiguma muri iki gihugu nyuma yo gusanga ko ngo kurinda umutekano byarabananiye. Ejo ku cyumweru taliki 21 Mata 2024, abaturage babyukiye mu mihanda bamagana iki gisirikare, aho bavuga ko batabashaka ku butaka bwa Niger. Iyo myigaragambyo yatumijwe n’itsinda ry’amashyirahamwe y’imiryango ya sosiyete sivile 24, […]
MINUBUMWE yagaragaje ko ipfobya n’ihakana rya Jenoside rifite inkomoko mu yahoze ari Gikongoro
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu( MINUBUMWE), yagaragaje ko gupfobya no guhakana Jenoside bifite inkomoko mu yahoze ari Gikongoro. Byagarutsweho na Minisitiri w’iyi Minisiteri Dr Bizimana Jean Damascène kuri iki Cyumweru taliki 21 Mata 2024 mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku rwibutso rwa Murambi mu Karere ka Nyamagabe yahoze ari Gikongoro. Uru rwibutso […]
Irengero rya kontineri z’imihoro u Burundi bwaguze mu Bushinwa
Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa, ndetse ko ikimara kugera mu Burundi yahise ihabwa […]
Umunyamakuru Jean Jules Mazuru wamenyekanye kuri radio Rwanda afungiwe i Mageragere
Umunyamakuru Jean Jules Mazuru wamamaye kuri Radio Rwanda mu ishami ry’amakuru mu rurimi rw’igifaransa, afungiwe mu igororero rya Nyarugenge riherereye i Mageragere, aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza ku myaka y’ubukure. Uyu munyamakuru wari umaze igihe atumvikana kuri radio , amakuru dukesha umuyoboro wa YouTube ‘Umuseke tv’ , avuga ko J. Jules Mazuru yafunzwe […]
Masisi: Wazalendo na FARDC basubiranyemo mu mirwano ikaze yahitanye bane
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru Taliki 21 Mata 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Masisi mu gace ka Rubaya, habereye kwisubiranamo mu mirwano ikaze yahuje ingabo za Leta FARDC na Wazalendo isanzwe ikorera mu kwaha kw’izi ngabo, maze abagera kuri bane barakomereka maze batandatu barakomereka. Ni imirwano kugeza ubu bitaramenyekana […]
Indagu za Sam Karenzi na bagenzi be zakubise igihwereye
Ikipe ya APR FC ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama Mata yegukanye Igikombe cya shampiyona, ihinyuza indagu z’abanyamakuru ba Fine FM batayiciraga akari urutega ubwo shampiyona yatangiraga. Nyamukandagira yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports bari bahuriye kuri Kigali Pele Stadium igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 52 w’umukino cya Mugisha Gilbert ni […]
Burundi: Ibiza bikomeje gusiga umubare w’abaturage babura aho bakinga imisaya utumbagira
Kugeza ubu mu gihugu cy’u Burundi ibintu bikomeje kuba bibi, aho abaturage barenga ibihumbi bibiri batabona aho baking umusaya. Ibi biza birimo guturuka ahanini n’imvura ikomeje kugwa mu migezi yiroha mu mu Kiyaga cya Tanganyika nayo ikamena mu bindi bice bitandukanye bityo amazu n’ibindi bikorwa remezo bikangirika. Imvura yaguye ku munsi w’ejo kuwa Gatanu, yahitanye […]
Umubare w’abasirikare u Rwanda rushinjwa kugira muri RDC
U Rwanda rurashinjwa kuba kugira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare babarirwa mu 3,000; nk’uko Bloomberg ibivuga. Iki gitangazamakuru kivuga ko ari amakuru cyahawe n’abantu bo mu burengerazuba bw’Isi. RDF kandi ishinjwa guhera imyitozo ya gisirikare inyeshyamba za M23 mu kigo bivugwa ko giherereye hafi y’umupaka w’u Rwanda na Congo. Hejuru y’ubwo bufasha Guverinoma […]
Musore, umukobwa mucuditse nakubwira ibi bintu 5 uzamenye ko yagupfiriye
Cyo kimwe n’abasore cyangwa abagabo, abagore n’abakobwa na bo barakunda kandi bakabigaragariza abo biyumvamo, n’ubwo kwerura ngo babivuge bikunda kugorana. Mu busanzwe bibaho kuba waba uvugana n’umukobwa bisanzwe, buri umwe yiyumva mu wundi, ariko mwembi mwaratinye kwerura ngo umwe abibwire undi. Gutinya kurikocora ku muhungu akenshi biterwa no kuba nta cyizere gihagije aba afite cyerekana […]
Madamu Jeannette Kagame yunamiye umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yunamiye, anashyira indabo ku mva iruhukiyemo Umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku wa 20 Mata 1994. Igikorwa cyo kwibuka Umwamikazi Rosalie Gicanda cyabanjirijwe n’igitambo cya Misa yo kumusabira cyayobowe na Antoni Cardinal Kambanda n’Umushumba wa Diyosezi ya Butare, Mgr Filipo Rukamba. Kuri uyu wagatandatu taliki 20, hibutswe umwamikazi Gicanda, […]
DR.Congo: Ibindi birindiro bya MONUSCO byafunzwe bihabwa Ingabo za Leta
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zibungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘MONUSCO’, zafunze ibirindiro byazo bya Bunyakiri byari biherereye mu gace ka Kalehe gaherereye mu Majyaruguru ya Kivu ya Ruguru. Ibi birindiro byafunzwe bihabwa igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC). Ibi byabaye ejo ku wa gatanu tariki ya 19 Mata 2024. Ikigo cya […]
Umuhanda uhuza Akarere ka Muhanga n’aka Ngororero ntabwo ari nyabagendwa
Umuhanda uhuza Akarere ka Muhanga n’aka Ngororero wafunzwe by’agateganyo kubera imvura nyinshi yaguye igatuma Umugezi wa Nyabarongo wuzura ukawurengera. Iyi mvura yatumye umuhanda ufungwa yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki 19 Mata 2023.Gusa uretse uwo muhanda wafunzwe nta makuru yandi yatangajwe niba hari ibindi yaba yangije. Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe Meteo-Rwanda cyari cyatangaje […]
Kwibuka30: Taliki 20 nibwo ingabo zari iza Leta zishe umwamikazi Gicanda muri Jenoside
Taliki ya 20 Mata 1994, nibwo Ingabo za Leta ya Perezida Habyalimana zishe umwamikazi Gicanda nyuma y’uko bitegetswe na Captain Ildephonse Nizeyimana wari mu Kigo cya ‘à‰cole des Sous-Officiers [ESO] muri Jenoside. Uyu Ildefonse n’abandi basirikare barimo Lt Colonel Muvunyi Tharcisse n’abo mu Kigo cya Gisirikare cya Ngoma yayoboraga na Jandarumuri yayoborwaga na Major Cyriaque […]
Frédéric Ngenzebuhoro wabaye Visi Perezida w’u Burundi yapfuye
Frederic Ngenzebuhoro wigeze kuba Visi Perezida w’u Burundi ku butegetsi bwa Petero Buyoya yapfuye ku myaka 72. Iri zina ryamenyekanye cyane mu butegetsi bw’Uburundi mu ishyaka rya UPRONA by’umwihariko mu igihe ryari ku butegetsi mu 1992. Uretse kungiriza Buyoya , Ngenzebuhoro yabaye umudepite mu Burundi no mu mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC) aba n’umwanditsi […]
Masisi: Imbonerakure z’i Burundi zigeze kure imyiteguro ya Jenoside: Kanyuka
Umutwe wa M23 urashinja Leta y’u Burundi kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Imbonerakure, mu rwego rwo kuhategura Jenoside. Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, yaraye atangaje ko u Burundi bwohereje Imbonerakure muri Masisi mu rwego rwo “gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside”. Kanyuka yavuze ko izi Mbonerakure hamwe n’ingabo z’u Burundi ziri muri RDC […]
Mukankusi yahishuye akayabo Rujugiro yigeze guha RNC ngo ihirike ubutegetsi bw’u Rwanda
Mukankusi Charlotte wahoze wahoze mu mutwe wa RNC urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, yahishuye ko umunyemari Ayabatwa Tribert ‘Rujugiro’ yigeze kubaha arenga Frw miliyoni 300 yo kubafasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda ariko bikarangira Kayumba Nyamwasa uwuyoboye ayariye yose. Ku wa Gatatu tariki ya 17 Mata ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Rujugiro yapfuye azize urupfu rutunguranye. Muri […]
Zimbabwe:Akamwenyu ni kose ku mfungwa zirenga 4000
Akamwenyu ni kose ku mfungwa zirenga 4 000 zo mu Gihugu cya Zimbabwe zirimo n’abari barakatiwe igihano cy’urupfu. Ni nyuma y’uko zarekuwe ku bw’imbabazi za Perezida w’iki Gihugu. Izi mbabazi zatanzwe na Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 44 Igihugu cya Zimbabwe kimaze kibonye Ubwigenge kuri uyu wa Kane tariki 18 Mata […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Ruto wa Kenya
Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we William Ruto wa Kenya, nyuma y’impanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare b’igihugu cye barimo Gen. Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 18 Mata ni bwo iyo mpanuka yabereye mu gace ka Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet. Perezida William […]
Perezida Kagame yahuye na Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberia
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiswe ‘Amujae High-Level Leadership Forum, yiga ku iterambere ry’abagore no kubategurira kuba abayobozi beza. Yayihuriyemo n’abarimo Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Liberia. Ni inama yabaye kuri uyu wa gatanu, tariki ya 19 Mata 2024, aho mbere y’uko Perezida Paul Kagame, ayitabira yabanje guhura n’uwahoze ari Perezida wa Liberiya, Ellen Johnson Sirleaf. Biteganyijwe […]
Sudan: Mu mwaka umwe abaturage bibasiwe n’ibyorezo 11 abakabakaba 400 barwara Kolera
Kuri uyu wa Kane taliki 18 Mata 2024, Minisiteri y’Ubuzima ya Sudani yatangaje ko abantu 391 bapfuye bazize kolera mu gihe cy’umwaka umwe intambara itangiye. Minisitiri w’ubuzima muri Sudani, Haitham Mohamed Ibrahim, mu itangazo rigenewe abanyamakuru yavuze ko indwara zigera kuri 11 arizo zimaze kwibasira iki gihugu kuva intambara yatangira. Ati” Indwara zigera ku 11.000 […]
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bikuye muri santire ya Kibirizi nta sasu rivuze
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo, biravugwa ko bikuye muri Santire (Centre) ya Kibirizi ho muri Teritwari ya Rutshuru nta mirwano ibaye. Amakuru avuga ko ingabo za FARDC zikimara kuva muri iyi santire, zahise zisubirira mu bice zahozemo . Ibi byabaye ku munsi w’Ejo kuwa Kane ahagana ku isaha z’umugoroba mu […]
Abayobozi b’abacuruzi bavuga rikijyana muri Haiti bandikiye Perezida Ruto
Abayobozi bashinzwe ubucuruzi muri Haiti bandikiye Perezida wa Kenya, William Ruto, bavuga ko bahangayikishijwe cyane no gutinda kw’abapolisi 10000 yabemereye bagomba koherezwa muri iki gihugu mu kubafasha guhangana n’amabandi akomeje kwibasira iki gihugu. Ni ibaruwa banditse muri iki Cyumweru basaba ko gahunda yo kohereza aba bapolisi yakwihutishwa bityo ibikorwa by’ubucuruzi bigakomeza n’abaturage bagasubira mu buzima […]
Leta y’u Burundi na Loni batabarije Abarundi
Umuryango w’Abibumbye na Leta y’u Burundi baratabaza nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’ibiza bimaze gushegesha abatari bake. Uku gutabaza gushingiye ku bihe bidasanzwe by’ibiza biturutse ku mvura idasanzwe akarere kari gucamo bizwi nka El Nià±o. Iyi mvura nyinshi yatumye inzuzi n’ikiyaga cya Tanganyika byuzura birushaho guhitana abantu no konona ibintu. Binyuze mu itangazo ryashyizwe […]
Israel na yo yagabye ibitero kuri Iran
Israel kuri uyu wa Gatanu yagabye ibitero bya missile kuri Iran, mu gisa nko kwihimura ku bitero bya za drones na missiles iki gihugu cyayigabyeho mu cyumweru gishize. Iturika ryumvikanye mu ntara ya Isfahan iherereye rwagati muri Iran, ndetse itangazamakuru ryo muri iki gihugu riravuga ingendo z’indege zahise zihagarikwa mu mijyi itandukanye y’igihugu. Intara ya […]
Palestina yangiwe kuba umunyamuryango wa LONI
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zangiye igihugu cya Palestina kwinjira mu bihugu binyamunyamuryango by’Umuryango w’Abibumbye. Amerika yabyanze ubwo bari mu nama y’akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi yateranye kuri uyu wa kane taliki 18 Mata 2024. Loni yatoye umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wayo, gusa ibihugu […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu (KDF), yemeje ko Gen Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru wazo yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yabaye kuri uyu wa Kane. Perezida Ruto mu ijambo yagejeje ku baturage ba Kenya, yavuze ko impanuka ya kajugujugu ya KDF yahitanye Gen Ogolla yabereye mu gace ka […]
Indonesie: Abarenga ibihumbi 11 basabwe kwimuka vuba na bwangu kubera iruka ry’ikirunga
Abantu barenga 11,000 basabwe kwimuka bakava mu majyaruguru ya Indonesie, kubera iruka ry’ikirunga ryateza umutingito ushobora guhitana ubuzima bwabo. Abaturage baburiwe ko ibikoma byacyo bishobora kujya mu nyanja bikarangira binateje umutingito wo mu bwoko bwa Tsunami ukaba wahitana ubuzima bwa benshi. Abantu barenga 800 bimuwe ku ikubitiro bava ahitwa i Ruang bajya ku kirwa cya […]
RDC yaguze CH-4 nshya zisimbura izivuganwe na M23
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaze kwakira drones nshya z’intambara zo mu bwoko bwa CH-4, nyuma y’uko muri eshatu yari yaraguze nta n’imwe ikiri mu kazi. Mu mwaka ushize wa 2023 ni bwo RDC yari yaguze izi drones mu Bushinwa, kugira ngo zifashe igisirikare cyayo guhangana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 bamaze imyaka hafi […]
DRC: Uwahoze ari minisitiri wungirije wa Hydrocarbures yakatiwe gufungwa imyaka 20 azira ubwicanyi
Moussa Mondo wahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures, yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 azira gukubita no gukomeretsa umugore we byaje no kumuviramo urupfu. Urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa / Gombe, rwatangaje imyanzuro yarwo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 16 Mata 2024, ko uyu mugabo akatirwa gufungwa imyaka 20, ategekwa no gutanga ihazabu ingana na miliyoni y’Amafaranga […]
Yatawe muri yombi nyuma yo kuzana muri banki umuntu wapfuye ngo amuheshe inguzanyo
Ejo hashize kuwa Gatatu , polisi yo muri Bresil yavuze ko yataye muri yombi umugore wazanye muri Banki umusaza w’imyaka 68 mu kagare k’abamugaye yapfuye kugirango amusinyire inguzanyo yari yasabye. Uyu mugore witwa Erika Vieira Nunes, yazanye umurambo ku kagare muri banki iherereye mu nkengero z’umujyi wa Rio maze ashaka kujijisha abakozi ba banki kugirango […]
Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yavuze ku bari abakozi bayo bishwe muri Jenoside
Abari abakozi ba Ambasade y’Ubufaransa mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, barashimira intambwe yatewe n’iyi ambasade mu kwibuka no guha icyubahiro abayikoreraga bishwe muri Jenosie yakorewe Abatutsi. Basabye iyi ambasade kwita ku mibereho yabo mu miryango ifite ababo bayikoreraga bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Antoine Anfré, Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda, avuga ko […]
Ububirigi bugiye kwinjira mu kibazo cy’umutekano mucye urangwa muri DR.Congo
Ambasaderi w’Ububiligi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Roxane de Bilderling, yatangaje ko igihugu cye kigiye kwinjira mu bibazo by’umutekano mucye ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa Congo. Yabitangaje kuwa Kabiri taliki 16 Mata 2024, ubwo yaganiraga n’ubuyobozi bw’umujyi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.Yavuze ko bitewe n’intambara ikomeje kuyogoza iki gihugu, Ububiligi nk’igihugu gikunda amahoro kigiye kwinjira ubwacyo […]
Ukraine yateguje intambara ya Gatatu y’isi mu gihe yaba itsinzwe n’Uburusiya
Minisitiri w’intebe wa Ukraine Denys Shmyhal, yateguje intambara ya gatatu y’isi yose mu gihe Uburusiya bwaba buyitsinze. Uyu Minisitiri yabwiye BBC ko hazabaho Intambara ya gatatu y’isi yose mu gihe Ukraine yaba itabonye inkunga yemerewe na Amerika izayifasha kurandurana n’imizi Uburusiya. Yavuze ko yasabye Kongere y’Amerika kwemeza umushinga w’imfashanyo yayemereye, kuko hashize iminsi yarayibemereye ariko […]