Amerika yavuze ku ngabo zayo zinjiriwe n’iz’u Burusiya ku birindiro byazo muri Niger
Amerika irashaka gushinga ibirindiro bya gisirikare muri Cote d’Ivoire nyuma yo kwirukanwa muri Niger
Tshisekedi yise Karidinali Ambongo ’umucengezamatwara’ w’u Rwanda
Accueil > ... > Forum 10605
18 octobre 2020, 02:27, par Rusisi John
Muraho mwese,nshaka umukunzi arko muntege amatwi mwumve uwo nshaka hatagira uwitiranya ibintu : umu Fille mere utarigeze ushaka umugabo,35ans itarenga,yarize nibura amashuri 6 secondaire,afite icyo akora ndavuga akazi akarikokose,akijijwe cyane ndavuga gukunda Imana,akaba afite impano yo gucunga umutungo apana gusesagura ibyo afite.abaye ahari niyigaragaze dupange ibyo gukora bizaduteza imbere arko muriwe Abe afite urukundo ruzira uburyarya.murakoze NB:Impamvu navuze Fille mere nuko nanjye mfite umwana so uwumva bimurimo bitamutera ipfunwe ashyireho numb akoresha what’s up mwandikire kdi nshka umugore mwiza ushinguye nawe urabyumva ibyo nshaka kuvuga,isura nziza mbese ubereye umugabo kuko nanjye meze neza cyane kdi njyewe sindi mu rda nzaza vuba cyane.uwandika mbere niwe wanjye murakoze
Ce forum est modéré a priori : votre contribution n’apparaîtra qu’après avoir été validée par un administrateur du site.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Veuillez laisser ce champ vide :
Muraho mwese,nshaka umukunzi arko muntege amatwi mwumve uwo nshaka hatagira uwitiranya ibintu : umu Fille mere utarigeze ushaka umugabo,35ans itarenga,yarize nibura amashuri 6 secondaire,afite icyo akora ndavuga akazi akarikokose,akijijwe cyane ndavuga gukunda Imana,akaba afite impano yo gucunga umutungo apana gusesagura ibyo afite.abaye ahari niyigaragaze dupange ibyo gukora bizaduteza imbere arko muriwe Abe afite urukundo ruzira uburyarya.murakoze
NB:Impamvu navuze Fille mere nuko nanjye mfite umwana so uwumva bimurimo bitamutera ipfunwe ashyireho numb akoresha what’s up mwandikire kdi nshka umugore mwiza ushinguye nawe urabyumva ibyo nshaka kuvuga,isura nziza mbese ubereye umugabo kuko nanjye meze neza cyane kdi njyewe sindi mu rda nzaza vuba cyane.uwandika mbere niwe wanjye murakoze