Azam FC yatsinze Police FC mu “Inkera y’Abahizi”

Ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama 2025, kuri Kigali Pelé Stadium habereye umukino w’amarushanwa ya “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC, aho Azam FC yatsinze Police FC kuri penaliti 4–3. Umukino watangiye amakipe yombi agerageza kwipima ariko nta mpinduka zigaragara. Ku munota wa 20, Police FC yafunguye amazamu binyuze kuri Kwitonda Alain ‘Bacca’ waboneye […]
FARDC iravuga ko M23 yongeye kuyigabaho uruhuri rw’ibitero

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirashinja umutwe wa M23 kugaba uruhuri rw’ibitero ku birindiro by’ingabo zacyo biri mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’iy’Amajyepfo. Umuvugizi wa FARDC, Général-Major Sylvain Ekenge, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko ku wa 11 Kanama M23 yarashe ibirindiro by’ingabo za Leta zirwanira mu mazi bya Musenda biherereye […]
Abakobwa batsinze neza ibizamini bya leta kurusha abahungu

Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Kanama batangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, ndetse n’ibisoza Icyiciro Rusange (Tron-Commun). Ni umuhango wayobowe na Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph. Imibare itangwa na NESA yerekana ko mu banyeshuri 219,900 bakoze Ikizamini cya Leta gisoza amashuri […]
Goma: Undi mukwabu wafatiwemo benshi nyuma y’amasasu yaraye ahumvikanye

Umukwabu mushya wa AFC / M23 mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 19 Kanama, mu gace ka Kyeshero (Komini ya Goma), mu burasirazuba bwa Congo, wafatiwemo abantu benshi, biganjemo urubyiruko. Uyu ni umukwabu wa kabiri ukozwe n’Ingabo za AFC/M23 mu Mujyi wa Goma muri uku kwezi, nyuma y’uwakorewe mu gace ka Mabanga-Sud […]
Abaraperi Bull Dogg, Jay C na Bushali barwanye n’abafana

Mu mpera z’icyumweru gishize, abaraperi barimo Jay C, Bull Dogg na Bushali bakoze agatendo barwana n’abafana ubwo bari bagiye mu kabyiniro. Byabereye mu kabyiniro k’ahazwi nko kwa ‘Nyanja’ aho aba bahanzi bari basohokeye nyuma yo gutaramira mu Karere ka Rubavu. Imirwano y’aba baraperi yaje kwemezwa na Jay C nyuma y’amashusho yari yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga […]
Kenya yatanze umucyo k’uyihagarariye i Goma yagennye bikarakaza Kinshasa

Guverinoma ya Kenya yatanze umucyo ku cyemezo cya Perezida William Ruto cyo kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu z’igihugu cye mu mujyi wa Goma cyamaganwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Ruto yagennye uriya mudipolomate nk’ugomba guhagararira inyungu za Kenya muri uriya mujyi ugenzurwa n’inyeshyamba zo […]
Walikale: M23 yacakiranye na Wazalendo mu mirwano ikaze yo kwigarurira Kaliki

Kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Kanama, biravugwa ko inyeshyamba za AFC / M23 zagerageje kongera kwigarurira Kaliki, umudugudu w’ingenzi muri Gurupoma ya Waloa Yungu, muri Teritwari ya Walikale. Amakuru atangazwa na Actualite.cd avuga ko inyeshyamba za M23 zaturutse i Kibati, muri Gurupoma ya Luberike, zigamije kugaba igitero gishya ku birindiro bya Wazalendo muri kariya […]
Umujenerali w’u Burusiya yakomerekeye mu ntambara na Ukraine

Umujenerali Mukuru w’u Burusiya, Lt.-Gen. Esedulla Abachev, yakomerekeye bikomeye ku rugamba muri Ukraine, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’u Burusiya. Guverineri w’intara ya Dagestan, Sergei Melikov, yavuze ko Abachev ari umwe mu basirikare bakuru bari ku isonga kuva intambara yatangira mu 2022. Yagize ati: “Yagiye akora mu myanya ikomeye y’ubuyobozi, ariko akunda kuba imbere ku mirongo y’imbere, […]
AFC/M23 na RDC mu mushinga wo gushinga ‘Special Force’ bihuriyeho

Guverinoma ya Qatar yahaye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 igitekerezo cyo gushinga umutwe w’Ingabo zidasanzwe (Special Force) uhuriweho n’impande zombi, nka bumwe mu buryo bwatuma amahoro agaruka mu burasirazuba bwa RDC. Ibi bikubiye mu nyandiko y’umushinga w’amasezerano y’amahoro Qatar yageneye impande zombi; mbere y’uko zisubira ku meza y’ibiganiro. Mu busanzwe […]
Uganda: NUP yemeje Bobi Wine nk’umukandida wayo mu matora yo mu 2026

Umuyobozi w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yemeje ko yifuza guhatanira kuba perezida wa Uganda mu matora rusange yo mu 2026 nyuma y’uko ishyaka rye ryakiriye forms zo kuzuza kuri komisiyo y’amatora i Kampala. Bobi Wine, wamenyekanye mu muziki mbere yo kwinjira muri politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi, azagerageza ku […]
Bugesera FC yakomorewe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Bugesera FC izitabira Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere nyuma yo kuzuza ibisabwa yari itarabasha gutanga. Mbere y’uko shampiyona itangira, amakipe yose yasabwe kugaragaza ibyangombwa by’ibanze. Bugesera FC yo ntiyari yujuje ibisabwa kuko itari ifite ubwishingizi bw’abakinnyi, umuganga w’ikipe ndetse bimwe mu byangombwa yatangaga byari iby’umwaka ushize wa 2024/25. […]
Nyanza: Igipolisi cyasatse urugo rwa Col. Moïse Arakaza

Igice gishya cyiyongereye kuri dosiye y’umupolisi mukuru mu Gipolisi cy’u Burundi, Col. Moïse Arakaza, uzwi ku izina rya Nyeganyega, ukurikiranweho guhungabanya ubukungu bw’igihugu no gushaka kwica. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko ku Cyumweru, itariki ya 17 Kanama, urugo rwe ruherereye mu Mudugudu wa Muyange, Komini ya Nyanza, mu Ntara ya Burunga (mu majyepfo […]
Burkina Faso yahambirije Umuhuzabikorwa wa Loni

Kuri uyu wa Mbere ushize, umuvugizi wa guverinoma yavuze ko Burkina Faso yatangaje Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye, Carol Flore-Smereczniak, nk’umuntu utagifite ikaze (persona non grata) kubera raporo yagizemo uruhare ivuga ko hari ihohoterwa rikorerwa abana muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba. Abayobozi ba Burkina Faso bavuga ko batagize uruhare mu itegurwa rya raporo y’Umuryango w’Abibumbye, yiswe […]
Wa mugore ufite iminwa minini ku isi yongeye kurikoroza

Andrea Ivanova, umunya-Bulgaria w’imyaka 28, yamamaye ku isi kubera iminwa ye minini yongeye kwibagisha iminwa maze igirwa minini kurushaho. Kugeza ubu amaze gukoresha amafaranga abarirwa muri £20,000 (asaga miliyoni 30 Frw) kugira ngo igaragare nk’uko abyifuza. Ubusanzwe yakundaga kwisiga amavuta yoroheje (nude lip gloss), ariko ubu yahisemo guhindura agaragara yisiga “red lipstick”, ibintu byatunguye abamukurikira […]
Abantu 5 bishwe n’imvura

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko abantu batanu bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi ibiri igwa hirya no hino mu gihugu. Iyi Minisiteri yatangaje ko bane mu bapfuye bishwe n’inkuba, undi umwe agwirwa n’inzu. Ni mu gihe inzu 15 zangijwe n’ibi biza mu gihugu hose. Abantu batanu bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa […]
Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya DRC na AFC-M23 byaramburuye

Bimwe mu biganiro byari biteganyijwe kubera I Doha muri Qatar hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’umutwe wa AFC/M23 ejo ku wa mbere tariki ya 18 Kanama 2025 ntibikibaye kubera impamvu zitunguranye. Amakuru ava mu nzego zizewe aravuga ko kugeza ubu nta delegasiyo nimwe ku mpande zombi, haba ku ruhande rwa Kinshasa […]
Nigeria: Abagera kuri 40 baburiwe irengero nyuma y’impanuka y’ubwato

Mu gihugu cya Nijeriya habaye impanuka ikomeye yabaye ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 17 Kanama 2025, ubwo ubwato bwari butwaye abagenzi bagera kuri 50 bwarohamaga mu mazi abarenga 40 bakaburirwa irengero. Inzego zishinzwe ubutabazi mu gihuguu zatangaje ko abantu barenga mirongo ine kugeza ubu bataraboneka, mu gihe abagera ku icumi gusa aribo bamaze […]
Tanzania: Urukiko rwabujije gukurikirana imbonankubone urubanza rwa Tindu Lissu

Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Tanzaniya rwabujije ibinyamakuru gutangaza imbonankubone urubanza ku byaha by’ubuhemu biregwa umuyobozi mukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, Tundu Lissu, wanenze iki cyemezo. Umucamanza Franco Kiswaga, yavuze ko iryo tegeko rizafasha mu kurinda abatangabuhamya b’ubushinjacyaha, bitewe n’icyifuzo cy’umushinjacyaha wa Leta wavuze ko ari ngombwa guhisha umwirondoro wabo. Kiswaga yagize […]
Icyoba ni cyose muri Amerika kubera umuyaga wa Erin

Inkubi y’umuyaga Erin yongeye gufata ingufu igera ku rwego rwa kane (Category 4) ikomeje kwibasira inyanja ya Atlantika, aho ishobora guteza ibiza bikomeye n’imyuzure ku nkombe z’Uburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga mwinshi byatangiye kugera mu birwa bya Bahamas y’Amajyepfo n’ibirwa bya Turks and Caicos, aho hashyizweho impuruza y’umuyaga udasanzwe. […]
Kigali: Yabuze ayo kwishyura indaya, ifatira imyenda ye

Umugabo wo mu Murenge wa Kinyinya, mu Karere ka Nyarugenge, yisanze mu mazi abira nyuma yo kuryamana n’indaya ariko akabura amafaranga yo kuyishyura. Byabereye mu Rwampara, ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025. Ababonye ibyabaye babwiye itangazamakuru ko uyu mugabo yari yabanje kumvikana n’iyo ndaya ko azayishyura amafaranga ibihumbi bitanu (5,000 Frw). Nyuma yo […]
FIFA yahaye Rayon Sports nyirantarengwa yo kuba yamaze kwishyura Robertinho Frw miliyoni 32.5 ye

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yahaye Rayon Sports iminsi 45 nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kwishyura $ 22,500 (Frw 32,500,000) ibereyemo umunya-Brésil Robertinho wahoze ari umutoza wayo. Muri Gicurasi uyu mwaka ni bwo umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ’Robertinho’ yari yareze Rayon Sports muri FERWAFA asaba ko yamwishyura umushahara w’amezi ane ungana na […]
Sudani: Hakozwe impinduka za mbere mu gisirikare kuva intambara yatangira

Kuri iki Cyumweru, itariki 17 Kanama, Umuyobozi wa Sudani akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Gen. Abdel Fattah al-Burhan, yasezereye abasirikare bakuru benshi, barimo n’umuyobozi ukomeye w’intambara, mu ivugurura rya mbere rikozwe mu gisirikare kuva aho intambara n’Ingabo za Rapid Support Forces (RSF) itangiriye mu 2023. Amakuru aturuka mu gisirikare avuga ko mu boherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru harimo […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo mu mazi abira nyuma y’amagambo yavugiye muri Iran

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yitandukanyije n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Rudzani Maphwanya, nyuma y’amagambo aheruka gutangariza muri Iran. Ku wa Kabiri w’icyumweru gishize ubwo uyu Jenerali yahuriraga i Tehran na mugenzi we w’Ingabo za Iran, Major-General Seyyed Abdolrahim Mousavi, yagaragaje ko hari byinshi igihugu cye na Iran bisangiye. Ibiro Ntaramakuru the Press TV bya […]
Icyo rutahizamu wa APR FC asaba abafana

Rutahizamu w’Umunya-Burkina Faso, Djibril Cheik Ouattara yavuze ko kugira abafana hafi ari ingenzi cyane kugira ngo APR FC igere ku ntego zayo. Ibi yabivuze nyuma y’umukino wo ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, aho APR FC yatsinze Power Dynamos ibitego 2-0 mu mukino wo gufungura Inkera y’Abahizi. Byombi byatsinzwe na Ouattara, wemeza ko byamwongereye […]
AFC/M23 yagaragaje ikintu cyonyine cyatuma ibiganiro bitaha bikomeza

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, kuri iki Cyumweru, itariki 17 Kanama 2025, ryashimiye imirimo igihugu cya Qatar kirimo gukora mu rwego rwo kunga impande zombi zihanganye, ariko rica amarenga ko ibiganiro biri imbere bishobora kugorana mu gihe ibyemeranyijwe mbere bitashyizwe mu bikorwa. “Ihuriro AFC / M23 rirashimira byimazeyo Leta ya Qatar ku bw’imbaraga […]
Korea y’Epfo na Amerika byatangiye imyitozo ya gisirikare ihuriweho

Kuri uyu wa Mbere, Koreya y’Epfo na Amerika byatangiye imyitozo ngarukamwaka ya gisirikare ya Ulchi Freedom Shield, igamije gushimangira ubushobozi bwo kurwanya iterabwoba rya Koreya ya Ruguru. Ibihugu byombi bivuga ko iyi gahunda y’iminsi 11, ikubiyemo kwitoreza kuri mudasobwa n’imyitozo yo kuri terrain irimo ingabo 21.000, iri mu rwego rwo kwimenyereza kwirwanaho. Icyakora, Pyongyang (Korea […]
Trump yahaye umugisha ibyifuzo bya Putin kuri Ukraine

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakuriye Ukraine inzira ku murima ku kuba yakwinjira mu muryango wa OTAN, mu gihe habura amasaha make ngo ahure na Perezida wayo, Volodymir Zelensky. Trump kandi yamenyesheje Ukraine ko ibyo kwisubiza umwigimbakirwa wa Crimea u Burusiya bwiyometseho muri 2014 na byo bidashoboka. Perezida wa Leta Zunze […]
Kivu y’Amajyepfo: Drones zaturutse i Bujumbura zagabye ibitero ku birindiro bya M23

Umutwe wa M23 ku Cyumweru tariki ya 17 Nyakanga, washinje ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero mu duce twa Nzimbira na Kanyola rikoresheje intwaro zirimo na drones z’ubwiyahuzi. M23 yemeje aya makuru biciye mu muvugizi wayo w’Ishami rya Politiki, Lawrence Kanyuka. Yagize ati: “Ingabo z’ihuje z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye […]
M23 na Kinshasa byagejejweho umushinga w’amasezerano mbere yo gusubukura ibiganiro

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Kanama, umuyobozi muri Qatar wegereye ibiganiro yatangaje ko umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe washyikirijwe M23 na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo), ngo banyuzemo amaso mbere y’uko ibiganiro by’amahoro byongera gusubukurwa. Uyu muyobozi yagize ati: “Umushinga w’amasezerano y’amahoro washyikirijwe impande zombi” ziri mu makimbirane, yongeraho ko umuhuza wo muri […]
U Burundi burashinja M23 kwangiza urugo rw’ubuhagarariye i Bukavu

Kuri uyu Gatandatu, itariki 16 Kanama 2025, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yamaganye “ibikorwa byo kwangiza” byitirirwa M23 n’abafatanyabikorwa bayo ku nzu y’uhagarariye inyungu z’u Burundi i Bukavu, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Minisitiri Bizimana ati: “Twamaganye ibikorwa byo kwangiza byakozwe na M23 hamwe n’abafatanyabikorwa bayo ku cyicaro cy’uhagarariye […]
RDC yihanangirije Kenya kandi iyisaba kwitonda

Mu mpera z’iki cyumweru, amakimbirane hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) na Kenya yongeye kubura nyuma y’uko ku wa Gatanu, itariki ya 15 Kanama, Perezida wa Kenya, William Ruto, agize Judy Kiaria Nkumiri, ambasaderi i Goma, umujyi umaze amezi arindwi uyobowe n’Ihuriro AFC / M23, ibyarakaje Kinshasa, yo ibona ko ari icyemezo “kidakwiye”. […]
Rusizi: Abantu 127 bajyanwe mu bitaro igitaraganya hagakekwa amafunguro ahumanye

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’abantu 127 barembeye mu bitaro nyuma y’amafunguro bafatiye mu bukwe bari batashye, bagera mu rugo bagatangira gucibwamo bituma bajyanwa kwa muganga igitaraganya. Ni nyuma yo kugaragaza ibimenyetso birimo kuribwa mu nda bikabije, kuruka, gucibwamo no gucika intege, hakekwa ko bariye ibiribwa n’ibinyobwa bihumanye muri ubwo bukwe bari batashye. Abo […]
Burundi: Ndayikengurukiye wabaye umuyobozi wa CNDD-FDD yatawe muri yombi

Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba z’Abarundi, Jean Bosco Ndayikengurukiye, wigeze guhunga kubera kurwanya manda ya gatatu ya Pierre Nkurunziza agasubira mu gihugu mu 2021, yatawe muri yombi ku wa Kane ajyanwa i Mpimba. Araregwa gucuruza mu buryo butemewe lisansi mu Burundi bumaze amezi 56 ubuzima bwarahungabanye kubera ikibazo kitigeze kibaho cy’ibikomoka kuri peteroli. Jean Bosco Ndayikengurukiye, […]
Kisangani: Impanuka y’indege yahitanye 6 barimo ofisiye wa FARDC

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 16 Kanama, abantu batandatu barimo umusirikare mukuru wa FARDC, umugore we ndetse n’umurinzi we, bapfuye bazize impanuka y’indege yabereye nko ku birometero 34 uvuye i Kisangani, Intara ya Tshopo. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko umwe mu bagenzi barindwi bari mu ndege yarokotse, nubwo indege yangiritse bikabije. Amakuru […]
Nyagatare: Umuyoboro w’amazi wa 24km bubakiwe witezweho kugabanya ingendo bakoraga

Mu Murenge wa Kiyombe muri iki Cyumweru hatashywe ku mugaragaro umuyoboro w’amazi meza ureshya n’ibirometero 24, ufite amavomo rusange 30 akwirakwijwe mu midugudu 14. Uyu mushinga wubatswe ku bufatanye bw’umuryango Water For People binyuze mu mushinga Isoko y’Ubuzima, ku nkunga ya USAID. Watangiye mu mwaka wa 2021 ukaba waruzuye utwaye amafaranga y’u Rwanda 309,503,036. Uyu […]
U Rwanda rurakataje mu kugabanya imyuka ihumanya ikirere

U Rwanda rumaze gukataza mukorohereza abaturage mu kwegerezwa ibikorwaremezo bidahumanya ikirere cyane nk’Imodoka zikoresha amashanyarazi mu mwanya w’ibikomoka kuri Peteroli nka mazutu na lisansi zohereza mu kirere imyuka ihumanya, irimo nka dioxyde de carbone (CO₂), monoxide de carbone (CO), nitrogen oxides (NOx), n’ibindi binyabutabire. Mu bushakashatsi bwa kozwe byakunze kugaragara ko iyi myuka yangiza umwuka […]
UPDF yatsinze RDF itwara igikombe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, kuri Stade Ubworoherane i Musanze, habereye umukino wa gicuti wahuje Ingabo za Uganda (UPDF) n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu rwego rwo gutsura umubano hagati y’impande zombi. Uyu mukino warangiye Uganda itsinze penaliti 8-7, nyuma yo kunganya 1-1 mu minota isanzwe. Ni ubwa kabiri ibi bihugu byari […]
Florent Ibenge asanga APR FC ari ikipe ikomeye ku mugabane

Umutoza mushya wa Azam FC yo muri Tanzania, Florent Ibenge yashimye bikomeye ikipe ya APR FC ayita imwe mu makipe akomeye ku mugabane. Ibi yabivuze ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025, ubwo yageraga i Kigali aho Azam FC yaje kwitabira irushanwa “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC, rikaba rizabafasha kwitegura imikino ikomeye iri […]
Gen. Muhoozi yavuze uruhande Uganda ishyigikiye hagati ya FARDC na M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko igihugu cye kiri ku ruhande rw’umutwe wa M23 mu ntambara urwanamo na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Gen. Muhoozi yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama, mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Muri ubu butumwa yaje gusiba nyuma y’amasaha make, […]
RRA yatanze arenga Frw miliyoni 460 nk’ishimwe kuri TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), ku wa Gatanu tariki 15 Kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyongeragaciro (TVA), kuva muri Mata kugeza muri Kamena 2025. Kuva iyi gahunda yatangira mu mwaka wa 2024, amafaranga amaze gutangwa nk’shimwe kuri TVA yarenze miliyari […]
RRA disburses additional Frw 464 million in VAT rewards to final consumers

Rwanda Revenue Authority (RRA) has this Friday, August 15, disbursed over Frw 464 million in VAT rewards to 40,905 final consumers who requested EBM invoices on Value Added Tax (VAT)–liable products and services during the months of April to June 2025. Since the launch of the incentive programme in early 2024, the total amount disbursed […]
CG Felix Namuhoranye kwa Mswati

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye umunsi mukuru ngarukamwaka wa Polisi yo mu Bwami bwa Eswatini wahujwe no gusoza amasomo y’abapolisi bashya mu ishuri ryitwa Matsapha Police Academy riherereye mu ntara ya Manzini. Ni umuhango wabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025. Uyu muhango witabiriwe na nyir’icyubahiro umwami […]
Trump yahuye na Putin ntibagira icyo bageraho

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye na mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya, mu muhuro wari utegerejwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi. Aba bombi bahuriye muri Alaska kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, mu nama yibanze ku ntambara u Burusiya bumaze imyaka irenga itatu burwanamo na […]
Hamenyekanye umubare w’abasirikare ba FARDC n’abapolisi baguye mu mirwano na Wazalendo i Kindu

Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abapolisi babiri b’iki gihugu, baguye mu mirwano yabasakiranyije n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo. Ni imirwano yabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Nyakanga, mu mujyi wa Kindu wo mu ntara ya Maniema. FARDC ivuga ko Wazalendo zisanzwe ziyifasha mu ntambara irwanamo na M23 […]
U Rwanda rwatsinzwe na DR Congo

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Basketball yongeye gutsindwa, ihusha amahirwe ku mukino wayo wa kabiri muri AfroBasket 2025 iri kubera muri Angola. Mu mukino wabahuje na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), Amavubi yatsinzwe amanota 65 kuri 58. Ibi byatumye u Rwanda rwuzuza imikino ibiri rudatsinda, nyuma yo kubanza gutsindwa na Côte […]
Ruto yagennye umudipolomate wo guhagararira Kenya mu matware ya M23

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025 yagennye Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye ibikorwa bya dipolomasi by’igihugu cye (Consul Général) mu mujyi wa Goma. Judy Nkumiri ari muri ba Ambasaderi, ba consular generals n’abayobozi bungirije b’ubutumwa Perezida William Ruto kuri ubu unayoboye umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagennye ku […]
Miss Mutesi Jolly yaba ari we Gen. Muhoozi ashaka kugira umugore wa 4?

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akomeje kugaragaza ko yihebeye Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016. Ibi bije nyuma y’uko uyu musirikare kuri uyu wa Gatanu yagaragaje ko mu gihe cya vuba azarongora “umugore wa kane ukomoka mu Rwanda”, nyuma yo guhabwa uruhushya rwo kubikora na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Gen. […]
Zari Hassan yakuyemo inda

Zari Hassan yemeje ko aherutse gukuramo inda y’ibyumweru bitandatu yari atwite, nk’uko byanashimangiwe n’umugabo we, Lutaaya Shakib. Mu ntangiriro z’uku kwezi nibwo Zari yatangaje ko yahuye n’iki kibazo, ibintu byababaje cyane abakunzi be. Nyuma y’iminsi acecetse, Shakib yavuze ko koko ibyavuzwe ari ukuri, ariko ashimangira ko ari Zari ubwe uzabisobanura mu buryo burambuye igihe azaba […]
Petr Cech yatandukanye n’umugore we

Uwahoze ari umuzamu wa Chelsea na Arsenal, Petr Cech yatangaje ko we n’umugore we Martina batandukanye nyuma y’imyaka 26 bari kumwe. Uyu mugabo w’imyaka 43 y’amavuko yatangaje aya makuru abinyujije ku rubuga rwa Instagram ku wa Kane, mu butumwa bwuzuye amarangamutima, buherekejwe n’ifoto y’umukara n’umweru. Cech na Martina bamenyanye bakiri abangavu mu 1999, basezerana mu […]
Abarundi 8 bamaze umwaka urenga bafungiwe mu kibuga cy’indege cyo muri Philippines

Abarundi umunani bamaze umwaka n’amezi abiri bafungiwe ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Manila muri Philippines, baratabaza basaba ubufasha bwo kuhavanwa. Aba Barundi barimo abakobwa babiri, abagore babiri, abana babiri n’abagabo babiri. Bavuga ko bisanze ari imfungwa zifungiye i Manila, ubwo bahacaga bajya gushaka ubuhungiro. Hagati ya Gicurasi na Kamena ngo ni bwo bageze […]
Icyo Brig. Gen Rusanganwa avuga ku bafana ba APR FC bafunzwe

Ikipe ya APR FC yihanganishije abakozwe ku mutima no kuba hari abakunzi bayo bari mu bantu bafunzwe bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko, ivuga ko ifite icyizere cy’uko ibibazo byabo bishobora kuzakemuka. Ku wa Gatatu tariki ya 13 Kanama ni bwo abantu 28 barimo abakunzi ba APR […]
Paluku Kisaka uherutse kwiyunga na AFC-M23 yagaragaye yambaye gisirikari

Daniel Paluku Kisaka wahoze ari minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila, akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba, yambaye umwambaro w’igisirikare wa AFC/M23, kandi anatwaye n’imbunda mu ntoki, nk’ikimenyetso cy’uko yijemeje gufata intwaro nawe akajya murugamba rwo kubohora DRC Mu cyumweru gishize ni bwo byamenyekanye ko Daniel Kisaka […]
Gen. Muhoozi aravuga ko agiye kurongora Umunyarwandakazi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya kurongora umugore wa kane ugomba kuba ari Umunyarwandakazi. Muhoozi usanzwe ari impfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje iby’iyi gahunda mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Yagize ati: “Ndi hafi kurongora umugore wanjye wa kane wo mu Rwanda.” Uyu […]
Kindu: Imirwano ikaze hagati ya FARDC na Wazalendo yiciwemo abarimo umupolisi

Kuri wa Kane, itariki ya 14 Kanama, Umujyi wa Kindu wabyukiye mu mirwano ikaze yabaye hagati ya Wazalendo n’inzego z’umutekano za Congo. Kurasana hagati y’inyeshyamba za Wazalendo na FARDC, ubusanzwe bafatanya mu kurwanya M23, kwahereye mu gace ka Tokolote, gaherereye muri Komini ya Mikelenge, biteza ubwoba bwinshi ndetse bihagarika ubuzima mu bice byinshi by’umujyi. Umubare […]
Ukuntu Diamond yatewe indobo n’inkumi imuziza ubukene

Umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz yatangaje ko agahinda yatewe n’umukobwa wa mbere bakundanaga, Sarah Davakingin wamwanze amuziza ubukene, ari ko katumye ahimba indirimbo Kamwambie (bivuga “Umubwire”), yahinduye ubuzima bwe kuko yakunzwe cyane muri Tanzania no hanze yayo. Diamond yavuze ko we na Sarah bari bamaze imyaka ibiri bakundana, ariko uyu mukobwa amureka kubera ko atashoboraga kumuhaza […]
Ikipe yatwaye shampiyona izahabwa Miliyoni 80 Frw: Shema Fabrice

Shema Ngoga Fabrice, umukandida wenyine wemerewe kwiyamamaza mu matora ya FERWAFA, yatangaje imigambi mishya agifite ku guteza imbere Shampiyona y’u Rwanda mu gihe yatorwa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri imwe muri hoteli zikomeye i Kigali ku mugoroba wo ku wa 14 Kanama 2025, yavuze ko azazamura ibihembo bihabwa amakipe yo mu cyiciro cya mbere n’icya […]
Intare Nkuru’ za APR FC zayihaye miliyoni 500

Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo ya 2025-2026, ubwo bahuriraga ku cyicaro cy’Ingabo z’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama. Ni umuhango witabiriwe n’abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba w’Inkeragutabara akanaba umwe mu bigeze kuyobora APR FC, Maj. […]
Gasabo: Inama y’ubuzima yaganiriye ku buryo bushya bwo kuvura malaria

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 13 Kanama 2025, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo hateranye inama y’Ubuzima ku rwego rw’Akarere, yitabiriwe n’ibyiciro bitanduakanye bikora ku buzima birimo abahagarariye Ibitaro bya Kacyiru na Kibagabaga, abafite amavuriro yigenga, abafite amavuriro y’Ibanze(health post, Abayobozi b”ibigo Nderabuzima, bakozi bashinzwe ubuzima ku Mirenge n’uhagarariye Division ya Malaria muri […]
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka

Raporo y’ umwaka yakozwe n’Umuryango w’Abibumbye (UN) yashyizwe ahagaragara ku munsi w’ejo, igaragaza ko ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bice byugarijwe n’intambara ku isi byiyongereye ku kigero cya 25% ugereranyije n’umwaka ushize wa 2024. Muri iyi Raporo yatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres, yatangaje ko abagera ku 4,600 ari bo babashije kurokoka iryo […]
Ituri: Abantu 7 bapfuye abandi barakomereka mu mirwano yahuje FARDC n’ indimitwe

Abantu barindwi bapfuye, abasaga 20 barakomereka mu mirwano yabaye hagati y’ingabo za FARDC n’abarwanyi b’imitwe ya CRP na CODECO, mu duce two hafi ya Iga-Barrière, Lindji na Lopa mu ntara ya Ituri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni imirwano yabaye ku mugoroba w’ejo kuwa gatatu tariki ya 13 Kanama 2025 aho abarwanyi ba CODECO […]