Huye: Akuriranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Umuturage witwa Muhire Pierre Claver wo mu kagari ka Icyeru, mu murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, akurikiranyweho ibikorwa bihembera ingengabitekerezo ya jenoside yakorewe. Uyu mugabo wâimyaka 51 ashinjwa gutema insina yâumugore baturanye warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mukantwari Ancilla no kumubwira amagambo mabi. Mukantwari avuga ko ku wa Gatanu tariki ya 16 Mata […]
Huye: Inkongi yâumuriro yafashe inzu yâumuturage, ibintu byose bihiramo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 15 Mata 2021 ahagana mu masaa yine za mu gitondo, inkongi yâumuriro yatwitse inzu yâuwitwa Bizimana Samuel utuye mu Mudugudu wâUrugwiro, Akagari ka Rango B mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, ibyarimo birashya birakongoka. Ubwo iyi nzu yashyaga nta muntu wari uyirimo bari mu gikari. […]
Huye: Abaturage barasaba ingurane y’imyaka yabo yangijwe

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Murambi na Cyayove, Akagari ka Mwurire mu Murenge wa Mbazi w’Akarere ka Huye, baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko haje rwiyemezamirimo akabarandurira imyaka ababwira ko aho bayiteye hagiye guca umuyoboro w’amazi. Umwe muri bo yagize ati: “Ntabwo tuzi aho baturutse, twarabyutse tubasanga mu mirima batangiye kurandura imyaka, nta nama yabayeho byibura ngo […]
Nyamagabe: Poste de SantĂ© yari imaze imyaka 2 idakora, igiye gukora nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri Gatabazi
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yasuye Akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri aganira nâabahagarariye abaturage, bamugezaho ibibazo bitandukanye birimo icya Poste de SantĂ© yubatswe ikaba imaze imyaka ibiri idakora. Yasuye Nyamagabe muri gahunda arimo yo kugirana ibiganiro nâabayobora inzego zâibanze mu mirenge ihana urubibi nâishyamba rya Nyungwe, byitabirwa nâabavuga rikumvikana muri iyi […]
Danny uherutse gupfa urwâamayobera yasezeweho bwa nyuma (Amafoto)

Nsabigaba Jean Paul wamenyekanye nka Danny uherutse gupfa urupfu kugeza ubu rukiri amayobera, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Werurwe 2021, mu gahinda kenshi nâamarira. Danny yaba yarapfuye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 7 Gashyantare 2021 azize urupfu rutaramenyekana kugeza ubu, aho mu gitondo cy’umunsi wakurikiyeho yasanzwe amanitse ku […]
Gisagara: Hari abaturage bavuga ko batazi ikigega BDF

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gisagara ubwo hakorwaga ubukangurambaga bwo kumenyekanisha ikigega cy’ingwate, BDF, bagaragaje ko ubusanzwe nta makuru bari bagifiteho. Ubu bukangurambaga bukorerwa ku batuye mu duce tw’icyaro, bwabereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara kuri uyu wa 18 Gashyantare 2021. Umuyobozi mukuru wungirije muri BDF, Rosalie Semigabo, yabanje kubasobanurira […]
Padiri Twagirumukiza HermĂ©nĂ©gilde warangwaga nâurukundo yashyinguwe (Amafoto)

Padiri Twagirumukiza HermĂ©nĂ©gilde yashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2021 mu irimbi ryâAbapadiri rya Cathedrale ya Butare. Kumushyingura byabanjirijwe na Misa yo kumusezeraho yayobowe na Musenyeri wa diyoseze gatolika ya Butare, Philippe Rukamba. Ni umuhango wakozwe mu buryo bwihariye hubahirizwa ingamba zo kwirinda Coronavirus.Isanduku irimo umurambo we ntabwo wigeze izanywa mu kiriziya. […]
Nyanza: Abahinzi b’urusenda barataka igihombo cya miliyoni 100Frw batewe na Rwiyemezamirimo
Abahinzi bibumbiye muri Koperative âJyambere Muhinzi Nyanzaâ ikorera ubuhinzi bwâurusenda nâimboga mu mirenge ya Rwabicuma, Nyagisozi na Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza barataka igihombo cyâamafaranga asaga miliyoni 100Frw batewe na Rwiyemezamiro wabambuye akanabahemukira. Iyo koperative ikorera mu cyanya cyatunganyijwe, abayikoreramo bavuga ko uwo rwiyemezamirimo yabambuye amafaranga yâumusaruro yatwaye, naho undi usigaye mu mirima yanga kuza […]
Nyamagabe: Abakozi ba China Road bakoze igisa n’imyigaragambyo

Abakozi bakorera kampani yâAbashinwa âChina Roadâ ikora umuhanda Pindura-Bweyeye uva mu Karere ka Nyamagabe ugana mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 bazindutse bakora igisa n’imyigaragambyo. Ubwo twahageraga, twasanze bicaye imbere y’ibiro by’iki kigo bakoramo biherereye mu Karere ka Nyamagabe, banze kujya mu kazi bitewe n’uko bamaze ngo amakenzeni [igisobanuro: ikenzeni ingana […]
Amajyepfo: abakabakaba 500 barajwe muri Stade barenze ku mabwiriza yo kwirinda covid-19

Abantu 494 bo mu Ntara yâAmajyepfo biganjemo abatwara ibinyabiziga, abanyamaguru nâabandi basanzwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19, barajwe muri Stade banatanga amande. Bafashwe guhera saa yine zâijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020. Mu Ntara y’Amajyepfo hose hafatiwe abantu 494, imodoka 24 na moto 13, naho mu […]
Nyamagabe: Igisubizo ku kibazo cyâumuhanda mubi kigiye gushakirwa mu mbaraga zâabaturage

Abaturage batuye mu Murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe bari barahungabanyijwe nâibitero byâabitwaje intwaro baturukaga mu ishyamba rya Nyungwe, barashimira ko leta yababaye hafi, ariko bagasaba gukemurirwa ibibazo birimo kutabona umuhanda mwiza. Byatangajwe nâabatuye mu Mudugudu wa Subukiniro mu Kagari ka Rugogwe ubwo Polisi yâu Rwanda kuri uyu wa 10 Ukuboza 2020, yabashyikirizaga imirasire […]
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo

Umukobwa witwa Irakoze Jeannette utuye mu Mujyi wa Kigali amaze amezi ane yarafungiwe nâababyeyi be mu rugo azira gukundana nâumusore witwa Jean dâAmour Niyigena umuryango we udashaka. Kuri ubu uyu musore na we akaba ari mu mazi abira kuko ari mu maboko yâubugenzacyaha (RIB) bwamutaye muri yombi, nyuma yâuko se wâumukobwa amushinje ibyaha birimo kuvogera […]
IGP Munyuza yahishuye uko abapolisi barya ruswa mu kugenzura ubuziranenge bwâibinyabiziga

Ubwo hatahwaga ku mugaragaro ikigo gisuzumirwamo ubuziranenge bwâimodoka kiri mu Ntara yâAmajyepfo, gifite ubushobozi bwo gusuzumirwamo izigera kuri 200 ku munsi, Umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda IGP Dan Munyuza yagaragaje ko nâubwo Polisi yâu Rwanda iri mu nzego zirwanya ruswa, hari bamwe mu bapolisi bafite imyitwarire itari myiza yo kuyaka no ku baje gusuzumisha ubuziranenge […]
Hagaragajwe icyatumaga Nyaruguru ihora inyuma mu kwesa imihigo

Ubwo ubuyobozi bwâIntara yâAmajyepfo bwashyikirizaga Akarere ka Nyaruguru igikombe cyâimihigo gaherutse kwegukana, hagaragajwe ko gukorera hamwe no kwirinda amakimbirane ari byo byagafashije kwesa neza imihigo. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ugushyingo 2020 ni bwo Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe igikombe katsindiye ubwo kegukanaga umwanya wa mbere mu mihigo yâumwaka wa 2019/2020. Mu myaka yabanje […]
Amajyepfo: Abamotari bashyiriweho umunsi wihariye wo kwakira ibibazo byâakarengane

Umuyobozi wa Polisi mu Ntara yâAmajyepfo, CSP Kanyamihigo Innocent, kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2020 yagiranye ikiganiro nâabamotari bamugaragariza ko hari ubwo bahura nâakarengane, ahita abashyiraho umunsi wo ku wa Gatandatu wo kujya yakiraho ibibazo nkâibyo kugira ngo bikemurwe hakiri kare. CSP Kanyamihigo yaganiriye nâabamotari bo mu Karere ka Huye, ikiganiro kikaba cyibanze ku kubibutsa […]
Huye: Intego ni uguharanira ko amasomo akomeza, nta nkomyi ya Covid-19

Abanyeshuri n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bo mu Karere ka Huye bari banyotewe no kubona leta y’u Rwanda isubukura amasomo, bemeza ko hafashwe ingamba zihagije, bakaba bafite intego yo guharanira ko amasomo akomeza, nta nkomyi y’icyorezo cya Covid-19. Abo mu bigo by’amashuri bibiri biri muri aka Karere; GSO Butare (Indatwa n’Inkesha) na ENDP karubanda ni bo babitangarije […]
Nyuma yo kuba indashyikirwa mu mihigo, Meya wa Huye yakiriwe nk’umwami

Meya wa Huye, Sebutege Ange yakiriwe nk’umwami nyuma y’aho aka Karere ayoboye kegukanye umwanya wa kabiri mu kwesa imihigo y’umwaka w’2019/2020. Iby’iyi nsinzi byatangarijwe muri Epic Hotel iherereye mu Karere ka Nyagatare tariki ya 30 Ukwakira 2020, ubwo abayobozi b’inzego nkuru z’igihugu ndetse n’abayobozi b’uturere bari bahuye batangarizwa uko imihigo yeshejwe, banahiga indi mishya y’umwaka […]
Huye: Umuryango Cora Women uzanye ibisubizo ku mbogamizi abagore bahura nazo mu iterambere

Ku munsi mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro wizihijwe kuri uyu wa 15 Ukwakira 2020 mu Murenge wa Mbazi ku rwego rwâAkarere ka Huye, Umuryango mpuzamahanga utari uwa Leta, Cora Women Center wiyemeje gufasha abagore gukuraho imbogamizi bahura nazo mu bikorwa byâiterambere. Ni nyuma yâurusobe rwâimbogamizi umugore wo mu cyaro ahura nazo zirimo gukora imirimo ivunanye […]
Huye: Hari kuvugutwa umuti w’ikibazo cy’ubusumbane mu gutera inkunga imishinga y’urubyiruko

Urubyiruko rutuye mu Murenge wa Tumba w’Akarere ka Huye ruvuga ko rufite imbogamizi mu gihe imwe mu mishinga nterankunga iyo ije kubafasha mu bikorwa bimwe na bimwe by’iterambere, aho usanga hari bamwe babura aho babarizwa, ugasanga hari undi ufite imishinga igera muri 3 imufasha , bityo bigatuma batazamuka mu iterambere kimwe n’abandi. Bamwe muri uru […]
Nyaruguru: Urwego rwa DASSO rworoje amatungo magufi abatishoboye

Urwego rwâumutekano rwa DASSO mu Karere ka Nyaruguru kuri uyu wa 29 Nzeri 2020 rworoje amatungo magufi bamwe mu batishoboye batuye mu mirenge ine igize Akarere. Ni igikorwa cyâubwitange aba bakozi bakoze mu rwego rwo gushyigikira gahunda yo koroza abaturage badafite amatungo magufi, no gushimangira ubufatanye bafitanye. Muri iki gikorwa uru rwego rukomeje, ku ikubitiro […]
Huye: Abitabiriye umuganda bakoze umuhanda bubakira nâabatishoboye

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Bukomeye, Umurenge wa Mukura mu Karere ka Huye kuri uyu wa 26 Nzeri 2020 bitabiriye umuganda bakora ibikorwa birimo kubaka umuhanda no kubakira inzu abatishoboye, ku bufatanye nâInama yâIgihugu yâAbagore ku rwego rwâIntara. Iki gikorwa cyateguwe nâiyi Nama yâAbagore, cyitabiriwe nâumuyobozi wayo ku rwego rwâIntara yâAmajyepfo, Guverineri […]
Huye: Meya yasezeranyije abo Gitifu wâumurenge yangiye_Amafoto

Meya wâAkarere ka Huye, Sebutege Ange kuri uyu wa 28 Kanama 2020 yasezeranyije umugabo witwa Nzindukiyimana Jeremie nâumugore we Byukusenge Claudette batuye mu Mudugudu wa Gahanga, Akagari ka Rugango, mu murenge wa Mbazi, banze gusezeranywa na Gitifu Uwimabera Clemence. Tariki ya 30 Nyakanga 2020 ni bwo Nzindukiyimana nâumugore we bari gusezeranira imbere yâamategeko, gusa bitewe […]
Ishusho yâumujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30

Umujyi wa Huye (Butare ya kera) uherere mu Karere ka Huye, kamwe mu munani tugize intara y’amajyepfo, nako kagizwe n’imirenge ya Huye, Ngoma (ni wo ugize igice kinini cy’umujyi), Tumba, Karama, Gishamvu, Simbi, Rwaniro, Kinazi, Rusatira, Maraba, Mbazi, Kigoma, Mukura na Ruhashya. Uyu mujyi uri muri 6 yunganira Umujyi wa Kigali, iri gushyirwamo imbaraga nyinshi […]
Kwibohora26: Ishusho yâakarere ka Nyaruguru kari gukoza imitwe yâintoki ku muhanda wa kaburimbo- AMAFOTO

Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru Habitegeko François, avuga ko ku nshuro ya 26 hizihizwa umunsi wo kwibohora, hari byinshi nkâakarere bishimira bamaze kugeraho. Uyu muyobozi yabwiye abanyamakuru ko hari kaburimbo bemerewe na perezida wa Repubulika yatangiye kubwakwa , ibitaro bya Munini byubatswe bifuza ko byaba ibitaro byatanga serivisi kundwara zidasanzwe. âNumva muri iki gihugu nta hantu […]