Mukantwari Eugenie utuye mu Mudugudu wa Nezerwa, Akagari ka Kirenga, Umurenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo arasaba inzego zitandukanye kumurenganura nyuma yo gusanga imyaka ye yari yarahinze yatemaguriwe hasi.
Mukantwari avuga ko ahangayikishije n’umutekano w’ubuzima bwe kubera ibyo avuga akorerwa. Afite ubumuga avuga ko yetewe na jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse yanamusize ari umupfakazi, akifuza ko ubuyobozi bwahagurukira ikibazo cye.
Ikiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Kigali/Ndera: Uwarokotse jenoside aratabaza ubuyobozi
10 January 2020, by Theoneste Itangishatse -
Muri gare ya Rusizi abagore bavuga ko barambiwe guhurira mu bwiherero bumwe n’abagabo
8 March 2022, by Bahuwiyongera SylvestreImyaka irenze 5 muri gare ya Rusizi abagore n’abagabo bahurira mu bwiherero bumwe bw’abagabo kuko ubw’abagore bufunze kuva icyo gihe cyose, iyo urungurutse mu cyumba cy’ubwiherero bwari bwise ubw’abagore, urebeye hanze, usanga bararunzemo ibikoresho binyuranye, inyuma ibirahure by’urugi rwaho byaramenaguritse, iruhande rwarwo harambitse ibyuma, bamwe mu bagore bakagaragaza impungenge ko bashobora kuhahurira n’ingorane bagasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi gukemura iki kibazo byihutirwa. (…)
-
ABS yazanye imashini n’imiti isukura mu nzu , ku ntebe,Tapis n’amakaro bakirukana imperi n’udukoko twose
25 January 2022, by Mecky Merchiore KayirangaAmarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yazanye imashini zifasha mu gutera imiti mu nzu , kwica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe , tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo.
Semigabo Charles ukora muri ABS, aganira na bwiza yavuze ko bashinze iyi kompanyi kugirango bafashe abantu bakeneye cyangwa babuze aho bakura serivise nkizi bakabura aho bazikura , barimo (…) -
VIDEO: Ikiganiro Minisitiri Busingye yahaye Al jazeera kuri Rusesabagina cyateje impaka zikomeye mu bantu
28 February 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Kimisagara: Barishinganisha nyuma yo guterwa ubwoba ko bazicwa
15 March 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Ikoranabuhanga rigiye kwifashishwa mu guhashya amanyanga aba muri cyamunara
10 March 2020, by BABOU BénjaminIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyavuze ko mu ipiganwa rya cyamunara hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga, nk’umuti w’amanyanga akunze kugaragara mu gihe hari imitungo igurishwa mu cyamunara.
Amwe mu manyanga yakundaga kugaragara nk’uko byakunze kugarukwaho n’urugaga rw’abahesha b’inkiko, arimo ashingiye ku kibazo cy’abakomisiyoneri.
Perezida wa ruriya rugaga Me Sebera Nyunga Antoine, avuga ko abakomisiyoneri ngo usanga ari abantu bigaragaza nk’abafite amafaranga kurusha na (…) -
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera SylvestreIkibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)
-
VIDEO: Umuntu utekereza intambara mu Rwanda akwiye kujya indera, mfungwa bavugaga ko bagiye kumpemba agafuni-Robert
5 March 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Peter wihanduraga imvunja akoresheje amenyo, agahekenya inda ndetse abatirishwa urwembe-Video
4 January 2020, by Mecky Merchiore KayirangaNtaganzwa Peter, ni umusore w’imyaka 30 , mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV , yavuze ko mu buzima yabayemo kuva ku myaka 6 ubwo Papa we na Mama we bitabaga Imana. Uyu musore avuga ko yarwaye inda akajya azihekenyesha amenyo, ndetse imvunja yari arwaye mu ntoki nazo yazihanduzaga amenyo. Ubwo yajyaga kuba mu muhanda (Mayibobo) yakatishijwe urwembe abwirwa ko abatijwe.
Kurikira ubuhamya bwose muri iyi Video -
Umuhanzi Mazimpaka Cadet yisunze Gahongayire mu ndirimbo nshya yise “Ndi amahoro”
9 July 2021, by Mecky Merchiore KayirangaUmuhanzi uhimbaza Imana Mazimpaka Cadet yahuje imbaraga na Gahongayire Aline basohora indirimbo bise “Ndi amahoro” ihumuriza abantu baca mu bikomeye ko Uwiteka ari mu ruhande rwabo.
Mazimpaka Cadet utuye mu Mujyi wa Québec muri Canada, nyuma y’igihe yari amaze asa n’ucecetse mu muziki, Mazimpaka yafatanyije na Gahongayire mu ndirimbo nshya. Amwe mu magambo ayigize, aba bahanzi baba bavuga amagambo yisubiramo agira ati “Gendana nanjye, dore ijoro rirakuze, gendana nanjye.’’
Iyi (…)