FDNB iravuga ko hari umusirikare wa RDF ufungiye mu Burundi

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), kiravuga ko hari umusirikare wo mu ngabo z’u Rwanda (RDF) waraye ufunzwe na Polisi ya kiriya gihugu, nyuma yo gufatirwa ku butaka bwacyo. FDNB mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri, yavuze ko uwo musirikare witwa Sergeant Sadiki Emmanuel yafatiwe muri Komine Busoni ho mu ntara ya […]
Abanyarwanda 314 babaga muri RDC batashye ku bushake

U Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri, rwakiriye imiryango 101 igizwe n’abantu 314 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutahuka ku bushake. Aba bantu ubwo binjiraga mu Rwanda banyuze ku mupaka munini uhuza u Rwanda na RDC (La Corniche), bakiriwe n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper wabasezeranyije ko hari […]
Polisi y’u Rwanda yafunze abantu 24 bacukuraga Zahabu

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe abantu 24 bari mu bikorwa byo gucukura zahabu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bangiza imyaka n’imirima y’abaturage. Mu gitondo cyo ku wa 24 Nzeri 2025, abo bantu bafatiwe mu Kagali ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, hifashishijwe ikoranabuhanga rya drone ryakurikiranaga aho bari bihishe nyuma yo […]
Trump yannyeze ubushobozi bw’Ingabo z’u Burusiya avuga ko intambara bamazemo imyaka itabatwara icyumweru

Ku wa Kabiri, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Ukraine ishobora kwigarurira intara zayo zose yambuwe ku nkunga y’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, nyuma y’inama yagiranye na Zelenskyy. Yakemanze ingufu z’Igisirikare cy’u Burusiya anemeza ko ibihano byakomera niba imishyikirano itagize icyo igeraho. Mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, yagize ati: […]
Perezida Macron yahagaritswe ku muhanda kugira ngo Trump atambuke

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yahagaritswe ku muhanda na Polisi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kugira ngo Perezida Donald Trump wagombaga kuwunyuramo abanze atambuke. Byabaye ku wa Kabiri tariki ya 23 Nzeri, ubwo Macron yari i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Amashusho yakwirakwijwe ku […]
Indege itwaye Minisitiri w’Ingabo wa Espagne yabuze icyerekezo igeze mu Burisiya

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Espagne bwatangaje ko indege y’igisirikare cy’icyo gihugu yari itwaye Minisitiri w’Ingabo, Margarita Robles, yagize ikibazo gikomeye cy’ikoranabuhanga ubwo yanyuraga hafi y’intara ya Kaliningrad, y’Uburusiya, izwiho kuba ibirindiro bikomeye bya gisirikare. Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa Gatatu, Espagne ivuga ko iyo ndege yajyaga muri Lituaniya mu ruzinduko rw’akazi, yahungabanyijwe n’ibikorwa bikekwa ko […]
Musanze: Umusore wari ushatse vuba arakekwaho kwiyahura kubera 1500 Frw

Umusore w’imyaka 22 y’amavuko wo mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze bivugwa ko yari amaze igihe gito ashatse, witwa Irakiza, yiyahuye akoresheje umugozi nyuma y’uko umukoresha we yanze kumwishyura amafaranga 1500 Frw. Ibi bintu byatunguye umuryango n’abaturanyi ba Irakiza bivugwa ko byabaye kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 22 Nzeri 2025 mu Mudugudu […]
Nta bufasha bw’u Rwanda dukeneye: Nangaa wa AFC/M23

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, Corneille Nangaa, yongeye gushimangira ko ririya huriro ridafashwa n’u Rwanda ndetse ko nta bufasha bwarwo rikeneye. Nangaa yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Larry Madowo wa Televiziyo ya CNN. Uyu munyapolitiki yongeye gushimangira ko intego ya AFC/M23 ari ukujya i Kinshasa ikirukana ku butegetsi Perezida FĂ©lix […]
Lorenzo yasabye ubwishingize muri RIB nyuma y’uko Super Manager amwise umutinganyi

Umunyamakuru Lorenzo Musangamfura yasabye ubufasha Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’uko mu kiganiro cyaciye kuri shene ya YouTube, Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager, amuvuzeho amagambo afatwa nk’ateye ubwoba kandi yuzuyemo ivangura. Mu mashusho y’iki kiganiro yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, Super Manager yumvikana ashinja Lorenzo ibikorwa byo kuba umutinganyi, amushinja no kuba “umwaku”, ndetse […]
Canada n’u Buholandi byasabye abaturage babyo kwirinda kujya mu Burundi

Ibihugu bya Canada n’u Buholandi byaburiye abaturage babyo bibasaba kwirinda kujya mu gihugu cy’u Burundi by’umwihariko mu bice byegereye umupaka uhuza iki gihugu na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe hakomeje gututumba intambara hagati ya AFC/M23 na FARDC, muri Kivu y’Amajyepfo, Mujyi wa Uvira, uteganye n’Umujyi wa Bujumbura. Kuwa Mbere no kuwa Kabiri nibwo […]
U Rwanda rwashimiye abarimo Umubiligi Remco Evenepoel

Guverinoma y’u Rwanda yashimiye abakinnyi bitabiriye Shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje kubera mu Rwanda, by’umwihariko abahize abandi. Guverinoma yabashimiye ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X. Yagize iti: “U Rwanda rurashimira abakinnyi bose bitabiriye amarushanwa mu minsi itatu ishize yo gusiganwa n’ibihe buri muntu ku giti cye, kandi rurashimira abahize abandi bagatsindira imyanya […]
Tshisekedi yahatiriye Loni ngo yemere ko muri RDC habaye Jenoside

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umuryango w’Abibumbye gushyigikira igihugu cye ukemeza ko cyabereyemo Jenoside. Perezida wa RDC yabisabiye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Kinshasa imaze igihe ikora iyo bwabaga isaba amahanga ngo ayifashe kwemeza ko mu […]
Gitega: Bagiye gufata umurambo w’umuntu wabo basanga wahawe undi muryango

I Karusi, mu Ntara ya Gitega, mu Burundi rwagati, mu buruhukiro bw’Ibitaro Twese Turashoboye, habaye ikosa ryo kwibeshya ku murambo ryateje ikibazo gikomeye. Umuryango wavuye i Muyinga, mu Ntara ya Buhumuza, wavumbuye bitinze ko umurambo wari uje gutwara wahawe undi umuryango wo muri Kiremba, mu Ntara ya Butanyerera kubwo kwibeshya. Ku wa Mbere, itariki ya […]
Malawi: Peter Mutharika wahoze ari perezida mu nzira zo gusubira ku butegetsi

Uwahoze ari Perezida wa Malawi, Peter Mutharika ubu niwe uri imbere cyane mu majwi mu matora ya perezida yabaye mu cyunweru gishize, ukurikije bibiri bya gatatu by’uturere tumaze gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo. Mutharika, w’imyaka 85, amaze kugira amajwi hafi 66% mu majwi yemewe amaze kubarurwa kugeza ubu, mu gihe umukurikiye bya hafi, Perezida uri […]
Icyo FERWACY ivuga kuri Jean Bosco watwaye Tour du Rwanda usigaye ari umunyonzi

Nsengimana Jean Bosco, wahoze ari umwe mu bakinnyi b’ibirangirire mu mukino w’amagare mu Rwanda, akaza kwisanga mu bwo gutwara abantu ku igare mu Byangabo, ariko FERWACY itangaza ko yiteguye kumufasha mu rugendo rushya yatangiye nk’umutoza. Jean Bosco Nsengimana ni izina rikomeye ryari rizwi cyane mu mukino w’amagare mu Rwanda no mu karere. Yamenyekanye cyane nyuma […]
Iby’ingenzi ku itegeko ryemerera gutwitira undi mu Rwanda

U Rwanda rwemeje ku mugaragaro itegeko rishya rigenga serivisi z’ubuvuzi, aho ku nshuro ya mbere ryemera ko umuntu ashobora gutwitira undi (surrogacy). Iri tegeko rishyiraho amabwiriza akomeye kugira ngo ibikorwa nk’ibi bikorwe mu buryo bwemewe n’amategeko. Iri tegeko No 026/2025 ryasohotse mu igazeti ya Leta idasanzwe ku wa 18 Nzeri 2025, rikubiyemo ingingo 111 zitandukanye. […]
Rusizi: Umugabo arashinjwa gutemagura se kugeza amwishe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bukurikiranye umusore w’imyaka 37 wishe se amutemesheje umupanga amuhora ko hanze kumuha isambu. Icyaha akurikiranweho yagikoze ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Nzeri 2025 mu Mudugudu wa Nyagashikira, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamsheke, ubwo uregwa yadukiriye se umubyara akamutema mu mutwe, ku maguru no […]
Icyo Tshisekedi avuga ku guhererekanya imfungwa na M23

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ategereje uburenganzira bwa Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge, mbere yo guhererekanya imfungwa n’umutwe wa M23. Yabitangarije i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Umutwe wa M23 ushinja Leta ya RDC kuba yaranze kurekura imfungwa zibarirwa muri 700 ufunze, […]
Perezida Kagame ari kwa Abdel Fattah Al-SisiÂ

Perezida Paul Kagame ari i Cairo mu gihugu cya Misiri, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nzeri yatangiye uruzinduko rw’akazi. Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa Kabiri yakiriwe mu ngoro ya Al-Ittihadiya na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah Al-Sisi. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byo mu muhezo, mbere y’uko bahurira mu nama n’abagize […]
Iperereza ry’u Burundi ryaciye amarenga y’uko Rabin ashobora kuba yarishwe!

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umusesenguzi DieudonnĂ© Niyukuri uzwi nka Rabin, uherutse kuburirwa irengero nyuma yo kugera ku butaka bw’u Burundi avuye mu Rwanda, yaba yarishwe nk’uko byaciwemo amarenga mu kiganiro cy’Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, FOCODE. Biravugwa ko mu kiganiro cyateguwe na FOCODE ku Cyumwru, itariki 21 Nzeri, umukozi w’iperereza ry’u […]
Tshisekedi says Trump deserves Nobel prize if he ends Congo’s 30 years war

Democratic Republic of Congo (DRC) President FĂ©lix Tshisekedi has linked former U.S. president Donald Trump to hopes of peace in eastern Congo. He said that if Trump helps bring an end to the insecurity that has devastated the region for more than three decades, he would personally support Trump’s candidacy for the Nobel Peace Prize. […]
Tshisekedi aravuga ko atazateza cyamunara amabuye y’agaciro ya Congo kuri AmerikaÂ

Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko amasezerano y’amahoro yagizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizweho umukono n’u Rwanda muri Kamena atigeze aturisha imirwano ibera mu burasirazuba bwa Congo, nubwo yashimiye Perezida Donald Trump kuba yaragerageje guhagarika amakimbirane. Ku itariki ya […]
Tchisekedi yaba yarekuye burundu Kamerhe?

Nyuma yo kwegura kwa Vital Kamerhe ku mwanya wa perezida w’Inteko ishinga amategeko, umukuru w’igihugu cya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yagize icyo atangaza ubwo yari i New York mu nama ya 80 y’u muryango w’abibumbye. Perezida wa Repubukika iharanira demokarasi ya Congo FĂ©lix yakuyeho impungenge ku bibaza niba we na Vital Kamarhe wari perezida w’inteko nshingamategeko […]
Mali, Burkina Faso na Niger byikuye muri ICC

Ibihugu bitatu byo muri Afurika y’Uburengerazuba, Mali, Burkina Faso na Niger, byatangaje ko byikuye mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), bivuga ko uru rukiko rukoreshwa nk’“igikoresho cy’ubukoloni bushya.” Itangazo ryasohotse ku wa Mbere, ryasobanuye ko ibi bihugu biyobowe n’abasirikare bitakibonamo ubushobozi bwo gukurikirana ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu, ibyaha by’ubugome n’ibyaha bya Jenoside. Mali, Burkina Faso […]
New York: ‘Abasa na Gen Makenga’ bangiwe kwinjira mu nama ya leta ya RDC

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakumiye abo yise ko basa na Gen. Sultani Makenga mu nama yateguye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni inama yari yatumiwemo abanye-Congo n’inshuti zabo ngo baganire kuri Jenoside Kinshasa imaze igihe ivuga ko yakorewe abaturage bayo. Umuyobozi w’Umuryango Mahoro Peace Association n’uwa ‘Isoko’ yombi […]
Umwana w’imyaka 13 yagendeye mu ipine ry’indege mu rugendo rw’iminota 94

Umwana w’umuhungu w’imyaka 13 ukomoka mu mujyi wa Kunduz muri Afghanistan yabashije kurokoka urugendo rw’iminota 94 ari mu cyuma cy’amapine y’indege, ubwo yinjiraga mu ndege ya KAM Air yari ivuye i Kabul ijya i Delhi mu Buhinde. Nk’uko byatangajwe n’abashinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cya Indira Gandhi (CISF), uwo mwana yifuzaga kujya muri Irani, ariko […]
Tshisekedi yashinje u Rwanda kwimura abasangwabutaka bo muri RDC

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yongeye gushyira u Rwanda mu majwi arushinja kuba ruri gutegura uduce two kwimuriramo abaturage be. Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yahereye abanyamakuru i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Tshisekedi yabwiye abanyamakuru ko mu duce twa RDC u […]
Walikale: Abawazalendo basahuye umudugudu wose baraweza ntibasiga n’umunyu

Umudugudu wa Lukoma, uherereye hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, muri Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale) muri Kivu y’Amajyaruguru, warasahuwe urezwa burundu ku Cyumweru, itariki ya 21 Nzeri, usahuwe n’inyeshyamba za Wazalendo, nk’uko bitangazwa na ACTUALITE.CD. Amakuru yatanzwe n’abaturage, avuga ko abasahuzi bitwaje imbunda, bahageze mu gitondo mu gihe abaturage biteguraga kujya mu gusenga. […]
Ousmane Dembele ni we watwaye Ballon d’Or

Umufaransa Ousmane Dembele ukinira Paris Saint-Germain y’iwabo, ni we waraye wegukanye igihembo cya Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi. DembĂ©lĂ© yegukanye iki gihembo ahigitse abarimo umunya-Espagne Lamine Yamal n’umunya-Portugal Vitinha bari bagihataniye. Uyu mukinnyi ufite inkomoko muri Mali mu mwaka w’imikino ushize yakinnye imikino 53, atsinda ibitego 35 anatanga imipira 14 yavuyemo ibitego. […]
Denmark: Ikibuga cy’indege cyahagaritse akazi nyuma yo kwinjirirwa na drones

Igipolisi cya Denmark cyatangaje ko ku wa Mbere ikibuga cy’indege cya Copenhagen cyahagaritse imirimo nyuma y’uko indege zitagira abaderevu nyinshi zagaragaye muri ako gace. Kuri konti ya X yemewe y’Ikibuga cy’Indege cya Copenhagen handitswe ko cyahagaritse imirimo kubera “izo drones.” Ikibuga cy’indege cyongeye gufungura nyuma y’amasaha make, ariko cyemera ko hakomeza kubaho “gutinda […]
Rubavu: Akurikiranweho gusambanya umwana bari mu cyumba cy’amasengesho

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumubuye rwa Rubavu, bukurikiranye umugabo w’imyaka 36 y’amavuko w’umunyamasengesho ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 abikoreye mu cyumba cy’amasengesho. Icyaha akurikiranweho cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 16 Kanama 2025 mu Mudugudu wa Gafuku, Akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu. Ucyekwaho icyaha niwe uhagarariye icyumba cy’amasengesho […]
Teta Sandra amereye nabi umugabo we Weasel

Ku mugoroba wo ku wa 22 Nzeri 2025, ikinyamakuru Galaxy cyo muri Uganda cyashyize hanze amashusho n’amajwi agaragaza umuhanzi Weasel asaba ubufasha, avuga ko umugore we Sandra Teta akomeje kumufata nabi. Mu majwi yumvikanamo umuborogo, Weasel ashinja Teta ko atigeze amuvuza ukuguru kwe kwangiritse ubwo yamugongaga, kandi agasaba ko yakurwa iwe muri Neverland. Muri ayo […]
Vital Kamerhe yeguye

Umunyapolitiki Vital Kamerhe wari Perezida w”Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri izo nshingano. Kamerhe yeguriye imbere ya ba Perezida ba za Komisiyo zigize Inteko Ishinga Amategeko ya RDC, nk’uko amakuru mu bantu be ba hafi abyemeza. Kamerhe wigeze kuba Perezida w’ibiro bya Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi na Minisitiri w’Ubukungu wa […]
Pologne yiyemeje kurasa indege z’Uburusiya

Minisitiri w’Intebe wa Pologne, Donald Tusk yatangaje ko igihugu cye kitazigera cyihanganira indege cyangwa ibindi bikoresho by’igisirikare by’Uburusiya byinjira mu kirere cya Pologne nta burenganzira. “Ibi ndabivuga mu buryo bweruye: tuzafata umwanzuro wo kurasa ikintu cyose cy’indege kizinjira ku butaka bwa Pologne, nta biganiro cyangwa kuganira bizabaho. Nta mwanya wo kujya impaka kuri byo.” Tusk […]
Goma: Hateranye inama idasanzwe ku miyoborere mishya igomba kuranga RDC

Ubuyobozi bukuru bwa politiki bw’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC / M23) bwateraniye i Goma kuri uyu was Mbere mu nama idasanzwe yo kubaka ubushobozi bw’imiyoborere mishya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyi nama yo mu rwego rwo hejuru yahuje abayobozi bose bakuru ba politiki b’ihuriro barimo Umuhuzabikorwa, Corneille Nangaa Yobeluo, abamwungirije, Bertrand Bisimwa na […]
Juba: Hatangiye urubanza rwa visi perezida ushinjwa kugambanira igihugu

Urubanza rw’ubugambanyi rwa Visi Perezida wa mbere wahagaritswe ku mwanya we muri Sudani y’Epfo, Riek Machar, rwatangiye kuri uyu wa Mbere mu murwa mukuru, Juba, mu gihe umwunganizi we avuga ko urukiko rudafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. Ifungwa rya Machar, afungiwe iwe mu rugo, kuva muri Werurwe ryateje ubwoba bwo kubura kw’intambara hagati y’abaturage […]
Tshisekedi yakwepye inama ya SADC nyuma yo kwambura abasirikare bari muri SAMIDRC

Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika (SADC), uri kwishyuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo za miliyoni z’amadorali yemereye ingabo zawo zari zaroherejwe kurwana intambara kiriya gihugu kirwanamo n’umutwe wa M23. Mu Ukuboza 2023 ni bwo SADC wohereje muri RDC ingabo zayo, kugira ngo zifashe FARDC za kiriya gihugu zari zisumbirijwe na M23. Kinshasa […]
Abanyeshuri basenye ishuri ryanze kubereka umukino Arsenal na Man City

Ishuri rya Litein Boys’ High School ryo mu karere ka Kericho, muri Kenya, ryafunzwe by’agateganyo nyuma y’imyigaragambyo y’abanyeshuri yabaye ku cyumweru nijoro. Iyo myigaragambyo yaje kugera aho abanyeshuri batwika ibyumba by’amacumbi n’amashuri, ibintu bifite agaciro ka miliyoni nyinshi z’amashilingi birangirika. Amakuru dukesha TUKO.co.ke avuga ko ibi byatangiriye ku kibazo cyoroheje: ubuyobozi bw’ishuri bwangiye abanyeshuri kureba […]
Amafoto: Perezida Ruto yagaragaye mu mihanda ya New York yerekeza ku cyicaro cya Loni

Perezida William Ruto wa Kenya kuri iki Cyumweru yagaragaye mu mihanda ya New York agenda n’amaguru yerekeza ku Cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye aho yitabiriye inama ya 7 ya Komite y’abakuru b’ibihugu na guverinoma icumi (C-10) ku ivugurura ry’Akanama gashinzwe Umutekano ka Loni. Perezida Ruto yavuze ko guheza Afurika mu Kanama gashinzwe Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye bitemewe kandi […]
CIES Football Observatory yavuze umukinnyi uri buhabwe Ballon d’Or

Ikigo CIES Football Observatory gisanzwe gikora ubushakashatsi ku mupira w’amaguru, cyatangaje ko umunya-Espagne Lamine Yamal ari we wegukana igihembo cya Ballon d’Or kiri butangwe kuri uyu wa Mbere. Ibirori byo gutanga iki gihembo gitangwa n’ikinyamakuru France Football biri bubere ahitwa Théâtre du Châtelet, i Paris mu Bufaransa. Mu gihe habura amasaha make ngo iki gihembo […]
Netanyahu yijeje gufatira ingamba ibihugu bizemera Leta ya Palestine

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasobanuye ko igisubizo cya Israel ku cyemezo cyo kuri iki Cyumweru cyo kwemera Leta ya Palestine cy’ibihugu byinshi by’iburengerazuba kizemezwa nyuma yo kuva muri Amerika muri iki cyumweru twatangiye. Ni nyuma y’uko ku Cyumweru, Canada, u Bwongereza na Australia byatangaje ko byemeye Leta ya Palestine. Minisitiri w’Intebe Netanyahu yagize […]
Perezida Tshisekedi ari New York aho ashobora kuvugira ijambo ridasanzwe

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yageze i New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri iki Cyumweru kugira aho yitabiriye Inteko Rusange ya 80 y’Umuryango w’Abibumbye (UN). Umukuru w’igihugu cya Congo yaherekejwe n’umufasha we, Denise Nyakeru na ba minisitiri benshi batandukanye. Usibye inama y’abakuru b’ibihugu na guverinoma izatangira […]
Azerbaijan Grand Prix: Perezida Kagame yakurikiye isiganwa rya Formula 1 ribera i Baku

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga muri Azerbaijan yitabira Grand Prix ya Azerbaijan mu muhanda wa Baku Formula 1, byongera gushimangira icyifuzo cy’u Rwanda cyo kugarura ibirori bya mbere by’amasiganwa y’imodoka muri Afurika bihaheruka mu myaka isaga 30 ishize. Ku mugoroba wo ku Cyumweru, Perezidansi y’u Rwanda yanditse ku rubuga rwa […]
M23 yafashe Umujyi wa Nzibira

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku Cyumweru tariki ya 21 Nzeri, wigaruriye Umujyi wa Nzibira wo muri Teritwari ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yigaruriye uyu mujyi muto nyuma y’imirwano ikomeye yayisakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta y’i Kinshasa. Amakuru avuga ko mu masaha y’igitondo ari bwo inyeshyamba […]
Nywa amazi ashyushye birashira: Nduhungirehe ambwira umudepite w’UmubiligiÂ

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye depite Lydia Mutyebele Ngoi kunywa amazi; nk’uburyo bwamufasha gukemura ikibazo afite ku Rwanda. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yageneye ubu butumwa uyu mugore, nyuma yo kugaragaza ko u Rwanda yashyize mu gatebo kamwe n’u Burusiya rutakabaye rwarahawe kwakira Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare. Mutyebele uzwiho cyane kwikoma u Rwanda […]
UK, Canada and Australia recognize Palestine – who’s next?

In a historic diplomatic move, the United Kingdom, Canada, and Australia have officially recognized the State of Palestine. This recognition is part of growing global momentum to support a two-state solution and restore hope for peace in the Middle East. Canadian Prime Minister Mark Carney was the first among G7 leaders to announce the decision, […]
Walikale: AFC/M23 yongeye gucakirana na Wazalendo/FARDC ahitwa Katobi

Imirwano hagati y’abarwanyi ba AFC / M23 na Wazalendo/FARDC biravugwa ko yasubukuwe mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 21 Nzeri, i Katobi, mu gace ka Banakindi, muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale) mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru atandukanye ava mu karere k’imirwano avuga ko urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu nkengero […]
UK, Canada na Australia byemeye Leta ya Palestine

Kuri iki Cyumweru, u Bwongereza, Canada na Australia byemeye ku mugaragaro Palestine nk’igihugu, ibyerekana impinduka zikomeye muri politiki y’ububanyi n’amahanga ndetse no kwitandukanya na politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibindi bihugu byinshi by’u Burayi birimo u Bufaransa, u Buholandi ndetse na Espagne nabyo birateganya kwemera Palestine nk’igihugu kigenga muri iki cyumweru gitaha. Mu […]
Bunia: Why 17 soldiers got heavy sentences

A military court in Bunia, Democratic Republic of Congo (DRC) has sentenced 17 soldiers from the Armed Forces of the DRC (FARDC) to 20 years in prison each for the rape and abduction of young girls. The verdict was delivered after hearings supported by SOFEPADI (SolidaritĂ© FĂ©minine pour la Paix et le DĂ©veloppement IntĂ©gral) and […]
Why Tadej PogaÄŤar says Rwanda feels safer than Europe

Slovenian cycling star Tadej PogaÄŤar has made headlines by declaring that he feels more secure in Rwanda than in many parts of Europe. His comments came during the build-up to the 2025 UCI Road World Championships, being held in Kigali from September 21 to 28, the first time this major event is hosted in Africa. […]
Tadej PogaÄŤar yatangaje ko yumva atekanye mu Rwanda kuruta henshi mu Burayi

Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare, Tadej PogaÄŤar, yatangaje ko yumva atekanye mu Rwanda kurusha uko aba yumva atekanye mu bihugu byinshi byo mu Burayi. Tadej PogaÄŤar na mugenzi we Urška Ĺ˝igart bakinira ikipe ya Slovenia, bari mu Rwanda, aho bitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 ibera i Kigali mu Rwanda, kandi ibereye ku […]
Uganda: Komisiyo y’Amatora yanze imikono amagana ishyigikira kandidatire ya Bobi Wine

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yashinje komisiyo y’amatora (EC) “gutesha agaciro nkana” icyifuzo cye cyo kuba perezida mu 2026 nyuma yo kwanga imikono amagana yatanzwe kugira ngo ishyigikire kandidatire ye. Mu ibaruwa yo ku itariki ya 19 Nzeri 2025 kandi yashyizweho umukono na […]
RDC: Abasirikare 17 ba FARDC bakatiwe imyaka 20 y’igifungo bazira gusambanya abana

Urukiko rwa gisirikare muri Bunia rwakatiye abasirikare barenga icumi igifungo cy’imyaka makumyabiri kubera gufata ku ngufu no gushimuta abana bato. Ibi bihano byatanzwe nyuma y’iburanisha ry’urukiko ryateguwe ku nkunga ya ONG SOFEPADI na UNICEF, mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abakobwa. Iburanisha ryabereye mu cyumba cy’urukiko cyimuriwe ahakorewe icyaha imbere y’ibiro […]
Azerbaijan: Perezida Kagame yasuye ikigo gishinzwe serivisi za leta giteye imbere

Kuri uyu wa Gatandatu, itarki 20 nzeri 2025, Perezida Kagame yakiriwe mu Ngoro ya Perezida ya Zugulba na Perezida Ilham Aliyev wa Azerbaijan, aho bagiranye ibiganiro imbonankubone ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi, byakurikiwe n’isinywa ry’amasezerano atandukanye. Perezida Kagame yasuye ikigo cya Leta gishinzwe serivisi za Leta no guhanga udushya […]
Ibitaravuzwe ku ruzinduko rwa Tshisekedi i Pretoria yaba yarasabiwemo kuganira na Kabila

Inyuma y’uruzinduko rw’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo FĂ©lix Tshisekedi i Pretoria, rwasobanuwe nk’urugamije kuganira ku mutekano n’ubufatanye, ngo haba hihishe inyuma ibindi bikorwa bya dipolomasi byo ku rwego rwo hejuru, aho amakuru agera kuri mediacongo.net avuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaba yatangiye gukorera inyuma y’amarido ku kongera kwegeranya FĂ©lix […]
Polisi yijeje umutekano ntangere muri Shampiyona y’Isi y’Amagare itangira kuri iki Cyumweru

U Rwanda, kuri iki Cyumweru, itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, ruzakira Shampiyona y’isi y’amagare (Union Cycliste Internationale-UCI) 2025, izabera mu Mujyi wa Kigali, ihuza ibihangange ku Isi mu mukino wo gusiganwa ku magare. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, avuga ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira […]
Malawi: Abayobozi muri komisiyo y’amatora bafunzwe bashinjwa kugerageza uburiganya mu matora aheruka

Polisi yo muri Malawi yataye muri yombi abayobozi umunani muri komisiyo y’amatora bakekwaho gushaka guhindura ibyavuye mu matora mu gihe kubara amajwi bikomeje nyuma y’amatora yo ku wa Kabiri ushize. Mu itangazo rye, umuvugizi wa polisi, Peter Kalaya, yavuze ko abayobozi umunani ba komisiyo y’amatora barimo umwanditsi w’amakuru ndetse n’umuyobozi wo hejuru batawe muri yombi […]
Umuzamu wa Rayon Sports yaguye mu muferege

Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports FC, Drissa KouyatĂ© yajyanywe kwa muganga n’ambulance nyuma yo kugwa mu muferege uherereye inyuma ya stade, ahazwi nko kwa Thoma, aho amakipe asohokera avuye mu kibuga. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025, nyuma y’umukino ubanza w’ijonjora rya CAF Confederations Cup, aho Rayon Sports […]
Umunyamakuru w’Umubiligi arashinja u Rwanda kumukumira ku butaka bwarwoÂ

Umunyamakuru Stijn Vercruysse ukorera Televiziyo ya VRT y’iwabo mu Bubiligi, arashinja u Rwanda kumwima uruhushya rwo kuruzamo, kugira ngo akurikirane Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare rwitegura kwakira. Uyu munyamakuru avuga ko ku wa Kane w’iki cyumweru ari bwo yagombaga kuza mu Rwanda, nyuma yo kwemererwa kuza gukurikirana ririya rushanwa na Minisiteri ya Siporo biciye mu muhuza […]
Perezida Kagame yaganiriye mu muhezo na Ilham Aliyev wa Azerbaijan

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri, yakiriwe anagirana ibiganiro na mugenzi we Ilham Aliyev wa Azerbaijan. Umukuru w’Igihugu ari i Baku muri Azerbaijan, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu ari kugirira muri iki gihugu kuva ku wa Gatanu tariki ya 19 Nzeri. Kuri uyu wa Gatandatu ubwo yakirirwaga mu muhezo na […]